Rutshuru: Mzalendo yiturikije, apfana n’abaturage 8

Umurwanyi w’umutwe witwaje intwaro wa Wazalendo uvuga ko urwanira abaturage muri teritwari ya Masisi na Rutshuru mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, yiturikije ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023, yica abandi 8 bari bamuri hafi, abandi benshi barakomereka. Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, byatangaje ko aya makuru byayahamirijwe na Guverineri […]

Rwanda: Felix Namuhoranye amepandishwa cheo cha juu zaidi katika jeshi la Polisi

Rais Paul Kagame, amempandisha cheo Felix Namuhoranye, mkuu wa Polisi wa Rwanda, hadi kuwa DCG na kumpa cheo cha Kamishna Jenerali (CG). Mkuu huyo wa nchi amempandisha cheo hicho maalum baada ya kumfanya Mkurugenzi Mkuu wa Polisi Rwanda Februari mwaka huu kuchukua nafasi ya CG Dan Munyuza aliyekuwa akihudumu kwa muda mrefu. Afande Namuhorane alikuwa […]

DCG Felix Namuhoranye yahawe ipeti riruta andi muri Polisi y’u Rwanda

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’inzego z’umutekano z’u Rwanda, yazamuye mu ntera DCG FĂ©lix Namuhoranye uyobora Polisi y’u Rwanda amuha ipeti rya Commissioner General (CG). Umukuru w’Igihugu yamuhaye iri peti riruta ayandi nyuma y’uko muri Gashyantare uyu mwaka yamugize Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, asimbuye CG Dan Munyuza wari uwumazeho igihe. Afande Namuhoranye […]

U Bwongereza bwafatiye ibihano abantu 13 bushinja gukorana na Wagner muri Afurika

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko yafatiye ibihano abantu 13 ishinja gukorana n’umutwe w’ingabo wigenga wa Wagner muri Afurika, kubera ibyaha bitandukanye ushinjwa gukorera kuri uyu mugabane. Itangazo ryasohowe n’Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe Afurika, Andrew Mitchell, kuri uyu wa 20 Nyakanga 2023 ryasobanuye ko ibihano byashyizweho birimo gufatira imitungo yabo iri muri iki gihugu no kutabemerera […]

Abadepite bagaragaje ko bahangayikishijwe n’ibinyabutabire byasaziye mu mashuri

Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagaragaje ko bahangayikishijwe n’ibinyabutabire byasaziye muri laboratwari z’ibigo by’amashuri, bityo ko inzego bireba zirimo Minisiteri y’uburezi zikwiye gukemura iki kibazo byihuse. Iki kibazo cyagaragajwe na komisiyo y’abadepite ishinzwe uburezi, ikoranabuhanga, umuco n’urubyiruko igaragara muri raporo yakoze ishingiye ku bibazo bitandukanye basanze mu bigo by’amashuri ubwo babisuraga mu mwaka […]

Kuki kompanyi zimwe zibuza inkumi n’umusore kujya mu rukundo iyo bakorana?

Amakompanyi atandukanye usanga atemera umubana wihariye hagati y’abasore n’inkumi biganisha ku mubano wo gushakana.Impamvu nyayo ni uko ngo akenshi usanga imicungire yabo igoye ndetse bikaba byanakwangiza akazi. 75% by’abantu babajijwe mu bushakashatsi bwakozwe na SHRM bemeje ko bemeye gusohokana n’abo bakorana. Kandi kimwe cya kabiri cyabo bemeje ko mu gihe runaka bumvise bishimiye uwo bakorana. […]

Irak yahambirije Ambasaderi wa Suede nyuma yo gutwika ambasade i Bagdad

Irak yahambirije Ambasaderi wa Suede nyuma y’amasaha make abigaragambya b’Abanya-Irak barakajwe no gutwika amakopi ya Koran muri Suede, bateye ambasade y’iki gihugu i Bagdad bakurira inkuta z’urupangu maze bakayitwika . Iraki yakoze ibi mu rwego rwo kugaragaza uburakari yari ifitiye igikorwa cyari giteganyijwe i Stockholm cyo kongera gutwika Koran kuri uyu wa Kane. Kuri uyu […]

