Huye: Abasaza n’abakecuru bacumbikiwe mu Babikira barasaba ko insina zibatunze zitatemwa

Abakecuru n’abasaza 28 bacumbikiwe mu kigo cy’Abihayimana giherereye mu murenge wa Tumba mu karere ka Huye, barasenga Imana ijoro n’amanywa ngo urutoki ruri mu kigo cyabo ntiruzatemwe. Ni mu gihe, muri iyi minsi, nk’uko abaturage babivuga, ubuyobozi bw’umurenge wa Tumba buri gutema insina ziri mu mirima yo muri uwo murenge mu rwego rwo gusukura umugi. […]
Hashyizweho akayabo k’amadorali nk’ishimwe ku muntu uzashobora kwica Trump
Umusenateri wo muri Iran yemereye ishimwe rya miliyoni eshatu z’amadorali y’Abanyamerika umuntu wese uzashobora kwivugana Perezida Donald Trump wa leta zunze ubumwe za Amerika, mu rwego rwo guhorera Gen. Qassem Soleimani uheruka kwivuganwa n’ibitero by’Abanyamerika. Nkuko dailmail ibivuga , uwashyizeho iki gihembo ku muntu uzashobora kwica Trump ni Ahmad Hamzeh, umusenateri mu nteko ishinga amategeko […]
Abasaga ibihumbi umunani bamaze gukingirwa Ebola

Abanyarwanda n’abanyamahanga bagera ibihumbi umunani bamaze guhabwa urukingo rwa Ebola ku bushake. Muri aba nta n’umwe rwigeze rugiraho ingaruka mbi ku buzima bwe nkuko hari benshi bagiye babyibaza. U Rwanda mu gukumira no kurinda ko indwara ya Ebola igera mu mu gihugu, hafashwe ingamba zitandukanye aho hateguwe Abaganga n’abakozi bashinzwe kwita ku muntu wagaragarwaho n’iyi […]
Ntampamvu yo gucika intege, vuba ugiye gutungurwa n’Imana-Video
Peter wihanduraga imvunja akoresheje amenyo, agahekenya inda ndetse abatirishwa urwembe-Video
Ntaganzwa Peter, ni umusore w’imyaka 30 , mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV , yavuze ko mu buzima yabayemo kuva ku myaka 6 ubwo Papa we na Mama we bitabaga Imana. Uyu musore avuga ko yarwaye inda akajya azihekenyesha amenyo, ndetse imvunja yari arwaye mu ntoki nazo yazihanduzaga amenyo. Ubwo yajyaga kuba mu muhanda (Mayibobo) […]
Ikiganiro Lt Col Nyirimanzi na Ntagengwa Omar bavuga ku ireme ry’umuco n’amateka y’u Rwanda-Video
Rwanda 2019: Umwaka w’umutekano, usize igihato muri dipolomasi
Umwaka wa 2019 uvuze byinshi ku gihugu nk’u Rwanda, cyane cyane mu rwego rw’umutekano n’ububanyi n’amahanga! kuko usize benshi mu nyeshyamba n’abayobozi bayo barwanya leta y’u Rwanda bishwe, hari abagaruwe mu gihugu, abandi basubiranyemo. nubwo havugwa umutekano mwiza, mu bubanyi n’amahanga ho ibyiza byinshi bibangikanye n’ “igitotsi” mu mibanire n’abaturanyi. Urugamba rukomeye mu rwego rwa […]
Ajyanwa n’Umwuka mu rusengero
“Ajyanwa n’Umwuka mu rusengero,maze ababyeyi bajyanye umwana Yesu ngo bamugenze nk’uko umuhango w’amategeko wari uri;Simiyoni aramuterura ashima Imana ati:: Mwami noneho urasezerere umugaragu wawe amahoro nk’uko wabivuze”. (Luka 2:27-29). Simiyoni yari yarabwiwe n’Imana ko atazapfa atarabona umukiza w’abari mw’isi yose Yesu Kristo avuka. Kandi koko niko byagenze ari mu bamubonye mbere amaze kuvuka. Nawe rero […]
Magendu ya caguwa : Uruhare rw’inzego z’umutekano n’iz’ibanze

