Ancuabe: Perezida Chapo yasuye RDF na Polisi y’u Rwanda

Perezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Ugushyingo yasuye Inzego z’umutekano z’u Rwanda (RSF) zikorera mu Karere ka Ancuabe, mu Ntara ya Cabo Delgado. Perezida Chapo yari aherekejwe na Minisitiri w’Ingabo za Mozambique, Maj Gen Cristovão Artur Chume; Umugaba Mukuru w’Ingabo z’icyo gihugu, Gen Julio dos Santos Jane; Umugaba […]

Fayulu yasabye Tshisekedi guhishura ibikubiye mu masezerano azasinyana na Perezida Kagame

tshi fay fa772

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira yamusabye guhishurira abanye-Congo ibikubiye mu masezerano y’amahoro yitegura gusinyana na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Nta gihindutse abakuru b’ibihugu bombi bazahurira i Washington ku wa 4 Ukuboza 2025, aho bagomba kwakirwa na Perezida Donald Trump. Tshisekedi ubwo yaganiraga n’abanye-Congo baba […]

Gen. David Sejusa yashimye Perezida Kagame 

GridArt 20251129 15202027

Gen. (Rtd) David Sejusa wahoze mu ngabo za Uganda, yashimye Perezida Paul Kagame wagize ubutwari bwo kwerura akanenga uko Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe witwara iyo kuri uyu mugabane habaye ihirikwa ry’ubutegetsi. Ni nyuma y’uko Umukuru w’Igihugu ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ku wa Kane w’iki cyumweru, yagaragaje ko hari za Coup d’état ziba nziza ndetse n’iziba […]

Umwe muri ba Perezida ba EAC azaherekeza Perezida Kagame na Tshisekedi i Washington 

images 6

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya, biravugwa ko azitabira umuhango wo kwemeza amasezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasinyanye mu mezi atanu ashize uzabera i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Kwemeza ariya masezerano yashyizweho umukono ku wa 27 Kamena uyu mwaka, bizakorwa na ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda […]

Tshisekedi yemeje ko azajya i Washington kuhahurira na Perezida Kagame

20251129 053525

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko azajya i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho azahurira na Perezida Paul Kagame. Tshisekedi yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo, ubwo yaganiraga n’abanye-Congo baba i Belgrade muri Serbie, aho yari yagiriye uruzinduko rw’akazi. Perezidansi ya RDC yasubiyemo amagambo […]

Ba defence attachés bo mu bihugu bitandukanye basobanuriwe uko abahoze muri FDLR bakirwa mu Rwanda

csm 1 99b528c329

Abajyanama mu bya gisirikare (Defence Attachés) bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, basuye Ikigo cya Mutobo giherereye mu Karere ka Musanze, bagamije gusobanukirwa neza uburyo abahoze ari abarwanyi ba FDLR bakirwa, bagafashwa mu gusubizwa mu buzima busanzwe no kongera kwinjizwa mu muryango nyarwanda. Itsinda ryakiriwe na Madamu Valérie Nyirahabineza, Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe Gusezerera no Gusubiza […]

Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi batandukanye

20251129 005021

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo, yashyize mu myanya abayobozi muri za Minisiteri n’ibigo bya Leta bitandukanye. Itangazo ry’ibyemezo by’iyi nama yayobowe na Perezida Paul Kagame, ryerekana ko abayobozi bashyizwe mu myanya barimo Umuvunyi Mukuru, Nirere Madelene wongerewe manda. Dr. Didace Nshimiyimana na Julius Ntete bo bagizwe abacamanza mu Rukiko rw’Ikirenga. […]

