Inkongi y’umuriro yahitanye abantu 14 i Bukavu

bitmap 1200 nocrop 1 1 20240730190242007944 Incendie

Abantu 14 basize ubuzima mu nkongi y’umuriro yadutse mu ijoro ryo ku Cyumweru, rishyira kuri uyu wa Mbere, itariki ya 27 Ukwakira, mu Mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, umubare w’abapfuye n’agateganyo. Amakuru amwe avuga ko ibyago byabereye hafi y’itorero rya Funu Nuru, kuri Avenue Maendeleo, […]

Nduhungirehe yanenze indimi ebyiri z’abayobozi ba Congo ku kibazo cya FDLR

72568

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko abayobozi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bakomeje kurangwa n’indimi ebyiri ku kibazo cy’inyeshyamba z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa FDLR Leta y’u Rwanda ivuga ko washinzwe n’abasize bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho usanga bamwe bemeza ko FDLR itakibaho, ariko abandi bakabavuguruza bagaragaza […]

Burundi: Mu minsi 2 mu Ruzi rwa Rusizi hamaze kuboneka imirambo 3 y’abantu batazwi

09320000 0a00 0242 c4e6 08db09373c9e w1080 h608 s

Mu Ruzi rwa Rusizi rutandukanya u Burundi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu gihe cy’iminsi ibiri, hamaze kuboneka imirambo itatu muri Zone ya Buganda, Komini ya Bukinanyana, Intara ya Bujumbura. Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko bataramenya umuntu n’umwe mu bahohotewe cyangwa ngo bamenye neza uko bapfuye. Iki kibazo giteye impungenge cyane mu baturage baho. […]

Sudani: RSF iremeza ko yafashe Umujyi wa El Fasher wose

sudan khartoum 1728207004642 hpEmbed 16x9

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 26 Ukuboza, Ingabo z’Umutwe wa Rapid Support Forces uyoborwa na Gen. Hemedti zatangaje ko babanje kwigarurira icyicaro gikuru cy’ingabo muri El Fasher, mu majyaruguru ya Darfur, hanyuma bafata n’umujyi. El Fasher yafatwaga nk’indiri ya nyuma y’Ingabo za Leta ya Sudani mu karere, yari imaze amezi icumi igoswe n’Ingabo za RSF. […]

Fizi: Imirwano hagati y’imitwe 2 ya wazalendo yiciwemo bane

Fizi carte

Nibura abantu bane bishwe ndetse ibintu byinshi by’agaciro birangirika mu mirwano yabereye i Misisi na Lulimba, muri Teritwari ya Fizi (Kivu y’Amajyepfo), hagati y’imitwe ibiri ya Wazalendo: CNCCP ya Yakutumba na FABB ya Ngoma Nzito. Nk’uko imiryango itegamiye kuri Leta ibivuga, iyi mirwano ikaze yadutse mu midugudu myinshi yo mu murenge wa Ngandja, yangiza ibintu […]

Mu rusengero ni ho bavuga ko iyo ukubiswe urushyi ku itama ry’ibumoso, utanga n’itama ry’iburyo – Gen. Ekenge

unnamed

“Ariko ntabwo turi mu rusengero. Mu rusengero ni ho bavuga ko uramutse ukubiswe urushyi ku itama ry’ibumoso, utanga n’itama ry’iburyo. Ntidushobora gukomeza kurebera iteka ibitero n’ubushotoranyi ntacyo dukora”, ibi ni bimwe mu byatangajwe n’Umuvugizi w’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. Major Sylvain Ekenge mu kiganiro cyihariye yagiranye na Deutsche Welle kuwa Gatanu. […]

Sudani: Inyeshyamba za RSF zafashe icyicaro cy’ingabo za leta muri Al Fashir

Rapid Support Forces Sudan 2019

Kuri iki Cyumweru, abarwanyi b’umutwe wa Rapid Support Forces  batangaje ko bafashe icyicaro gikuru cy’ingabo mu Mujyi wa al-Fashir, ahari ibirindiro bya nyuma by’Ingabo za Sudani mu karere ka Darfur mu burengerazuba bw’igihugu. Igisirikare nticyahise gitanga ibisobanuro ku hantu ubu giherereye. RSF yagose uyu mujyi, umurwa mukuru wa Leta ya Darfur y’Amajyaruguru, mu mezi 18 […]

Cabo Delgado: Total Energies yemeje ko igiye gusubukura gucukura gaz

743e9f40ec42572606d44ba8d9a1ad2f511bfd4c

Sosiyete TotalEnergies yemeje kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 25 Ukwakira, isubukurwa ry’umushinga wayo wo gucukura gaz mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambike. N’ubwo mu majyaruguru y’igihugu hakomeje kuba impungenge z’ibitero by’abajihadiste, perezida w’iki gihugu arakora ibishoboka ngo imishinga yo gucukura gaz isubukurwe. Maputo kandi iherutse gusinyana amasezerano na Sosiyete ENI yo mu Butaliyani, […]