Imyenda ya caguwa ikomeje kwinjira, iturutse mu bihugu bituranye n’u Rwanda, hakoreshejwe amayeri akomeye nubwo bivugwa ko yaciwe mu gihugu kubera kuzamurirwa umusoro ukikuba. Mbere yo kugera ku masoko yo mu Rwanda, habamo ikibaba cya bamwe mu bagize inzego z’umutekano iz’ibanze zishyikira zikanakira ruswa. Uretse kuba birimo kunyereza imisoro binagira ingaruka ku isoko ry’imyenda ikorerwa […]
Rubavu : Abakozi 7 birukanwe ku mirimo nyuma y’uruzinduko rwa Minisitiri
Nyuma y’uruzinduko rwa Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Anastase Shyaka , haravugwa iyirukanwa ku bari abayobozi (Directeur ) , n’umukozi umwe wahagaritswe amezi 3. Mubirukanwe haravugwamo : Rukabu Benoit wari ushinzwe BDA, Mwangange Mediatrice wari ushinzwe uburezi, Dukundimana Esperence Administration, Rugomboka Daniel wari umujyanama mu nama njyanama, Karasira Donath wari ushinzwe imari (Finance) , Claire umukozi wari […]
Urubanza rwa Neretse: Igicu cy’ubwoba ku ijuru rya Mataba

Iburanisha, mu rubanza rw’umunyarwanda Neretse Fabiani uregwa icyaha cya jenoside mu gihugu cy’Ububiligi, rirasatira umusozo. Rugiye gusiga abatangabuhamya babaye iciro ry’imigani kubera kwivuguruza: abashinjaga, uyu munsi barashinjura. Ese aho iyo virusi yo « kwibagirwa » ntibaba barayanduriye iwabo i Mataba ? Ni saa sita ku musozi wa Mataba, uri mu kwaha kw’agasongero k’ibisi bya Bukonya, […]
Inkuru mpamo : “Nyuma y’umuhango wo gushyingura umwana wanjye Sylvie, mama yansabye kuryamana na se kandi mfite undi mugabo”

Ngo ni umuco. Iyo umugore agize ibyago agapfusha umwana ni ngombwa ko aryamana na se w’umwana kabone n’iyo yaba yarashatse undi mugabo. Babyita “guhungura”. Ngo iyo atabikoze, abana bamushiraho! Liliane, ni umudame w’imyaka 29 utuye mu ntara y’amajyepfo mu Rwanda. Mama we yitwa Berthe. Afite iimyaka 20, Liliane yakundanye na Jacques amutera inda. Akimenya ko […]
Ni iki gituma ujya kure y’Imana? – Rev. Nibintije

Eliya yayobowe n’Imana agera kugeza ageze aho yahuriye nayo. Elisha ntiyari azi aho ari ho yewe birashoboka ko na Eliya yari atahazi ariko yakurikiye Imana akaoresha ibitangaza mu mazi ya Yorudani kugira ngo yambuke adatose mbere yo guhura n’Imana. Tugeze mu bihe bya nyuma by’ukugaruka kwa Yesu. Satani agerageza gufata gutwara ibitekerezo kugira ngo akujyane […]
Mwuka utunganye ntahagije – Rev. Nibintije

Byinshi byabaye muri Sodoma ndetse na mwuka we wivanga n’ikibi cyari kimukikije. Imana yaramuburiye imusaba guhunga agakiza ubuzima bwe kuko Sodoma yari igihe gurimbuka. Umugore we yakundaga aho hantu; abakobwa be n’abagabo babo bari bahatuye. Urakora iki aho Loti? Reba Loti, nta kintu kitunganye kiri aho. Haguruka, uve aho hantu kuko hagiye kurimbuka. Loti ntiyigeze […]
Umuragwa w’ubugingo bw’iteka- Rev. Nibintije

Soma : Tito 3:7 Niba waraguye nkanjye, ubwo wibonye mu Isi y’inzozi aho amafaranga atari ikibazo n’abaneshi bubaha uburyo wazamutse mu bukire. Niba umeze nkanjye, ubwo ntukomoka mu muryango wifashije ndetse n’ubu akaba utaba mu buzima nk’ubw’abakire bo muri ibi bihe. Hari igihe, nk’uko nanjye bimeze, ababyeyi bawe cyangwa abasogokuruza bawe batagusigiye umunani kandi nta […]
Kibeho: Ku minsi mikuru y’amabonekerwa abantu barara hanze kubera kubura amacumbi, imvura yagwa ikabanyagira

Abasura ubutaka butagatifu bwa Kibeho muri Nyaruguru, ku minsi mikuru ikomeye nka Assomption iba buri 15 Kanama, no ku munsi ngaruka-mwaka w’amabonekerwa, uba buri wa 28 Ugushyingo, bose ikintu bahurizaho nuko hakiri ikibazo gikomeye cy’ibikorwa-remezo by’ibanze nk’amahoteli, za restaurants, aho kugama izuba n’imvura, ubwiherero (imiryango 30), aho gutekera no gukaraba. Iyo izuba rivuye abantu ntibabona […]
Jya umenya ibyawe – Rev. Nibintije

Iyo tutagenje buke, ibitekerezo byacu bizatangira kwivanga mu bibazo by’abo turi kumwe. Ntidukwiriye guhitiramo bagenzi bacu abantu. Mu by’ukuri tuba dukwiriye kureka abantu bakabaho uko babyumva. Kubanenga, kugenzura imyitwarire yabo ko atari iyo mu bwami bw’Imana. Imabaraga nyinshi twakazishyize mu kumenya ibyo mu rugo rwacu, aho kumenya ibyo mu ngo z’abandi. Ese mufite ibihe bitekerezo […]
Amanyanga, amarangamutima no kwica amategeko mu kwimura abantu ahanyujijwe umuhanda Base-Rukomo

Mu gikorwa cyo kubarura imitungo, kuyishyura no kwimura abantu ku mitungo yangijwe n’ikorwa ry’umuhanda Base-Rukomo, havugwamo byinshi bitagenze neza, bigatuma Leta yishyura amafaranga atari ngombwa. Harimo abandikiwe imitungo badafite, harimo abo yongerewe agaciro idafite, harimo abishyuwe batarangirijwe, ndetse n’abishyuwe bakayigumamo. Nk’uko bigaragarira urambagiye uyu muhanda kuva kuri Base kugera mu Rukomo, ukumva ubuhamya bw’abawuturiye ; […]
Koresha ukwemera kw’Imana – Rev. Nibintije

Reka uyoborwe n’ukwemera kw’Imana, sooma ijambo ryayo, koresha ukwemera kwayo maze byose ubyemere. Koresha ukwemera kw’Imana buri kintu kizajya mu buryo. Mu kwemera kw’Imana yibone uko ifata ibumba ikarema umuntu, uko ifungura uruhande rumwe rw’umugabo igakuramo agace gato k’urubavu ikaremamo umugore mwiza. Mu kwemera kw’Imana soma kuri Aburahamu n’ivuka rya Isaka igihe ababyeyi be bari […]
Yesu akiza agira ngo yerekane icyamuzanye – Rev. Nibintije

Abantu baracyakeneye ikimenyetso. Hari abataremera ko Yesu ari umwana w’Imana wavutse ku isugi. Akora imirimo ya Data ntimukamunyere. Ariko ninyikora, ntimwizere njye, mwizere imirimo kugira ngo mwizere ko Data ari muri njye kandi nanjye nkamubamo (Yoahana 10:37,38) Mwizere Yesu Kristo ku bw’imirimo; Ni bibi kubona imirimo y’Imana ntimuyizere. Yesu arabwira abashidikanya ko badakwiye kumwizera ari […]
Reka Umwuka Wera akurinde – Rev. Nibintije

Bamwe muri mwe bashyirwa hasi na Sekibi mu gitekerezo cyangwa ibitekerezo bikomeza kuza mu mutwe wawe. Ntuzigera ubishyira mu bikorwa; wemerera Sekibi kugarura icyo gitekerezo. Mu yandi magambo, ntuzigera wiha Umwuka Wera ku buryo umwanzi ashobora gufashwa. Ibitekerezo byawe byasizwe nk’ibya Yesu. Niwiha Umwuka Wera, Sekibi ntashobora gutwara urukundo rwawe, ariko nuhakana gukora ibi, umwuka […]
Gen. James Ruzibiza, Mc Philos,Umuhanzi Albert , umukirigitananga Deo mu barangije Master’s muri Kaminuza ya Kigali

Kaminuza ya Kigali (UoK), none tariki ya 6 Ukuboza 2019 , mu Intare Conference Arena, habaye umuhango wo gutanga impamyabumenyi, mu barangije muri Kaminuza ya Kigali, aho bazwi harimo : Gen. James RUZIBIZA , Mc Philos, Umuhanzi Albert Niyonsaba hamwe umukirigitananga Munyakazi Deo, bombi babonye iziri ku rwego rwa Master’s. Muri uyu muhango wari inogeye […]
Ese ni ryari umuntu yemera kwibanira n’ibitekerezo bibi?

