Iby’ingenzi ku bifaru bya Gepard u Budage bugiye kohereza muri Ukraine
Tariki ya 26 Mata 2022 ubwo Minisitiri w’ingabo w’u Budage, Christine Lambrecht, yahuriraga mu nama ku birindiro bya Ramstein n’abahagarariye ibihugu bya NATO n’Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango, Jens Stolenberg, yatangaje ko igihugu cye giteganya guha Ukraine ibifaru 50 bya Gepard ‘bivuguruye’ bikumira ibitero by’indege. Muri iyi nama yateguwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, buri […]
MONUSCO yahakanye amakuru y’uko yatereranye FARDC mu rugamba rwo kurwanya M23
Ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo zahakanye amakuru avuga ko zatereranye iz’iki gihugu zikoreramo, FARDC, mu rugamba rwo kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23. Kuri uyu wa 29 Mata, umunyamakuru Justin Kabumba yatangaje ko ingabo za MONUSCO zanze gufasha FARDC mu mirwano yabereye mu gace ka Kinyamahura, zanga […]
Perezida Ndayishimiye yinjije ba Ofisiye bashya mu gisirikare cy’u Burundi (Amafoto)

Perezida w’u Burundi akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, Gen Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Gatanu yinjije mu gisirikare Abofisiye bashya barangije amasomo mu ishuri rikuru rya gisirikare, Institut Supérieur des Cadres Militaires (ISCAM). Ni umuhango wahuriranye no gutangiza umwaka wa ririya shuri wa 2020/2021 wayobowe na Perezida Ndayishimiye. Hari kandi n’abasirikare bakuru mu ngabo […]
Burundi: Imfungwa 574 zababariwe, izirenga 200 zamaze gufungurwa

Minisiteri y’ubutabera mu Burundi yatangaje ko imfungwa 574 mu gihugu cyose zahawe imbabazi, 226 zari zifungiwe muri gereza nkuru ya Mpimba zikaba zamaze gufungurwa. Nk’uko byemejwe na Nisasagare Gaudence wungirije Minisitiri w’Ubutabera mu Burundi kuri uyu wa 29 Mata 2022, izi mfungwa zababariwe nyuma y’isuzuma ryakozwe ku myitwarire yaziranze. Muri 862 zasuzumiwe dosiye, 288 muri […]
AS Kigali ya Cassa yasubiriye Gasogi United
Ikipe ya AS Kigali yatsinze Gasogi United ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere wabaye kuri uyu wa Gatanu. Ni umukino AS Kigali yari yakiriyemo Gasogi kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ibitego bibiri byatsinzwe na Bavakure Ndekwe Félix wahuraga na Gasogi United yahozemo ni byo byafashije AS Kigali kwegukana […]
Busingye yashyikirije Umwamikazi Elizabeth II impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Bwongereza

