Al Shabaab yateye hotel muri Somaliya rwagati, nibura 10 bapfuye

460854150 wide 3f79554425bba8a81542614c16aac985229264e7 640x360 1

Abapolisi n’abatangabuhamya bavuga ko intagondwa z’abayisilamu zitwaje intwaro bateye hotel mu Mujyi wa Beledweyne rwagati muri Somaliya, bica bamwe mu bari aho. Igitero cya al-Shabab cyatangiranye n’igisasu mu modoka cyaturitse, gikurikirwa n’abantu bitwaje imbunda binjiye muri hotel, bituma havuka imirwano ikaze n’inzego z’umutekano. Polisi yavuze ko byibuze abantu bane bishwe, ariko abatangabuhamya babwiye BBC ko […]

Rwamagana: Uvuga ko yakubiswe mu gitsina azira kwanga gucuruzwa mu kabari aratabaza

a4d55bb0 5e8a 4a03 9271 26d2ba3470fb horz 1

Umugore witwa Mutesi Diane, arasaba ubutabera nyuma yo gukubitwa n’abantu batatu barimo uwamukuye aho akomoka amuzanye kumukorera mu kabari mu kagari ka Nkomangwa mu Murenge wa Munyiginya, Akarere ka Rwamagana. Uwo mugore yagaragaje ko yakubiswe azira kwanga gucuruzwa ku mugabo ku mugoroba wo ku Cyumweru Tariki ya 10 Werurwe 2025. Umunyamabanga Nshingwabikowa w’Umurenge wa Munyiginya […]

RDC: Abantu 25 barimo abakinnyi bapfiriye mu mpanuka y’ubwato

20276222 ea69 4ea5 9790 8a834b2367d2

Inzego z’Ibanze mu Ntara ya MaĂŻ-Ndombe yatangaje ko abantu 25 biganjemo abakinnyi b’umupira w’amaguru bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye mu ruzi rwitwa Kwa. Iyo mpanuka yabaye ku cyumweru Tariki ya 9 Werurwe 2025, ubwo abakinnyi bari batashye bavuye gukina umukino wa gicuti , mu bantu 55 barimo kwambuka uruzi rwitwa Kwa harokotsemo abantu 30 hapfa […]

Tanzania: Hagaragaye abantu ba mbere barwaye ubushita bw’inkende

unnamed

Mu gihugu cya Tanzaniya hagaragaye abantu babiri ba mbere banduye indwara y’ubushita bw’inkende, ku nshuro ya mbere virusi igaragaye mu gihugu nkuko byemejwe na Minisiteri y’ubuzima. Bivugwa ko abo bantu bagaragaje ibimenyetso, bashyizwe mu kato kandi bapimwe barimo umushoferi w’ikamyo wari uvuye mu gihugu gituranye na Tanzania, kitatangajwe, ajya i Dar es Salaam nkuko iyi […]

Kigali: Abakora irondo ry’umwuga basoje amahugurwa ku bijyanye no  gucunga umutekano

IRONDO

Abakora irondo ry’umwuga mu Mujyi wa Kigali bagera ku bihumbi bitandatu, ku wa Mbere tariki ya 10 Werurwe,  basoje amuhugurwa agamije kubongerera ubumenyi ku bijyanye n’ubunyamwuga n’uruhare rwabo mu gukumira ibyaha.  Abahuguwe ni abakorera mu mirenge 35 igize Umujyi wa Kigali, bahawe amasomo atandukanye arimo; igisobanuro cy’irondo ry’umwuga, inshingano z’abagize irondo ry’umwuga mu kubungabunga umutekano, […]

CENCO yanyomoje amakuru avuga ko ibiganiro irimo byaba bitegurira amayira uzasimbura Tshisekedi

bitmap 1200 nocrop 1 1 20230522160435483218 Mgr Nshole lisant le communiqu de la CENCO

“Natunguwe cyane nyuma yo gukurikira ikiganiro Pasiteri Kakienza yagiranye na Thierry Kambundi. Ariko ndibwira ko byumvikana “,  uyu ni Musenyeri Donatien Nshole, Umunyamabanga Mukuru akaba n’Umuvugizi w’Inama Nkuru y’Abepiskopi y’igihugu cya Congo (CENCO) ikorana na ECC, muri gahunda y’amasezerano mbonezamubano y’amahoro no kubana neza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo no mu Karere k’Ibiyaga Bigari. […]

Kenya: Impano ya miliyoni 20 z’amashilingi Ruto yahaye urusengero yateje imyigaragambyo

