Huye: Abasaza nâabakecuru bacumbikiwe mu Babikira barasaba ko insina zibatunze zitatemwa

Abakecuru nâabasaza 28 bacumbikiwe mu kigo cyâAbihayimana giherereye mu murenge wa Tumba mu karere ka Huye, barasenga Imana ijoro nâamanywa ngo urutoki ruri mu kigo cyabo ntiruzatemwe. Ni mu gihe, muri iyi minsi, nkâuko abaturage babivuga, ubuyobozi bwâumurenge wa Tumba buri gutema insina ziri mu mirima yo muri uwo murenge mu rwego rwo gusukura umugi. […]
Hashyizweho akayabo kâamadorali nkâishimwe ku muntu uzashobora kwica Trump
Umusenateri wo muri Iran yemereye ishimwe rya miliyoni eshatu zâamadorali yâAbanyamerika umuntu wese uzashobora kwivugana Perezida Donald Trump wa leta zunze ubumwe za Amerika, mu rwego rwo guhorera Gen. Qassem Soleimani uheruka kwivuganwa nâibitero byâAbanyamerika. Nkuko dailmail ibivuga , uwashyizeho iki gihembo ku muntu uzashobora kwica Trump ni Ahmad Hamzeh, umusenateri mu nteko ishinga amategeko […]
Abasaga ibihumbi umunani bamaze gukingirwa Ebola

Abanyarwanda nâabanyamahanga bagera ibihumbi umunani bamaze guhabwa urukingo rwa Ebola ku bushake. Muri aba nta nâumwe rwigeze rugiraho ingaruka mbi ku buzima bwe nkuko hari benshi bagiye babyibaza. U Rwanda mu gukumira no kurinda ko indwara ya Ebola igera mu mu gihugu, hafashwe ingamba zitandukanye aho hateguwe Abaganga nâabakozi bashinzwe kwita ku muntu wagaragarwaho nâiyi […]
Ntampamvu yo gucika intege, vuba ugiye gutungurwa n’Imana-Video
Peter wihanduraga imvunja akoresheje amenyo, agahekenya inda ndetse abatirishwa urwembe-Video
Ntaganzwa Peter, ni umusore wâimyaka 30 , mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV , yavuze ko mu buzima yabayemo kuva ku myaka 6 ubwo Papa we na Mama we bitabaga Imana. Uyu musore avuga ko yarwaye inda akajya azihekenyesha amenyo, ndetse imvunja yari arwaye mu ntoki nazo yazihanduzaga amenyo. Ubwo yajyaga kuba mu muhanda (Mayibobo) […]
Ikiganiro Lt Col Nyirimanzi na Ntagengwa Omar bavuga ku ireme ryâumuco nâamateka y’u Rwanda-Video
Rwanda 2019: Umwaka w’umutekano, usize igihato muri dipolomasi
Umwaka wa 2019 uvuze byinshi ku gihugu nkâu Rwanda, cyane cyane mu rwego rwâumutekano nâububanyi nâamahanga! kuko usize benshi mu nyeshyamba n’abayobozi bayo barwanya leta y’u Rwanda bishwe, hari abagaruwe mu gihugu, abandi basubiranyemo. nubwo havugwa umutekano mwiza, mu bubanyi nâamahanga ho ibyiza byinshi bibangikanye nâ âigitotsiâ mu mibanire nâabaturanyi. Urugamba rukomeye mu rwego rwa […]
Ajyanwa n’Umwuka mu rusengero
“Ajyanwa n’Umwuka mu rusengero,maze ababyeyi bajyanye umwana Yesu ngo bamugenze nk’uko umuhango w’amategeko wari uri;Simiyoni aramuterura ashima Imana ati:: Mwami noneho urasezerere umugaragu wawe amahoro nk’uko wabivuze”. (Luka 2:27-29). Simiyoni yari yarabwiwe n’Imana ko atazapfa atarabona umukiza w’abari mw’isi yose Yesu Kristo avuka. Kandi koko niko byagenze ari mu bamubonye mbere amaze kuvuka. Nawe rero […]
Magendu ya caguwa : Uruhare rwâinzego zâumutekano nâizâibanze

