Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Recep Tayyip Erdogan (Amafoto)

Perezida wa Repububulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan. Perezida Kagame ari Istanbul muri Turkiya guhera ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, aho yitabiriye inama igomba guhuza igihugu cya Turkiya n’Umugabane wa Afurika. Iyi nama iri kuba ku nshuro ya gatatu igomba kumara iminsi […]
Madagascar: Abafaransa barimo uwabaye Colonel bakatiwe imyaka 10 na 20 yâimirimo yâagahato
Urukiko rwo muri Madagascar kuri uyu wa 17 Ukuboza 2021 rwahanishije Abafaransa babiri imyaka 10 na 20 yâimirimo yâagahato rumaze kubahamya gucura umugambi wo guhirika ubutegetsi bwâUmukuru wâIgihugu, Perezida Andry Rajoelina. Aba Bafaransa ni Paul Rafaroharana ukomoka muri Madagascar, akaba yakatiwe imyaka 20 akora iyi mirimo. Naho undi wabaye Colonel mu ngabo zâu Bufaransa ni […]
Le colonel Gatarayiha nommé chef adjoint du renseignement de défense
Le prĂ©sident Paul Kagame, en sa qualitĂ© de commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), a nommĂ© vendredi 17 dĂ©cembre le colonel François-RĂ©gis Gatarayiha au poste de chef adjoint du renseignement de dĂ©fense et directeur de la technologie. Gatarayiha Ă©tait jusqu’en septembre de cette annĂ©e le directeur gĂ©nĂ©ral de l’immigration et de l’Ă©migration […]
Abapolisi 481 birukanywe burundu
Inama Nkuru ya Polisi yâu Rwanda yateraniye ku Kacyiru kuri uyu wa 17 Ukuboza 2021 yirukanye mu kazi burundu abapolisi 481, bazira amakosa nâibyaha bihabanye nâindangagaciro zâumwuga. Amakosa akomeye bazize arimo ruswa, ubusinzi no gutoroka akazi. Umuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda, IGP Dan Munyuza uhamya ko umubare wâaba bapolisi bakoze amakosa nâibyaha ari munini, […]
Rusizi: Urubyiruko nâabagore bafite ibikorwa byagizweho ingaruka na COVID-19 barasaba ubufasha

Rumwe mu rubyiruko nâabagore barimo nâabafite ubumuga bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke basanzwe barihangiye imirimo yâubukorikori buciriritse bavuga ko ubwo COVID-19 yageraga bwa mbere mu Rwanda muri Werurwe 2020, ibikorwa bari bafite byâubukorikori buciriritse burimo ibyo babohaga byakundwaga na ba mukerarugendo byahagaze kubera guma mu rugo yâigihe kirekire,bituma bamwe bakomeza gukodesha inzu zidakora […]
Cristiano Ronaldo na Georgina batangaje ibitsina by’impanga bitegura kwibaruka
Rutahizamu Cristiano Ronaldo wa Manchester United n’umukunzi we Georgina Rodriguez, batangaje ko impanga bitegura kwibaruka umwe azaba ari umuhungu undi akaba umukobwa. Uyu munya-Portugal yabyemeje binyuze mu mashusho yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Ati: “Aho ubuzima butangirira, urukundo ntirurangira.â Muri aya mashusho abana be, abahungu babiri bari bafite igipurizo 1 nâabakobwa bafite ikindi, umukunzi […]
Perezida Kagame ari Istanbul muri Turkiya (Amafoto)