1000418606

Muri Kenya, byibuze abantu icumi bakomeretse naho 38 batawe muri yombi ku Cyumweru, itariki ya 9 Werurwe, nyuma y’imyigaragambyo yabereye mu Karere ka Kasarani, mu nkengero z’Umujyi wa Nairobi, yahagaritswe hakoreshejwe ingufu. Nyuma y’ubujurire ku mbuga nkoranyambaga, urubyiruko magana rwagerageje kwinjira mu Itorero Jesus Winner Ministry kugira ngo bigaragambye bamagana impano nini ryahawe na Perezida William […]

Ibyo turegwa ntaho bihuriye n’umutekano w’igihugu – PPRD ya Kabila

Justice Le PPRD exige la liberation sans condition de Ferdinand Kambere

Kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Werurwe, abagize Ishyaka ry’Abaturage riharanira kongera Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD) bahamagajwe imbere y’ubushinjacyaha bwa Gisirikare i Kinshasa. Bavuze ko bashinjwe  ibyaha bidafite aho bihuriye n’umutekano w’igihugu. Ferdinand Kambere, Umunyamabanga Wungirije wa PPRD, yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Radio Okapi nyuma y’uru rubanza, agira ati: “Ibyo turegwa ntaho bihuriye n’umutekano […]

UPDF yohereje ingabo zidasanzwe muri Sudani y’Epfo ahakomeje gututumba intambara

150a8b67 0b74 4c7a a783 8f2e8f382997

Umugaba  Mukuru w’Ingabo za Uganda yavuze kuri uyu wa Kabiri ko igihugu cye cyohereje ingabo zidasanzwe mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, kugira ngo “zibungabunge umutekano” mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka hagati ya Perezida Salva Kiir na Visi Perezida we wa mbere Riek Machar, wateye impungenge z’uko intambara y’abenegihugu ishobora kubura muri iki […]

Perezida Kagame yaganiriye na Banki y’Isi ku bufatanye buriho n’ejo hazaza

Glr vdtWcAAV6ft

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Werurwe, Perezida Paul Kagame, yakiriye Qimiao Fan, Uhagarariye Banki y’Isi mu gihugu mu Rwanda, Kenya, Somaliya, na Uganda. Baganiriye ku bufatanye buriho ndetse n’ejo hazaza nk’uko ibiro bya Perezida bibitangaza. Iyi ibaye inshuro ya kabiri Qimiao asura u Rwanda nyuma yo kugera kuri uyu mwanya muri Nzeri 2024. […]

Igitero cya mbere kinini cya drones za Ukraine i Moscow kishe umuntu gihungabanya ubwikorezi

PX666MNTEBIRJGGRMWGUMLGIJU

Kuri uyu wa Kabiri, Ukraine yateye Moscou mu gitero cyagaragaye ko ari cyo gitero kinini cy’indege zitagira abadereva z’intambara ku murwa mukuru w’u Burusiya, gihitana byibuze umuntu umwe, gitera inkongi y’umuriro ndetse no guhagarika ubwikorezi bwo mu kirere na gari ya moshi mu karere. Guverineri w’akarere ka Moscou, Andrei Vorobyov, mu nyandiko yanditse kuri porogaramu […]

Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu

USAID Stop Work Order

Kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Werurwe 2025,  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yatangaje  ko  83% bya porogaramu za USAID zizavaho burundu. Ni nyuma y’akazi kari kamaze ukwezi n’igice ko gusuzuma imikorere ya USAID. Kakurikiye iteka rya Perezida Donald Trump ryo kuwa ya 20 Mutarama, akimara kurahira, ryahagaritse USAID […]

Impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu Burundi na Uganda zibayeho nabi cyane – Kayikwamba

IMG 7207

Kwiyongera kw’ibibazo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo Kivu byongereye umubare w’Abanyekongo bahunze igihugu aho habarwa abagera hafi ku 80.000 mu Burundi no muri Uganda, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga , ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie, ThĂ©rèse Kayikwamba Wagner, mu nama ya 34 y’inama y’abaminisitiri. Nta […]

Igikomangoma Frederik wa Luxembourg yapfuye ku myaka 22 azize indwara idasanzwe

hq720

Igikomangoma Frederik wa Luxembourg yapfuye azize indwara idasanzwe izwi ku izina rya POLG mitochondrial disease, nkuko byatangajwe n’umuryango we. Igikomangoma Frederik yapfuye ku itariki ya 1 Werurwe afite imyaka 22, nk’uko ababyeyi be babitangaje mu itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa POLG Foundation. Se w’igikomangoma Robert, yagize ati: “Ni n’umutima uremereye cyane njye n’umugore wanjye twifuje […]

