Perezida Kagame yagabiye inka Gen Muhoozi Kainerugaba (Amafoto)

img_20220315_202144.jpg

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yakiriye mu rwuri rwe umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, amugabira inka. Gen Muhoozi usanzwe ari n’Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, ari hano mu Rwanda kuva ejo ku wa Mbere tariki ya 14 Werurwe, mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Intego nyamukuru yamuzanye hano […]

Urukiko rwategetse ko umuyobozi wa RHA uvuga ko yagambaniwe afungwa by’agatetanyo iminsi 30

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere rwategetse ko Nshimyumuremyi FĂ©lix uyobora Ikigo cy’Igihugu cy’Imiturire (Rwanda Housing Authority) afungwa by’agatetanyo iminsi 30 muri Gereza ya Nyarugenge. Uru rukiko kandi rwategetse ko Mugisha Alexis Emile bareganwa na we afungwa muri Gereza iminsi 30 y’agateganyo. Yaba Nshimyumuremyi Felix na Mugisha Alexis Emile ubwo urubanza rwasomwaga ntabwo […]

Gen Muhoozi waraye i Kigali yagaragaye akina Basketball muri Kigali Arena (Amafoto)

img_20220315_155208.jpg

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri yasuye inyubako ya Kigali Arena agaragara akina Basketball. Uyu mugabo usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni yageze i Kigali ejo ku wa Mbere. Yaherukaga muri uyu murwa mukuru w’u Rwanda ku wa 22 Mutarama 2022. Ku […]

U Burusiya bwamenyesheje abanyamahanga barwanira Ukraine ko buzabica nta mpuhwe

Umuvugizi w’ingabo z’u Burusiya, Maj. Gen Igor Konashenkov yatangaje ko bazi aho abanyamahanga bose bari gufasha Ukraine mu ntambara baherereye, abamenyesha ko bazicwa nta mpuhwe. Nk’uko ikinyamakuru RT cyegamiye kuri Leta y’u Burusiya kibivuga, Gen. Konashenkov yabitangaje kuri uyu wa 14 Werurwe 2022, yihanangiriza abanyamahanga bo mu burengarazuba bw’Isi bikomeje gushishikariza kujya gufasha Ukraine muri […]

Julian Assange washinze WikiLeaks ashobora gukatirwa imyaka 175 y’igifungo muri Amerika

Urukiko rwo mu Bwongereza rwangiye Julian Assange washinze urubuga rwa WikiLeaks, kujuririra icyemezo cyo kumwoherereza Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimukurikiranyeho ibyaha by’ubugambanyi aho ashobora gukatirwa imyaka isaga 150 y’igifungo. Urukiko rwavuze ko rwanze ubujurire bwe kuko dosiye ye nta ngingo yo kugibwaho impaka ijyanye n’amategeko irimo. Iki cyemezo kikaba gisa nk’igishyira akadomo ku mbaraga […]

Umugore yigambye guhondagura umuhanzi wakoranye indirimbo na Charly & Nina

Umugore witwa Prima Kardashi, yigambye ku karubanda ko yajyaga akubita umuhanzi, Willian Hassan Kigozi uzwi nka Geosteady, wakoanye indirimbo na Charly & Nina yitwa Owooma (uraryoshye). Prima avuga ko yakubitaga inshyi Geosteady, banafitanye abana babiri ubwo bari bakibana kuko ” Iyo uzanye ubugoryi n’ubwana ndakujwibura.” Mu kiganiro na NBS TV, uyu mugore bikekwa ko yari […]

President Kagame a reçu encore le General Muhoozi à Kigali

Le prĂ©sident Paul Kagame a reçu lundi 14 mars dans son bureau le commandant des forces terrestres des Forces de dĂ©fense du peuple ougandais (UPDF), le gĂ©nĂ©ral de corps d’armĂ©e Muhoozi Kainerugaba. Muhoozi, qui est arrivĂ© Ă  Kigali lundi matin, Ă©tait dans le pays dans le cadre des efforts en cours pour normaliser les relations […]