M23 yaciyemo kabiri Mwenga na Kamituga, yototera ibifaru by’Ingabo z’u Burundi

WhatsApp Image 2024 10 22 at 0818.36 1024x663 1

Amakuru aturuka ku mirongo y’urugamba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko Ingabo za AFC/M23 zamaze gusa n’izicamo kabiri imijyi ya Mwenga na Kamituga, nyuma yo kwigarurira agace kari hagati yayo. Amasoko ya BWIZA muri Kivu y’Amajyepfo aremeza ko kuri uyu wa Gatanu zimwe mu ngabo za AFC/M23 zageze mu gace ka Kashaka, agace kari […]

Diyama na zahabu bicuruzwa i Antwerp birahacukurwa?: Perezida Kagame

diamond district

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko ibirego bishinja u Rwanda kwiba amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari amahomvu, avuga ko ababitiza umurindi ari bo basahuye kiriya gihugu kurusha undi uwo ari we wese. Perezida wa Repubulika yabigarutseho ku wa Kane tariki ya 27 Ugushyingo, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru. Congo Kinshasa n’ibihugu biyishyigikiye […]

Hamenyekanye itariki nshya y’umuhuro wa ba Perezida Kagame, Tshisekedi na Trump

Ba Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byitezwe ko bazahura na Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 4 Ukuboza 2025, mu nama izasiga bashyize umukono ku masezerano y’amahoro. Amakuru kuri ubu avuga ko Washington ikomeje kotsa igitutu Kigali na Kinshasa, mu rwego […]

CAF yafatiye ibihano Umurundi Girumugisha na Al Hilal ye

img 20251121 wa0268 cc236

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w”Amaguru muri Afurika (CAF), yahanishije Umurundi Girumugisha Jean Claude kumara imikino itatu adakina inamuca ihazabu ya $ 5,000 (FBU miliyoni 14.7) kubera imyitwarire mibi yagaragarije i Kigali. CAF yahannye uyu rutahizamu w’ibumoso, nyuma y’ubushyamirane bwakurikiye umukino w’amatsinda ya CAF Champions League ikipe ya Al Hilal Omdurman yo muri Sudani Girumugisha akinira iheruka gutsindamo […]

P. Kagame yemeje ko Tshisekedi ari kubakana FDLR n’umuhungu wa Habyarimana

GridArt 20251127 164122589

Perezida Paul Kagame yemeje ko mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze igihe akorana n’abarimo umuhungu wa Habyarimana Juvenal wahoze ari Perezida w’u Rwanda mu kubaka FDLR, kugira ngo ihungabanye umutekano w’u Rwanda. Umukuru w’Igihugu yemeje aya makuru kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Ugushyingo, mu kiganiro yahaye abanyamakuru. […]

Igisubizo Perezida Kagame yahaye Abanyaburayi bakomeje kwifuza Goma, iyo aza kuba ari we AFC/M23

20251127 154407

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko iyo aza kuba ari we ugenzura Umujyi wa Goma ukomeje kwifuzwa n’ibihugu byiganjemo ibyo ku mugabane w’u Burayi, yabyemerera gukoresha uriya mujyi icyo biwufuzaho ariko bibanje kwerekana uko bizakemura ibibazo byatumye abawugenzura bawigarurira. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Ugushyingo, mu kiganiro ari kugiranira n’abanyamakuru muri […]

Jenerali ukuriye abasirikare barindaga Perezida Embalò yahishuye icyatumye bamuhirika

whatsapp image 2025 11 26 at 7.46 45 pm 4796b

Général de Brigade Denis N’Canha wari ukuriye umutwe w’ingabo zari zishinzwe kurinda Perezida Umaro Sissoco Embalò wa Guinée-Bissau, yatangaje ko bafashe icyemezo cyo kumuhirika ku butegetsi mu rwego rwo kuburizamo umugambi mubisha ku gihugu w’abanyapolitiki bakorana n’umucuruzi ukomeye w’ibiyobyabwenge. Ku wa Gatatu tariki ya 26 Ugushyingo ni bwo Perezida Embalò yatangaje ko yahiritswe ku butegetsi, […]

