Bwa mbere Uhuru Kenyatta yakiriye Perezida wa M23, bagira ibyo bemeranya
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya kuri uyu wa Kane yakiriye Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa n’abandi bayobozi bakuru b’uriya mutwe mu bya Politiki ndetse no mu bya gisirikare, bagirana ibiganiro. Ni ibiganiro byabereye mu mujyi wa Mombasa, bikaba byasize Kenyatta usanzwe ari umuhuza mu bibazo bya Congo n’abayobozi ba M23 bemeranyije ko uriya […]
Macron ntateganya gusaba imbabazi Algeria kubw’ibyo u Bufaransa bwayikoreye mu gihe cy’ubukoloni
Perezida Emmanuel Macron avuga ko “atazasaba imbabazi” Algeria kubera ubukoloni bw’Abafaransa, ariko ko yizeye ko azakomeza guharanira ubwiyunge we na mugenzi we, Abdelmajid Tebboune . Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Le Point, cyasohotse kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Mutarama yagize ati: “Ntabwo ari njye wemeza gusaba imbabazi, ntabwo ibi ari cyo bigamije, iryo jambo […]
Ikipe yo muri shampiyona Cristiano Ronaldo akinamo irifuza Lionel Messi
Kizigenza Lionel Messi uherutse kwegukana igikombe cy’isi yari amaze imyaka irenga cumi n’umunani (18) ahatanira, arifuzwa n’ikipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Saudi Arabia yitwa Al Hilal ku buryo bikunze yasanga muri iki gihugu Cristiano Ronaldo. Ikinyamakuru cyandikira muri Espagne, Mundo Deportivo, cyatangaje ko Al Hilal yashyize ku meza imishandiko y’amadolari ya Amerika […]
Igisirikare cya Ukraine cyishongoye kuri ba ‘Generals’ b’Abarusiya
Igisirikare cya Ukraine cyishongoye ku basirikare b’Abarusiya ku rwego rwa General boherezwa gushoza intambara cyangwa kuyobora ibikorwa bidasanzwe bya gisirikare muri iki gihugu kuva muri Gashyantare 2022. Ni nyuma y’aho Perezida w’u Burusiya akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Vladimir Putin, kuri uyu wa 11 Mutarama 2023 akuye Gen. Sergei Surovikin ku nshingano yo kuyobora ibi bikorwa muri […]
RDC: Ingabo za EAC zahawe igihe ntarengwa cyo kugaba ibitero kuri M23 bitaba ibyo zigataha

Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zirangajwe imbere n’Ingabo za Kenya zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zahawe iminsi itandatu yo kuba zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 bitaba ibyo hagatangira imyigaragambyo yo kuzisaba gutaha . Ibi byatangajwe n’imiryango ya sosiyete sivile kuri uyu wa Gatanu itariki 12 Mutarama 2023, aho uyu muryango wahaye […]
Colonel Habarugira ntiyumva ukuntu abana bari munsi y’imyaka 10 bashikuza abantu telefoni muri Rusizi

Umuyobozi wa Batayo ya 73 y’ingabo zikorera mu karere ka Rusizi, Lieutenant Colonel Fred Habarugira, avuga ko bitumvikana kuba mu bajura bashikuza abaturage amatelefoni mu mirenge myinshi y’aka karere hagaragaramo n’abana b’imyaka 8 kuzamura, bagombye kuba bari mu ishuri, bataha bakaba hamwe n’ababyeyi, agasanga ahanini bituruka ku babyeyi bataye inshingano zo kurera. Mu butumwa yahaye […]
Être reconnu coupable de remboursement d’impôt frauduleux pourrait être passible d’une peine d’emprisonnement
Un contribuable reconnu coupable de remboursement d’impôt frauduleux pourrait être passible d’une peine d’emprisonnement de deux à cinq ans et d’une amende équivalente à 100 % du montant indûment réclamé, a proposé un nouveau projet de loi . La disposition introduite pour sanctionner les contribuables qui sollicitent illégalement tout remboursement d’impôt, vise à éviter les […]
Muhanga: Umugabo yiyiciye by’impanuka umugore bari bamaze amezi 5 bashakanye

