SADC irateganya kohereza ingabo 7,000 mu burasirazuba bwa RDC
Umuryango wa SADC yatangiye kohereza ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko wari wabisezeranyije ku itariki 8 Gicurasi mu nama yateraniye muri Namibia, ariko harakibazwa byinshi ku nshingano izi ngabo zizaba zifite. Nyuma y’amezi arindwi hemejwe kohereza izi ngabo, kuri uyu wa Gatatu ushize nibwo abasirikare ba mbere ba Afurika y’Epfo bageze […]
Urukiko rwategetse ko umunyamakuru Fidèle Gakire afungwa imyaka itanu
Kuri uyu wa gatanu Taliki 29 Ukuboza 2023, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Uzabakiriho Gakire Fidele akatirwa imyaka itanu y’igifungo. Ni nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukoresha impapuro mpimbano.Gakire yari yaragiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse ahita yisunga Guverinoma ya Padiri Nahimana ikorera mu buhungiro. Yafunzwe taliki 24, Ugushyingo 2022, akaba yari […]
Uganda:Umuhanzi Ykee Benda yagizwe diregiteri w’ikigo cy’amashuli
Wycliff Tugume uzwi nka Ykee Benda yagizwe umuyobozi w’ikigo cy’amashuli cya Golden High School kibarizwa mu gace ka Nsagu muri Uganda.Ibinyamakuru bitandukanye byo muri iki gihugu, byanditse ko uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo Munakampala yahawe akazi ko kuyobora ishuli ryisumbuye bijyanye n’ubumenyi asanzwe azwiho. Ykee Benda kandi yanditse kumbuga nkoranyambaga ze, yemeza iby’aya makuru akomeje […]
Ndayishimiye yashinje u Rwanda kuba ari rwo rugaburira RED-Tabara
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yashinje u Rwanda kuba ari rwo rwaba ruha ubufasha burimo ubw’imyitozo umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bwe. Ndayishimiye yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, mu kiganiro yagiranye n’ibitangazamakuru by’i Burundi cyabereye mu ntara ya Cankuzo. Ni ikiganiro yakoze nyuma y’icyumweru kimwe umutwe wa RED-Tabara ugabye igitero ahitwa mu Gatumba hafi y’umupaka […]
Ndayishimiye yigaramye ‘abasirikare b’u Burundi’ M23 yafatiye mpiri ku rugamba
Perezida Evariste Ndayishimiye yihakanye abasirikare umutwe wa M23 werekanye nyuma yo kubafatira mpiri ku rugamba, avuga ko atari ab’u Burundi. Mu mezi abiri ashize ni bwo M23 yerekanye abasirikare yemeje ko ari ab’u Burundi bari baragiye guha umusada Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Ni abasirikare uyu mutwe wafatiye mu gace ka Kitshanga […]
Nyarugenge: Urukiko rwakatiye abaregwa muri dosiye ya Rumanzi wahunze igihugu
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahamije kandi rukatira abantu batatu barimo uwahoze ari umutoza w’umupira w’amaguru, umucamanza, n’undi muntu ku giti cye, muri dosiye y’umutoza w’umupira w’amaguru David Rumanzi wahunze igihugu. Abantu bahamwe n’icyaha ni Rumanzi, wahoze atoza ikipe ya Amavubi y’abatarengeje imyaka 13 batorezwa muri academy ya Paris Saint-Germain (PSG) mu Rwanda; Eric Twambajimana, umucamanza […]
Perezida Ndayishimiye arasaba ko abatinganyi bo mu Burundi bajyanwa muri Stade bagaterwa amabuye
Perezida w’Uburundi Ndayishimiye Evaliste asanga mu gihe ubutinganyi bwaba bugaragaye mu gihugu ayoboye bakwiye kujyanwa muri stade bagaterwa amabuye. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru n’abaturage kuri uyu wa Gatanu taliki 29 Ukuboza muri Komine Kigamba mu ntara ya Cankuzo2023. Prezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko ku ruhande rwe atemera abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi. Ni imvugo […]
