PM Ngirente yahakanye amakuru y’uko u Rwanda rwakumiriye ibicuruzwa biva Uganda

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yemeza ko u Rwanda rutigeze rukumira ibicuruzwa bituruka muri Uganda, mu gihe rwafunguraga imipaka yo ku butaka ihuza ibihugu byombi. Dr Ngirente yabitangarije abanyamakuru mu kiganiro bagiranye kuri uyu wa 16 Werurwe 2022, ubwo yabazwaga ikibura kugira ngo ibi bicuruzwa bigera mu Rwanda, kugira ngo harebwe niba bishoboka kuba igisubizo […]

Rusizi-Bugarama: Bashimira Leta impinduka mu burezi zatumye n’abakobwa bagana ishuri

img-20220315-wa0063.jpg

Iyo uganiriye n’ abakuze bo mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi bahavukiye bakahakurira, bakubwira ko babona ari nk’ibitangaza perezida Kagame na Leta y’ubumwe ayoboye babakoreye kubona n’abana babo b’abakobwa bagana ishuri,mu gihe kera benshi bavuga ko nta mukobwa bahazi wigeze arangiza ayisumbuye kuko n’abanza yigaga mbarwa, byagera ku bayisilamukazi ho bikaba agahomamunwa, ariko […]

Kayonza: Abaturage bibasirwa n’amapfa barasaba Leta kubagezaho uburyo bwo kuhira imyaka

Abaturage batuye mu murenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza barasaba Leta kubagezaho uburyo bukoreshwa bwo kuhira imyaka buzwi nka kubera amapfa akunze kwibasira umurenge wabo bigatuma batihaza mu biribwa. Abaturage bavuga ko nubwo bafite ubutaka bwiza bwo guhingaho, bahura n’ikibazo cy’amapfa ntibabone umusaruro ukwiye. Bamwe mu baturage bavuga ko bahingamo ntibeze imyaka kubera kubura […]

Court re-adjourns case of US based Kanyabutembo

The court in Rubavu District has again adjourned the case whereby US based Rwandan, Virginie Kanyabutembo, accuses Rugamba Xavier, once her husband of registering her properties under his name illegaly, due to the absence of the lawyer to the latter. Xavier Rugamba’s lawyer called it quit on March 3, hence the case was adjourned on […]

U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego yashyizweho n’Umuryango Human Right Watch uharanira uburenganzira bwa muntu, iwushinja guhora uyitoteza wisunze ibirego bitari ukuri. Ni nyuma y’inyandiko Human Right Watch yasohoye kuri uyu wa Gatatu ishinja ubutabera bw’u Rwanda guhonyora uburenganzira bw’Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye bwo kuvuga ibyo batekereza. Iyi nyandiko ndende ishinja u Rwanda kwibasira abatavuga rumwe n’ubutegetsi, […]

Le patron de l’AutoritĂ© rwandaise du logement (RHA) placĂ© en dĂ©tention provisoire

Le tribunal de première instance de Kicukiro a renvoyĂ© mardi 15 mars en dĂ©tention provisoire de 30 jours Felix Nshimyumurenyi, le directeur gĂ©nĂ©ral de l’AutoritĂ© rwandaise du logement (RHA), et les co-accusĂ©s Felix Emile Mugisha, soupçonnĂ©s de corruption après que le juge leur a refusĂ© la libĂ©ration sous caution . Lors de l’audience, qui a […]

Urubanza Kanyabutembo aregamo uwiyandikishijeho umutungo we rwongeye gusubikwa

Urubanza rugomba kugaragaza nyiri umutungo ukomeje guteza indyane hagati ya Kanyabutembo Virginie na Rugamba Xavier ushinjwa kwiyandikishaho umutungo utari uwe rwagombaga gukomeza kuri uyu wa Gatatu, itariki 16 Werurwe 2022, rwongeye gusubikwa nyuma y’uko ubushize rwari rwasubitswe na none nyuma y’aho umwunganizi w’uregwa yikuye mu rubanza ku itariki ya 3 Werurwe 2022. Umutungo Rugamba ashinjwa […]

Koreya ya Ruguru yagerageje ikintu bikekwa ko ari igisasu cya ICBM kirayipfubana

Igihugu cya Koreya ya Ruguru kuri uyu wa Gatandatu cyarashe ikintu kitamenyekanye ariko cyahise gipfuba nyuma yo kuraswa nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cya Koreya y’Epfo nyuma y’aho itangazamakuru ryo mu Buyapani ritangaje ko ari igisasu cya kirimbuzi. Iki kintu cyarashwe nyuma y’aho ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya y’Epfo biteguje ko Koreya ya […]

U Buholandi bugura 89% by’umusaruro w’indabo Leta y’u Rwanda yohereza hanze

Leta y’u Rwanda yashoye amafaranga miliyari 13 mu buhinzi bw’indabo bukorerwa mu murenge wa Gishari hafi y’ikiyaga cya Muhazi, zigurishwa mu bihugu birimo u Buhorandi bugura umusaruro ungana 89% by’umusaruro wose ugurishwa hanze. Muganga Walteur ushinzwe imari muri Bella Flowers avuga ko 80% by’indabo bahinga zigurishwa hanze y’igihugu ndetse ko buri mwaka bohereza umusaruro upimye […]

