U Burundi bwirukanye abandi Banyarwanda 12 bahunze urukingo

Ubuyobozi bw’Intara ya Kirundo mu izina rya Leta y’u Burundi bwirukanye abandi Banyarwanda 12 bari barahunze urukingo rwa Covid-19 bavuga ko rudahura n’imyemerere yabo y’iyobokamana. Aba Banyarwanda barimo abagabo batandatu, abagore batanu n’umwana umwe bamaze iminsi itanu mu gace ka Nyakarama, Zone ya Kiyonza muri Komini Bugabira. Mu makosa bashinjwa harimo kwambuka mu buryo butemewe […]

Muri Nyiragongo hazamutse umwotsi mwinshi

Mu kirunga cya Nyiragongo kiri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukrasi ya Congo (RDC) hazamutse umwotsi mwinshi, mu mwobo (crater) wacyo hakaba harimo igikoma gishyushye (lava). Nk’uko BBC ibivuga, abahanga mu kigo OVG gishinzwe gukurikirana ibirunga birimo Nyiragongo, baremeza ko koko byabaye gusa ngo iki gikoma ntikiratangira gutemba. Umuyobozi wa OVG, Celestin Kasereka yabwiye iki […]

Gen Ndindiliyimana avuga ko Abanyarwanda umunani bari muri Niger bajya kubana n’imiryango yabo

Gen. Maj. Augustin Ndindiliyimana wari umugaba wa Gendarmerie y’u Rwanda mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, avuga ko Abanyarwanda umunani baherutse koherezwa kuba muri Niger, bakwiriye guhabwa uburenganzira bakajya kubana n’imiryango yabo. Gen. Augustin Ndindiliyimana na we wabaye umwere ariko we akemererwa gusanga umuryago we asanga n’abandi bakwiye kubyemererwa. Aganira n’Ijwi rya Amerika, yavuze […]

Abize ubuvuzi bw’amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda ntibanyuzwe n’ubumenyingiro bahabwa

Bamwe mu bize ubuvuzi bw’amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda banenga ubumenyingiro (Pratique) bahabwa kuko buba budahagije aba bavuga ko ibyinshi biga babyiga mu nyandiko ( Theory) bituma iyo barangije amashuri bibadindiza mu kubona akazi kazababeshaho. Aba bize kuvura amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda bavuga ko amasomongiro azwi nka Platique ngo ari make muri iyi kaminuza, […]

MINEDUC yasubije abibaza kuri gahunda y’ingendo z’abanyeshuri basubira ku mashuri

Mu gihe hari abakomeje kwibaza kuri gahunda y’ingendo z’abanyeshuri basubira ku mashuri, MINEDUC yatangaje ko izabitangaza ku wa Gatanu tariki 7 Mutarama 2022. Ingengabihe ya 2021-2022 yo igaragaza ko igihembwe cya kabiri cy’amashuri abanza n’ayisumbuye kizatangira tariki 10 Mutamara 2022. Mu gihe ingengabihe yibazwagaho, hari bamwe mu barezi bavugaga ko wasanga baba bagiye kongezwa igihe […]

Bamufashe asambanya abakobwa be avuga ko yabigishaga uko ingo zubakwa

Umugabo w’imyaka 45 witwa Mweene Enock wo muri Zambia yaguwe gitumo ari gusambanya bakobwa be babiri, ahatwa ibibando, asobanura ko yari arimo yigisha abo bakobwa be uko kubaka urugo biba bimeze. Umwe mu bari aho yavuze ko uyu mugabo hashize imyaka ibiri bikekwa ko aryamana n’ababakobwa be. Si abo gusa kuko n’abishywa be ariko yabagenzerezaga […]

Pasiteri Bugingo yemeye ko yashatse umugore wa kabiri byemewe n’amategeko

Uwashinze akanayobora itorero House of Prayer Ministries International Church, Pasiteri, Aloysius Bugingo, yahakanye ko atabana n’umugore we wa kabiri, Suzan Makula Nantaba mu buryo bwemewe n’amategeko. Mu minsi ishize hari amakuru ko uyu mugabo yihakanye uyu mugore, avuga ko batarabana byemewe n’amategeko. Umunyamategeko Male Mabirizi yari yareze Bugingo na Nantaba ko barenze ku mategeko agenga […]

Insoresore zariye karungu zivuganye umusirikare wa FARDC warashe umuturage

Umusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yiciwe mu kwihanira kw’abaturage muri Komini ya Kavimvira mu mujyi wa Uvira. Uyu musirikare yishwe mu ijoro ryo ku wa Mbere, itariki 03 Mutarama muri komini ya Kavimvira. Umurambo we wavumbuwe ku isoko muri Kilomoni 1, nkuko impirimbanyi Alexandre Barabona yabitangarije ACTU7.CD dukesha iyi nkuru. Ati: “Urubyiruko […]

Programs Officer at AKWOS

JOB ADVERTISEMENT Job Title: Programs Officer (1) Name of Organization: Organization of Women in Sports (AKWOS) Regular/Temporary: Regular Appointment Full/ Part Time: Full Time Closing Date: 14th January at 16hours Duration: 1 year Duty Station: Kigali City, Gasabo District AKWOS would like to recruit Program Officer for the Secretariat based in the City of Kigali […]

North Korea fires suspected ballistic missile into sea

AFP North Korea fired what appeared to be a ballistic missile into the sea on Wednesday, South Korea and Japan said, in the first such launch by Pyongyang this year. In the decade since Kim Jong-un took power, North Korea has seen rapid progress in its military technology at the cost of international sanctions. The […]