Burundi: Alexis Sinduhije yemeye ko Red Tabara ikomoka ku ishyaka MSD yashinze

burundi pic

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, ubarizwa mu buhungiro mu gihugu cy’u Bubiligi, Alexis Sinduhije, yemeye ko ishyaka MSD yashinze ari ryo riri inyuma y’umutwe wa Red-Tabara mu gihe yari amaze iminsi atabyemera cyangwa ngo abihakane, ndetse ashimangira ko biteguye kuzagira u Burundi igihugu cy’icyitegererezo nibamara gukura Ndayishimiye ku butegetsi. Ibi Alexis Sinduhije ukuriye ishyaka […]

Amerika yiteguye kuganira na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku mabuye y’agaciro

congo and united states flag waving in the wind against white cloudy blue sky together diplomacy concept international relations tcx21p removebg preview

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziteguye gusuzuma ibijyanye n’ubufatanye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro na Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’aho umusenateri avuganye n’Abayobozi ba Amerika ngo baganire ku masezerano yo kugurana umutekano amabuye y’agaciro nk’uko departement ya leta yabitangaje mu itangazo yageneye Reuters. Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ikungahaye kuri cobalt, lithium na uranium […]

Burundi: Abahataniye ikamba rya Nyampinga bakoze impanuka

5b75a2e0 e608 4ccb bcb6 1ec75cd1539e

Ubuyobozi bw’ikinyamakuru Ingo Magazine bushinzwe gutegura amarushanwa ya Nyampinga w’u Burundi 2025 ( Miss Burundi 2025 ), bwatangaje ko abakobwa bari muri iryo rushanwa baraye bakoze impanuka ubwo bavaga mu Ntara ya Gitega ahabereye irushanwa. Iyo mpanuka yabaye ku mugoroba wo ku Cyumweru Tariki ya 9 Werurwe 2025, ubwo abakobwa 20 bari mu irushanwa rya […]

Abayobozi 3 b’Ishyaka rya Kabila bahamagajwe n’ubuyobozi

20240917174211321422 9R8A9812 1

Kuri uyu wa mbere, itariki ya 10 Werurwe, abayobozi benshi batavuga rumwe n’ubutegetsi bo mu ishyaka ry’abaturage riharanira iterambere (PPRD) bahamagajwe n’Umushinjacyaha wa gisirikare. Mu bantu bahamagajwe harimo Visi-Perezida wa PPRD, Aubin Minaku, Umunyamabanga Uhoraho w’iri shyaka, Ramazani Shadary, n’umwungirije, Ferdinand Kambere. Ukurikije ubutumire bushobora gusomwa ku mbuga nkoranyambaga, barahamagarirwa kugira ibyo basobanurira ubutabera, nta […]

Canada yabonye Minisitiri w’Intebe mushya

photo

Ishyaka ry’aba-LibĂ©raux riri ku butegetsi muri Canada ryatoye Mark Carney ngo ariyobore, akazahita aba na ministiri w’intebe w’icyo gihugu. Ni nyuma y’uko Justin Trudeau wari Minisitiri w’Intebe, yeguye ku buyobozi bw’ishyaka no ku mwanya wa ministiri w’intebe mu kwezi kwa mbere uyu mwaka. Carney w’imyaka 59, yatowe n’abagize ishyaka rye ku majwi 85.9 kw’ijana. Yari […]

Urwego rw’ibanga muri Amerika rwarashe umugabo wari uteye White House

1x 1

Urwego rw’ibanga muri Amerika rwarasiye umugabo hanze ya White House mu gitondo cyo ku Cyumweru nyuma yo “guhangana yitwaje intwaro”, nk’uko byatangajwe n’urwego rushinzwe kurinda perezida. Ruvuga ko mbere rwari yakiriye amakuru avuye muri polisi yaho ku byerekeye “umuntu w’umwiyahuzi ushobora kuba ari kwerekeza i Washington DC avuye muri Indiana”. Abapolisi baho ngo begereye umugabo […]

Abawazalendo baravugwaho kwica abasivili 43 mu bice bigenzurwa na M23

wazalendo en formation 73d62

Igitero cyagabwe na Wazalendo mu ijoro ryo ku wa Gatatu, itariki ya 5 Werurwe kugeza ku wa Kane, itariki 6 Werurwe 2025, cyabereye mu mudugudu wa Tambi, nko mu birometero ijana mu majyaruguru ya Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru cyahitanye abatari bacye. Amakuru aturuka mu nzego z’ibanze avuga ko igitero cyagabwe ku mudugudu wa Tambi, mu […]

