Bunia: Abantu 3 bishwe barashwe 14 barimo umusirikare barakomereka

Abantu batatu bapfuye abandi 14 barakomereka barimo umusirikare wa FARDC, mu irasa ryo ku mugoroba wo ku wa Gatatu, itariki ya 30 Nyakanga, mu kabari ko mu gace ka Yambi Yaya mu Mujyi wa Bunia. Umuyobozi mukuru wa Polisi mu mujyi, Abel Mwang, yagize ati: “Iperereza ryakozwe aho hantu ryerekana ko ipikipiki yari itwaye abasivili […]
Uganda: Bobi Wine avuga ko iterabwoba rimukorerwa ryiyongereye

Umuyobozi wâishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje ko iterabwoba, nâihohoterwa bimukorerwa bikomeje kwiyongera ku buzima bwe no ku bandi banyapolitiki batavuga rumwe na Leta ya Perezida Yoweri Museveni, cyane cyane uko amatora ya Perezida ateganijwe muri 2026 agenda yegereza. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru rya […]
Imvururu mu matora ya FERWAFA

Umuyobozi wa AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, ari kugerwa intorezo nyuma yâuko urutonde rwâabemerewe kwiyamamaza mu matora ya FERWAFA rusohotse ku wa 28 Nyakanga 2025. Nubwo Shema Fabrice ari mu bahabwa amahirwe yo kuyobora iri shyirahamwe, hari abatangiye kujya impaka ku byangombwa bye n’ibya bagenzi be bashaka kuyoborana. Mu mpera zâukwezi kwa Nyakanga, bamwe mu […]
M23 yavuye imuzi impamvu zerekana ko Kinshasa iri gutegura intambara karahabutaka

Umutwe wa AFC/M23 wamaganye wivuye inyuma Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uvuga ko ikomeje ibikorwa by’ubushotoranyi, nyamara impande zombi zaremeranyije gutanga agahenge. M23 yamaganye ubu bushotoranyi biciye mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi wayo, Lawrence Kanyuka. AFC/M23 irashinja Leta ya RDC no gukomeza gushoza intambara, mu gihe ku wa 19 Nyakanga impande zombi zasinyiye i […]
Ingaruka za screen/Ă©cran’ ku mikorere y’ubwonko bw’abana

Biragoye muri iki gihe kubona umwana udakunda gukoresha ibikoresho byâ ikoranabuhanga birimo Telefoni, Televisiyo nâ ibindi bioresha urumuri rwa LCD (Liquid Crystal Display) mu kugaragaza inyandiko cyangwa amashusho mu buryo bwâ ikoranabuhanga. Baroness Susan Greenfield inzobere mu bijyanye n’imikorere y’ubwonko  avuga ko gukoresha internet n’imikino yo kuri mudasobwa byangiza ubwonko bw’abana babyiruka (adolescents). Muri  2013, […]
Ejo hazaza ha AFC M23 igihe federalizime izaba yemewe-Maßtre Réné Abandi

Byatangajwe na MaĂźtre IrenĂ© Abandi wa AFC/M23 umwe mubari bagize intumwa zitabiriye ibiganiro i Doha, ubwo tariki ya 26 Nyakanga 2025 hari ikiganiro nâabanyamakuru cyabereye muri Serena Hotel i Goma. Nâikiganiro kitabiriwe nâabanyamakuru baturutse impande zose, aho umutwe wa AFC/ M23 wamurikaga ibyavuye mu biganiro i Doha muri Qatar. Umunyamakuru wa Bwiza TV na Bwiza. […]
Perezida Alassane Outtara aziyamamaza manda ya kane ku myaka 83

