Salva Kiir yataramwe ku bwo kwita Samia Suluhu Perezida w’u Rwanda, Tshisekedi uwa Uganda
Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo akomeje kuba igitaramo ku bakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kumvikana avuga ko Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ari Perezida w’u Rwanda, na ho Félix Antoine Tshisekedi wa RDC akaba uwa Uganda. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Perezida Kiir yaramukijwe kuyobora umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), asimbuye […]
RDC:Kiliziya Gatolika yiteze imvururu nyuma y’amatora bitewe n’ubushobozi bucye bwa CENI
Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntiyemera ko Komisiyo y’Amatora muri iki gihugu (CENI) ifite ubushobozi bwo kuyobora amatora ku rwego rwiza rukurikije amategeko. Ibi byagarutsweho na Karidinali Fridolin Ambongo wabaye Archbishop wa Kinshasa kuva 2018, aho ngo asanga iyi komisiyo idafite ubushobozi bwuzuye bwo kugenzura amatora bityo ko hakabaye hari urundi rwego […]
OMS yashyizeho ingamba nshya mu kurwanya kwigunga n’agahinda gakabije
Mu gihe ikibazo cyo kwiheba, kwigunga n’agahinda gakabije bizengereje benshi mu batuye isi, OMS iratangaza ko irimo kuvugutira umuti abafite ibi bibazo aho yatangiye gushyiraho itsinda rishinzwe kugabanya ubwiyongere bw’iki kibazo. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima OMS/WHO, rivuga ko iki kibazo gikomeje gukaza umurego bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo amakimbirane yo mu muryango, amikoro macye […]
Biden na Qatar baraswe ibyubahiro ku bw’umwana muto wari warashimuswe na Hamas warekuwe
Ababyeyi b’umwana uri mu bari barashimuswe na ‘umutwe wa Hamas barashimira Perezida wa Amerika Joe Biden n’ubuyobozi bwa Qatar bwagize uruhare mu gutuma umwana wabo wari warashimuswe na Hamas arekurwa ubu akaba ameze neza. Umwana w’umukobwa w’imyaka ine ufite ubwenegihugu bwa Israel n’Amerika washimuswe na Hamas mu gitero cyayo mu majyepfo ya Israel cyo ku […]
I Goma humvikanye amasasu menshi
Urusaku rw’amasasu menshi rwaraye rwumvikanye mu mujyi wa Goma, ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 26 Ugushyingo 2023. Ni urusaku rwumvikanye mu bice bitandukanye byo muri uyu mujyi. Bikiba amakuru yavugaga ko harimo haba imirwano hagati y’inyeshyamba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yise Wazalendo n’itsinda ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. […]
APR FC na Rayon Sports zatsikiye
Ikipe ya APR FC na Rayon Sports zabuze amanota y’umunsi wa 11 wa shampiyona, nyuma yo gutsikira imbere ya AS Kigali na Etincelles FC. APR FC yari yakiriye AS Kigali kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona. Umunota wa gatandatu w’umukino wari uhagije ngo umunya-Nigeria Victor Mbaoma afungurire amazamu iyi kipe […]
Umugabo ufite ubwanwa budasanzwe yatitije imbuga nkoranyambaga
Abakurikira urubuga twa Tiktok batangajwe n’umugabo ufite ubwanwa budasanzwe aho yakiriye ubutumwa butagira ingano bushimagiza gahunda yafashe yo kubutereka. uyu mugabo yavuze ko ubwanwa yateretse ari ubwa nyabwo kandi ko atari ubuhimbano, nk’uko umwe mu bamukurikira yabivuze. Yasubizaga abamubajije ibibibazo byinshi agaragaza ko ko ari ubwe yateretse. Uyu mugabo utatangaje amamuko ye , muri videwo […]
Abantu bakunda kuvuga Arsenal na Chelsea ariko byagera ku ngingo ya Politiki bakifata-Dr Habineza