Inzego z’umutekano nshya za Syria zirashinjwa kwica abaturage babarirwa mu magana

urnpublicidap.org610cdee1d5762d3ecb75c700fb7cf5f2Syria Clashes 02131

Itsinda rishinzwe gukurikirana intambara rivuga ko abashinzwe umutekano muri Syria bivugwa ko bishe abaturage babarirwa mu magana b’abayoboke b’idini rya Alawite mu bugizi bwa nabi bukomeje ku nkombe z’iki gihugu. Ikigo cy’u Bwongereza gishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (SOHR) gikorera mu Bwongereza cyavuze ko abasivili bagera ku 745 bishwe mu “bwicanyi” bugera kuri 30 bwibasiye Aba-Alawite […]

AFC/M23 yemeje amakuru y’umutwe wa Wazalendo wayiyunzeho

Screenshot 2025 03 09 120259

Amakuru aturuka muri Kivu aravuga ko abayobozi b’imitwe itatu y’ingenzi ya Wazalendo yashingiwe muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo yitandukanyije na leta ikifatanya na AFC/M23. Iyo mitwe ni FPP / AP y’uwiyise General Kabido, NDC-R / M na MaĂŻ-MaĂŻ Kifuafua. Ibi babimenyesheje mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatanu, itariki 7 Werurwe 2025 i Mbwavinywa. […]

Ukraine: Ibitero by’u Burusiya mu Mujyi wa Dobropillya byahitanye byibuze 11

1200x675 cmsv2 a116e31d bbe4 5169 a678 351b8f6c660e 9101682

Igisirikare cy’u Burusiya cyagabye igitero ku Mujyi wa Dobropillya gikoresheje misile, rokete, ndetse n’indege zitagira abapilote, cyangiza inyubako z’amagorofa umunani. Ku wa Gatanu, nibwo Igisirikare cy’u Burusiya cyagabye igitero kuri Dobropillya na misile, roketi, ndetse n’indege zitagira abadereva, cyangiza amazu umunani y’amagorofa, gihitana byibuze abantu 11 abandi 30 barakomereka. Abayobozi b’umujyi bavuga ko inyubako y’ubuyobozi […]

Abarwanyi ba M23 baba barimo kwerekeza mu Ntara ya Tanganyika

GljFt0kXsAAVgUa

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 8 Werurwe 2025, abarwanyi ba M23 bagaragaye ku irondo ku misozi ya Kalanga, Maloke no mu yindi midugudu ituranye na Kivu y’Amajyepfo, mu gihe abaturage bakomeje ibikorwa byabo bya buri munsi nta nkomyi. Ababyiboneye bavuga ko abo barwanyi, boherejwe ku bwinshi, bijeje abaturage ko bafite umutekano, bavuga ko ibikorwa byabo […]

RDC: Leta yafatiriye inzu za Pero Luwala ukunze kwibasira Tshisekedi

20220505 134011

Inzego z’ubutabera za Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuwa Gatandatu zategetse ko hafatwa inzu z’umunyamakuru Claude Pero Luwala wahunze, aho minisitiri w’ubutabera avuga ko uyu mutungo yawubonye nyuma yo kwinjira mu mutwe  AFC / M23. Ni nyuma y’umunsi umwe hashyizweho igihembo cya miliyoni 4 z’amadolari agenewe umuntu uzatanga amakuru y’ahantu aharereye yakoroshya itabwa muri yombi […]

Kabila yasubitse amasomo ye muri Kaminuza ya Johannesburg ngo yite kuri DRC

Congo enhanced

Uwahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yavuze ko byabaye ngombwa ko ahagarika amasomo ye muri Kaminuza ya Johannesburg kugira ngo yibande ku kibazo gikomeje kwiyongera mu gihugu cye. Kabila yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Namibia Broadcasting Corporation, igitangazamakuru cya Leta muri iki gihugu. Kabila yari mu gihugu cy’amajyepfo ya Afurika […]

Inyubako y’amagorofa umunani yari irimo kubakwa i Kinshasa yahirimye

65f8663e61360

Inyubako y’amagorofa umunani yari irimo kubakwa, yarahirimye ku wa Gatanu, itariki Werurwe 7 nimugoroba ahitwa Mbudi Machungu kuri Avenue Voka mu karere ka CPA Mushie, Komini ya Mont-Ngafula (Kinshasa). Radio Okapi yavuze ko nta gutakaza ubuzima bw’abantu, ahubwo hangiritse ibikoresho byinshi. Bivugwa ko umusingi w’inyubako ushobora kuba utabashije kwihanganira umutwaro wose w’inzu, bityo bigatuma usenyuka […]

Rwamagana: Hagaragajwe impamvu zituma amakimbirane yiyongera mu ngo

6efed49c f90e 48e1 ab5d 0a8f709a705d

Mu biganiro byabaye kuwa Gatanu Tariki ya 7 Werurwe mu karere ka Rwamagana, byahuje Abadepite bagize Ihuriro ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishingamategeko FFRP n’abayobozi mu nzego zitandukanye . Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana bwagaragaje Ibibazo bitera amakimbirane bunasaba abayobozi kuyakumira hadahutajwe abayafitanye. Ibyo biganiro byabaye mu murenge wa Muhazi,byibanze ku ruhare rw’urubyiruko mu iterambere n’urw’abagize umuryango […]