Amatora ya Perezida wa CĂŽte d’Ivoire: Alassane Ouattara yatangaje ko aziyamamaza nkâumukandida kumwanya wâumukuru wâigihugu mu matora yo ku ya 25 Ukwakira uyu mwaka. Alassane Ouattara kuva mu 2011, nibwo yagiye ku butegetsi, ubu aka ashaka manda ya kane ku myaka 83. Yagize ati:â Nyuma yo kubitekerezaho neza no mu mutima nama wose, ndatangaza uyu […]
Botswana Yajenga Mji wa Kidijitali wa Kalahari wa Dola Bilioni 1 Katika Jangwa

Botswana inapanga kujenga mji wa kidijitali wa dola bilioni 1 unaoitwa Kalahari City katika jangwa, ukiigwa mfano wa Dubai. Mji huo utakuwa eneo maalum la kiuchumi, ukijumuisha kiwanda cha nishati ya jua cha 300 MW, mtandao wa maji endelevu, na miundombinu rafiki kwa mazingira. Mji wa Kalahari utakuwa kitovu cha teknolojia, ukiwa na makampuni ya […]
Botswana lancera une “CitĂ© du Kalahari” numĂ©rique Ă un milliard de dollars dans le dĂ©sert

Le Botswana prĂ©voit de construire une citĂ© numĂ©rique dâun milliard de dollars, inspirĂ©e de DubaĂŻ, appelĂ©e CitĂ© du Kalahari, situĂ©e en plein dĂ©sert. Cette ville servira de zone Ă©conomique spĂ©ciale, comprenant une centrale solaire de 300 MW, un rĂ©seau dâapprovisionnement en eau durable et des infrastructures respectueuses de lâenvironnement. La CitĂ© du Kalahari deviendra un […]
Botswana to Build $1 Billion “Kalahari Smart City” in the Desert

Botswana is planning to construct a $1 billion Dubai-style digital city called the Kalahari City, located in the desert. The Kalahari City is envisioned as a special economic zone, featuring a 300 MW solar energy plant, a sustainable water supply network, and eco-friendly infrastructure designs. Kalahari City will be a technology hub hosting fintech companies, […]
Umujyi wa miliyari yâamadorali mu butayu bwa Karahari

Botswana irateganya kubaka umujyi wa miliyari imwe yâAmadorali âDubai-styleâ umujyi wa digital uzaba witwa umujyi wa Kalahari uri mu butayu. Umujyi wa Kalahari uzaba ahantu hagenewe ibikorwa bidasanzwe byâubukungu, ni umujyi uzagaragaramo uruganda rukomoka ku mirasire y’izuba ya MW 300 yâingufu zisukuye, umuyoboro wâamazi kugira ngo utange isoko rirambye, hamwe nâibishushanyo mbonera bitangiza ibidukikije. Umujyi […]
Burundi: Abagore 2 bapfuye bahunga Imbonerakure

Abagore babiri bo muri Komini ya Nyanza mu gihugu cy’u Burundi basanzwe bapfuye nyuma yo kwirukankanwa, nkâuko abatangabuhamya babitangaza, n’Imbonerakure eshatu zishinzwe gucunga ishyamba ririnzwe. Biravugwa ko izi mbonerakure zahunze. Ku wa Kabiri, itariki ya 29 Nyakanga 2025, nibwo imirambo ya Georgette Nishimwe na Jeanine Nyabenda yavumbuwe mu kibaya giherereye mu ishyamba karemano rya Rubungu, […]
RDC: Hagiye kugibwa impaka ku mwirondoro wa Kabila n’ubwenegihugu bwe

Nyuma yo kubona ibyishimo byagaragaye ku ruhande rwa Joseph Kabila nyuma y’uko Urukiko rwa gisirikare rwemeje ko ari Umunyekongo ubu biravugwa ko ibyatangajwe n’urukiko ku bwenegihugu bwe bishobora kongera kugibwaho impaka mbere yo kwinjira mu mizi muri dosiye aregwamo ibyaha icyenda. Abunganira abaregera indishyi ngo bafite uburenganzira bwo kurangiza iki kibazo cy’umwirondoro n’ubwenegihugu, kuko byateje […]
Jenerali w’igicupuri wa UPDF yatawe muri yombi

