Senateri Dr. Habineza yatorewe inshingano nshya

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), Senateri Dr. Frank Habineza, yatorewe kuba umuvugizi w’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya politiki (NFPO). Ni inshingano Dr. Habineza yatorewe kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Werurwe 2026, akaba agomba kuzungirizwaho na Ingabire Neema Eugenie wo mu Ishyaka Riharanira Ubumwe bw’Abanyarwanda na Demokarasi (UDPR). Ni […]
Teta Sandra na Weasel bagiye gukorera ubukwe mu Rwanda

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Weasel Manizo yatangaje ko afite gahunda yo gusezerana n’umugore we bamaze igihe kinini bakundana, Sandra Teta, mu muhango ushobora kubera mu Rwanda. Aba bombi basanzwe bazwi cyane mu itangazamakuru kubera umubano wabo wagiye urangwamo kuzamo amakimbirane kenshi, bakarwana, nyuma bakongera kwiyunga. Nubwo byagiye bituma benshi bibaza ku hazaza h’urukundo rwabo, bakomeje kugaragaza ko […]
Itsinda ry’abanyeshuri ba Kaminuza ya Havard ryasuye Icyicaro gikuru cya RDF

Itsinda ry’abanyeshuri 41 baturutse muri Kaminuza ya Harvard, bari mu ruzinduko rw’iminsi irindwi mu Rwanda, uyu munsi basuye Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF). Bakiriwe n’Umuvugizi w’Ingabo, Brigadier General Ronald Rwivanga, mu izina ry’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. Iryo tsinda ryasobanuriwe impinduka n’iterambere RDF imaze kugeraho kuva mu 1994, uruhare rwayo ku mutekano wo ku […]
Minisiteri y’abakozi ba leta yatanze ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Werurwe 2026 uzaba ari umunsi w’ikiruhuko mu gihugu hose ubwo hazaba hizihizwa umunsi mukuru wa Kisilamu usoza igisibo cy’Ukwezi kwa Ramadhan. Itangazo rya Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo rimenyesha abakoresha n’abakozi mu nzego za leta n’iz’abikorera ko ku itariki 20 Werurwe 2026 ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza […]
Ikibazo cy’Impunzi z’Abarundi cyaganiriwe mu nama y’iminsi 3 i Nairobi

Kuri uyu wa Gatatu Minisitiri Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira, ushinzwe ibibazo by’impunzi mu nshingano ze, yakurikiranye inama y’abaminisitiri yahuje abahagarariye guverinoma baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika yaberaga i Nairobi, muri Kenya, kuva ku itariki 16-18 Werurwe 2026. Iyi nama yitabiriwe n’u Rwanda, u Burundi, Tanzania, Kenya, Uganda, Zambia, Malawi, Mozambique na Afurika y’Epfo, […]
Bahati Lukwebo udashyigikiye ko Tshisekedi ahindura itegekonshinga yeguye muri Sena

Senateri Modeste Bahati Lukwebo yeguye muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’iminsi mike agaragaje ko adashyigikiye umugambi wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wo guhindura itegekonshinga. Mu ibaruwa yandikiye Sama Lukonde uyobora Sena, Lukwebo wari Visi-Perezida wa kabiri wayo yasobanuye ko yafashe kiriya cyemezo kubera umwuka uri muri Sena ya Congo Kinshasa muri […]
ADEPR yambuye ubushumba 35 baregwa Jenoside

ADEPR yatangaje ko yambuye abantu 35 inshingano za gishumba n’iz’umubwirizabutumwa, nyuma yo guhamywa n’inkiko icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki cyemezo cyatangajwe ku wa 18 Werurwe 2026, gishingiye ku myanzuro y’Inama Nkuru y’Abashumba ba ADEPR yateranye inshuro ebyiri mu 2025 no mu 2026, isuzuma ibijyanye n’abari bafite inshingano z’itorero ariko barahamwe n’ibyaha bya […]
Minisitiri Musoni Paula yakiriye itsinda ryavuye muri Kaminuza ya Harvard

