EASF yasoje inama y’inzego za politiki i Kigali yarimo Ntibantunganya

GfVlJDUWoAA3b7L 1

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, nyuma y’iminsi itandatu yo kungurana ibitekerezo, muri Kigali Convention Center, hasojwe inama ya 33 y’inzego za politiki  mu Mutwe w’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zihora Ziteguye Gutabara (East African Standby Forces (EASF). Umuhango wo gusoza wabanjirijwe n’inama y’abaminisitiri b’ingabo n’umutekano ba EASF, baganiriye kandi bemeza ibyavuye mu nama zabanjirije […]

Lubero: M23 yafashe Kamandi-Lac nyuma yo gufata Kamandi-Gite

Screenshot 2024 12 22 080048

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 21 Ukuboza 2024, nyuma ya saa sita, Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, zafashe agace ka Kamandi-Lac nyuma y’umunsi umwe zifashe Kamandi-Gite. Amakuru avuga ko ibi Ingabo ziharanira Impinduramatwara muri Congo (ARC) zabigezeho nyuma yo gutatanya no kwirukana inyeshyamba za Wazalendo, FARDC […]

USA: Biden yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara

2024 07 16T220348Z 875399509 RC2MW8A6KFYY RTRMADP 3 USA ELECTION BIDEN 1024x683 1

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara, rigena ingengo y’imali igomba gukoreshwa kugeza mu kwezi kwa gatatu umwaka utaha. Ibi byaje nyuma y’aho mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze […]

Abatuye mu Mujyi wa Kigali umwaka wa 2025 uzarangira gukaraba intoki babigize umuco

WhatsApp Image 2024 08 20 at 17.34.33 31dd6eda

Gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune bituma benshi ibiganza byabo bigira isuku, bityo bikabarinda indwara zitandukanye zizanwa n’umwanda. Gukaraba intoki n’isabune n’amazi meza kandi ni umuco mwiza, ufasha buri umwe kwirinda indwara zishobora kwandurira mu mwanda. Hirya no hino mu gihugu ubwo hadukaga icyorezo cya COVID-19, leta yakoze ibishoboka byose ishyiraho ibikorwa remezo birimo ubukarabiro bufasha […]

Igice cya mbere: Ubuzima n’amateka bya Imhotep umunyafurika w’umuhanga mu bwubatsi n’amateka

maxresdefault

Imhotep yari umuntu ukomeye mu mateka ya kera mu Misiri y’Aba-Farawo. Yabayeho mu kinyejana cya 27 mbere ya Yezu Kristu, mu gihe cy’ubwami bwa Farawo Djoser mu bwami bwa mbere butegekanye. Yamenyekanye cyane kubera ibikorwa bye nk’umunyabwenge, umuganga, umuhanga mu by’ubwubatsi, n’umuyobozi w’ingabo. Ubuzima bwa Imhotep Imhotep yavukiye mu Misiri ya kera, ariko amateka y’amavuko […]

Nyuma y’imyaka10 iburiwe irengero Malaysia igiye kongera gushaka indege ya MH370

Boeing 777 200ER Malaysia AL MAS 9M MRO color

Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero mu buryo bw’amayobera akomeye yabaye ku ndege ku Isi, igihugu cya Malaysia cyemeye gusubukura gushakisha ibisigazwa by’indege ya Malaysia Airlines MH370 yagaragaye bwa nyuma ku itariki 8 Werurwe 2014. Kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Ukuboza 2024, Minisitiri w’ubwikorezi, Anthony Loke, yatangaje ko Malaysia izatangiza ubushakashatsi bushya ku bisigazwa […]

U Rwanda rwatangaje ku mugaragaro ko Virus ya Marburg yacitse mu gihugu

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Ukuboza 2024, Minisitiri w’Ubuzima, Sabin Nsanzimana, yatangaje ku mugaragaro ko virusi ya Marburg yarangiye mu Gihugu. Ni nyuma yo gusoza iminsi 42 igenwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, WHO, umurwayi wa nyuma akize. Ministiri yashimiye umurava n’ubwitange byaranze abakozi bo mu rwego rw’ubuzima, inzego za Leta, Abanyarwanda bose, n’abafatanyabikorwa […]

Lt.Gen. Jules Mwilambwe wagizwe Umugaba Mukuru mushya wa FARDC ni muntu ki?

