Ndashaka gushimangira imbere y’Imana n’imbere yanyu RDC yahisemo ibyiringiro – Tshisekedi 

G5XnjXjWUAAp7I0

Kuri iki Cyumweru, mu Kigo Ndangamuco n’Ubuhanzi cya Afurika yo Hagati (CCAPAC) i Kinshasa, Perezida Félix Tshisekedi yifatanyije n’Umujyanama mukuru wa Perezida Trump mu by’imyemerere mu muhango wo gusoza inama y’amasengesho yo gusabira igihugu yateguwe n’Itorero ry’Ububyutse muri Congo (ERC), aho Tshisekedi yijeje ko RDC yahisemo ibyirirngiro. Nyuma y’umusangiro n’amasengesho byabaye ku wa Gatandatu, itariki […]

Gabon: Hagiye gutangira urubanza rw’umugore w’uwari perezida n’umuhungu we

Mu gihe Ali Bongo wahoze ari Perezida wa Gaboni atari mu baregwa, umugore we, Sylvia, umuhungu we w’imfura Noureddin, n’abandi 11 babegereye bahoze mu myanya ikomeye mu buyobozi bazaburanishwa ku byaha 12 guhera kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Ugushyingo. Icyakora, umugore n’umuhungu w’uwahoze ari umukuru w’igihugu, wahiritswe ku butegetsi ku itarikiya 30 Kanama […]

Uwari Perezida wa Korea yarezwe ibyaha bishya birimo gufasha umwanzi

53f16371 bc54 4502 9700 16bb0e85e0ba

Ibiro Ntaramakuru Yonhap byatangaje ko uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yarezwe ibirego by’inyongera byo gukoresha nabi ububasha bwa perezida ndetse no gufasha igihugu cy’umwanzi. Itsinda ry’abanyamategeko ridasanzwe ryakoze iperereza ku iteka rya Yoon rishyiraho ibihe bidasanzwe mu gihugu ryamaze igihe gito muri Koreya y’Epfo mu Kuboza 2024. Iri tsinda ryashinje Yoon […]

Gen (Rtd) Ibingira yasubije Nyamwasa uburana ko yambuwe amapeti yari afite muri RDF

GridArt 20251110 80435327

General (Rtd) Fred Ibingira wahoze ari Umugaba w’Inkeragutabara, yasubije Kayumba Nyamwasa umaze igihe yinubira ko yambuwe impeta za gisirikare avuga ko yarwaniriye mu ngabo z’u Rwanda, agaragaza ko kurwanira amapeti n’ibyubahiro atari byo urugamba rwo kubohora igihugu rwari rugamije. Kayumba Nyamwasa uyobora umutwe wa RNC, muri Mutarama 2011 yahamijwe n’Urukiko rwa Gisirikare ibyaha birimo gushinga […]

Amashusho ya Yampano ari mu gikorwa cy’abakuze yarikoroje

yampano ni umwe mubitezweho byinshi muri muzika nyarwanda 4b2e7 1

Amashusho y’umuhanzi Uworizagwira Florien uri kumenyekana mu muziki nyarwanda nka Yampano ari gukora imibonano mpuzabitsina, akomeje gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga. Ku Cyumweru tariki ya 9 Ugushyingo ni bwo amashusho y’uyu muhanzi yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ziganjemo urwa X na Facebook. Muri aya mashusho y’iminota 10, nyirubwite agaragara ari mu buriri ari mu gikorwa cy’abakuze n’inkumi […]

MONUSCO yafunze ibirindiro byayo bibiri biri muri Ituri

20230926124925800994 Mala

Abakozi ba sosiyete sivili n’abayobozi gakondo muri Ituri barahamagarira Guverinoma ya Congo kwihutisha gahunda yo kwambura intwaro imitwe yitwaje intwaro mbere yo gufunga ibirindiro by’Ingabo za MONUSCO biteganijwe mu mpera z’Ugushyingo 2025, mu duce twa Pamitu Ame na Mbr’bu, muri teritwari za Djugu na Mahagi, biteganijwe mu mpera z’Ugushyingo 2025. Iki cyifuzo cyatanzwe nyuma y’ubutumwa […]

Kagame yasubije abavuga ko ari gutegurira umukobwa we kuzamusimbura ku butegetsi 

F2TPpB4XgAESiy0

Perezida Paul Kagame yateye utwatsi ibivugwa ko yaba ari gutegurira umukobwa we Ingabire Ange Kagame kuzamusimbura ku butegetsi, agaragaza ko abana be ari Abanyarwanda nk’abandi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Gatandatu tariki ya 8 Ugushyingo, mu ijambo yavugiye mu gitaramo cy’ihuriro Unity Club Intwararumuri. Ku mbuga nkoranyambaga ziganjemo izikoreshwa n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda hamaze […]

