Ibitaro bizajya byita ku bantu bafite ibibazo byo mu mutwe byafunguwe i Kinyinya

Ibitaro bizajya byita ku bantu bafite indwara n’ibibazo byo mu mutwe byitwa Kigali Referral Mental Health Centre, byatangiye gukora ku mugaragaro. Ibi bitaro bir mu Murenge wa Kinyinya, mu Karere ka Gasabo, bizajya byita ku buzima bwo mu mutwe ku rwego ruhanitse, bitewe n’ibikoresho bigezweho ndetse n’abaganga b’inzobere bifite. Bifunguwe mu gihe ubushakashatsi bwa RBC […]

RDC: Umukandida Théodore Ngoy yajuririye ibyavuye mu matora mu rukiko

Umukandida mu matora ya perezida, Théodore Ngoy, yajuririye Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga ko iseswa ry’amatora ya perezida yo ku ya 20 Ukuboza 2023. Yatanze icyifuzo cye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 3 Mutarama, igihe ntarengwa cyo kujuririra ibyavuye mu matora ku bakandida bahatanye imbere y’urukiko rukuru rw’igihugu. Aya matora yatsinzwe ku majwi […]

Iran:Abarenga 100 bahitanywe n’ibisasu byagabwe aho bibukiraga Qassem Suleimani

Ibisasu bibiri byahitanye byibuze abantu 103 ndetse bikomeretsa abandi benshi mu muhango wo wo kwibuka no kwizihiza isabukuru y’imyaka ine Qassem Suleimani apfuye , umuyobozi w’ingabo za Quds Irani akaba n’umwe mu bagabo bakomeye mu burasirazuba bwo hagati. Umwe mu bayobozi bakuru yavuze ko ibyo bisasu ari igitero cy’iterabwoba, atasobanura neza uwashobora kuba inyuma yabo. […]

Kirehe-Gatore:Abakobwa bajyanwa ku bashoferi b’amakamyo bakabamarana icyumweru babasambanya

Mu karere ka Kirehe muri santire ya Gatore, haravugwa ikibazo cy’abakobwa bajyanwa ku bashoferi b’amakamyo kugirango babasambanye , ibintu bifatwa nk’ubucuruzi bw’abantu. Abaturage bamwe batuye muri iyi santere,bavuga ko batewe impungenge n’uko hari abana b’abakobwa bajyanwa ku bashoferi bapalika amakamyo yabo kuri aka gasantire maze bakabasambanya dore ko ngo hari n’abo bamarana icyumweru. Kubasambanya sizo […]

Moise Katumbi yahamagariye Abanyekongo guhaguruka bagatabara demokarasi

Mu ijambo yagejeje ku gihugu kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 3 Mutarama 2024, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Moà¯se Katumbi yashimiye abaturage ba Congo kuba baratoye cyane nubwo habaye uburiganya mu matora bwateguwe na Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI). Ku bw’ibyo, Katumbi yahamagariye Abanyekongo guhaguruka bagatabara demokarasi nk’uko iyi nkuru dukesha Mediacongo.net ivuga. Yakomeje agira ati: […]

AU yamaganye igitero giherutse kugabwa na RED-Tabara mu Burundi

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yamaganye «  igitero cy’iterabwoba cyakozwe ku itariki ya 23 Ukuboza 2023 ku mupaka wa Vugizo, mu karere ka Gatumba, mu Burundi gituma hapfa abantu makumyabiri, abenshi bakaba ari abasivili  ». Perezida wa Komisiyo ya AU yamaganye byimazeyo iki gitero kibi kandi ashyigikira ibikorwa byose […]

