FDLR yemeje ko ikomeje imyiteguro yo gutera u Rwanda
Umutwe wa FDLR ugizwe n’abiganjemo abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wemeje ko ukomeje imyiteguro mu rwego rwo kugaba ibitero ku Rwanda. Uyu mutwe wemeje aya makuru binyuze mu muvugizi wawo, CurĂ© Ngoma, mu kuganiro na VOA. Yagize ati: “Mu by’ukuri twebwe turi mu rugamba rurwanya ubutegetsi bwa Leta y’i Kigali, kuva rero twatangira […]
Games of La Francophonie: The Guinean football team withdraws
The Guinean Football Federation announced on Tuesday, July 18, the withdrawal of the U20 men’s national team from the football tournament as part of the IX Francophonie Games to be held from July 28 to August 6, 2023 in Kinshasa . The federation meant that “this decision is taken after a request from the Ministry […]
Putin yemeye kutajya muri Afurika y’Epfo kugira ngo atazafungwa
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yemeye gutakamba k’ubutegetsi bwa Afurika ko kutitabira inama y’ibihugu bigize umuryango BRICS izabera i Pretoria muri Kanama 2023. Ubutegetsi bwa Afurika y’Epfo bumaze igihe bwinginga Putin, bumusobanurira uburyo nagera i Pretoria, azatabwa muri yombi n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, rwamushyiriyeho impapuro zimushinja ibyaha by’intambara muri Ukraine. Ishyaka DA (Democratic Alliance) ritavuga […]
Imbuto ziva mu bihaza burya ni imari n’ubwo zikunda kujugunywa
Ni kenshi usanga abantu bategura amafunguro y’ibihaza ariko mu gihe bagiye kubiteka imbuto zivamo bakazijugunya ntibamenye ko burya ari imari ishyushye ku buzima bwa muntu bitewe n’intungamubiri zikubiyemo. Kubera iyo mpamvu, imbuto y’ibihaza zigiye zifitanye isano n’inyungu nyinshi zubuzima, harimo kurinda ingaruka z’uburwayi bw’umutima, kurinda prostate, no kwirinda kanseri zimwe na zimwe. Urubuga rwa Healthline […]
Intumwa za Sena y’u Burundi zasuye iy’u Rwanda

Visi Perezida wa Sena y’u Burundi, Ndadaye Denise, n’intumwa ayoboye, basuye Sena y’u Rwanda kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023. Baganiriye ku bijyanye no gukomeza umubano hagati y’inteko zishinga amategeko z’ibihugu byombi. Ndadaye Denise yagize ati: “Ibiganiro byagenze neza, twaje kuramutsa bene wacu dusangiye imirimo, twaje nk’abavandimwe kugira ngo tubashe kungurana ibitekerezo, twongere dukomeze umubano […]
Burundi: Gen. Bunyoni ubu arabarizwa muri Gereza Nkuru ya Gitega avuye mu ya Ngozi
Nyuma y’amezi atatu abarizwa mu buroko, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gen. Alain Guillaume Bunyoni yongeye kwimurirwa mu yindi gereza mu yindi ntara . Biravugwa ko Bunyoni yaraye ijoro rye rya mbere muri Gereza Nkuru ya Gitega, nyuma y’aho yari amaze amezi hafi abiri muri Gereza Nkuru ya Ngozi, aho yoherejwe avuye muri kasho […]
Bénjamin Mendy uheruka kuva mu ibohero yabonye ikipe nshya
Umufaransa BĂ©njamin uheruka kuva muri gereza nyuma yo guhanagurwaho ibyaha byo gufata ku ngufu yari akurikiranweho, yerekeje muri Lorient y’iwabo. Uyu myugariro ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso yasinye imyaka ibiri muri Lorient. Mu minsi itanu ishize ni bwo uyu myugariro w’imyaka 29 y’amavuko yavuye muri gereza, nyuma yo guhanagurwaho ibyaha byo gufata ku ngufu yari […]
Zimbabwe irateganya kohereza mu Rwanda amatoni y’ibigori
