M23 yafashe Nyamilima itarwanye, iyinjiranamo ibifaru

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Nyakanga, wigaruriye umujyi muto wa Nyamilima wo muri Groupement ya Binza ho muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru avuga ko uyu mutwe wigaruriye uyu mujyi utarwanye, bijyanye n’uko inyeshyamba za Mai-Mai zahagenzuraga zahavuye mbere y’uko uhagera. Amashusho yashyizwe hanze yerekana ingabo za M23 zigera Nyamilima zinafite […]

Amagana y’abaturage yahinduriwe ubuzima n’Umucanga warwaniwemo n’abayobozi i Rutsiro

img_0692.jpg

Abaturage basaga 400 bakorera akazi kabo ka buri munsi ko kwinura umucanga mu mugezi wa Koko no kuwupakira mu byombo, bavuga ko ubuzima bwagarutse nyuma y’igihe kinini baranambye biturutse ku mwiryane w’ubuyobozi. Aba baturage nubwo byitwa ko bakora akazi gaciriritse, buri umwe wese waganiriye na BWIZA kuri uyu wa Kane, tariki 02 Kanama 2024 ahamya […]

Uganda nayo yagaragayemo icyorezo cy’ubushita bukomoka ku nkende

Minisiteri y’ubuzima muri Uganda yemeje ko muri iki gihugu hagaragaye abarwayi babiri banduye ubushita bw’inkende. Abanduye bose ni abo mu karere ka Kasese, kegeranye n’umupaka Uganda ihana na Republika ya Demokarasi ya Kongo. Abafashwe n’iki cyorezo umwe ni uwo mu gace ka Mpondwe, undi nawe ni uwahitwa Bwera muri ako karere kavuzwe haruguru. Minisiteri y’ubuzima, […]

Haruna Niyonzima yaje ateruwe mu ntebe nk’igikomangoma – Amafoto

fb_img_17226985955042683.jpg

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports, Haruna Niyonzima yatunguye abafana ba Rayon Sports muri Rayon Day yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Kanama 2024. Mu birori by’igikundiro bitegurwa na Rayon Sports byabaye kuri uyu wa Gatandatu byaranzwe n’udushya n’imiteguro igiye itandukanye. Ni ibirori byatangaye nyuma ya saa sita, aho Rayon Sports yaba […]

Ibyiciro by’urukundo buri muntu anyuramo uko yaba ameze kose

Mu buzima bwa muntu abantu benshi banyura mu bwoko 3 bw’urukundo kugira ngo babe baba abagabo cyangwa abagore buzuye. Buri wese ahura n’abantu batatu mu rukundo uwa kane akaba ari we babana! Harimo urumeze nk’urw’Abamalayika! Burya mu buzima hari ibice bitatu bibaho mu rukundo, ariko umuntu abinyuranamo n’abantu batatu. Bashobora kurenga batatu, ariko baza mu […]

Somalia: Abarenga 30 baguye mu gitero Al Shabaab yagabye kuri hotel ikomeye

Ku wa Gatandatu, abapolisi bo muri Somaliya bavuze ko abantu 32 baraye bishwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 02 Kanama 2024 abandi 63 barakomereka mu gitero cyagabwe kuri Hotel yo ku mucanga mu murwa mukuru, Mogadishu. Ishami rya Al-Qaida rikorera muri Afurika y’Iburasirazuba, al-Shabab, ryatangaje kuri radiyo ko abarwanyi baryo bagabye icyo […]

Iperereza ry’abatasi ba Amerika ryagaragaje ko Iran ishaka kwica Trump

Inzego zitandukanye z’iperereza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rigaragaza ko Irani ifite ’umugambi wo kumwica kugirango ihorere General Qassem Soleimani wahoze ari komanda w’umutwe w’ingabo z’intarumikwa za Irani. Iperereza rivuga ko Trump aramutse arashwe bwaba ari uburyo bwiza bwo kwihorera mu kuburizamo ko yatorwa mu matora ateganyijwe.Ntabwo ari Iran ishaka kwivanga mu matora […]

Rutsiro: Batatu bafunzwe bakekwaho gukubita bagakomeretsa bikabyara urupfu

Abasore batatu bo mu karere ka Rutsiro bafunzwe bakekwaho gukubita no gukomeretsa Mbahungirehe Esther bikamuviramo urupfu. Ibi byabereye mu murenge wa Mukura, akagari ka Karambo, uru rugomo rukaba rwarakozwe kuwa 1 Kanama 2024, mu masaha ashyira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Ndayambaje Emmanuel, umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukura avuga ko urupfu rwa Mbahungirehe bikekwa ko rwaturutse […]

RDC: M23 yaba yafashe mpiri abasirikare benshi ba FARDC barimo Majoro na Koroneri

Amakuru aturuka Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko abarwanyi ba M23 bafashe mpiri abasirikare ba FARDC bagera kuri 17 barimo n’abasirikare bakuru babiri umwe ufite ipeti rya Majoro ndetse n’undi ufite ipeti rya Koroneri. Ni nyuma y’imirwano yabaye ku munsi w’ejo ku wa Gatanu taliki 02 Kanama 2024, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo […]

Abarundi 5 bakiniye Rayon Sports muri Kiyovu Sports

Ikipe ya Kiyovu Sports iri mu biganiro n’Umurundi Bimenyimana Bonfils Caleb umaze iminsi ayikoreramo imyitozo. Uyu rutahizamu wigeze kugirira ibihe byiza muri Rayon Sports kuva muri Gashyantare uyu mwaka nta kipe afite, nyuma yo kurekurwa na Al Ahli Benghazi yo muri Libya. Usibye Caleb, Abarundi bagenzi be barimo Amisi CĂ©dric, Mbirizi Eric, Kwizera Pierrot na […]