Masaka: Abaturiye icyanya cyahariwe serivisi z’ubuzima bahumurijwe

Nta muturage uturiye icyanya cyahariwe serivisi z’ubuzima cya Masaka uzimurwa, ahubwo abahaturiye bazahabwa amabwiriza mashya yo kubaka ibintu byafasha abazaba bagana amavuriro azaba yubatse muri ako gace nk’uko byemejwe n’Umujyi wa Kigali watangaje ko. Kubera ibikorwa by’ubuvuzi birimo gushyirwa i Masaka, Umuyobozi Mukuru ushinzwe Igenamigambi ry’Imiturire mu Mujyi wa Kigali, Muhirwa Solange, yavuze ko bashaka […]

Ubutumwa bw’abahutu kwa Perezida Tshisekedi bwishimira itsinzi ye

Itsinda ryibumbiye muri kominote y’Abahutu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryageneye ubutumwa Perezida Tshisekedi bwishimira intsinzi ye nyuma y’uko bitangajwe ko yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu. Nkuko bigaragara ku rukuta rwa Twitter rw’umunyamakuru Justin Kabumba, iri tsinda rigaragara rivuga ko kunba Tshisekedi yaratsinze amatora atari intsinzi ye gusa , ahubwo ko nabo ari iyabo. […]

10 Kenyan clubs to grace Heartfelt Genocide Memorial in Rwanda

Ten Kenyan schools and clubs have landed an invite for the Heartfelt Genocide Memorial swimming championship slated for April 16 in Kigali, Rwanda. They include high-flying Umoja Sharks, Porterhouse School, Juja Preparatory, St. Christopher, Blue Marlin Swim Club, Premier Swim Club, Nyahururu Elite School, Lukenya Academy, Seahorses Aquatic Club and M-Pesa Foundation Academy. They will […]

Un éminent pasteur ougandais survit à  une tentative de meurtre

L’éminent chef religieux et homme d’affaires ougandais Aloysius Bugingo a survécu à  une attaque perpétrée par des hommes armés inconnus qui ont tué son garde du corps dans la capitale, Kampala. Les hommes armés ont ouvert le feu sur le véhicule du pasteur Bugingo alors qu’il rentrait chez lui mardi soir dans la région de […]

Ikanzu yambawe na Princess Diana yaguzwe asaga miliyari y’Amanyarwanda

Muri Nzeri 2023, amakanzu atatu yamamaye yambawe na nyakwigendera Princess Diana yagurishijwe muri cyamunara ku madorari ibihumbi n’ibihumbi buri umwe. None, indi kanzu yambawe na Diana yashyizwe mu cyamunara ngo abifite bakomeze gukoresha amafaranga yabo. Iyi kanzu ya Princess Diana ya ballerina-style yakozwe na Jacques Azagury yashyizwe ku isoko mu cyamunara na Julien mu kwezi […]

Somalia yamaganye umuvuno wa Ethiopia wo kwemera Somaliland ngo ibone uko ikora ku nyanja

Igihugu cya Ethiopia cyiyemeje kwemera Somaliland nk’igihugu cyigenga kugirango na yo yemererwe kugera ku cyambu ku Nyanja Itukura. Guverinoma ya Somalia yavuze ko ayo masezerano ari “ukurenga ku busugire bwayo.” Kuri uyu wa Kabiri ushize, Guverinoma ya Somalia yamaganye amasezerano hagati ya Ethiopia n’akarere kayiyomoyeho ka Somaliland. Amasezerano yemejwe ku wa Mbere, azatuma Ethiopia ibasha […]

RNC yasabye Tshisekedi ubufatanye mu gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda

Ishyaka RNC rya Kayumba Nyamwasa rirasaba ubufasha bwa Tshisekedi kugirango rihindure ubutegetsi buriho mu Rwanda ubwo ryamushimiraga ku ntsinzi ye mu matora aheruka atavugwaho rumwe. Iri shyaka mu butumwa ryoherereje Tshisekedi ryemeje ko ryifuza gukorana na Felix Tshisekedi nk’umu ‘guide’ kugirango bagarure demokarasi mu Rwanda, ari na ko bamushimira kuba yongeye gutorwa. «  RNC, ishyaka […]