Ishimwe Alice uherutse gukora ubukwe n’umugabo we Niyigena Patrick ku wa 24 Nyakanga 2022 yaraye ahitanywe n’impanuka ubwo bari bavuye mu bucuruzi mu mujyi wa Muhanga. Iyi mpanuka yabaye saa mbili n’iminota 4 z’ijoro, mu Mudugudu wa Musengo, Akagari ka Kivumu Umurenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ubwo Ishimwe yari atahanye n’umugabo we mu […]
Emiliano Martinez yaciririye imbwa yo kurinda ibihembo yakuye mu Gikombe cy’Isi
Umuzamu w’ikipe y’igihugu ya Argentina, Emiliano Martinez, yaciriye imbwa yatojwe n’abasirikare kabuhariwe kugira ngo ijye irinda ibihembo yegukaniye mu gikombe cy’Isi cyabereye muri Qatar mu mpera z’umwaka ushize. Martinez ufite imyaka 30 y’amavuko, kuri ubu akinira ikipe ya Aston Villa yo mu Bwongereza. Ubwo yavaga kwishimira igikombe cy’Isi Argentina, yazanye umudari ndetse n’igihembo cya ‘Golden […]
Kenya: Hadutse imitezi karahabutaka idakorwaho n’imiti
Abashakashatsi bo mu kigo Kenya Medical Research Institute (Kemri) cyo muri Kenya, batangaje ko babonye ubwoko bushya bw’imitezi budahangarwa n’imiti isanzwe ya antibiotics. Ubu bwoko bushya bw’imitezi kuri ubu ngo buri gukwirakwira i Nairobi mu murwa mukuru, by’umwihariko mu bagore bakora umwuga w’uburaya. Ababonye ubu bwoko bushya bw’imitezi bavuga ko burimo gukwira kubera abakora uburaya […]
RDC: Ufite ikibazo cyo mu mutwe yambuye imbunda umusirikare wasinze arayimurasisha

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Mutarama 2023, ahitwa Tshikapa, umurwa mukuru w’Intara ya Kasai muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, umugabo ufite ikibazo cyo mu mutwe yagize atya abona umusirikare wa FARDC wasinze amwambura imbunda arangije aramurasa . Uwabibonye n’amaso wavuganye na Radio na Televiziyo bya Congo, RTNC, yavuze ko ibi byabereye muri Komini […]
Abakinnyi mpuzamahanga babaye mu gisirikare

Gukorera igihugu cyawe nk’umukinnyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga kandi ukaba n’umusirikare, ni ibintu bibiri bitandukanye cyane kandi bishobora no kugorana kubera ko buri kimwe gisaba umwanya uhagije wo kugikora, gusa hari abakinnyi b’umupira w’amaguru bashoboye gukora byombi. Amateka avuga ko umupira watangiye ukinwa n’abasirikare ku rugamba ubwo babaga bari kuruhuka, bivugwa ko kandi bakundaga gukina […]
Nyagatare: Umwarimu arahigishwa uruhindu akekwaho gutera inda umunyeshuri we, yarangiza akamushimuta
Inzego zishinzwe umutekano mu karere ka Nyagatare ziri guhiga bukware umwarimu witwa Bugingo Jean de Dieu zimukekaho gutera inda umunyeshuri w’imyaka 12 yigishaga yarangiza akamushimuta. Ku wa Mbere tariki ya 09 Mutarama ni bwo uriya mwana w’umukobwa yashimuswe avuye ku ishuri, mbere yo kuboneka kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukuboza. Uyu mwana wigaga […]
Singer Meddy rubbishes reports of assault in the hands of wife Mimi Mehfira
Singer Médard Jobert Ngabo popularly known as Meddy, has finally reacted to reports alleging that his Ethiopian boo and wife Mimi Mehfira assaults him. Reports claiming that Mimi recently assaulted ‘My vow’ hitmaker has been making rounds on social media, with the fans asking themselves what really went wrong with the couple. Fun-filled Meddy via […]
Vatican: Hasohotse igitabo kivuga ku mwuka mubi wari hagati ya Papa Fransisiko na Benedigito XVI

