Kiyovu Sports y’abakinnyi 10 yatsinze Gorilla FC, ihigika Rayon Sports ku mwanya wa mbere
Ikipe ya Kiyovu Sports yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere, nyuma yo gutsinda Gorilla FC ibitego 2-0. Iyi kipe yo ku Mumena yari yasuye Gorilla, mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Kigali. Ni umukino Kiyovu yatangiye neza kuko umunota wa kabiri wonyine w’umukino wari […]
Perezida Hichilema yahagaritse umushinjacyaha mukuru uvuga ko ubuzima bwe buri mu kaga
Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yahagaritse umushinjacyaha mukuru wa repubulika nyuma y’iminsi ibiri gusa abwiye BBC ko ubuzima bwe buri mu kaga . Lillian Siyunyi washyizweho na guverinoma yabanjirije iriho, ntabwo yari abanye neza n’ubuyobozi buriho kandi yari akurikiranweho ibibazo by’imyitwarire idahwitse na komisiyo ishinzwe ibirego by’ubucamanza (JCC). Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu […]
L’Ă©conomie du Rwanda a augmentĂ© de 7,5% au deuxième trimestre de 2022
L’Ă©conomie du Rwanda a augmentĂ© de 7,5 % au deuxième trimestre de 2022, en grande partie grâce aux secteurs des services et de l’industrie . Les perspectives sont contenues dans la dernière mise Ă jour du produit intĂ©rieur brut (PIB) publiĂ©e jeudi par le ministère des Finances et de la Planification Ă©conomique. D’avril Ă juin, […]
Meya wa Gasabo avuga ko buri wese utuye Bannyahe aragira ubushake bwo kwimukira mu Busanza
Umuyobozi nshingwabikorwa w’akarere ka Gasabo, Umwali Pauline, avuga ko buri wese utuye mu gace ka Bannyahe aragira ubushake bwo kwimukira mu nyubako ziri mu Busanza. Nyuma y’igihe abanze kwimukira mu Busanza batumvikana n’abayobozi mu mujyi wa Kigali no muri guverinoma, mu gace ka Bannyahe kuri uyu wa 15 Nzeri 2022 hagaragaye abo mu nzego zishinzwe […]
Umuhanzikazi Bwiza yatangaje ko amashusho bihwihwiswa ko amugaragaza asambana ‘atabaho’

Umuhanzikazi Bwiza EmĂ©rance uri mu bakunzwe mu Rwanda yatangaje ko amashusho byahwihwishwe ku mbuga nkoranyambaga ko amugaragaza asambana atabaho, ayagereranya n’inkuru ishushanyije. Uwitwa Kasuku cyangwa Jay Squeezer umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga, yatangarije kuri Instagram ko afite amashusho agaragaza uyu muhanzikazi asambana, amumenyesha ko ashobora kuyashyira ku karubanda. Uyu muhanzikazi na we yaje gutangariza ku mbuga […]
Rwanda’s GDP grows to 7.5%

Rwanda’s #GDP has grown to 7,5% in Q2 2022, according to the National Institute of Statistics of Rwanda (NISR). Agriculture sector grew by 2%, Industry 6% while Service grew by 12%. Hotels & Restaurants grew by 193% boosted by the resumption of meetings, conferences & Events.
