Bamwe mu banyapolitiki bamenyekanyeho kuba abasinzi birenze urugero mu mateka

Abantu benshi basize ikimenyetso mu mateka y’abantu. Binyuze mu buhanzi, siyanse, umuziki cyangwa ibikorwa bya gisirikare na politiki, bamwe muri bo banditsweho inkuru muri Lords of the Drinks kandi ushobora kubasanga mu gice cy’abasinzi bazwi mu mateka ariko twibanze ku banyapolitiki mu rutonde rw’abasinzi 6 bazwi mu mateka nubwo atari bo bonyine . 6. Benjamin […]
Uhuru Kenyatta yamenyesheje Abanyekongo ko hari abashaka kubatanya bagamije inyungu zabo
Intumwa y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba mu biganiro by’amahoro byo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Uhuru Kenyatta, yamenyesheje Abanyekongo ko hari abashaka kubatandukanya bagamije inyungu zabo. Ni ijambo yavugiye i Kinshasa kuri uyu wa 13 Ugushyingo, mu gihe agirirayo uruzinduko rugamije gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa RDC. Nk’uko Radio Okapi ibivuga, Uhuru […]
Cristiano Ronaldo yishongoye kuri Wayne Rooney, Manchester United imuca arenga Frw miliyari
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yasubije Wayne Rooney yashinje kumugirira ishyari, nyuma y’uko uriya Mwongereza yari yarakunze kumujora. Rooney na Cristiano bombi bakinannye muri Manchester United kuva muri 2004, mbere y’uko uyu wa nyuma ayivamo muri 2009 yerekeza muri Real Madrid yo muri Espagne. Mbere y’uko aba bombi batandukana, batwaranye na Manchester United ibikombe bitandukanye birimo bitatu […]
Les autorités suggèrent de porter l’âge de la consommation d’alcool à 21 ans
L’âge légal pour boire de l’alcool au Rwanda devrait passer à 21 ans, ont exhorté les hauts dirigeants du gouvernement sous l’égide du Unity Club . Le Unity Club est une association qui rassemble des membres du cabinet – anciens et actuels, leurs conjoints et d’autres hauts responsables gouvernementaux, dans le but de promouvoir l’unité […]
Kigali: Koperative z’abamotari zigiye guhabwa umucungamutungo uhembwa na Leta
Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa RURA, Patrick Baganizi, yavuze ko amakoperative mashya y’abamotari azahabwa umucungamutungo uhembwa na Leta. RBA yatangaje aya makuru ivuga ko mu Mujyi wa Kigali hamaze gushyirwaho koperative nshya 5 z’abamotari. Mu karere ka Nyarugenge hari koperative 2 muri Gasabo hari 2, na ho muri Kicukiro hakaba koperative 1. Justin Uwizeye, umwe mu […]
Kagame arrives in Indonesia
President Paul Kagame arrived in Bali, Indonesia on November 14, where he joins world leaders for this year’s G20 summit. Kagame will be attending the annual meeting of leaders from the world’s major economies, known as Group of 20 nations, in his capacity as the Africa Union Development Agency (NEPAD) Heads of State and Government […]
Turukiya yateye utwatsi ubutumwa bwa USA buyihanganisha
Guverinoma ya Turukiya yateye utwatsi ubutumwa bwa Ambasade ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) buyihanganisha ku bw’ibyago byo gupfusha abaturage mu gitero cy’iterabwoba. Kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2022 ni bwo igisasu cyaturikanye abaturage bari mu mujyi wa Istanbul, cyica batandatu, abandi 81 kirabakomeretsa, nk’uko Minisiteri y’umutekano y’iki gihugu yabitangaje. Abayobozi bo mu bihugu […]
Abakobwa bakatiwe 25 bazira kwangiriza imyanya y’ibanga ya mugenzi wabo barekuwe
Abakobwa batandatu n’umuhungu umwe bari barakatiwe igifungo cy’imyaka 15 bahamijwe ibyaha bishingiye ku gikorwa cyo kwangiza imyanya ndangagitsina ya mugenzi wabo, bari mu bafunguwe by’agateganyo nyuma yuko Guverinoma y’u Rwanda yemeje ifungurwa ry’abantu 802. Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki 11 Ugushyingo 2022, yemeje ifungurwa ry’agateganyo ku bantu 802 bari barakatiwe nyuma yo guhamwa […]