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 18 Werurwe, Minisitiri w’ikoranabuhanga n’itumanaho, Musoni Paula, yahuye n’intumwa z’abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Harvard kugira ngo bungurane ibitekerezo ku rugendo rw’impinduka mu ikoranabuhanga mu Rwanda. Ikiganiro cyibanze ku kuntu u Rwanda rwubatse urufatiro rwarwo mu gihe cyagenwe, kuva muri politiki n’ibikorwa remezo kugeza kuri serivisi rusange, ndetse n’uburyo ubu […]
Minisitiri Mukazayire yashyikirije Perezida Diomaye Faye ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, ku wa Gatatu tariki ya 18 Werurwe yakiriwe anagirana ibiganiro na Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal. Minisiteri ya Siporo ibinyujije ku rubuga rwa X, yatangaje ko Minisitiri Mukazayire yashyikirije Perezida wa Sénégal “ubutumwa bwa Nyakubahwa Perezida Paul Kagame.” Iyi Minisiteri kandi yasobanuye ko ibiganiro bya Minisitiri Nelly Mukazayire na […]
Abo muri ibi bihugu bazajya binjira muri Amerika babanje kwishyura agera ku $15,000

Ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, burateganya kuzajya busaba ingwate y’amadolari agera ku 15.000 (hafi € 13,000) ku baturage b’ibindi bihugu 12 bashaka viza. Ni ibihe bihugu bizagiraho ingaruka? Amabwiriza mashya azatangira gushyirwa mu bikorwa ku itariki ya 12 Mata, aho biteganijwe ko bizagira ingaruka ku bihugu 12 byo ku […]
Ibyo u Rwanda na RDC byumvikanye nyuma yo kongera guhurira i Washington

Intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeranyije ku ngamba zifatika zigamije gukomeza gushyira mu bikorwa Amasezerano y’Amahoro ya Washington, nyuma yo kongera guhurira i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ku wa Kabiri tariki ya 17 Werurwe no ku wa Gatatu tariki ya 18 Werurwe ni bwo intumwa z’ibihugu byombi zahuye. […]
Camp Kigali: Umunyeshuri w’imyaka 16 yabyariye mu ishuri

Mu ishuri ryisumbuye rya G.S Camp Kigali riherereye mu Karere ka Nyarugenge, habaye igikorwa cyatunguranye nyuma y’uko umunyeshuri w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye (S4 HGL) abyariye mu kigo cy’ishuri. Amakuru aturuka ku banyeshuri n’abarezi avuga ko iki gikorwa cyateje urujijo n’ihungabana rikomeye mu kigo, aho benshi batangaje ko nta wari uzi […]
Ubunini bw’ibibazo ntiburuta Imana: Maranatha Family Choir

Itsinda Maranatha Family Choir rikomeje urugendo rwo kugeza ubutumwa bwiza ku bakunzi b’umuziki wa Gospel, ryashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise “Ubunini”, igaruka ku mbaraga z’ukwizera mu bihe by’ingorane. Iyi ndirimbo ifite ubutumwa bukora ku mitima ya benshi, cyane cyane abahura n’ibibazo bikomeye ariko bakabihisha inyuma y’ibyishimo bagaragaza hanze. “Ubunini” yibutsa abantu ko nubwo hari […]
Perezida Kagame yakiriye umuyobozi wa rimwe mu matorero akomeye muri Amerika

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 18 Werurwe 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye David A. Bednar wo mu Itorero Jesus Christ of Latter-day Saints n’intumwa ayoboye bari mu ruzinduko mu Rwanda. Baganiriye ku ndangagaciro zihuriweho zo gukorera abaturage, hibandwa ku burezi n’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza. Itorero Jesus Christ of Latter-day Saints, ni idini […]
Musanze: Urujijo ku rupfu rw’umugabo wasanzwe yapfuye nyuma yo kuva gutanga ubuhamya mu rubanza

Umugabo witwa Harerimana Evariste wo mu murenge wa Remera w’akarere ka Musanze, yasanzwe yapfuye nyuma yo kuva iwe mu rugo yagiye gutanga ubuhamya mu rubanza. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Werurwe ni bwo umurambo w’uyu mugabo wasanzwe mu ishyamba riherereye riri hafi y’iwe, mu mudugudu wa Buhogo, akagari ka Murandi. […]
Israel yishe Minisitiri w’Ubutasi wa Iran