Twirwaneho yashyize ahagaragara ingabo nshya z’abarundi zoherejwe muri Fizi n’abaziyoboye

FDNB Goma

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho uravuga mu mugambi ukomeje wo gukorera jenoside Abanyamulenge, Kinshasa na Gitega (RDC n’u Burundi) bakomeje kohereza ingabo mu misozi ya Fizi, Mwenga, na Uvira, aho uvuga ko ubwo wandikaga itangazo washyize ahagaragara bataillon ebyiri z’Abarundi hamwe na bataillon imwe y’Abanyekongo (Batayo ya 3303 ya FARDC), bose bayobowe na General Chivire, Komanda w’ibikorwa […]

Tanzania: Umunyamabanga mukuru wungirije wa Chadema yafashwe mu gihe hashakishwa abandi 9

hq720

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 8 Ugushyingo, Igipolisi cya Tanzaniya cyataye muri yombi undi muyobozi mukuru mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, CHADEMA, maze abayobozi bavuga amazina y’abandi icyenda bashakishwa kubera imyigaragambyo yakurikiye amatora yo mu cyumweru gishize. Ishyaka CHADEMA na bamwe mu baharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko abashinzwe umutekano bishe abantu barenga 1.000. Guverinoma […]

RDC n’u Rwanda vuba bigiye gusinya amasezerano y’amahoro – Tshisekedi

G5LvjMZXcAAO9zp

Gushyira umukono ku masezerano y’amahoro hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, mu biganiro by’i Washington, byegereje, nk’uko Perezida Félix Tshisekedi yijeje diaspora y’Abanyekongo muri Brazil ku wa Gatanu, itariki ya 7 Ugushyingo, aho yitabiriye inama ya COP30. Nk’uko Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo abitangaza ngo aya masezerano azaba agamije guhagarika […]

RDC: Mutamba ufunzwe yashyize ahagaragara ibaruwa ifunguye igenewe Abanyekongo

000 36CQ7VU

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, uherutse gukatirwa kumara imyaka itatu akoreshwa akazi k’agahato, yashyize ahagaragara ibaruwa ifunguye igenewe “Abanyekongo” n “” abaturage ba Afurika aho ari muri gereza. Muri iyi nyandiko, yo ku itariki ya 7 Ugushyingo, uwahoze ari minisitiri yamaganye “urubanza rwa politiki” avuga ko ari akarengane […]

Icya ngombwa si ingano y’imbwa ku rugamba, n’ingano y’urugamba ruri mu mbwa – Kagame

54910474778 2b7370cb2d k

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yongeye kwibutsa abayobozi ko batagomba kwiringira ko hari umuntu wese uzava hanze ngo aze kubakiza, kandi yongera kugaragaza ko nubwo u Rwanda ari igihugu gito Abanyarwanda atari bato ku buryo batahangana n’imbogamizi zose zabitambika. Ibi umukuru w’igihugu yabigarutseho mu Nkera y’Abahizi yanitabiriwe na Madamu Jeannette Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango […]

Perezida wa Zambia yatewe amabuye ari ku rubyiniro

P1 03 12 22 new

Ku wa gatandatu tariki ya 8 Ugushyingo 2025, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema yatewe amabuye n’abaturage bari bamuteze amatwi mu gikorwa cyabereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu, bituma abashinzwe umutekano bamuhungisha vuba cyane. Perezida Hichilema yari yagiye mu mujyi wa Chingola, mu ntara ya Copperbelt, gusura abaturage no kureba ingaruka z’inkongi y’umuriro yari yibasiye isoko rya […]

Tanzania: Abantu 240 bakurikiranweho kugambanira igihugu

20251029 162903

Abantu babarirwa muri 240 muri Tanzania barezwe icyaha cyo kugambanira igihugu, nyuma y’imyigaragambyo irimo imvururu yakurikiye amatora y’Umukuru w’Igihugu aheruka kuhaba. Perezida Samia Suluhu Hassan yatangajwe nk’uwatsinze aya matora ku majwi 98%, ariko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bari bayahejwemo bavuga ko atanyuze mu mucyo. Indorerezi zayakurikiranye na zo zivuga ko atubagirije amahame ya demokarasi. Perezida Samia […]

Ngoma: Umwarimukazi yasabye imbabazi nyuma yo gufatanwa ‘dish’ y’ibiryo by’abanyeshuri yari yibye