FB IMG 1734682867873 1 scaled 1

Banza Mwilambwe Jules, umusirikare watojwe kurasisha imbunda nini zirasa kure (artilleur) wahoze ari umusirikare mukuru muri regiment ya 13 y’ingabo zikoresha ibifaru mu ngabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu (GR), kuri uyu wa Kane, itariki 19 Ukuboza 2024, yagizwe Umugaba Mukuru mushya w’Ingabo za Congo (FARDC) asimbuye Lt. Gen. Christian Tshiwewe Songesha, wari kuri uyu mwanya […]

Burkina Faso yarekuye intasi z’u Bufaransa yari yarafashe bigizwemo uruhare na Maroc

Burkina Faso Emmanuel Macron fait une proposition a Ibrahim Traore

Kuri uyu wa Kane, itariki 19 Ukuboza 2024, abenegihugu bane b’Abafaransa bari bafungiwe muri Burkina Faso barekuwe bigizwemo uruhare na Maroc, nk’uko byatangajwe n’u Bufaransa na Maroc  bakemura ikibazo cya diplomasi ku ifungwa ryabo. Umuyobozi w’Ubutasi bwo hanze bw’u Bufaransa, DGSE, yabanje kuvuga ko bari intasi. Umuvugizi w’igisirikare cy’u Bufaransa kigenzura DGSE, na DGSE ubwayo […]

Rwamagana: Umugabo ukekwaho kwicisha isuka umugore we yafashwe agiye gutorokera muri Uganda

8541850b d446 4d9a a719 68f44faad007 1

Umugabo witwa Biserande Edouard wavutse ufite imyaka 48 , utuye mu Mudugudu wa Ruseke mu Kagari ka Bushenyi mu Murenge wa Mwulire, Akarere ka Rwamagana, yatawe muri yombi arimo guhungira mu gihugu cya Uganda nyuma y’urupfu rw’umugore wicishishwe isuka nkuko byemejwe n’abaturage. Nyiranizeyimana Claudine wari ufite imyaka 33 uvuka mu Mudugudu yiciwemo we n’umugabo babanaga […]

Gasabo: Umukozi wo mu rugo akurikiranweho kwica umwana w’aho yakoraga

356c880b bae6 44a5 a7b0 65116209363a w1080 h608 s

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo, bwakiriye dosiye y’umwana w’umukozi ufite imyaka 15 y’amavuko wishe umwana muto w’imyaka ibiri wo mu rugo yakoragamo. Ibyo byabaye tariki ya 08/12/2024, ubwo uwo mwana w’umuhungu yicaga umwana bari bamusigiye nk’uko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga. Uregwa yemera icyaha agasobanura ko yamunize akazana urufuzi, nyuma akagerageza kumuramiza amazi […]

Turkiya yasubije Trump uyishinja kuba inyuma y’ihirikwa rya Bashar al-Assad

hq720

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Turkiya, Hakan Fidan, yahakanye ibivugwa na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika watowe, Donald Trump, avuga ko ihirikwa ry’umuyobozi wa Syria, Bashar al-Assad ari “ukwigarurira igihugu kutari ukwa gicuti” kwa Turkiya. Mu magambo bigaragara ko yasaga nk’ushinja Ankara, Trump yatangarije abanyamakuru mu ntangiriro z’iki cyumweru ko Turkiya yagize “ubwenge cyane” […]

RDC: Imirwano yakajije umurego hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo

WhatsApp Image 2022 03 22 at 14.40.07

Imirwano yakajije umurego muri iki gitondo cyo ku wa Kane, itariki 19 Ukuboza 2024, mu kri Teritwari ya Lubero, hagati y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23. Urusaku rw’imbunda nto n’iziremereye rwumvikanye kuva mu rukerera ahitwa KamandiGite, aho Ingabo za FARDC zishyigikiwe na Wazalendo, zihanganye n’inyeshyamba za M23, zikomeje kwigarurira ibice bitandukanye […]

Sarkozy agiye kurega u Bufaransa mu rukiko rw’u Burayi nyuma yo gutsindwa mu bujurire

1x 1

Kuri uyu wa Gatatu, Urukiko rw’Iremezo rw’u Bufaransa rwanze ubujurire bw’uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, rumutegeka kwambara ku kaguru akuma gatuma hamenyekana aho aherereye (electronic ankle monitor) mu gihe akora igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe yakatiwe kubera ruswa mu rugo. Sarkozy yari yajuririye igihano cy’urukiko rw’ibanze rwamukatiwe imyaka itatu, ibiri isubitswe by’agateganyo, kubera ruswa […]

 Iburasirazuba: Urubyiruko rwagaragaje inzitizi rufite mu kubona inguzanyo irimo inyunganizi

e2fabf67 c9e5 4096 97d0 a57255b4a440

Abayobora urubyiruko mu turere tw’Intara y’Iburasirazuba bagaragarije ikigega cya leta gishinzwe guteza imbere imishinga mito n’iciriritse ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwihariko mu rwego rwo kurworohereza kubona inguzanyo z’imishinga irimo iy’ubuhinzi . Ibi babigagarije mu Karere ka Rwamagana mu biganiro byitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo abayobozi bungirije b’uturere bashinzwe iterambere ry’ubukungu, abahuzabikorwa b’Inama y’Igihugu y’urubyiruko, iya abantu […]