Igisirikare cya Israel (IDF) kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Werurwe, cyatangaje ko cyivuganye Esmail Khatib wari Minisitiri wa Iran ushinzwe ubutasi. Khatib yiciwe “mu bitero byageze ku ntego zabyo” ingabo za Israel zagabye i Tehran mu ijoro ryacyeye. IDF ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yatangaje ko Minisiteri y’Ubutasi uriya mugabo yari akuriye […]
Minisitiri Nduhungirehe yashyize mu gatebo kamwe Ndayishimiye na Habyarimana

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibyakozwe na Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi wakiriye itsinda ry’Abanyamulenge ngo barwanye bene wabo atari bishya, kuko na Habyarimana Juvenal wahoze ari Perezida w’u Rwanda yigeze kubikora. Ku wa Kabiri ni bwo Ndayishimiye yakiriye mu biro bye ririya tsinda ryari rikuriwe n’uwitwa Charles Nteze. Ubwo yaryakiraga […]
Ingabo za Chad zigiye gusimbura abapolisi ba Kenya muri Haiti

Abapolisi bo muri Kenya boherejwe muri Haiti batangiye gutahuka, bikaba ari intangiriro z’icyiciro cyo gucyura aba bapolisi nyuma y’ivugurura rikomeye ry’ubutumwa mpuzamahanga bw’umutekano. Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ya Kenya mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 18 Werurwe 2026, yavuze ko abapolisi 215 bo mu mutwe wa kabiri w’ingabo zoherejwe mu butumwa bw’Ubufasha […]
Sénégal yavuze ikigomba gukurikiraho nyuma yo kwamburwa Igikombe cya Afurika

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal (FSF), ryateye utwatsi icyemezo cy’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) cyo kwambura Sénégal Igikombe cya Afurika cya 2025 yari yaratwaye kigahabwa Maroc. FSF mu itangazo ririmo uburakari yasohoye, yamaganye kiriya cyemezo, ivuga ko ari “akarengane, kadasanzwe kandi katemewe.” Ririya shyirahamwe ryashimangiye ko ibyavuye mu kibuga aho Sénégal yari yatsinze Maroc […]
Brazzaville: Perezida Nguesso yatsindiye indi manda ku majwi 94,82%

Perezida wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, yongeye gutorwa ku majwi 94.82%, nk’uko byatangajwe na televiziyo ya leta, kuri uyu wa Kabiri ushize, aguma ku butegetsi muri iki gihugu gikungahaye kuri peteroli cyo muri Afurika yo hagati amaze imyaka hafi 42 ayobora. Abadipolomate n’abasesenguzi muri politiki bari biteze intsinzi ya Sassou Nguesso w’imyaka 82, […]
Abanyamulenge bagiye gushimira Ndayishimiye

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ku wa Kabiri tariki ya 17 Werurwe, yakiriye itsinda ry’Abanyamulenge bavuga ko bagiye kumushimira kubera uruhare rwa leta akuriye mu “kurengera ubuzima bwari mu kaga” bw’Abanyamulenge mu ntambara iri mu gihugu cyabo. Iryo tsinda ryitwa Banyamulenge Global Advocacy ryashimiye Ndayishimiye “ku mihate y’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo” no […]
Gabiro: Abagera kuri 489 basoje imyitozo ya gisirikare bamazemo amezi 4,5

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 17 Werurwe, abatozwa bagera kuri 489 bagizwe n’abasirikare bakuru, abapolisi bato, n’izindi nzego zo mu ngabo z’ingabo z’u Rwanda, Polisi y’igihugu cy’u Rwanda, n’Urwego rushinzwe Igorora mu Rwanda barangije neza amasomo ya gisirikare bari bamazemo amezi ane n’igice mu kigo cy’imyitozo cya RDF i Gabiro. Amasomo yabahaye ubumenyi bwo kuba […]
Abadepite bashimye ibisubizo byatanzwe na Minisitiri w’ibikorwaremezo