Ambasaderi Busingye Johnston yashyikirije Umwamikazi Elizabeth II impapuro zimwemerera guhagararira guverinoma y’u Rwanda mu bwami bw’u Bwongereza. Muri uyu muhango wabaye kuri uyu wa 29 Mata 2022, ifashishijwe ikorabuhanga rihuza amashusho kuko Ambasaderi Busingye yari mu ngoro ya mbere ya Buckingham, Umwamikazi Elizabeth we yari mu ngoro ya kabiri ya Windsor. Ambasaderi Busingye kandi yanashyikirije […]
Conservation Technology Officer at Nyungwe Management Company Ltd
VACANCY ANNOUNCEMENT Nyungwe Management Company Ltd (NMC Ltd) has been created to manage Nyungwe National Park. NMC Ltd is seeking to recruit a suitable candidate to fill the post of Conservation Technology Officer in Nyungwe National Park. The candidate must be an enthusiastic, motivated and reliable individual, Technically skilled with good problem-solving ability. The duties […]
Centrafrica: Igitero cy’inyeshyamba ku kigo cya gisirikare cyaguyemo batandatu
Inyeshyamba zahitanye nibura abasirikare batandatu mu gitero cyagabwe ku birindiro bya gisirikare byo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Centrafrica kuri uyu wa Kane, itariki 28 Mata 2022, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi waho ndetse n’umuyobozi w’ibitaro kuri uyu wa Gatanu. Abagize ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rizwi ku izina rya Coalition of Patriot for Change (CPC) bagabye […]
Musanze: Urukiko rwakatiye abantu 5 bishe umunyeshuri bakamuta mu musarani
Kuri uyu wa Kane, italiki 28 Mata 2022 Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwasomye urubanza rw’abantu 5 bari bakurikiranweho icyaha cyo kwica umusore w’imyaka 21 bakamuta mu musarani, babiri mu baregwa bahanishwa igifungo cya burundu, umwe ahanishwa igifungo cy’umwaka, abandi babiri bagirwa abere. Abahamwe n’icyaha kandi baciwe n’indishyi zingana na miliyoni 18. Nk’uko byagaragajwe n’Ubushinjacyaha, ku […]
Scott Sibley yabaye Umwongereza wa mbere byemejwe ko yaguye ku rugamba muri Ukraine
Ibiro bya Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bwongereza byavuze ko umwenegihugu w’u Bwongereza yiciwe muri Ukraine naho undi akaba yaburiwe irengero. Amakuru aturuka muri Ukraine agera kuri BBC avuga ko uyu muntu wapfuye ari Scott Sibley, uvugwaho kuba yari arimo kurwanira Igisirikare cya Ukraine. Niwe Mwongereza wa mbere wemejwe ko yiciwe muri iyi ntambara kandi usobanurwa […]
Bwa mbere umugore yatorewe umwanya wo hejuru mu Nteko Ishinga Amategeko ya Somalia
Kuri uyu wa Kane, itariki 28 Mata 2022, abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Somalia (umutwe w’abadepite) batoye ku nshuro ya mbere Perezida w’Inteko wungirije w’umugore witwa Saadia Yasin Haji Samatar. Bivugwa ko Samatar abaye umutegarugori wa mbere watorewe umwanya w’ubuyobozi bukuru mu nteko ishinga amategeko muri rusange. Mu cyiciro cya nyuma cy’amatora, Samatar yagize amajwi […]
U Bwongereza: Abimukira bajyanye Guverinoma mu nkiko barwanya gahunda yo kubohereza mu Rwanda
Abimukira babiri binjiye mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bajyanye Guverinoma y’iki gihugu mu rwego rwo kurwanya gahunda yo kubimurira mu Rwanda. Abareze Guverinoma y’u Bwongereza barimo umugabo wageze muri iki gihugu muri Gashyantare avuye muri Eritrea ndetse n’umunya-Iran wahageze muri Werurwe. Bombi bararwanya amasezerano y’imyaka itanu yashyizweho umukono ku wa 14 Mata hagati ya […]
Nkanka-Rusizi: IBUKA irasabira ubufasha uwarokotse jenoside uba mu icumbi ry’umuturanyi

Ubwo itorero ADEPR/Paruwasi ya Kamembe mu karere ka Rusizi ryibukaga ku nshuro ya 28 jenoside yakorewe Abatutsi, by’umwihariko abaguye ku itorero rya Nkanka, uhagarariye IBUKA muri uyu murenge Ruterana Thadée yagarutse ku mibereho ibabaje cyane bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi barimo muri uyu murenge muri ibi bihe,aho imiryango 29 itagira aho iba, 34 ikaba […]
Ethiopia: Guverinoma iremeza ko TPLF itigeze iva muri Afar nk’uko yabitangaje
Kuri uyu wa Kane, itariki 28 Mata, Guverinoma ya Ethiopia yahakanye ibivugwa mu itangazwa ryo kuva mu Ntara ya Afar kw’ingabo za TPLF. Umuvugizi wa Guverinoma, Legesse Tulu, yatangarije itangazamakuru rya Leta ko amakuru avuga ko ingabo z’Abanya- Tigray zavuye muri Afar ari “ibinyoma bikomeye.” Guverinoma yemeje ko ingabo zigometse zikiri no mu turere duturanye […]
Hashyizweho komite zivuguruye zishinzwe kurwanya ruswa mu nkiko