Minisitiri Lavrov yahakanye ko yajyanwe mu bitaro akigera muri Indonesia aho yitabiriye inama ya G20

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’ Burusiya, Sergei Lavrov, ngo yajyanywe mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo cy’umutima nyuma yo kugera i Bali yitabiriye inama ya G20, nk’uko abayobozi benshi bo muri Indonesia babitangaje kuri uyu wa Mbere . Uyu mudipolomate ukomeye w’u Burusiya yageze ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru ku kirwa cy’ibiruhuko cya Bali, ahazabera […]
Rwandan MP resigns following Kagame saying that there is drankard legislator
Member of Parliament Gamariel Mbonimana has confirmed that he tendered in his resignation to the Speaker’s office on Monday, November 14. He cited personal reasons in his resignation letter. However, his resignation came after President Paul Kagame expressed concerns over a lawmaker whose name constantly appeared in police reports for drunk driving and was always […]
M23 yaba yamaze kwibikaho drones za gisirikare
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko umutwe wa M23 watangiye kwifashisha drones za gisirikare, mu mirwano uhanganyemo n’Ingabo za Congo Kinshasa. Drones ebyiri z’uyu mutwe bivugwa ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere zabonwe ahitwa Pena mu Rutshuru, gusa nta wuramenya inkomoko y’izi ndege nto zitagira abapilote. Aha mu Rutshuru […]
Kigali: Bifuje ko imyaka y’abatemererwa kunywa inzoga igera kuri 21
Mu biganiro byabereye mu ihuriro rya 15 ry’umuryango Unity Club Intwararumuri, hari abayobozi bifuje ko imyaka y’amavuko y’abatemerewe kunywa ibisindisha (inzoga) igera kuri 21. Ikibazo cy’ubusinzi bwugarije abarimo urubyiruko kiri mu ngingo zaganiriweho muri iri huriro, aho bamwe bagaragaje ko kuba abari hagati y’imyaka 18 na 21 bemererwa kunywa inzoga bicyongerera ubukana. Imyanzuro ndetse n’ibyifuzo […]
Perezida Kagame yageze i Bali aho yitabiriye inama ya G20 – Amafoto

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba Umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’urwego rw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe rushinzwe iterambere (AUDA-NEPAD), yamaze kugera i Bali, mu gihugu cya Indonesia aho aziyunga ku bandi bayobozi b’Isi bitabiriye inama y’Ibihugu 20 bikize kurusha ibindi (G20) . Iyi nama biteganyjwe ko izatangira kuri […]
Nkombo: Batewe inkeke n’igishorobwa

Abaturage b’utugari twa Bugarura, Rwenje, Kamagimbo n’igice kimwe cya Bigoga mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi baravuga ko batewe inkeke n’igishorobwa kibacagagurira imyaka gihereye mu butaka, bagasaba ubuyobozi bw’akarere kubasura bakirebera igihombo kibateza, hakaba hanakorwa ubushakashatsi bwimbitse ngo ibyacyo bimenyekane neza n’uburyo cyacika. Ubwo Umunyamakuru wa BWIZA yahageraga nyuma y’intabaza y’aba baturage,abakuru muri […]
Minisitiri Muyaya yavuze ku masezerano y’ibanga yaba yarasinywe na Tshisekedi n’u Rwanda
Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo aremeza ko nta masezerano y’ibanga Perezida Tshisekedi yigeze agirana n’u Rwanda ahubwo akavuga ko amasezerano atatu y’ubucuruzi ari yo yasinywe muri Kamena 2021 hagati y’ibihugu byombi, na yo yahagaritswe bisabwe n’inama nkuru y’umutekano kugira ngo basubize icyo bita ubushotoranyi bw’u Rwanda . “Ababona mu bushotoranyi bw’u […]
Kicukiro: Urukiko rwashyikirijwe dosiye y’umugabo ushinjwa kwica umugore we
Ubushinjacyaha urwego rw’ibanze rwa Kicukiro ku wa 12 Ugushyingo 2022 bwakiriye dosiye y’umugabo witwa Mugabutsinze Olivier wishe umugore we Uwarwego Francine babanaga batarashyingiranwe byemewe n’amategeko, akaba yaramwishe amuteye icyuma mu gatuza . Ibi ngo byabereye mu Mudugudu wa Mahoro, Akagali ka Karambo, Umurenge wa Gatenga nk’uko tubikesha Ubushinjacyaha Bukuru. Uregwa yemera icyaha akanagisabira imbabazi; akavuga […]