Ubigeza ku bandi, uba urimo kubiha . Iyo ukwirakwije ibitekerezo by’urwango ku muntu runaka, ni nko kubishyira mu mutima wawe. Sekibi yarakizanye, agishyira mu mu mutima wawe, ariko ugikoraho. Icyo ukoze kiba kimwe mu bikugize. Ntugakore ku bintu bihumanye, n’uramuka ubikoze, kizahita kijya mu mutima wawe. Urwango urwo ari rwo rwose, ibitekerezo bibi, inzika wemeye, […]
“Abatangabuhamya barindiwe umutekano” ba TPIR n’ubu ntibarawurindirwa

Gutotezwa, guhohoterwa, kwihishahisha bahunga umutekano muke w’aho batuye, byanarimba bamwe bakicwa! Ibi ni bimwe mu byibasiye, bikinibasira abatangabuhamya b’Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwashyriweho u Rwanda (TPIR/IRMCT), nyamara na n’ubu ruracyafite mu nshingano umutekano wabo. Ese ubundi, i Arusha muri Tanzania, ko baba batanze ubuhamya bwabo amazina n’isura byabo bihishwe rubanda, bamenyekana bate? Ibyo byose bibazwe nde, […]
Ni iki gituma ujya kure y’Imana? – Rev. Nibintije

Eliya yayobowe n’Imana kugeza ageze aho yahuriye nayo. Elisha ntiyari azi aho ari ho yewe birashoboka ko na Eliya yari atahazi, ariko yakurikiye Imana akoresha ibitangaza mu mazi ya Yorudani kugira ngo yambuke adatose mbere yo guhura n’Imana. Tugeze mu bihe bya nyuma by’ukugaruka kwa Yesu. Satani agerageza gufata gutwara ibitekerezo kugira ngo akujyane kure […]
Itangazo risaba guhindura izina
Kwizera kwiza ni ugusuzumwe – Rev. Nibintije

Imana yatandukanyije Yozefu n’abantu be. Kubera iki? Ni bwo buryo bwashobokaga ko Imana imubumbamo icyo ishaka ko aba cyo. Yari afite byinshi byo kwiga. Imana igomba kukugira wenyine kugira ngo ikugire icyo ishaka. Ibyifuzo byawe biba bimeze nk’ibishyamiranyije n’iby’Imana. Uba ushaka gukina maze ukagira ibihe byiza. Ntabwo uzaba uko Imana yaguteguye muri ubwo buryo. Ineza […]
Uburinzi butangaje – Rev. Nibintije

Si uburinzi bwange ahubwo ni ubwawe Mwami. Dukeneye kwirinda aho kubwira Umwami ngo abe ari we uturinda. Ntubeho ufite ubwoba, akira uburinzi bwe. Ntutekereze igihe cyose ko hari ikigiye kugusimbukira maze kigutere icyuma, ibyo ni ibyiyumviro bibi. Wajya mu rugo rwawe maze ukagira amakenga, ukagenzura niba nta muntu uri munsi y’igitanda. Wakumva urusaku, ugatekereza ko […]
Kwirengera ingaruka zo kwizera- Rev. Nibintije

Matayo 14:22-23 Ese wigeze wirengera ingaruka zo kubaha Imana? Byashoboka ko yaguhaye isuzuma wabonaga risa n’aho rirenze ubushobozi bwawe. Mu kwerekana kwizera Imana gushobora kuba nk’aho ari ubucuruzi bubamo ibibazo, ariko mu by’ukuri ni ikintu kirimo umutekano wakora. Ikirenzeho, ni uburyo Umwami ashaka ko abamukurikira babaho. Watekereza icyo abandi bigishwa batekereje ubwo Petero yavaga mu […]
Tegereza Umwuka Wera- Rev. Nibintije

Si umwuka wange ahubwo ni uwawe Mwami. Abantu benshi bakoresha umwuka wabo bagerageza gutsinda abandi kugira ngo babereke ko bashoboye, bisanga bitabashobokera. Umwami yaravuze ngo azabahindura abahamya. Bisaba Umwuka Wera kugira ngo ube umuhamya ku Mwami. Yesu yabwiye abigishwa ubwo yatangiraga kubigisha ati: “ Nimunkurikire, nzabagire abarobyi b’abantu. (Matayo 4:19). Nzabagire-Mwuka Wera we azakugira inzira […]
DISABILITY REPORTING JOURNALISM AWARD 2019
Ikorere Umusaraba w’Icyubahiro – Rev. Nibintije

