Ingabo za EAC zagaragaje ukuri ku mirwano yavuzwe hagati yazo na M23

Abafashwe ni aba gusa hari ukutavuga rumwe ku mutwe babarizwamo

Ingabo z’umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, EACRF, zagaragaje ukuri ku mirwano yavuzwe hagati yazo n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Mu cyumweru gishize, bamwe mu banyamakuru bo muri RDC batangaje ko abarwanyi ba M23 bagabye igitero ku ngabo z’u Burundi muri teritwari ya Masisi, zibasubiza inyuma, zifatamo […]

Nyamagabe: Umugore arashinjwa kuvumbika ibiganza by’umwana we mu iziko

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bukurikiranye umugore watswitse ibiganza by’umwana we w’imyaka itandatu y’amavuko, abivumbitse mu muriro . Ibi byabaye ku itariki ya 02 Mata 2023 saa munani z’amanywa, ubwo uregwa yitwikiye umwana we w’imyaka itandatu, ibiganza byombi abivumbitse mu muriro nk’uko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga . Uregwa avuga ko yasanze umwana […]

Conakry: Perezida Paul Kagame yatashye ikiraro cyamwitiriwe

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yitiriwe ikiraro (iteme) cya Kagbelen giheruka kuzura i Conakry mu murwa mukuru wa Guinée, nyuma yo kugitaha. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Perezida Paul Kagame yatashye ku mugaragaro iri teme ari kumwe na mugenzi we Colonel Mamadi Doumbouya uyoboye Guinée-Conakry mu buryo bw’inzibacyuho. Ni Perezida Kagame uri muri iki […]

Gen. Nyagah yatangaje abafite ububasha bwo kuvana ingabo za EAC muri RDC

Maj. Gen. Jeff Nyagah yatangaje abafite ububasha bwo kuvana umutwe w’ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ayobora mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, RDC. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 17 Mata 2023, Gen. Nyagah yasobanuye ko ingabo za EAC ziri muri RDC hashingiwe ku byemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango. Uyu […]

Gen Bunyoni yaba yahunze u Burundi, ba Colonel 2 bafungwa bamuzira

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Gen Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yaba yarahungiye muri Tanzania. Ni amakuru yatanzwe na bamwe mu bo mu nzego z’umutekano mu Burundi, n’ubwo nta rwego na rumwe muri iki gihugu ruratayangaza ku mugaragaro. Amakuru y’ihunga rya Gen Bunyoni wanigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Polisi […]

RDC: Perezida wa Sena aravuga ko umugambi wo gucamo ibice igihugu utakiri ibanga

Perezida wa Sena ya Congo, Modeste Bahati Lukwebo, mu nama rusange yo kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 17 Mata 2023, i Kinshasa, yahamagariye abanyapolitiki bo muri iki gihugu kwishyira hamwe mu guhangana n’ikibazo cyo gucamo ibice igihugu kiremereye Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Mu ijambo rye, umuyobozi w’inteko ishinga amategeko umutwe wa […]

Nyirarureshwa ku mubano wa Frank Lampard na Todd Boehly kubera umusaruro muke

imagefra.jpg

Frank Lampard n’umwe mu bakoresha be ariwe Todd Boehly baravugwaho kutavuga rumwe ku mubano wabo nyuma y’umusaruro muke ugaragara muri iyi kipe ariko uyu mutoza we akavuga ko ari amahoro . Uyu mubano utari mwiza uri kugaragazwa n’imyitwarire Todd aho aherutse kwinjira mu rwambariro rw’abakinnyi ba Chelsea abuka inabi nyuma y’umukino iyi kipe iherutse gutsindwamo […]

Umunyamakuru w’Umunyamerika ushinjwa ubutasi mu Burusiya yagejejwe mu rukiko

Umunyamakuru w’Umunyamerika, Evan Gershkovich yitabye urukiko i Moscou agiye kujuririra ifungwa rye . Yafatiwe mu Mujyi wa Yekaterinburg ubwo yakoreraga ikinyamakuru Wall Street Journal (WSJ) ashinjwa icyaha cyo kuba intasi. Gershkovich yagaragaye mu rukiko mu kazu k’ibirahure, yambaye ishati y’ubururu n’umweru. Yagaragaye amwenyura, ariko ntacyo yabwiye abanyamakuru bari bahari nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. […]

Alikiba mu marenga yo kwigarurira uwahoze ari umugore we

111-5.jpg

Umuhanzi Alikiba ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya nyuma y’amezi atari macye atandukanye n’uwahoze ari umukunzi we, kuri ubu yaciye amarenga ko bashobora kongera gusubirana . Kuri uyu wa mbere nibwo ku mbuga nkoranyambaga hiriwe amakuru avuga ko ashobora kongera gusubirana na Amina Khaleef wahoze ari umugore we. Ibi byashimangiwe n’amagambo yanditse ku mbuga ze amwifuriza […]

Gatuna: Nubwo umupaka wafunguwe Abanyarwanda ntibaremererwa guhahira muri Uganda nk’uko byahoze