Etincelles yishyuye miliyoni 3 Frw yishyuzwaga n’Akarere ka Rubavu

89 16

Perezida wa Etincelles FC Ndagijimana Enock yatangaje ko yamaze kwishyura Miliyoni eshatu, zakoreshejwe hagurwa umukinnyi w’umunyamahanga mu rwego rwo kwirinda kwitaba Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB. Ibi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yahaye BWIZA, kuri uyu wa Gatatu, tariki 18 Ukuboza 2024. Etincelles FC ibanziriza ikipe ya nyuma muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda muri uyu […]

Karongi: Arembeye mu Bitaro bya Kirinda nyuma yo gukubitwa n’umuvandimwe we bapfa imitungo

DSCF5240 e1411913024711 500x277 1

Mu karere ka Karongi,umurenge wa Ruganda,mu kagari ka Biguhu mu mudugudu wa Nyagisozi haravugwa inkuru y’umugabo wakubiswe bikabije akaba arembeye mu Bitaro bya Kirinda. Uwakubiswe agakomeretswa yitwa Habinshuti Elias,bamuteze mu ijoro rishyira ku wa 17 Ukuboza 2024, arakomeretswa asigwa yagizwe intere. Bamwe mu baturage batuye muri kano gace by’umwihariko mu murenge wa Ruganda baganiriye na […]

RDC: Abayobozi baravuga ko bamenye indwara y’amayobera imaze iminsi yica abantu

1920x1080 cmsv2 61b593e4 886a 509d b1c4 0ce15735f61e 8918364

Mu gihe abashinzwe ubuzima bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bavuze ko ari malariya y’igikatu, OMS yavuze ko hakomeje gukorwa isuzuma kugira ngo hemezwe icyateye icyorezo kimaze iminsi cyibasiye Abanyekongo byavugwaga ko ari indwara y’amayobera. Abashinzwe ubuzima bo muri Congo bavuga ko indwara y’amayobera yahitanye abantu benshi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) […]

Habimana watanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu agiye kumurika Alubumu ya gatatu

govasnyxsaasjgi 4615861716980548 9788241718007953 3076951733734493

Umuraperi Habimana Thomas, washakaga kuba umukandida wigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora yabaye muri Nyakanga 2024, agiye kumurika alubumu ya gatatu yise “Ubuyobe” ikangurira urubyiruko kwirinda ibibashyira kure y’umugisha. Ni alubumu azamurika ariko bagakora ibitaramo bizenguruka u Rwanda bayimenyekanisha aho kuwa 04 mutarama 2025, bazakorera mu karere ka Rubavu, tariki 18 mutarama mu akarere […]

Rwamagana: Polisi yarashe uwakekwagaho kwica uwarokotse ubwo yageragezaga gutoroka

20241114220842 9012 1200 675

Amakuru aturuka mu Karere ka Rwamagana agera kuri Bwiza aravuga ko uwitwa Samuel Kabera yarashwe agahita apfa ubwo yageragezaga gucika Polisi. Uyu mugabo w’imyaka 33 yari ajyanwe ngo yerekane aho yahishe ibikoresho yifashishije mu kwica Sibomana Emmanuel w’imyaka 57 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994  wari umuturanyi we. Nyakwigendera wari utuye mu Murenge wa Gishari […]

Paris: Urukiko rwagumijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyakatiwe Philippe Hategekimana

Rwanda genocide

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 17 Ukuboza, Urukiko rw’Ubujurire mu Bufaransa rwagumijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyakatiwe Philippe Hategekimana, uzwi ku izina rya Biguma, wahoze ari umuyobozi wungirije wa Gendarmerie mu Rwanda, kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyane cyane mu Ntara y’Amajyepfo. Mu nyandiko yanyujijwe kuri X, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda […]

NPPA yatangije amasomo ku mikoreshereze y’ikoranabuhanga mu micungire y’imanza 

csm IESMS 4314be7d4a

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubushinjacyaha (NPPA) cyatangije amasomo yo kwibutsa kugira ngo ashyigikire ivugururwa ry’imikoreshereze y’ikoranabuhanga mu micungire y’imanza  (IECMS / IDM8). Ibi biganiro byatangiye ku itariki ya 16 Ukuboza 2024, byateguriwe abakoresha IECMS bose kandi byateguwe mu bice bibiri. Buri tsinda rizitabira amasomo y’iminsi itatu agamije kumenya neza ko abakoresha ubu buryo bose bafite ubuhanga […]

