Brazil yavumye Amerika nyuma y’aho abaturage bayo bacyuwe mu mapingu

Ku wa Gatandatu, itariki 25 Mutarama 2025, Brazil yamaganye Amerika nyuma yâuko abantu benshi birukanywe bageze muri iki gihugu bambaye amapingu nk’abagizi ba nabi bahambaye. Indege yari itwaye abagenzi 88 bo muri Brazil, abashinzwe umutekano muri Amerika 16, hamwe nâabakozi umunani bo mu ndege, mu ntangiriro yari iteganijwe kugera i Belo Horizonte muri Leta ya […]
AU nayo yasabye Leta ya Kinshasa kugirana ibiganiro na AFC/M23

Perezida ucyuye igihe wa Komisiyo yâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 25 Mutarama yashishikarije Guverinoma ya Congo kugirana ibiganiro nâabatavuga rumwe n’ubutegetsi bitwaje intwaro mu gukemura ikibazo cy’umutekano mu burasirazuba bw’igihugu. Mu itangazo rye, uyu Munye-Tchad ntacyo yavuze ku bitero by’inyeshyamba za M23 muri Kivu y’Amajyaruguru na […]
Ngoma: Uwaregwaga kwica umukecuru wâimyaka 82 yakatiwe imyaka 20 y’igifungo

Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwasomye mu ruhame urubanza ruregwamo uwitwa BAVUGAYABO Vestine uregwa icyaha cyo kwica umukecuru wâimyaka 82 yâamavuko amutemeshe umuhoro rumuhanisha igihano cyâ igifungo cyâ imyaka makumyabiri (20). Mu rubanza, uregwa yaburanye yemera icyaha, agasobanura ko ku itariki ya 23 Ukuboza 2024 yasanze nyakwigendera mu murima ahagana saa 07h30 za mu gitondo aho […]
Musanze: Umugore n’abahungu be bakurikiranweho kwica umunyamuryango

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Musanze bukurikiranye abantu batatu, umugore nâabahungu be babiri baregwa icyaha cyâubwicanyi buturutse ku bushake. Iki cyaha aba bombi bakurikiranyweho bagikoreye mu mudugudu wa Gahama, akagari ka Gakoro, umurenge wa Gacaca mu karere ka Musanze. Nkuko bivugwa nâababibonye ndetse nâabaregwa ubwabo bakaba babyiyemerera, ku mugoroba wo ku itariki ya 12 Mutarama […]
Trump yategetse kugaragaza dosiye zijyanye n’iyicwa rya ba Kennedy na Martin Luther King

Perezida Donald Trump yasohoye iteka rishya risaba ko hasohorwa inyandiko zijyanye nâubwicanyi butatu bukomeye mu mateka ya Amerika: ubwa Perezida John F Kennedy (JFK), umuvandimwe we, Robert F Kennedy (RFK), ndetse na Martin Luther King Jr ( MLK). âIki ni ikintu gikomeye. Abantu benshi bari babitegereje imyaka, imyaka mirongo, âibi bikaba byavuzwe na Trump, ubwo […]
Nejejwe cyane no kwakira inshuti yanjye nkunda Paul Kagame – Perezida Erdogan

Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan yatangaje ko yanejejwe no kwakira bwa mbere umuyobozi w’igihugu cy’u Rwanda mu ruzinduko rw’akazi kandi agaragaza ko ibihugu byombi bigiye gufatanya mu nzego zitandukanye kuva mu burezi kugera mu bya gisirikare. Mu magambo ye yanyujije kuri X kuri uyu wa Kane, itariki 23 Mutarama 2025, Perezida Erdogan yagize ati: […]
Prince Harry yatsinze urubanza yaregagamo ibinyamakuru birimo The Sun

Ku wa Gatatu, Igikomangoma Harry yatangaje ko yatsinze bidasanzwe mu gihe ibinyamakuru bya Rupert Murdoch mu Bwongereza byasabye imbabazi zitigeze zibaho kubera kwinjira mu buzima bwite bwe mu myaka ibarirwa muri cumi n’indi kandi byemera kwishyura indishyi zikomeye kugira ngo bikemure ikirego cye. Ibinyamakuru byibumbiye muri News Group News byasabye “imbabazi zuzuye kandi zidashidikanywaho kuri […]
USA: Umucamanza yitambitse kimwe mu byemezo bya mbere bya Trump