AFC/M23 na FARDC/Wazalendo mu mirwano muri Kibati 

fardc mitrailleur

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Ugushyingo, inyeshyamba za AFC/M23 zaramukiye mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Imirwano yaramukiye mu gace ka Kibati gaherereye muri Groupement ya Luberike, muri Teritwari ya Walikale. Mu busanzwe AFC/M23 ni yo igenzura kariya gace. Amakuru avuga ko mu […]

RDC yasabye SADC ubufasha bwo kotsa u Rwanda igitutu 

20251127 084557

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye umuryango wa SADC kuyifasha gushyira igitutu ku Rwanda, kugira ngo rubashe gucyura ingabo ivuga ko ziri ku butaka bwayo. Kinshasa yatanze ubu butumwa biciye muri Perezida mushya w’Inteko Ishinga Amategeko yayo, Aimé Boji Sangara, ubwo yari mu nama y’ihuriro ya Komite Nshingwabikorwa y’Inteko Ishinga Amategeko y’umuryango wa SADC yabereye […]

Perezida Kagame yasabwe n’ibyishimo kubera intsinzi ya Arsenal kuri Bayern Münich

pk3333 c86aa

Perezida Paul Kagame yagaragaje ibyishimo bikomeye, nyuma y’uko Arsenal yihebeye itsinze Bayern Münich ibitego 3-1, mu mukino w’amatsinda ya UEFA Champions League. The Gunners yari yakiriye Bavaria, mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri Emirates Stadium. Nyuma yawo Perezida Paul Kagame uzwiho kuba umukunzi w’akadasohoka w’iriya kipe y’i Londres, yagaragaje ko yatewe ishema na yo ku bw’iriya […]

Perezida Embaló na ba Jenerali be 2 batawe muri yombi

329492x preview 1256x628 1693912418

Perezida Umaro Sissoco Embaló wa Guinée-Bissau, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ugushyingo 2025 yatawe muri yombi n’igice cy’abasirikare b’igihugu cye. Perezida Embaló ubwe ni we wemeje ko yatawe muri yombi, mu kiganiro yahaye Jeune Afrique. Yavuze ko yatawe mu ma saa sita z’amanywa ku isaha y’i Bissau. Uyu mugabo yatawe muri yombi mu […]

Urukiko rwategetse abaganga gukemura ikibazo cy’imikono yabo mibi

GridArt 20251002 91512339

Urukiko rwo mu gihugu cy’u Buhinde rwategetse abaganga bo muri iki gihugu gukemura ikibazo cy’imikono yabo, bijyanye no kuba abenshi muri bo bandikaga inyandiko zidasomeka. Ni icyemezo Urukiko Rukuru rwa Punjab and Haryana rwafashe, mu gihe ikibazo cy’imikono idasomeka ku baganga gisanzwe kigaragara mu bihugu byo hirya no hino ku Isi. Ruriya rukiko rwavuze ko […]

U Rwanda rwavuze inzira yonyine yatuma rukuraho ingamba z’ubwirinzi rwafatiye RDC

054a0509 f288e afb5b

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi rumaze igihe rwarafashe, keretse Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nisenya umutwe w’abajenosideri wa FDLR. Minisitiri Nduhungirehe mu kiganiro yahaye Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI), yavuze ko gusenya uriya mutwe ari na byo bizatuma uburasirazuba bwa Congo bubona amahoro. Asubiza Minisitiri Patrick Muyaya […]

AFC/M23 yakubitiye Ingabo z’u Burundi muri Kasika

EVOBARVDFNCQPCKETEGSOA7SS4

Inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ugushyingo zigaruriye uduce twa Kidasa na Kasika duherereye muri Teritwari ya Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kutwirukanamo Ingabo z’u Burundi. Ingabo za FDNB zaramutse zirwana zonyine, nyuma y’uko FARDC na Wazalendo bafatanyije urugamba bafashe icyemezo cyo guhunga Kasika, Kamituga na Mwenga-Centre. […]