Moscow: Hafashwe ukekwaho guturitsa igisasu cyahitanye Gen. Igor Kirillov

Polish 20241217 091317066 1

Kuri uyu wa Gatatu, abategetsi b’u Burusiya bavuze ko bafunze umuturage wa Uzbekistan nyuma y’uko umujenerali mukuru yishwe na bombe yari ihishe mu kamoto (scooter) gakoreshwa n’amashanyarazi. Komite ishinzwe iperereza yagize ati: “Umunyagihugu cya Uzbekistan, wavutse mu 1995, yatawe muri yombi akekwaho kuba yarakoze icyo gitero cyahitanye ubuzima bw’umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zirinda intwaro za […]

Kirehe: Babangamiwe n’amafaranga y’umurengera bishyura kubera ikiraro cyangiritse

eabbd36d ee74 4ec2 870c 3317f33fb7ce

Abaturage batuye mu tugari twa Rwayikona na Rugarama mu Murenge wa Mushikiri, mu Karere ka Kirehe, bavuga ko babangamiwe n’ikiraro kiri hagati y’utwo tugari cyangiritse ntigisanwe cyangwa ngo bubakirwe ikindi . Abaturage batuye mu kagari ka Rugarama babwiye Bwiza.com ko aribo babangamiwe cyane n’iyangirika ry’ikiraro kiri hagati y’akagari kabo ndetse n’aka Rwayikona bitewe no gukenera […]

Abareganwa n’umunyamakuru Nsengimana gushaka gukuraho ubutegetsi baratangira kwiregura

maxresdefault 1

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 17 Ukuboza 2024, mu Rukiko Rukuru, ubushinjacyaha bwareze umunyamakuru Theoneste Nsengimana wa Umubavu Tv, ibyaha byo gutangaza ibihuha no kuba mu mutwe w’abagizi ba nabi,mu gihe kuri uyu wa Gatatu n’abo bareganwa batagira kwiregura. Ni ibyaha ubushinjacyaha buvuga ko byakorewe kuri channel ya YouTube ya Umubavu Tv, mu biganiro byavugiwemo […]

Kibyeyi aratabaza Perezida Kagame nyuma y’uko imitungo ye ifatiriwe ntayisubizwe

3b9d7c66 5d8c 459b b88a 924ade3dcf7c

Ku wa 12 Ukuboza 2024, uwitwa Kibyeyi Valence uvuga ko akomoka mu gihugu cya Uganda ku rukuta rwe rwa X yatakambiye Perezida Paul Kagame,amushimira kuba yaramuhaye imbabazi ariko anamusaba ko yahabwa ibintu bye Ikigo cy’imisoro n’amahoro(RRA), bafashe ubwo yakurikiranwaga. Uyu Kibyeyi avuga ko yahawe imbabazi n’umukuru w’igihugu ku wa 26 Mata 2024, ubwo yari mu […]

Canada: Minisitiri w’imari yeguye kubera kutumvikana na Minisitiri w’Intebe Trudeau

Minisitiri w’imari wa Canada, Chrystia Freeland, yatangaje ku wa Mbere ko aretse akazi kandi ko yeguye muri guverinoma ya minisitiri w’Intebe, Justin Trudeau. Yavuze ko atumvikanye na Trudeau ku bijyanye no gushyiraho inzira nziza iganisha igihugu ku gukemura ikibazo cy’iterabwoba ry’imisoro rya Perezida wa Amerika watowe, Donald Trump, ku bicuruzwa biva muri Canada. Mu ibaruwa […]

Ntabwo ari ubushake bwabuze bwa Congo bwo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda, ni ubushobozi – Nduhungirehe

63475

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Patrick Nduhungirehe mu kiganiro yahaye kimwe mu bitangazamakuru mpuzamahanga bikorera mu Rwanda, yagaragaje ikindi kibazo gihangayikishije u Rwanda kuva ku muturanyi mu burengerazuba bw’igihugu kitabonewe umwanya uhagije wo kukiganiraho mu biganiro bya Luanda, kikaba, ari ikibazo cy’imvugo za Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ukomeje kugenda […]

USA: Umwana w’imyaka 15 yarashe mugenzi we n’umwarimu ku ishuri

12695364 scaled 1

Polisi yavuze ko umwana w’umukobwa w’imyaka 15 mu cyumba cy’ishuri muri Wisconsin, yarashe umunyeshuri mugenzi we n’umwarimu bahita bapfa abandi bantu batandatu barakomereka mbere yo kwiyahura akoresheje imbunda. Iraswa ryabereye mu cyumba cy’inyigisho zivanze mbere gato ya saa 11h00 (1700 GMT) ku ishuri rya gikirisitu rya Abundant Life, rifite abanyeshuri 420 kuva mu ishuri ry’incuke […]

