APR FC yisubije intebe y’icyubahiro, Police FC inyagira Musanze FC

APR FC yongeye kwisubiza umwanya wa mbere nyuma yo kunyagira Etincelles ibitego 4-2 ndetse Police FC na yo itsinda Musanze FC 4-0. Wari umukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’u Rwanda aho APR FC yari yakiriye Etincelles FC, usifurwa na Nkinzingabo Jean Marie Vianney. Uyu mukino APR yawukinnye itari ku mwanya wa mbere nyuma y’uko […]
RDC yiyemeje gucyura byihuse impunzi z’Abanyekongo ziba mu Rwanda
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko igiye gucyura byihuse impunzi z’Abanyekongo ziba mu Rwanda. Ni intego yihaye nyuma y’aho abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ndetse na JoĂŁo Lourenço wa Angola, bari i Addis Ababa muri Ethiopia, basabiye Leta ya RDC gucyura impunzi z’Abanyekongo ziba mu Rwanda na Uganda. Umuvugizi […]
Kenya: Visi Perezida Gachagua yaburiye abapolisi bigize intakoreka
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yihanangirije abapolisi b’abanyarugomo avuga ko bazfatirwa ibyemezo bikakaye. Kuri uyu wa Gatandatu ushize, nyuma yo gusura imiryango 105 yirukanywe aho yari ituye i Kiriko, mu Ntara ya Nakuru, Gachagua yavuze ko Guverinoma ya Kenya Kwanza itazihnganira abapolisi bakoresha nabi imyanya yabo . Gachagua yavuze ibi nyuma gato yo gusura […]
Ambasaderi Muyumba abona ingabo za SADC zikwiye gusimbura iza EAC muri RDC
Senateri mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, wanigeze guhagararira urubyiruko mu muryango wa Afurika yunze ubumwe, Ambasaderi Francine Myumba, abona ingabo z’umuryango wa Afurika y’amajyepfo zikwiye gusimbura iz’uwa Afurika y’iburasirazuba ziri mu gihugu cyabo. Ambasaderi Muyumba gahunda yo kwifashisha ingabo za Afurika y’iburasirazuba ntacyo izafasha mu kugarura umutekano mu burasirazuba bw’igihugu […]
Ibigori, amasaka n’ubunyobwa byo muri Uganda birimo ibinyabutabire bishobora gutera cancer – Ubushakashatsi
Abashakashatsi bo mu kigo cy’igihugu cy’ubushakashatsi mu by’ubuhinzi (NARO), baravuga ko ibigori bya Uganda, amasaka n’ubunyobwa birimo inshuro 10 cyangwa hejuru za aflatoxine kurusha urwego rw’umutekano rusabwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) . Umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubushakashatsi ku musaruro w’ibihingwa (NaCRRI), Dr Godfrey Asea, yavuze ko ibinyampeke basuzumye mu […]
Umwongereza w’imyaka 22 yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda
Umwongereza Ethan Vernon ukinira ikipe ya Soudal-QuickStep yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2023 kavaga mu mujyi wa Kigali kerekeza mu mujyi wa Rwamagana. Abakinnyi 93 bahagarariye ibihugu 28 ni bo batangiye aka gace kareshyaga n’ibilometero 115.5, ahagana saa yine n’iminota 30 z’amanywa. Karanzwe no kwigaragaza cyane k’Umunyarwanda Nsengimana Jean Bosco wegukanye amanota […]
Uganda ntizakangwa n’igitutu cy’abakoloni cyo kuduteranya n’Abarusiya – Min. Jeje Odongo
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Uganda yavuze ko Uganda itazakangwa n’igitutu cy’abahoze ari abakoloni bo mu Burengerazuba cyo kubateranya n’u Burusiya, kubera ko umubano w’ibihugu byombi umaze igihe kinini hagati ya Kampala na Moscou ari ngombwa cyane . Ati: “Twarakolonijwe kandi tubabarira abadukolonije. None, abakoloni baradusaba kuba abanzi b’u Burusiya, batigeze badukoloniza. Ibyo birakwiye? Ntabwo ari […]
Bukavu: Inzu z’Abasirikare bakuru b’Abanyamulenge barimo Gen. Bolingo zakozwemo umukwabu
Umuryango Mahoro Peace ukunze kuvuganira Abanyamulenge biganje muri Kivu y’Amajyepfo, uravuga ko inzu z’abasirikare n’abapolisi bakuru bagera kuri batatu b’Abanyamulenge i Bukavu zakozwemo umukwabu wo kuzisaka . Mu butumwa yanyujije kuri twitter, Mahoro Peace Association yagize iti “ Twamaganye isakwa ry’inzu z’abasirikare n’abapolisi b’Abanyamulenge I Bukavu: Gen. Bolingo, Col Makangila na Col. Bisetsa.” Uyu muryango […]
France: Urukiko rwahamije icyaha 3 bashakaga kwivugana Perezida Macron
Urukiko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba mu Bufaransa rwahamije icyaha abantu batatu bateguraga umugambi wo kugaba igitero kuri Perezida Emmanuel Macron . Aba bagabo uko ari batatu, babarizwa muri groupe ya Facebook izwi ku izina rya “Barjols”, bahamwe n’icyaha cyo gucura umugambi wo gukora igikorwa cy’iterabwoba nyuma yuko urukiko rwumvise uburyo baganiriye ku gukoresha icyuma cy’ibumba kugira […]
Rwanda: 300 millions de dollars US pour stimuler une agriculture commerciale

