Kibeho: Messe solennelle de nouvel an pour des pélerins est-africains

Des centaines de pĂ©lerins venus du Rwanda, du Burundi, de la Tanzanine, de l’Ouganda et essentiellement du Kenya, ont cĂ©lĂ©brĂ© ce premier janvier 2024, sur la Terre Sainte de Kibeho, la messe du nouvel an, qui correspond ordinairement Ă Â la Saint-Sylvetsre. Occasion pour eux, de renouer leurs relations avec le Bon Dieu Ă Â travers la […]
Ibiro by’ishyaka rya Moise Katumbi i Mbujimayi byagabweho igitero gikomeye
Abarwanashyaka batatu bo muri Ensemble pour la RĂ©publique, ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya MoĂ ÂŻse Katumbi, bakomeretse bikabije, kandi icyicaro cy’iryo shyaka kirasahurwa i Mbujimayi, umurwa mukuru w’intara ya Kasai-Oriental, rwagati muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi bintu byabaye kuri iki cyumweru, nyuma y’itangazwa ry’intsinzi ya FĂ©lix Tshisekedi mu matora ya perezida yo ku ya […]
Umutingito ukaze wibasiye Ubuyapani utuma batangira umwaka nabi
Umutingito ukaze wibasiye Ubuyapani ubwo ku isi abenshi bizihizaga itangira ry’umwaka wa 2024 , aho abaturage bahunze bava mu duce tumwe na tumwe twibasiwe berekeza mu tundi tutagezwemo n’umutingoto. Ibice byibasiwe n’umutingoto harimo Wajima, iherereye mu ntara ya Ishikawa, mu kuri uyu wa Mbere taliki ya 1 Mutarama 2024. Uyu mutingito watumye abaturage bata ibyabo […]
Kigali:Igiciro cy’inyama cyazamutse abaguzi bamwe barivumbura bishyira abacuruzi mu gihombo
Muri iki gihe cy’iminsi mikuru bamwe mu bacuruzi barataka igihombo cy’inyama zikomeje kubanambiraho bitewe n’uko abaguzi basanga ibiciro byazamutse bagakuramo akabo karenge bataguze. Abaguzi n’abacuruzi bo mu bice bitandukanye bya Kigali by’umwihariko ahakorera mu isoko ryo mu Mujyi rwagati rya Nyarugenge, bavuga ko mbere ya Noheri ibiciro ntacyo byari bitwaye ariko nyuma mu gihe cy’iminsi […]
2024: Menya ba Ofisiye Jenerali 52 bari mu kazi muri RDF
Mu kwezi gushize (Ukuboza 2023) Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera ba Ofisiye barenga 700 barimo ba Colonel 17 yahaye ipeti rya Brigadier General (GĂ©nĂ©ral de Brigade). Muri izo mpinduka kandi Umukuru w’Igihugu yazamuye mu ntera Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wari Lieutenant General, amugira […]
Byifashe bite nyuma yo gutorwa kwa Tshisekedi, Bigitangazwa yahise arasa kuri M23

Mu gihe hirya no hino mu isi biteguraga kwizihiza umwaka mushya wa 2024 ndetse banishimira gusoza uwa 2023 mu mahoro, mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ho siko byari byifashe. Muri icyo gihugu ho hari umubare muke w’Abaturage bishimiraga iyo ntambwe yo kwambukiranya umwaka, abandi bake cyane bo bakanabitwarirana no kwishimira itsinzi ya […]
Burundi: Umuryango Inamahoro wanenze ibirego Ndayishimiye ashinja u Rwanda
Umuryango Inamahoro w’abari n’abategarugori baharanira amahoro mu gihugu cy’u Burundi, wanenze ibirego Perezida Ndayishimiye yashinje u Rwanda, avuga ko rufasha umutwe wa RED-Tabara. Kuri Marie Louise Baricako, perezidante w’uyu muryango, ngo ibyo birego biragaragaza uburyo Perezida Ndayishmye ashaka guhunga inshingano ze no kudashaka ibisubizo. Marie Louise Baricako yagize ati « Njye nibaza ko icyo ari […]
RDC:indi raporo yemeje ko abasirikare b’u Burundi barenga 1000 bajyanywe kurwanya M23 rwihishwa
