Amavubi ya Volleyball ntakigiye i Kinshasa mu Gikombe cya Afurika

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Volleyball mu bagabo ntikigiye i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko iki gihugu cyambuwe uburenganzira bwo kwakira Igikombe cya Afurika cy’uyu mukino cyagombaga kuhabera. Iri rushanwa ryagombaga kubera i Kinshasa kuva ku wa 7 kugeza ku wa 21 Nzeri 2026, ariko Impuzamashyirahamwe y’Umukino wa Volleyball muri Afurika […]

Mu Mboni Zanjye: Ese umukino wa Bizimana ni ugukingira FDLR ikibaba, cyangwa kwambura Kigali impamvu yo kwirwanaho?

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Édouard Bizimana, yongeye kuvuga ku kibazo cya FDLR mu buryo bushobora kugira uburemere bukomeye muri geopolitiki y’Ibiyaga Bigari. Avuga ko mu myaka 30 ishize uyu mutwe utigeze ugaba igitero na kimwe ku Rwanda. Ariko inyuma y’aya magambo hashobora kuba hari umukino urenze ikibazo cya FDLR ubwacyo: guhindura uko amahanga asobanura […]

Ibyavuye mu bizamini bya Leta: Guhabwa imyanya yo muri ‘internat’ byabaye ingume

Ikigo cy’lgihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) n’icyiciro rusange (O’Level)  gusa imibare igaragaza ko guhabwa imyanya ku banyeshuri bifuza kwiga bacumbikirwa ku mashuri (internat/boarding school) byabaye ingume biturutse ku mubare muto w’imyanya iri ku bigo by’amashuri bifite amacumbi y’abanyeshuri. Ibi byagaragaye ubwo Umuyobozi Mukuru wa NESA, Dr. Bahati […]

FDLR ifite abadepite bayihagarariye mu nteko

Amakuru mashya yatanzwe n’abahoze mu buyobozi bw’umutwe wa FDLR arongera gutera impaka ku cyemezo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyo gusenya burundu uwo mutwe, aho bavuga ko FDLR idafite abarwanyi gusa mu Burasirazuba bwa Congo, ahubwo ko hari n’abantu bayifasha cyangwa bayihagararira mu nzego za politiki n’umutekano. Ibi byatangajwe nyuma y’uko ubutegetsi bwa Kinshasa […]

Abadepite banenze amasezerano na Trump na RDC y’amabuye y’agaciro

Abadepite 54 bo muri Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagaragaje impungenge ku masezerano y’ubufatanye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump buri kugirana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ndetse n’ibindi bihugu. Aba badepite bavuga ko ayo masezerano ashobora kubangamira uburenganzira bwa muntu, kurengera ibidukikije, iterambere ry’ubukungu bw’ibihugu bifite ayo […]

AI yatangiye kurenga ubushobozi bw’abayiremye

Ubushakashatsi bushya bwerekana ko ibigo bikomeye mu gukora ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) bitarashyiraho ingamba zihagije zo kugenzura no gukumira imyitwarire itateganyijwe y’imashini zikoresha AI. Raporo yakozwe n’umuryango udaharanira inyungu witwa Guidelight AI Standards, washinzwe n’abahoze ari abakozi ba OpenAI, yasesenguye uburyo ibigo bitanu bikomeye bikora mu guteza imbere AI byubahiriza ingamba z’umutekano no kugenzura izo […]

FARDC, FDNB na FDLR bubuye ibitero muri Minembwe

Ingabo n’imitwe yitwaje intwaro birwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byakajije ibitero mu bice bya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umutwe wa AFC/M23 biciye muri Lawrence Kanyuka uwuvugira, kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Kanama wavuze ko guhera saa 06:45, FARDC, FDLR, Wazalendo, abacanshuro b’abanyamahanga ndetse n’Ingabo z’u […]

Green Party y’u Rwanda yagiye gushyigikira iya Suède mu kwiyamamaza mu matora

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), ryifatanyije n’Ishyaka Green Party ryo muri Suède mu bikorwa byo kwiyamamaza, mbere y’amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ateganyijwe muri iki gihugu ku wa 13 Nzeri 2026. Perezida wa Green Party, Hon. Dr. Frank Habineza yatangaje ko we n’abandi bahagarariye iri shyaka bifatanyije na Green Party yo […]

Kenya: Umuyobozi w’Ubutasi bwa Équateur n’Abanyamerika mu baguye mpanuka y’indege

Umukuru w’urwego rw’ubutasi muri Équateur (Ecuador), Michele Sensi-Contugi n’umugore we bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu yabereye muri Kenya. Ku wa gatatu, Michele Sensi n’umugore we, Stephany Hollihan, bari mu bantu barindwi bapfiriye muri iyo mpanuka yabereye mu karere ka Samburu, ahagana saa tatu za mu gitondo za mu gitondo ku isaha yo muri Kenya. Umuvugizi […]

Ndayishimiye yazindukiye kwa Tshisekedi

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, kuri uyu wa 20 Kanama 2026 yerekeje i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu ruzinduko byitezwe ko agomba guhuriramo na mugenzi we FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Congo. Perezidansi y’u Burundi yatangaje ko Ndayishimiye, usanzwe ari Perezida w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), yagiye i Kinshasa “mu ruzinduko rw’akazi”. […]

Héritier Luvumbu wimennye inda ararira ayo kwarika

Umunye-Congo HĂ©ritier Luvumbu Nzinga wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports, yongeye kuvuga ku buzima bushaririye avuga ko arimo kunyuramo nyuma yo kuva muri iriya kipe akerekeza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru cya MMC, Luvumbu yavuze ko kugeza ubu nta mafaranga yigeze ahabwa mu byo yari yarasezeranyijwe nyuma yo gusubira i […]

Joseph Kabila yajyanye Amerika mu nkiko

Uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, yajyanye Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu nkiko, arwanya ibihano yafatiwe n’Urwego rushinzwe kugenzura umutungo w’abafatiwe ibihano rwa kiriya gihugu, OFAC. Kabila yatanze ikirego mu rukiko rwo muri Washington, DC, avuga ko gushyirwa ku rutonde rw’abafatiwe ibihano byakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ndetse […]

Ikirombe cya Zahabu cyishe abarenga 100 muri Centrafrique

Abantu nibura 100 bapfuye nyuma y’iriduka ry’ikirombe cya zahabu gikorerwamo ubucukuzi butemewe n’amategeko muri Repubulika ya Centrafrique, hafi y’umupaka wa Cameroun. Iyi mpanuka yabereye ku wa Kabiri tariki ya 18 Kanama 2026, ahitwa Zamboye, ku birometero hafi 50 uvuye mu mujyi wa Baboua. Abatabazi baracyashakisha abantu bashobora kuba bakiri munsi y’ibitaka. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga […]