Rusizi: Abakobwa babyaye imburagihe bifuza kwitabwaho byihariye

Bari kumwe n'ababyeyi babo n'abayobozi banyuranye, bijeje kutazasubira mu bibatesha igihe

Abakobwa babyaye imburagihe bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi, bavuga ko bashimira cyane abumva imibabaro yabo bakagerageza kubashakira icyababeshaho n’abana babyaye, kuko bamwe muri bo baba barahungabanijwe bikomeye n’ibyababayeho, bagasaba akarere n’abafatanyabikorwa bako kubitaho byihariye, bagasubiza ibyifuzo byabo. Ikibazo cy’abangavu babyara imburagihe ngo nubwo akenshi gifatirwa hejuru, bamwe bakabafata nk’ababyaye kubera imyitwarire […]

Abantu 5 b’ibikomerezwa mu butegetsi bw’u Burusiya

patrushev.jpg

Nyuma yuko u Burusiya butangije ibitero bya gisirikare muri Ukraine nk’uko bubyita, abantu benshi mu Isi batangiye kwibaza niba Perezida Vuldmir Putin ari we ubwe ufite ububasha bukomeye ku buryo yategeka ibyo ashaka mu gihugu kugeza anagishoye mu ntambara n’igihugu cya Ukraine. Twifashishije ibyegeranyo binyuranye ndetse n’abasesenguzi muri politike mpuzamahanga, tugiye kureba abantu b’imbere (Inner […]

JoĂŁo Felix muri rutemikirere imwerekeza gusinyira ishema rya London

Umukinnyi ukomoka muri Portugal JoĂŁo Felix, agomba gusinya mu ikipe ya Chelsea bidatinze, nyuma y’aho amakipe yombi yamaze kwemeranya ku bizaba bikubiye mu masezerano. Chelsea igomba gusinyisha JoĂŁo Felix ufite imyaka 23 amasezerano y’amezi 6 nk’intizanyo kuri miliyoni 11 z’amayero. Ibi bije nyuma y’uko ibiganiro hagati ya Athletico Madrid n’iyi byarangiye kandi bikaba byagenze neza. […]

2023: Ibihugu 10 bifite Igisirikare karahabutaka kurusha ibindi ku Isi

Urubuga ’Global FirePower’ rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana mu mbaraga za gisirikare, ruherutse gusohora urutonde rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana mu kugira igisirikare gikomeye muri uyu mwaka wa 2023. Urutonde rwa Global Firepower Index abarukora bagendera ku ngingo zigera kuri 50 zirimo ingengo y’imari ikoreshwa mu gisirikare, umubare w’ababarizwamo n’ibikoresho bya gisirikare igihugu gifite. Urw’uyu […]

Bugesera FC yatandukanye n’umutoza wayo

Etienne Ndayiragije, umutoza ukomoka mu gihugu cy’ u Burundi, yamaze gutandukana n’ikipe ya Bugesera FC yari abereye umutoza nyuma y’uko basheshe amasezerano hagati y’impande zombi ku bwumvikane. Ibi bibaye nyuma y’uko uyu mutoza yari amaze igihe adaha ibyishimo abayobozi, abakunzi ndetse n’abafana b’ikipe ya Bugesera FC kubera ko kugeza ubu igice cya mbere cya shampiyona […]

Abagore 10 bavuga rikijyana mu kinyejana cya 21

michelle-2.jpg

Umunsi mpuzamahanga w’abagore uba umwanya wo kwishimira ibikorwa bitangaje by’abagore byahinduye Isi nziza, ndetse mu bihe bitandukanye hategurwa ibikorwa byo kubaha agaciro no kubibashimira, akenshi binyuze mu kubaha amashimwe n’ibihembo. Ntabwo dudashobora kuvuga amazina y’abagore bose bakoze ibikorwa byiza ku Isi kandi bikomeye; kuko ni benshi, ni yo mpamvu, dushingiye kuri raporo ya Bob Books, […]

Senegal: Hafashwe icyemezo cyo kubuza ingendo za nijoro kuri bisi zitwara abagenzi

Kuri uyu wa Kabiri, Guverinoma ya Senegal yatangaje ingamba nshya zo kurwanya impanuka zo mu muhanda, harimo no kubuza ingendo za bisi za nijoro no gutumiza amapine yakoreshejwe, nyuma y’impanuka yahitanye abantu 39 ku Cyumweru . Minisitiri w’intebe Amadou Bâ yatangaje ko nyuma y’inama ya guverinoma yabereye mu mujyi mushya wa Diamniadio, hafi ya Dakar, […]