Abacuruzi b’Abagande bakorera ku mupaka wa Katuna mu Karere ka Kabale basabye umuhungu wa Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba kurushaho gukora ubuvugizi bwo kubyutsa ubucuruzi bwambukiranya imipaka . Ibi biravugwa mu gihe igice cy’abayobozi baturutse muri Kigezi, kiyobowe n’umuyobozi w’akarere ka Kabale, Nelson Nshangabasheija, barimo gutegura ibirori byo kwishimira kongera gufungura umupaka wa Katuna. Ibirori biteganijwe […]

Ibirori bya Gen. Kainerugaba bihuza Abanyarwanda n’abanya-Uganda byahumuye

Mu karere ka Kabale hahumuye igitaramo ‘Rukundo Egumeho’ cyateguwe n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, General Muhoozi Kainerugaba gihuza Abanyarwanda n’abanya-Uganda mu rwego rwo kwishimira ifungurwa ry’umupaka wa Gatuna ryabaye mu mwaka ushize. Ikinyamakuru Chimpreports cyatangaje ko mu rwego rwo gutegura iki gitaramo, mu cyumweru gishize muri Kabale habaye irushanwa ryitiriwe Gen. Kainerugaba ‘MK Cup’. Nelson […]

Sudani: Ambasaderi wa E.U i Khartoum yagabweho igitero mu rugo rwe

Kuri uyu wa Mbere ushize, Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri Sudani yagabweho igitero iwe mu rugo i Khartoum, nk’uko byatangajwe n’umudipolomate mukuru w’uyu muryango, Josep Borrell, mu gihe imirwano hagati y’abajenerali bahanganye ikomeje kubica mu gihugu . Borrell yanditse ku rubuga rwa Twitter ati: “Mu masaha make ashize, Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri […]

Abadepite bahangayikishijwe n’ikibazo cy’umushaharafatizo gikomeje kuba agatereranzamba

Hafi imyaka itanu ishize, Inteko ishinga amategeko yashyizeho itegeko rigenga umurimo mu Rwanda. Iri tegeko ry’ingenzi ryahariye amakuru arambuye ku mushahara ntarengwa Minisitiri ushinzwe umurimo kugira ngo iwugene ariko nturashyirwa ahagaragara . Ingaruka z’ibi bintu ziragera kure; uhereye ku mibereho y’abakozi kuko bamwe babona umushahara muto utajyanye n’igiciro cy’imibereho kuri ubu, kugeza ku mpaka zo […]

Umugore utita kuri ibi bintu 8,biragoye ko umugabo yamwiruka inyuma

love-2.jpg

Ni kenshi usanga abagabo cyangwa abasore iyo barimo gushakisha abakunzi cyangwa abagore bazabana, bigoranye ko bazakururwa n’ikintu kimwe ku wo yabengutse ahubwo usanga akururwa n’urusobe rw’imyitwarire cyangwa imiterere y’uwo yifuza . Muri ibyo bintu bikurura abagabo kuburyo iyo umukobwa cyangwa umugore abyujuje bimworohera gukundwa, twabahitiyemo kubabwira 7 muri byo ku buryo iyo abyitayeho usanga bamwiruka […]

M23 yakiriye intumwa ya Musenyeri wa diyosezi ya Goma

Lt Col. Baratuje ubwo yakiraga intumwa ya Musenyeri

Umushumba wa diyosezi gatolika ya Goma, Musenyeri Willy Ngumbi, yohereje intumwa, isura abakirisitu bo muri gurupoma ya Jomba muri teritwari ya Rutshuru, ihabwa ikaze n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Tariki ya 16 Mata 2023 ni bwo Musenyeri Ngumbi yohereje iyi ntumwa. Mbere yo kujya imbere yabo, Lt Colonel Julien Baratuje Mahano wa M23 wari wambaye […]

Muri RDC hagiye gutangira irushanwa ryitiriwe Perezida

Irushanwa Umurenge Kagame Cup ry'uyu mwaka ryarangiye mu kwezi gushize/Ifoto: Kigali Today

Muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) hagiye gutangira irushanwa ‘Fatshi Cup’ ryitiriwe Perezida w’iki gihugu, Félix Tshisekedi Tshilombo uzwi ku izina ry’akabyiniriro nka Fatshi. Minisitiri wa siporo, Franà§ois Claude Kabulo Mwana Kabulo, kuri uyu wa 17 Mata 2023 ubwo yari mu nama n’abanyamuryango b’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri RDC, FECOFA, yasobanuye ko rizatangira muri Kamena […]

Gen Mubarakh Muganga yanenze abakinnyi ba APR FC, ababurira ko hari abazirukanwa

Umuyobozi Mukuru w’Ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yabwiye abakinnyi b’iyi kipe ko nk’ubuyobozi batishimiye uburyo bari kwitwara muri shampiyona y’u Rwanda iri kugenda igana ku musozo. Gen Muganga yabibwiye abakinnyi b’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu kuri uyu wa Mbere, ubwo yabasuraga akaganira na bo. Byari nyuma y’uko ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize APR […]

Perezida Kagame yageze i Conakry, yakirwa na Col Doumbouya (Amafoto)

20230418_063656.jpg

Perezida Paul Kagame kuva ku wa Mbere tariki ya 17 Mata ari i Conakry mu murwa mukuru wa Guinée, mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri icyo gihugu. Umukuru w’Igihugu yageze muri Guinée-Conakry akubutse muri Guinée-Bissau, aho na bwo yari yageze akubutse muri Bénin. Perezida Kagame yasuye iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika ku butumire […]