Imyenda ya caguwa ikomeje kwinjira, iturutse mu bihugu bituranye nâu Rwanda, hakoreshejwe amayeri akomeye nubwo bivugwa ko yaciwe mu gihugu kubera kuzamurirwa umusoro ukikuba. Mbere yo kugera ku masoko yo mu Rwanda, habamo ikibaba cya bamwe mu bagize inzego zâumutekano izâibanze zishyikira zikanakira ruswa. Uretse kuba birimo kunyereza imisoro binagira ingaruka ku isoko ryâimyenda ikorerwa […]
Rubavu : Abakozi 7 birukanwe ku mirimo nyuma yâuruzinduko rwa Minisitiri
Nyuma yâuruzinduko rwa Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu Anastase Shyaka , haravugwa iyirukanwa ku bari abayobozi (Directeur ) , nâumukozi umwe wahagaritswe amezi 3. Mubirukanwe haravugwamo : Rukabu Benoit wari ushinzwe BDA, Mwangange Mediatrice wari ushinzwe uburezi, Dukundimana Esperence Administration, Rugomboka Daniel wari umujyanama mu nama njyanama, Karasira Donath wari ushinzwe imari (Finance) , Claire umukozi wari […]
Urubanza rwa Neretse: Igicu cyâubwoba ku ijuru rya Mataba

Iburanisha, mu rubanza rwâumunyarwanda Neretse Fabiani uregwa icyaha cya jenoside mu gihugu cyâUbubiligi, rirasatira umusozo. Rugiye gusiga abatangabuhamya babaye iciro ryâimigani kubera kwivuguruza: abashinjaga, uyu munsi barashinjura. Ese aho iyo virusi yo « kwibagirwa » ntibaba barayanduriye iwabo i Mataba ? Ni saa sita ku musozi wa Mataba, uri mu kwaha kwâagasongero kâibisi bya Bukonya, […]
Inkuru mpamo : “Nyuma yâumuhango wo gushyingura umwana wanjye Sylvie, mama yansabye kuryamana na se kandi mfite undi mugabo”

Ngo ni umuco. Iyo umugore agize ibyago agapfusha umwana ni ngombwa ko aryamana na se wâumwana kabone nâiyo yaba yarashatse undi mugabo. Babyita âguhunguraâ. Ngo iyo atabikoze, abana bamushiraho! Liliane, ni umudame wâimyaka 29 utuye mu ntara y’amajyepfo mu Rwanda. Mama we yitwa Berthe. Afite iimyaka 20, Liliane yakundanye na Jacques amutera inda. Akimenya ko […]
Ni iki gituma ujya kure yâImana? – Rev. Nibintije

Eliya yayobowe nâImana agera kugeza ageze aho yahuriye nayo. Elisha ntiyari azi aho ari ho yewe birashoboka ko na Eliya yari atahazi ariko yakurikiye Imana akaoresha ibitangaza mu mazi ya Yorudani kugira ngo yambuke adatose mbere yo guhura nâImana. Tugeze mu bihe bya nyuma byâukugaruka kwa Yesu. Satani agerageza gufata gutwara ibitekerezo kugira ngo akujyane […]
Mwuka utunganye ntahagije – Rev. Nibintije

Byinshi byabaye muri Sodoma ndetse na mwuka we wivanga nâikibi cyari kimukikije. Imana yaramuburiye imusaba guhunga agakiza ubuzima bwe kuko Sodoma yari igihe gurimbuka. Umugore we yakundaga aho hantu; abakobwa be nâabagabo babo bari bahatuye. Urakora iki aho Loti? Reba Loti, nta kintu kitunganye kiri aho. Haguruka, uve aho hantu kuko hagiye kurimbuka. Loti ntiyigeze […]
Umuragwa wâubugingo bwâiteka- Rev. Nibintije

Soma : Tito 3:7 Niba waraguye nkanjye, ubwo wibonye mu Isi yâinzozi aho amafaranga atari ikibazo nâabaneshi bubaha uburyo wazamutse mu bukire. Niba umeze nkanjye, ubwo ntukomoka mu muryango wifashije ndetse nâubu akaba utaba mu buzima nkâubwâabakire bo muri ibi bihe. Hari igihe, nkâuko nanjye bimeze, ababyeyi bawe cyangwa abasogokuruza bawe batagusigiye umunani kandi nta […]
Kibeho: Ku minsi mikuru yâamabonekerwa abantu barara hanze kubera kubura amacumbi, imvura yagwa ikabanyagira