Inzego z’umutekano za Uganda zataye muri yombi umugabo wiyitaga Jenerali mu ngabo z’iki gihugu akarya abashoramari b’abanyamahanga za miliyari z’amashiringi. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’uyu mugabo wiyitaga ‘Jenerali Issa’ yemejwe n’Umuvugizi w’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Lt. Col. Chris Magezi. Magezi abinyujije ku rubuga rwe rwa X yise uriya mugabo “umutekamutwe ruharwa” ugomba gushyikirizwa ubushinjacyaha […]
Umukino wa APR FC na Rayon Sports wasubitswe

Umukino wa Super Cup wagombaga guhuza Rayon Sports na APR FC ku itariki ya 2 Kanama 2025 wasubitswe, nyuma yâuko Rayon Sports isabye ko yimurwa. Uyu mwanzuro wafashwe ku busabe bwâubuyobozi bwa Rayon Sports, aho Perezida wâiyi kipe, Twagirayezu ThaddĂ©e yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Televiziyo yâIgihugu ku cyumweru, tariki ya 27 Nyakanga 2025. Twagirayezu […]
Abatangabuhamya 35 nibo bategereje kumvwa mu rubanza rwa Munyenyezi

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga nâibyambukiranya i rufite icyicaro i Nyanza mu Ntara yâAmajyepfo rwatangaje ko ruzumva abatangabuhamya 35 mu rubanza rwa BĂ©atrice Munyenyezi, uregwa uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.  BĂ©atrice Munyenyezi ari kuburana urubanza rwâubujurire, nyuma yo kujuririra igihano cyo gufungwa burundu yahawe nâurukiko Rwisumbuye rwa Huye ku wa 17 Ugushyingo […]
Kabare: Inyeshyamba za M23 zahuye n’abarwanyi ba Wazalendo mu mirwano ikaze

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 30 Nyakanga, imirwano ikaze yabereye mu Mudugudu wa Kamakombe, muri Teritwari ya Kabare (Kivu y’Amajyefo), hagati y’inyeshyamba za M23 n’umutwe wa Wazalendo ukorera muri ako karere. Iyi mirwano bivugwa ko yatangiriye ku wa Kabiri mu Mudugudu wa Mbayo, uherereye muri Gurupoma ya Bugorhe, nyuma yâuko ngo umutwe wa M23 […]
Igisirikari cya uganda kishe abasirikari 5 ba Sudan y’ Epfo

Abasirikare batanu ba Sudani yâEpfo bishwe nâingabo za Uganda mu mirwano yabaye mu ntangiriro zâiki cyumweru ku wa mbere, ku mupaka uhuza ibyo bihugu byombi nkuko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu nâabayobozi bo mu ntara ya Equatoria yâAmajyepfo, aho iyi mirwano yabereye. Imirwano yabaye ku wa Mbere, ariko kugeza ubu impamvu nyakuri yatumye iraswa hagati […]
Kinshasa: Urubanza rw’uwahoze ari minisitiri w’ubutabera rwakomeje

Urubanza ruregwamo uwahoze ari Minisitiri wâubutabera, Constant Mutamba, rwakomeje kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 30 Nyakanga 2025, imbere yâurukiko rwâiremezo. Biracyari mu cyiciro cyo gusuzuma ibigize dosiye mbere y’uko uregwa atangira kuburana mu mizi. Mu iburanisha riheruka, Urukiko rwanze inzitizi n’ibijyanye n’ububasha bw’urukiko byatanzwe n’uregwa, rwemeza ko izo nzitizi zumviswe ariko zidafite ishingiro nk’uko […]
Sud-Kivu: Umurundi yishe arashe umugore we nawe arirasa