FDNB na M23 mu mirwano ikomeye muri Kasika, nyuma y’ihunga rya FARDC

images

Ingabo z’u Burundi n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ugushyingo baramukiye mu mirwano ikomeye iri kubera mu gace ka Kasika. Kasika ni agace gaherereye muri Groupement ya Wamuzimu ho Teritwari ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amasoko atandukanye yemeza ko mu mirwano yo kuri uyu wa Gatatu […]

Nduhungirehe yasubije Macron washinje AFC/M23 kuba inzitizi ku ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma

pic 33 5 bc900 2 1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasubije Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa uheruka gushinja umutwe wa AFC/M23 kuba nyirabayazana yatumye ikibuga cy’indege cya Goma kitongera gufungurwa. Macron ubwo yari muri Afurika y’Epfo aho aheruka kwitabira inama ya G20, yavuze ko “AFC/M23 n’abafite ikibuga cy’indege cya Goma nta mbaraga bigeze bashyira mu kongera kugifungura”. Minisitiri Olivier […]

Impunzi zirenga 100 z’Abarundi zatashye zivuye mu Rwanda

20251125 165501

U Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Ugushyingo, rwafashije impunzi 115 zituruka mu miryango 58 zabaga mu gihugu gusubira mu gihugu cyazo. Impunzi zatashye zirimo 107 zabaga mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe, ndetse n’umunani zabaga mu mujyi wa Kigali. Izi mpunzi zinjiye mu Burundi zinyuze ku mupaka uhuza u Rwanda […]

Bitakwira yandagaje Wazalendo, ashimagiza AFC/M23 yanga urunuka

32664465 3354 4dac 8994 9a1f8644f902 1

Justin Bitakwira usanzwe ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragaje ko ibice bigenzurwa n’umutwe wa AFC/M23 birimo amahoro, anenga bikomeye imyitwarire n’imikorere by’abarwanyi ba Wazalendo bafatanya na FARDC mu bikorwa byo kurwanya uwo mutwe. Bitakwira, usanzwe anafite uruhare mu guhuza ibikorwa bya politiki bya Wazalendo, yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakuru […]

Emir wa Qatar yagennye Ambasaderi wayo mu Rwanda usimbura uwapfuye

pp 2

Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, yagennye Mansour Ali Fahad Al-Shahwani Al-Hajri nka Ambasaderi w’ubu bwami mu Rwanda. Igenwa ry’uyu mudipolomate ryemejwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa X, ariko ku wa 19 Ugushyingo ni bwo yagenwe. Mansour Ali Fahad Al-Shahwani Al-Hajri, yari asanzwe […]

Gitifu wa Muhazi arafunzwe

5573cee5 645f 4694 85a9 e54d38adb9e4 2 34123

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku wa Mbere rwatangaje ko rwataye muri yombi Egide Hanyurwimfura wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhazi w’akarere ka Rwamagana, rukaba rumukekaho ibyaha birimo gukoresha impapuro mpimbano. RIB isobanura ko Hanyurwimfura yatawe muri yombi nyuma y’igenzura ryakozwe mu Karere ka Rwamagana ku bufatanye bwayo n’inzego za Leta. Ni igenzura ryasize atawe muri […]

Everton yisasiye Man United, umukinnyi wayo ahabwa ikarita itukura azira gukubita mugenzi we 

20251125 74522

Ikipe ya Everton yaraye itsinze Manchester United igitego 1-0, mu mukino ukumunya-Sénégal Idrissa Gana Gueye yeretswemo ikarita itukura azira gukubita urushyi Michael Keane basanzwe bakinana. Gueye yeretswe iyi karita asohorwa mu kibuga ku munota wa 13 w’umukino, aba umukinnyi wa mbere weretswe ikarita itukura muri Premier league azira gushyamirana na mugenzi we kuva muri 2008. […]