Customer Relationship Management Officer at Prime Life Insurance Limited

Customer Relationship Management Officer Job Description We are looking for an experienced customer relationship management officer to be responsible for engaging with key customers by building and preserving trusting relationships. The customer relationship management officer will constantly identify opportunities to grow the customer base and build positive relationships with new clients. CRM Officer will also […]

Kigali: Gen. Kainerugaba yasuye urwibutso rwa jenoside

muhoozi_kainer.jpg

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umujyanama mukuru wa Perezida Yoweri Museveni mu by’umutekano, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yasuye urwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali kuri uyu wa 15 Werurwe 2022, aha icyubahiro abashyinguwemo. General @mkainerugaba, Senior Presidential Advisor on Special Operations and Commander of the land forces of the Uganda People's […]

Ku myaka ye 98 yatangiye amashuri abanza afite inzozi zo kuzaba umuganga

Umukecuru w’imyaka 98 wo mu gihugu cya Kenya witwa Priscilla Sitienei yiyandikishije mu ishuri ribanza afite inzozi zo kuzaba umuganga. Ku myaka ye 98, Priscilla Sitienei, ubu ni umwe mu banyeshuri b’ishuri ribanza, Leader’s Vision, ryo muri Erdoret, umwe mu Mijyi yo muri Kenya. Kuba yigana n’abana barenze kuba abuzukuruza be, nibihagarika ubushake afite bawo […]

Perezida Ndayishimiye yakiriye intumwa z’u Rwanda

img-20220315-wa0025.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yakiriye itsinda ry’abayobozi bakuru bo mu Rwanda, i Gitega kuri uyu wa 15 Werurwe 2022. Iri tsinda riyobowe na Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj. Gen. Albert Murasira riragirana n’iryo mu Burundi ibiganiro birebana no gukemura ibibso byatumye umubano w’ibihugu byombi uba mubi guhera mu mwaka w’2015. Gen. Murasira […]

Gen J.B Kazura yagiranye ibiganiro na mugenzi we Burkhard uyobora Ingabo z’u Bufaransa (Amafoto)

img_20220315_104422.jpg

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura, yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’Ingabo z’u Bufaransa, Gen Thierry Burkhard. Gen Kazura ari mu ruzinduko rw’akazi i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa, aho yagiye ku butumire bwa mugenzi we Gen Burkhad. Ni uruzinduko Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda yagiyemo aherekejwe n’abarimo Brig. Gen Patrick Karuretwa […]

Ukraine yatangaje ko u Burusiya buzemera imishyikirano yabanje kubusya

Umujyanama wa Leta Ukraine, Oleksiy Arestovich, yatangaje ko u Burusiya buzemera imishyikirano yo guhagarika intambara bitarenze muri Gicurasi 2022 ari uko yabanje kubusya. Arestovich yabitangaje kuri uyu wa 14 Werurwe 2022 ubwo yatangaga amakuru mashya kuri iyi ntambara imaze ibyumweru bikabakaba bitatu itangiye. Uyu mujyanama wemeza ko ingabo za Ukraine ziri kwitwara neza kuri uru […]

Ibiro by’Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Bufaransa byavuze ku ruzinduko rwa Gen. Kazura n’abandi bofisiye

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen. Jean Bosco Kazura n’itsinda ayoboye ry’abandi bofisiye bakuru batatu, bageze mu Bufaransa kuri uyu wa 14 Werurwe 2022. Radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, ivuga ko aba bofisiye bakiriwe i Paris n’Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Bufaransa, Gen. Thierry Burkhard. Umuvugizi wa Gen. Burkhard yabajijwe niba mu kiganiro cy’impande zombi hari hateganyijwe […]

Burundi-Uganda: Ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu ryahagurukije umuyobozi wo muri Amerika

Umunyamabanga w’agateganyo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe demokarasi, uburenganzira bwa muntu n’Umurimo, Lisa Peterson, yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu bihugu byo mu karere bya Uganda n’u Burundi, bivugwamo ihonyorwa rikabije ry’uburenganzira bwa muntu. Uruzinduko rwe yaruhereye i Bujumbura kuri uyu wa Mbere, aho azava ejo kuwa Gatatu yerekeza muri Uganda. Uruzinduko rwe […]