Umugabo ufite inkomoko mu gihugu cyâ u Burundi uri mu kigero cyâimyaka 45 witwa Minani, yishe arashe umugore we, umwana, nâumurezi, ndetse komeretsa nâUmugabo wâUmushi yasanze mu rugo iwe, na we ubwe arangije arirasa arapfana. Iki gikorwa kigayitse cyabaye mu ijoro ryâ ejo ku wa mbere rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 30/07/2025 muri […]
Gvardiol wa Man City yitabiriye imyitozo ya gisirikare

Myugariro wa Manchester City, JoĆĄko Gvardiol yongeye gutangaza abakunzi bâumupira wâamaguru ubwo yagaragaraga mu myitozo yihariye ya gisirikare yiswe Commando 9. Uyu musore wâimyaka 23 ukomoka muri Croatia, ari mu biruhuko mbere yâuko hatangira umwaka wâimikino wa 2025/26. Yagaragaye yambaye imyambaro yâigisirikare, arimo gukoresha imbunda no gukora imyitozo ikomeye nâabandi bari kumwe mu itsinda ryâabakora […]
Tanzania yafatiye ingamba zikakaye abarimo Abanyarwanda

Leta ya Tanzania yashyizeho amabwiriza abuza abanyamahanga bose gukorera ubucuruzi buciriritse ku butaka bwa kiriya gihugu. Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda w’iki gihugu, Selemani Saidi Jafo, ni we washyizeho ariya mabwiriza. Muri aya mabwiriza yo ku wa 25 Nyakanga 2025, Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ya Tanzania yakumiriye abantu bose batari abenegihugu kugira uruhare byibura mu nzego 15 z’ubukungu. […]
Walikale: M23 iravugwaho kuba irimo kwitegura gutera Pinga

Inyeshyamba za AFC / M23 ziravugwaho kongera imbaraga mu Mujyi wa Kateku, muri Gurupoma ya Ikobo (Teritwari ya Walikale), muri Kivu y’Amajyaruguru, ho mu burasirazuba bwa Congo, aho bikekwa ko yaba irimo kwitegura kugaba igitero ku Mujyi wa Pinga. Amakuru agera kuri ACTUALITE.CD avuga ko umusada w’ingabo n’ibikoresho bivuye i Buleusa byatangiye kugera muri ako […]
CAR: Perezida Touadera yambitse imidari y’ishimwe Ingabo za RDF (RWABATT13) zimurinda

Ingabo zâu Rwanda (RWABATT13) zikorera mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye bwo Kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA), kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Nyakanga 2025, zahawe imidari yâishimwe na Prof. Faustin Archange TOUADERA, Perezida wa CAR akaba nâUmugaba w’Ikirenga wâingabo. Ibirori byabereye mu ngoro ya perezida mu Mujyi wa Bangui kandi byitabiriwe na Olivier KAYUMBA, […]
Perezida Patrice Talon ntakozwa ibyo kwiyamamariza manda ya 3

Perezida Patrice Talon wa BĂ©nin, yeruye ko nta gahunda afite yo kwiyamamariza gukomeza kuyobora iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika muri manda ya gatatu. Talon ku wa 28 Nyakanga ubwo yarimo aganira n’urubyiruko rwo mu gihugu cye, yeruye ko nta muntu n’umwe uzamuzirikira mu mufariso wo muri Perezidansi ya BĂ©nin. Ibinyamakuru bitandukanye byamusubiyemo agira […]
Burundi: Ikibazo cya lisansi kigeze aho umuntu 1 yishyura moto asaga 48,000 Frw ku rugendo

Gutwara abantu n’ibintu bisa nk’ibyahungabanye burundu mu gihugu cy’u Burundi, aho kuva ku Cyumweru no ku wa Mbere, imodoka zihagarara i Bujumbura, Gitega, Rumonge, Rugombo, no mu yindi mijyi yo hirya no hino mu gihugu hakomeje kuba ubutayu. Nta bus n’imwe cyangwa taxi voiture zitwara abantu zakoraga. Imyigaragambyo itunguranye y’abashoferi igenda ikwirakwira, yatumye abagenzi ibihumbi […]
Chidiebere byananiye muri APR FC yabonye yongeye kubona ikipe