RDC mu mushinga w’uko urubyiruko rwose rugomba kujya runyura muri FARDC

troupes militaires traitres patriotes 1

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemeje ishingiro ry’umushinga wo kugira itegeko ko buri wese w’urubyiruko agomba gukora igisirikare, irawakira kugira ngo itangire kuwigaho. Uyu mushinga w’itegeko watanzwe na depite Misare Claude uhagarariye agace ka Uvira mu nteko ishinga amategeko, usaba ko buri wese uri hagati y’imyaka 18 na 30 akwiye gukora […]

Abanyarwanda begukanye igihembo cya filime mpuzamahanga muri Nigeria

4O6A8417

Itsinda ry’abanyeshuri b’Abanyarwanda ryegukanye igihembo mpuzamahanga mu iserukiramuco ‘International Students’ Film Festival’ ryabareye muri Nigeria, nyuma ya filime bakoze ku mwana ufite ubumuga wanzwe n’umubyeyi we. Iyi filime yitwa ‘Forgotten Frame’ yegukanye igihembo ku wa 22 Ugushyingo 2025, yahuje abanyeshuri barenga 40 biga muri Kaminuza ya Mount Kigali. Yayobowe n’umwarimu wabo akaba n’Umunyamabanga Mukuru w’ishyirahamwe […]

Kilungutwe mu maboko ya M23

m23 1 1

Umutwe wa AFC/M23 muri uyu wa Mbere tariki ya 24 Ugushyingo, wigaruriye agace ka Kilungutwe ko muri Teritwari ya Mwenga mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ni mu mirwano AFC/M23 yafatiyemo intwaro nyinshi nk’uko amakuru agera kuri BWIZA abyemeza. Usibye Kilungutwe, AFC/M23 yanafashe agace ka Kimbili ko muri Teritwari ya Shabunda aho ingabo za Kinshasa zari […]

Abanyarwanda bamaze gutahuka bava muri RDC barenze 5,800

IMG 20251124 WA0003

U Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Ugushyingo rwakiriye Abanyarwanda 219 batahutse bava muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ibyatumye umubare w’abamaze gutahuka urenga 5,800. Saa tanu z’amanywa ni bwo aba Banyarwanda bageze mu mujyi wa Rubavu baturutse i Goma muri Congo. Bambukiye ku mupaka munini uhuza u Rwanda na RDC wa La […]

Imirwano yaraye muri Uvira yaguyemo abarimo umusirikare wa FARDC

b0938e90 8309 11f0 a34f 318be3fb0481.jpg

Abantu bane barimo umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), ni bo baguye mu mirwano yaraye ibereye mu mujyi wa Uvira wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ni imirwano yasakiranyije FARDC n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo isanzwe ifatanya na yo mu ntambara irwana n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Umuvugizi […]

M23 yigaruriye Umujyi muto wa Buhimba

2025 03 25T111342Z 1931622189 RC2C2DASRGHA RTRMADP 3 CONGO SECURITY NEGOTIATIONS 1742911851

Umutwe wa AFC/M23 ku Cyumweru tariki ya 23 Ugushyingo 2025, wigaruriye Umujyi muto wa Buhimba wo muri Groupement ya Waloa Yungu ho muri Teritwari ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yo kuwirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Actualite.CD igaragaza Buhimba nk’amatware akomeye ya nyuma ingabo za Leta ya […]

Touadéra yanagiriye na Perezida Kagame ku bufasha RDF ikomeje guha igihugu cye 

20251124 070928

Perezida Paul Kagame yakiriye anagirana ibiganiro na Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrique uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Touadéra ari i Kigali kuva ku Cyumweru tariki ya 23 Ugushyingo, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri ari kugirira mu Rwanda. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu gicuku cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Ugushyingo, byatangaje […]