RED-Tabara yemeje ko abarwanyi bayo baguye mu mirwano n’Ingabo z’u Burundi

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, watangaje ko abarwanyi bawo bane baheruka kwicirwa mu mirwano yawusakiranyije n’Ingabo z’u Burundi. Uyu mutwe ubinyujije ku rubuga rwawo rwa Twitter watangaje ko bariya barwanyi biciwe mu mirwano n’Ingabo z’u Burundi yabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu gitondo cyo ku cyumweru Tariki ya 13 Werurwe. Ni imirwano […]

Tchad: Maxim Mokom wahoze akuriye umutwe wa Anti-Balaka yashyikirijwe CPI

Maxime Mokom, wahoze akuriye umutwe wa Anti- Balaka muri Centrafrica, kuri uyu wa Mbere yashyikirijwe Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (CPI) rumukurikiranyeho ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Ibyaha ashinjwa byakorewe i Bangui no mu bindi bice bya Centrafrica hagati ya 2013 na 2014. Igihugu cya Tchad yari yarahungiyemo nicyo cyamushyikirije CPI. Maxime Mokom yari umuyobozi w’umutwe wa Anti-Balaka […]

Gen Muhoozi, Kagame meet again

President Paul Kagame on Monday, March 14 received in his office the Commander of the Land Forces in the Uganda People’s Defence Forces (UPDF), Lieutenant General Muhoozi Kainerugaba. Muhoozi, who arrived in Kigali Monday morning, was in the country as part of the ongoing efforts to normalize relations between the two countries, which have been […]

Dilemma as some Congolese refugees were left in former Gihembe camp

Sifa Manzi is a Congolese refugee who was born and raised in the former Gihembe camp located in Gicumbi District. She still lives here with her family and other few people while others were relocated in Mahama Refugee Camp last year. The government of Rwanda, together with UNHCR and other partners decided to relocate refugees […]

Nyarugenge: Abasore 5 bakubise inyundo uwitwa Manishimwe agapfa bafunzwe by’agateganyo iminsi 30

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ku wa Mbere tariki ya 14 Werurwe rwategetse ko itsinda ry’abasore batanu bakekwaho gukubita umuntu inyundo mu mutwe ku buryo byamuviriyemo urupfu bafungwa iminsi 30 y’agateganyo muri Gereza ya Nyarugenge, bakazaburanishwa mu mizi bafunzwe. Umucamanza mu isoma ry’umwanzuro w’urubanza yavuze ko ko aba basore bagomba gufungwa, kuko na bo ubwabo biyemerera […]

Kigali: Polisi yabujije Abasilamu gutora Adhan

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Werurwe 2022 ni bwo mu mujyi wa Kigali humvikanye inkuru y’uko ku misigiti, Abasilamu babujijwe gutora Adhan (ijwi rihamagarira abandi kwitabira isengesho) bakoresheje uburyo bwose bwateza urusaku cyane cyane indangururamajwi. Nko ku musigiti uri i Nyamirambo, byavuzwe ko hazindukiye abapolisi baje kubuza Abasilamu bafite iyi nshingano yo guhamagara […]

Burkina Faso: Abajandarume 13 bishwe abandi byibuze 8 baburirwa irengero

Abajandarume 13 ba Burkina Faso kuri uyu wa Mbere bishwe, abandi byibuze 8 baburirwa irengero mu gico bategewe ahitwa Taparko, akarere gakungahaye ku mabuye y’agaciro, gakunze kwibasirwa n’abajihadiste. Iki gico ku bajandarume bari mu irondo cyabaye kandi hashize umwanya abaturage babiri bamaze kwicwa n’igisasu cyaturikanye imodoka y’abagenzi yagikandagiye. Abandi benshi bakomeretse, barimo babiri bakomeretse bikabije. […]

Musanze: Abandi bantu barohamye mu kiyaga cya Ruhondo, 2 baburirwa irengero

Abantu babiri bo mu kagari ka Murwa ho mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze, bamaze iminsi ibiri baraburiwe irengero nyuma yo gukorera impanuka y’ubwato mu kiyaga cya Ruhondo. Mu ijoro ryo ku itariki ya 13 Werurwe 2022 ahagana Saa yine n’igice ni bwo ubwato bwavaga ahitwa i Kigarama ho mu murenge wa Gacaca […]