Abadepite bashimye ibisubizo mu magambo byatanzwe na Minisitiri w’ibikorwaremezo, Gasore Jimmy bikubiyemo ingamba zo gukemura ibibazo byagaragaye muri raporo y’ingendo rusange z’Abadepite harebwa iterambere ry’imijyi, imiturire n’imikoreshereze y’ubutaka. Mu byo yagaragaje harimo: Kugeza ibikorwaremezo ahagenewe gutura mbere y’uko hatangira guturwa; Kuvugurura no kongerera ubushobozi ikoranabuhanga rihuza amakuru yose y’ubutaka; Kunganira uturere gukora ibishushanyo mbonezamiturire; Gahunda […]
Rihanna yagaragaye mu ruhame arinzwe cyane

Mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umuhanzi Rihanna hamwe n’umugabo we A$AP Rocky bongeye kugaragara mu ruhame bwa mbere nyuma y’igitero cy’amasasu cyabereye mu rugo rwabo muri California mu cyumweru gishize. Aba bombi babonetse ku wa Kabiri bava mu nyubako i Manhattan bajya ku modoka, bari baherekejwe n’abashinzwe umutekano benshi […]
Israel irigamba kwica undi muyobozi mukuru mu by’umutekano muri Iran

Umwe mu bayobozi bakuru mu by’umutekano muri Iran, Ali Larijani, yiciwe mu bitero byabaye mw’ijoro rishyira kuwa Kabiri, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz. Katz yemeza ko bazakomeza “guhiga” abayobozi b’ubutegetsi bwa Iran nk’uko inkuru dukesha BBC ivuga. Ku mafoto yasohowe n’ibinyamakuru byo muri Iran no ku mbuga za Telegram na X […]
Senegal yambuwe igikombe cya Afurika gihabwa Morocco

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, ryatangaje ko ikipe y’igihugu ya Morocco ari yo yegukanye igikombe cya Afurika cya 2025, nyuma y’aho ikipe ya Senegal itewe mpaga ku mukino wa nyuma. Iki cyemezo cyafashwe n’akanama gashinzwe ubujurire ka CAF, nyuma yo gusuzuma ubujurire bwatanzwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rya Morocco, ryari ryatanze ikirego ku myitwarire y’ikipe […]
Igikombe cy’Isi cyizaca kuri YouTube

FIFA yatangaje amasezerano mashya y’ingenzi yagiranye na YouTube agamije kwagura uburyo abafana ku isi yose bazakurikirana 2026 FIFA World Cup. Iri rushanwa rizabera muri Amerika, Mexico na Canada, rikazitabirwa n’amakipe 48 ndetse hakabaho imikino 104, ibintu bizaba ari amateka mashya mu mupira w’amaguru. Amasezerano mashya azatuma YouTube iba urubuga rukomeye mu gutambutsa ibijyanye n’Igikombe cy’Isi. […]
M23 yongeye gusatira Uvira

Ingabo z’umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Werurwe zigaruriye agace ka Kirungu gaherereye mu bilometero bike uvuye mu mujyi wa Uvira wa kabiri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. AFC/M23 yafashe burundu aka gace, nyuma y’uko ejo ku wa Mbere yari yigaruriye igice kimwe cyako. Kirungu yafashwe ubwo ingabo z’uriya mutwe zasubizaga […]
U Rwanda na RDC byatumijwe kwa Trump

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwatumije i Washington intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gushaka uko ibiganiro bigamije amahoro mu burasirazuba bwa Congo byakongera kubyutswa. Ibi biganiro biteganyijwe kubera muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, bizahuza intumwa z’impande zombi mu biganiro byihariye n’ibihuriweho. […]
RIB yerekanye abantu 11 bashinjwa ibyaha by’ubwambuzi

Kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Werurwe 2026, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu 11, barimo abagore batatu, bakurikiranweho ibyaha by’ubwambuzi bushukana cyane cyane kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Abatawe muri yombi bakurikiranweho ibyaha bitanu nyuma yo gufatwa bagurisha imitungo itimukanwa y’abandi irimo inzu n’ubutaka. Aba bafashwe bagiye kugurisha umutungo wa miliyari 1 Frw, ndetse […]
Minembwe: FARDC yakajije ibitero mu midugudu ya Mikenke na Bidegu