Screenshot 20251108

Umwarimukazi wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kibare I rwo mu Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma, wafashwe yahishe ‘dish’ yuzuye umuceri wari watekewe abanyeshuri, biba ngombwa ko abisabira imbabazi. Uyu mwarimu yafashwe nyuma yuko bamwe mu babyeyi barerera muri iri shuri bamenyesha ubuyobozi bw’Umurenge ko abana babo batakirya ngo bahage. Ubuyobozi bw’Umurenge wa Mugesera […]

Perezida Ndayishimiye yandagaje Faustin Ndikumana, avuga ko yahanzweho na Shitani

GridArt 20251108 103834131

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ku wa Gatatu tariki ya 5 Ugushyingo yibasiye impirimbanyi Ndikumana Faustin, avuga ko yahanzweho n’imyuka mibi. Ndayishimiye yibasiye uyu mugabo usanzwe ayobora umuryango witwa PARCEM (Parole et Actions pour le Réveil des Consciences et l’Évaluation des Mentalités) wiyemeje gukangurira Abarundi guhindura ibyiyumvo n’ingendo, ubwo yerekaga abaturage ba Komine Matongo yo […]

Vestine na Dorcas bahagaritse igitaramo muri Canada ku munota wa nyuma 

20251108 093230

Abakunzi b’itsinda rya Vestine & Dorcas bari bategereje igitaramo cyabo mu mujyi wa Winnipeg muri Canada ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, ariko cyaje gusubikwa ku munota wa nyuma. Iki gitaramo cyari kimwe mu byari gisoza uruzinduko rwabo rwo kuririmba mu bihugu bitandukanye byo muri Amerika na Canada. Abafana bari biteguye kuririmbana nabo […]

Ibihugu 5 by’Afurika byagabweho ibitero by’indege na Amerika

cedb0108 6a35 457e 8cca 39583262df13

Kugeza mu Ugushyingo 2025, hari ibiganiro byongeye kuzamuka ku bijyanye n’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zishobora kugaba ibitero by’indege muri Nijeriya. Ibyo biganiro byatumye abantu bongera kwibaza ku ruhare rwa Amerika mu bikorwa byayo bya gisirikare muri Afurika. Hashize imyaka myinshi Ubuyobozi bwa Gisirikare bwa Amerika muri Afurika (AFRICOM) bukora ibitero by’indege ku […]

U Rwanda na RDC byateye intambwe ikomeye igana ku masezerano y’ubukungu

20251108 085039

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byaraye bishyize umukono ku mushinga wose w’amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu; intambwe ikomeye ibanziriza gusinya amasezerano. Uyu mushinga washyiriweho umukono i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho intumwa z’ibihugu byombi zari zimaze igihe zigiranira icyiciro cya kane cy’ibiganiro. Ni ibiganiro byanitabiriwe n’intumwa z’ibihugu bya […]

SP Ronald Mutabazi yasanzwe mu rugo yapfuye

63da7307 ed0a 4ac0 b505 7433555c3148

Umuyobozi wa VIPPU muri Polisi y’u Buganda, SP Ronald Mutabazi, yasanzwe yapfuye mu rugo rwe Polisi y’u Buganda iri mu kababaro k’akomeye nyuma y’urupfu rwa SP Ronald Mutabazi, umwe mu bapolisi bakuru bakoraga mu ishami rishinzwe kurwanya iterabwoba (Counter Terrorism Unit). Mutabazi yari umuyobozi wa VIPPU (Very Important Persons Protection Unit) ishami rishinzwe kurinda abayobozi […]

Litiro ya lisansi mu Rwanda yiyongereyeho Frw 127

oil 2

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) ku wa Gatanu tariki ya 7 Ugushyingo, rwashyizeho igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli cyasize litiro ya lisansi izamutseho Frw 127. Itangazo RURA yasohoye ryerekana ko litiro ya lisansi yageze kuri Frw 1,989 ivuye kuri Frw 1,862 yaguraga mu mezi abiri ashize. Mazutu yo yageze kuri Frw 1,900 ivuye kuri Frw 1,808 yaguraga, […]

Icyo Perezida Touadéra avuga ku gitutu bivugwa ko amaze igihe ashyirwaho n’u Burusiya

large nmKF56imANV9cpNi

Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrique, yagaragaje ko nta gitutu amaze igihe ashyirwaho na Leta y’u Burusiya nk’uko bimaze igihe bivugwa. Amakuru avuga ko Perezida Touadera amaze igihe ashyirwaho igitutu na Moscou, kugira ngo asinyane amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare n’umutwe w’abacanshuro wa Africa Corps wo muri kiriya gihugu. Uyu mutwe unazwi nka Russian […]