Abasura ubutaka butagatifu bwa Kibeho muri Nyaruguru, ku minsi mikuru ikomeye nka Assomption iba buri 15 Kanama, no ku munsi ngaruka-mwaka wâamabonekerwa, uba buri wa 28 Ugushyingo, bose ikintu bahurizaho nuko hakiri ikibazo gikomeye cyâibikorwa-remezo byâibanze nkâamahoteli, za restaurants, aho kugama izuba nâimvura, ubwiherero (imiryango 30), aho gutekera no gukaraba. Iyo izuba rivuye abantu ntibabona […]
Jya umenya ibyawe – Rev. Nibintije

Iyo tutagenje buke, ibitekerezo byacu bizatangira kwivanga mu bibazo byâabo turi kumwe. Ntidukwiriye guhitiramo bagenzi bacu abantu. Mu byâukuri tuba dukwiriye kureka abantu bakabaho uko babyumva. Kubanenga, kugenzura imyitwarire yabo ko atari iyo mu bwami bwâImana. Imabaraga nyinshi twakazishyize mu kumenya ibyo mu rugo rwacu, aho kumenya ibyo mu ngo zâabandi. Ese mufite ibihe bitekerezo […]
Amanyanga, amarangamutima no kwica amategeko mu kwimura abantu ahanyujijwe umuhanda Base-Rukomo

Mu gikorwa cyo kubarura imitungo, kuyishyura no kwimura abantu ku mitungo yangijwe nâikorwa ryâumuhanda Base-Rukomo, havugwamo byinshi bitagenze neza, bigatuma Leta yishyura amafaranga atari ngombwa. Harimo abandikiwe imitungo badafite, harimo abo yongerewe agaciro idafite, harimo abishyuwe batarangirijwe, ndetse nâabishyuwe bakayigumamo. Nkâuko bigaragarira urambagiye uyu muhanda kuva kuri Base kugera mu Rukomo, ukumva ubuhamya bwâabawuturiye ; […]
Koresha ukwemera kwâImana – Rev. Nibintije

Reka uyoborwe nâukwemera kwâImana, sooma ijambo ryayo, koresha ukwemera kwayo maze byose ubyemere. Koresha ukwemera kwâImana buri kintu kizajya mu buryo. Mu kwemera kwâImana yibone uko ifata ibumba ikarema umuntu, uko ifungura uruhande rumwe rwâumugabo igakuramo agace gato kâurubavu ikaremamo umugore mwiza. Mu kwemera kwâImana soma kuri Aburahamu nâivuka rya Isaka igihe ababyeyi be bari […]
Yesu akiza agira ngo yerekane icyamuzanye – Rev. Nibintije

Abantu baracyakeneye ikimenyetso. Hari abataremera ko Yesu ari umwana wâImana wavutse ku isugi. Akora imirimo ya Data ntimukamunyere. Ariko ninyikora, ntimwizere njye, mwizere imirimo kugira ngo mwizere ko Data ari muri njye kandi nanjye nkamubamo (Yoahana 10:37,38) Mwizere Yesu Kristo ku bwâimirimo; Ni bibi kubona imirimo yâImana ntimuyizere. Yesu arabwira abashidikanya ko badakwiye kumwizera ari […]
Reka Umwuka Wera akurinde – Rev. Nibintije

Bamwe muri mwe bashyirwa hasi na Sekibi mu gitekerezo cyangwa ibitekerezo bikomeza kuza mu mutwe wawe. Ntuzigera ubishyira mu bikorwa; wemerera Sekibi kugarura icyo gitekerezo. Mu yandi magambo, ntuzigera wiha Umwuka Wera ku buryo umwanzi ashobora gufashwa. Ibitekerezo byawe byasizwe nkâibya Yesu. Niwiha Umwuka Wera, Sekibi ntashobora gutwara urukundo rwawe, ariko nuhakana gukora ibi, umwuka […]
Gen. James Ruzibiza, Mc Philos,Umuhanzi Albert , umukirigitananga Deo mu barangije Masterâs muri Kaminuza ya Kigali

Kaminuza ya Kigali (UoK), none tariki ya 6 Ukuboza 2019 , mu Intare Conference Arena, habaye umuhango wo gutanga impamyabumenyi, mu barangije muri Kaminuza ya Kigali, aho bazwi harimo : Gen. James RUZIBIZA , Mc Philos, Umuhanzi Albert Niyonsaba hamwe umukirigitananga Munyakazi Deo, bombi babonye iziri ku rwego rwa Masterâs. Muri uyu muhango wari inogeye […]
Ese ni ryari umuntu yemera kwibanira nâibitekerezo bibi?