Uganda: Uherutse gufatwa ashinjwa gusebya Museveni n’umuhungu we yiswe umukozi w’u Rwanda

Abashakashatsi bakora iperereza ku mwanditsi, Kakwenza Rukirabashaija, ngo bavumbuye ko uwahoze ari umunyamakuru akaba n’umurwanashyaka utavuga rumwe n’ubutegetsi ari umukozi w’u Rwanda. Kakwenza aherutse gutabwa muri yombi nyuma yo gushinjwa gusebanya ku mbuga nkoranyambaga aho ngo yatukaga Perezida Museveni hamwe n’umuhungu we uyobora ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Umuvugizi wa CID, Charles […]

One dead, three injured as mining site in Kamonyi collapses

An unlicensed mine in Runda sector of Kamonyi district has collapsed leaving one dead and three injured. The mine collapsed on Sunday 2nd January 2022. Following the mining accident, the owner of the mining site was immediately arrested over running operations without licensing. Kamonyi district vice mayor for economic affairs, Uzziel Niyongira has told IGIHE […]

Havumbuwe ubundi bwoko bushya bwa Covid-19 bwihinduranya cyane

Abashakashatsi bo mu Bufaransa baravuga ko bavumbuye ubwoko bushya bwa Covid-19 bwihinduranya kenshi, mu gihe Isi ikiriko igihanganye n’ubwoko bwa Omicron bwandura ku muvuduko ukabije. Aba bashakashatsi bo mu Mujyi wa Marseille bavuze ko ubwo bwoko bwiswe “‘IHU’, the B.1.640.2” bwagaragaye ku barwayi 12 baba hafi y’iyi ntara mu kwezi kwa cumi na kabiri. Uwa […]

Ikipe y’Igihugu ya Maroc yitabiriye Igikombe cya Afurika yitwaje amatoni y’ibiryo

Ikipe y’igihugu ya Maroc, Les Lions de l’Atlas, yatumye ab’i Yaoundé mu murwa mukuru wa Caméroun bakangarana nyuma yo gukora agashya ubwo yahageraga yitabiriye irushanwa ry’Igikombe cya Afurika. Itsinda ry’intumwa 86 za Maroc ririmo abakinnyi 28, abatoza ndetse n’abayobozi ryageze muri Caméroun ku Cyumweru, rihasanga amakipe y’ibihugu bya Ethiopia, Sudani na Zimbabwe yahageze mbere akahakorera […]

Umunyarwandakazi ukora kuri NTV yatamajwe

229aeb9e2ae66f2fac1149e5240b2fdd.jpg

Umunyamakuru wa Televiziyo NTV muri Uganda, Uwamahoro Lynda uzwi nka Lynda Ddane, yatamajwe n’umuntu wabeshyuje ko inzu aheruste gushyira ku mbuga nkoranyambaga iye, ahubwo ari iy’umuryango we wubatse. Mu ntangiro z’umwaka wa 2022, Uwamahoro yashyize hanze, amafoto y’inzu icyubakwa, avuga ngo ” Iri ni itangiririro ryiza.” Ni inzu nini yaba irimo za aparitema cyangwa ikaba […]

Perezida Macron yavuze ko agiye kubabaza abatarikingiza Covid-19 kugeza babikoze

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangaje ko agiye kubabaza cyane (emmerder=piss of) abantu bataremera kwikingiza icyorezo cya Covid-19 kugeza ubwo bazemera kwitabira iki gikorwa. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Le Parisien kuri uyu wa 4 Mutarama 2022 ati: “Abatarikingije, mu kuri ndashaka kubababaza cyane. Kandi tuzakomeza kubikora kugeza ku iherezo. Ni bwo […]

Umuryango uhuzwa na RNC wongeye kwemererwa gukorera muri Uganda

Leta ya Uganda yongeye kwemerera gukorerayo umuryango SWI (Self Worth Initiative) Leta y’u Rwanda ihuza n’ibikorwa by’ihuriro RNC ryashinzwe na Lt. Gen. Kayumba Nyamwasa urwanya ubutegetsi bwayo. Uyu muryango uyoboye na Prossy Boonabana bivugwa ko ari inshuti ya Gen. Kayumba wahagaritswe hamwe n’indi 53 yakoreraga muri Uganda muri Kanama 2021, uzira gukora utariyandikishije mu rwego […]

Rutsiro: Umushinwa wahondaguriye abantu ku musaraba aridegembya, barasaba kurenganurwa

Umushinwa wagaragaye ahondagururira abarimo Niyomukiza Azarias na Ngendahimana Gratien ku gati gakoze nk’umusaraba mu Murenge wa Mukura w’Akarere ka Rutsiro, ubu aridegembya, abo yahohoteye barasaba kurenganurwa kuko ngo nta butabera bahabwa. Guhera tariki ya 30 Kanama 2021 ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gukwirakwira amashusho y’uyu Mushinwa ukorera ikigo cy’ubucukuzi bw’amabuye yy’agaciro cya ALI GROUP […]

Uyu munsi Gasogi United ishobora gusezera muri shampiyona

Nyuma y’aho FERWAFA itegekeye amakipe ko abakinnyi bayo bajya baba hamwe mu mwiherero mu gihe bakora imyitozo no mu gihe bitabira amarushanwa kandi bakajya bipimisha Covid-19 buri masaha 48, Gasogi United ishobora gusezera muri shampiyona y’icyiciro cya mbere kuri uyu wa 5 Mutarama 2022. Umuyobozi wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC) yabwiye Royal FM […]