Ikipe ya Enugu Rangers yo muri Nigeria, yasinyishije Chidiebere Nwobodo Johnson umaze amezi make atandukanye na APR FC. Chidiebere yasinyiye iriya kipe y’iwabo kuyikinira mu myaka ibiri iri imbere. Enugu Rangers ni yo yemeje amakuru y’uko uriya mukinnyi ibyangombwa bye byerekana ko afite imyaka 21 y’amavuko yayisinyiye, mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo ku […]
U Bwongereza na bwo burateganya kwemera Palestine nk’igihugu

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 29 Nyakanga, Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko u Bwongereza buzemera Palestine nk’igihugu muri Nzeri keretse Israel niyisubiraho igafata ingamba zikomeye zo guhagarika “ibikorwa biteye ubwoba” muri Gaza kandi ikuzuza ibindi bisabwa. Starmer yagize ati: “Intego yacu iracyari Israel itekanye kandi ifite umutekano iruhande rwa leta ya […]
Abadepite bemeje burundu amasezerano y’u Rwanda na RDC

Inteko Rusange yâUmutwe wâAbadepite kuri uyu wa Kabiri itariki 29 Nyakanga 2025, yatoye itegeko ryemerera kwemeza burundu amasezerano yâamahoro hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nâu Rwanda. Itegeko rizoherezwa muri Sena kugira ngo irisuzume. Ni amasezerano yâamahoro yashyizweho umukono ku itariki ya 27 Kamena i Washington hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nâu […]
Umwana wâumwaka 1 yarumye inzoka ihita ipfa

Mu gace ka Bettiah mu Ntara ya Bihar, mu Majyaruguru yâu Buhinde, umwana wâumwaka umwe gusa witwa Govinda Kumar yakoze igitangaza ubwo yarumaga inzoka ya cobra, ihita ipfa ako kanya. Byabaye ubwo uyu mwana yari ari gukina mu rugo, inzoka imwizengurutsa ku maboko. Ababyeyi be bagize ngo bamurokore, basanga yamaze kuyiruma. Nyuma yaho yahise agwa […]
Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru ba Jenerali 9 ba RDF

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru ba Ofisiye Jenerali icyenda n’abandi basirikare batandukanye barenga 1,000. Abashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru nk’uko RDF yabitangaje, barimo Maj. Gen Andrew Kagame wari usanzwe ari Umuyobozi wa Diviziyo ya Mbere y’Ingabo z’u Rwanda na Maj. Gen Wilson Gumisiriza wari usanzwe ayobora Diviziyo […]
Gicumbi: Abanyeshuri benshi ba UTAB bakomeretse kubera umutingitoÂ

Abanyeshuri 14 biga muri Kaminuza y’Ikoranabuhanga n’Ubugeni ya Byumba (UTAB) iherereye mu karere ka Gicumbi, bakomeretse nyuma y’igikuba cyatewe n’umutingito wumvikanye mu bice bitandukanye by’igihugu. Saa 15:38 zo ku wa Mbere tariki ya 28 Nyakanga ni bwo uriya mutingito wumvikanye mu bice bitandukanye by’u Rwanda ndetse no mu bihugu nk’u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi […]
Uganda: Maj. Gen. (Rtd) Mugisha Muntu yiyemeje guhatana na Museveni mu matora ataha

Ihuriro riharanira Impinduka mu Gihugu (ANT) ryatoranyije Maj. Gen. (Rtd) Mugisha Muntu nk’umukandida waryo mu matora rusange yo mu 2026. Iki cyemezo cyafashwe ku bwumvikane mu nama yaguye yâishyaka yateraniye i Kabuusu, muri Kampala, yitabiriwe n’intumwa ziturutse mu turere twose zemeza kandidatire ye. Muntu wahoze ari umuyobozi w’ingabo akaba n’uwahoze ari perezida w’ishyaka Forum for […]
FERWAFA mu Makimbirane Mbere yâAmatora ya Komite Nyobozi