Ubigeza ku bandi, uba urimo kubiha . Iyo ukwirakwije ibitekerezo byâurwango ku muntu runaka, ni nko kubishyira mu mutima wawe. Sekibi yarakizanye, agishyira mu mu mutima wawe, ariko ugikoraho. Icyo ukoze kiba kimwe mu bikugize. Ntugakore ku bintu bihumanye, nâuramuka ubikoze, kizahita kijya mu mutima wawe. Urwango urwo ari rwo rwose, ibitekerezo bibi, inzika wemeye, […]
“Abatangabuhamya barindiwe umutekano” ba TPIR n’ubu ntibarawurindirwa

Gutotezwa, guhohoterwa, kwihishahisha bahunga umutekano muke wâaho batuye, byanarimba bamwe bakicwa! Ibi ni bimwe mu byibasiye, bikinibasira abatangabuhamya bâUrukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwashyriweho u Rwanda (TPIR/IRMCT), nyamara na nâubu ruracyafite mu nshingano umutekano wabo. Ese ubundi, i Arusha muri Tanzania, ko baba batanze ubuhamya bwabo amazina nâisura byabo bihishwe rubanda, bamenyekana bate? Ibyo byose bibazwe nde, […]
Ni iki gituma ujya kure yâImana? – Rev. Nibintije

Eliya yayobowe nâImana kugeza ageze aho yahuriye nayo. Elisha ntiyari azi aho ari ho yewe birashoboka ko na Eliya yari atahazi, ariko yakurikiye Imana akoresha ibitangaza mu mazi ya Yorudani kugira ngo yambuke adatose mbere yo guhura nâImana. Tugeze mu bihe bya nyuma byâukugaruka kwa Yesu. Satani agerageza gufata gutwara ibitekerezo kugira ngo akujyane kure […]
Itangazo risaba guhindura izina
Kwizera kwiza ni ugusuzumwe – Rev. Nibintije

Imana yatandukanyije Yozefu nâabantu be. Kubera iki? Ni bwo buryo bwashobokaga ko Imana imubumbamo icyo ishaka ko aba cyo. Yari afite byinshi byo kwiga. Imana igomba kukugira wenyine kugira ngo ikugire icyo ishaka. Ibyifuzo byawe biba bimeze nkâibishyamiranyije nâibyâImana. Uba ushaka gukina maze ukagira ibihe byiza. Ntabwo uzaba uko Imana yaguteguye muri ubwo buryo. Ineza […]
Uburinzi butangaje – Rev. Nibintije

Si uburinzi bwange ahubwo ni ubwawe Mwami. Dukeneye kwirinda aho kubwira Umwami ngo abe ari we uturinda. Ntubeho ufite ubwoba, akira uburinzi bwe. Ntutekereze igihe cyose ko hari ikigiye kugusimbukira maze kigutere icyuma, ibyo ni ibyiyumviro bibi. Wajya mu rugo rwawe maze ukagira amakenga, ukagenzura niba nta muntu uri munsi yâigitanda. Wakumva urusaku, ugatekereza ko […]
Kwirengera ingaruka zo kwizera- Rev. Nibintije

Matayo 14:22-23 Ese wigeze wirengera ingaruka zo kubaha Imana? Byashoboka ko yaguhaye isuzuma wabonaga risa nâaho rirenze ubushobozi bwawe. Mu kwerekana kwizera Imana gushobora kuba nkâaho ari ubucuruzi bubamo ibibazo, ariko mu byâukuri ni ikintu kirimo umutekano wakora. Ikirenzeho, ni uburyo Umwami ashaka ko abamukurikira babaho. Watekereza icyo abandi bigishwa batekereje ubwo Petero yavaga mu […]
Tegereza Umwuka Wera- Rev. Nibintije

Si umwuka wange ahubwo ni uwawe Mwami. Abantu benshi bakoresha umwuka wabo bagerageza gutsinda abandi kugira ngo babereke ko bashoboye, bisanga bitabashobokera. Umwami yaravuze ngo azabahindura abahamya. Bisaba Umwuka Wera kugira ngo ube umuhamya ku Mwami. Yesu yabwiye abigishwa ubwo yatangiraga kubigisha ati: â Nimunkurikire, nzabagire abarobyi bâabantu. (Matayo 4:19). Nzabagire-Mwuka Wera we azakugira inzira […]
DISABILITY REPORTING JOURNALISM AWARD 2019
Ikorere Umusaraba wâIcyubahiro – Rev. Nibintije