Kagame calls King Charles III on phone
President Kagame announced that he had a phone conversation with Charles III, The King of the United Kingdom, and deliver to him a condolences message for the passing of his mother Queen Elizabeth II. Kagame confirmed the news via Twitter on Thursday. ” I had the opportunity to express through a phone conversation, my sincere […]
Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 7.5% mu gihembwe cya 2 cya 2022

Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 7.5 ku ijana mu gihembwe cya kabiri cya 2022, bubikesha ahanini serivisi n’inganda, mu gihe mu gihembwe cya mbere bwari bwazamutseho 7.9% . Ibi byagaragajwe na minisiteri y’imari n’igenamigambi igaragaza uko umusaruro mbumbe w’imbere mu gihugu uhagaze kuri uyu wa Kane. Iyi minisiteri ivuga ko kuva muri Mata kugeza muri Kamena, […]
Perezida Kagame yaganiriye n’umwami Charles III w’u Bwongereza
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane yaganiriye kuri terefoni n’Umwami Charles III w’u Bwongereza, amwihanganisha ku bw’urupfu rw’umwamikazi Elizabeth II usanzwe ari umubyeyi we. Perezida Kagame yemeje aya makuru mu butumwa yasangije abarenga 2,800,000 bamukurikira ku rubuga rwa Twitter. Yagize ati: “Nagize amahirwe yo gutambutsa binyuze mu kiganiro cyo kuri terefoni, ubutumwa bufata mu […]
Nawe wahawe urubuga ngo wihanganishe umuryango w’Umwamikazi Elizabeth II
Umuryango wo mu bwami bw’u Bwongereza wamenyesheje buri wese ko hari uburyo bwo kohereza ubutumwa bwo kuwihanganisha, mu gihe uri mu kiriyo cy’itanga ry’umwamikazi Elizabeth II. Itangazo washyize kuri Twitter rirabisobanura riti: “Aho uri hose ku Isi, ushobora kohereza ubutumwa bwo kwihanganisha mu rwego rwo kwibuka nyakubahwa Umwamikazi ku rubuga rwacu.” Ukigera ku rubuga, ubona […]
Leta ya Kenya igiye kubazwa impamvu yaburijemo uruzinduko rwa Perezida Ruto
Urukiko rw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ruzwi nka EACJ rwatumijeho intumwa nkuru ya Leta ya Kenya, Paul Kihara Kairuki, kugira ngo asobanure impamvu uruzinduko Perezida William Ruto yagombaga kugirira muri Uganda mu mwaka ushize rwaburijwemo. Umwanditsi wungirije w’uru rukiko, Christine Mutimura Wekesa, yamenyesheje Kihara ko Leta ya Kenya igomba kwisobanura tariki ya 20 Nzeri 2022, kandi […]
FBI irashakisha umutekamutwe w’Umunyanijeriya wariye Leta ya New York asaga miliyoni 30$
Umusore w’imyaka 29 ukomoka muri Nigeria arashakishwa n’ubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera gutekera umutwe Leta ya New York akayiba agera kuri miliyoni 30 z’amadolari . Mu itangazo ryo ku ya 9 Nzeri 2022 ryashyizwe ahagaragara n’ubushinjacyaha wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu karere k’iburasirazuba bwa Pennsylvania, Chidozie Collins Obasi, yashinjwe icyaha […]
Sahara Marocain: le Kenya décide de révoquer la reconnaissance de la pseudo rasd et décide de fermer sa représentation à Nairobi
La RĂ©publique du Kenya a dĂ©cidĂ© de rĂ©voquer la reconnaissance de la pseudo rasd et d’entamer les dĂ©marches pour la fermeture de sa reprĂ©sentation Ă Nairobi, suite au message de fĂ©licitations adressĂ© par Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI au nouveau PrĂ©sident William Ruto. Sa MajestĂ© le Roi a, dans son message qui a Ă©tĂ© […]
PM Edouard Ngirente yitabiriye irahira rya Perezida João Lourenço
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, ari i Luanda muri Angola aho yitabiriye irahira rya Perezida JoĂŁo Manuel Gonçalves Lourenço. Kuri uyu wa Kane ni bwo Perezida Lourenço arahirira kuyobora Angola muri manda ye ya kabiri, mu birori bibera ahazwi nka Praca da Republica i Luanda. Ni nyuma yo gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye […]
Rayon Sports igiye kwipima n’imwe mu makipe yo muri RDC
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutegura imikino ibiri ya gicuti, irimo umwe mpuzamahanga igomba kwipimamo na AS Dauphins Noirs yo muri Congo Kinshasa. Ni amakuru yaraye yemejwe n’umutoza Haringingo Francis Christian, nyuma y’umukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona Rayon Sports yari imaze gutsindamo Rwamagana City ibitego 2-0. Haringingo yavuze ko iyi mikino yombi izaba mu […]
Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe
Umudepite uhagarariye ishyaka PS Imberakuri mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Mukabunani Christine, avuga ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cy’abatuye mu gace kitwa Bannyahe, akagari ka Nyarutarama, umurenge wa Remera, banze kwimukira mu nyubako zubatswe mu Busanza. Hashize igihe kinini abaturage bamwe banze kujya mu nyubako zo mu Busanza batumvikana n’ubuyobozi bw’umujyi […]
Suede: Minisitiri w’Intebe Magdalena Andersson yeguye ku mirimo ye

Minisitiri w’Intebe wa Suede, Magdalena Andersson, yatangaje ko aza kwegura ku mirimo ye nyuma y’uko guverinoma ye itsinzwe mu matora yo ku Cyumweru . Ihuriro rya Magdalena Andersson risa nkaho ryatsinzwe cyane n’amashyaka atavuga rumwe naryo yabonye imyanya 176 kuri 173, mu majwi 99% amaze kubarurwa. Umuyobozi w’ishyaka Moderate Party, Ulf Kristersson, ubu biteganijwe ko […]
Rubavu: Polisi yafatanye batatu magendu irimo imyenda n’inkweto bya caguwa
Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 13 Nzeri, ryafashe abantu batatu bari binjije mu gihugu ibicuruzwa bitandukanye bya magendu, babikuye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), bakoresheje inzira zitemewe zizwi nka Panya, bakaba bafatiwe mu murenge wa Gisenyi, […]
Umuhanzi R. Kelly yahamijwe icyaha cyo gukoresha abana filimi z’urukozasoni
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Nzeri 2022, umuririmbyi wa R&B, R. Kelly, yahamijwe ibyaha ashinjwa byo gukoresha abana filimi z’urukozasoni (Child Pornography) no gushuka abana b’abakobwa batujuje imyaka y’ubukure ngo baryamane na we, ariko urukiko rwasanze adahamwa n’icyaha cyo kubangamira ubutabera mu rubanza rwo mu 2008 rwarangiye agizwe umwere . Ubushinjacyaha bwavuze ko mu […]
First Lady Jeannette Kagame visits Sweden
First Lady Jeannette Kagame is on a three-day visit to Stockholm, Sweden where she is expected to attend various events and activities. RBA via Twitter announced that she began the visit with a tour of the Play Therapy Pediatric Department of Karolinska University Hospital on Wednesday, September 14. Svante Norgren, the head of the pediatric […]
RDC: Lt. Col. Mbonza Lucien wa FARDC yishwe n’inyeshyamba za ADF
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 14 Nzeri 2022, abantu 5 barimo abarwanyi 4 ba ADF n’umusirikare w’ipeti rya Lt. Colonel wa FARDC bapfiriye mu mirwano yabereye ku muhanda wa Mbau-Kamango, muri Teritwari ya Beni muri Kivu y’Amajyaruguru . Nk’uko byatangajwe na Capt. Anthony Mwalushayi, Umuvugizi w’ibikorwa bya Sukola 1, ngo umusirikare mukuru wa FARDC […]
PAC yasabye Akarere ka Nyagatere gusobanura ukuntu kishyuye kabiri rwiyemezamirimo
Akarere ka Nyagatare kasabwe ibisobanuro ku makosa agaragara muri raporo y’umugenzuzi w’imari ya leta ya 2020-2021, aho abadepite bagaragaje ko aka karere kishyuye inshuro zirenze imwe rwiyemezamiro wari warahawe isoko rya miliyoni 11 z’mafaranga y’u Rwanda ryo kugemura inyongeramusaruro mu buhinzi . Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari ya leta (PAC) bagaragaje ko hari […]
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yarusimbutse
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yakoze impanuka y’imodoka, gusa Imana ikinga akaboko. Ni impanuka yabereye i Kyiv mu murwa mukuru wa Ukraine, ubwo imodoka ye yagonganaga n’indi itwara abagenzi nk’uko byemejwe na Sergii Nykyforov usanzwe ari umuvugizi wa Perezida Zelensky. Uyu yavuze ko Perezida wa Ukraine yakomerekeye byoroheje muri iriya mpanuka. Amakuru avuga ko umushoferi […]
Abayobozi bo mu Burusiya barenga 10 barimo abadepite batangije ubukangurambaga busaba Putin kwegura
Abayobozi mu nzego z’ibanze 19 bo mu Burusiya barimo abadepite nka Ksenia Torstrem uhagarariye akarere ka St Petersburg batangije ubukangurambaga busaba Perezida w’iki gihugu, kwegura ku nshingano ye. Ubu bukangurambaga bwatangajwe ku wa 12 Nzeri 2022 mu buryo bwo gusaba (petition), bwamagana intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine bitegetswe na Perezida Putin, bityo ngo akwiye […]