Perezida Kagame ari i NairobiÂ

Perezida Paul Kagame yageze i Nairobi muri Kenya, aho yitabiriye inama yâubufatanye bwa Afurika nâu Bufaransa yiswe âAfrica Forward Summitâ. Ni inama iyoborwa na Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto na Emmanuel Macron w’u Bufaransa. Biteganyijwe ko Perezida Kagame ayobora ikiganiro ku ikoreshwa ryâikoranabuhanga rigezweho ririmo ubwenge buhangano (AI), anageze ijambo ku bayobozi bâibigo […]
Kivu y’Amajyepfo: FARDC iri gusubira mu bice AFC/M23 yavuyemo

Ingabo zâigihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ziri gusubira mu midugudu yavuyemo abarwanyi ba AFC/M23 nyuma yo kuva mu Kibaya cya Rusizi. Nkâuko byatangajwe n’umuvugizi wa Operation Sukola 2 muri Kivu y’Amajyepfo, ngo iyi midugudu irimo Sange, Nyakerebe, na Luberizi, ndetse na Kitidia, Katoto, Mulenge, na Lemera, iherereye mu misozi ya Uvira. Lt. […]
Abanyamulenge bo mu Bibokoboko bakomeje guhatirwa gushyigikira FARDC nâingabo zâu Burundi

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangaje ko abaturage bâAbanyamulenge bo mu gace ka Bibokoboko muri Kivu yâAmajyepfo bakomeje gushyirwaho igitutu nâubuyobozi bwa gisirikare bwa Congo nâu Burundi, kugira ngo bashyigikire ibikorwa byabwo ku gahato. Mu itangazo uyu mutwe washyize ahagaragara kuri uyu wa 11 Gicurasi 2026, wavuze ko hari […]
Latvia: Minisitiri w’ingabo yeguye kubera drones zavogereye igihugu cye

Minisitiri wâingabo muri Latvia, Andris SprĆ«ds, yeguye ku mirimo ye nyuma yâuko indege zitagira abadereva zo muri Ukraine zinjiye mu kirere cyâiki gihugu zivuye mu Burusiya mu cyumweru gishize imwe igwa ku kigo kibikwamo peteroli. Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu cyo muri Baltique, Evika SiliĆa, yavuze ko yamusabye kuva ku butegetsi kuko “byagaragaje ko ubuyobozi bwa […]
Ndayishimiye yongeye kwibasira Rwanda, yinyuraguramo ku mikoranire ya FDNB na FDLR

Perezida wâu Burundi, Ăvariste Ndayishimiye, yongeye gushinja u Rwanda kuba rufite imigambi mibi ku gihugu cye biciye mu bufasha avuga ko ruha umutwe wa RED-Tabara, ndetse no guteza umutekano muke mu karere. Uyu mugabo mu kiganiro yahaye Jeune Afrique, yavuze ko u Burundi bugifata u Rwanda n’umutwe wa AFC/M23 nkâabateje ikibazo ku mutekano wabwo, nubwo […]
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ari muri Uganda

Minisitiri wâIntebe, Justin Nsengiyumva yageze i Kampala mu gihugu cya Uganda aho yagiye guhagararira Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu muhango wâirahira rya Yoweri Kaguta Museveni, Perezida watowe wa Repubulika ya Uganda, uteganyijwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Gicurasi 2026. Usibye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, undi muyobozi wamaze kwakirwa muri Uganda witabiriye […]
Rulindo: RDF, RNP na FHF byatangije gahunda yo kuvura indwara z’amaso

Ingabo na Polisi byâu Rwanda (RDF) ku bufatanye na Minisiteri yâUbuzima (MoH) hamwe na Fondasiyo ya Fred Hollows yo mu Rwanda (FHF), uyu munsi batangije gahunda yo kuvura indwara zâamaso no kubaga indwara y’ishaza ifata amaso ku Bitaro bya Kinihira biherereye mu Karere ka Rulindo, mu Ntara yâAmajyaruguru, muri gahunda ikomeje y’ibikorwa by’Ingabo na Polisi […]
Abunganira Gen. Yav ushinjwa gukorana n’u Rwanda biyemeje gusenya ibirego ashinjwa

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu rubanza rwa Lt. Gen. PhilĂ©mon Yav Irung imbere yâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kinshasa, Umugenzuzi Mukuru wa FARDC ku itariki 7 Gicurasi yasabiye igifungo cya burundu uyu musirikare mukuru ukurikiranweho icyaha cyâubugambanyi kubera gukekwaho gukorana nâIngabo zâu Rwanda mu gihe abamwunganira bemeza ko nta kimenyetso na kimwe gifatika […]
Byiringiro Lague asanga atakiri ku rwego rwo gukina mu Rwanda

Umukinnyi wâikipe yâigihugu yâu Rwanda, Amavubi, Byiringiro Lague yavuze ko atagifite gahunda yo kongera gukina muri shampiyona yâu Rwanda, kuko abona itakiri ku rwego yifuza gukinaho mu rugendo rwe rwâumupira wâamaguru. Mu kiganiro yagiranye na Sunday Choice Live kuri iki Cyumweru, Lague yavuze ko uyu mwaka wâimikino ushobora kurangira atongeye gukina nyuma yo guhagarikwa na […]
Maroc: Umusirikare wa Amerika muri 2 baburiwe irengero yabonetse ari umurambo

Itsinda ryâabashakisha ryavumbuye umurambo wâumwe mu basirikare babiri ba Amerika waburiwe irengero mu ntangiriro z’uku kwezi hafi yâaho bakoreraga imyitozo i Cap Draa, muri Maroc, mu gihe undi musirikare agishakishwa. Abashakashatsi bo muri Maroc kuwa Gatandatu basanze umurambo w’umwe mu basirikare babiri ba Amerika mu mazi â ku kirometero 1.6 uvuye aho uyu musirikare yaburiye ku […]
Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 yavuye mu bice byinshi yagenzura isubira inyuma

Abarwanyi bâumutwe wa AFC/M23 mu mpera zâicyumweru bakuye ibirindiro byabo mu duce twa Sange, Bwegera, Luberizi, Luvungi, Kabunambo nâinkengero zaho bakerekeza mu mujyi wa Kamanyola mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Umunyamakuru wigenga ukorera muri Kivu yâEpfo hamwe nâumwe mu bakuriye sosiyete sivile muri teritwari ya Walungu babwiye BBC ko M23 nâabategetsi bayo batangiye kuva muri […]