RIB yasubije imodoka 5 zibwe muri Afurika y’Epfo

G4Ip6U8WoAEnghy

Kuri uyu wa Gatandatu, u Rwanda rwashyikirije Afurika y’Epfo imodoka eshanu zibwe muri icyo gihugu. Imodoka zafatiwe ku mipaka ya Gatuna, Rusumo, na Bugarama mu bihe bitandukanye ubwo zinjiraga mu Rwanda ziva mu bihugu by’ibituranyi. Ihererekanya ryabereye ku cyicaro gikuru cy’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB). RIB yari ihagarariwe na Antoine Ngarambe, umuyobozi w’ishami ry’Igipolisi Mpuzamahanga […]

Lubero: Abawazalendo bataye muri yombi umuyobozi wa sosiyete sivile

Lubero

Sosiyete sivile yo muri Musienene, muri Teritwari ya Lubero (Kivu y’Amajyaruguru), yamaganye ifatwa rya perezida wayo, Kambale Maboko Fanuel, watawe muri yombi kuva ku wa kane, itariki ya 23 Ukwakira 2025, n’itsinda ry’inyeshyamba za Wazalendo ziyobowe na Gen. Ngendo. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’uyu muryango, ACTUALITÉ.CD yabonye, ​​havugwa ko ishimutwa rya Perezida wa Sosiyete Sivile […]

Nyamasheke: Ku myaka 62 arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 12

images

Umugabo w’imyaka 62 wo mu Karere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12 y’amavuko wari uvuye kuvoma. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Boreza, Mu Kagari ka Gitwa, mu Murenge wa Gihombo, mu Karere ku wa 24 Ukwakira 2025. Mu masaha ya Saa cyenda n’igice (15h30′) nibwo uyu mugabo usanzwe ufite umugore bashakanye […]

Burundi: Abanyeshuri 25 ba Green Hills International College batawe muri yombi

FzahQmtXwAI3Jek

Abanyeshuri 25 bo mu ishuri Green Hills International College riherereye mu gace ka Bwoga, mu Ntara ya Gitega mu gihugu cy’u Burundi batawe muri yombi na polisi nyuma y’inyubako y’ubuyobozi y’iryo shuri yafashwe n’inkongi y’umuriro. Aba banyeshuri bakekwaho kwangiza inyubako y’ubuyobozi, irimo n’ibiro by’umuyobozi w’iryo shuri, yahiye burundu, ndetse no kumena amadirishya y’amashuri. Nk’uko byatangajwe […]

Ibiganiro bigamije guhuza ibikorwa byo kurwanya FDLR bizakomeza mu Gushyingo

000 64466M9

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 21 Ukwakira no ku wa Gatatu, itariki 22 Ukwakira 2025, abahagarariye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, u Rwanda, Amerika, Qatar, na Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yateraniye i Washington, DC, mu nama ya gatatu y’urwego ruhuriweho rwo guhuza ibikorwa by’umutekano (JSCM). Ibiganiro bigamije kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano […]

MINEMA yateguje icyumweru cy’imvura ikabije ishobora guteza imyuzure

umuhindo

Kuva ku itariki 23 kugeza ku ya 31 Ukwakira, Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA), yateguje Abanyarwanda imvura nyinshi ishobora gutera imyuzure n’inkangu basabwa kwitwararika. MINEMA yavuze ko mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi ishobora kugwa muri aya matariki y’impera z’Ukwakira 2025, igira inama Abaturarwanda yo kubahiriza inama zitangwa n’inzego z’ubuyobozi zitandukanye. Iti:”Irinde urinde n’abandi ukurikize inama […]

Kisangani: Abantu bitwaje intwaro bateye ibitaro barabisahura

Entree de lhopital general de reference de Kabondo

Abagabo bitwaje imbunda bateye ibitaro bikuru bya Kabondo mu mujyi wa Kisangani mu ijoro rishyira ku wa kane, itariki ya 23 Ukwakira, ahagana mu ma saa munani za mu gitondo abarwayi n’abashinzwe ubuzima barahahamuka, abashinzwe umutekano barabohwa, ndetse n’ibintu byinshi biribwa. Byari ijoro riteye ubwoba kuri iki kigo nderabuzima nk’uko byatangajwe na ACTUALITE.CD. Raporo yagejejwe […]