Umucamanza wa leta muri Seattle yahagaritse by’agateganyo icyemezo teka cyatanzwe na Perezida Donald Trump cyashakaga kuvanaho ubwenegihugu bw’amavuko muri Amerika. Iki cyemezo cyafashwe ku wa Kane nyuma yâuko Umucamanza wâAkarere muri Amerika, John Coughenour yemeye icyemezo gihagarika byâagateganyo iri teka, bihagarika ishyirwa mu bikorwa ry’iyi politiki mu gihe cyâiminsi 14 mu gihe urukiko rugisuzuma ibyayo. […]
Buruseli: Umwana w’imyaka 14 yafashwe yitegura kugaba igitero ku musigiti

Abayobozi mu gihugu cyo mu Bubiligi baravuga ko umwana wâimyaka 14 ukekwaho kuba afite ibitekerezo bikabije by’ubuhezanguni yatawe muri yombi ku wa Kane azira kuba yateguraga kugaba igitero cyâiterabwoba ku musigiti. Abashinjacyaha i Buruseli mu itangazo ryabo bavuze ko uyu ukekwaho icyaha “bivugwa ko ari umwe mu bagize muvoma y’abahezanguni , yateganyaga kugaba igitero ku […]
Nyamagabe: Umupasiteri akurikiranweho gusambanya umukobwa utujuje imyaka y’ubukure

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bukurikiranye umu Pasitoro ukekwaho gusambanya umwana wâumukobwa wâimyaka 17 yâamavuko wabaga mu rugo rwe. Icyaha akurikiranyweho akekwa ko yagikoze mu kwezi kwa Nzeri 2024, mu kagari ka Nyamugari, umurenge wa Gasaka, akarere ka Nyamagabe. Iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga ko icyo gihe, ubwo umugore we yari ari kwa […]
Inkongi y’umuriro mu Nkambi ya Mahama yahitanye impunzi y’Umunyekongo

Inkongi y’umuriro yabaye mu nkambi y’impunzi ya Mahama mu Rwanda yahitanye ubuzima bw’impunzi y’Umunyekongo. Biravugwa ko iyi nkongi y’umuriro yatewe n’icupa rya gaz ryaturitse. Pengele Jean Kamate yapfuye kuwa Mbere nimugoroba. Yari atuye mu gace ka Mahama I, umudugudu wa 1 (irembo 7 / a) kandi yakoraga mu isomero rusange riyobowe nâumuryango utegamiye kuri leta, […]
RDC: Indege nto yakoze impanuka yururuka kubw’amahirwe bararokoka

Muri Teritwari ya Kongolo, mu Ntara ya Tanganyika, mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, indege ya Air Kasai yakoze impanuka ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Mutarama 2025. Amakuru yemejwe kuri 7SUR7.CD n’umuyobozi w’iyi teritwari, Ngongo Mbokamiba Jean-Paul. Ku bwe, iyi mpanuka yatewe no kururuka nabi. Uyu muyobozi yagaragaje […]
UK: Umuryango wa Rudakubana washenguwe n’ubwicanyi yakoze ubu uri mu bwihisho

Amakuru aturuka mu Bwongereza atangazwa n’ikinyamakuru Dail Mail aravuga ko umuryango wa Axel Rudakubana uherutse kwemera icyaha cyo kwica abana batatu b’abakobwa abateye icyuma, kuri ubu uri mu bwihisho n’ipfunwe nyuma yo kunanirwa kubuza umuhungu wabo gukora amahano nk’ayo yakoze. Se w’uyu muhungu w’imyaka 18, akaba ari impuguke muri karate, avuga ko atewe icyimwaro no […]
Abayobozi 2 bakuru b’ingabo muri Israel beguye kubera igitero cyo kuwa 7 Ukwakira

Umuyobozi mukuru w’ingabo za Israel yeguye ku mirimo ye, avuga ko yamera ko yananiwe inshingano ze ku itariki ya 7 Ukwakira 2023, igihe umutwe witwaje intwaro wo muri Palesitine witwa Hamas wagabaga igitero simusiga kuri iki gihugu cyateje intambara muri Gaza. Mu ibaruwa yandikiye minisitiri wâingabo, Lt Gen Herzi Halevi, yemeye ko ingabo zâigihugu cya […]
Trump yirukanye Admiral Linda Fagan wari ukuriye ingabo zirinda imipaka

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwirukanye ku kazi Admiral Linda Fagan, umugore wa mbere mu buyobozi bwâigisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika wari ukuriye ingabo zirinda imipaka yâigihugu. Ministeri yâumutekano muri Amerika ifite mu nshingano kurinda imipaka yâigihugu, ntiyahise isubiza ubusabe bwo kugira icyo ivuga ku kwirukanwa kwe ku kazi. Televiziyo Fox News yo […]
Turkiya: Inkongi ikomeye y’umuriro yibasiye hotel yahitanye nibura 66

Minisitiri y’umutekano w’igihugu muri Turkiya yavuze ko byibuze abantu 66 bapfuye abandi barenga 50 barakomereka mu nkongi y’umuriro yibasiye hotel y’ahakinirwa umukino wa ski mu majyaruguru yâiburengerazuba bwa Turkiya. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Mutarama 2025, inkongi y’umuriro yibasiye yibasiye Grand Kartal Hotel yâamagorofa 12 iherereye mu misozi ya Kartalkaya ku isaha ya saa […]
Menya inzego 10 z’ubutasi zikaze kurusha izindi muri Afurika

Muri iyi Isi igenda ku muvuduko utangaje, ihora ihinduka, inzego z’ubutasi nizo zigira uruhare runini mu gihe cyo kurinda ibihugu byacu! Kandi niba utari ubizi, Afurika nayo ifite inzego nk’izi ziteye imbere cyane zikora ubudacogora mu kubungabunga amahoro nâumutekano kuri uyu mugabane. Dore inzego 10 z’ubutasi zikomeye kurusha izindi muri Afurika 1. National Intelligence Service (NIS), […]
Saif al-Islam yongeye gushyirishamo Sarkozy ushinjwa kwakira inkunga ya Kadhafi

Mu kiganiro kihariye na RFI, binyujijwe ku muntu wizewe, Saif al-Islam, umuhungu muto wa Colonel Kadhafi, yavuye mu byo gukomeza guceceka. Muri 2018, yari yarahaye ikiganiro New York Times. Ariko ku nshuro ya mbere kuva mu mwaka wa 2011, yemeye kuvugana n’itangazamakuru ku bijyanye n’ikibazo cyo gutera inkunga Nicolas Sarkozy mu gihe cyo kwiyamamariza umwanya […]
Liverpool: Mu buryo butunguranye Axel Rudakubana yemeye icyaha cyo kwica abana 3 b’abakobwa

Umusore wâUmwongereza ufite inkomoko mu Rwanda yemeye icyaha ashinjwa cyo kwica abana b’abakobwa batatu bato mu gitero yagabye yitwaje icyuma mu majyaruguru yâu Bwongereza. Icyaha cyateye ubwoba igihugu ndetse no gutangaza amakuru y’ibihuha kuri interineti byateje imyigaragambyo mu gihugu hose. Kuri uyu wa Mbere ushize nibwo Urukiko rwo mu majyaruguru yâu Bwongereza mu Mujyi wa […]
Nyamagabe: Umugabo arakekwaho icyaha cyo kwica nyirabukwe

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bwakiriye dosiye yâumugabo wishe nyirabukwe amuteye icyuma. Icyaha akurikiranyweho biravugwa ko yagikoze ku itariki ya 13 Mutarama 2025, mu Mudugudu wa Munanira, Akagari ka Ngambi, Umurenge wa Mbazi, mu Karere ka Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko kuri uwo munsi uregwa yagiye kwa nyirabukwe, […]
Bujumbura: Umurambo w’umupolisi wasanzwe mu muferege

Kuri iki Cyumweru gishize mu gitondo, umurambo wa Claude, umukozi wa PNB (Polisi yâu Burundi), wabonetse mu muferege wo mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Bujumbura, ariko impamvu y’urupfu rwe ntiramenyekana neza. Mu muferege uri hagati ya Avenue ya 11 mu gace ka Buyenzi (rwagati mu mujyi wâubucuruzi Bujumbura) nâikigo cyâigihugu gishinzwe ubuzima rusange, INSP, niho habonetse […]
RDC: Imirwano hagati ya M23 na FARDC yasubukuwe i Sake na Kalehe

Kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Mutarama 2025, imirwano yongeye gusubukurwa hagati yâinyeshyamba za M23 nâIngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zishyigikiwe nâinyeshyamba za Wazalendo hafi ya Sake, nko mu birometero makumyabiri mu burengerazuba bwa Goma nkâuko amakuru agera kuri Kivu Morning Post avuga. Urusaku rw’imbunda ziremereye rwumvikanye muri Sake no mu burengerazuba bwa […]
Amnesty irashinja FARDC na M23 gukoresha ibisasu bya rutura mu duce dutuwe cyane