Mu gihe hasigaye igihe gito ngo habe amatora yâabagize Komite Nyobozi yâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Rwanda (FERWAFA), ibintu byongeye kujya mu rujijo, amakimbirane nâibihuha bikaba bikomeje kuganza ibivugwa kuri ayo matora. Ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki ya 28 Nyakanga 2025, FERWAFA yashyize ahagaragara urutonde rwâagateganyo rwâabemerewe kwiyamamariza kuyobora ishyirahamwe. Shema Ngoga Fabrice, wiyamamaje […]
DRC yagaragaje ubushake bwo gufungura imipa ihuza Congo Kinshasa na Brazaville

Minisitiri w’Ubutegetsi bwâIgihugu, Umutekano nâImiyoborere ishingiye ku nzego zegerejwe abaturage muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Jacquemain Shabani Lukoo Bihango, yatangaje ubushake bwâigihugu cye mu kongera gusubukura ibikorwa byâubufatanye mu micungire yâumutekano ku mipaka bihuriyeho na Repubulika ya Congo-Brazzaville, nyuma yâ imyaka 10 yari ishize byarahagaze. Ibi yabigarutseho ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama ya […]
KNC yahigiye kwandagaza Rayon Sports

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatangaje amagambo akomeye mbere yâuko ikipe ye ihura na Rayon Sports mu mukino wa gicuti uteganyijwe kubera mu karere ka Nyanza. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’imyitozo, KNC yavuze ko uyu mukino atari uwo kujenjeka, ahubwo ari urubuga rwo gupima urwego rwa Rayon Sports byâukuri. Yagize ati: […]
Inkongi yâumuriro yibasiye inyubako z’ ubucuruzi muri Nyiragongo na Bukavu

Ku mugoroba wâejo ku wa mbere tariki ya 28/07/2025, ni bwo inkongi y’umuriro yadutse muri tumwe mu duce two mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, utwika amazu arimo nâayâubucuruzi, nkâuko amakuru ava muri ibyo bice abivuga. Amazu yâubucuruzi aherereye mu gace ka Balindu ho muri teritware ya Nyiragongo mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, […]
Perezida wa Rayon Sports yanenze imikinire y’ikipe ye

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu ThadĂ©e, yagaragaje ko atanyuzwe n’imikinire iyi kipe iri kugaragaza muri iyi minsi. Perezida ThadĂ©e yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Nyakanga, mu kiganiro yagiranye na Radio & TV10. Ni ikiganiro cyabaye nyuma y’iminsi ibiri Rayon Sports inyagiye AS Muhanga ibitego 4-0, mu mukino wa gicuti wabaye mu mpera […]
Igitero cy’u Burusiya kuri gereza yo muri Zaporizhzhia cyahitanye byibuze imfungwa 17

Umuyobozi wâIbiro bya Perezida wa Ukraine, Andriy Yermak, yavuze ko iki gitero cyo ku wa Mbere nimugoroba ari “ikindi cyaha cyâintambara” cyakozwe nâIngabo zâu Burusiya. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Nyakanga, abayobozi ba Ukraine bavuze ko byibuze abagororwa 17 bishwe abandi barenga 80 barakomereka nyuma yâigitero cyâindege cyâu Burusiya cyibasiye gereza yo muri Ukraine […]
AFC yigaruriye utundi duce muri Masisi

Umutwe wa AFC/M23 ukomeje kurwanira n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Masisi, ku wa Mbere wigaruriye uduce dushya two muri iriya Teritwari iri mu zigize intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni uduce turimo aka Ngululu na Ndete twombi two muri Groupement ya Nyamaboko ya mbere. Utu duce twombi uriya mutwe watwigaruriye […]
Angola: Ibiciro bya mazutu byateje imyigaragambyo ikomeye i Luanda