Guverinoma ya Zimbabwe kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023 yatangaje ko iteganya kohereza toni ibihumbi 10 z’ibigori mu Rwanda. Nk’uko ikinyamakuru Bulawayo 24 gikorera muri Zimbabwe, guverinoma yasobanuye mu bubiko harimo toni 204.084 z’ibigori, ikaba iteganya kohereza zimwe mu baturage, izindi ikazohereza mu mahanga. Iyi guverinoma yagize iti: “Abahinzi n’inganda bagiye kuzana toni 27.000, SILO […]
Kenya: Abigaragambya bongeye guhangana n’igipolisi bakoresheje amabuye
Kuri uyu wa Gatatu, abigaragambya bagera ku 100 bateye amabuye abapolisi mu gace gakennye ka Nairobi mu gihe iminsi itatu y’imyigaragambyo karundura yamaganaga ubuzima buhenze ndetse n’izamuka ry’imisoro yatangiriye muri Kenya . Abigaragambya batwitse amapine mu gace ka Kibera, gakunze kuberamo guhangana kw’abaturage n’abagize inzego z’umutekano, polisi nayo ikoresha ibyuka biryana mu maso mu kubaca […]
Iperereza kuri Dosiye y’urupfu rwa Tupac ryongeye kuburwa
Nyuma y’imyaka itari micye umuhanzi w’umuraperi 2Pac yitabye Imana ariko bikaza kuba amayobera ku ku iyicwa rye,Polisi muri leta ya Nevada muri Amerika yongeye kubura iyi dossier ivuga ko muri iki cyumweru hari urugo yasatse hacyekwa ko yahatahura ibimenyetso. . Abakora iperereza basatse urugo ruri mu gace ka Henderson mu mujyi wa Las Vegas aho […]
Ingabire Immaculée arahamya ko iyimikwa ry’Umutware w’Abakono ribiba amacakubiri
Impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, yatangaje ko iyimikwa ry’Umutware w’Abakono ryabereye mu karere ka Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023, ryimika amacakubiri. ImmaculĂ©e yabivugiye mu kiganiro yagiriye kuri Radio 10 nyuma y’aho kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023 ishyaka FPR Inkotanyi riri ku butegetsi ryamaganye uyu muhango rihamya ko usubiza inyuma ubumwe bw’Abanyarwanda. Yagize […]
Masisi: M23 yongeye guha isomo Nyatura
Imirwano mishya ku wa Kabiri yongeye gusakiranya inyeshyamba za M23 ndetse n’izo mu mutwe wa Nyatura ziswe na Guverinoma ya RDC ‘Wazalendo’. Ni imirwano yabereye muri Teritwari ya Masisi. Amakuru yemezwa na Sosiyete Sivile yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru avuga ko imirwano yasize M23 bigaruriye imidugudu itandukanye yo muri Masisi. Imidugudu uyu mutwe wirukanyemo […]
Yaje ku kazi yakererewe ahanishwa kuvoma amazi yuzuye indobo akoreshejeje ikiyiko
Mu gihugu cya Nigeria, haravugwa umukoresha wahanishije umukozi we kuvoma amazi yuzuye indobo akoresheje ikiyiko nyuma y’uko ngo aje kukazi yacyererewe. Umukoresha yabwiye uyu gore kuzana indobo n’ikiyiko hakurya y’umuhanda mu maze akavoma amazi.Bidatinze yahise atangira icyo gikorwa kuburyo byamugoye ariko arahanyanyaza kugeza ubwo ababibonye batangiye kuka inabi uwamuhaye icyo gihano. Amakuru avuga ko kuva […]
Rwanda inahitaji Rwf518bn ili kupata nafuu kutokana na hasara iliyosababishwa na mafuriko
Serikali inatafuta Rwf 518.58 bilioni (takriban Dola za Kimarekani milioni 415) kuwezesha uokoaji kutoka kwa hasara kubwa za kiuchumi na kiuchumi zilizosababishwa na mafuriko na maporomoko ya ardhi hivi karibuni, kulingana na tathmini ya kina ya uharibifu wa ardhi na mafuriko iliyofanywa na Wizara ya Fedha na Mipango ya Uchumi . Hapo awali, makadirio ya […]