Inkumi yimye Polisi amakuru nyuma yo guhondagurwa na bagenzi bayo

Umukobwa wo muri Uganda wamenyekanye nka Doreen yimye Polisi ya Uganda amakuru mu gihe yari mu iperereza rigamije kumenya abakobwa bagenzi be bagaragaye mu mashusho bamuhondagura. Uyu mukobwa yagaragaye akubitwa n’itsinda ry’abakobwa babiri, bahagarikiwe n’abasore babiri, bamutonganyaga, bamubwira ko yarenze umurongo, agerageza gusambana n’umuhungu ukundana n’umwe muri bo. Mu mashusho ya mbere, bagaragara bamukubita inshyi […]

I’ve never been ALLEN MICHAEL BECHKY’s employee: Gilbert Iradukunda

Rwanda’s Gilbert Iradukunda rejects the claims that say that he was ALLEN MICHAEL BECHKY’s employee, an American investor who accuses him of stealing his land. On the 04 January 2023 the hearing of the case under which ALLEN MICHAEL BECHKY accuses Iradukunda to have grabbed his land got underway in Muhoza Primary Court based in […]

Le gouvernement va restreindre les voyages Ă  l’Ă©tranger des fonctionnaires

Le prĂ©sident Paul Kagame a demandĂ© au Premier ministre d’imposer des restrictions aux voyages inutiles Ă  l’Ă©tranger des fonctionnaires, une dĂ©cision qui, selon lui, rĂ©duirait non seulement le gaspillage des fonds publics, mais garantirait Ă©galement que les fonctionnaires accordent plus d’attention aux affaires intĂ©rieures . Kagame a annoncĂ© la directive le lundi 9 janvier alors […]

Somalia: Abarwanyi ba Al Shabaab basaga 60 biciwe mu gikorwa cya gisirikare

Minisiteri y’itangazamakuru yatangaje ko byibuze abaterabwoba 61 ba Al-Shabaab bishwe abandi benshi barakomereka muri Somaliya nyuma y’igikorwa cy’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza n’umutekano (NISA) . Iki gikorwa cyo kurwanya umutwe w’iterabwoba ufatanya na al-Qaeda cyashyigikiwe n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga ba Somaliya mu ntara ya Shabelle yo Hagati. Minisiteri mu itangazo ryayo yavuze ko iki gikorwa cyibasiye imitwe yitwara […]

Perezida wa Tanzania ahangayikishijwe n’uko urubyiruko rushaka gukira byihuse

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ahangayikishijwe n’uko urubyiruko ruba rushaka gukira byihuse, arwibutsa ko bigira ingaruka mbi. Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yagezaga ubutumwa ku bagize ihuriro ry’urubyiruko rushamikiye ku ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) riri ku butegetsi, muri Zanzibar kuri uyu wa 9 Mutarama 2023, yavuze ko gukira byihuse ari bibi. Samia yagize ati: […]

Ahahoze hari ibiro bya Perezida Biden hasanzwe inyandiko z’ibanga zitavugwaho rumwe

Minisiteri y’ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika irimo gusuzuma inyandiko z’ibanga zishobora kuba zarabonetse mu byahoze ari ibiro bya Perezida Joe Biden nk’uko White House ibivuga . Umwunganizi we mu mategeko n’itsinda rishinzwe kumuburanira bavuze ko 10 mu madosiye yavumbuwe mu kabati gafunze mu kigo cya Penn Biden Center i Washington mu Gushyingo n’itsinda […]

Ifoto Irangabiye yifotoje na Perezida Kagame mu byatumye atabwa muri yombi

Ifoto ya Irangabiye na Pierre Buyoya yafashwe mu Kuboza 2017

Ifoto Floriane Irangabiye yifotoje ari kumwe na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, byamenyekanye ko iri mu byatumye uyu Murundikazi wakoraga umwuga w’itangazamakuru atabwa muri yombi n’abakozi b’urwego rw’iwabo rushinzwe iperereza, SNR. Irangabiye yatawe muri yombi tariki ya 30 Kanama 2022 ubwo yari ageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiriwe Melchior Ndadaye, i Bujumbura, avuye i Kigali […]

Uganda: Indege ya Turkish Airlines yaguye igitaraganya nyuma yo kugongana n’inyoni