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kabiri, itariki 17 Werurwe cyakajije ibitero ku nyeshyamba za Twirwaneho mu misozi miremire ya Minembwe, Teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ibi bitero bikoreshwamo drones byibasiye imidugudu ya Mikenke na Bidegu. AFC/M23 irashinja igisirikare cya leta n’abafatanyabikorwa bacyo barimo Ingabo z’u Burundi n’imitwe […]
Ambasade ya Amerika i Baghdad yagabweho igitero

Nk’uko abatangabuhamya n’inzego z’umutekano babitangaza, ngo ibisasu byinshi byaturikiye mu murwa mukuru wa Irak, Bagdad, kandi byibuze abantu bane baguye mu gitero cyo mu kirere cyagabwe ku nyubako yakoreshwaga n’umutwe ushyigikiwe na Iran, mu gihe ibitero by’indege zitagira abapilote byibasiye Ambasade ya Amerika. Igitero cyahitanye abantu mu Karere ka Jadriyah muri Bagdad, cyakurikiye urusaku rw’igisasu […]
Mozambique: Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zahaye ibikoresho by’ishuri abana biga ku Ishuri Ribanza rya Buji

Uyu munsi, Inzego z’Umutekano z’u Rwanda mu Ntara ya Cabo Delgado, ku bufatanye n’abayobozi b’inzego z’ibanze, batanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri biga ku Ishuri Ribanza rya Buji riri mu Karere ka Mocímboa da Praia. Ibyo bikoresho byatanzwe bigamije gufasha abanyeshuri 525 biga kuri iri shuri ribanza rya Buji. Umuyobozi w’Ishuri, Lahaia Tomé, yashimiye Ingabo z’u […]
Meya wa Entebbe yatsinzwe urubanza ku mafaranga afitanye isano na M23

Urukiko rw’Ubucuruzi muri Uganda rwatangaje ko rwatesheje agaciro ikirego cyari cyatanzwe na Meya w’Umujyi wa Entebbe, Fabrice Brad Rulinda, yaregagamo Banki ya Stanbic Uganda ku bijyanye n’amafaranga angana na $73,262.50 (asaga miliyoni 104 Frw). Mu mwanzuro wasomwe ku wa Mbere mu buryo bw’ikoranabuhanga, umucamanza Stephen Mubiru yavuze ko iki kirego kidashobora kwemerwa, bitewe n’uko ayo […]
RDC: Urukiko rwumvise ubuhamya bwa ba Gen. Mbala na Ndima mu muhezo

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 16 Werurwe 2026, Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwategetse ko iburanisha ribera mu muhezo, kugira ngo rwumve ubuhamya bwa ba General Célestin Mbala Munsense, Lt. Gen. Constant Ndima Kongba, Maj. Gen. Sylvain Ekenge Bomusa Efomi, na Brig. Gen. Evariste Mwehu Lumbu mu rubanza hagati y’Umugenzuzi Mukuru w’Ingabo za FARDC na […]
Afghanistan irashinja Pakistan kwica 400 mu gitero ku bitaro

Afghanistan yashinje Pakistan kuba yagabye igitero cy’indege cyahitanye nibura abantu 400 mu bitaro biherereye i Kabul kuri uyu wa Mbere ushize. Abayobozi ba Afghanistan bavuze ko igitero cyibasiye ibitaro bifite ibitanda 2000 ahagana mu ma saa tatu z’ijoro ku isaha yaho (1630 GMT), cyangiza byinshi kandi gisiga inkomere amagana, mu gihe amakimbirane yambukiranya imipaka akomeje […]
FARDC yaramutse irasa mu Ruzizi ikoresheje imbunda ziremereye

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kabiri zaramutse zigaba ibitero by’imbunda ziremereye mu kibaya cya Ruzizi, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru y’ibi bitero yemejwe na AFC/M23 biciye mu muvugizi wayo, Lawrence Kanyuka. Abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko ibitero byagabwe ku muhanda munini uhuza imijyi ya […]
Ntituzigera twibagirwa ubwitange bwanyu: JDF ibwira RDF n’Abanyarwanda