Icyumweru kimwe gusa nyuma y’ishyingurwa rya Benedigito wa XVI, uwari umufasha we wa hafi yasohoye igitabo cyari gitegerejwe cyane kuri uyu wa Kane, agaragaza ibisobanuro birambuye ku makimbirane yari hagati ya nyakwigendera n’uwamusimbuye Papa Fransisiko . Igitabo cya Georg Gaenswein kigaragaza ibiganiro byihariye n’abapapa bombi mu kwerekana uko uwahoze ari Papa w’Umudage yazamutse ku buyobozi […]
Cabo Delgado: Hatangiye iperereza ku basirikare bagaragaye bajugunya imirambo mu itanura

Umuyobozi Mukuru w’umuryango w’akarere ka Afurika y’Amajyepfo (SADC) akaba na Perezida wa Namibia, Hage Geingob, yatangaje ko hatangiye iperereza ku basirikare bivugwa ko bari mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, bagaragaye bajugunya imirambo mu itanura ry’umuriro. Mu minsi mike ishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye videwo y’amasegonda 20 igaragaza abasirikare barimo ugaragara neza wambaye imyambaro […]
Meddy yagize icyo avuga ku nkuru zivuga ko yaba asigaye akubitwa n’umugore we

Umuhanzi Ngabo Médard Jobert ukunzwe mu muziki nyarwanda nka Meddy, yagize icyo avuga ku nkuru zimaze iminsi zivuga ko yaba asigaye akubitwa n’umugore we, Mimi Mehfira, asaba uyu munya-Ethiopiakazi kuza agasobanura iby’ihohoterwa ashinja kumukorera. Kuva mu minsi nk’ibiri ishize Meddy yahindutse igitaramo ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko hasakajwe inkuru z’uko ngo yaba akubitwa na Mimi. […]
Kigali-Rubavu: Abize muri UTB bahangayikishijwe no kudahabwa impamyabumenyi

Abanyeshuri bize bakarangiza amasomo mu ishuri rikuru rya UTB (University of Tourism, Technology and Business Studies) barasaba inzego zibishinzwe ko bakemurirwa ikibazo cyabo, bagahabwa impamyabumenyi kuko ngo kutazihabwa biragenda bibatesha amahirwe menshi. Ni abanyeshuri barangije mu mwaka w’amashuri w’2021-2022. Itangazo ryari ryasohotse Bwiza ifitiye kopi, ryavugaga ko bazasobanura ibitabo (Défense) ku wa 20 Nzeri 2022 […]
Umusoreshwa uzajya usaba gusubizwa imisoro mu buriganya ashobora kuzajya ahanishwa igifungo
Umusoreshwa wahamwe n’icyaha cyo gusubizwa imisoro mu buriganya ashobora guhanishwa igifungo kiri hagati y’imyaka ibiri n’imyaka itanu, kandi n’ihazabu ingana n’100 ku ijana y’amafaranga yasabye gusbizwa mu buryo budakwiye, nk’uko biteganywa mu mushinga w’itegeko rishya . Guverinoma yavuze mu ngingo isobanura uyu mushinga mushya w’itegeko rihindura itegeko ryo mu mwaka wa 2019 ryerekeye imisoro, ko […]
RIB yasobanuye impamvu yoherereza ubushinjacyaha na dosiye zirimo ubusa