Perezida w’urukiko rw’ikirenga mu Rwanda akaba na Perezida w’inama nkuru y’ubucamanza, Dr Ntezilyayo Faustin, aherutse gushyiraho komite zivuguruye zishinzwe kurwanya ruswa mu rwego rw’ubucamanza, zisimbura izari zisanzweho zitatanze umusaruro ukwiye. Izi komite ziri ku rwego rw’urukiko rw’ikirenga, urw’ubujurire, urukiko rukuru n’inkiko zikorera mu ifasi yarwo, mu rugereko rw’urukiko rukuru n’inkiko rikorera mu ifasi yarwo, mu […]
Afurika y’Epfo: Umuzungu w’imyaka 77 yarashe umwiraburakazi avuga ko yamwikanzemo Imvubu
Kuri uyu wa Kane, umuhinzi w’umuzungu wo muri Afurika y’Epfo ufite imyaka 77 yitabye urukiko azira kurasa no gukomeretsa umugore w’umwirabura avuga ko yibeshyeho ko ari Imvubu. Ku wa kabiri, Paul Hendrik van Zyl, yatawe muri yombi nyuma yo kurasa mu cyerekezo cy’umugore warobaga hamwe na mugenzi we mu ruzi rwo mu Mujyi wa Lephalale, […]
Rubavu: Izamuka ry’igiciro cy’ibirayi mu nzira zo gukemuka burundu

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu buratangaza ko ikibazo cy’izamuka ry’igiciro cy’ibirayi kigiye kuba amateka nyuma yo kubona uburyo bwo kubona imbuto nziza kandi itubuka mu gihe iyo abahinzi bakoresha yavaga mu karere ka Burera kandi ikaza itizewe kuko yavaga ahabonetse hose. Ibi bitangajwe nyuma yo gutaha ibikorwa byakozwe na Kiliziya Gatolika, Diyosezi ya Nyundo mu murenge […]
Amafoto: Umunyekongo aritegura kuzamura icyogajuru cya rutura mu bilometero 200