Ingabo za Jamaica (JDF), zashimiye iz’u Rwanda n’abanyarwanda, nyuma y’amezi abiri itsinda ry’ingabo zo mu ishami ry’ubwubatsi ryoherejwe muri kiriya gihugu gufasha gusana ibyangiritse nyuma y’inkubi yahashenye byinshi. Ku wa Mbere tariki ya 16 Werurwe ni bwo itsinda ry’abasirikare 100 bo mu ngabo z’u Rwanda bari baroherejwe muri Jamaica ryagarutse i Kigali. Mu butumwa igisirikare […]
AFC/M23 yishe 13 mu bari bateye i Goma

Abarwanyi 13 ba Wazalendo biciwe mu mujyi wa Goma, nyuma yo kuhagaba igitero mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere tariki ya 16 Werurwe. Amakuru atangwa n’abayobozi ba AFC/M23 avuga ko usibye bariya 13 bishwe, hari n’abandi batatu bafashwe mpiri. Ubuyobozi bw’uriya mutwe buvuga ko abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo baturutse muri Parike ya […]
Abafite ubumuga bwo kutabona baracyagorwa no kubona serivisi za Banki

Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bo mu Rwanda bagaragaza ko bakigorwa no guhabwa serivisi z’ibigo by’imari, bitewe no kuba hari zimwe muri Banki zigishidikanya ku bushobozi bwabo. Abaganiriye na BWIZA iruhande rw’Inama Mpuzamahanga yiga ku Ikoranabuhanga ridaheza mu rwego rw’Imari (IFF 2026) yabereye i Kigali mu cyumweru gishize, bagaragaje ko bakigorwa no kuba hari […]
Musanze: Hatangijwe amasomo ku Mubano Mpuzamahanga n’Umutekano

Ishuri Rikuru rya Gisirikare riri mu Karere ka Musanze (RDFCSC) uyu munsi ryatangije amasomo yiga ku Mubano Mpuzamahanga n’Umutekano, akaba ari amasomo ya mbere mu ruhererekane rw’amasomo yo ku rwego rwo hejuru yateguwe ku bufatanye n’Ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe amahugurwa n’ubushakashatsi (UNITAR). Maj Gen Eugene Nkubito, Umuyobozi wa Diviziyo ya 3, watangije ku mugaragaro ayo […]
Imihanda yangiritse muri birantega Ngororero ifite

Ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero burishimira kuba hari intambwe ifatika aka karere kamaze gutera mu iterambere, n’ubwo hakiri za birantega zirimo imihanda yangijwe n’ibiza zikibangamira iterambere ryako. Ku wa Gatanu tariki ya 13 Werurwe ubwo ubuyobozi bw’aka karere n’abafatanyabikorwa bako barimo Umuryango ARCOS mu mushinga MuLaKiLa baganiraga n’itangazamakuru, bwagaragaje ko mu byo bwishimira harimo kuba ingo […]
Tshisekedi si we kibazo wenyine: Minisitiri Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atari we gusa utuma amasezerano ya Washington igihugu cye n’u Rwanda byasinyanye adashyirwa mu bikorwa, ko ahubwo ikibazo kinari ku muryango mpuzamahanga umurebera mu gihe ayica. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Radiyo […]
FARDC iravuga ko yataye muri yombi abayobozi 2 b’imitwe ya wazalendo

Ubuyobozi bukuru bw’akarere ka 34 ka gisirikare ka FARDC bwatangaje ko i Walikale hafatiwe abayobozi babiri ba Wazalendo bashinjwa kugira uruhare mu bikorwa by’ingeso mbi n’urugomo byagize ingaruka zikomeye ku baturage b’abasivili. Abo ni abiyise abajenerali barimo Kirikicho Mirimba, uzwi ku izina rya Mwana Mayi, wo mu mutwe wa COPACO (Coalition of Patriot muri Congo), […]
Minisitiri Nduhungirehe yakiriwe na mugenzi we wa Djibouti

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yakiriwe na mugenzi we wa Djibouti, Abdoulkader Houssein Omar, amushyikiriza ubutumwa Perezida Kagame yageneye mugenzi we w’icyo Gihugu, Ismail Omar Guelleh. Minisitiri Nduhungirehe na Houssein Omar, kuri uyu wa Mbere, bagize umwanya wo gusuzuma imiterere y’umubano w’u Rwanda na Djibouti, banareba inzego zifite inyungu zihuriweho warushaho kwagurirwamo.
Abasirikare ba RDF bari bamaze amezi 2 muri Jamaica batashye