Perezida wa Repububulika, Paul Kagame, yamaze kugera Istanbul mu murwa mukuru wa Turkiya aho yitabiriye inama ihuza kiriya gihugu n’umugabane wa Afurika. Mu kanya kashize ni bwo Umukuru w’igihugu yageze muri Turkiya nk’uko byemejwe n’ibiro bye mu butumwa byanyujije ku rubuga rwa Twitter. Inama yiga ku bufatanye bwa Turkiya n’Umugabane wa Afurika biteganyijwe ko itangira […]
Col François-RĂ©gis Gatarayiha wagizwe Umuyobozi wungirije wâUbutasi bwa Gisirikare ni muntu ki?
Perezida Paul Kagame mu bubasha bwe nkâumugaba wâIkirenga wâIngabo zâu Rwanda (RDF) kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Ukuboza 2021, yazamuye mu ntera Col François-RĂ©gis Gatarayiha amugira Umuyobozi Wungirije wâUbutasi bwa Gisirikare nâUmuyobozi wâIkoranabuhanga (Deputy Head Defence Intelligence and Director of Technology). Kugeza muri Nzeri uyu mwaka Gatarayiha yari Umuyobozi Mukuru wâUrwego rushinzwe Abinjira nâAbasohoka […]
Perezida Filipe Nyusi yishimiye umusaruro udasanzwe Ingabo zirimo iz’u Rwanda zatanze
Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique, yatangaje ko muri uyu mwaka wa 2021 igihugu cye cyibasiwe n’ibitero bike by’iterabwoba ugereranyije no mu myaka yatambutse. Perezida Nyusi yavuze ko ari inyuma yâaho u Rwanda nâibihugu bituranye na Mozambique biyifashije mu kurwanya abajihadiste bari bamaze imyaka myinshi barayogoje intara ya Cabo Delgado yo mu majyaruguru ya kiriya gihugu. […]
Goma: Hadutse imyigaragambyo ikaze nyuma yâiyicwa ryâabantu 5 mu ijoro rimwe
Mu duce dutandukanye twâUmujyi wa Goma kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Ukuboza 2021 hadutse imyigaragambyo simusiga yamagana iyicwa ryâabantu batanu bishwe mu ijoro rimwe ryakeye kuri uyu wa Kane. Imyigaragambyo yabereye mu duce twa Katoyi, Kyeshero na Ndosho, aho abaturage bashinze za bariyeri bamagana ubwo bwicanyi bwakozwe nâabajura bitwaje intwaro. Muri Kyeshero nkâurugero, ahategerwa […]
USA: Abasirikare 30,000 bashobora gusezererwa kubera kwanga urukingo, 103 batashye
Kuri uyu wa Kane, Igisirikare cyo ku butaka cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyasezereye abamarine 103 bazira ko banze gufata urukingo rwa COVID, icyemezo gishobora kugera ku basirikare 30,000 bataremera kwikingiza nubwo babonye amahirwe menshi yo kubikora mu gihe ntarengwa cyo gukingirwa cyatambutse. Mu mpera za Kanama, Minisitiri wâingabo, Lloyd Austin yatangaje […]
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare barenga 10,000 barimo ba âMajorâ 460

Perezida wa Repubulika yâu Rwanda akaba nâUmugaba wâIkirenga, Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare barenga 10,000 barimo abari bafite ipeti rya âMajorâ. Kuva ku rito kugeza ku rinini: Abari bafite irya Private bazamuwe ku rya Corporal ni 12,690. Abari ba Corporal bazamuwe ku rya Sergeant ni 2,836 Abari ba Sergeant bazamuwe ku rya Staff Sergeant […]
UN yaba igiye gukora iperereza ku byaha ingabo za Ethiopia zishinjwa gukorera muri Tigray
Abagize akanama gashinzwe uburenganzira bwâikiremwamuntu kâUmuryango wâAbibumbye byateganyijwe ko kuri uyu wa 17 Ukuboza 2021 baterana kugira ngo barebe niba byashoboka ko bashyiraho itsinda rikora iperereza ku byaha ingabo za Ethiopia zishinjwa gukorera abasivili mu ntara ya Tigray. Ni nyuma yâaho imiryango mpuzamahanga iharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu, Amnesty International na Human Rights Watch yunze mu ryâumutwe […]
Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga

Igisirikare cyâu Rwanda (RDF) cyahaye urubuga abifuza kwinjiramo ku rwego rwa osifiye no mu mutwe wâInkeragutabara (Reserve Force). Nkâuko itangazo ryaturutse mu biro bya RDF kuri uyu wa 17 Ukuboza 2021 ribivuga, abarebwa nâiri tangazo ni abafite imyaka yâamavuko iri hagati ya 18 na 21 barangije amashuri yisumbuye (ku rwego rwa ofisiye) nâiri hagati ya […]
Uganda: Abapolisi 2 biciwe kuri station ya polisi
Abapolisi babiri ba Uganda bishwe imbunda zabo ziribwa mu gitero abantu bane bitwaje intwaro bagabye kuri station ya polisi mu Karere ka Kiboga saa moya nâigice zâijoro kuri uyu wa Kane. Umuvugizi wa polisi muri Wamala. Racheal Kawalla, yavuze ko abapolisi bishwe ari Cpl Francis Nsubuga na SPC Paul Ddimba. Ati âIbimenyetso byerekana ko abo […]
Martin Fayulu yamaganye abapolisi b’u Rwanda i Goma
Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Congo Kinshasa, yitambitse icyemezo cyo kohereza abapolisi b’u Rwanda mu mujyi wa Goma asaba abanye-Congo kucyamagana. Fayulu watsinzwe na Perezida Tshisekedi mu matora yo muri 2018, yahuje kuba abapolisi b’u Rwanda bajya gucunga umutekano i Goma no kuba ingabo za Uganda ziri kurwanya inyeshyamba za ADF muri Kivu […]
Guverinoma yemeje ko nta muturage uzongera kwimurwa adahawe ingurane
Minisitiri wâibikorwaremezo, Claver Gatete, yavuze ko ibibazo by’ingurane byafatiwe ingamba aho umuturage azajya abanza kwishyurwa mbere yo gukorera mu mitungo ye, nyuma yâibirego by’uburenganzira ku mutungo bishingiye ku butaka no kudahabwa indishyi ikwiye ku mitungo yangijwe n’imirimo yâibikorwaremezo. Raporo ya Komisiyo yâuburenganzira bwa muntu ya 2020/21 ni yo yatumye kuri uyu wa Kane, itariki 16 […]
Koreya ya Ruguru: Abaturage bategetswe kumara iminsi 10 badaseka
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un yategetse abaturage bose kumara iminsi 10 badaseka, batanywa ibisindisha, batanizihiza amasabukuru yâamavuko; uwabirengaho akazirengera ingaruka zabyo. Ni itegeko yatanze mu gihe iki gihugu guhera kuri uyu wa 17 Ukuboza 2021 cyibuka imyaka 10 ishize uwari Perezida akaba na se wa Kim Jong-un, Kim Jong-il amaze apfuye. Ku baturage, […]
Irushanwa Miss World 2021 ryitabiriwe nâUmunyarwandakazi ryahagaritswe
Irushanwa mpuzamahanga ryâubwiza rya Miss World 2021 ryitabiriwe nâUmunyarwandakazi Ingabire Grace ryahagaritswe bitewe nâubwandu bwa Covid-19 bwagaragaye muri benshi baryitabiriye. Miss World ku rubuga rwayo, kuri uyu wa 16 Ukuboza 2021 yatangaje ko ubwo bamwe mu bitabiriye iri rushanwa bari i Puerto Rico bari bamaze kugaragaraho ubu bwandu, habayeho inama hagati yâabaritegura nâinzobere mu byâubuzima. […]
Un tribunal français condamne Muhayimana à 14 ans de prison pour génocide
Un tribunal français a condamnĂ© jeudi un ancien chauffeur d’hĂŽtel Ă 14 ans de prison pour complicitĂ© dans le gĂ©nocide rwandais de 1994 pour implication dans le transport de miliciens hutus qui ont massacrĂ© des centaines de Tutsis. Le franco-rwandais Claude Muhayimana, 60 ans, a Ă©tĂ© reconnu coupable de complicitĂ© de gĂ©nocide et de crimes […]