Polisi ya Ethiopia irashima uruhare rwa RNP mu kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka mu karere

csm WhatsApp Image 2024 12 16 at 17.56.57 bcff121b 8289b20917

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Ethiopia rugamije gushimangira ubufatanye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi mu bijyanye no gucunga umutekano. Yakiriwe na mugenzi we w’icyo gihugu CG Demelash Gebremichael Weldeyes, kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Ukuboza 2024, bashyira umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati ya […]

Uganda: Leta ni yo izishyura indishyi kuri bamwe mu bahuye n’ubugome bwa LRA

Uganda Thomas Kwoyelo trial @David Okema 1000x663 1

Leta ya Uganda yategetswe n’urukiko muri iki gihugu kwishyura miliyoni 10 z’amashilingi akoreshwa muri icyo gihugu ni ukuvuga amadolari ya Amerika 2,740 kuri buri muntu wahitanywe na Thomas Kwoyelo nk’indishyi. Thomas Kwoyelo ni umwe mu bayoboraga umutwe w’inyeshyamba z’umutwe wa Lord’s Resistance Army (LRA) urwanya ubutegetsi bwa Kampala. Ni we ubaye uwa mbere mu bayobozi […]

Kigali: Hafashwe moto 50 kubera kuzitwarira mu nkengero z’umuhanda

WhatsApp Image 2024 12 16 at 17.03.33 8ff5ec49

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (TRS), mu bikorwa byo kugenzura ko amabwiriza rusange agenga umuhanda yubahirizwa, mu mpera z’icyumweru gishize mu Mujyi wa Kigali ryafashe amapikipiki 50 abayatwaye bagaragaye bagendera ku nkengero z’umuhanda (bordures). Itegeko rya Perezida no 85/01 ryo ku wa 02/09/2002 rishyiraho amabwiriza rusange agenga imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo […]

Kirehe: Barasaba leta kubarenganura bagasubizwa ubutaka bavuga ko bambuwe n’aborozi

9e74eb59 0f9f 48de a18d 5c6f7c0be925

Abaturage batuye mu Murenge wa Mushikiri, mu Karere ka Kirehe, barasaba ubuyobozi kubarenganura kubera ubutaka bwabo bwatwawe n’aborozi nyuma yo guhabwa, igisigara cya Leta ariko hakongerwaho ubutaka bwakuwe ku masambu y’abaturage hagendewe ku isaranganya bita baringa. Abaturage batanu, batuye mu tugari twa Rwayikona na Rugarama nibo basaba Leta kubarenganura bagasubizwa igice cy’ubutaka bwabo ubutaka bwatwawe […]

Umuyobozi wa GS Nyarupfubire ari guhigwa n’inzego z’umutekano akekwaho ubwicanyi

800px NyagatareDist

Mu gitondo cyo kuri uyu Mbere, itariki 16 Ukuboza 2024, umugabo w’imyaka 48 witwa Hakizimana Emmanuel wo mu Karere ka Kirehe, yakubitiwe mu rwuri rw’Umuyobozi wa GS Nyarupfubire, Gatare Jacques, kugeza ashizemo umwuka. Uyu yasize umugore n’abana bane. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Rukundo mu Kagali ka Kirebe, Umurenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, […]

Ukraine irigamba kwica abasirikare nibura 30 ba Koreya ya Ruguru muri Kursk

90c9b54e rrjehi6yvloafe7wbv89zr

Imitwe y’Ingabo za Koreya ya Ruguru zirwanira u Burusiya yagize igihombo cy’abasirikare nibura 30 bishwe cyangwa bakomerekeye mu Karere ka Kursk mu Burusiya mu mpera z’icyumweru gishize, nkuko byatangajwe n’ubutasi bwa gisirikare bwa Ukraine, HUR, kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Ukuboza 2024. Ubuyobozi bukuru bw’ubutasi bwa gisirikare bwa Ukraine bwatangaje ko mu mpera z’icyumweru […]

Uganda: Museveni agiye gukurikiranira hafi abanyamadini bavuga ko bakiza indwara

RJT4691

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje imigambi yo gutangira gukurikiranira hafi ibikorwa by’abayobozi b’amadini bavuga ko bakora ibitangaza byo gukiza indwara. Ibi Museveni yabitangaje ubwo yari yagiye yari yagiye gutangiza itorero rya Temple Mount Church of All Nations, urusengero runini cyane ruherutse gufungurwa i Mulago muri Kampala ruyoborwa […]

Korea y’Epfo: Urukiko rwatangiye gusuzuma niba Perezida Yoon akwiye kwegura

fc8cda77557809385ab765dd3a93d5ab444e3028

Urukiko rw’itegeko nshinga rwa Korea y’Epfo rwatangiye kuburanisha urubanza rwo kweguza Perezida Yoon Suk Yeol, wabujijwe gutangaza ibihe bidasanzwe mu gihugu ashyiraho amategeko yo mu bihe by’intambara no gushyira igihugu cye mu gihirahiro cya politiki. Ku wa Gatandatu ushize, abadepite batoye ko Yoon yegura, nyuma y’uko ibikorwa bye byateje imyigaragambyo ikabije imusaba kuva ku butegetsi. […]