Si ku bwange Mwami… mu yandi magambo, si ku bw’ubushake bwange ahubwo ni ku bwawe Mwami. Tugira ibyifuzo bitandukanye, ikifuzo cya kino na kiriya ngo bibeho, ikifuzo cyo kugera kuri iki cyangwa kiriya mu buzima. Ariko ntibibe ku bw’ibyo nifuza, ntihabe ku bw’ubushake bwange ahubwo bibe ku bwawe Mwami. Ntube umusaraba wange ahubwo ube Uwawe. […]
Rusizi: Uruganda rw’icyayi ruritana ba mwana na SACCO, mu gihe abahinzi bakomeje kubigenderamo

Abahinzi b’icyayi barenga 4000, bibumbiye muri koperative The villageois UMACYAGI ikorera mu mirenge imwe y’akarere ka Rusizi n’iy’aka Nyamasheke, bakomeje kubigenderamo biturutse kukuba uruganda rwa Shagasha rwitana ba mwana na SACCO aba bahinzi bahemberwamo ,bikabashyira mu bukene kubera kudahemberwa igihe amafaranga yabo, bayoberwa aho bipfira. Mu nama y’inteko rusange y’iyi koperative The villageois UMACYAGI yateranye […]
Ubwiza bw’Imana ni ubwawe-Niba ubushaka – Rev. Nibintije

Ibyiza by’Imana ni ibyawe niba ubishaka. Ese wabibona ute? Ese wakwemeza ute ko ushaka ibyiza byayo? Hari uburyo wakwereka Imana ko ushaka ibyiza byayo kandi ntabwo ari ukuvuga ngo ushaka inzira y’Imana. Kuvuga nk’uko mu mvugo byitwa biroroha. Niba ushaka uburyo bw’Imana n’ubwiza bwayo, ugomba kubuharanira. Ni ku bw’ubushake bw’Imana, ntabwo ari ku bwawe. Luka […]
VIDEO: Inzu nziza zagabanyijwe ibiciro cyane , kwishyura make birashoboka
Sosiyete ya United property group ikora ibijyanye n’ubwubatsi , yubatse kandi ikomeje kubaka amazu yo guturamo ajyanye n’ikerekezo, akomeye yubatse muri concrete, aherereye Kanzenze ho mu karere ka Bugesera, iyi Kompanyi aho bagamije gufasha buri munyarwanda wese gutura heza kandi bijyanye nuko yifite kandi bihereye kubushobozi bw’abazifuza kuko ushobora kwishyura kashi cyangwa mu byiciri ukayegukana. […]
DUFATE UMUHANDA WO KUGIRA NEZA ABANTU B’ IMANA YACU – Rev. Nibintije

1Abatesalonike 5:15 “Mwirinde hatagira uwo muri mwe witura umuntu wese inabi yamugiriye, ahubwo buri gihe muharanire icyabera cyiza bagenzi banyu n’ abandi bose.” Mu urwandiko Pawulo yandikiye abagalatiya hari igice cya gatanu kivuga ku ibijyanye n’ imbuto 9 z’ umwuka wera cyangwa ibintu icyenda biranga umukristo mu mibereho ye, mu gihe tuba twemereye Yesu Kristo […]
Kwizera guturuka ku Mana – Rev. Nibintije

Si ukwizera kwange ahubwo ni ukwawe Mwami. Abantu benshi bakoresha imyizerere ya kamere batekereza ko ari iy’Imana maze bakibaza impamvu batakira ibituruka mu bikanza cyayo. Niba ushaka kwakira imigisha y’Imana, gutabarwa, ibitangaza n’ubuvuzi bwawe, ugomba kugira kwizera guturuka ku Mana. Kwizera ni impano y’Imana. “Mwakijijwe n’ubuntu bwo kwizera, ntibyavuye nuri mwe ahubwo ni impano y’Imana” […]
Urubanza rwa Neretse: Isaha irenga rwabuze gica mu banyamategeko, itangazamakuru ryemerewe gukurikira
Uwahoze ari Superefe wa Busengo mu Ruhengeri yasabye ko Abanyamakuru basohorwa agatanga ubuhamya badahari. Ni impaka zikomeye zatumye abacamanza biherera kuva satatu kugera saa sita , birangira hemejwe ko abanyamakuru batagomba gukumirwa. Ni umwanzuro usa nkuwatunguranye aho umwe mubatangabuhamya yasabye ko abutanga mu muhezo nta banyamakuru bahari kumpamvu yavugaga adashaka ko ubuzima bwe bwajya mu […]
Urumuri rw’Imana ni rwinshi – Rev. Nibintije