Perezida Touadéra ari mu Rwanda

20251123 183305

Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrique, ari mu Rwanda aho kuri iki cyumweru tariki ya 23 Ugushyingo yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko azamaramo iminsi ibiri nk’uko Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yabitangaje, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa X. Perezida Touadéra ubwo yageraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe n’abayobozi barangajwe imbere […]

Igihugu cya Afurika cyabaye icya mbere ku Isi cyohererejwe n’u Burusiya za Sukhoi-57 

su 57 updates dubai airshow

U Burusiya bwoherereje Algérie indege ebyiri z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoi-57, iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika kiba icya mbere cyakiriye ziriya ndege zo mu kiragano cya gatanu. U Burusiya bwemeje ko bwahaye Algérie ziriya ndege muri iki cyumweru, mu imurikagurisha ry’indege ryabereye i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu. Umuyobozi w’u Burusiya […]

Musanze FC yisasiye APR FC

20251122 170223

Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Musanze FC ibitego 3-2, mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere wabaye kuri uyu wa Gatandatu. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye iyo mu majyaruguru, mu mukino w’umunsi wa munani wa Rwanda Premier League wabereye kuri Stade Ubworoherane. Byasabye umunota wa karindwi wenyine ngo Musanze FC y’umutoza Ruremesha Emmanuel […]

FARDC yavuze kuri ba Jenerali benshi bayo bafunzwe

WhatsApp Image 2023 10 19 at 00.52.14 1

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyemeje ko hari abasirikare bacyo benshi bo ku rwego rwa ba Jenerali na ba ofisiye bakuru bafunzwe, nyuma yo gutabwa muri yombi. Umuvugizi wa FARDC, Général-Major Sylvain Ekenge, yabwiye abanyamakuru ko abafunzwe bakurikiranweho ibyaha bikomeye bifite aho bihuriye n’umutekano w’igihugu. Ati: “Ni ukuri, ba Ofisiye Jenerali benshi, […]

M23 yigaruriye umudugu wa mbere wo muri Groupement ya Waloa Yungu

20251107 74654

Umutwe wa M23 ku wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo, wigaruriye umudugudu wa mbere wo muri Groupement ya Waloa Yungu wo muri Teritwari ya Walikale, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. M23 yigaruriye Kaliki nyuma y’imirwano ikaze yasakiranyije ingabo zayo n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo. Amakuru avuga ko abasirikare ba M23 baturutse i Kibati muri […]

Tshisekedi yashimiye Emir wa Qatar ku bwo guhuriza RDC mu biganiro na M23

20251122 090924

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashimiye Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani ku kuba yarahurije mu biganiro Leta y’igihugu cye n’umutwe wa AFC/M23. Ku wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo ni bwo Emir wa Qatar yasuye RDC, mu ruzinduko rwasize Kinshasa na Doha basinyanye amasezerano atandatu […]

Museveni yatanze icyifuzo cy’uko EAC yagira Igisirikare kimwe 

Fxo QhWwAAnRO7

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatanze icyifuzo cy’uko Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) wagira Igisirikare kimwe, mu rwego rwo gushimangira ubufatanye bwa gisirikare mu bihugu biwugize. Perezida Museveni mu kiganiro yahaye itangazamakuru ku wa Kane tariki ya 20 Ugushyingo, yavuze ko mu gihe EAC yaba igize igisirikare kimwe byafasha gushimangira no guteza imbere ubushobozi […]

Perezida Kagame yohererejwe ubutumwa na Gen. Doumbouya 

20251121 192009

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo, yakiriye anagirana ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Guinée-Conakry, Morissanda Kouyaté. Minisitiri Kouyaté anasanzwe afite mu nshingano kwihuza kwa Afurika ndetse n’abaturage ba Guinée baba hanze yayo. Perezidansi y’u Rwanda yatangaje ko ubwo yahuraga na Perezida Paul Kagame yamushyikirije ubutumwa bwa mugenzi we wa […]