Pour financer des projets qui permettront aux agriculteurs rwandais de passer de l’agriculture de subsistence Ă l’agriculture commerciale, le gouvernement rwandais a contractĂ© un crĂ©dit de 300 millions de dollars amĂ©ricans (US$) auprès de la Banque Mondiale. Le programme appelĂ© “CDAT” (Commercialization and De-Risking for Agricultural Transformation) pilotera ce projet qui durera cinq ans. Il […]
General Hodges wayoboye ingabo za USA i Burayi yasobanuye icyatuma Ukraine yisubiza Crimea byihuse
Lieutenant General (Rtd) Ben Hodges wayoboye ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zikorera ku mugabane w’u Burayi kuva mu mwaka w’2014 kugeza mu 2018 yasobanuye icyatuma Ukraine yisubiza byihuse igice cya Crimea yambuwe n’u Burusiya mu 2014. Gen. Hodges mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru Tatiana Popova wa Kyiv Post ku wa 16 Gashyantare 2023, […]
Karongi: Babiri bafatiwe mu cyuho biba amabuye y’agaciro
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Karongi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Gashyantare, yafatiye mu cyuho abantu babiri bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko . Abafashwe ni abasore babiri b’imyaka 19 na 22 y’amavuko, bacukuraga amabuye yo mu bwoko bwa Gasegereti mu mugezi wa Mashyiga, mu mudugudu […]
Macron yifuza ko u Burusiya butsindwa muri Ukraine ariko ntashyigikiye kujyana intambara ku butaka bwabwo
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko adashaka kubona u Burusiya bwajanjaguwe no gutsindwa muri Ukraine . Aganira n’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa, Perezida Macron yasabye ibihugu by’iburengerazuba kongera inkunga ya gisirikare kuri Ukraine anavuga ko yiteguye intambara ndende. Ati: “Ndashaka ko u Burusiya butsindwa muri Ukraine, kandi ndashaka ko Ukraine ishobora kurengera umwanya wayo”. Ariko […]
Umunyarwenya ukomeye yasobanuye uburyo Christian Atsu yamukuye mu buzima bugoye

Umunyarwenya ukomeye muri Nigeria, Emmanuel Ogonna Iwueke wamamaye nka Dr Craze, yasobanuye uburyo umunyabigwi mu mupira w’amaguru ukomoka muri Ghana, Christian Atsu, yamufashije gutera imbere, amukuye mu buzima bugoye. Ni inkuru yakuruye amarangamutima ya bamwe, by’umwihariko abazi Atsu, mu gihe muri Turukiya haturutse inkuru ivuga ko uyu mukinnyi ari mu bantu barenga ibihumbi 35 mu […]
Addis Abeba: Umudipolomate wo ku rwego rwo hejuru wa Israel yasohowe nabi mu nama ya A.U
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, umudipolomate wo ku rwego rwo hejuru wa Israel yasohowe mu nama ngarukamwaka y’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Ethiopia, mu gihe kutumvikana ku kwemerera Israel kuba indorerezi muri uyu muryango gukomeje . Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga abashinzwe umutekano ba AU bahanganye n’umudipolomate mu muhango wo gutangiza iyi nama, […]
Tshisekedi yasabye ko umutwe wa FIB wahashyije M23 mu 2013 wakongera kwifashishwa

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yasabye ko umutwe kabuhariwe w’ingabo za MONUSCO ufite inshingano yo kugaba ibitero, FIB, wakongera kwifashishwa nk’uko byagenze mu mwaka w’2013 ubwo wahashyaga umutwe witwaje intwaro wa M23, bikawuviramo gusenyuka. Iki cyifuzo yagitangiye mu kiganiro yagiranye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Antonio Guterres, ubwo bahuriraga Addis Ababa […]