Touadera yagaragaje uko abarimo EU n’u Bufaransa bamutereranye, akagobokwa n’u Rwanda n’u Burusiya

images 5

Perezida Faustin-Archange Touadera wa Repubulika ya Centrafrique, yagaragaje ko ubwo igihugu cye cyari mu ngorane u Rwanda n’u Burusiya ari bo bakigobotse, mu gihe abarimo Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi n’u Bufaransa barimo barebera. Touadera uzahatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu cya Centrafrique ateganyijwe mu mpera z’ukwezi gutaha k’Ukuboza, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Marc Pellerman wa […]

Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare muri Afurika bategerejwe mu Rwanda

4

U Rwanda rugiye kwakira inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika, izabera i Kigali kuva tariki ya 10 kugeza ku ya 12 Ugushyingo 2025.  Iyi nama ifite insanganyamatsiko igira iti: “Ejo hazaza h’amahugurwa n’amasomo ya gisirikare muri Afurika: Gukuraho icyuho cy’ikorana buhanga.” Inama y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare muri Afurika ni […]

FARDC iravuga ko imaze kwakira 500 bahoze ari abasirikare ba M23

20251107 162059

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko abarwanyi 72 kivuga ko bahoze ari aba M23 bari bamaze igihe baracyishyikirije bamaze koherezwa i Kisangani mu ntara ya Tshopo, nyuma y’igihe barahurijwe i Walikale muri Kivu y’Amajyaruguru. FARDC ivuga ko kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Ugushyingo ari bwo bariya barwanyi boherejwe i […]

Amafoto: Umujyanama wa Trump mu bitabiriye Leaders Prayer Breakfast i Kigali

G5IgCH8XEAAbbJQ

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 7 Ugushyingo 2025 Mu Mujyi wa Kigali ahazwi nka Camp Kigali, hateraniye amasengesho y’abayobozi yo gusengera igihugu (Leaders Prayer Breakfast) aje akurikira amasengesho y’abayobozi bato yo gusengera igihugu (Young Leaders Prayer Braekfash) yabaye ku itariki 31 Kanama 2025. Ni amasengesho yitabiriwe n’abantu baturutse imihanda yose no mu nzego zose barimo […]

Minisitiri Kayikwamba yajyanye mu nkiko abarimo Pero Luwara na Emmanuel Banzunzi

Screenshot 20220426 2042432

Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa repubulika ya Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yatangaje ko yatanze ikirego arega abantu bamusebya nyuma y’ibyatangajwe yita ibinyoma zakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko zisiga icyasha izina rye ndetse n’umuryango we. Mu itangazo rye bwite yatangarije i Kinshasa, umuyobozi wa dipolomasi ya Congo yamaganye “amagambo y’ibinyoma […]

Fizi: Twirwaneho yivuganye ba General Gakobanya na Jimmy ndetse na Major Kongole

1c652ccb 727a 471a 88bf ae41aa8ac27c

Imirwano imaze iminsi ihuje umutwe wa Twirwaneho ndetse n’Ingabo za Congo (FARDC), Wazalendo, FDLR n’Ingabo z’Abarundi muri Kivu y’Amajyepfo, mu misozi ya Fizi, yiciwemo abantu bakomeye mu ihuriro rya Kinshasa barimo abajenerali ndetse na Major bivugwa ko bari barazengereje Abanyamulenge. Muri iyi mirwano ikaze yatangiye mu ntangiriro z’iki cyumweru hagati y’umutwe wa MRDP-Twirwaneho n’ihuriro rya […]

Komite y’ubugenzuzi ihuriweho n’u Rwanda na RDC irasubira mu biganiro i Washington

Secretary Rubio Hosts Democratic Republic of the Congo Rwanda Peace Agreement 54618044678 scaled 1

Biteganijwe ko intumwa za Congo n’u Rwanda zihurira i Washington kuri uyu wa Gatanu mu nama yateguwe mu rwego rwa Komite ihuriweho ishinzwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yashyizweho umukono ku itariki ya 27 Kamena bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi komite biteganyijwe ko izajya yakira ibirego by’impande zombi, gusuzuma ibirego byo […]

Vienne: Hafashwe ububiko bw’intwaro bikekwa ko ari iza Hamas zendaga gukoreshwa mu iterabwoba