Rwanda Housing Authority boss remanded

Kicukiro Primary Court on Tuesday, March 15, sent on a 30-day remand, Felix Nshimyumurenyi, the Director-General of Rwanda Housing Authority (RHA), and co-accused Felix Emile Mugisha who are suspected of corruption after the judge denied them bail. During the hearing, which took place on March 10, Nshimyumuremyi denied the crime instead arguing that he was […]

Gen. Kainerugaba yasoje uruzinduko rwe mu Rwanda

kainrugaba_muhoozi.jpg

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu by’umutekano, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, kuri uyu wa 16 Werurwe 2022 yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda. Iyi nkuru yemejwe na Ambasade ya Uganda mu Rwanda mu masaha abiri ashize. Yagize iti: “Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka za […]

HRW ivuga ko yandikiye u Rwanda ku kibazo cy’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, rwanga kuyisubiza

Umuryango mpuzamahanga HRW (Human Rights Watch) watangaje ko wandikiye Guverinoma y’u Rwanda uyisaba ibisobanuro ku kibazo cy’uburenganzira bw’ikiremwamuntu uvuga ko butubahirizwa muri iki gihugu, yanga kuwusubiza. Bigaragara mu nyandiko uyu muryango wasohoye kuri uyu wa 16 Werurwe 2022, uvuga ko ufite amakuru y’uko mu mwaka w’2020 n’2021 abayobozi bo mu Rwanda bafungishije abatavuga rumwe n’ubutegetsi, […]

ICJ irafata umwanzuro ku busabe bwihutirwa bwa Ukraine

Urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Gatatu rurafata umwanzuro ku busabe bwihutirwa bwa Ukraine busaba u Burusiya guhagarika ibitero byabwo, aho Ukraine ishinja u Burusiya kuyishinja ibinyoma bya jenoside kugirango bubone urwitwazo rwo gutera. Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) ruratanga umwanzuro warwo mu ku isaha ya saa cyenda ku isaha ndangamasaha ya GMT I La Haye […]

Minisitiri Gatabazi yemeje ko Adhan yahagaritswe mu gihugu hose, asaba Abasilamu kubahiriza itegeko

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Mari Vianney yatangajwe ko umuhamagaro w’Abasilamu uzwi nka Adhan wahagaritswe mu gihugu hose, kandi bagomba kubahiriza itegeko. Minisitiri Gatabazi yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Radio Rwanda, avuguruza itangazo ryatanzwe n’ubuyobozi bukuru bwa Isilamu mu Rwanda bwavugaga ko uyu muhamagaro wahagaritswe mu misigiti 8 gusa yo muri Kigali. Ni nyuma y’aho […]

Perezida wa Ukraine yasabye ingabo z’u Burusiya kwiyegurira izabo, azisezeranya ubuzima bwiza

Perezida wa Repubulika ya Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasabye ingabo z’u Burusiya zihanganye n’iz’igihugu cye, kurambika intwaro, azisezeranya ubuzima bwiza buruta ubwo zari zisanzwe zibamo ziri iwabo. Ubu butumwa buri mu ijambo yageneye izi ngabo ku wa 14 Werurwe 2022, ryatambutse mu buryo bw’amashusho kuri televiziyo y’igihugu. Perezida Zelensky yamenyesheje ingabo z’u Burusiya ko zitazagera ku […]

Gen Muhoozi yahuriye mu rwuri n’imfura na bucura ba Perezida Kagame (Amafoto)

img_20220315_202144-2.jpg

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yahuriye mu rwuri rwa Perezida Paul Kagame n’abahungu be babiri muri batatu afite. Gen Muhoozi usanzwe ari imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, ari mu Rwanda kuva ku wa Mbere w’iki Cyumweru mu ruzinduko rugamije gushyira iherezo ku bibazo byanzambije umubano w’igihugu […]

Umunya-Somalia wari umuyobozi mukuru muri ADF yivuganwe n’Ingabo za Uganda

Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko ingabo zacyo zifatanyije n’iza Congo Kinshasa zishe uwitwa Abu Aden, umunya-Somalia wari umuyobozi mukuru mu mutwe w’iterabwoba wa ADF. UPDF mu itangazo rigenewe abanyamakuru yasohoye yavuze ko Abu Aden yiciwe mu mirwano yabereye mu gace ka Malulu, ku bilometero birindwi uvuye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’umujyi wa Boga. Boga ni […]

U Burusiya bwafatiye ibihano Perezida Joe Biden wa Amerika n’abandi bategetsi

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yatangaje ko yafatiye ibihano Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’abandi bayobozi 12 bo mu gihugu cye. Abandi bari mu bo u Burusiya bwafatiye ibihano umunyamabanga wa Leta Zunze ubumwe za Amerika ushinzwe umutekano, Antony Blinken, Minisitiri w’Ingabo, Lloyd Austin na Jen Psaki ukuriye itangazamakuru. Uru […]

Manchester United yasezerewe muri UEFA CL na Atlético, yandika amateka mabi yaherukaga mu myaka 40

Ikipe ya Manchester United yaraye isezerewe mu mikino ya UEFA Champions league itarenze 1/8 cy’irangiza, nyuma yo gutsindirwa ku kibuga cyayo na AtlĂ©tico de Madrid igitego 1-0. Manchester United yasabwaga gutsinda yasezerewe ku giteranyo cy’ibitego 2-1, nyuma y’uko umukino ubanza wabereye muri Espagne mu byumweru bibiri bishize amakipe yombi yari yawunganyijemo ibitego 2-2. Igitego cyo […]