Si urumuri rwange ahubwo ni urwawe Mwami. Si urukundo rwange ahubwo ni urwawe Mwami. Abantu benshi b’Imana bishingikiriza urukundo rw’abantu kurusha urw’Imana kandi urw’Imana ni rwo rwinshi. Urukundo rw’Imana rwakuzura imigezi yose, inyanja zose, rukuzura isi yose kandi rukanasaga. Ariko urukundo rw’abantu rurashira; rugira integer nke kandi rukagenda. Ese hari uwigeze kugukunda nyuma ukabona ko […]
Ese uri mu gihe cyo gusenga? – Rev. Nibintije

Mwami, si ku bw’ukubohoka kwange ahubwo ni ukwawe. Bamwe bita kubohoka kwa Yesu ubucakara. Batekereza ko bari mu bucakara kubera ko Umwani ashaka ko bamuvuga mu isengesho. Bibiliya iravuga it: Amaso y’Uwiteka ari ku bakiranutsi, n;amatwi ye ari ku gutaka kwabo (Zaburi 34:15). Umwanzi arashaka kukumvisha ko isengesho ari umutwaro kandi wa mwuka w’umuntu uzabifatako […]
Amahirwe kubashaka kwigurira ibibanza byiza byo guturamo i Kanombe, bishyura mu by’ibyiciro –Amafoto

Sosiyete nyarwanda ihuza abaguzi n’abagurisha, KTN Rwanda, yashyize ku isoko ibibanza 51 biherereye i Kanombe mu Murenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, aho utaboneye rimwe amafaranga yo kucyishyura bagirana amasezerano akishyura mu byiciro. Ibibanza birapimye kandi bijyanye n’igihe Ni ibibanza biherereye hafi y’ishuri rya EFOTEC Kanombe, bijyanye n’ubushobozi bwa buri wese, […]
Umwami ni imbaraga zawe – Rev. Nibintije

Si ku bw’imbaraga zange Mwami. Abantu benshi bishingikiriza imbaraga zabo z’umubiri ni abanyantege nke. Uba ugenda uvuga ngo uri umunyantege nke ariko wigeze uhagarara ugatekereza ko Imana ifite imbaraga kandi yagusezeranyije kuba imbaraga zawe? Umwami ni we imbaraga zange (Zaburi 28:7). Umwami ni we mbaraga z’ubuzima bwawe. Ese washobora kwakira izo mbaraga? Yego wabishobora. Akira […]
Urumuri rw’ubutumwa bwiza – Rev. Nibintije

Si ku bw’ubushake bwange, si ku bwo kumva kwange Mwami. Si ku bw’urumuri rwange ahubwo ni urwawe. Twikoreraga urumuri ariko Umugeni azakenera urumuri rw’Imana kuko azi ko urumuri rw’umuntu rutagaragaza imbaraga z’umwanzi. Urumuri rw’amashanyarazi ntabwo rumwereka imyobo ariko urumuri rw’Imana rugaragaza imitego. Rukwereka ibimenyetso by’ukuntu umwanzi ashaka kukubeshya, akakwereka ko hakurya hari ikiraro kandi nyuma […]
Komeza utere intambwe – Rev. Nibintije

Si inkweto zange Yesu, ahubwo ni izawe. Ese unyuzwe n’inkweto zawe? Ese ni inkweto bwoko ki wambaye uyu munsi? Ese wizera ko wambaye inkweto zakozwe n’umuntu wanyura mu nzira z’Imana muri iyi saha ya nyuma maze ugakomeza kujyana na Yesu? Niba ubikora ntabwo bizagukundira. Ugomba kwambara inkweto z’Imana. Nk’uko indirimbo ivuga ngo “ Ngiye kwambara […]
Rubavu: Urukiko rwanze ubusabe bwa bahoze ari abayobozi ba KOADU rusaba ko bakomeza gufungwa