Itsinda ry’intumwa zo mu Bwami bwa Eswatini zasuye Polisi y’u Rwanda

IMG 9532

Kuri uyu wa Kane tariki 23 Ukwakira, Polisi y’u Rwanda yakiriye ku cyicaro gikuru ku Kacyiru, itsinda ry’intumwa icyenda (9) zo muri Eswatini ziri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Izi ntumwa ziyobowe na Gideon Mhlongo, Umuyobozi mukuru w’Inama y’igihugu ishinzwe imihanda muri Eswatini, zakiriwe mu izina ry’ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda na Commissioner of […]

Mwenga: Uruganda rwa Twangiza Mining rugenzurwa na M23 rwongeye kugabwaho igitero

Capture 8

Sosiyete ya Twangiza Mining itunganya amabuye y’agaciro ya zahabu, kuri uyu wa kane saa 1:12 za mu gitondo, byongeye kugabwaho igitero n’indege ya gisirikare y’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) bivugwa ko yarashe ibigega bya lisansi hamwe na ‘groupes Ă©lectrogènes’ zatangaga umuriro nyuma yo gusenya kontineri za Aggrecko zahatangaga umuriro mbere. Igitero cyo […]

Gasabo: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye iregwamo abashinjwa kwica umukecuru bamutwitse

GasaboDist

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo kuri uyu wa Gatatu, itariki 22 Ukwakira, bwakiriye dosiye iregwamo abagabo babiri bakekwaho kwica umukecuru w’imyaka 71 bamutwikishije lisansi.  Icyaha bakekwaho cyakozwe ku itariki ya 13/10/2025 mu Mumudugudu wa Kamusengo, Akagari ka Indatemwa, Umumurenge wa Rutunga, mu Karere ka Gasabo ubwo uyu mukecuru bamumenagaho lisansi bakamutwika akajyanwa kwa muganga […]

RDC: Umunyamerika arashinja abashinzwe kurinda perezida kugerageza kumwivugana

WhatsApp Image 2022 02 12 at 10.03.34

Umunyamerika ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nyembo JosuĂ© Kalonji, yitabaje Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamagana umugambi wo kugerageza kumwica ndetse n’ibitero yagabweho kenshi n’abasirikare barinda perezida. Bivugwa ko ibyo bikorwa byabaye ku itariki ya 11 Kanama, iya 17 Nzeri, ndetse na 25 Nzeri 2025, i Ngaliema (Basoko), aho bivugwa ko […]

Minisitiri w’ingabo yagaragaje ko ubufatanye mu mahugurwa ari ingenzi mu kubaka ahazaza ha Afurika

csm 1 0c973aa949

Inama mpuzamahanga yari imaze iminsi ibiri ibera i Kigali yahuje abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka, yasojwe n’ibiganiro by’ingirakamaro byakanguriye abayobozi b’Afurika kugira uruhare rugaragara n’ubufatanye mu guhangana n’ibibazo bikomeye by’umutekano bikibangamiye iterambere ry’umugabane.Yasojwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda. Iyi nama yagaragaje umuhate wa Leta y’u Rwanda mu guteza imbere ubufatanye mu […]

Igipolisi cy’u Budage cyarasanye n’abasirikare bari mu myitozo

6506846

Kuri uyu wa Gatatu ushize, abayobozi bavuze ko umusirikare yarashwe n’abapolisi ubwo yari mu myitozo minini y’Igisirikare cy’u Budage (Bundeswehr), mu mujyi wa Erding wo mu majyepfo ya Bavaria. Umuvugizi w’ubuyobozi bukuru bwa Bundeswehr yatangarije itangazamakuru ry’u Budage ko kwibeshya kwatumye habaho kurasana hagati y’abasirikare bitabiriye imyitozo n’abapolisi bari bahamagawe n’abaturage baho. Uyu musirikare warashwe […]

Gasabo:Uwishe mugenzi we bakoranaga amuziza imyenda yarakatiwe

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 3

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, mu ntangiriro z’icyumweru rwasomye urubanza mu mizi rw’umugabo w’imyaka 47 y’amavuko wari ukurikiranyweho kwica mugenzi we bakoranaga mu igaraje amunize.  Ni icyaha cyakozwe ku itariki ya 02 Kanama 2025, mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gatsata, Akagari ka Karuruma ubwo uregwa yagiranaga amakimbirane na mugenzi we akamufata akamuniga kugeza apfuye nk’uko […]

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano iravuza ubuhuha hagati ya M23 na FARDC muri Businga

IMG 20250827 WA0002

Kuri uyu wa Kabiri ushize habaye imirwano ikaze hagati y’inyeshyamba za M23 na Wazalendo i Businga, agace gaherereye hagati ya Nyangezi na Kamanyola mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, imirwano yongeye kubura muri Businga kandi iracyakomeza kugeza na n’ubu twandikaga iyi nkuru nk’uko bitangazwa n’urubuga TazamaRDC. Mu gace ka […]

