Ikindi gihugu cya Afurika cyapfubyemo Coup d’État
Minisitiri w’Intebe wa SĂŁo TomĂ© et Principe, Patrice Trovoada, yatangaje ko muri iki gihugu hageragejwe Coup d’État gusa iza kuburizwamo n’ingabo zacyo. SĂŁo TomĂ© et Principe ni igihugu kigizwe n’ibirwa, kikaba giherereye mu mazi y’inyanja ya Atlantique mu burengerazuba bw’umugabane wa Afurika. Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu mu mashusho yagiye hanze, agaragara avuga ko mu ijoro […]
Umwe muri ba Perezida ba Afurika yageneye abanye-Congo imfashanyo y’ibyo kurya
Perezida JoĂŁo Lourenço wa Angola, yageneye abanye-Congo bavuye mu byabo kubera imirwano ya FARDC n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo indege yari yikoreye toni 30 z’ibyo kurya yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Gen […]
FDLR ivuga ko ‘ ishaka gutaha mu Rwanda irwana’
Inyeshyamba za FDLR zivuga ko zidashobora gushyira intwaro hasi kuko ari zo bagomba kurwanisha urugamba bahanganyemo na Leta y’u Rwanda. Imyanzuro y’inama y’Abakuru b’Ibihugu yaberaye i Luanda muri Angola muri iki Cyumweru, yasabye ko kugira ngo umutekano usesuye wo mu burasirazuba bwa DRC wongere kugaruka, imitwe yose yitwaje intwaro ikomoka mu bindi Bihugu igomba gushyira […]
Ibyago ku bakobwa bafata ibinini byica intanga nyuma yo gukora imibona mpuzabitsina
Ku bagore cyangwa abakobwa bakunda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye, akenshi usanga biyambaza ibinini byica intanga (Contraceptive pills) kugira ngo batabasha gutwara inda. Ibi binini binazwi nka ‘Morning after Pills’, bigizwe n’amoko atandukanye; bikaba bikoreshwa byibura bitarenze amasaha 72 umuntu akoze imibonano mpuzabitsina. Abakora mu bijyanye n’imiti basobanura ko bishobora guhindura ukwezi k’umukobwa, itariki yo kujya […]
RDC: Hamenyekanye itariki amatora y’Umukuru w’Igihugu azaberaho
Komisiyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI), yatangaje ko amatora y’Umukuru w’iki gihugu azaba ku wa 20 Ukuboza 2023. Ni ibyatangajwe na Perezida wa Komisiyo y’amatora muri RDC, DĂ©nis Kadima; mu ngengabihe y’amatora rusange yatangajwe kuri uyu wa Gatandatu. Uretse amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe ku wa 20 Ukuboza, uwo munsi hazanaba amatora y’abagize […]
Rusizi: Abantu 16 bari bafunzwe batorotse gereza
Abantu 16 bari bagungiwe muri kasho ya Sitasiyo polisi ya Muganza mu Karere ka Rusizi batorotse gereza ubwo bari barimo kurya. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera John Bosco, yatangarije RBA ko aba bafungwa bari barimo kurya, bitangira bateje akaduruvayo, bafungura urugi bafumyamo. Afande Kabera ati ” Nibyo Koko batorotse gereza ariko batanu bafashwe. […]
Biravugwa ko M23 yafashe uduce tubiri twegereye Kitshanga
Biravugwa ko Umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Kabarozi na Bwiza twegereye Umujyi wa Kichanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyuma y’uko M23 itangarije ko ihagaritse imirwano kuri uyu wa Gatanu, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, imirwano yongeye kubura mu gace ka Bwiza. Amakuru ataremezwa n’impande bireba avuga ko inyeshyamba za FDLR […]
Mushiki wa Paul Rudakubana yavuze icyaba cyamwishe
Mukasine ThĂ©rèse, mushiki wa Paul Rudakubana wamamaye mu biganiro bitandukanye ku rubuga rwa YouTube, yatangaje ko urupfu rwe rwaba rufitanye isano n’inzoga zifite imisemburo iremereye kwa muganga bari baramubujije. Rudakubana witabye Imana afite imyaka 56 y’amavuko, yavaga inda imwe na Buhigiro AndrĂ© w’imyaka 102 y’amavuko na Sindikubwabo Peter bamamaye kuri ubu ufite imyaka 48. Uko […]
Icyiciro cya gatatu cy’abakomando ba Kenya bageze i Goma n’ibikoresho by’intambara
Icyiciro cya gatatu cy’abasirikare bo mu mutwe udasanzwe b’Ingabo za Kenya bageze i Goma mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mbere yo gutangira ibikorwa byo kuhagarura amahoro. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo iki cyiciro cya gatatu cy’abakomando ba Kenya bageze i Goma, banitwaje n’ibikoresho bya gisirikare byitezwe ko bagomba kuzifashisha mu bikorwa […]
Umunye-Congo wa nyuma warwanye Intambara ya kabiri y’Isi yapfuye
Caporal Albert Kunyuku wari Umunye-Congo wa nyuma warwanye Intambara ya kabiri y’Isi, yapfuye afite imyaka 100 y’amavuko. Inkuru y’urupfu rw’uyu mukambwe yamenyekanye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Ugushyingo 2022. Caporal Kunyuku yapfuye, mu gihe muri Kamena uyu mwaka yari yahawe umudari w’ikirenga n’umwami Filipe w’Ububiligi wari mu ruzinduko muri Congo […]
UN ivuga ko abagore batanu bicwa buri saha n’uwo mu muryango wabo
Raporo nshya y’Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) ivuga ko mu 2021 abagore n’abakobwa basaga 45,000 ku isi bishwe n’abagabo babo cyangwa abo mu miryango yabo. Ibyo bivuze ko abagore cyangwa abakobwa barenga batanu ku isi bicwa buri saha n’abo mu muryango bwite wabo. Iyi raporo yasohowe bigendanye n’umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa, wabaye kuwa […]
Centrafrique: Abasirikare ba RDF bashimiwe akazi gakomeye bakoze batizigama
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), ku wa Gatanu zambitswe imidali y’ishimwe y’Umuryango w’Abibumbye. Ni igikorwa cyabereye i Bangui ku cyicaro cya Batayo y’Ingabo z’u Rwanda izwi nka RWABATT10, kiri mu birindiro by’ahitwa Socatel M’Poko. Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Valentine Rugwabiza wayoboye uyu […]