Abasirikare babarirwa mu ijana bo mu ngabo z’u Rwanda kuri uyu wa Mbere bageze i Kigali, nyuma yo kuva muri Jamaica aho bari bamaze amezi abiri. Aba basirikare ubwo bageraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, bakiriwe n’Umugaba w’Ingabo z’Inkeragutabara, Maj. Gen Alex Kagame. Mu butumwa yabagejejeho, Maj. Gen Kagame yabashimiye ku kuba bararanzwe n’indangagaciro […]
Ba Musenyeri basabye ko imipaka y’u Burundi n’u Rwanda ifungurwa

Abepiskopi ba Kiliziya Gatolika yo mu Rwanda no mu Burundi, basabye ko imipaka yo ku butaka ihuza ibihugu byombi yongera gufungurwa, nyuma y’imyaka ibiri yarafunzwe. Aba bihaye Imana batanze ubwo busabe ubwo bahuriraga i Kigali hagati y’itariki ya 9 n’iya 11 Werurwe. Basabye ko hakomeza ibiganiro bigamije kongera gusubukura ubuhahirane n’imigenderanire hagati y’u Rwanda n’u […]
UAE: Abagande mu banyamahanga bakomerekeye mu bitero bya Iran

Abenegihugu ba Uganda bari mu banyamahanga bakomerekeye mu bitero bya misile na drone bikomeje kwibasira Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), ibigaragaza ingaruka z’intambara diaspora iri guhura nazo muri iki gihe mu gihe intambara ya Iran ikomeje. Minisiteri y’ingabo ya UAE yavuze ko ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere ku itariki ya 14 Werurwe bwasamye misile icyenda […]
Clapton Kibonge n’umugore we berekanywe mu rusengero
Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime Clapton Kibonge n’umukunzi we Ntambara Jacky berekanywe mu rusengero mu rwego rwo gutangira imyiteguro ya nyuma y’ubukwe bwabo. Iki gikorwa cyabereye mu rusengero rwa Healing Center Church ruherereye i Remera mu Mujyi wa Kigali, aho bakiriwe na Rev. Muhigwa Emmanuel. Aba bombi bamaze imyaka umunani babana, bakaba barafashe icyemezo cyo […]
Equit Bank Rwanda iravuga ko hari abagerageje kuyiba

Equity Bank Rwanda, iravuga ko yamenye amakuru y’ibikorwa by’uburiganya bwageragejwe gukorwa muri sisitemu yayo ubwo habagaho ihererekanya ridasanzwe ry’amafaranga, ariko ko hahise hafatwa ingamba zihuse, ndetse hakaba hatangiye iperereza. Ibi byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bwa Equity Bank Rwanda kuri iki Cyumweru. “Sisitemu zacu zo kugenzura ibikorwa zabonye ibikorwa by’ihererekanya ry’amafaranga bidasanzwe, maze hahita […]
Trump yasabye ubufasha bwo gufungura umuhora wa Hormuz

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasabye ibihugu kuza gufasha igihugu cye gufungura umuhora wa Hormuz ufatwa nk’inzira inyuzwamo Peteroli nyinshi kurusha izindi ku Isi. Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru Financial Times, Trump yavuze ko yavuganye “n’ibihugu bigera kuri birindwi” ku “gucunga umutekano” w’umuhora wa Hormuz. Nubwo nta gihugu yavuze yaganiriye na cyo, […]
France: Sarkozy wahoze ari perezida asubiye mu rukiko

Uwahoze ari umukuru w’igihugu cy’u Bufaransa n’abandi bareganwa icumi baraburanishwa mu bujurire guhera uyu munsi mu rubanza barezwemo gukoresha inkunga yahawe na Libya mu kwiyamamaza kwe mu 2007. Ihangana rishya mu mategeko ry’amezi atatu riratangira kuri uyu wa Mbere, itariki ya 16 Werurwe, hafungurwa urubanza rw’ubujurire mu rubanza rw’abakekwaho kwakira inkunga Libya imbere y’Urukiko Mpanabyaha […]
I Goma haraye humvikana urusaku rw’amasasu