MIFOTRA yatangaje impinduka mu mikorere y’ibizamini by’akazi

Minisiteri y’imirimo ya leta, MIFOTRA iramenyesha abashaka kwinjira mu kazi ka Leta, ko bagiye kujya bakora ikizamini cy’isuzumabushobozi (psychometric test). Iki ni cyo kizamini kizajya kibanza, uwagize nibura amanota 50/100 ni we uzakomeza ku bindi bizamini (icyanditse na interview). Itangazo rya MIFOTRA rivuga Iki kizamini giteganywa mu ngingo ya 7 y’Iteka rya Perezida N° 128/01 […]

Centrafrica: Gen Nyakarundi yasuye Ingabo za Minusca

GlY2g62XUAAKMkV

Kuri uyu wa Kane, itariki 6 Werurwe 2025, Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, hamwe n’Umuvugizi w’Ingabo, Brig Gen Ronald Rwivanga, Umuyobozi ushinzwe Amahugurwa muri RDF, Lt Col Laurent Kabutura, hamwe n’abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda zikorera ku cyicaro gikuru cya MINUSCA, basuye Umuyobozi w’Ingabo za Minusca, Lieutenant General Humphrey Nyone ku […]

Rwamagana: Umugore ari gusohorwa mu nzu n’umuryango w’umugabo we wishwe n’impanuka

IMG 20250307 WA0017

Mu Kagali ka Cyanya, mu Murenge wa Kigabiro, mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatanu haravugwa  umuryango wapfushije umutware wishwe n’impanuka none havutse impaka za ngo turwane nyuma yaho umuryango wa nyakwigendera uhageze ugashaka gusohora umugore wabanaga nawe banabyaranye uvuga ko utamuzi, ndetse ugashaka kujya gushyingura mu Karere ka Ngoma aho kumushyingura i Rwamagana […]

Uwayoboye Komisiyo ya EU aremeza ko kwinjiza Ukraine muri NATO byaba ari ikosa

1200x675 cmsv2 e74d59dc c8f3 585f 97df 2756d4de0b99 6087378

Jean-Claude Juncker wahoze ari Perezida wa Komisiyo y’u Burayi, yaburiye ko Ukraine idakwiye kwinjira muri NATO kuri ubu mu rwego rw’umutekano kuko bishobora guteza intambara yeruye hagati yabo n’u Burusiya. Juncker wanabaye Minisitiri w’Intebe wa Luxembourg, yatangaje ko kwinjira mu Muryango wa NATO kwa Ukraine bishobora gukurura ingingo ya 5 (article 5), ingingo ya NATO […]

Sudani yajyanye UAE mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera

5286924

Sudani irashinja Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) jenoside. Mu kirego cyatanzwe kuri uyu wa Kane, itariki 6 Werurwe 2025, imbere y’Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera, urwego rw’ubucamanza rukuru rwa Loni, Khartoum irasaba gutegeka ingamba zihutirwa. Khartoum irasaba abacamanza gutegeka Abu Dhabi kubuza imitwe yitwara gisirikare ishyigikira gukora jenoside. Abayobozi ba Sudani barashinja Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kurenga […]

Tanzania: Perezida Samia yemeye arena ya miliyoni 172 $ yo guhangana na BK Arena

766331 700x643 1

Mu ntambwe ishimishije yo kuzamura ibikorwa remezo bya siporo n’imyidagaduro muri Tanzania, Perezida Samia Suluhu Hassan yatangaje ishoramari rya miliyoni 172 z’amadolari yo kubaka ikibuga cya siporo n’imyidagaduro cy’imbere mu nzu. Uyu mushinga ukomeye ugamije kubaka inyubako yo guhangana n’iy’u Rwanda imaze kumenyekana cyane izwi nka BK Arena no gushyira Tanzaniya ku rutonde rw’ahantu ha […]

Micomyiza yasabye ibimenyetso bimushinjura biri ku cyicaro cya FPR

51eed2f0 1785 11ef 96c4 a7855df192ab.jpg

Ubwo yongeraga kwitaba urukiko kuri uyu wa Kane, itariki ya 6 Werurwe 2025, Micomyiza Jean Paul uregwa ibyaha bya jenoside yavuze ko kuba mbere ya jenoside yaragiye ku Mulindi ahari ikicaro gikuru cya FPR ari ikimenyetso cy’uko nta rwango yari afitiye Abatutsi. Umwe mu bunganira Micomyiza MaĂ®tre Salomon Karuranga yavuze ko abatangabuhamya bashinjura Micomyiza ishinjwa […]