Nyuma ya Mikenke, Sukhoi-25 ya FARDC yanarashe muri Masisi

1634626404 2cb8cf19dd0cc28ee724f744efd4e7cb width700height466

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo, Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye ibitero mu gace ka Mahanga ho muri Teritwari ya Masisi zikoresheje indege y’intambara. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yarashe muri kariya gace, nyuma y’uko mu masaha yo ku manywa yari harashe inshuro ebyiri mu […]

Emir wa Qatar kwa Tshisekedi nyuma yo kuva mu Rwanda

20251121 143349

Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad bin Khalifa Al Than, yageze i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma yo gusoza uruzinduko yagiriraga mu Rwanda. Ku wa Kane tariki ya 20 Ugushyingo ni bwo Emir wa Qatar yari yageze mu Rwanda, aho yakiriwe akanagirana ibiganiro na Perezida Paul Kagame. Umukuru w’Igihugu abinyujije […]

Sukhoi-25 ya FARDC yarashe mu Mikenke

20251121 144339

Ku manywa yo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo, indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yarashe mu duce twa Mikenke na Rwisankuku duherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Mu ma saa sita n’iminota 45 ni bwo iyo ndege yarashe muri turiya duce twombi. Amakuru […]

Emir wa Qatar yashimye umuhate wa Perezida Kagame mu guharanira amahoro mu karere

20251121 111628

Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad bin Khalifa Al Thani, yashimiye Perezida Paul Kagame kubera imbaraga akoresha mu gushyigikira ibikorwa bigamije kugarura amahoro mu karere. Emir wa Qatar ari mu Rwanda kuva ku wa Kane tariki ya 20 Ugushyingo, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ari kuhagirira. Uyu muyobozi mu butumwa yanditse ku rubuga rwe […]

Kigali: Abanya-Sudani y’Epfo bagaragaye bahondagura umumotari bafunzwe

Screenshot 20251121

Polisi y’Igihugu yatangaje ko yafashe ikanafunga abasore b’abanya-Sudani y’Epfo bagaragaye mu mashusho bakubitira umumotari mu mujyi wa Kigali. Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umumotari wahohotewe akururwa kandi akubitirwa imbere y’abantu benshi, mu gihe bagenzi be n’abaturage bari hafi bageragezaga gutabara, bigatuma haba ubushyamirane. Amakuru yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko byabereye ku Gisozi […]

Ibyavuye mu nama ya kane ya JCSM ihuriwemo n’u Rwanda na RDC

Untitled design 1

Itsinda ry’intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’u Rwanda, ku wa Gatatu tariki ya 19 Ugushyingo no ku wa Kane tariki ya 20 Ugushyingo 2025, ryahuriye mu nama ya kane y’urwego ruhuriweho rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’ingingo z’umutekano ziri mu masezerano ya Washington, ruzwi nka JSCM. Ni inama yabereye i Washington DC muri Leta Zunze […]

AFC/M23 na Kinshasa byiyemeje kwambura intwaro Wazalendo

wazalendo soldiers 768x512 2

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko mu byo uri kuganiraho na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse baniyemeje, harimo uko imitwe yose ikorera mu burasirazuba bwa RDC irimo n’iya Wazalendo irwana ku ruhande rwa Leta yasenywa ikanamburwa intwaro. AFC/M23 yemeje aya makuru biciye mu munyamabanga uhuraho wayo, Benjamin Mbonimpa, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku […]

Perezida Kagame yagabiye Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar inka (Amafoto)

20251120 204518

Perezida Paul Kagame yatembereje mu rwuri rwe Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, amugabira inka z’Inyambo. Emir wa Qatar ari mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Ugushyingo 2025. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Perezida Paul Kagame yamugabiye inka, “nk’ikimenyetso gikomoka ku muco […]