Dr Frank Habineza uyobora ishyaka Democratic Green Party of Rwanda , asanga Abanyarwanda badakwiye gutinya kuvuga kuri Politiki y’u Rwanda bitewe n’uko mu gihugu buri wese afite ubwo burenganzira. Ibi yabigarutseho mu kiganiro na Primo Media Rwanda , aho yavuze ko bamwe mu ba Nyarwanda usanga bavuga ku ngingo runaka zitari politiki ugasanga birekuye ariko […]
Perezida Nyusi yateguje FADM kuzirwanaho RDF nigenda
Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique yateguje Ingabo z’Igihugu ko zigomba gutekereza uko zigomba kwirwanaho, ubwo Ingabo z’u Rwanda (RDF) zizaba zashoje ubutumwa zimazemo igihe muri Cabo Delgado. Perezida Nyusi yazihaye ubu butumwa muri iki cyumweru, ubwo yitabiraga inama mpuzamahanga y’igisirikare cya Mozambique iheruka kubera mu mujyi wa Maputo. Kuva muri Nyakanga 2021 u Rwanda rwohereje […]
Derek Chauvin wishe George Floyd yaterewe icyuma muri gereza
Derek Chauvin wahoze ari umupolisi muri Minneapolis mbere yo guhamywa icyaha cyo kwica umwirabura George Floyd, yaterewe icyuma muri gereza ya Arizona afungiwemo. Ibiro Ntaramakuru The Associated Press byatangaje ko Chauvin w’imyaka 47 y’amavuko yakomerekejwe cyane n’indi mfungwa bari bafunganwe. Amakuru y’uko uyu mugabo yatewe icyuma yanemejwe n’ikinyamakuru The New York Times. Chauvin yahawe ibifungo […]
M23 na FARDC mu mirwano i Kilorirwe
M23 n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baramukiye mu yindi mirwano kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Ugushyingo 2023. Imirwano hagati y’impande zombi yaramukiye i Kilorirwe ho muri Teritwari ya Masisi. Umuvugizi w’Ishami rya Politiki rya M23, Lawrence Kanyuka, yanditse kuri Twitter ye ko Ingabo za Congo zaramutse zirasa amabombe ku birindiro by’uriya […]
Umupolisi yishwe n’uwo bicyekwa ko yari umugore we aratoroka
Umurambo w’umupolisi witwa Eliya Lekishon wabarizwaga mu kigo cya cya Kilelengwani muri Kenya, wasanzwe mu kidendezi cy’amaraso mu nzu maze umugore ucyekwaho kumwica aburirwa irengero. Amakuru avuga ko uyu mupolisi yabanje kurwana kutumvikana n’umugore bitavugwaho rumwe niba ari yari uwe , maze nyuma aza kumwica ariruka nk’uko bitangazwa n’abaturanyi babo. Ku rundi ruhande ngo biracyekwa […]
Bidasubirwaho ingabo za EAC ziri muri RDC ntizizongezwa indi manda
Ingabo z’Ibihugu byibumbiye mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba ntizizongerwa indi manda yo kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi byagarutsweho mu nama y’abakuru b’ibigu bigize uyu muryango yateraniye I Arusha muri Tanzanzania kuri uyu wa Gatanu taliki 24 Ugushyingo 2023. Mu ba bakuru b’ibihugu bitabiriye iyo nama harimo perezida Samia Suluhu wa Tanzania, […]
Bwa mbere Gen. Tiani yagiriye uruzinduko mu mahanga kuva akoze Coup d’à‰tat
Perezida w’inzibacyuho wa Niger, Général Abdourahamane Tiani, ku wa Kane yahuye na mugenzi we Capitaine Ibrahim Traoré wa Burkina Faso ubwo yagiriraga uruzinduko rw’akazi yagiriraga muri icyo gihugu. Ni rwo ruzinduko rw’akazi rwa mbere Gen. Tiani yari agiriye mu mahanga kuva ahiritse ubutegetsi bw’uwari Perezida, Mohamed Bazoum. Uruzinduko rwa Bazoum muri Burkina Faso rwari mu […]
FARDC yitiriye RDF drone M23 yigambye guhanura
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyitiriye RDF drone M23 yatangaje ko yahanuye kuri uyu wa Gatanu. FARDC biciye muri Lt Col Guillaume-Ndjike Kaiko uyivugira mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yavuze ko drone yahanuwe ari iya RDF. Ati: “Drone y’igisirikare cy’u Rwanda yasenyewe muri Teritwari ya Masisi.” Uyu musirikare cyakora ntiyigeze atangaza uwaba […]
Somalia yemejwe nk’Umunyamuryango wa 8 wa EAC