Indege ya Sosiyete itwara abagenzi ya Turkish Airlines yasubiye inyuma igitaraganya ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe muri Uganda, nyuma yo kugonga inyoni. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ni bwo iyi ndege yo mu bwoko bwa Airbus A380 yerekezaga mu mujyi wa Instanbul muri Turkiya yagonganye n’inyoni, biba ngombwa ko ishaka uko yongera […]

Kajugujugu ya FARDC yahanuwe muri Kamena ngo yaba yararashwe na RDF

Kajugujugu ya FARDC yo mu bwoko bwa Mi-24 yarashwe n’inyeshyamba za M23 maze igwa ahitwa Kabindi muri Teritwari ya Rutshuru ku itariki ya 17 Kamena 2022 . Iyi ndege yari yagize uruhare mu gitero cya bombe ku birindiro bya M23 muri Tchengerero, agace kagenzurwaga na M23. Muri iyi kajugujugu hari harimo Umunyekongo n’Abanya-Georgia babiri bahise […]

Cabo Delgado: Umusirikare wari mu butumwa bw’amahoro yiyahuye

Umusirikare wari mu bagize umutwe w’ingabo z’umuryango w’akarere ka Afurika y’Amajyepfo ukorera mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique (SAMIM), ukomoka muri Botswana, yiyahuye. Umuvugizi w’igisirikare cya Botswana, Colonel Magosi Moshagane, yatangaje ko uyu musirikare yiyahuriye mu gace Pemba ahagana saa tanu n’iminota 20 z’igitondo kuri uyu wa 9 Mutarama 2023. Col. Moshagane yasobanuye ko […]

Perezida Kagame yasabye ko ingendo zo mu mahanga ku bakozi ba leta zagabanuka

Perezida Paul Kagame yasabye Minisitiri w’intebe kugabanya ingendo zo mu mahanga zidakenewe ku bakozi ba Leta, aho avuga ko iki gikorwa kitazagabanya gusa gukoresha nabi umutungo wa Leta ahubwo ko bizanatuma abayobozi bitondera cyane ibibazo byo mu gihugu . Perezida Kagame yasohoye aya mabwiriza kuri uyu wa Mbere, itariki ya 9 Mutarama, ubwo yakiraga indahiro […]

Yaboneje mu nkangara amanota 50 inshuro 118: Dore uduhigo 5 tutaracibwa mu mateka ya NBA

Ubundi bavuga ko uduhigo tuberaho guhigurwa. Gusa iyi yumvikana nk’imvugo ibiba ikizere, kandi koko ni byiza, gusa muri shampiyona y’umukino wa Basktball muri Amerika y’Amajyaruguru (NBA) ho hari uduhigo twashyinguwe ku gasongero k’ubuhangange bizagorana gukuraho. Abahungu batereye mu nkangara karahava, abandi bakina imikino n’iminota y’umurengera. 1.Amanota menshi y’umukinnyi umwe mu mukino umwe yageze ku 100 […]

Kivu y’Amajyaruguru: Sosiyete sivile irashinja ingabo za EAC korohereza M23

Sosiyete sivile yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) irashinja ingabo za Kenya ziri mu mutwe w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) korohereza umutwe witwaje intwaro wa M23. Visi Perezida w’iyi sosiyete sivile, Edgard Mateso, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 9 Mutarama 2023, yatangaje ko kuba kw’ingabo za […]

Umwe mu bana bari batwawe na Bisi yakoreye impanuka ku Rebero yapfuye

Umwe mu bana bari batwawe na bisi itwara abanyeshuri biga yakoreye impanuka ku i Rebero kuri uyu wa Mbere, yaraye yitabye Imana. Urupfu rw’uyu mwana w’umuhungu witwa Mugabo Kenny, rwemejwe n’ubuyobozi bw’ishuri rya Path to Success we na bagenzi be bigagaho. Pasiteri Gaby Opare uyobora ririya shuri yabwiye The New Times ko “[Mugabo] ni we […]

Muvane aba banye-Congo hano mujye kubarindira iwabo_Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yasabye Umuryango mpuzamahanga kureka kwikoreza u Rwanda ikibazo cy’impunzi zo muri Congo, bitaba ibyo zikavanwa mu Rwanda zigasubizwa mu gihugu cyazo. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 09 Mutarama 2023, nyuma yo kwakira indahiro ya Dr Kalinda François Xavier aheruka kwinjiza muri Sena y’u Rwanda. Kuri ubu igihe kimaze […]