Amnesty International yashyize ahagaragara raporo ishinja Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa M23 gukoresha ibisasu biturika mu duce dutuwe cyane two mu burasirazuba bw’igihugu. Muri raporo yashyizwe ahagaragara uyu munsi kuwa Mbere, itariki 20 Mutarama 2025, umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, wasabye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) gukora iperereza kuri […]
Mumbai: Igipolisi cyafashe uherutse gutera icyuma umukinnyi wa filimi Saif Ali Khan

Abapolisi bo mu Mujyi wa Mumbai mu Buhinde bataye muri yombi umugabo ukekwaho gutera icyuma umukinnyi wa filimi muri Bollywood witwa Saif Ali Khan mu cyumweru gishize. Khan, umwe mu ba star bakomeye mu Buhinde, yatewe icyuma nâumucengezi winjiye iwe, mu gitero cyatunguye igihugu. Ubu arimo koroherwa nyuma yo kubagwa. Kuri iki Cyumweru, itariki 19 […]
Israel na Hamas bahererekanyije imbohe nyuma y’ihagarikwa ry’imirwano muri Gaza

Guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli na Hamas byinjiye ku munsi wa kabiri, aho umwe mu baturage ba Gaza yabwiye BBC ko yasinziriye neza ku nshuro ya mbere kuva intambara yatangira “kubera kumva afite umutekano”. Imfungwa 90 zo muri Palesitine zaraye zifunguwe mu rwego rwa mbere rwo guhagarika imirwano, aho serivisi y’amagereza ya Israel yavuze ko […]
Imirwano hagati ya FARDC na M23 i Masisi yaba yageze i Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo

Ibintu byakomeje kuba urujijo kandi bihindagurika kuri iki Cyumweru, itariki ya 19 Mutarama 2025, muri Teritwari za Masisi (Kivu y’Amajyaruguru) na Kalehe (Kivu y’Amajyepfo). Nkâuko amakuru menshi abitangaza, imirwano hagati yâIngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) nâabafatanyabikorwa bazo batandukanye hamwe nâinyeshyamba za M23/AFC zaba zimaze kwerekeza ku butaka bwa Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo. […]
Goma: Umupolisi w’ipeti rya Major wishwe yaba yazize ubwoko?

Umu majoro mu Gipolisi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo witwa Christophe yiciwe muri kamwe mu duce two mu Mujyi wa Goma, aho bamwe bemeza ko yaba yazize ko ari Umututsi. Amakuru yashyizwe ahagaragara dukesha Kivu Morning Post avuga ko Major Christopher wo mu Gipolisi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (PNC), yishwe n’abantu bitwaje […]
Israel: Abaminisitiri 3 beguye kubera gushaka guhagarika imirwano muri Gaza

Minisitiri wâumutekano wa Israel, Itamar Ben-Gvir hamwe nâabandi baminisitiri babiri bo mu ishyaka ryâAbayahudi beguye. Ishyaka rya Minisitiri wâumutekano, Itamar Ben-Gvir rivuga ko abaminisitiri baryo beguye muri guverinoma kuri iki Cyumweru mu rwego rwo kwanga amasezerano yo guhagarika imirwano muri Gaza. Kuva kw’abaminisitiri bo mu ishyaka ryâAbayahudi muri Guverinoma ya Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin […]
Ubu Mutuelle de Santé izajya inakoreshwa mu buvuzi bwa kanseri

Guverinoma yatangaje ko gahunda yâubwishingizi bwâubuzima bushingiye ku baturage, Mutuelle de SantĂ©, ubu izajya inakoreshwa mu buvuzi bwa kanseri. Iki cyemezo cyatangajwe ku itariki ya 17 Mutarama 2025, nyuma yâinama yâabaminisitiri, kigamije gutuma ubuvuzi bwa kanseri burushaho guhenduka kandi bukagerwaho, bikagabanya umutwaro wâamafaranga ku miryango. Minisitiri wâubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yemeje ko kuvura kanseri vuba […]
Nigeria: Byibuze abantu 70 bapfuye nyuma y’impanuka y’ikamyo yikoreye lisansi