Si ku bwange Mwami⊠mu yandi magambo, si ku bwâubushake bwange ahubwo ni ku bwawe Mwami. Tugira ibyifuzo bitandukanye, ikifuzo cya kino na kiriya ngo bibeho, ikifuzo cyo kugera kuri iki cyangwa kiriya mu buzima. Ariko ntibibe ku bwâibyo nifuza, ntihabe ku bwâubushake bwange ahubwo bibe ku bwawe Mwami. Ntube umusaraba wange ahubwo ube Uwawe. […]
Rusizi: Uruganda rw’icyayi ruritana ba mwana na SACCO, mu gihe abahinzi bakomeje kubigenderamo

Abahinzi bâicyayi barenga 4000, bibumbiye muri koperative The villageois UMACYAGI ikorera mu mirenge imwe yâakarere ka Rusizi nâiyâaka Nyamasheke, bakomeje kubigenderamo biturutse kukuba uruganda rwa Shagasha rwitana ba mwana na SACCO aba bahinzi bahemberwamo ,bikabashyira mu bukene kubera kudahemberwa igihe amafaranga yabo, bayoberwa aho bipfira. Mu nama yâinteko rusange yâiyi koperative The villageois UMACYAGI yateranye […]
Ubwiza bwâImana ni ubwawe-Niba ubushaka – Rev. Nibintije

Ibyiza byâImana ni ibyawe niba ubishaka. Ese wabibona ute? Ese wakwemeza ute ko ushaka ibyiza byayo? Hari uburyo wakwereka Imana ko ushaka ibyiza byayo kandi ntabwo ari ukuvuga ngo ushaka inzira yâImana. Kuvuga nkâuko mu mvugo byitwa biroroha. Niba ushaka uburyo bwâImana nâubwiza bwayo, ugomba kubuharanira. Ni ku bwâubushake bwâImana, ntabwo ari ku bwawe. Luka […]
VIDEO: Inzu nziza zagabanyijwe ibiciro cyane , kwishyura make birashoboka
Sosiyete ya United property group ikora ibijyanye nâubwubatsi , yubatse kandi ikomeje kubaka amazu yo guturamo ajyanye nâikerekezo, akomeye yubatse muri concrete, aherereye Kanzenze ho mu karere ka Bugesera, iyi Kompanyi aho bagamije gufasha buri munyarwanda wese gutura heza kandi bijyanye nuko yifite kandi bihereye kubushobozi bwâabazifuza kuko ushobora kwishyura kashi cyangwa mu byiciri ukayegukana. […]
DUFATE UMUHANDA WO KUGIRA NEZA ABANTU Bâ IMANA YACU – Rev. Nibintije

1Abatesalonike 5:15 âMwirinde hatagira uwo muri mwe witura umuntu wese inabi yamugiriye, ahubwo buri gihe muharanire icyabera cyiza bagenzi banyu nâ abandi bose.â Mu urwandiko Pawulo yandikiye abagalatiya hari igice cya gatanu kivuga ku ibijyanye nâ imbuto 9 zâ umwuka wera cyangwa ibintu icyenda biranga umukristo mu mibereho ye, mu gihe tuba twemereye Yesu Kristo […]
Kwizera guturuka ku Mana – Rev. Nibintije

Si ukwizera kwange ahubwo ni ukwawe Mwami. Abantu benshi bakoresha imyizerere ya kamere batekereza ko ari iyâImana maze bakibaza impamvu batakira ibituruka mu bikanza cyayo. Niba ushaka kwakira imigisha yâImana, gutabarwa, ibitangaza nâubuvuzi bwawe, ugomba kugira kwizera guturuka ku Mana. Kwizera ni impano yâImana. âMwakijijwe nâubuntu bwo kwizera, ntibyavuye nuri mwe ahubwo ni impano yâImanaâ […]
Urubanza rwa Neretse: Isaha irenga rwabuze gica mu banyamategeko, itangazamakuru ryemerewe gukurikira
Uwahoze ari Superefe wa Busengo mu Ruhengeri yasabye ko Abanyamakuru basohorwa agatanga ubuhamya badahari. Ni impaka zikomeye zatumye abacamanza biherera kuva satatu kugera saa sita , birangira hemejwe ko abanyamakuru batagomba gukumirwa. Ni umwanzuro usa nkuwatunguranye aho umwe mubatangabuhamya yasabye ko abutanga mu muhezo nta banyamakuru bahari kumpamvu yavugaga adashaka ko ubuzima bwe bwajya mu […]
Urumuri rwâImana ni rwinshi – Rev. Nibintije