The African Union reaction to Russia’s exit from the grain agreement

The African Union on Tuesday “regretted” Russia’s decision to suspend the agreement that allowed Ukrainian grain exports through the Black Sea despite the war in Ukraine . “I regret the suspension of the Black Sea Grain Initiative, which the African Union had supported very early on,” AU Commission Chairperson Moussa Faki Mahamat said on his […]

Abadepite baremeza imishinga y’amategeko yiganjemo areba imisoro

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite kuri uyu wa Kane, itariki 20 Nyakanga, nyuma ya saa sita guhera saa cyenda, iremeza imishinga ine y’amategeko yerekeranye ahanini n’imisoro. Imishinga y’amategeko yemezwa irimo: -Umushinga w’itegeko rishyiraho umusoro ku nyongeragaciro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No027/2022 ryo kuwa 20/10/2022 rishyiraho imisoro ku musaruro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No025/2019 ryo kuwa 13/09/2019 […]

Harmonize yavuganiye Diamond ku bujura ashinjwa gukorera abahanzi bo muri Nigeria

Umuyobozi wa Konde Music Worldwide, Rajab Abdul Kahali, uzwi cyane ku izina rya stage Harmonize, yaje kurengera uwahoze ari umuyobozi we Diamond Platnumz, washinjwaga kuba yaribye indirimbo yabandi. Diamond yashinjwaga kwiba injyana (Beat) y’abacuranzi bo muri Nijeriya, vuba aha mu ndirimbo ye “enjoy ” hamwe na Jux, bivugwa ko yakuye kuri Spyro na Tiwa Savage […]

Abatoza ba APR FC bageze i Kigali

APR FC kuri uyu wa Kane yakiriye abatoza bayo bashya, nyuma yo kugera i Kigali aho baje gutegura umwaka utaha w’imikino. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ni bwo iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yerekanye Thierry Froger cyo kimwe n’umwungiriza we Karim Khouda nyuma yo kugera i Kigali. Amafoto Nyamukandagira yashyize ku rubuga rwayo rwa […]

Abarwanyi 100 ba Al Shabab biciwe mu gikorwa cy’Ingabo za Somalia na Amerika

Minisiteri y’itangazamakuru muri Somalia yatangaje ko mu gikorwa igisirikare cyafatanyijemo n’ingabo za Amerika bishe abaterabwoba bagera ku 100 ba al-Shabaab kuri uyu wa Gatatu ushize mu gihugu rwagati, barimo abayobozi barindwi bo mu rwego rwo hejuru . Igisirikare cya Somalia (SNA) ku nkunga y’ingabo za Amerika zagabye ibitero by’indege no ku butaka hafi y’imidugudu ya […]

Ibya Titi Brown byongeye kuzamba nyuma y’imyaka yasabiwe y’igifungo

Urukiko rukuru rwa Nyarugenge rwasubukuye iburanisha ry’urubanza Ubushinjacyaha buregamo Ishimwe Thierry ‘Titi Brown’ icyaha cyo Gusambanya umwana. Bukaba bwasabiye uyu mubyinnyi, Titi Brown gufungwa imyaka 25. Ni nyuma y’uko Umunyamategeko we yasabye ko uyu musore agirwa umwere kuko ibipimo by’isano y’amaraso byari byarapimwe (AND) byagaragaje ko atari we wateye inda inda umukobwa bivugwa ko atari […]

Kayonza: Abadepite basanze ADEPR yarubatse ku butaka bw’abaturage mu buryo butemewe

Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagize komisiyo y’ubutaka, ubuhinzi, ubworozi n’ibidukikije basanze ADEPR Nyamirama mu karere ka Kayonza yarubatse ishuri mu butaka bw’abaturage mu buryo butemewe n’amategeko. Iyi komisiyo yasobanuriye Inteko Rusange ko iki kibazo cya ADEPR Nyamirama n’abaturage yakiganiriyeho n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho y’abaturage, Ingabire Assumpta, ubuyobozi […]

Le célèbre comédien americain Kevin Hart en visite au Rwanda

L’humoriste et acteur de cinĂ©ma amĂ©ricain Kevin Hart est à  Kigali, a appris Bwiza.com. Le comedien de renom a Ă©tĂ© ce mardi repĂ©rĂ© à  Haute Baso avec sa famille . La boutique Made in Rwanda s’est adressĂ©e à  Twitter pour remercier la famille Hart d’avoir fait du shopping avec eux. “Quel honneur d’accueillir la famille […]