Raporo ya Loni yagaragaje ko abasirikare b’u Burundi barenga 1000 , bajyanywe mu Burasirazuba bwa Congo banyujijwe Uvira bagiye kurwanya M23. Amakuru Reuters nayo ivuga ko icyesha impugucye z’Umuryango w’Abibumbye, avuga ko aba basirikare batangiye kujyanwa muri Congo muri Nzeri 2023 aho, aho zabaga zigiye gufasha FARDC kurwanya M23 ariko bigakorwa rwihishwa n’ubwo byagiye bimenyekana […]
Benjamin Kiplagat yiciwe muri Kenya atewe ibyuma
Umunya-Uganda Benjamin Kiplagat wakinaga umukino wo gusiganwa ku maguru, yiciwe muri Kenya atewe ibyuma. Kiplagat yaserukiye Uganda inshuro eshatu mu mikino Olympique. Nko muri 2012 uyu mugabo wari ufite imyaka 34 y’amavuko yageze muri ½ cy’irangiza mu mikino Olympique yaberaga i Londres mu Bwongereza, mu gusiganwa ku maguru muri metero 3,000. Ibitangazamakuru byo muri Kenya […]
Ruhango: Ibura ry’amafaranga ryadindije inyubako igezweho muri Gare
Imyaka ibiri irabura amezi ane ngo irangire uhereye igihe hashyizwe ibuye ry’ifatizo ku umushinga wo kubaka inyubako igezweho muri Gare ya Ruhango, bikaba byari biteganyijwe ko yagombaga gutahwa mu mezi ya mbere y’umwaka wa 2024 ariko ikaba yaradindiye. Iyo nyubako iri mu zigeretse kandi zubatswe mu buryo bwa kijyambere zizaba ziri mu Karere ka Ruhango, […]
Umwamikazi wa Danemark yeguriye kuri televiziyo bitunguranye
Umwamikazi wa Danemark, Margrethe II, yatangaje ko yeguye ku buryo butunguranye muri televiziyo mu gihe yagezaga ku gihugu ijambo ry’umwaka mushya. Azavaho ku mugaragaro ku itairki ya 14 Mutarama, aho hazaba hashize imyaka 52 abaye umwamikazi kuri uwo umunsi . Yatangaje ati: “Nzasigira umuhungu wanjye, igikomangoma Frederik.” Uyu mukecuru w’imyaka 83 niwe mwamikazi wenyine uganje […]
Byari byifashe gute ku banyakigali banze kuryama batarinjira mu mwaka wa 2024?
Byari ibyishimo ku banyakigali n’abahagenda by’umwihariko mu ijoro ryacyeye, aho imihanda yose wasangaga bamwe banze kuryama umwaka wa 2023 utarashyirwaho akadomo. Ibishashi biturutse ahantu hatandukanye muri Kigali byaranze itangira ry’umwaka ku banyakigali bishimira Ubunani kuri uyu wa mbere, 1 Mutarama 2024. Ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage ba Kigali bateraniye mu bice bitandukanye ngo muri Kigali kugira ngo […]
Ndayishimiye yacyuriye u Rwanda Tanganyika n’indagara
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye gushinja u Rwanda gufasha umutwe wa RED-Tabara, acyurira Abanyarwanda indagara zo mu kiyaga cya Tanganyika. Ni mwijambo risoza umwaka wa 2023 Perezida Evariste Ndayishimiye yagejeje ku baturage b’igihugu cye. Muri iri jambo yavuze ko u Burundi bwasoje umwaka mu gahinda kadasanzwe “kubera ko u Burundi bwaraye bwongeye guheakurwa n’abicanyi […]
RDC: Wazalendo irimo gushyirwa ku mipaka ihuza u Rwanda na Congo
Abarwanyi ba Wazalendo baturutse muri Kivu y’Amajyepfo muri RDC barimo gusukwa ku bwinshi ku mashyamba ahuza u Rwanda na Congo hakaba hacyekwa ko iki gihugu gishaka gushoza intambara gikoresheje aba barwanyi. Amakuru avuga ko indege y’intambara mu bice byo muri teritware ya Shabunda, yagiye itunda wazalendo ibajyana mu bice bya teritware ya Walungu na Uvira. […]
P. Kagame yateguje Tshisekedi ko aho gushwanyaguza u Rwanda ari we uzashwanyagurika
Perezida Paul Kagame yasubije mugenzi we FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo umaze ateguza u Rwanda “kurushozaho intambara akarushwayaguza”, amumenyesha ko ibyo ateganya gukorera u Rwanda ari we bizabaho. Perezida Kagame yasubije Tshisekedi ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 30 Ukuboza mu 2023, ubwo we na Madamu Jeannette Kagame bakiraga ku […]