Si urumuri rwange ahubwo ni urwawe Mwami. Si urukundo rwange ahubwo ni urwawe Mwami. Abantu benshi bâImana bishingikiriza urukundo rwâabantu kurusha urwâImana kandi urwâImana ni rwo rwinshi. Urukundo rwâImana rwakuzura imigezi yose, inyanja zose, rukuzura isi yose kandi rukanasaga. Ariko urukundo rwâabantu rurashira; rugira integer nke kandi rukagenda. Ese hari uwigeze kugukunda nyuma ukabona ko […]
Ese uri mu gihe cyo gusenga? – Rev. Nibintije

Mwami, si ku bwâukubohoka kwange ahubwo ni ukwawe. Bamwe bita kubohoka kwa Yesu ubucakara. Batekereza ko bari mu bucakara kubera ko Umwani ashaka ko bamuvuga mu isengesho. Bibiliya iravuga it: Amaso yâUwiteka ari ku bakiranutsi, n;amatwi ye ari ku gutaka kwabo (Zaburi 34:15). Umwanzi arashaka kukumvisha ko isengesho ari umutwaro kandi wa mwuka wâumuntu uzabifatako […]
Amahirwe kubashaka kwigurira ibibanza byiza byo guturamo i Kanombe, bishyura mu byâibyiciro âAmafoto

Sosiyete nyarwanda ihuza abaguzi nâabagurisha, KTN Rwanda, yashyize ku isoko ibibanza 51 biherereye i Kanombe mu Murenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, aho utaboneye rimwe amafaranga yo kucyishyura bagirana amasezerano akishyura mu byiciro. Ibibanza birapimye kandi bijyanye n’igihe Ni ibibanza biherereye hafi yâishuri rya EFOTEC Kanombe, bijyanye nâubushobozi bwa buri wese, […]
Umwami ni imbaraga zawe – Rev. Nibintije

Si ku bwâimbaraga zange Mwami. Abantu benshi bishingikiriza imbaraga zabo zâumubiri ni abanyantege nke. Uba ugenda uvuga ngo uri umunyantege nke ariko wigeze uhagarara ugatekereza ko Imana ifite imbaraga kandi yagusezeranyije kuba imbaraga zawe? Umwami ni we imbaraga zange (Zaburi 28:7). Umwami ni we mbaraga zâubuzima bwawe. Ese washobora kwakira izo mbaraga? Yego wabishobora. Akira […]
Urumuri rwâubutumwa bwiza – Rev. Nibintije

Si ku bwâubushake bwange, si ku bwo kumva kwange Mwami. Si ku bwâurumuri rwange ahubwo ni urwawe. Twikoreraga urumuri ariko Umugeni azakenera urumuri rwâImana kuko azi ko urumuri rwâumuntu rutagaragaza imbaraga zâumwanzi. Urumuri rwâamashanyarazi ntabwo rumwereka imyobo ariko urumuri rwâImana rugaragaza imitego. Rukwereka ibimenyetso byâukuntu umwanzi ashaka kukubeshya, akakwereka ko hakurya hari ikiraro kandi nyuma […]
Komeza utere intambwe – Rev. Nibintije

Si inkweto zange Yesu, ahubwo ni izawe. Ese unyuzwe nâinkweto zawe? Ese ni inkweto bwoko ki wambaye uyu munsi? Ese wizera ko wambaye inkweto zakozwe nâumuntu wanyura mu nzira zâImana muri iyi saha ya nyuma maze ugakomeza kujyana na Yesu? Niba ubikora ntabwo bizagukundira. Ugomba kwambara inkweto zâImana. Nkâuko indirimbo ivuga ngo â Ngiye kwambara […]
Rubavu: Urukiko rwanze ubusabe bwa bahoze ari abayobozi ba KOADU rusaba ko bakomeza gufungwa