Umwe mu barwanyi ba FLN bahawe imbabazi na Perezida Kagame yaratorotse

Ntabanganyimana Joseph uri mu bahoze ari abarwanyi ba FLN mbere yo kurekurwa ku mbabazi za Perezida Paul Kagame, yaratorotse nyuma yo kugera i Mutobo mu karere ka Musanze. Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo Ntabanganyimana na bagenzi be 19 bari bafunganwe barimo Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte ‘Sankara’ barekuwe nyuma yo guhabwa imbabazi n’Umukuru w’Igihugu. […]

Igihangange hagati ya Davido na Burna Boy mu mboni z’umuhanzi Akon

Umuhanzi Akon wamenyekanye mu myaka yo hambere mu ndirimbo zitandukanye yatangaje uwo abona ukomeye mu nganzo hagati ya Davido na mugenzi we Burna Boy. Ubwo yari mu kiganiro kuri podcast ya Drink Champs afatanije na N.O.R.E na DJ EFN, Akon yasabwe guhitamo umuhanzi urenze hagati ya Davido na Burna Boy kandi atitaye ku gihe umwe […]

Uganda: Museveni yashyikirijwe ubutumwa bwa Tshisekedi bwajyanwe na Mbusa Nyamwisi

f1a5xyuwaaad3wt.jpg

Umunyamabanga wa Leta ya Congo ushinzwe ibikorwa byo kwishyira hamwe mu karere, Antipas Mbusa Nyamwisi hamwe n’intumwa nkuru y’umukuru w’igihugu Tony Kanku, kuva ku wa Gatatu, itariki 19 Nyakanga bari i Kampala, muri Uganda, aho bagiye bajyanye ubutumwa bwa Perezida Tshisekedi bugenewe mugenzi we wa Uganda, Yoweri Museveni. Kuri uyu wa gatatu saa cyenda z’amanywa, […]

Depite Bitakwira yatumijwe n’umushinjacyaha nyuma y’imvugo zibasira Abatutsi zamaganwe na E.U

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 20 Nyakanga saa yine za mu gitondo, Depite Justin Bitakwira agomba kwitaba umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza nyuma y’aho Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi usabiye minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukumira uyu munyapolitiki ukomeje gukoresha imvugo zibiba urwango zibasira Abatutsi . Ibaruwa imuhamagaza ariko ntabwo igaragaramo […]

Gatabazi yahawe imbabazi na Perezida Kagame nyuma yo kwitabira iyimikwa ry’Umutware w’Abakono

Perezida Paul Kagame yababariye Gatabazi Jean Marie Vianney witabiriye ibirori by’iyimikwa ry’Umutware w’Abakono byabereye mu murenge wa Kinigi w’akarere ka Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023. Nyuma y’aho ibi birori byimikiwemo umushoramari witwa Kazoza Rushago Justin ubaye, inzego zishinzwe umutekano zataye muri yombi bamwe mu babyitabiriye, barimo abayobozi mu karere ka Musanze. Gatabazi na we […]

Wagner igiye kohereza muri Afurika abacancuro bayo bari bamaze igihe barwana muri Ukraine

Umutwe w’abacancuro wa Wagner Group watangaje ko ugiye kohereza muri Afurika abarwanyi bawo bari bamaze umwaka urenga bafasha Ingabo z’u Burusiya mu ntambara zirimo muri Ukraine. Ni amakuru yemejwe na Yevgeny Prigozhin washinze uriya mutwe, ubwo yakiraga abarwanyi bawo muri Belarus. Mu mashusho yagiye hanze Prigozhin yumvikana abwira abacancuro ba Wagner ko batazigera basubira mu […]

U Rwanda rwihanangirije RDC

Guverinoma y’u Rwanda yihanangirije iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’itangazo iheruka gusohora u Rwanda rwafashe nk’urwitwazo rwo kurushozaho intambara. Ku wa Gatatu tariki ya 19 Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo rishinja u Rwanda kuba mu myiteguro yo kohereza ingabo zarwo ku butaka bwa kiriya gihugu. Ni itangazo ryashyizweho […]