Masisi: Haravugwa imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na Wazalendo/FARDC muri Kazinga

66324315 605

Umujyi wa Kazinga, mu murenge wa Osso Banyungu (Teritwari ya Masisi), muri Kivu y’Amajyaruguru, kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 22 Ukwakira, hari kubera imirwano ikaze hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo. Amakuru agera kuri ACTUALITE.CD avuga ko AFC / M23 ari yo yatangije imirwano nubwo yo ntacyo irayivugaho. […]

Ibirego bishyikirizwa Umuvunyi byiyongereyeho 45% muri uyu mwaka

G3zHzwjXIAAiund

Ibiro by’Umuvunyi byatangaje ko by’ibirego byakiriwe mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025 byiyongereyeho 45%, nk’uko raporo y’uru rwego ya buri mwaka yashyikirijwe Inteko Ishinga Amategeko ku itariki ya 21 Ukwakira ivuga. Raporo yerekanye ko ibirego 2.305 byakiriwe kandi bigakemurwa binyuze mu nyandiko zanditse no mu bikorwa byo kuri terrain, ugereranije n’ibirego 1.587 byakiriwe mu 2024. […]

Ukraine yibasiye uruganda rw’ibiturika mu Burusiya

ukraine 20102024 01 1729433191

Ukraine ivuga ko yagabye igitero kinini cya misile n’igitero cy’indege ku ruganda rukora ibiturika (explosives) mu Karere ka Bryansk mu Burusiya ivuga ko ari ingenzi cyane mu nganda z’intambara za Moscou. Igisirikare cya Kyiv cyavuze ko misile za Storm Shadow zanyuze ku bwirinzi bw’ikirere by’u Burusiya, nubwo ibyagezweho muri iki gitero bikiri gusuzumwa. Hagati aho […]

RDF na Croix Rouge baganiriye ku iyubahirizwa ry’amategeko mu gihe cy’intambara

csm 1 c4897f8ac2

Ingabo z’u Rwanda ku bufatanye n’Umuryango Mpuzamahanga utabara Imbabare (ICRC), uyu munsi bakoze inama y’umunsi umwe yiga ku mategeko mpuzamahanga yubahirizwa mu gihe cy’ intambara. Iyi nama yabereye i Kigali,  yari ifite insanganyamatsiko igira iti: “Amategeko Mpuzamahanga yubahirizwa no kurengera abasivili mu ntambara z’iki gihe.” Iyi nama yahuje abahagarariye inzego zitandukanye zirimo Minisiteri y’Ingabo, Minisiteri […]

Kagame yakiriye abayoboye ibigo biyoboye mu ikoranabuhanga mu itumanaho muri Afurika

G3yoV9PWAAAkXem

Perezida Kagame yakiriye kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Ukwakira, abayobozi ba Airtel, Axian Telecom, Ethio Telecom, MTN, na Orange bagize itsinda G6, ihuriro riyoboye ry’imiyoboro ya telefone ngendanwa muri Afurika rikorana na GSMA mu kwihutisha impinduka zishingiye ku ikoranabuhanga ku mugabane.   Iri huriro ryibanda ku ivugurura rya politiki, ishoramari ry’ibikorwa remezo, no kubungabunga […]

Umugaba w’Ingabo z’u Bufaransa zirwanira ku butaka yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Rwanda

G3u4S99XIAANdrf

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 20 Ukwakira 2025, General Pierre Schill, Umugaba w’Ingabo z’u Bufaransa zirwanira ku butaka, yagiranye ibiganiro na mugenzi we, Maj. Gen. Vincent Nyakarundi, ku cyicaro cya RDF ku Kimihurura. Mbere y’ibiganiro byabo, Gen.Schill yakiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za RDF, General Mubarakh Muganga. Ibiganiro byombi byibanze ku gushimangira ubufatanye buriho hagati […]

Rutshuru: Inyeshyamba za Wazalendo zateye ibirindiro bya AFC/M23 muri Tongo

56907088 902

Abantu bitwaje intwaro bivugwa ko ari inyeshyamba za Wazalendo bagabye igitero ku birindiro bya AFC/M23 mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Ukwakira, mu midugudu myinshi yo muri Gurupoma ya Tongo, Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru agera kuri Kivu Morning Post, avuga ko igitero cyibasiye ibirindiro bya Bungushu, mbere yo kwimukira […]

Mutatsineza ushinjwa kwica umugabo we yajuririye igifungo cya burundu yahawe

FutedStWIAA3vC4

Umugore w’imyaka 27, Assoumpta Mutatsineza, wakatiwe igifungo cya burundu kubera uruhare yagize mu iyicwa ry’umugabo we, Theogene Twagiriezu, yajuririye igihano yahawe hamwe n’abafatanyacyaha be bane. Muri Gicurasi 2023, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasanze Mutatsineza n’abandi bane, Alphonse Uyisenga, Vianney Rubabaza, Evariste Ndizihiwe, na Athanase Habiryayo, bahamwa n’icyaha cyo kugira uruhare mu iyicwa rya TwagiragĂ©su, ryabaye […]