Rwanda: Des drones au service humanitaire
Les drones au Rwanda sont “humanitaires” plutĂ´t que “guerriers” diffĂ©remment de ce qui est dit Ă travers les MĂ©dias en parlant des conflits armĂ©s qui dĂ©ciment certaines rĂ©gions dans le monde. Ils servent de moyen de transport rapide du sang, vaccins, mĂ©dicaments vers les hĂ´pitaux et structures de santĂ© les plus Ă©loignĂ©s du milieu rural […]
Umushinga w’itegeko rireba abimukira mu Bwongereza ugiye kuba itegeko
Umugambi wa Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, wakomeje guhura n’inzitizi cyane wo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, biteganijwe ko ushobora kuba itegeko nyuma y’uko guverinoma iteye utwatsi icyifuzo cy’inteko ishinga amategeko cyo guhindura itegeko rigenga abinjira n’abasohoka . Umushinga w’itegeko rishinzwe gukumira abinjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko wari ukomeje kutavugwaho rumwe hagati […]
Uganda na DR.Congo byategujwe ubushyuhe bukabije
Raporo nshya ya kaminuza ya Oxford ivuga ko Uganda, Sudani y’Amajyepfo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo biri mu bihugu by’Afurika bishobora kwibasirwa n’ubushyuhe bukabije biturutse ku ihindagurika ry’ikirere. Isesengura ry’isi yose ryanzuye ko ibihugu bya Afurika bitari bifite gusa ubukonje bukabije mu mateka, hagati ya 2009 na 2018, ariko kandi bizahura n’ubwiyongere bukabije bw’ubushyuhe […]
Nyaruguru: Umwana yishwe azira ibishyimbo
Umugore witwa Mukeshimana Julienne, wubatse urugo mu mudugudu wa Kibayi, akagari ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, akekwaho kwica umwana w’umuturanyi we witwa Ndayisenga Claude, w’imyaka 12, amukubise inkoni n’imigeri. Ngo yamukekagaho kumwiba mu nzu mironko 3 z’ibishyimbo (hafi ibilo bine n’igice). Ubu bwicanyi bwabaye ku gicamunsi cyo kuwa 17 Nyakanga 2023. Ubwo […]
Captain (Rtd) Ntazinda yongeye kugirwa Team Manager wa APR FC
Ikipe ya APR FC yemeje ko Captain (Rtd) Ntariza Eric ari we mukozi mushya wayo ushinzwe gukurikirana imibereho ya buri munsi y’abakinnyi (Team Manager). Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije kuri Twitter yayo. Captain Ntazinda Eric si ubwa mbere agiye kuba Team Manager wa APR FC, kuko yigeze gukora izi nshingano […]
Congo: Minisitiri Nguesso yasabwe ibisobanuro ku masezerano yasinyanye n’u Rwanda
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Nyakanga 2023, Denis Christel Sassou Nguesso, umuhungu wa Perezida wa Congo-Brazzaville akaba na minisitiri ushinzwe ubutwererane mpuzamahanga w’iki gihugu, yitabye inteko ishinga amategeko imitwe yombi kugirango atange ibisobanuro ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda . Denis yumviswe na komite zishinzwe ububanyi n’amahanga z’imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko mbere y’uko […]
Ingabo za Mozambique zaba zatangiye kugira ishyamba RDF
Amakuru aturuka muri Mozambique aravuga ko hari bamwe mu bo mu ngabo z’iki gihugu batangiye kugirira ishyari Ingabo z’u Rwanda, kubera impungenge z’uko zishobora gushinga imizi muri kiriya gihugu. Mu ntara ya Cabo Delgado yo mu majyaruguru ya Mozambique harabarizwa Ingabo z’u Rwanda n’abapolisi babarirwa mu 2,500, nyuma yo kuhoherezwa mu butumwa bwo kugarura amahoro. […]