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 18 Mutarama 2025, byibuze abantu 70 bapfuye abandi barakomereka mu majyaruguru ya Nigeria ubwo ikamyo yari itwaye lisansi yagwaga, lisansi ikameneka ikaza guturika, nk’uko ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutabazi muri iki gihugu kibitangaza. Iyi mpanuka yabereye muri Leta ya Niger ikurikira iturika nk’iri ryabereye muri Leta ya Jigawa mu Kwakira gushize […]
TikTok yahagaritse gukorera ku butaka bwa Amerika

Kuri iki Cyumweru,itariki 19 Mutarama 2025, TikTok yahagaritse gukora ku bayikoresha muri Amerika kandi ntikiri kuboneka kuri za app stores zizwi mbere gato y’uko itegeko rya leta ryari kuyibuza gukorera muri iki gihugu ritangira gukurikizwa. Ubutumwa ku bakoresha bagerageza gukoresha iyo porogaramu bwagize buti: “Muri Amerika hashyizweho itegeko ribuza TikTok.” “Ikibabaje ni uko bivuze ko […]
Polisi yafashe abantu umunani bakurikiranyweho kwiba moto no kuzihindurira plaque

Polisi yâu Rwanda yeretse itangazamakuru kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Mutarama 2025, abantu umunani (8) bafashwe mu bihe bitandukanye hirya no hino mu gihugu, bacyekwaho kwiba moto no kuzihindurira nimero iranga ikinyabiziga (plaque). Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda; Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga yavuze ko moto bafatanywe ziri mu zisaga 136 […]
Kenya: Bishop yafatiwe mu cyuho asambana n’umukobwa we uherutse kwahukana

Uwihaye Imana yafatiwe mu Ntara ya Homa Bay mu gihugu cya Kenya azira kuryamana n’umukobwa we yibyariye nawe ufite abana batatu. Uyu wihaye Imana bivugwa ko ari bishop muri rimwe mu matorero yo mu gace ka Ndiru, Kagan Ward mu murenge wa Rangwe mu Ntara ya Rangwe yashinjwaga kutubahiriza imyitwarire yâumuco nâidini mu gukora icyaha […]
Bwa mbere abapolisi bo mu karere bagiye guhiganwa muri âEAPCCO SWAT Challengeâ

Mu gihe Inteko Rusange ya 26 yâUmuryango wa EAPCCO (Eastern Africa Police Chiefs’ Cooperation Organization) izaba ibera mu Rwanda, ku nshuro ya mbere hazaba irushanwa rigamije kumurika ibikorwa ku myiteguro yâimitwe ya Polisi zo mu bihugu bigize umuryango ku guhangana nâibihungabanya umutekano hifashishijwe intwaro na tekiniki âEAPCCO SWAT Challengeâ. Iri rushanwa rizaba kuva ku itariki […]
Rutsiro: Akurikiranweho gusambanya abana 2 batarengeje imyaka 11

Umugabo w’imyaka 30 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Rurimba, Akagari ka Mburamazi, Umurenge wa Murunda, Akarere ka Rutsiro, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana bâabakobwa babiri umwe ufite imyaka 10 nâundi wa 11. Uyu mugabo witwa Bagezigihe Jean Baptiste afungiwe kuri Sitasiyo yâUrwego rwâIgihuhu rwâUbugenzacyaha (RIB) ya Murunda mu gihe iperereza rikomeje ndetse atagereje kujya […]
Kenya: Umuminisitiri yashinje inzego z’ubutasi gushimuta umuhungu we

MinisitiriUmunyamabanga wa leta muri guverinoma ya Kenya yashinje inzego z’ubutasi kuba zarashimuse umuhungu we muri Kamena umwaka ushize i Nairobi. Ubuhamya bwe bwahawe ishami rishinzwe ibyaha mu ntangiriro z’icyumweru, bwashyizwe ahagaragara. Justin Muturi ni umwe mu bagize guverinoma wa mbere wamaganye ku mugaragaro ishimutwa mu bamwegereye. Ni mu gihe ibirego byo gushimuta byiyongereye muri aya […]
U Rwanda rwasimbuje Abapolisi mu butumwa bw’amahoro muri Sudani yâEpfo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mutarama 2025, Abapolisi bâu Rwanda bagize itsinda RWAFPU3-7 bahagurutse i Kigali berekeza mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani yâEpfo (UNMISS). Iri tsinda ryiganjemo umubare munini wâabapolisikazi bayobowe na Senior Superintendent of Police (SSP) Donatha Nyinawumuntu, basimbuye bagenzi babo bagize itsinda […]
Amerika yafatiye ibihano Gen. Abdel Fattah al-Burhan uyobora Sudani