Abari abayobozi baregwa inyandiko mpimbano mu rubanza rwâIbagiro rya Kijyambere rya Koperative KOADU (Dukunde Umurimo), bari basabye ko barekurwa bakaburana bari hanze. Urukiko rukaba rwanze kubarekura ku mpamvu zâuko baregwa ibyaha bikomeye. Urubanza ruregwamo abahoze ari abayobozi ba koperative KOADU nâabahoze ari abayobozi ba kompanyi ya CIKOSEKA ari nayo yubatse icyiciro cya kabiri cyâibagiro rya […]
Urubanza rwa Neretse : Abari abakozi ba ACEDI Mataba ntibavuga rumwe ku myitwarire ya Neretse
Ku munsi wa cyenda wâurubanza rwa Neretse ukurikiranweho ibyaha bya Jeside rubera i Buruseli mu Bubiligi, humviswe ubuhamya bwâabahoze ari abakozi ba ACEDI Mataba, maze ntibahuza ku myitwarire ya Neretse. Uwari umucungamutungo wâiri shuri ryashinzwe nâuregwa, avuga ko we ubwe yahembaga insoresore zitwaje intwaro, ahawe amabwiriza na nyirâikigo Neretse. Uyu mugabo anavuga ko umuryango yashatsemo […]
Yesu yashyizeho inzira zo kunyura – Rev. Nibintije

Si inzira zange ahubwo ni izawe Mwami. Ese ugerageza kwishakira inzira zawe? Ese wikorera inzira zawe nshya? Ngiye guca muri iri shyamba. Ntabwo nsanzwe kuko nta muntu wageze muri izi nzira. Uzaribwa nâamadubu ndetse nâintare. Uzacika integer kubera ko wagerageje kwishakira inzira. Yesu yaje kugucira inzira. Ibirenge byawe yabiciriye inzira. Ese ntabwo ntabwo utekereza k […]
Kurikira inyenyeri ya Yesu – Rev. Nibintije

Si inyenyeri yange ahubwo ni iyawe Mwami. Abatekereza neza baravuga bati: âKurikira inyenyeri yawe!â Ubwo ni ubujiji kuko ni byo umwanzi ashaka ko mukora. Ntabwo muri Bibilia wabwiwe gukurikira inyenyeri yawe, ugomba gukurikira inyenyeri ya Yesu, ni yo nyenyeri yâurukundo, ibyiringiro nâamahoro ikugeza mu Ijuru, ikugeza ku buntu bwose bwâUmwami, ikaguha nâubushobozi ukenera buri munsi. […]
Kristo akiza kugira ngo ahishure ikuzo rya Data – Rev. Nibintije

Nâuko arabakiza: Ikivunge cyâabari aho baribazaga, ubwo babonaga uwari afite ubumuga bwo kutavuga abashije kuvuga, abakomeretse baromorwa, abamugaye baragenda ndetse nâabatabona barabona, nâuko bakuza Imana ya Israel (Matayo 15:30,31). Yesu yarakizaga kugira ngo aheshe ikuzo Se, mu byâukuri Yesu yahesheje ikuzo Se. Ukomeje, wabona ko Yesu yajyaga avuga kuri Se. â âData yaranyohereje⊠Data aratunganye⊠[…]
Irambure biruseho- Rev. Nibintije

Yesaya 54:2 âAgura ikibanza cyâihema ryawe, rega inyegamo zo mu mazu yawe zigireyo, ntugarukire hafi wungure imigozi yawe ibe miremire, ushimangire imambo zawe.â Mbega ishusho yâitangaje yâukukwifuza kwâImana! Imana ntikwifuza ngo ize mu buzima bwawe gusa.Irifuza ko wamenya ubwinshi bwayo nâubuzima bwo kubaho utsinda. Ishaka ko wiyongera bihoraho. Ishaka ko ubaho wishimiye mu rugo rwawe. […]
Ubuzima buhe umukoro- Rev. Nibintije

Kubara 27:2-4 â Bahagarara imbere ya Mose na Eleyazari umutambyi, nâabatware bâiteraniro ryose ku muryango wâihema ryâibonaniro, baravuga bati: âData yapfiriye mu butayu kandi ntiyari mu iteraniro ryâabiteranyirije kugomera Uwiteka bafatanyije na Kora, ahubwo yapfanye ibyaha bye ubwe kandi ntiyabyaye abahungu. Ni iki gikuza izina rya Data mu muryango? Ni uko atabyaye umuhungu? Uzaduhe gakondo […]
Simon Kabera, Aime Uwimana, Chorale Shalom , Alarm na Healing barahurira mu gitaramo

Kuri iki cyumweru tariki ya 17 Ugushyingo 2019, mu igitaramo cyateguwe na Radiyo Umucyo, cyatumiwemo Korali nâamatsinda yo kuramya Imana ndetse n’abahanzi ku giti cyabo kitezweho kuzasiga impinduka mu mitima ya benshi. Iki gitaramo cyateguwe na Radiyo Umucyo ifatanyije nâabakunzi bayo cyiswe âUmucyo wâiri Tabaza Ntukazime Live Concertâ intego iboneka muri Zaburi 119:105, kikazabera muri […]
IBAGIRWA/HISHA AHAZAZA HAWE- Rev. Nibintije