Ni Joseph Kabila uri inyuma ya AFC, M23 n’Inyeshyamba za Mobondo – Jean-Pierre Bemba

jean pierre bemba a kikwit 2500 jpg 711 473 1

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 5 Werurwe 2025, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi, Jean-Pierre Bemba Gombo, yashinje, uwahoze ari perezida wa DRC, Joseph Kabila Kabange, kuba ari we watangije inyeshyamba za M23, Alliance Fleuve Congo ya Corneille Nangaa. Ibi yabivuze mu nama yabereye i Kikwit (Kwilu), aho yakanguriye urubyiruko kujya mu gisirikare […]

Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye iregwamo umugabo wakubise  Umwanditsi w’Urukiko

arton165627

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye iregwamo umugabo wakubise  Umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo aramukomeretsa cyane. Ibyo byabaye tariki ya 27 Gashyantare 2025 ku Rukiko rw’Ibanze rwa gasabo ruherereye mu mudugudu wa Rugero, akagali ka Kibagabaga, umurenge wa Kimironko, mu karere ka Gasabo ubwo  uyu muturage yari aje gukurikirana iby’urubanza rwe nkuko iyi […]

CEDEAO yatangiye kwingingira Mali, Burkina Faso na Niger kugaruka mu muryango

000 36ZC2HW

Nyuma y’amezi atatu yongeye gutorerwa kuba umuyobozi wa Ghana, John Dramani Mahama yari mu ruzinduko rw’akazi i Abidjan ku wa Gatatu, aho yavuganye na mugenzi we Alassane Ouattara. Ku murongo w’ibyigwa: gushimangira umubano w’ibihugu byombi, ubufatanye mu bukungu n’ibibazo by’umutekano mu karere. Ikirenze byose, abakuru b’ibihugu byombi batangiye gusaba Mali, Burkina Faso na Niger kongera […]

Gasabo: Urukiko rwaburanishije uwasambanyije umukobwa w’imyaka 16 akamutera inda

arton152264

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umusore w’imyaka 22 y’amavuko wasambanyije umwana w’umukobwa w’imyaka 16 amutera inda. Uregwa utuye mu murenge wa Mayange, akagari ka Kagenge, umudugudu wa Biryogo, mu bihe bitandukanye yasambanye uyu mwana w’imyaka 16 bigera n’ubwo amutera inda ubu akaba atwite.  Mu rubanza, uregwa yemera icyaha ndetse akagisabira imbabazi. Nyuma yo […]

Kinshasa: Kayikwamba yashimiye abadipomate b’ibihugu bimaze gufatira u Rwanda ibihano

GlR tvTW4AA 5M4

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 5 Werurwe, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo, ThĂ©rèse Kayikwamba Wagner, yavuganye n’Abadipolomate bemewe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu rwego rwo gushima ibihugu bimaze gufatira u Rwanda ibihano. ThĂ©rèse Kayikwamba yashimiye itsinda ry’Abadipolomate ku nkunga idahwema bari gutera DRC muri ibi bihe , ashimangira akamaro k’ubufatanye mpuzamahanga kugira […]

Lesotho: Batunguwe no kumva Trump avuga ko nta muntu uzi igihugu cyabo

Lejone Mpotjoane Minister of Foreign Affairs 1 1000x600 1

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 5 Werurwe, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Lesotho yavuze ko yatunguwe kandi akumva atutswe na Perezida wa Amerika Donald Trump watangaje ko nta muntu numwe wigeze wumva iki gihugu cya Afurika, maze aramutumira ngo azagisure. Ku mugoroba wo kuwa Kabiri, Trump yavuze Lesotho mu ijambo yagejeje kuri Kongere ya Amerika ubwo […]

Rusizi: Hafashwe uwageragezaga gutanga ruswa ngo ahabwe icyemezo cy’ubuziranenge bw’imodoka

RUSIZI 2

Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Werurwe, yafatiye mu Karere ka Rusizi, umugabo w’imyaka 43 y’amavuko, wageragezaga guha umupolisi ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 50, kugira ngo ahabwe icyemezo cy’ubuziranenge bw’imodoka. Yafatiwe mu murenge wa Kamembe, ahakorera imashini yimurwa y’Ishami rya Polisi rishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga mu rwego […]