Abari abayobozi baregwa inyandiko mpimbano mu rubanza rw’Ibagiro rya Kijyambere rya Koperative KOADU (Dukunde Umurimo), bari basabye ko barekurwa bakaburana bari hanze. Urukiko rukaba rwanze kubarekura ku mpamvu z’uko baregwa ibyaha bikomeye. Urubanza ruregwamo abahoze ari abayobozi ba koperative KOADU n’abahoze ari abayobozi ba kompanyi ya CIKOSEKA ari nayo yubatse icyiciro cya kabiri cy’ibagiro rya […]
Urubanza rwa Neretse : Abari abakozi ba ACEDI Mataba ntibavuga rumwe ku myitwarire ya Neretse
Ku munsi wa cyenda w’urubanza rwa Neretse ukurikiranweho ibyaha bya Jeside rubera i Buruseli mu Bubiligi, humviswe ubuhamya bw’abahoze ari abakozi ba ACEDI Mataba, maze ntibahuza ku myitwarire ya Neretse. Uwari umucungamutungo w’iri shuri ryashinzwe n’uregwa, avuga ko we ubwe yahembaga insoresore zitwaje intwaro, ahawe amabwiriza na nyir’ikigo Neretse. Uyu mugabo anavuga ko umuryango yashatsemo […]
Yesu yashyizeho inzira zo kunyura – Rev. Nibintije

Si inzira zange ahubwo ni izawe Mwami. Ese ugerageza kwishakira inzira zawe? Ese wikorera inzira zawe nshya? Ngiye guca muri iri shyamba. Ntabwo nsanzwe kuko nta muntu wageze muri izi nzira. Uzaribwa n’amadubu ndetse n’intare. Uzacika integer kubera ko wagerageje kwishakira inzira. Yesu yaje kugucira inzira. Ibirenge byawe yabiciriye inzira. Ese ntabwo ntabwo utekereza k […]
Kurikira inyenyeri ya Yesu – Rev. Nibintije

Si inyenyeri yange ahubwo ni iyawe Mwami. Abatekereza neza baravuga bati: “Kurikira inyenyeri yawe!” Ubwo ni ubujiji kuko ni byo umwanzi ashaka ko mukora. Ntabwo muri Bibilia wabwiwe gukurikira inyenyeri yawe, ugomba gukurikira inyenyeri ya Yesu, ni yo nyenyeri y’urukundo, ibyiringiro n’amahoro ikugeza mu Ijuru, ikugeza ku buntu bwose bw’Umwami, ikaguha n’ubushobozi ukenera buri munsi. […]
Kristo akiza kugira ngo ahishure ikuzo rya Data – Rev. Nibintije

N’uko arabakiza: Ikivunge cy’abari aho baribazaga, ubwo babonaga uwari afite ubumuga bwo kutavuga abashije kuvuga, abakomeretse baromorwa, abamugaye baragenda ndetse n’abatabona barabona, n’uko bakuza Imana ya Israel (Matayo 15:30,31). Yesu yarakizaga kugira ngo aheshe ikuzo Se, mu by’ukuri Yesu yahesheje ikuzo Se. Ukomeje, wabona ko Yesu yajyaga avuga kuri Se. “ “Data yaranyohereje… Data aratunganye… […]
Irambure biruseho- Rev. Nibintije

Yesaya 54:2 “Agura ikibanza cy’ihema ryawe, rega inyegamo zo mu mazu yawe zigireyo, ntugarukire hafi wungure imigozi yawe ibe miremire, ushimangire imambo zawe.” Mbega ishusho y’itangaje y’ukukwifuza kw’Imana! Imana ntikwifuza ngo ize mu buzima bwawe gusa.Irifuza ko wamenya ubwinshi bwayo n’ubuzima bwo kubaho utsinda. Ishaka ko wiyongera bihoraho. Ishaka ko ubaho wishimiye mu rugo rwawe. […]
Ubuzima buhe umukoro- Rev. Nibintije

Kubara 27:2-4 “ Bahagarara imbere ya Mose na Eleyazari umutambyi, n’abatware b’iteraniro ryose ku muryango w’ihema ry’ibonaniro, baravuga bati: ‘Data yapfiriye mu butayu kandi ntiyari mu iteraniro ry’abiteranyirije kugomera Uwiteka bafatanyije na Kora, ahubwo yapfanye ibyaha bye ubwe kandi ntiyabyaye abahungu. Ni iki gikuza izina rya Data mu muryango? Ni uko atabyaye umuhungu? Uzaduhe gakondo […]
Simon Kabera, Aime Uwimana, Chorale Shalom , Alarm na Healing barahurira mu gitaramo

Kuri iki cyumweru tariki ya 17 Ugushyingo 2019, mu igitaramo cyateguwe na Radiyo Umucyo, cyatumiwemo Korali n’amatsinda yo kuramya Imana ndetse n’abahanzi ku giti cyabo kitezweho kuzasiga impinduka mu mitima ya benshi. Iki gitaramo cyateguwe na Radiyo Umucyo ifatanyije n’abakunzi bayo cyiswe “Umucyo w’iri Tabaza Ntukazime Live Concert” intego iboneka muri Zaburi 119:105, kikazabera muri […]
IBAGIRWA/HISHA AHAZAZA HAWE- Rev. Nibintije