Burundi: Dr Sahabo wa Kira Hospital yasabiwe imyaka 20 y’igifungo n’ihazabu ya miliyoni 9€

Dr Sahabo

Urubanza rw’uwahoze ari umuyobozi mukuru w’Ibitaro bya Kira, ivuriro rikomeye cyane mu Burundi, mu mpera z’icyumweru gishize rwarapfundikiwe nyuma y’iminsi ibiri ikurikiranye agaragara mu rubanza rwaberaga muri Gereza Nkuru ya Ruyigi (uburasirazuba bwu Burundi) aho afungiwe. Yahakanye icyaha mu gihe ubushinjacyaha bwamusabiye igifungo cy’imyaka 20 n’ihazabu ingana na miliyoni 9 z’amayero.  Abacamanza bo mu Rukiko […]

Rutsiro: Mbere y’ifungwa ry’umukozi w’akarere yabanje gutotezwa n’ubuyobozi

3J9A2127 1 scaled 1

Kuwa Kane tariki 12 Ukuboza 2024, nibwo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi ushinzwe kurengera ibidukikije mu Karere ka Rutsiro, Kamayirese Innocent, akekwaho ruswa ifitanye isano n’ibikorwa by’ubucukuzi bw’umucanga n’amabuye y’agaciro. Icyo gihe, Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry abinyujije ku rukuta rwa Twitter yavuze ko “Kamayirese yafashwe nyuma y’iperereza ryari […]

DRC: Matembe hari kubera imirwano ikomeye hagati ya FARDC na M23

bitmap 800 nocrop 1 1 20240703185108584773 IMG 20240625 WA0014

Intambara zirakomeje mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero, muri Kivu y’Amajyaruguru, aho amasasu akomeje kumvikana. Kuva kuri iki Cyumweru tariki 15 Ukuboza 2024, imirwano yongeye kubura hagati y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) n’abarwanyi ba M23, mu gace ka Matembe gaherereye ku ntera ya kilometero 60 uvuye mu mujyi wa Lubero rwagati. Imirwano […]

Amerika yemeje ko iri mu biganiro n’abafashe ubutegetsi muri Syria

Secretary Blinken

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken, yatangaje ko Amerika yavuganye n’inyeshyamba za HTS ubu ziyobora Syria nyuma yo guhirika ubutegetsi bwa Assad. Nibwo bwa mbere hemejwe imivuganire itaziguye hagati ya Amerika n’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham, ubu Amerika igifata nk’umutwe w’iterabwoba. Blinken yabwiye abanyamakuru ko Amerika yagiye ivugana n’aba cyane cyane ku byerekeranye […]

Luanda: Inama yagombaga guhuza Kagame na Tshisekedi ntikibaye

Ge1eGZaXAAAKDGz

Inama yari iteganijwe kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, hagati ya Perezida FĂ©lix Tshisekedi, Paul Kagame na Joâo Lourenço ntabwo yabaye nyuma y’uko Perezida w’u Rwanda atabashije kuyitabira. Abayobozi ba Congo na Angola baboneyeho kugirana ibiganiro imbonankubone mbere yo kureka abahagarariye ibihugu byombi gukomeza inama. Isubikwa ry’iyi nama ryatewe n’uko intumwa z’u Rwanda zitigeze […]

Corneille Nangaa yemeje ko Tshisekedi ari we mugambanyi wa mbere igihugu gifite

Screenshot 2024 12 15 103230

Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC), Corneille Nangaa, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 14 Ukuboza 2024, yagejeje ijambo ku Banyekongo aho yibasiye umukuru w’igihugu Tshisekedi avuga ko ibyo yari yitezweho ajya ku butegetsi mu 2019 atari byo yakoze ahubwo yarushijeho gusenya no gukenesha igihugu kubw’ibyo bakaba bagiye kwifatira ibintu mu biganza. Mu ijambo rye ry’iminota […]

Luanda: Ba minisitiri ba RDC n’u Rwanda bongeye guhura mbere ya ba perezida

GeyJRLoXoAAe4H9

Ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 14 Ukuboza 2024, bahuriye mu Nama ya 7 y’Abaminisitiri ku Mahoro n’Umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, umunsi umwe mbere y’inama y’abakuru b’ibihugu iteganyijwe kuri iki Cyumweru. Ibinyujije kuri X, minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda […]

Iran: Umuhanzikazi Parastoo yatawe muri yombi azira gukora igitaramo atambaye hijab