Igihugu cya Somalia kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2023, cyemejwe nk’umunyamuryango wa munani w’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Somalia yemerejwe mu nama y’abakuru b’ibihugu bya EAC yabereye i Arusha muri Tanzania. U Rwanda muri iyi nama rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente wayitabiriye mu cyimbo cya Perezida Paul Kagame. Somalia […]
Urukiko rwategetse ko X-Dealer ushinjwa kwiba telefoni ya The Ben arekurwa by’agateganyo
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rutegetse ko Eric Ndagijimana uzwi nka X-Dealer ukurikiranyweho kwiba Telephone ya TheBen250 ko afungurwa by’agateganyo akazajya yitaba buri wa Gatanu wa nyuma w’ukwezi. Iyi Telefoni Eric ashinjwa byavuzwe ko yibiwe mu Burundi ubwo The Ben yakoraga igitaramo taliki 1 Ukwakira 2023.Icyo gihe amakuru yavuze ko uyu musore yayibye akayambukana mu Rwanda […]
Cyera kabaye imodoka z’amashanyarazi zari zarizejwe Abanyarwanda zahageze
Imodoka zikoresha amashanyarazi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange ziherutse gutangazwa ko zigiye kuza, cyera kabaye zamaze kuhagera.Bikaba byitezwe ko zigomba kunganira izisanzwe mu gihe gito. Ikigo cya BasiGo cyatsindiye isoko ryo gutwara abagenzi, cyemeza ko izi modoka zamaze kugera mu Rwanda ndetse zikaba zamaze kwambikwa ibirango by’ibinyabiziga byo mu Rwanda kugira ngo zitangire gutwara […]
Urunturuntu hagati ya Cindy na Eddy Kenzo bapfa amafaranga ya Guverinoma
Umuhanzikazi Cindy Sanyu arashinjya Eddy Kenzo kwigwizaho umutungo wa Federasiyo y’abahanzi abereye umuyobozi akirengagiza bamwe mu bahanzi. Hashize igihe, federasiyo ya Eddy Kenzo ikorana n’abayobozi ba leta, ibasaba gushyiraho amategeko agenga uburenganzira bwa muntu no gutanga inkunga k abahanzi. Icyakora, nk’uko Cindy abitangaza ngo federasiyo ya Eddy Kenzo yakiriye miliyari 18 UGSH, ariko ibyo bikaba […]
Niba ugona urasabwa gukora ibi bintu kugirango ubicikeho
Hari abantu benshi usanga bagona ariko ntibabe babimenya ahubwo ugasanga barabibwirwa n’ababumvise cyangwa abo bararanye.Hari uburyo bwinshi rero umuntu yakoresha yirinda kugona n’ubwo utavuga ko ku bantu bose babigerageje bikunda 100%. Kugona ni ikibazo gikomeye gikunze kwibasira cyane abakuze, bivugwa ko abagera kuri 45% bakunze kugira iki kibazo. Bibangamira cyane abo muryamanye, bikaba bishobora no […]
Undi mugore arashinja Puff Daddy kumufata ku ngufu
Undi mugore arashinja Mogul Sean uzwi nka Puff Diddy ko yamuhaye ibiyobyabwenge akanamufata ku ngufu mu mwaka wa 1991.Uyu mugore avuga ko ibi byose byabaye ubwo bari mu rukundo. Uyu mugore witwa Joi Dickerson-Neal, yatanze ikirego cye ku wa kane mu rukiko rw’ikirenga rwa Manhattan, avuga ko yakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina.Igaragaza ko ibyo byabaye […]
M23 yahanuye Drone y’intasi ya FARDC
LUmutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu watangaje ko Ingabo zayo zahanuye indege nto y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Iyi drone yafashaga FARDC mu butasi yahanuriwe muri Masisi, aho M23 na FARDC baramukiye barwana. Imirwano hagati y’impande zombi kuva mu masaha y’igitondo yarimo ijya mbere mu duce twa Karenga na Kilorirwe no […]
Goma: Katumbi yijeje FARDC indege z’intambara zigezweho
Moà¯se Katumbi uri mu bakandida biyamamariza kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko natorerwa kuyobora iki gihugu azagurira Igisirikare cyacyo indege kabuhariwe z’intambara. Katumbi yabitangarije mu mujyi wa Goma aho yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ugushyingo 2023. Hafi y’uyu mujyi wa Goma hamaze igihe hari umutekano muke kubera […]