1024x576 cmsv2 d2157ce1 e6b5 5429 b0d4 3f620d4e0d9c 9539025

Ububiko bw’intwaro, bikekwa ko zari zigenewe ibikorwa byo mu mahanga bitazwi neza bifitanye isano na Hamas, bwavumbuwe mu ivarisi mu bubiko bwakodeshejwe i Vienne kandi harimo imbunda eshanu na magazine 10. Kuri uyu wa Kane, guverinoma yatangaje ko ibiro by’ubutasi bw’imbere mu gihugu bya Autrichia byavumbuye ububiko bw’intwaro i Vienne bikekwa ko bufitanye isano n’umutwe […]

Umugabo mubi ku isi yizihije imyaka 22 amaze arongoye

20251107 082219

Baguma Godfrey, uzwi nka Ssebabi, umwe mu bantu bazwi cyane muri Uganda, hamwe n’umugore we Namande Cate, bazihije isabukuru y’imyaka 22 bamaze bashyingiwe. Mu gusangiza abantu urugendo rwabo rw’ubukwe, Cate Namande yavuze ko yarongowe n’uyu mugabo ubwo yari afite imyaka 18 gusa. Icyo cyemezo cye cyakurikiwe n’amarangamutima menshi n’amarushanwa y’imiryango n’inshuti, bamwe bibazaga impamvu yihisemo […]

Umuhungu wa nyakwigendera Muammar Kadhafi yarekuwe

1762494384547

Ubuyobozi bwa Libani bwatangaje ko Hannibal Kadhafi, umuhungu wa nyakwigendera Muammar Kadhafi wahoze ayobora Libiya, yarekuwe nyuma y’imyaka irenga icumi yari amaze afunzwe i Beirut. Nk’uko bitangazwa n’urubuga Lebanon 24, Hannibal Kadhafi yarekuwe n’urukiko rwa Libani, kandi yakuriweho inzitizi zamubuzaga gusohoka mu gihugu, ndetse urukiko rwanatesheje agaciro ingwate ya miliyoni 11 z’amadolari yari yasabwe. Leta […]

Twirwaneho yakubise ahababaza FDNB na FARDC, bata ibirindiro bikomeye

Ingabo z’u Burundi (FDNB) n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zavuye mu birindiro byazo bikomeye bya Point Zero zerekeza mu bice bya Kanguli muri segiteri ya Mutambala, nyuma yo gutsindwa n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho mu mirwano ikaze yabaye ku wa Kane tariki ya 6 Ugushyingo. Amakuru avuga ko izi ngabo zavuye muri ibi birindiro, nyuma […]

Masisi: Col Dunia Ntamugabumwe wa wazalendo yishyikirije AFC/M23

Capture 2

Umwe mu nyeshyamba za wazalendo uzwi cyane, Colonel Dunia Ntamugabumwe, wakoreraga i Nyamaboko ya 1 muri Teritwari ya Masisi, kuri uyu wa Kane yishyize mu maboko ya AFC / M23 azanye n’ibikoresho byinshi by’intambara. Muri iyi teritwari kandi abantu batanu barapfuye abandi batanu barakomereka bikabije mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro mu ijoro ryo ku wa […]

Rubavu: Umusore w’imyaka 27 akurikiranweho kwica se

ingoro y urukiko rwisumbuye rwa rubavu abaregwa baburaniramo

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiriranye umusore w’imyaka 27 y’amavuko wishe se umubyara akoresheje ibuye amuhoye guhinga umurima yari yaramuhaye.  Icyaha akurikiranweho yagikoze ku itariki ya 17 Nzeri 2025 mu Mudugudu wa Gikombe, Akagari ka Kareba, Umurenge wa Jenda, mu Karere ka Nyabihu ubwo yatahaga yagera mu rugo agasanga se umubyara yahinze umurima yari […]

Perezida Kagame yakiriye ku meza umujyanama wa Trump mu by’ukwemera

20251107 061623

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 6 Ugushyingo bakiriye mu musangiro Paula White, umujyanama wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu by’ukwemera ndetse n’itsinda ry’intumwa bari kumwe. Uyu mugabutumwakazi yakiriwe n’Umukuru w’Igihugu ari kumwe na Jennifer Korn Sporment usanzwe ari umujyanama wungirije […]

Ba Ofisiye 9 ba FARDC bakurikiranweho kugurisha ibiryo by’abasirikare

images 10

Abasirikare bakuru icyenda bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), barimo ba komanda ba ‘regiments’ za 3414, 2102, na 1303 zifite icyicaro i Beni-Butembo na Lubero (Kivu y’Amajyaruguru), batawe muri yombi n’inzego z’umutekano. Abo basirikare bakuru bimuriwe, kuri uyu wa Kane, itariki 6 Ugushyingo, ku cyicaro gikuru cy’ingabo muri icyo gice, ni […]