Misiri yibitseho izindi ndege z’indwanyi zigezweho zikorerwa mu Bufaransa

559585550 1322942636510389 16709051760562743 n

Ingabo zirwanira mu kirere za Misiri (EAF) zakiriye izindi ndege eshatu z’indwanyi za Rafale zikorerwa mu Bufaransa n’uruganda Dassault Aviation, zatumijwe mu masezerano ya miliyari 4 z’amayero yasinywe mu 2021. Izi ndege eshatu z’indwanyi za Misiri zakiriwe mu ntangiriro z’uku kwezi kandi zirimo ebyiri z’umwanya umwe wa pilote (EM10 na EM11) n’imwe imyanya ibiri (DM21). […]

Perezida Kagame yatangije inama mpuzamahanga y’abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka

f57f150b f2bb 4374 9dc7 c6658dcb2bdb

Mu gitondo cyo kuri yu wa Kabiri, itariki 21 Ukwakira, Perezida Kagame yafunguye Inama Mpuzamahanga y’Abagaba b’Ingabo zirwanira ku Butaka, yahuriyemo abayobozi b’ingabo zirwanira ku butaka n’abayobozi b’ingabo baturutse mu bihugu birenga 30 bya Afurika ndetse no hanze yaho kugira ngo baganire ku ngamba zo kuzamura amahoro n’umutekano ku mugabane wa Afurika. Abitabiriye inama nyobozi […]

RDC: AimĂ© Boji wari minisitiri w’inganda yeguye ku mirimo ye

20251020 220322

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 20 Ukwakira, Minisitiri w’Inganda wa RDC, AimĂ© Boji Sangara, yatanze ubwegure mu bagize guverinoma ya Minisitiri w’Intebe, Suminwa Judith. Uku kwegura kwaje nyuma yo kwemezwa n’ubuyobozi bukuru bw’ihuriro riri ku butegetsi, Union SacrĂ©e, nk’uko amakuru yizewe agera kuri mediacongo.net yabitangaje. Nk’uko benshi mu babikurikiranira hafi babitangaje, ukwegura k’uyu wari […]

Uvira: FARDC zatangiye guhungishiriza mu Burundi ibikoresho bikomeye

F iMY9iWcAAcV0N

Mu gihe ubwoba bugenda bwiyongera mu Gisirikare cya Congo, FARDC, ndetse n’ingabo bafatanyije muri Uvira hatinywa ko umujyi ushobora gufatwa n’inyeshyamba za AFC / M23 mu gihe ibiganiro by’amahoro bihagaze, FARDC yaba irimo kwimurira intwaro zikomeye mu Burundi, cyane cyane mu kigo cya gisirikare cya Mudubugu zinyuze ku mupaka wa Kavimvira-Gatumba. Ubwoba muri FARDC buraterwa […]

Burundi: Abarwaye kanseri y’ibere bivuriza mu Rwanda baratakamba ngo imipaka ifungurwe

Burundi Rwanda border

Ifungwa ry’umupaka rimaze igihe hagati y’u Burundi n’u Rwanda rikomeje gushyira mu kaga ubuzima bw’abaturage babarirwa mu magana, barimo abagore barwaye kanseri y’ibere mu Burundi, bishingikirizaga ku buvuzi bwambukiranya imipaka kugira ngo bavurwe. Aba barwayi baramagana ikiguzi n’umunaniro biterwa n’ingendo ndende bakora cyane cyane baca muri Tanzaniya. Icyemezo cyo gufunga imipaka cyafashwe muri Mutarama 2024 […]

Hong Kong: Indege y’imizigo yakoze impanuka yururuka 2 yasanze ku butaka barapfa

1536x864 cmsv2 02193118 d038 58f2 9c3d 58a7a9d58ab0 9518432

Ubuyobozi bwavuze ko abantu babiri bapfuye nyuma y’uko indege y’imizigo igonze imodoka ikanyerera ikarenga umuhanda indege zigwaho ikinjira mu nyanja mbere y’uko bucya neza kuri uyu wa Mbere. Ishami rishinzwe indege za gisivili muri Hong Kong ryatangaje ko indege ya Boeing 747 (flight EK9788) y’imizigo yari ivuye mu Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu “yarenze inzira zigwaho […]