Murengerantwari wahoze ayobora BRB yajyanwe mu Mpimba
Dieudonné Murengerantwari wahoze ari Guverineri wa Banki Nkuru y’u Burundi (BRP), yamaze kugezwa muri gereza ya Bujumbura izwi nka Mpimba. Murengerantwari yagejejwe muri iriya gereza ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 22 Ugushyingo 2023. Ni nyuma y’uko ku wa 7 Ukwakira 2023 yari yatawe muri yombi n’Urwego rushinzwe iperereza mu Burundi (SNR). Ubushinjacyaha […]
Abasirikare ba CAR barenga 500 batojwe na RDF bagiye gukora Graduation
Igisirikare cy’u Rwanda kibarizwa muri Central African Republica, kivuga ko ku nshuro ya mbere hari abasirikare bo muri iki gihugu barenga 500 batoje bakaba bagiye gukora ibirori byo gusoza amasomo y’imyitozo bahawe ngo bazashobore kwirwanaho mu gihe ab’u Rwanda bazaba basoje akazi. Ibi byatangajwe n’umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga, ubwo yasobanuraga uruhare […]
‘Umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro mu Rwanda waragabanutse’ BNR
Amakuru atangwa na Banki Nkuru y ‘u Rwanda (BNR), iravuga ko umuvuduko ku izamuka ry’i biciro waragabanutse ku isoko aho wavuye kuri 15% ukagera kuri 12,7% kandi ngo birashoboka ko bizakomeza kumanuka. BNR ivuga ko uwo muvuduko wagabanutse mu gihembwe cya kabiri 2023, kandi ngo bizakomeza kugera mu mpera z’umwaka no mu ntangiro z’utaha wa […]
Kuba amahanga yemera P. Kagame biri mu byihutishije ubuvuzi Dr Kanimba yaherewe mu Buhinde
Hagati mu mwaka wa 2023, nibwo abantu benshi bamenye uburwayi bw’umudogiteri witwa Kanimba Vicent wamenyekanye mu buvuzi bwo mu Rwanda by’umwihariko mu gufasha abagore bagiye kubyara. Uyu muganga ubwo yafatwaga n’uburwayi bukomeye muri Gashyantare 2020 yagerageje kwivuza mu bushobozi bwe bwose ariko bigeraho burashira ari nabwo benshi batangiye kubimenya ubwo yatabarizwaga binyuze ku muyoboro wa […]
RDF igiye kwipima na TPDF
Ingabo z’u Rwanda zo muri diviziyo ya gatanu zigiye guhurira mu mukino wa gicuti n’iza Tanzania zo muri Brigade ya 202. Uyu mukino uteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 25 Ugushyingo, ukazabera kuri Stade y’i Ngoma. Kwinjira bizaba ari ubuntu. RDF na TPDF basanzwe bafitanye umubano mwiza, ndetse hari amasezerano ya gisirikare impande zombi […]
Harmonize ageze kure gahunda yo kwiyunga na Diamond
Amakuru akomeje kumenyekana ku bitangazamakuru bitandukanye, aravuga umuhanzi Harmonize yiyemeje kwiyunga na Diamond wahoze ari boss we. Harmonize yemera ko ibyo batumvikanagaho kera na Diamond byatewe n’ubusambanyi bwabo kandi akizera ko igihe kizakiza ibikomere byabo. Mu kiganiro aherutse kugirana n’ikinyamakuru,Harmonize yavuze ko ubushyamirane bwabo bumaze imyaka myinshi, avuga ko Diamond amaherezo azakura agashaka gukemura ibibazo […]
Qatar yabaye impamvu y’agahenge k’intambara hagati ya Israel na Hamas
Igihugu cya Qotar cyafashe iya mbere mu gutuma Israel na Hamas byemeza agahenge k’intambara mu rwego rwo guhererekanya imfungwa. Israel na Hamas ubu bamaze kwemeranya ko Abanya-Israel b’abagore n’abana bose hamwe 50, bazarekurwa mu minsi ine imirwano ikaba ihagaze muri icyo gihe, nk’ingurane ku irekurwa ry’Abanya-Palestine 150, na bo b’abagore n’abana, bafunzwe na Israel. Qatar […]
Rayon Sports yamanuye rutahizamu w’umunya-Guinée