The Forbidden Voice of Parastoo Ahmadi

Umuririmbyikazi yatawe muri yombi n’abayobozi muri Iran azira kutambara hijab ubwo yari mu gitaramo cyacagaho live kuri YouTube nk’uko umwunganizi we yabitangaje. Uyu muhanzikazi, Parastoo Ahmady, yafunzwe azira kutubahiriza imyambarire y’abagore muri Repubulika ya Kisilamu ya Iran. Ku wa Kane, ikirego cyatanzwe kirega uyu muhanzikazi w’imyaka 27 kubera igitaramo cye yakoze yambaye umwenda muremure wirabura […]

Mu gihe Kagame na Tshisekedi baza guhura imirwano irakomeje muri Lubero

00congo 4 kvmt

Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo ibiganiro hagati y’abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bahurire mu biganiro biteganyijwe kubera i Luanda kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, mu burasirazuba bwa Congo habyukiye imirwano hagati ya M23 na FARDC. Amakuru agaragara ku mbuga nkoranyambaga nka X, avuga ko kuri […]

ABC News igiye kwishyura Trump miliyoni 15$ kubera isebanya

5040abd0 ba6a 11ef aff0 072ce821b6ab

ABC News yemeye kwishyura Miliyoni 15$ Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika watowe, Donald Trump, kugira ngo ikemure ikirego cyo gusebanya nyuma y’uko umunyamakuru w’icyamamare wayo abeshye ko Trump  “yahamijwe gufata ku ngufu”. George Stephanopoulos yabivuze inshuro nyinshi mu kiganiro cyo ku itariki ya 10 Werurwe uyu mwaka ubwo yari yibasiye umudepitekazi mu nteko […]

Komite z’abaturage mu kwicungira umutekano zirasabwa kudatezuka

WhatsApp Image 2024 12 14 at 07.33.21 8d594fb2

Polisi y’u Rwanda yahuguye abagize Komite z’abaturage mu kwicungira umutekano (CPCs) bo mu turere tugize Umujyi wa Kigali mu rwego rwo kubongerera ubumenyi buzabafasha mu gukumira no kurwanya ibyaha bihungabanya umutekano w’abaturage. Ni amahugurwa y’iminsi ibiri yateguwe ku bufatanye na Minisiteri y’Umutekano n’iy’ubutegetsi bw’igihugu kuva ku wa Kane tariki ya 12 kugeza Ku wa Gatanu […]

Umunsi wa cumi na rimwe w’imirwano mu majyepfo ya Lubero

kkk1

Kuva saa kumi n’imwe za mugitondo kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Ukuboza, imirwano ikaze yahuje n’inyeshyamba za M23, zishyigikiwe n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) na Wazalendo, muri Kaseghe. Ku munsi w’ejo nyuma ya saa sita, amakuru ava muri Congo avuga ko amakamyo 18 arimo inyeshyamba za M23 zahagurutse Kiwanja zerekeza […]

Muhanga: Umugabo akurikiranweho kwica umugore babanaga kubera ifuhe

WhatsApp Image 2024 12 11 at 13.24.01 1

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugabo w’imyaka 25 ushinjwa kwica umugore babanaga w’imyaka 31 akoresheje icyuma. Icyaha cy’ ubwicanyi akurikiranyweho bivugwa ko cyakozwe ku itariki ya 24 Ugushyingo 2024 mu Mudugudu wa Rukaragata, mu Kagari ka Gihara, mu Murenge wa Runda, mu Karere ka Kamonyi, ho mu Ntara y’Amajyepfo.  Kuri uwo munsi nk’uko […]

Korea y’Epfo: Ibiro bya perezida byasatswe uwari minisitiri w’ingabo agerageza kwiyahura

WhatsApp Image 2024 12 11 at 12.40.53

Kuri uyu wa Gatatu, abapolisi ba Koreya y’Epfo basatse ku biro bya Perezida Yoon Suk Yeol, mu rwego rwo gukora iperereza ryagutse ku kugerageza gushyiraho amategeko ya gisirikare mu cyumweru gishize. Ni mu gihe minisitiri w’ingabo bafatanyije gushyiraho aya mategeko yagerageje kwiyahurira muri kasho. Ibiro Ntaramakuru, Yonhap, byatangaje ko abashinzwe iperereza rya polisi batanze icyemezo […]

Zambia: Urukiko rwemeje ko Edgar Lungu atemerewe kuzongera kwiyamamaza

bwiza3

Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rwa Zambia rwemeje ko uwahoze ari Perezida, Edgar Lungu, atemerewe kwiyamamariza indi manda nyuma yo gutangaza ko agarutse muri politiki mu mwaka ushize . Urukiko Rukuru rwo muri iki gihugu rwemeje ko manda ya mbere ya Lungu, yakoze kuva mu 2015 kugeza 2016 nyuma y’urupfu rw’uwahoze […]