Umuherwe Bezos yahaye umuhanzi Dolly Patron ishimwe rya miliyoni 100 z’amadolari
Jeff Bezos uri mu baherwe ba mbere ku Isi yahaye umuhanzi Dolly Patron wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ishimwe ry’amadolari miliyoni 100 (angana na miliyari 100 z’amafaranga y’u Rwanda). Uyu muherwe yatangiye iri shimwe mu muhango witabiriwe n’umugore we, Lauren Sanchez, ari na we watangaje ko Patron ari we wegukanye aya mafaranga ku […]
Umudepite watumye Perezida Kagame yibasira abapolisi ku bw’ubusinzi yeguye
Gamariel Mbonimana wari umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, yamaze kwegura nyuma yo kunengwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kubera ubusinzi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Nyakanga 2022 ni bwo inkuru y’ubwegure mu nteko bwa Depite Mbonimana wari uhagarariye Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu (PL) yamenyekanye. […]
Kinshasa: Uwahoze ari umujyanama wa Perezida Tshisekedi aratangira kuburanishwa
Uwahoze ari umujyanama mu by’ingamba wa Perezida Félix Tshisekedi, Vidiye Tshimanga, aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Ugushyingo n’Urukiko rw’Amahoro rwa Kinshasa-Gombe . Uyu washyizwe mu buroko ku ya 21 Nzeri 2022 muri Gereza ya Makala akarekurwa by’agateganyo nyuma y’icyumweru, ari mu mazi abira kuva yatamazwa muri Nzeri na videwo yamugaragaje yizeza gutanga […]
RDC yatangaje ko intwaro igura zifatirwa kubera urutonde yashyizweho na UN
Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasobanuye ko bimwe mu bidindiza igisirikare cyayo muri iki gihe harimo ko igura intwaro, zigafatirwa zigeze mu nzira bitewe n’urutonde yashyizweho n’akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 11 Ugushyingo 2022, yagaragaje ko guverinoma yabo […]
Sukhoi ya RDC yavogereye u Rwanda, Gatabazi arasimburwa, ba komanda ba EAC bahurira i Bujumbura: inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 7 Ugushyingo 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye kuri politiki ndetse n’umutekano. Harimo ko: Indege y’intambara ya RDC yavogereye u Rwanda Indege y’intambara y’igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) y’ubwoko bwa Sukhoi-25 ku manywa yo ku wa 7 Ugushyingo yavogereye ikirere cy’u Rwanda, isubirayo ihamaze umwanya muto. Ni imwe […]
Dozens of Congolese flee FARDC-M23 war to Rwanda
Local authorities in Rubavu District have received 89 DR Congo citizens who are fleeing from fights between the government forces FARDC and M23 rebels group. The refugees arrived on the Rwandan territory on Sunday, November 13. Fights broke out between the two warring on October 20 when DR Congo attempted to recapture territories that were […]
Ukraine ivuga ko yasanze ibyobo bishyinguyemo abantu i Kherson hahoze mu maboko y’Uburusiya
P?erezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky avuga ko abakora iperereza batahuye ibyaha byo mu ntambara birenga 400 mu duce tw’i Kherson twasizwe n’abasirikare b’Uburusiya ubwo bahavaga. Zelensky yavuze ko imirambo y’abasivile n’abasirikare yatahuwe nk’uko Umunyamakuru George Wright yabyanditse. Uburusiya buhakana buvuga ko abasirikare babwo batibasira abasivile ku bushake. M?u ijambo ryo mu buryo bwa videwo avuga […]
Cristiano Ronaldo yashinje Man United kumugambanira, yibasira cyane Ralf Rangnick na Ten Hag
Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo yashinje ikipe ya Manchester United asanzwe akinira kumugambanira, yibasira bikomeye Umudage Ralf Rangnick wahoze ari umutoza wayo w’agateganyo na Erik ten Hag wamusimbuye. Cristiano yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru Piers Morgan, mbere yo gusohoka mu kinyamakuru The Sun. Ni Cristiano wagaragaje ko Manchester United itaratera imbere na gato kuva muri […]