Umunya-Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Ingenieur Jean-Patrice Keka Ohemba aritegura kumurika icyogajuru ‘Troposphère 6’ yakoze gifite ubushobozi bwo kuzamuka mu kirere intera y’ibilometero 200. Nk’uko byatangajwe na televiziyo ARTE yo mu Bufaransa tariki ya 18 Mata 2022, iki cyogajuru gifite uburebure bwa metero 15 kizamurikwa mu mezi ari imbere. Iyi televiziyo igira iti: “Mu myaka […]
History as Somalia’s first female deputy speaker elected
Mogadishu, The East African Members of Somalia’s House of the People (Lower House of the bicameral parliament) on Thursday elected Ms Saadia Yasin Haji Samatar as its first deputy speaker. Ms Samatar becomes the first woman to be elected to the top leadership in parliament in a largely patriarchal Somali society. In the last round […]
Muri RDC nta muntu n’umwe ugifite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rufite agaciro na perezida ubwe
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo nta muntu n’umwe ushobora kwikomanga mu gituza ngo avuge ko afite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rugifite agaciro. Uyu munsi, ndetse n’abayobozi bakuru mu gihugu, barimo na Perezida wa Repubulika, Minisitiri w’Intebe n’abandi, ngo bigometse ku mategeko. Iki cyangombwa ushobora gusobanurwa nk’itegeko ry’ubutegetsi, ntabwo kiratangwa kuva mu gihembwe cya […]
Kirehe: Umusaza yafatanywe inote ya Frw ibihumbi bibiri y’inyiganano agiye kugura ikigage
Mu Murenge wa Nyamyagari mu Karere ka Kirehe, umugabo w’imyaka 68 yafatanywe inote ya 2 000 Frw y’inyiganano ubwo yari agiye kugura ikigage mu kabari. Uyu mugabo witwa Simbiga Innocent yafashwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kirehe ku wa Gatatu, tariki ya 27 Mata 2022. Yafatiwe mu Mudugudu wa Gasetsa, Akagali ka […]
Rwanda Food and Drugs Authority pulls Kinder chocolate products
Rwanda Food and Drugs Authority Thursday, April 28, has pulled Kinder chocolate products on suspicion that they are contaminated with salmonella, a bacterium that causes food poisoning, according to a statement issued earlier today by the regulator. “Reference is also made to the communication from the manufacturer, FERRERO, which issued a voluntary recall of different […]
Perezida Zelensky arifuza kugirana umubano wa hafi na Afurika
Perezida Volodymir Zelensky wa Ukraine yongeye gusaba ko yageza ijambo ku bakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe, anagaragaza ko yifuza kugirana umubano wa hafi n’uriya muryango. Perezida Zelensky yabisabye abinyujije muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dimitro Kukeba wagejeje ubusabe bwe kuri Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, Moussa Faki Mahamat. […]
Les Philippines acceptent les certificats de vaccination contre le COVID-19 du Rwanda et Laos
Le Groupe de travail inter-agences (IATF) a approuvé l’acceptation et la reconnaissance aux Philippines des certificats nationaux de vaccination contre le COVID-19 de la République démocratique populaire de Lao (Laos) et du Rwanda, a déclaré Malacañang vendredi. Le porte-parole présidentiel par intérim, Martin Andanar, a déclaré que l’IATF avait convenu que la certification des deux […]
USA: Umupolisi wishe George Floyd yajuririye igihano yahawe
Uwahoze ari umupolisi wa Minneapolis wishe Umwirabura George Floyd yajuririye igihano yahawe kubera icyaha cy’ubwicanyi, avuga ko inteko y’abacamanza yatewe ubwoba n’imyigaragambyo yari ikomeje kandi ikabangamirwa n’ukuntu uru rubanza rwamamajwe cyane n’ibindi. Abunganira uyu mupolisi w’umuzungu, Derek Chauvin, basabye urukiko rw’ubujurire rwa Minnesota mu busabe batanze mu ntangiriro z’iki cyumweru, guhindura icyemezo cy’urukiko no gutegeka […]
U Burusiya bwarashe muri Kyiv mu gihe Umuyobozi wa UN yagiriragayo uruzinduko
Ingabo z’u Burusiya zarashe mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, mu gihe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Antonio Guterres yagiriraga uruzinduko muri iki gihugu. Nk’uko Guterres yabitangaje, yagiriye uruzinduko muri Ukraine avuye mu murwa mukuru w’u Burusiya, Moscow, kuri wa 27 Mata 2022 aho yagiranye ibiganiro na Perezida Vladimir Putin ku ihagarikwa ry’intambara y’ibi bihugu. […]
Madamu Jeannette Kagame yakiriye ababaye aba Miss, bamwizeza guhindura imyitwarire
Madamu wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, ku mugoroba w’ejo ku wa Kane yakiriye abakobwa bagiye begukana amakamba atandukanye mu irushanwa rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye, abasaba buri gihe guhitamo neza. Madamu Jeannette Kagame yakiriye aba bakobwa ari kumwe n’abagore batandukanye, barimo abakora muri Guverinoma ndetse n’abakora indi mirimo itandukanye nk’abo mu buvuzi ndetse […]
Ntushobora kuza guca urubanza rw’umuntu wowe utaratanze indezo-Umucamanza mu Rukiko Rukuru
Umucamanza mu rukiko rukuru, Charles Kaliwabo, avuga ko asanga hari n’ahandi hakwiye kwitonderwa mu kunoza imikorere y’ubutabera, bitari ukwibanda ku kurwanya ruswa gusa, atanga urugero rw’umucamanza waca urubanza mu gihe yirengagije inshingano zo kurera. Ni mu gihe Urukiko rw’ikirenga mu Rwanda rwashyizeho itsinda ridasanzwe ryahawe inshingano zo kurwanya ruswa ikomeje kuvugwa mu nkiko zo mu […]