Tshisekedi yari yizeye kuzamura ibendera rya RDC i Kigali – Kabarebe

GlQwKiQW4AAbyL

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Gen (Rtd) Kabarebe yatangarije abagize inteko Ishinga Amategeko ko Tshisekedi, FDLR n’abajenerali be bemeranyije ko bazatera u Rwanda nyuma yo kwirukana abarwanyi ba M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bagakuraho ubutegetsi bw’u Rwanda, ndetse ko Tshisekedi yizeraga ko azazamura ibendera rya RDC i Kigali. Yabitangaje kuri uyu wa […]

Kampala: Batatu bapfuye abandi bajyanwa mu bitaro nyuma y’inkongi yibasiye Sunrise Hotel

latest05pix data

Nibura abantu 3 bimaze kwemezwa ko bapfuye mu gihe abandi benshi bakomeretse nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye Sunrise Hotel mu Mujyi wa Kampala rwagati. Abayobozi baravuga ko imibare ishobora kuzamuka nyuma y’inkongi y’umuriro yadutse kuri uyu wa Gatatu, i Kampala mu murwa mukuru wa Uganda, hataramenyekana icyayiteye. Itsinda rishinzwe gushakisha no gutabara ryageze aha mu rwego […]

Bangui: Gen. Nyakarundi azitabira umuhango wo gusoza imyitozo yatanzwe na RDF

71839

Ku wa Kabiri, itariki ya 4 Werurwe, Perezida Faustin-Archange TouadĂ©ra wa Repubulika ya Centrafrica, yahuye n’intumwa z’Ingabo z’u Rwanda (RDF) ziyobowe n’Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, ari kumwe n’Umuvugizi w’Ingabo, Brig Gen Ronald Rwivanga hamwe n’umuyobozi ushinzwe imyitozo, Lt Col L Kabutura. Hamwe n’Umuyobozi mukuru w’Ingabo za Centrafrica (FACA) Gen ZĂ©phirin […]

Sudani y’Epfo: Intambara yongeye gututumba hagati ya Perezida Kiir na V/P Machar

110996781 060072239

Igisirikare cya Sudani y’Epfo cyafashe umuyobozi mukuru w’ingabo ukomoka mu ruhande rwa Visi Perezida wa Mbere, Riek Machar, kandi cyohereza ingabo kugota urugo rwa Machar, ibishobora guhungabanya amasezerano y’amahoro yo mu 2018 yarangije intambara hagati y’abenegihugu nkuko byatangajwe n’Umuvugizi we. Sudani y’Epfo yari ifite amahoro urebye kuva amasezerano yo mu 2018 yarangiza amakimbirane yari amaze […]

U Rwanda rwagize icyo rwibutsa u Budage bwarufatiye ibihano

FdP5QrGXEAEnnod

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye icyemezo cya Guverinoma y’u Budage kuri uyu wa Kabiri bwiyongereye ku bihugu bimaze kurufatira ibihano, runenga ukuntu ubufatanye mu iterambere bukomeje kugirwa igikoresho cya politiki ndetse rwibutsa u Budage uruhare rwabwo mu mateka y’amakimbirane akomeje kugaragara mu karere. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Leta y’u Rwanda ivuga ko […]

Intambara yo mu burasirazuba bwa DRC yahungabanyije ubucuruzi bwambukiranya imipaka n’u Burundi

KWASIYONIIIII

Mu gihe amakimbirane akomeje kwiyongera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), ubucuruzi bwambukiranya imipaka hagati y’iki gihugu n’u Burundi bugenda burushaho kuzamba. Ubucuruzi bwari bumaze gutera imbere, ubu bubangamiwe n’umutekano muke, bikabangamira ubukungu bwaho ndetse n’imibereho y’abacuruzi. Kuva muri Mutarama na Gashyantare 2025, intambara mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo […]

Abakomeje gushaka igisubizo cyo mu burasirazuba bwa DRC bahuye na Museveni

img 20250304 wa0322

Itsinda rigizwe n’Inama y’igihugu y’Abepiskopi ya Congo (CENCO) n’Itorero rya Kristo muri Congo (ECC) ryagiranye inama, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 4 Werurwe, na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, mu rwego rw’umugambi wo gushaka igisubizo cy’amahoro ku bibazo b’iri mu burasirazuba bwa Congo. Iyi nama irangiye, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yagaragaje ko ashyigikiye […]

Rwamagana: Imihindagurikire y’ikirere irasaba guhindura ingamba mu buhinzi

IMG 20250304 WA0052

Ubwo hatangizwaga igihembwe cy’ihinga 2025B, abaturage bo mu karere ka Rwamagana basabwe n’ubuyobozi, gufata neza ibikorwa remezo bubakiwe, hagamijwe kongera umusaruro ndetse no guhinga ubutaka bwose bushobora kuhirwa mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ikirere. Iki gihembwe cy’ihinga 2025B cyatangirijwe mu Gishanga cya Nyirabidibiri mu Murenge wa Nzige cyatunganyijwe mu mwaka w’ingengo y’Imari 2016/2017. Abaturage […]