Syria: Abafashe ubutegetsi bagiye kuvuga abari abayobozi bashakishwa kubera iyicarubozo

Umuyobozi mukuru w’inyeshyamba z’abayisilamu zakuyeho ubutegetsi muri Syria avuga ko abayobozi bakuru mu butegetsi bwa Assad bagize uruhare mu iyicarubozo ryakorewe imfungwa za politiki bagiye gutangazwa. Abu Mohammed al-Jolani avuga ko ibihembo bizatangwa ku makuru ajyanye n’abasirikare b’abakuru n’abashinzwe umutekano bagize uruhare mu “byaha by’intambara”. Hagati aho abashinzwe ubutabazi bavuga ko barangije gushakisha imfungwa byakekwaga […]

EU yongerereye igihe ibihano byafatiwe abasirikare bakuru ba FARDC

Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kongeye kuvugurura, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 9 Ukuboza 2024, ibihano byafatiwe abasirikare bakuru ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo kongeraho umwaka bikazageza ku itariki 12 Ukuboza 2025. Iki cyemezo cyafashwe nyuma yo gusuzuma ikibazo cy’uburenganzira bwa muntu muri DRC. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’uyu muryango ryageze […]

Taiwan iravuga ko yabaze indege hafi 50 z’u Bushinwa hafi yayo

Minisiteri y’ingabo ya Taiwan iravuga ko kuri uyu wa Kabiri yasanze indege 47 za gisirikare z’Abashinwa zikikije icyo kirwa . Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, byavuze ko hari umuyobozi mukuru mu by’umutekano wa Taiwan, uvuga ko “amato agera kuri 90” y’Abashinwa barwanira mu mazi n’abasirikare barinda inkombe byagaragaye mu mazi hafi y’icyitwa urunigi rwa mbere rw’ibirwa, […]

Umuvunyi Mukuru yaburiye Abanyarwanda bakijandika muri ruswa cyane cyane abayobozi

img-20241209-wa0118-768x512.jpg

Umuvunyi Mukuru arasaba Abanyarwanda cyane cyane abayobozi n’abandi bijandika mu byaha bya ruswa kubireka, kuko ruswa ari icyaha kidasaza kandi inzego za Leta zishinzwe kuyirwanya ziticaye ku buryo ntaho bazahungira . Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Mbere, itariki ya 9 Ukuboza 2024, ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya Ruswa, wizihirijwe mu Karere ka Muhanga […]

Polisi yasabye abanyerondo kurangwa n’ubunyangamugayo no gukora kinyamwuga

Polisi y’u Rwanda irasaba abanyerondo b’umwuga kurangwa n’ubunyangamugayo no gukora kinyamwuga mu rwego rwo kurushaho kunoza akazi kabo no kwirinda ababiyitirira bagamije guhungabanya umutekano. Ni mu mahugurwa amaze icyumweru abera mu turere twose tugize umujyi wa Kigali, yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze; hagamijwe gukangurira abakora irondo ry’umwuga kwita ku nshingano […]

Rusizi: Ushinzwe imyitwarire mu kigo cy’ishuri arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 15

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rusizi bwakiriye dosiye y’ushinzwe imyitwarire (Animateur) mu kigo cy’ishuri giherereye mu karere ka Rusizi ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka cumi n’itanu (15) . Icyaha cyakozwe ku itariki ya 27/11/2024, mu murenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi, ubwo uregwa yashukaga uyu mwana w’umukobwa ngo akamujyana ku kabari bwamara kwira […]

USA: Umuraperi wa mbere ukize, Jay-Z, yashinjwe gufata ku ngufu umwana w’imyaka 13

Ikirego gishya mu rubanza mbonezamubano kirega umuraperi Sean “Diddy” Combs kiravuga ko we na Jay-Z bafashe ku ngufu umukobwa w’imyaka 13 muri after party yo mu 2000. Jay-Z yahakanye aya makuru agira ati: “Ibi birego ni amahano ku buryo ninginga ngo mutange ikirego cy’inshinjabyaha, aho kuba mbonezamubano !! ” Umuraperi w’icyamamare akaba na producer, Jay-Z, […]

Lubero: Habyukiye imirwano ku munsi wa 8 hagati ya M23 na FARDC

geslkhlxaaackkn.jpg

Kuri uyu wa mbere, 9 Ukuboza 2024, ni umunsi wa munani wikurikiranya w’imirwano ikaze ikomeje kuba hagati y’abarwanyi ba M23 n’Ingabo za FARDC zifatanyije na Wazalendo mu Mudugudu wa Kimaka mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero. Mu gitondo cya kare, uyu munsi kandi havuzwe imirwano mu gace ka Kaseghe, bivugwa ko ari ahantu h’ingenzi ku […]