Twirwaneho yazamuye mu ntera Gen. Makanika wishwe na FARDC

GkNnRs2XsAABl9h

Ubuyobozi bw’Umutwe wa Twirwaneho, ugamije kurengera Abanyamulenge batotezwa na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwazamuye mu ntera Michel Rukunda ‘Makanika’ wahoze ari umuyobozi w’igisirikare cy’uriya mutwe. Mu kwezi gushize ni bwo Makanika yazamuwe mu ntera, agirwa Lieutenant-General ndetse na Ofisiye w’Ikirenga wa Twirwaneho; nk’uko bigaragara mu itangazo Freddy Kaniki uyobora ishami rya Politiki […]

Umusirikare umaze imyaka 78 muri FARDC yijejwe ishimwe

20251106 175329

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yijeje umudali w’ishimwe umusirikare wo mu ngabo za kiriya gihugu umaze imyaka 78 mu gisirikare. Kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Ugushyingo, ni bwo Minisitiri Muadiamvita yakiriye 1er sergent-major LUHEMBWE ALFANI bagirana ibiganiro. Uyu mukambwe w’imyaka 102 y’amavuko kuri ubu umaze imyaka 78 […]

Bintou Keïta agiye kuva ku buyobozi bwa MONUSCO

GF6DeeYW4AAzRSZ.jpg large

Umunya-Guinée-Conakry Bintou Keita, agiye kuva ku nshingano zo kuyobora ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO). Uyu mugore ayobora buriya butumwa kuva muri Mutarama 2021, ubwo yasimburaga kuri izo nshingano Leïla Zerrougui. Mu busanzwe manda ya Keita nk’umukuru wa MONUSCO yagombaga kurangira muri Gashyantare 2026, gusa Jeune Afrique iravuga […]

Abanyarwanda bakomeje gutahuka bava mu mashyamba ya Congo

G5ERpKoWcAAQCzk

Uyu munsi, Abanyarwanda barenga 222 bagizwe n’imiryango 69; harimo abagabo 12, abagore 58 n’abana 152, batashye ku bushake bava muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) banyuze ku mupaka wa La Corniche mu Karere ka Rubavu. Bakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Prosper Mulindwa mbere yo kwerekeza mu nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi kwiyandikisha hamwe n’ubundi buryo, […]

Rubavu: Umwana w’imyaka 16 akurikiranweho ubwicanyi

ingoro y urukiko rwisumbuye rwa rubavu abaregwa baburaniramo

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umwana w’umuhungu w’imyaka 16 ukekwaho kwica umugore w’imyaka 53 akoresheje igiti bategesha igitoki (Umuhembezo).  Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 02 Ugushyingo 2025 mu Mudugudu wa Kabingo, Akagari ka Musabike, Umurenge wa Kanama, mu Karere ka Rubavu ubwo uyu mwana yarwanaga na bagenzi be nyuma akajya mu rugo […]

Burundi: Umushinjacyaha yafashe iy’ubuhungiro nyuma yo gusanga miliyari kuri konti ye

Procurer de Kirundo

Umushinjacyaha wa repubulika muri komini za Kirundo na Busoni mu Ntara ya Butanyerera yafashe iy’ubuhungiro kuva ku itariki ya 22 Ukwakira. Aho amakuru aturuka mu begereye ubushinjacyaha avuga ko hasohowe impapuro zo kumuta muri yombi uwo munsi nyuma yo kuvumbura amafaranga arenga miriyali y’Amarundi muri konti bwite ya Jean Claude Ndemeye, amafaranga hataramenyekana neza aho […]

Fizi: Ruracyambikanye hagati ya Twirwaneho na FARDC/Wazalendo/FDNB ku munsi wa 3 w’imirwano

WAZALENDO 4 1024x577 1

Imirwano yakomeje kuri uyu wa Kane, itariki 6 Ugushyingo 2025 mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’umutwe wa Twirwaneho ukorana bya hafi na AFC/M23 n’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) gifashwa n’imitwe ya wazalendo n’Ingabo z’u Burundi (FDNB). Iyi mirwano iravugwa ahitwa Tuwetuwe, mu misozi miremire, yo muri Teritwari ya Fizi, aho bivugwa […]