Perezida wa Senegal ari muri Kenya nyuma yo kuva mu Rwanda

G3n MoUWoAApWfz

Nyuma yo kuva i Kigali mu gitondo cyo ku Cyumweru, Perezida Diomaye Faye wa Senegal arabarizwa i Nairobi aho yatangiye urugendo rw’akazi rw’iminsi itatu. Ni umushyitsi mukuru mu birori byo kwizihiza umunsi w’intwari (Mashujaa Day), uba kuri uyu wa Mbere, aho uba ari umwanya wo kwibuka no kumenyekanisha intwari zitangiye igihugu. Mu ruzinduko rwe muri […]

Kinshasa: Undi munyapolitiki yambuwe passport akiva i Nairobi

k2 items src 4602f2f5153477027a754713438bf3d0

Ku Cyumweru, itariki ya 19 Ukwakira, ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya N’Djili, passport ya ThĂ©ophile Mbemba yafatiriwe n’Ubuyobozi bukuru bw’abinjira n’abasohoka (DGM). Uyu munyapolitiki, ThĂ©ophile Mbemba, yari avuye i Nairobi, muri Kenya, aho yitabiriye inama y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi yatangijwe na Joseph Kabila nk’uko bitangazwa na mediacongo.net. Umunsi umwe mbere yaho, umuyobozi w’abatavuga rumwe […]

Paris: Abajura bibye imitako y’agaciro mu Nzu Ndangamurage ya Louvre ku manywa y’ihangu

AP25243808178482

Kuri iki Cyumweru, itariki 19 Ukwakira 2025, Inzu Ndangamurage ya Louvre, mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, yinjiriwe n’abajura kabuhariwe batwara imitako y’agaciro “katagereranywa”, nk’uko minisitiri w’umuco w’u Bufaransa abitangaza. Rachida Dati yavuze ko ibyabaye byabaye mu gihe inzu ndangamurage, imwe mu zizwi cyane ku Isi, yafunguraga imiryango kuri iki Cyumweru mu gitondo. Yanditse kuri […]

Perezida wa Senegal yasoje urugendo rwe mu Rwanda nyuma yo kwitabira siporo ya Car Free Day

G3nVhMDXEAAoPmK

Kuri iki Cyumweru, itariki 19 Ukwakira 2025, Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Senegal yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda. Ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, aho yaherekejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Nduhungirehe Olivier. Mbere yaho mu gitondo, ku butumire bwa mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, Perezida Bassirou Diomaye yabanje kwifatanya […]

Igitero cya Wazalendo/FARDC mu majyaruguru ya Goma cyakomerekeyemo abantu

images 1

Abantu bitwaje imbunda bivugwa ko ari inyeshyamba zaWazalendo bagabye igitero mu murwa mukuru wa Gurupoma ya Mudja, mu majyaruguru ya Goma muri Teritwari ya Nyiragongo, agace kayobowe n’abarwanyi ba AFC_M23. Kuri iki Cyumweru, itariki 19 Ukwakira 2025, mu gitondo, nk’uko bitangazwa na Kivu Morning Post, humvikanye urusaku rwinshi rw’amasasu. Amakuru aturuka muri ako gace ndetse […]

Walikale: Ibitero bya Sukhoi ku birindiro bya AFC/M23 no mu bice bituwe cyane byahitanye benshi

Sukhoi25feu e1668245793646 1

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kiravugwaho kugaba ibitero bya by’indege za Sukhoi mu bice bituwe cyane bitandukanye byo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ndetse yamagana gukomeza kurenga ku ihagarikwa ry’imirwano. Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC / M23) ryatangaje ko rimenyesha ubwunzi bwa Afurika Yunze Ubumwe n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga mu […]

Uganda: Anita Among uyobora inteko ishinga amategeko yarokotse impanuka ya rukururana

speaker 3

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 18 Ukwakira 2025, Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Among yarokotse impanuka yashoboraga kumuhitana nyuma y’uko yari agiye kugongwa n’ikamyo ya rukururana. Nk’uko byatangajwe na Chris Obore, Umuvugizi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, ibi byabaye ahagana saa 5:45 z’umugoroba mu Karere ka Mukono, ubwo Umuyobozi w’inteko […]

Ingengo y’imari igenewe UNMISS yagabanyijweho 15%

President Salva Kiir meets with UN peacekeeping chief Jean Pierre Lacroixon October 17 2025 1 802x485 1

Umuyobozi w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa byo Kubungabunga Amahoro, Jean-Pierre Lacroix, kuwa Gatanu yabonanye na Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, kugira ngo baganire ku bibazo bya politiki byiyongera ndetse n’ingaruka z’ingengo y’imari ingana na 15% yagabanijwe ku butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri iki gihugu, nk’uko umuvugizi yabitangaje. Lacroix, washoje uruzinduko rwe muri Sudani y’Epfo kuwa Gatandatu, […]