Umunyamabanga Mukuru w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), Colonel (Rtd) Jeannot Ruhunga, yasobanuye impamvu boherereza ubushinjacyaha dosiye zose zirimo n’izirimo ubusa zakabaye zishyingurwa. Ku wa 10 Mutarama 2023 ubwo Minisiteri y’ubutabera yatangizaga ku mugaragaro politiki y’uburyo bwo gukemura amakimbirane n’iy’ubutabera mpanabyaha yitezweho kugabanya ubucucike mu magereza, Col. Ruhunga yasobanuye ko RIB igengwa n’amategeko atayemerera gushyingura dosiye. Col. […]
Itsinda ryunganira Perezida Biden ryavumbuye izindi nyandiko z’ibanga za leta ahandi hantu

Itsinda ry’abanyamategeko bunganira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, babonye icyiciro cya kabiri cy’inyandiko z’ibanga za Guverinoma ahandi hantu ha kabiri nyuma y’izavumbuwe ahahoze ibiro bye nyuma yo kuva ku mwanya wa visi perezida, ibifatwa nk’igisebo kuri White House kuri ubu . Icyiciro cya mbere cy’inyandiko nk’izi cyabonetse ahahoze ibiro bye bwite […]
Polisi yahagurukiye imodoka zishaje zatwaraga abanyeshuri
Polisi y’Igihugu yatangaje ko yamaze gutangira igenzura ryimbitse ku modoka zitwara abanyeshuri, rikazasiga nta modoka n’imwe ishaje yongeye kubatwara. Polisi yatangaje ko yamaze guhagurukira ziriya modoka, nyuma y’umunsi umwe ku Rebero ho mu karere ka Kicukiro habereye impanuka ikomeye y’imwe mu modoka zatwaraga abanyeshuri. Ni impanuka kugeza ubu bimaze kumenyekana ko yaguyemo umwana umwe muri […]
Umuriro watse hagati y’umunyamakuru Sheilah Gashumba n’umubyeyi we, Frank Gashumba
Umwuka mubi watutumbye mu buryo bugaragarira rubanda hagati y’umunyamakuru wamamaye mu myidagaduro yo muri Uganda akaba n’umushyushyarugamba (MC), Sheilah Gashumba n’umubyeyi we usanzwe ari umunyapolitiki n’umushoramari, Frank Gashumba. Frank yoherereje uwitwa Diana [inshuti ya Sheilah] ijwi ry’akababaro, aho amubwira ko umukobwa we atakimwubaha kandi asigaye yiyandarika, akanakoresha amafaranga yinjiza mu buryo bwo gusesagura. Muri iri […]
RDC yigaramye kwitabaza abacancuro ba Wagner, ibita abarimu
Guverinoma ya Congo Kinshasa yigaramye amakuru avuga ko yitabaje abacancuro barimo abo mu mutwe wa Wagner wo mu Burusiya ngo baze kuyifasha mu rugamba ihanganyemo na M23, ivuga ko abiswe bo ari abarimu baje guhugura Ingabo zayo. RDC yigaramye ibi mu gihe amakuru avuga ko yahaye akazi abacancuro 100 bo mu mutwe wa Wagner bageze […]
Perezida Putin yakuyeho uwari ukuriye ingabo z’u Burusiya muri Ukraine nyuma y’amezi 3 ashyizweho
Perezida Vladimir Putin yakuyeho umuyobozi mukuru w’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine, nyuma y’amezi atatu gusa ashyizweho . Umuyobozi mukuru w’ingabo, Valery Gerasimov, ubu azayobora icyo Perezida Putin avuga ko ari “igikorwa kidasanzwe cya gisirikare”. Gen Gerasimov asimbuye Serge Surovikin wagenzuraga ibitero simusiga byibasiye ibikorwa remezo by’ingufu bya Ukraine. Iri vugurura rije mu gihe Abarusiya bavuga […]
Goma: Umugaba Mukuru wa FARDC yasuye ingabo za EAC

Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, Lt Gen. Tshiwewe Christian yasuye ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ku biro byazo biherereye mu mujyi wa Goma. Lt Gen. Tshiwewe yakiriwe na Komanda w’ingabo za EAC ziri mu butumwa bw’amahoro muri RDC, Lt Gen. Jeff Nyagah wamugejejeho raporo y’ibikorwa izi ngabo zimaze gukora kuva […]