Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Congo

Minisitiri Biruta yajyaniye N'Guesso ubutumwa bwa Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yoherereje mugenzi we uyobora Repubulika ya Congo, Denis Sassou N’Guesso ubutumwa kuri uyu wa 25 Mutarama 2023. Nk’uko ibiro bya Perezida N’Guesso bibisobanura, ubu butumwa bwajyanwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta. Byagize biti: “Perezida wa Repubulika, Denis Sassou-N’Guesso yaganiriye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mutarama 2023, ku […]

Undi Jenerali wa FARDC yatawe muri yombi aryozwa u Rwanda

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Gen. Christian PayPay ukuriye Polisi mu ntara ya Mai-Ndombe yamaze gutabwa muri yombi, akurikiranweho “guhungabanya umutekano w’igihugu.” Amakuru avuga ko Gen. PayPay yatawe muri yombi ku wa Mbere tariki ya 23 Mutarama 2023. Mu byo ashinjwa nk’uko amakuru abivuga, harimo kugira uruhare mu bikorwa by’umutekano […]

Amakuru y’ingenzi ku musirikare umwe muri babiri ba mbere bambaye ipeti riruta ayandi mu Rwanda

Marcel Gatsinzi na James Kabarebe ni bo bambitswe ipeti risumba ayandi mu Rwanda bwa mbere

Igisirikare cy’u Rwanda gifite amateka yihariye cyane ko cyaranzwe n’impinduka zikomeye, zatewe ahanini n’uko abenshi bahoze mu cya Leta yabanje ya Habyarimana JuvĂ©nal bagisezeyemo, abandi bakurikiranwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi, kimwe n’abahisemo kurema umutwe witwaje intwaro wa FDLR ukorera mu mashyamba ya Repubulika ya demukarasi ya Congo. Ubwo Inkotanyi zari ziturutse muri Uganda zabohoraga […]

M23 yambuye FARDC Kishishe nyuma y’igihe kitageze ku munsi iyisubije

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu wongeye kwambura Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) agace ka Kishishe ko muri Teritwari ya Rutshuru, nyuma y’amasaha hafi 24 kagenzurwa na cyo. Ku wa Kabiri tariki ya 24 Mutarama ni bwo FARDC yari yambuye M23 kariya gace, nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije impande zombi. Ni imirwano […]

Le Premier ministre à Dakar avant le sommet continental sur la souveraineté alimentaire

Le Premier ministre Edouard Ngirente est arrivĂ© Ă  Dakar, au SĂ©nĂ©gal, oĂą il se joint aux dirigeants mondiaux pour des discussions centrĂ©es sur la libĂ©ration du potentiel de production alimentaire de l’Afrique . Le prĂ©sident sĂ©nĂ©galais Macky Sall, prĂ©sident de l’UA, accueillera le sommet de trois jours sur l’alimentation, avec la Banque africaine de dĂ©veloppement […]

Abasenateri batangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rishobora guha polisi ubundi bubasha

Abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano batangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga Polisi y’u Rwanda . Asobanurira Abasenateri uyu mushinga, Minisitiri w’Umutekano Alfred Gasana, yavuze ko muri rusange hagamijwe guha polisi bumwe mu bubasha itari isanzwe ifite bikagira ingaruka mu kuzuza inshingano zayo neza no kwimakaza ubunyamwuga muri Polisi. Minisitiri Alfred Gasana yavuze ko imwe […]

Byinshi ku ndege ziswe iz’umunsi w’imperuka

screenshot_20230125-115021_1.jpg

Kuva intwaro kirimbuzi zakora amabara mu ntambara ya kabiri y’Isi ku mijyi y’Abayapani mu mwaka 1945, isi yose yahise ihinda umushyitsi bitewe n’ubukana bw’ibyo bisasu. Magingo aya ni bwo gukangisha izi intwaro zasenya ibiriho byose biri ku kigero cyo hejuru. Bitewe n’intambara iri kubera muri Ukraine, u Burusiya bwakomeje kugenda buvuga ko igihe umutekano wabwo […]

EAC yatangiye gusuzuma ko Somalia yujuje ibisabwa ngo iyakire nk’umunyamuryango wa 8

Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC), watangiye ubugenzuzi bugamije kureba aho igihugu cya Somalia kigeze imyiteguro mbere yo kucyakira nk’umunyamuryango wa munani. Ni ubugenzuzi bugomba gukorwa n’itsinda ry’intumwa za EAC zigomba kuba ziri muri Somalia kuva kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mutarama kugeza ku itariki ya 03 Gashyantare 2023. Iri tsinda ryoherejwe muri Somalia […]

Ibifaru byose by’Abanyamerika byoherejwe muri Ukraine bizasenywa n’Ingabo z’u Burusiya – Amb. Antonov