Minisitiri Prévot w’u Bubiligi yunamiye Abatutsi bishwe muri Jenoside 

20251120 194226

Minisitiri w’Intebe wungirije akanaba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Ugushyingo yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku gisozi, yunamira Abatutsi barushyinguwemo. Umukuru wa dipolomasi y’u Bubiligi ari mu Rwanda, aho yitabiriye inama ya ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu byo mu muryango Mpuzamahanga w’ibikoresha […]

Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar yagendereye u Rwanda 

20251120 150754

Umuyobozi w’Ikirenga w’ubwami bwa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad bin Khalifa Al Thani, ari mu Rwanda aho ari kugirira uruzinduko rw’akazi azamaramo iminsi ibiri. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Ugushyingo ni bwo Emir wa Qatar yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, aho yakiriwe na Perezida Paul Kagame n’abandi bayobozi […]

Iperereza ry’u Bubiligi ku muryango wa Tshisekedi ryafashe indi ntera 

felix et denise c2f02

Ubushinjacyaha bukuru bw’u Bubiligi nyuma yo kwakira ikirego umuryango wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa RDC uregwamo gusahura amabuye y’agaciro yo mu birombe byo mu ntara ya Katanga, bwasabye kwemererwa gusuzuma urujya n’uruza rw’amafaranga rwakorewe kuri konti za banki z’umugore wa Tshisekedi, abana be ndetse n’abavandimwe be. Ni icyemezo Africa Intelligence yagaragaje nk’intambwe ikomeye muri […]

Abarundi bo mu kibaya cya Ruzizi baratabaza M23

m23 48 afb87 72618

Umuryango w’abanye-Congo bakomoka mu Burundi muri iki gihe batuye mu kibaya cya Ruzizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, basabye AFC/M23 kujya kubatabara kugira ngo na bo babone amahoro nk’uko bimeze ku baturage bo mu duce yamaze kubohora. Aba baturage binubira ko bamaze igihe bakorerwa ubwicanyi, ihohoterwa n’akarengane gakabije Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […]

CAF yahembye umukinnyi w’Umunyafurika mwiza kurusha abandi muri 2025

20251120 63837

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yahembye umunya-Maroc Achraf Hakimi nk’umukinnyi mwiza w’Umunyafurika wahize abandi muri uyu mwaka wa 2025. Uyu myugariro w’iburyo usanzwe akinira Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, yegukanye kiriya gihembo ahigitse umunya-Misiriri Mohamed Salaha ndetse n’umunya-Nigeria Victor Osimhen. Achraf Hakimi w’imyaka 27 y’amavuko, nyuma yo kwegukana kiriya gihembo yabaye umunya-Maroc wa mbere […]

Icyo RGB ivuga ku mabwiriza yafashwe nk’agamije kunaniza amadini yashyizeho

IMG 20251119 WA0002

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imiyoborere (RGB) rwagaragaje ko amabwiriza agenga amadini rumaze igihe rwarashyizeho atagamije kuyananiza, ko ahubwo yashyizweho mu rwego rwo gusubiza ibibazo byagiye bigaragara mu miryango ishingiye ku myemerere. Ku wa 7 Werurwe uyu mwaka ni bwo mu igazeti ya Leta hasohotse amabwiriza y’inyongera agenga amadini n’amatorero mu Rwanda, arimo ingingo isaba abashaka gushinga […]

Minisitiri Nduhungirehe yahoberaniye na Maxime Prévot w’u Bubiligi i Kigali

Screen Shot 2025 11 19 at 16.17.08

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaye ahoberana na mugenzi we w’u Bubiligi, Maxime Prévot uri mu Rwanda. Abakuru ba dipolomasi z’ibihugu byombi bahuriye i Kigali, aho bari bitabiriye inama ya ba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu bigize Umuryango Mpuzamahanga w’ibikoresha ururimi rw’Igifaransa yahabereye ku wa Gatatu tariki ya 18 Ugushyingo 2025. Amashusho yafashwe […]