RDC:Ishyaka rya Kabila rikomeje kwihambira kuri CENI kugeza amatora asubiwemo

Ishyaka ryaJoseph Kabila ‘PPRD’, wahoze ari perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rikomeje kwihambira kuri Komisiyo y’Amatora (CENI) risaba ko amatora yasubirwamo. Iri shyaka rivuga ko rikomeje gutsimbarara ku mahame avuga ko amatora aheruka kuba muri RDC tariki ya 20 Ukuboza 2023, atabaye mu mucyo bityo ko akwiye gusubirwamo. Ishyaka PPRD, kuva muntangiriro z’amatora […]

Musanze: Bamaze imyaka 12 basiragizwa ku ngurane y’imitungo yabo

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru, baratabaza basaba ko bahabwa ingurane y’ubutaka bwabo bamaze imyaka 12 birukaho kugeza n’ubu amaso yaheze mu kirere. Aba baturage n’abo mu murenge wa Musanze Akagali ka Nyarubuye muri aka Karere , aho bavuga ko imitungo yabo yangijwe n’ibikorwa by’umuyoboro w’amashanyarazi bikaza kurangira imyaka yihiritse […]

Israel yiciye muri Liban umuyobozi wungirije wa Hamas

Isiraheli yashimangiye ko iyicwa ry’umuyobozi wa Hamas i Beirut kitari igitero cyagabwe kuri Libani, mu gihe abanzi bayo bayiburiye ko izabona “igihano” kubera ‘urupfu’ rwe. Umuvugizi wa Isiraheli yavuze ko Saleh al-Arouri yapfuye azize “igitero kidasanzwe ku buyobozi bwa Hamas”. Hamas yamaganye urwo rupfu, mu gihe umufatanyabikorwa wa yo, Hezbollah, we yavuze ko ari igitero […]

Corneille Nangaa yagizwe umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo

gc5mcofx0aa2rm6.jpg

Corneille Nangaa wahoze ayobora komisiyo y’amatora ya RDC, yagizwe umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo rimaze igihe gito ritangirijwe muri Kenya rihuriyemo imitwe ya politiki n’iya gisirikare irwanya ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi. Itangazo ryasohowe na M23 muri iki gitondo cyo kuwa Gatatu, rivuga ko uyu mutwe wemeye kwiyunga kuri AFC no kwifatanya n’abandi kuko bizabafasha gukomeza […]

Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umutekano muri rusange wari umeze neza mu bihe by’iminsi mikuru, ishimira abaturarwanda uko bitwaye muri ibyo bihe byo gusoza umwaka wa 2023 no gutangira umwaka mushya wa 2024. Byagarutsweho n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda; Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Mutarama 2024, ari […]

Burundi:Babiri bari barahungiye mu Rwanda bafunzwe nyuma ya disikuru ya P.Ndayishimiye

Kuri uyu wa mbere, abagabo babiri bo muri komini ya Musigati na Banza, mu ntara ya Bubanza batawe muri yombi n’abapolisi bakorera muri icyo gice bacyekwaho gukorana n’umutwe w’iterabwoba urwanya Uburundi. Aba batawe muri yombi ni abahoze ari impunzi mu nkambi zo mu Rwanda bari barahahungiye mu 2015 ubwo muri iki gihungu hageragezwaga coup d’etata […]

Turkey:Abantu 33 bafunzwe bacyekwaho kunekera Israel

Kuri uyu wa kabiri, Turkiya yafunze abantu 33 bakekwaho kuneka ikigo cy’ubutasi cya Isiraheli cya Mossad, ibitangazamakuru byo muri Turkiya byatangaje ko bitavuze ubwenegihugu bw’abafunzwe. Aba bakekwa ubutasi bakusanyirijwe mu bitero byagabwe mu ntara umunani zikikije Istanbul, nk’uko abikorera ku giti cyabo DHA ndetse n’ibigo bya leta bya Anadolu bibitangaza, bakomeza bavuga ko mu nshingano […]