Rayon Sports mu ijoro ryakeye yakiriye rutahizamu Alsény Camara Agogo, umunya-Guinée-Conakry waje kuyikinira. Iyi kipe yemeje ko yamwakiriye ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X. Amafoto Rayon Sports yashyize kuri urwo rubuga yerekana Alsény Camara Agogo akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali, aho yakiriwe n’abarimo Ngabo Roben usanzwe ari umuvugizi wayo. Alsény Camara Agogo w’imyaka 28 […]
Kenya:Hari impungenge z’abarwayi banduye HIV bakomeje guhabwa imiti y’ibicupuri
Igipolisi cya Kenya gifite ubwoba ko ibihumbi by’ibihimbano by’imiti ya Truvada bishobora kuba bimaze gukwirakwira ku isoko. Ni imiti isanzwe ifatwa n’abanduye Virus itera SIDA , aho kuri ubu hari impungenge ko yamaze kwiganwa mu buryo bw’ubutubuzi. Abantu bagera kuri miliyoni 1.4 banduye virusi itera sida muri Kenya, nk’uko imibare ya UNAIDS ibivuga uhereye mu […]
Umutoza wa Afurika y’Epfo yahishuye icyatumye Amavubi amugarika
Umutoza Hugo Broos wa Bafana Bafana ya Afurika y’Epfo, yatangaje ko kuba abakinnyi be batashoboye guhangana n’uburyo bw’imikinire y’Amavubi bwa ‘gipira ndaguteye’ ari byo byatumye ikipe ye itsindwa. Ku wa Kabiri tariki ya 21 Ukwakira ni bwo Afurika y’Epfo yatsinzwe n’Amavubi y’u Rwanda ibitego 2-0, mu mukino wo mu tsinda C wo gushaka itike y’Igikombe […]
M23 yafashe Mweso, FARDC na FDLR bayabangira ingata
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 wigaruriye Umujyi wa Mweso, nyuma y’imirwano yawusakiranyije n’abarimo Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na FDLR. Ni imirwano yatangiye ku manywa yo kuri uyu wa Gatatu, ikaba yumvikanyemo intwaro zirimo n’iziremereye. Amakuru y’ifatwa rya Mweso iherereye muri Teritwari ya Masisi yemejwe na Sosiyete Sivile […]
Icyo wamenya ku ngaruka ziterwa no kogosha insya ku mugore
Inkuru yatangajwe na BBC mu kwezi k’Ukwakira 2017 , yagaragaje ko hari byinshi abagore bagomba kumenya ku byerekeye imyanya myibarukiro yabo .Muri ibyo harimo ko kogosha insya bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye. Dr Jen Gunter ni umuganga w’inzobere mu by’indwara zibasira abagore muri Amerika no muri Canada ufite ubunararibonye bw’imyaka 25. Ni impirimbanyi ikomeye y’uburenganzira bw’abagore, […]
P.Tshisekedi agiye kwitabira inama iziga ku bibazo by’u Rwanda na DR Congo
Kuri uyu wa gatanu, Perezida wa DRC, Tshisekedi, azerekeza i Arusha, muri Tanzaniya, inama idasanzwe y’Umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Iyi nama izibanda ahanini ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa DRC n’ubushyamirane bukomeje hagati ya leta ya Kinshasa n’iy’ u Rwanda. Ni mu gihe Perezidansi y’u Rwanda yatangaje ko aba bayobozi bagiranye ibiganiro byubaka […]
Congo:Abagera kuri 37 bapfiriye mu mubyigano bashaka kwinjira mu gisirikare
Amakuru agera mu bitangazamakuru bitandukanye, aravuga ko hari abasore n’inkumi bagera kuri 31 bapfiriye mu muvundo ubwo bashakaga kwinjira mu gisirikare. Umushinjacyaha yavuze ko yafunguye iperereza kuri iki cyago ubwo abasore ibihumbi byinshi bamanukaga kuri stade Michel d’Ornano mu ijoro ryo ku wa mbere kugirango batange umyirondoro ibinjiza mu gisirikare. Abashinzwe umutekano bavuze ko abapfuye […]
M23 yise ‘amahomvu’ itangazo rya FARDC risaba abasirikare bayo guca umubano na FDLR
Umutwe wa M23 watangaje ko nta gaciro wigeze uha itangazo ry’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyasabye abasirikare bacyo guca umubano na FDLR, ubyita ‘amahomvu’. Mu ijoro ryakeye ni bwo FARDC biciye mu muvugizi wayo, Général-Major Sylvain Ekenge, yasabye abasirikare bose ku rwego rwose bariho ko babujijwe gutangiza cyangwa gukomeza kugira aho ari […]
FARDC yasabye abasirikare bayo gucana umubano na FDLR