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Umuyobozi wâumusirikare wâigihugu cya Sudani nyuma yo kumushinja guhitamo intambara aho guhitamo imishyikirano no gukuraho amakimbirane. Ibihano bije nyuma y’icyumweru kimwe Washington ifashe ingamba nk’izo ku muyobozi w’inyeshyamba za Rapid Support Forces muri Sudani. Kuri uyu wa Kane, itariki 16 Mutarama 2025, nibwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Tanzania yateye utwatsi iby’icyorezo cya Marburg ku butaka bwayo

Nyuma yâaho ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, rivuze ko abantu byibuze umunani mu majyaruguru y’uburengerazuba bwâigihugu, bakekwaho kuba barazize Marburg, Guverinoma ya Tanzaniya yavuze ko nta muntu n’umwe muri iki gihugu wigeze asanganwa iyo virusi. Ibi byatangajwe na Minisitiri wâUbuzima wa Tanzaniya, Jenista Mhagama, mu itangazo yashyize ahagaragara kuwa Gatatu, aho yagize ati: […]
Lubero: Umwami Kasereka Kasimba yiciwe mu gico cya ADF

Byibuze abantu 10 biciwe kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 15 Mutarama 2025, mu gico cy’abaterabwoba ba ADF muri Mukoko, Sheferi ya Baswana, muri Teritwari ya Rubero, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru aturuka muri sosiyete sivile yaho aravuga ko mu biciwe muri iki gico harimo Umwami Kasereka Kasimba, Umuyobozi wa Gurupoma ya Bulengya, ndetse n’umunyamabanga […]
Minisitiri Olivier Nduhungirehe ari mu ruzinduko rw’akazi i Juba

Kuri uyu wa Kane, itariki 16 Mutarama 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yerekeje i Juba, muri Sudani y’Epfo, aho yitabiriye inama yo ku rwego rwo hejuru rwa Komisiyo Ngenzuzi ya Afurika Yunze Ubumwe (A.U) yashyiriweho Sudani y’Epfo. Minisitiri Nduhungireho yaboneyeho kuganira na mugenzi we Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Sudani y’Epfo, Hon. Ramazani […]
Israel yakajije umurego mu bitero kuri Gaza nyuma y’amasaha hatangajwe agahenge

Israel yakajije umurego mu bitero kuri Gaza nyuma y’amasaha make hatangajwe ko amasezerano yo guhagarika imirwano no kurekura imbohe hagati ya Israel na Hamas yagezweho, nk’uko abaturage ndetse n’abayobozi muri Gaza babitangaza. Amasezerano akomeye yo guhagarika imirwano hagati ya Israel nâumutwe witwaje intwaro wa Hamas uyobora Gaza, yavuzwe kuri uyu wa Gatatu ushize nyuma yâubwunzi […]
Mu Kiyaga cya Kivu haramutse habonetse Peteroli byaba bivuze iki ku Rwanda?

Mu rugamba rutoroshye rugana ku bwigenge mu byâingufu no guteza imbere ubukungu, u Rwanda rwatangiye gushakisha peteroli mu Kiyaga cya Kivu bimaze kugaragara ko gishobora kuba gikungahaye ku mutungo w’ingufu na cyane ko gisanzwe kinabonekamo gaz methane. Iyi gahunda ntabwo isezeranya kuzamura ingufu zâu Rwanda gusa ahubwo izanateza imbere ubukungu bwarwo, ari nako cyita ku […]
Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe

Umukinnyi w’icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yagiye mu bitaro amaze guterwa icyuma inshuro nyinshi nyuma n’umucengezi bivugwa ko yinjiye mu nzu ye akamugabaho igitero. Igitero cyagabwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 15 Mutarama 2025, mu gace kegereye Umujyi wa Mumbai, aho Khan atuye n’umuryango we. Polisi yo mu mujyi yabwiye BBC […]
Abegereye Trump bahinduye imvugo ku gihe bazarangiriza intambara yo muri Ukraine