Amakuru aturuka mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aremeza ko haraye humvikana urusaku rw’amasasu. Amasasu muri Goma yumvikanye ahazwi nka CCLK mu gace ka Kyeshero, Ndosho ndetse no mu gace ka Mugunga gaherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’uriya mujyi. Amasasu yatangiye kumvikana mu ma saa tanu z’ijoro, agahenge kagaruka mu ma saa […]
RDC: Inteko iraganira ku masezerano yasinywe hagati ya Kigali na Kinshasa i Washington

Kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Werurwe, Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo iratangira kuganira ku Masezerano y’Amahoro ya Washington yashyizweho umukono hagati y’u Rwanda na Congo mu mwaka ushize. Perezidansi ya Congo yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi yakiriye umukuru w’inteko ishingamategeko umutwe w’abadepite Aimé Boji Sangara na Jean-Michel Sama Lukonde ukuriye […]
Abantu bashobora kuzabaho imyaka 200 babikesha ifi

Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya University of Rochester muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko abantu bashobora kuzabaho igihe kirekire cyane, ndetse bakagera no ku myaka 200, bitewe n’ibanga babonye mu mafi manini yo mu nyanja azwi nka Bowhead whales. Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara mu kinyamakuru cya siyansi Nature bwerekanye ko ayo mafi ashobora kubaho […]
Congo-Brazza: Bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Kuri iki Cyumweru, abatora muri Repubulika ya Congo bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu, aho Perezida uriho, Dennis Sassou N’Guesso, biteganijwe ko azongera gutsinda nyuma y’imyaka irenga mirongo ine ku butegetsi muri iki gihugu cya Afurika yo Hagati gikungahaye kuri peteroli. Abantu miliyoni eshatu baturutse mu baturage miliyoni 5.7 ni bo biyandikishije kuri lisiti z’abatora muri […]
Gen. Muhoozi yakiriye umujenerali w’Umunyamerika w’intararibonye mu butasi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za UPDF, Gen Muhoozi Kainerugaba, kuwa Gatandatu yakiriye uwahoze ari jenerali n’umuhanga mu bya gisirikare, wasuye Uganda, anamuha incamake y’amateka y’igisirikare cya UPDF, agaragaza imikorere yacyo muri Afurika binyuze mu bikorwa byo kubungabunga amahoro no gukorana n’igisirikare cy’ibindi bihugu byo muri Afurika ndetse no hanze. Lt Gen. (Rtd) Flynn yashimye ubuyobozi bukomeye […]
FARDC yongeye kubyuka isuka ibisasu i Minembwe

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi riravuga ko kuva ku isaha ya saa kumi n’imwe za mugitondo kuri iki Cyumweru, itariki ya 15 Werurwe 2026, ingabo z’ihuriro ry’ubutegetsi bwa Kinshasa zateye ibisasu mu turere dutuwe cyane twa Kalingi, muri Minembwe, rikoresheje drones z’ubwiyahuzi. AFC/M23 mu itangazo ryayo yasabye Abanyekongo, abayobozi b’akarere, n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga kwita […]
U Rwanda ruremeza ko ruzavana ingabo muri Mozambique inkunga nihagarikwa

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko: “U Rwanda ruzavana ingabo zarwo muri Mozambique niba rutijejwe inkunga irambye mu bikorwa byo kurwanya iterabwoba muri Cabo Delgado.” Yasubizaga amakuru yerekana ko inkunga yatangwaga n’Ubumwe bw’u Burayi ishobora kuzahagarikwa muri Gicurasi uyu mwaka. Guverinoma y’u Rwanda yari yerekanye ko Ikigo cy’Amahoro cy’u Burayi cyatanze hafi […]
Masisi: Imirwano ikomeye yahuje AFC/M23 na FARDC/Wazalendo i Malemo

Kuva mu gitondo cya kare kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 14 Werurwe, imirwano ikaze yabaye hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo muri Malemo, umudugudu wo muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, Teritwari ya Masisi, Kivu y’Amajyaruguru, ku muhanda Kalembe-Mpety. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko imirwano yatangiye ahagana mu ma saa […]