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyakumiriye abasirikare bacyo kongera kugirana umubano uwo ari wo wose n’umutwe wa FDLR. FARDC yahaye abasirikare bayo ubu butumwa binyuze mu itangazo ryasohowe n’Umuvugizi wayo, Général-Major Sylvain Ekenge. Muri iri tangazo Ekenge yavuze ko “Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiramenyesha abasirikare bose ku rwego rwose […]
U Bufaransa bwamaganye M23, buha umukoro u Rwanda na RDC
Guverinoma y’u Bufaransa yatangaje ko yamagana umutwe wa M23, mbere yo gusaba u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuganira mu rwego rwo gucubya umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi. Ni ibikubiye mu kiganiro Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Catherine Colonna yagiranye kuri telefoni na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga Vincent Biruta w’u Rwanda na […]
Umubyeyi ufite umwana wavukijwe kujya muri Bayern Mà¼nich yitabaje Perezida Kagame
Izabitegeka Innocent ufite umwana wavukijwe amahirwe yo kujya mu irerero rya Bayern Mà¼nich, yamaze kugeza ikibazo cye mu biro bya Perezida Paul Kagame kugira ngo amurenganure. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Izabitegeka yagejeje ikibazo cye mu Urugwiro nk’uko yabyemereye Fine FM. Ati: “Tuvuye Kacyiru kwa Perezida wa Repubulika kandi batwakiriye neza cyane twishimye. Bambwiye […]
Amavubi yisasiye Bafana Bafana, afata umwanya wa mbere
Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yatsinze Afurika y’Epfo ibitego 2-0, afata umwanya wa mbere mu tsinda rya gatatu aherereyemo n’amanota ane. Iyi kipe yari yakiriye Bafana Bafana kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye, mu mukino wa kabiri wo mu tsinda C. Ni nyuma y’uwa mbere yaherukaga kuhanganyirizamo na The Warriors ya Zimbabwe 0-0. Ibitego byo mu gice cya […]
Kayonza:Abajenosideri baba mu bwihisho bohererezwa amafaranga avuye mu mitungo yabo itarafatiriwe
Abatuye mu karere ka Kayonza barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 babazwa n’uburyo ki hari imitungo y’abakoze Jenoside itarafatiriwe, ahubwo ngo igakoreshwa n’abo mu miryango yabo bayibyaza umusaruro hanyuma amafaranga avuyemo akohererezwa beneyo baba bari kwihishahisha mu mahanga. Abaganiriye na Isangostar dukesha iyi nkuru , bavuga ko ngo iyi mitungo usanga yaragurishijwe, indi ikandikwa kuri bamwe […]
Imihoro ya Kajugujugu yatemye umwarimu wari utwaye ibizamini ahita apfa
Umwarimu yapfuye nyuma yo gukubitwa inkubara na kajugujugu ubwo yatoraga impapuro z’ibizamini bya KCSE i Ijara, mu Ntara ya Garissa. Inkuru itangazwa na capitalfm.co.ke , ivuga ko indege yakubise uyu mwarimu ubwo yarimo atoragura ikizamini cy’amashuri yisumbuye (KCSE) gitangwa nyuma y’imyaka ine y’amashuri yisumbuye. Uyu mwarimu yari yarahawe inshingano zo gukusanya impapuro z’ibizamini bya KCSE […]
U Rwanda rwifuza kuba igihugu cy’amahirwe ku bimukira muri Afurika-Y.Makolo
U Rwanda nk’igihugu cyo muri Afurika gikomeje kugaragaza ubudasa, kirifuza kuba icy’amahirwe ku mugabane wa Afurika by’umwihariko mu kwakira abimukira. Ibi biherutse kugarukwaho n’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo , aho yashimangiye ko bitewe n’uburyo igihugu kifuza gutanga amahirwe yo kwakira abimukira batandukanye gikomeje kunoza gahunda zishoboka zose kugirango bakomeze kwakirwa. Aganira na Televiziyo […]
S.Afurika yariye karungu isaba ICC guta muri yombi Benjamin Netanyahu