Abajyanama ba Donald Trump watorewe kongera kuyobora Amerika, baremera ko intambara y’u Burusiya na Ukraine izatwara igihe kibarirwa mu mezi cyangwwa arenga, kugirango gikemuke. Ibi biravuguruza ibyo yari yasezeranye gukora amaze gutorwa. Donald Trump yari yavuze ko ku munsi wa mbere azatangira imirimo ye nka perezida, azahita arangiza ikibazo hagati ya Ukraine nâu Burusiya. Abegereye […]
Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabaro 25 yâimyenda nâibindi bicuruzwa bya magendu

Mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, Polisi yâu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mutarama, yafatiye mu karere ka Rubavu, imodoka ebyiri zari zipakiye magendu yâimyenda ya caguwa, amavuta yo kwisiga yangiza uruhu bakunze kwita ‘mukorogo’ nâibindi bicuruzwa bitandukanye. Hafashwe umushoferi wâimwe muri izo modoka zo mu bwoko bwa […]
Abanyaburayi bahangayikishijwe no kugaruka kwa Trump kurusha abandi – Raporo

Uyu munsi, ubushakashatsi bwakorewe Akanama kâUbumwe bwâu Burayi gashinzwe Ububanyi nâAmahanga (ECFR) na raporo ya Kaminuza ya Oxford i Burayi, bugaragaza ko uyu munsi, abafatanyabikorwa ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burayi ari bo bihebye cyane ku bijyanye nâejo hazaza habo ku buyobozi bwa Donald Trump. Mu bihugu byâu Burayi nâu Bwongereza, ngo “abantu […]
Umuhanzi wa gospel yafatanwe umutwe w’umukunzi we akekwaho kwica

Ku Cyumweru Tariki ya 12 Mutarama 2025 , Polisi yo Ntara ya Narasawa mu Gihugu cya Nigeria yataye muri yombi ,umuririmbyi uzwi mu kuririmba indirimbo zo guhimbaza Imana witwa Tumileyin Ajay akekwaho kwica uwari umukunzi yaciye umutwe. Biravugwa ko uwo muhanzi abaturage bamufashe afite umutwe w’uwo mugore bakundanaga awufite mu mufuka Polisi ikorera mu Ntara […]
Mozambique: Perezida Daniel Chapo yarahiye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, Daniel Chapo yarahiriye inshingano ze nka Perezida mushya wa Mozambique, mu gihe abatavuga rumwe nâubutegetsi bakomeje imyigaragambyo bamagana ibyavuye mu matora. Umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi, Venancio Mondlane, wasubiye mu gihugu avuye mu buhungiro yijyanyemo mu gihe kitarenze icyumweru gishize, yari yasezeranyije “guhagarika umutima” igihugu mbere yâirahira rya […]
Romania: Umunyapolitiki arashinja NATO gushaka gukoresha igihugu cye mu gutangiza Intambara y’Isi

Calin Georgescu, umukandida ukomeye ku mwanya wa perezida muri Romania, yaburiye ko NATO ishaka gukoresha Romania nk ‘âumuryango wâIntambaraâ ya Gatatu y’Isi cyane cyane ibinyujije mu birindiro by’igisirikare cyo mu kirere bya Mihail Kogalniceanu byaguwe. Yagaragaje impungenge zâuko amakimbirane ashobora kwiyongera nâu Burusiya, cyane cyane ko NATO ikomeje kuhongera ingufu za gisirikare. Georgescu uzwiho ibitekerezo […]
FARDC irigamba kwirukana M23 ku gasozi k’ingenzi ka Nditi

Mu gihe kuri uyu wa Kabiri ushize umutwe wa M23 wemeje ko wigaruriye agace ka Ngungu, muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, ndetse ukica abasirikare benshi b’u Burundi, ku rundi ruhande FARDC irigamba kwirukana M23 mu bice bitandukanye. Urubuga TazamaRDC rukunze gutangaza inkuru zibogamiye kuri guverinoma, ruravuga ko nyuma y’isaha imwe y’imirwano ikaze yatangiye […]
Amerika: Biden agiye kuvana Cuba ku rutonde rwa leta zitera inkunga iterabwoba

Kuri uyu wa Gatatu, ubuyobozi bwa Biden bwatangaje ko buzavana Cuba ku rutonde rwa leta zitera inkunga iterabwoba (SST), ibyo bikaba bigiye guhindura icyemezo cyafashwe na Perezida Donald Trump mu 2021. Perezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel, yakurikiranye aya makuru anatangaza gahunda ya guverinoma ye yo kurekura imfungwa za politiki 553. Kiliziya Gatolika yari irimo gushyikirana […]
Koreya y’Epfo: Byarangiye Perezida Yoon Suk Yeol atawe muri yombi