Ibifaru byose by’intambara by’Abanyamerika byoherejwe muri Ukraine bizasenywa n’ingabo z’u Burusiya, nk’uko Ambasaderi wa Moscou muri Amerika yabitangaje, nyuma y’aho ibitangazamakuru bitangaje ko White House iteganya guha Kiev ibi bimooka by’intambara by’imitamenwa by’akataraboneka byo mu bwoko bwa Abrams nubwo mbere yari yabyanze . Abajijwe ibijyanye no kohereza ibifaru bya M1 Abrams muri Ukraine, Ambasaderi w’u […]

Somalia: Byibuze abantu 5 bahitanwe na bombe zari zigamije kwibasira ingoro y’umukuru w’igihugu

Byibuze abantu batanu barimo abanyeshuri babiri bo mu mashuri yisumbuye ndetse n’umugore bakomeretse ubwo bombe zari zoherejwe ku ngoro ya perezida wa Somalia zatigisaga umurwa mukuru, Mogadishu kuri uyu wa Kabiri ushize. Osman Mohamed, ushinzwe umutekano muri Mogadishu, yabwiye Anadolu Agency kuri telefoni ko ibisasu byinshi bya mortier bakeka ko byari bigamije kwibasira ingoro ya […]

Imbwa yarashe umugabo, iramwica

Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mpera z’icyumweru gishize yarashwe n’imbwa bari kumwe mu modoka, birangira imwishe. Byabereye muri Leta ya Kansas iri mu burengerazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Itangazo rya Polisi ya Amerika rivuga ko iyo mbwa yarashe nyakwigendera wari wicaye imbere mu modoka ku bw’impanuka, ubwo yakandandagiraga imbunda […]

Uhuru Kenyatta ahangayikishijwe n’imirwano yubuye hagati ya FARDC na M23

Umuhuza w’Abanyekongo washyizweho n’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Uhuru Kenyatta, yatangaje ko ahangayikishijwe bikomeye n’imirwano yubuye hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (FARDC), M23 n’indi mitwe yitwaje intwaro. Mu butumwa ibiro bye byashyize ahagaragara kuri uyu wa 25 Mutarama 2023, byavuze ko ari gukurikiranira hafi ibibera mu burasirazuba bwa RDC, by’umwihariko imirwano yubuye. […]

U Rwanda ruri gushishikariza Tanzania kwinjira muri gahunda yo gukoresha viza imwe y’ubukerarugendo

fnpyeq-waaeyjza.jpg

Kuri uyu wa 24 Mutarama, Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Maj. Gen. Charles Karamba, yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’umutungo kamere n’ubukerarugendo muri Tanzania, Pindi Hazara Chana, ku kamaro ka gahunda ya Viza imwe y’ubukerarugendo muri Afurika y’Iburasirazuba . Visa imwe y’ubukerarugendo ya Afurika y’Iburasirazuba ni gahunda aho umukerarugendo azajya afatira viza muri kimwe mu bihugu […]

Umujyanama wa UN yongeye kugaragaza ko hatagize igikorwa, muri RDC haba jenoside

Umujyanama wihariye w’Umuryango w’Abibumbye mu bijyanye no gukumira no kurwanya jenoside, Alice Wairimu Nderitu, abona hatagize igikorwa mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo haba jenoside yibasira ubwoko. Mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 24 Mutarama 2023, Nderitu yagaragaje ko ahangayikishijwe n’ibikorwa by’urugomo byibasira ubwoko biri gukorerwa abaturage mu burasirazuba bwa RDC, by’umwihariko […]

Amaherezo u Budage na USA byemeye guha Ukraine ibifaru kabuhariwe imaze iminsi irambagiza

Minisitiri w’Intebe w’u Budage, Olaf Scholz, yemeye guha Ukraine ibifaru by’intambara bya Leopard 2, nk’uko ibitangazamakuru byabitangaje, nyuma y’ibyumweru byinshi by’igitutu kuri Berlin ngo ihe Kyiv intwaro zikomeye ivuga ikeneye ngo ibashe gusubiza inyuma ingabo z’u Burusiya zabateye . Amakuru avuga ko Berlin izaha Kyiv ibyo bifaru aje mu gihe abayobozi muri Amerika batangarije itangazamakuru […]

Umuyobozi wa Wagner aravuga ko hari umugambi wo kumwica

Umuyobozi w’umutwe w’ingabo wigenga wa Wagner Group, Yevgeny Prigozhin yatangaje ko Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) na Ukraine bifite umugambi wo kumwica. Mu butumwa yatangarije kuri Telegram kuri uyu wa 24 Mutarama 2023 nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abarusiya, TASS, bibivuga, Prigozhin yasobanuye ko umugambi wo kumwica waganiriweho na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky n’Umuyobozi Mukuru […]

Icyo RDC ivuga ku ndege yayo y’intambara yarashwe na RDF

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje u Rwanda kugaba igitero ku ndege yayo y’intambara nkana, nyuma y’uko ivogereye ikirere cy’u Rwanda ikaraswa. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’Igisirikare cya Congo Kinshasa yavogereye ikirere cy’u mu karere ka Rubavu, ihita iraswa n’Ingabo z’u Rwanda. Guverinoma y’u Rwanda […]