Sudani: Abagera kuri 40 biciwe mu muhango wo gushyingura

UN Confirms 40 Killed In Attack On Funeral In Sudans Kordofan

Byibuze abantu 40 baguye mu gitero cyagabwe mu muhango wo gushyingura muri el-Obeid, umujyi ukomeye mu Karere ka Kordofan muri Sudani rwagati umaranirwa n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) n’Ingabo za Sudani. Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi (OCHA) byatangaje icyo gitero ku wa Gatatu, ariko ntibivuga neza igihe icyo gitero cyabereye cyangwa abakigabye. […]

Huye: Urukiko rwapfundikiye urubanzarw’umugabo wishe umugore we amutemye ijosi

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7

Mu cyumba cy’iburanisha cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Huye kuwa Kabiri haburanishirijwe urubanza Ubushinjacyaha buregamo umugabo w’imyaka 42 ukekwaho kwica umugore we w’imyaka 39 amutemye ijosi  Icyaha cyakozwe ku itariki 08 Nzeri 2025 ahagana sa sita z’ijoro mu Mudugudu wa Ruhuha, Akagari ka Gakoma, Umurenge wa Mamba ho mu Karere ka Gisagara, mu cyumba aho bari baryamye. […]

Perezida wa Afurika y’Epfo yinjiye mu kibazo cy’abaturage be bajyanwe kurwana mu ntambara ya Ukraine

1762414904286

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yategetse ko hakorwa iperereza ryihariye ku byatumye Abanyafurika y’Epfo 17 bajyanwa mu bikorwa bisa n’iby’abacanshuro mu ntambara iri hagati y’Uburusiya na Ukraine. Nk’uko itangazo rya guverinoma ribivuga, abo basore bari hagati y’imyaka 20 na 39, bakaba bafungiwe mu karere ka Donbas muri Ukraine, nyuma yo kubeshywa ngo bagiye kubona […]

Twirwaneho yambuye ingabo zirimo iz’u Burundi uduce 2

twirwn c896a

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukomeje kwigarurira ibice bitandukanye byo mu misozi y’i Mulenge, nyuma y’imirwano ikaze yahuje izi nyeshyamba n’ingabo zirimo iza Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), iz’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo na FDLR. Ni imirwano yabaye ku wa Gatatu tariki ya 5 Ugushyingo 2025. Amakuru avuga ko iyi mirwano yasize MRDP-Twirwaneho yigaruriye […]

BOLIVIA: Urukiko rwategetse ko Jeanine wahoze perezida w’igihugu arekurwa 

ap 690b90adaa5d5 1762365613

Urukiko rw’Ikirenga rwa Bolivia rwatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5/11/2025 ko rutesheje agaciro igihano cy’imyaka 10 cyari cyarafatiwe Jeanine Áñez, wahoze ari Perezida w’agateganyo, runategeka ko ahita arekurwa nyuma y’imyaka irenga ine yari amaze afunzwe. Uyu mwanzuro wasomwe n’umucamanza Romer Saucedo, wavuze ko habayeho “kunyuranya n’amategeko mu mikorere y’urukiko rwamukatiye,” kuko yagombaga kuburanishwa […]

Iby’ingenzi buri wese ugiye gusezerana mu mategeko mu Rwanda agomba kumenya 

A wedding ceremony 1024x768 1

Gusezerana mu mategeko (civil marriage) mu Rwanda si umunsi w’urukundo gusa, ahubwo ni amasezerano yemewe n’amategeko hagati y’abantu babiri. Nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR), mu mwaka wa 2023 habaye ubukwe 57,880 bwanditswe mu mategeko, mu gihe mu 2024 habaye 52,878, bigaragaza ikigero cyo kugabanuka kwa 9.5%. Ibi byerekana ko n’ubwo gushakana bikomeje gufatwa […]

Perezida wa Mexique Claudia yakorakowe n’umugabo mu ruhame

2025 11 05t171108z 275856669 rc21phass2q6 rtrmadp 3 mexico crime sheinbaum

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum yashyikirije ubutabera umugabo wamukorakoye mu gatuza ubwo yari ari mu ruhame aramukanya n’abaturage i Mexique City. Uwo mugabo, bivugwa ko yari yasinze, yahise atabwa muri yombi kandi aracyafungiye muri Sex Crimes Investigation Unit. Sheinbaum yavuze ko yafashe icyemezo cyo kuregera inkiko “nk’umugore uharanira uburenganzira bw’abandi bagore bose,” asaba ko ihohoterwa […]