Ku wa mbere, minisitiri w’ubutegetsi bwa Afurika yepfo yahamagariye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) gutanga icyemezo cyo guta muri yombi Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu bitarenze Ukuboza. Afurika y’Epfo yamaze kwibutsa ambasaderi wayo n’abakozi ba dipolomasi baturutse muri Isiraheli, kandi guverinoma yagiye isobanura inshuro nyinshi ibikorwa bya Isiraheli muri Gaza ko ari “itsembabwoko.” Ku wa mbere, mu […]
Batatu mu biyamamarizaga kuyobora RDC bahisemo gushyigikira Katumbi
Abakandida batatu bari mu biyamamarizaga kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakuyemo akabo karenge, bahitamo gushyigikira kandidatire ya Moà¯se Katumbi. Ku wa Mbere tariki ya 20 Ugushyingo Seth Kikuni na Franck Diongo bari mu bagombaga kwiyamamariza kuyobora RDC batangaje ko bakuyemo akabo, bahitamo gushyigikira kandidatire ya Katumbi. Ku Cyumweru tariki ya 19 Ugushyingo Augustin Matata […]
Harekuwe imfungwa zirenga 4000 mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu magereza
Ku cyumweru, imfungwa zirenga 4000 zo muri Nijeriya zararekuwe mu rwego rwo kugabanya ubucucike bwa gereza muri iki gihugu, nk’uko Minisitiri w’imbere mu gihugu Olubunmi Tunji-Ojo yabitangaje. Minisitiri mu butumwa yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa X nyuma yo gusura gereza ya Kuje, hafi ya Abuja, ku munsi w’ejo yagize ati: “Twatangaje irekurwa ry’imfungwa 4.068 (…) […]
RIB yataye muri yombi abayobozi 6 ba COOTHEVM bakwaho kunyereza arenga Frw miliyoni 690
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi batandatu ba koperative yitwa COOTHEVM rukekaho kunyereza umutungo wayo w’arenga Frw miliyoni 690. COOTHEVM ni koperative igizwe n’abahinzi b’icyayi, ikaba ikorera ku Mulindi ho mu karere ka Gicumbi. Mu bo RIB yemeje ko ifunze harimo uwahoze ari perezida wayo, Kabarira Jean Baptiste na Mugabowakaniga Athanase […]
Kagame na Valdés Mesa baganiriye uko u Rwanda na Cuba byashimangira umubano
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye mu biro bye Visi-Perezida wa Cuba, Salvador Valdés Mesa; bagirana ibiganiro. Valdés Mesa n’itsinda ayoboye bari mu Rwanda, nka kimwe mu bihugu bya Afurika bari kugiriramo ingendo. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu kuri Twitter byavuze ko Kagame na Valdés Mesa “baganiriye ku buryo bwo gushimangira umubano w’ubufatanye hagati y’u […]
The Ben yihanangirije abakoresha ijambo ‘Battle’ kubera Bruce Melodie
Umuhanzi the Ben yatanze umucyo ku byari bimaze iminsi bivugwa ko ahanganye na Bruce Melodie ndetse ko binabaye byiza bakora igitaramo cyo guhangana mu gitaramo runaka cyaba cyabahuje ubwabo. Mu kiganiro n’itangazamakuru,The Ben yabajijwe iby’iyi ngingo maze avuga ko bijyanye n’amateka u Rwanda rwanyuzemo nta muntu ukwiye guhanganisha umuntu n’undi. yagize ati”Bitewe n’amateka igihugu cyacu […]
Aya mafunguro wirinze kuyafata nijoro ugiye kuryama waba wirinze ingaruka zikomeye
Abahanga mu mirire bavuga ko hari amafunguro umuntu ashobora gufata nijoro agiye kuryama, ariko ngo hari n’andi yakwirinda kuko agira ingaruka ku buzima.Muri ayo harimo ,, 1.Ibikomoka ku nyama Harimo nka Sosiso (Saucisson), pà¢té, kimwe n’amafiriti (chips) n’ibindi nka byo kubera ko biba bifite amavuta menshi bigasaba umubiri gukoresha imbaraga nyinshi kugira ngo igogorwa rikorwe […]
Padiri Nahimana urwanya Leta y’u Rwanda yatangiye gushakira amajwi Tshisekedi