Abafilipi 3:13-14 “ Benedata, sinibwira yuko maze kugifata, ariko kimwe cyo nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri imbere. Ndamaranira kugera aho dutanguranwa ngo mpabwe ingororano zo guhamagara kw’Imana muri Kristo Yesu kwavuye mu ijuru.” Intumwa Pawulo yasobanuye muri aya magambo ko hataragera ariko hari icy’ingenzi yagombaga gukora: Kugira ngo agende, yagombaga kubanza akibagirwa ahahise. Yagombaga kureka […]
WICIKA INTEGE— Rev. Nibintije

Luka 22:62 “ Petero asohoka hanze, ararira cyane.” Petero n’abigishwa bari biteguye Umwami wari kubakura mu ikandamizwa rya politiki y’Abaroma ndetse n’uburyarya bw’Abafarisayo. Abanditsi bari barigishije abantu ukuza kw’uyu Mesiya wari utegerejwe igihe kinini. Abantu bose bumvaga kimwe. Yari umutware wagombaga kurokora abantu ba Isiraeli. Ariko ubwo Yesu yahishuraga umugambi we wo gupfira ku musaraba, […]
Urubanza rwa Neretse: Umutangabuhamya Emmanuel Neretse ngo ntazagaragara mu rukiko kuko aterwa ubwoba
Umunsi wa gatatu w’urubanza rwa Neretse Fabien uburanira I Buruseli mu Bubiligi watangiye umucamanza abaza Neretse niba ameze neza kuko kuwa gatanu rwahagaze agize ikizungurira. Abunganira uregwa bavuze ku uwitwa Emmanuel Neretse wari uteganijwe kuzumvwa, nyuma akandika avuga atakije kubera guterwa ubwoba n’ubuyobozi bw’u Rwanda. Ni isaa tatu n’iminota 15. Mu gutangira, Neretse Fabien yabanje […]
Amafoto: Faustin wahoze akinira Rayon Sports na APR FC, yasabye aranakwa umukunzi we

Kuwagatandatu tariki ya 9 Ugushyingo 2019, myugariro ukinira ikipe ya Buildcon FC muri Zambia, Usengimana Faustin wanakiniye Rayon Sports na APR FC yasabye ndetse anakwa umuumukobwa bari bamaranye igihe bakundana , Bayingana Daniela. Ni umuhango wabereye i Rubavu, mu Busitani bwa kaminuza ya UTB. Biteganyijwe ko tariki ya 15 Ugushyingo 2019 aba bombi bazasezerana imbere […]
Urubanza rwa Neretse: Aravuga ko yakundanaga n’abatutsi, ubuterahamwe atari kubushobora

Ku munsi wa kabiri w’urubanza rwa Neretse Fabien rubera mu Bubiligi, uregwa yisobanuye ahakana ibyaha aregwa, avuga ko abatutsi bari incuti ze, kandi ko yari ashaje ku buryo atari kubasha ubuterahamwe. Neretse Fabien uburanira mu rukiko rwa rubanda (cour d’Assises) I Buruseli mu Bubiligi, ashinjwa ibyaha bya Genoside yakoreye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali […]
Internship opportunity – Save The Children
TITLE: Administrative Intern TEAM/PROGRAMME: Supply Chain LOCATION: Kigali Head Office GRADE: N/A CONTRACT LENGTH: 1 Year CHILD SAFEGUARDING: Level 3: the responsibility of this post may require the position holder to have regular contact with children and/or young people. Admin Assistant Intern About the Role: •Assist in general duties as assigned including office errands, photocopying, […]
8 Steps to Be More Loving Partne

1. Think before you speak Instead of your usual response, stop and think for a moment and respond kindly. We can often be too abrupt, short, or dismissive. Make sure your partner knows that what they’re asking/ telling is important to you. 2. Keep compassion at the forefront Consider what you have to say and […]
Holders Nigeria stunned by Ivory Coast in U-23 AFCON opener
Ivory Coast stunned defending champions Nigeria 1-0 at the Al Salam Stadium on Saturday in their Group B match of the Under-23 Africa Cup of Nations. Silas Gnaka’s penalty in the 71st minute was the only goal of the game.Nigerian defender Olisa Ndah was sent off in the 70th minute for a second bookable offence. […]