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, abayobozi bo muri Koreya y’Epfo bataye muri yombi Perezida Yoon Suk Yeol, ubu urimo guhatwa ibibazo mu kigo gikora iperereza kuri ruswa kizwi nka CIO (Corruption Investigation Office). Yavuze ko yemeye guhatwa ibibazo “nubwo ari iperereza rinyuranyije n’amategeko, mu rwego rwo kurinda ko haba imeneka ry’amaraso riteye […]
Rubavu: Yafatiwe mu cyuho asunika moto acyekwaho kwiba

Polisi yâu Rwanda ku bufatanye nâizindi nzego zâumutekano nâabaturage mu Karere ka Rubavu yafashe umusore wâimyaka 22, ucyekwaho kwiba moto yo mu bwoko bwa TVS Victor ayikuye mu rugo rwa nyirayo. Uyu musore yafatiwe mu mudugudu wâUmubano, akagari ka Mbugangari mu murenge wa Gisenyi, ku wa Mbere tariki ya 13 Mutarama, ahagana saa kumi zâurukerera. […]
Nigeria: Abaturage bagera kuri 40 biciwe mu gitero cya Boko Haram

Kuri iki Cyumweru gishize, abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bishe abahinzi 40 mu gitero cyagabwe ku baturage bo mu bwoko bwa Dumba mu majyaruguru yâuburasirazuba bwa Leta ya Borno, nk’uko umuyobozi mukuru muri iyi leta yabitangaje kuri uyu wa Mbere ushize. Bivugwa ko aba barwanyi ari abo mu mutwe witwaje intwaro wa Boko Haram na […]
Komanda wa UNMISS yasuye Ingabo z’u Rwanda muri Torit

Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama 2025, Umuyobozi wâIngabo zâUmuryango wâAbibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Lt Gen Mohan Subramanian, yasuye Ingabo z’u Rwanda zibarizwa muri Rwanbatt-1 mu birindiro bya Torit biherereye mu birometero 139 uvuye mu Mujyi wa Juba. Yakiriwe nâUmuyobozi wâIngabo mu gice cyâamajyepfo, Brig Gen Dinesh Singh, ari kumwe nâumuyobozi wâingabo zigize […]
Kampala: Batandatu biciwe mu gikorwa cyo kugerageza kwiba banki

Igipolisi cya Uganda cyaburijemo umugambi usa nk’ubwiyahuzi wo kwiba Banki ya Stanbic mu isoko rya Acacia Mall, kica abantu batandatu bakekwaho icyaha cyo kugerageza kwiba. Igipolisi cya Uganda ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama 2025, cyari cyabanje gutangaza ko hishwe bane uwa gatanu wakomeretse bikomeye akaba yari afunzwe nâabapolisi mu bitaro […]
UAE: Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama 2025, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yabonanye na mugenzi we wa Nigeria, Perezida Bola Tinubu i Abu Dhabi, muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho bombi bitabiriye inama ya Abu Dhabi Sustainability Week (ADSW). Kuri uyu wa Mbere, kimwe na mugenzi we, Perezida wa Nigeria yatangaje […]
Uganda: Besigye yashinjwe ikindi cyaha cyamucisha umutwe

Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama abashinjacyaha ba gisirikare muri Uganda bongeye icyaha cy’ “ubuhemu”, gishobora guhanishwa igihano cyâurupfu, ku rutonde rw’ibyaha biregwa umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe nâubutegetsi Kiiza Besigye. Kiiza Besigye, umaze igihe atavuga rumwe na Perezida Yoweri Museveni, umaze imyaka hafi 40 ku butegetsi, yafatiwe mu gihugu cyâabaturanyi cya Kenya mu Gushyingo […]
Urukiko rwasabye ko Karasira ugisaba umwanya atangira kwiregura

Urukiko Rukuru mu Rwanda rwategetse ko Aimable Karasira Uzaramba atangira kwiregura ku byaha akurikiranyweho nâubushinjacyaha bwâu Rwanda, mu gihe abamwunganira bavuga ko bagikeneye igihe cyo gutegura. Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama, Me Bruce Bikotwa na mugenzi we Felicien Gashema bunganira Karasira babwiye urukiko ko bamaze igihe gito cyane bemerewe kumwunganira. Bavuga ko bakunze […]