Kenya: Abagabo babiri bakurikiranweho kwica Umwongereza

bdea9c44665b0be37312a549c7b8873e

Urukiko rwo muri Kenya rwemereye abapolisi iminsi 21 yo gufunga abantu babiri bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’umwenegihugu w’Ubwongereza Campbell Scott. Umurambo w’imyaka 58 wavumbuwe mu gikapu ku ya 22 Gashyantare, nyuma y’iminsi mike ageze muri Kenya mu nama. Abayobozi bavuga ko Scott aheruka kugaragara ava muri hotel ye hamwe n’umugabo utaramenyekana mbere yo gufata […]

Uganda: Umusirikare wa UPDF yishe arashe umugore we kubera amafunguro

updf

Umusirikare wa Uganda, L / Cpl Sserunkuma Denis, ukorera ku Ishuri ry’imyitozo ya gisirikare rya Kaweweta, yarashe umugore we, Kebirungi Kella Adyeeri aramwica. Ibi byabaye ku wa Mbere, itariki ya 3 Werurwe 2025, bibera kuri iri shuri riherereye Nakaseke. Amakuru abanza yerekana ko ukekwaho icyaha yari yarashakanye na nyakwigendera kandi babana, kandi kuva mu gitondo […]

U Rwanda na Ghana byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu by’ikoranabuhanga mu by’imari

Ghana and Rwanda to implement Africas first fintech license passport framework

Banki ya Ghana na Banki Nkuru y’u Rwanda byashyize umukono ku masezerano y’ubwumvikane hagamijwe gutangiza icyitwa ‘licence passporting framework’ n’ubwishyu bwambukiranya imipaka ku bucuruzi. ‘Licence Passeport framework’ ni uburyo bwemerera ikigo cyanditswe mu karere k’ubukungu runaka gukora ubucuruzi mu kindi gihugu bitabaye ngombwa ko habaho uruhushya rushya rutangwa n’icyo gihugu. Ibi byakozwe mu rwego rwo […]

Umunyarwanda Anthony Ngororano yagizwe Umuhuzabikorwa wa Loni muri Madagascar

Ku itariki ya 1 Werurwe 2025, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, AntĂłnio Guterres, yashyizeho Anthony Ngororano wo mu Rwanda nk’Umuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye muri Madagascar, nkuko byemejwe na Guverinoma yamwakiriye. Anthony Ngororano afite uburambe bw’imyaka irenga 20 mu iterambere rirambye mu nshingano z’ubuyobozi muri gahunda y’Umuryango w’Abibumbye kandi mbere y’ibi yabaga mu bikorera. Vuba aha, yabaye uhagarariye […]

Ruhango: Polisi yafashe hafi 30 bakekwaho kujujubya abaturage

Screenshot 2025 03 04 082322 2

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu hafi 30 bakekwaho ibyaha by’ubugizi bwa nabi, mu rwego rwo guhashya ibikorwa bitemewe, nk’ubujura mu Karere ka Ruhango. Aba 28 bakekwaho kuba barashikuje telefone zigendanwa abantu mu mihanda kandi binjira mu mazu, n’ibindi byaha. Harimo abagore bakekwaho kugira uruhare muri ibyo byaha bahisha abajura n’ibicuruzwa byabo. Kuri uyu […]

Amerika yahagaritse inkunga ya gisirikare yahaga Ukraine

Part GTY 2202607770 1 1 0

Umukozi wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko Trump yifuza ko Perezida Zelenskyy yiyemeza kugirana amasezerano y’amahoro n’u Burusiya. Perezida Donald Trump yategetse “guhagarika” ubufasha bwa gisirikare Amerika iha Ukraine nyuma y’inama yagenze nabi igihe Trump yashakaga guhatira Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, kugirana ibiganiro by’amahoro n’u Burusiya. Umukozi muri perezidansi yavuze […]

Umuryango w’Abibumbye urashinja M23 gushimuta abarwayi

4fa263eab369b4ef5b6d6d369ba62795

Kuri uyu wa Mbere, itariki 03 Werurwe 2025, Umuryango w’Abibumbye wavuze ko inyeshyamba M23 zishyigikiwe n’u Rwanda zagabye igitero mu burasirazuba bwa Congo zashimuse byibuze abagabo 130 barwaye n’abakomeretse mu bitaro bibiri byo mu Mujyi wa Goma mu cyumweru gishize. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro by’uburenganzira bwa muntu by’Umuryango w’Abibumbye, Ravina Shamdasani, ngo abarwanyi ba M23 […]