Umunyamakuru Jean Pierre Kagabo yasezeye RBA yari amazemo imyaka irenga 20

20251105 193456

Umunyamakuru Jean Pierre Kagabo yamaze gusezera Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) yari amaze imyaka 22 akorera. Kagabo yari umukozi wa RBA kuva muri 2003, ubwo iki kigo cyari kikiri Orinfor. Iki kigo yagihagarariye i Nyamagabe na Nyaruguru kuva mu 2010 ahamara imyaka itatu, mu 2013 yimurirwa ku cyicaro gikuru cya Radio Rwanda. Uyu munyamakuru yatangaje ko […]

Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF yasuye RDF (Amafoto)

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya (KDF), Gen. Charles Muriu Kahariri, ari mu Rwanda aho ari kugirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine. Gen. Kahariri uri mu Rwanda kuva ku wa Kabiri tariki ya 4 Ugushyingo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Ugushyingo we n’intumwa ayoboye basuye Icyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda, aho bakiriwe n’Umugaba Mukuru wazo, […]

Rwamagana: Uruganda rwakoraga inzoga mu rusenda, itabi n’amajyani rwarafunzwe

22 83

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana bwatangaje ko bwahagaritse uruganda rwitwa Agahebuzo Drinks Processing rwengaga inzoga rukoresheje ibikoresho bidakwiye birimo urusenda, amajyane n’itabi, aho gukoresha ibitoki nk’uko byari byanditse mu cyangombwa cyarwo. Urwo ruganda rwakoraga mu Murenge wa Muhazi, Akagari ka Nsinda, rwafunzwe ku itariki ya 4 Ugushyingo 2025 ku bufatanye n’inzego z’ibanze, iz’umutekano ndetse n’Ikigo cy’Igihugu […]

Ibyishimo by’abakunda imikino biri kure mu gihe federasiyo zikiyobowe nabi: Abadepite

IMG 20251105 WA0007

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC), kuri uyu wa Gatatu yaganiriye na Minisiteri ya Siporo ku ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro y’Inteko Rusanye y’Umutwe w’Abadepite, ubwo yagezwagaho raporo ya PAC ku isesengura rya raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta mu mwaka wa 2022/2023. Mu byo abadepite bagaragarije Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, harimo […]

Abantu icyenda bishwe n’impanuka y’indege ya UPS i Louisville

da3830c0 b9ff 11f0 ba75 093eca1ac29b

Ku mugoroba wo ku wa kabiri, indege itwara imizigo ya kompanyi UPS yakoze impanuka ikomeye ubwo yari igiye guhaguruka ku kibuga cy’indege Louisville Muhammad Ali International Airport, ihitana abantu icyenda, nk’uko byemejwe na guverineri wa leta, Andy Beshear. Ubuyobozi bwatangaje ko abantu 11 bakomeretse bikomeye, mu gihe abandi 16 bagishakishwa. Indege yahise iturika ikigwa ku […]

Cristiano Ronaldo agiye guhagarika gukina umupira

1762356447759

Cristiano Ronaldo yatangaje ko agiye kujya guhagarika ruhago, avuga ko azabikora kubera impamvu z’umuryango n’igihe amaze ategura ejo hazaza he. Uyu mukinnyi w’imyaka 40, ukinira Al Nassr muri Arabie Saoudite ndetse akaba n’intwari ya Portugal, yavuze ibi mu kiganiro cya “Piers Morgan Uncensored” cyo mu Bwongereza, cyasohotse ku wa kabiri tariki 5 Ugushyingo 2025. Ronaldo […]

Nova Event Management Ltd: Igisubizo mu gutegura inama, ubukwe n’ibindi birori

Screenshot 20251105 170357 1

Sosiyete itegura ibirori bitandukanye ya Nova Event Management, ikomeje gukora itandukaniro muri uri ruganda, kubera serivisi izwiho guha abayigana bagataha banyuzwe. Nova Event Management izwiho kugira abahanga bazobereye mu gutegura, inama, ubukwe n’bindi birori bitandukanye bituma ababyitabiriye bagenda birahira ba nyirabyo. Kuri ubu iyi sosiyete ikomeje guhamagarira abafite ibirori, inama, ubukwe, isabuku y’amavuko n’ibindi kuyigana, […]

Huye: Umugabo w’imyaka 59 akurikiranweho kugerageza kwica umwana we w’umwaka n’igice

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7 2

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 59 utuye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Kibiraro, Umurenge wa Rwaniro, mu Karere ka Huye ukekwaho kuba ku itariki ya 24 Ukwakira 2025 saa yine z’ijoro yarashatse kwica umwana we ufite umwaka n’igice amukubise ku rukuta rw’inzu.  Mu ibazwa rye, ukekwa yavuze ko yatashye akabaza […]