Ubujyahabi bw’ubukungu buri gutiza umurindi icuruzwa ry’abana mu Burundi

Ingimbi n’abangavu mu gihugu cy’u Burundi bakomeje gucuruzwa bakajyanwa mu bihugu bimwe na bimwe by’ibituranyi gukoreshwa imirimo y’agahato harimo no gusambanywa. Komisiyo Ngishwanama n’Ubugenzuzi ku gukumira icuruzwa ry’abantu, UNICEF na IOM, bemeza ko hakiri inzira ndende kugira ngo habeho kurandura burundu ihohoterwa ry’uburenganzira bw’abana mu Burundi. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’abanyamakuru ku ya 30 Nyakanga […]

Kamonyi: Umukobwa yabyaye umwana ahita amwica abifashijwemo na nyina bamuta mu bwiherero

Mu karere ka Kamonyi gaherereye mu ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda, umurenge wa Gacurabwenge mu kagari ka Gihinga haravugwa inkuru y’umukobwa wabyaye umwana hanyuma afatanya na nyina kumwica ndetse banamujugunya mu bwiherero. Biravugwa ko intandaro yo kwica umwana yabyaye byaturutse ku kuba uwamuteye inda yaramwihakanye. Bamwe mu baturage baturanye n’uyu muryango, bavuga ko kuri uyu wa […]

Rutsiro: Imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonwe ahakorwaga imirwanyasuri

Mu karere ka Rutsiro hari amakuru avuga ko imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonwe n’abakoraga imirwanyasuri. Ibi byabereye mu murenge wa Mukura, akagari ka Kagusa ho mu mudugudu wa Gasharu, kuri uyu wa Gatanu tariki 02 Kanama 2024. Amakuru BWIZA yahamirijwe na Ndayambaje Emmanuel, umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukura avuga ko umubiri wa Segashema Elias […]

Nyuma y’u Rwanda, u Burundi na bwo bwahaye Zambia imfashanyo

Perezida Hakainde Hichilema wa Zambia yatangaje ko igihugu cye cyahawe n’u Burundi imfashanyo ingana na toni 5,000 z’ibiribwa birimo umuceri, ibigori n’ibishyimbo. Hakainde yabitangarije abaturage b’igihugu cye nyuma yo kugirana ibiganiro na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye uheruka gusura Zambia. Ni ibiganiro byanasinyiwemo amasezerano y’ubufayanye hagati y’u Burundi na Zambia. Zambia imaze igihe yugarijwe […]

Imiryango mpuzamahanga yongeye gutabariza intara ya Darfur

Komite y’impuguke mu bijyanye no kwihaza mu biribwa iratabariza Sudan nyuma y’uko inzara ikomeje kurembya abaturage. Byasohowe muri raporo yasohotse kuri uyu wa kane, aho yagaragaje ko intambara yo muri Sudani ndetse no guhagarika itangwa ry’inkunga byateje inzara mu majyaruguru ya Darfur, no mu tundi turere two mu gihugu. Ibyavuye mu bushakashatsi bikaba bifitanye isano […]

Rwamagana: Abanyamahanga mu bitabiriye ibirori byo kwizihiza umuganura -AMAFOTO-

img-20240802-wa0053.jpg

Ibirori byo kwizihiza umunsi w’Umuganura mu karere ka Rwamagana byabaye ku wa Gatanu tariki ya 2 Kanama 2024, birangwa no kwishimira umusaruro no gusangira n’abana. Byabereye mu Murenge wa Musha ku rwego rw’Akarere, binabera mu midugudu igize Akarere ka Rwamagana. Mu butumwa bwatanzwe n’abayobozi batandukanye, basabye abaturage kugira indangagaciro z’abanyarwanda zirimo Ubumwe, kwigira no gukunda […]

Igishyika ni cyose ku batunze injangwe i Nairobi

Abatuye i Nairobi batunze injangwe , bafite imitima ihagaze nyuma y’uko ngo bashobora kujya bazitangira amahoro. Ni nyuma y’uko ubutegetsi bwo muri uyu mujyi bwategetse abatunze aya matungo ko buri wese urifite asabwe kuryandikisha hakiyongeraho kugura uruhushya rumara umwaka rugura amashiringi 200 akoreshwa muri Kenya. Si ibyo gusa , kuko buri wese utunze ipusi, asabwe […]

Rutshuru: M23 yigaruriye uduce dushya

Umutwe wa M23 ku wa Gatanu wigaruriye uduce twa Nyabanira na Ngwenda two muri Groupement ya Binza ho muri Teritwari ya Rutshuru, nyuma yo kutwirukanamo ihuriro ry’ingabo za leta ya RDC. M23 yigaruriye utu duce nyuma y’imirwano ikomeye yayisakiranyije n’ingabo za leta kuva mu masaha y’igitondo. Usibye utu duce, kuva ku wa Gatanu kandi M23 […]

PM.Ngirente yagaragaje imbogamizi zikoma mu nkokora Iterambere rya Afurika

Mu mboni za Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Ngirente Edouard asanga ko kugirango Afurika Iterambere, hakenewe gushyirwaho ingamba zikomeye zituma iminshinga yawo ishyirwa mu bikorwa. Yongeyeho kandi ko byagakozwe mu gihe cyagenwe. Yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu, tariki 2 Kanama 2024, i Abuja muri Nigeria, aho yitabiriye Inama ya Banki y’Isi n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, ihuza […]