Abafilipi 3:13-14 â Benedata, sinibwira yuko maze kugifata, ariko kimwe cyo nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri imbere. Ndamaranira kugera aho dutanguranwa ngo mpabwe ingororano zo guhamagara kwâImana muri Kristo Yesu kwavuye mu ijuru.â Intumwa Pawulo yasobanuye muri aya magambo ko hataragera ariko hari icyâingenzi yagombaga gukora: Kugira ngo agende, yagombaga kubanza akibagirwa ahahise. Yagombaga kureka […]
WICIKA INTEGEâ Rev. Nibintije

Luka 22:62 â Petero asohoka hanze, ararira cyane.â Petero nâabigishwa bari biteguye Umwami wari kubakura mu ikandamizwa rya politiki yâAbaroma ndetse nâuburyarya bwâAbafarisayo. Abanditsi bari barigishije abantu ukuza kwâuyu Mesiya wari utegerejwe igihe kinini. Abantu bose bumvaga kimwe. Yari umutware wagombaga kurokora abantu ba Isiraeli. Ariko ubwo Yesu yahishuraga umugambi we wo gupfira ku musaraba, […]
Urubanza rwa Neretse: Umutangabuhamya Emmanuel Neretse ngo ntazagaragara mu rukiko kuko aterwa ubwoba
Umunsi wa gatatu wâurubanza rwa Neretse Fabien uburanira I Buruseli mu Bubiligi watangiye umucamanza abaza Neretse niba ameze neza kuko kuwa gatanu rwahagaze agize ikizungurira. Abunganira uregwa bavuze ku uwitwa Emmanuel Neretse wari uteganijwe kuzumvwa, nyuma akandika avuga atakije kubera guterwa ubwoba nâubuyobozi bwâu Rwanda. Ni isaa tatu nâiminota 15. Mu gutangira, Neretse Fabien yabanje […]
Amafoto: Faustin wahoze akinira Rayon Sports na APR FC, yasabye aranakwa umukunzi we

Kuwagatandatu tariki ya 9 Ugushyingo 2019, myugariro ukinira ikipe ya Buildcon FC muri Zambia, Usengimana Faustin wanakiniye Rayon Sports na APR FC yasabye ndetse anakwa umuumukobwa bari bamaranye igihe bakundana , Bayingana Daniela. Ni umuhango wabereye i Rubavu, mu Busitani bwa kaminuza ya UTB. Biteganyijwe ko tariki ya 15 Ugushyingo 2019 aba bombi bazasezerana imbere […]
Urubanza rwa Neretse: Aravuga ko yakundanaga nâabatutsi, ubuterahamwe atari kubushobora

Ku munsi wa kabiri wâurubanza rwa Neretse Fabien rubera mu Bubiligi, uregwa yisobanuye ahakana ibyaha aregwa, avuga ko abatutsi bari incuti ze, kandi ko yari ashaje ku buryo atari kubasha ubuterahamwe. Neretse Fabien uburanira mu rukiko rwa rubanda (cour dâAssises) I Buruseli mu Bubiligi, ashinjwa ibyaha bya Genoside yakoreye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali […]
Internship opportunity â Save The Children
TITLE: Administrative Intern TEAM/PROGRAMME: Supply Chain LOCATION: Kigali Head Office GRADE: N/A CONTRACT LENGTH: 1 Year CHILD SAFEGUARDING: Level 3: the responsibility of this post may require the position holder to have regular contact with children and/or young people. Admin Assistant Intern About the Role: âąAssist in general duties as assigned including office errands, photocopying, […]
8 Steps to Be More Loving Partne

1. Think before you speak Instead of your usual response, stop and think for a moment and respond kindly. We can often be too abrupt, short, or dismissive. Make sure your partner knows that what theyâre asking/ telling is important to you. 2. Keep compassion at the forefront Consider what you have to say and […]
Holders Nigeria stunned by Ivory Coast in U-23 AFCON opener
Ivory Coast stunned defending champions Nigeria 1-0 at the Al Salam Stadium on Saturday in their Group B match of the Under-23 Africa Cup of Nations. Silas Gnakaâs penalty in the 71st minute was the only goal of the game.Nigerian defender Olisa Ndah was sent off in the 70th minute for a second bookable offence. […]