Mu gihe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hatangiye ibikorwa byo kwiyamamaza , hari abatangiye kugaragaza uruhande rw’abakandida bashyigikiye ndetse bakaba bakomeje kubavuga imyato, muri abo hakaba harimo Padiri Nahimana wagaragaje ko ari inyuma ya Perezida Tshisekedi. Uyu Nahimana Thomas abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter (X) yatatse Tshisekedi avuga ko amushyigikiye kuko ari umugabo […]
Visi Perezida wa Cuba ari mu Rwanda
Visi Perezida wa Cuba, Salvador Valdes ari mu Rwanda mu ruzinduko rwo kuzenguruka ku mugabane w’Afurika rwatangiye ku ya 14 Ugushyingo, aho yahereye muri Ghana bwa mbere. Ku wa mbere, tariki ya 20 Ugushyingo, Valdes yanditse kuri X (yahoze ari Twitter) – mu cyesipanyoli ati: “U Rwanda rwatwakiriye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere […]
Israel vs Hamas:Ibisasu karundura byazengurukijwe ibitaro by’Abanya-Indonesia
Ibimodoka by’intambara bya Isiraheli bikikije ibitaro bya Indoneziya i Gaza aho byibuze abantu 12 bishwe nyuma y’igitero cya Isiraheli kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere.Ni nyuma y’uko Isiraheli ivuga ko cyabonye umuyoboro wa Hamas mu bitaro bya al-Shifa bityo ngo bikaba aribyo bikomeje gutuma ihacana umuriro. Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa RFI, ivuga ko ku […]
Huye:Bafite ubwoba bw’amapoto y’amashanyarazi yamunzwe ari mu mirima yabo
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye , umurenge wa Huye akagali ka Rukira baravuga ko bafite ubwoba bw’amapoto y’ibiti acishwaho insinga z’amashanyarazi yamaze kwangirika bityo bakaba bavuga ko bishobora guteza impanuka. Imyinshi mu midugudu yo muri uyu murenge,harimo iyahawe umuriro mu myaka ya cyera hakoreshejwe amapoto y’ibiti mu buryo butemewe bityo bikaba byaramaze […]
Tshisekedi yiyemeje gupfa ku bwa RDC
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yijeje abaturage b’igihugu cye ko yiteguye gukoresha ingufu zose afite mu kubaka burindi bushya RDC, byaba ngombwa akaba yanapfira muri urwo rugamba. Yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 19 Ugushyingo, ubwo yatangiriraga ibikorwa byo kwiyamamaza muri Stade des Martyrs i Kinshasa. Ni Tshisekedi uri kwiamamariza kuyobora […]
Bite by’isoko ry’ibiribwa rya Musanze ‘Umukono mukuru Kazoza’ yubakishaga rikaba ryaradindiye?

Imirimo yo kubaka isoko ry’ibiribwa rya Musanze (Kariyeri) imaze igihe yaradindiye, nyuma y’uko rwiyemezamirimo wari waratsindiye isoko ryo kuryubakisha amasezerano ye asheshwe. Ku itariki ya 10 Mata ni bwo imirimo yo kubaka mu buryo bugeretse (étage) iri soko ryahoze ricururizamo abakabakaba 1,000 yatangiye. Mu gihe byari byitezwe ko imirimo yo kuryubaka igomba kumara amezi 18, […]
Rutsiro: Abarimu babujijwe kongera kurya ku biryo by’abanyeshuri
Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro bwabujije abarimu bigisha mu mashuri ya Leta agaherereyemo kongera kurya ku biryo by’abanyeshuri, kugira ngo abana bajye bahabwa ingano yose y’ifunguro bagenewe. Ni ibikubiye mu ibaruwa umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Mulindwa Prosper aheruka kwandikira abayobozi b’ibigo by’amashuri yo muri kariya karere. Ku wa 03 Ugushyingo ni bwo mu Rutsiro hari habereye […]
Minisitiri Utumatwishima yakuriye ingofero indirimbo ‘BANA’ ya Chris Eazy na Shafi
Minisitiri w’urubyiruko Utumatwishima Abdallah , yishimiye indirimbo umuhanzi Chris Eazy yakoranye na Shafi.Ni indirimbo ikomeje kwigarurira imitima y’abakunda umuziki by’umwihariko urubyiruko. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter (X), yavuze ko n’ubwo ngo hari amagambo ari mu ndirimbo atabasha kumva ariko ngo iyi ndirimbo ni nziza ku buryo byatumye ayiha umwanya akayireba bityo aboneraho no gusaba […]