Amafoto: Perezida Kagame yakurikiye umukino w’indwanyi zabigize umwuga muri MMA

G3kwZ8pXUAALBDh

Kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatandatu, itariki 18 Ukwakira 2025, muri BK Arena, Perezida Kagame yifatanyije n’abafana ibihumbi n’ibihumbi bitabiriye imirwano ya kimwe cya kabiri cy’irangiza ya Proffessional Fighters League (PFL) muri Afurika, ibi bikaba ari ibirori bikomeye by’imikino njyarugamba ivanze (MMA) byabereye muri Afurika y’Iburasirazuba. Perezida Kagame yari yicaranye na Minisitiri wa Siporo, Nelly […]

RDC: Umunyapolitiki Seth Kikuni yarekuwe nyuma y’ifatwa ryateje induru

IMG 6509

Seth Kikuni yarekuwe ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, itariki ya 18 Ukwakira, nyuma yo kubazwa n’inzego z’umutekano nk’uko umwunganizi we, Ramazani Shabani abitangaza. Irekurwa rye ryarangije amasaha menshi y’igihirahiro nyuma y’ifatwa rye akigera ku kibuga cy’indege cya N’Djili i Kinshasa avuye i Nairobi. Ku wa Gatandatu, itariki ya 18 Ukwakira 2025, umunyapolitiki utavuga rumwe […]

Centrafrica: Uwashakaga kuba perezida yisanze nta bwenegihugu na bumwe afite

images 5 1

Mu kureka ubwenegihugu bw’u Bufaransa yabonye mu 1994, Anicet-Georges DologuĂ©lĂ© yizeraga ko ari kubahiriza ibiteganywa n’Itegeko Nshinga rya 2023. Ariko impaka zikomeje kugaragara. Mu cyumweru gishize, guverinoma yemeje ko yanze kumuha pasiporo ya Centrafrica ishingiye ku mategeko agenga ubwenegihugu yo mu 1961. Kuba yarabaye Umufaransa akuze, perezida w’ishyaka URCA yahise atakaza ubwenegihugu bwa Centrafrica kandi […]

Ba ofisiye 2 batatabaye abaturage mu bwicanyi bwo muri Kamanda birukanwe

IMG 20251017 WA0001

Ba ofisiye babiri, umwe wo mu Gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’undi wo mu Gipolisi cy’Igihugu cya Congo (PNC), bahamijwe ibyaha n’Urukiko rwa Gisirikare rwa Ituri maze birukanwa mu gisirikare muri dosiye y’abasivili bagera kuri mirongo ine biciwe mu gitero muri centre ya Komanda, muri Teritwari ya Irumu. Imyanzuro y’urukiko, yatangajwe ku […]

Museveni arateganya gukorera uruzinduko muri Iran

Irans minister of Foreigeeting at Munyonyo on Wednesday

Perezida Yoweri Museveni yongeye gushimangira ko Uganda yiyemeje kurushaho kunoza umubano n’igihugu cya Iran, hibandwa ku kwagura ubucuruzi n’ishoramari hagati y’ibihugu byombi, ndetse yemera no kuzasura iki gihugu cyo mu Kigobe cya Perse mu minsi iri imbere. Museveni yasezeranyije ibi mu nama yagiranye n’intumwa zo mu rwego rwo hejuru za Iran ziyobowe na Minisitiri w’ububanyi […]

Kivu y’Amajyepfo: Ingabo z’u Burundi zaba zirimo kwitegura gutera Twirwaneho muri Mikenge

Arrivee des premiers militaires burundais a laeroport de Goma chef lieu de la province du Nord Kivu a lest de la RDC. Ce site strategique a ete repris par les rebelles du M23 en janvier 2025

N’ubwo hasinywe amasezerano yo guhagarika imirwano hagati ya guverinoma ya congo n’umutwe w’inyeshyamba wa M23 ku itariki ya 14 Ukwakira i Doha, amakimbirane arakomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Imitwe y’Ingabo z’u Burundi (FDNB) ikomeje koherezwa mu turere twinshi twa Kivu y’Amajyepfo, cyane cyane muri Teritwari za Fizi, Mwenga, na Uvira. Hashize […]

John Bolton wabaye umujyanama wa Trump yajyanwe mu nkiko

White House Press Briefing 9A6A1982 1080x720 1

Ibitangazamakuru byo muri Amerika byatangaje ko John Bolton wahoze ari umujyanama mu by’umutekano w’igihugu w’ubuyobozi bwa Trump nyuma waje guhinduka umunenga, yashinjwe ibyaha kuri uyu wa Kane ushize. Bolton yashinjwaga kubika no kohereza amakuru y’ingabo z’igihugu ku bantu batabyemerewe. Inyandiko y’ibirego ivuga ko yasangije bene wabo impapuro zirenga 1.000 zerekeye ibikorwa bya leta. Bolton yabaye […]