Ombolenga Fitina arashinjwa imyitwarire mibi yatumye yamburwa ubukapiteni
Myugariro wa APR FC Ombolenga Fitina yambuwe igitambaro cy’ubukapiteni, nyuma y’uko ashinjwa imyitwarire mibi.Omborenga yambuwe igitambaro cy’ubukapiteni biturutse ku cyemezo cyafashwe na Chairman wa APR FC Col Richard Karasira. Intandaro y’iyi myitwarire mibi ashinjwa harimo kutitabira imyitozo ibiri ibanziriza iyo ku wa Gatatu kandi nta mpamvu ifatika yatangaje ndetse ngo yanga kwandika ibaruwa itanga ubusobanuro […]
RDC: CENI yemeje igihe ibyavuye mu matora y’abadepite bizatangarizwa
Amakuru aturuka muri komisiyo yigenga y’amatora ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENI) kuri uyu wa Kane, yatangaje ko gutangaza ibyavuye mu matora y’abadepite b’igihugu n’intara muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) biteganijwe ku itariki ya 3 Mutarama 2024. CENI iti “Gutangaza ibyavuye mu matora by’agateganyo y’abadepite b’igihugu no mu ntara biteganijwe ku itariki […]
Abimukira bamaze kwakirwa n’u Rwanda bararenga 2000 harimo n’abashya rwongeye kwakira
Nyuma y’uko u Rwanda rukomeje gufasha amahanga kwakira abimukira, kuri ubu abamaze kubarurwa baragera kuri 2059. Ni nyuma y’uko kandi rwakiriye abandi bimukira 153 baturutse muri Libya, bahise buzuza ababarirwa mu 2 059 baturutse muri iki Gihugu bamaze kugera mu Rwanda, ndetse hatangazwa n’Ibihugu bimaze kwakira abari hejuru ya 60%, Mu ijoro ryacyeye ryo ku […]
Ubutaka 389,958 mu Ntara y’Iburengerazuba ntibwanditse kuri ba nyirabwo

Ubutaka bugera ku 389,958 mu Ntara y’Iburengerazuba ntiburandikwa kuri ba nyirabwo, abaturage bakaba bongeye gushishikarizwa n’ubuyobozi kubwandikisha. Kuri uyu wa Kane, itariki 28 Ukuboza, nibwo Guverineri Dushimimana Lambert ari kumwe n’intumwa z’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikoreshereze y’Ubutaka bakoranye inama n’abayobozi b’Uturere, inzego z’umutekano mu rwego rwo gutanga umurongo ku gikorwa cyo gufasha abaturage kwandikisha ubutaka bwabo […]
AFC yahishuye ko iteganya kujya i Kinshasa gukuraho Tshisekedi

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ryijeje Abanyekongo ko ritazazuyaza gukoresha uburyo bwose ifite buteganywa n’itegeko nshinga n’amategeko ya repubulika mu kugarura demokarasi no kugendera ku mategeko. Mu itangazo yashyize ahagaragara ryashyizweho umukono na Corneille Nangaa, AFC yatangaje ko yiufatanyije n’abakandida batandukanye n’abaturage bose ba Congo muri rusange bari kubona uburiganya mu byavuye mu matora. AFC ivuga […]
Ethiopia: Igitero ku kibuga cy’urusengero cyahitanye 8 abandi barakomereka
Abatangabuhamya babiri n’ishyaka rya politiki ritavuga rumwe n’ubutegetsi baravuga ko igitero cyo mu kirere ku kibuga cy’itorero ryo mu karere ka Oromia muri Ethiopia cyahitanye abantu umunani abandi 5 barakomereka. Umuvugizi wa guverinoma, Legesse Tulu, yateye utwatsi ayo makuru y’igitero cy’indege “avuga ko ari ikinyoma rwose”. Ibiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Ethiopia n’inyeshyamba z’umutwe […]
Anne Rwigara yapfuye urupfu rw’amayobera
Anne Uwamahoro Rwigara, umukobwa wa Rwigara Assinapol na Adeline Rwigara yapfuye urupfu umuryango we wafashe nk’urw’amayobera. Urupfu rw’uyu mukobwa wari ufite imyaka y’ubukuru 41 waguye mu gihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika aho yabarizwaga rwemejwe na mama we kuri uyu wa 28 Ukuboza 2023. Uyu mubyeyi yabwiye BBC ko uyu mukobwa we yapfuye urupfu rw’amayobera […]