Uvira: Imirwano hagati y’imitwe ya Wazalendo yiciwemo umuntu abandi barakomereka

Uvira carte

Umuntu umwe yatakaje ubuzima abandi batatu barakomereka mu mirwano yabereye ahantu habiri muri Teritwari ya Uvira, muri Kivu y’Amajyepfo, hagati y’imitwe ya Wazalendo. Raporo ya sosiyete sivile ivuga ko imirwano imwe muri iyo yabereye muri Gurupoma ya Runingu naho indi yabereye i Luvungi-Itara, mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuwa Kane ushize iyariki 16 […]

Abapolisi 7 b’Abanyarwanda basoje amahugurwa mu Misiri

PXL 20251015 104217976

Abapolisi b’u Rwanda barindwi (7) bo ku rwego rwa ofisiye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Ukwakira, basoje amahugurwa atandukanye yaberaga mu gihugu cya Misiri. Ni ibyiciro bine by’amahugurwa yaberaga mu Ishuri rikuru rya Polisi ya Misiri riherereye mu murwa mukuru Cairo mu gihe cy’ibyumweru umunani. Amahugurwa arebana n’Uburenganzira bwa Muntu n’imikoranire ya Polisi […]

Ngoma: Hapfundikiwe urubanza rw’ushinjwa kwica umuturanyi akanamwiba

csm Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa NGOMA c9e8049026

Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma kuwa 13 Ukwakira rwaburanishije urubanza ruregwamo umugabo w’imyaka 46 y’amavuko ukurikiranweho kwica umuturanyi we amuteye icyuma mu ijosi nyuma akamwiba ndetse n’abandi babiri birengagije gutabara uwishwe.  Bivugwa ko icyaha akurikiranweho cyakozwe mu gitondo cyo ku itariki ya 14/11/2024, mu Mudugudu wa Akabungo, Akagali ka Rubago, Umurenge wa Rukumberi mu Karere ka […]

Kinshasa: Abajura bitwaje intwaro bahanganye n’abashinzwe umutekano muri banki

G3aOIttWQAAqyw3

Ahazwi nka Place Victoire, i Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane, itariki 16 Ukwakira, abajura bitwaje intwaro bafatiye bugwate abantu benshi muri banki yitwa Rawbank, babiba ubwoba mu gace kaba gahuze cyane biba ngombwa ko abashinzwe umutekano bagota ako gace kugirango basubize ibintu mu buryo. Ibi bikorwa […]

Nairobi iragenda iba umurwa mukuru w’umugambi mubisha wo kurwanya RDC – Muyaya

briefing Sama2 d7d48b7a5a 1

Minisitiri w’Itangazamakuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, aremeza ko umurwa mukuru wa Kenya umaze kuba umurwa mukuru w’umugambi mubisha wo kurwanya igihugu cye nyuma y’uko havukiye undi mutwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Ibi Muyaya yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru yatangiye i Washington, afatanyije na minisitiri w’ubucuruzi bwo hanze, […]

Ubucucike muri za gereza bwagabanyutseho 30% – NCHR

G3Tjo9wXsAAJh6l

Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (NCHR) yatangaje ko habaye igabanuka rya 30% ry’ubucucike mu bigo ngororamuco byo mu Rwanda kuva mu 2023/2024. Perezida wa Komisiyo, Providence Umurungi, yabivuze kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 15 Ukwakira, ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, Raporo y’Ibikorwa y’Umwaka wa 2024-25. Iyi Raporo ikubiyemo ibyagezweho, ibikwiye […]

Gasabo: Ushinjwa gukubita umugore igiti giteyemo imisumari azasomerwa mu cyumweru gitaha

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 2 1

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo mu minsi ishize rwaburanishije umugabo w’imyaka 48 ukurikiranweho gukubita umugore babanaga igiti giteyemo imisumari akamukomeretsa bikabije nyuma yo kugirana amakimbirane. Uyu azasomerwa mu cyumweru gitaha. Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku itariki ya 26/07/2025 mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kacyiru, Akagari ka Kamatamu, Umudugudu wa Cyimana. Ubushinjacyaha Bukuru bwashyize ahagaragara […]

Sudani: RSF yibasiye ibigo bya gisirikare i Kharthoum

thumbs b c fe22237e2278dd4f1cfa49645f8904ba

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 15 Ukwakira, Ingabo za Rapid Support Forces (RSF) zagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Sudani muri Leta ya Khartoum muri Sudani nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza. Urubuga rw’amakuru rwa Sudan Tribune rwavuze ko Ingabo za Sudani zahagaritse indege zitagira abaderevu 10 zagabye igitero ku gisirikare mu majyaruguru ya Omdurman, mu […]