Kuri uyu wa Mbere ushize, imyigaragambyo ikaze yadutse mu murwa mukuru wa Angola kubera izamuka ryâibiciro bya mazutu na lisansi, yaje kuvamo urugomo, aho ibitangazamakuru byaho bivuga ko abantu benshi bishwe ndetse benshi batawe muri yombi nyuma yâibikorwa byo gusahura ndetse no guhangana n’abapolisi. Iki gihugu cya Angola, kimwe mu binacukura peteroli muri Afurika, cyazamuye […]
AFC/M23 na Kinshasa bafashwe na nyirantarengwa bihaye

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Nyakanga ni bwo igihe ntarengwa umutwe wa AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bihaye ngo babe bamaze gushyira mu bikorwa ibyo bemeranyirije i Doha muri Qatar kirangira. Ku wa Gatandatu tariki ya 19 Nyakanga ni bwo impande zombi zashyize umukono ku nyandiko y’amahame y’ibanze aganisha […]
Nyuma y’ukwezi ashyizweho umukono amasezerano y’u Rwanda na RDC ageze he ashyirwa mu bikorwa?

Amasezerano yâamahoro hagati ya DRC nâu Rwanda yasinywe ku itariki ya 27 Kamena i Washington imbere yâUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, ngo agomba guharurira inzira ibihe bishya byâumutekano mu karere k’ibiyaga bigari. Ariko icyiciro cyayo cya mbere cyatinze gushyirwa mu bikorwa. Ku itariki ya 27 Kamena, Kinshasa na Kigali nibwo byatunguye […]
Kiyovu Sports yakuriweho ikirego

Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi, FIFA, ryakuyeho burundu ikirego umutoza wâUmugereki, Petros Koukouras yari yareze Kiyovu Sports, ayishinja kutamwishyura. Mu ibaruwa yandikiwe Kiyovu Sports ku wa Mbere tariki ya 28 Nyakanga 2025, FIFA yemeje ko ibihano byari byafatiwe iyi kipe byavuyeho, nyuma yâuko ikibazo hagati yayo na Koukouras cyabonye umuti. Petros Koukouras, wahoze atoza Kiyovu […]
New York: Uwitwaje imbunda yishe abantu 4 mu nyubako ikoreramo ibigo by’imari

Kuri uyu wa Mbere ushize, umuntu witwaje imbunda yateye inyubako irimo ibiro by’ibigo bitandukanye i Manhattan mu Mujyi wa New York, ahitana umupolisi nâabasivili nibura batatu. Igipolisi cya New York (NYPD) cyatangaje kuri X ko uwarashe na we yapfuye kandi aho byabereye harinzwe. Polisi yavuze ko uwarashe yapfuye azize igikomere cyâisasu yirashe kandi ko abayobozi […]
Ituri: Abasirikare batatu ba UPDF bapfuye abandi barakomereka

Abasirikare batatu b’Ingabo za Uganda (UPDF) bapfuye abandi bagera mu icumi barakomereka bikabije mu mpanuka yo mu muhanda irimo imodoka ya gisirikare mu Mujyi wa Bunia, Intara ya Ituri. Nkâuko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza ngo iyi mpanuka yatewe nâimiterere mibi yâikiraro cya Ngando, iyo modoka yagombaga kwambuka igihe yabaga. Ibi byabaye ku Cyumweru, […]
Mafunzo ya Heshima â Walemavu wa Jeshi la Rwanda Wapokea Heshima ya Mwisho kwa Huduma Bora

Tarehe Jumatatu, Julai 28, Jeshi la Ulinzi la Rwanda (RDF) lilitoa heshima rasmi kwa mara ya 13 kwa wanajeshi waliokwenda kustaafu au kumaliza mkataba wao wa kazi, kwa kutambua mchango wao mkubwa kwa taifa. Kulingana na taarifa ya RDF, waliheshimiwa maafisa wa ngazi zote: Jenali, Maafisa Wakuu (kuanzia Major hadi Colonel), Maafisa Wanaoanza, na wanajeshi […]
15á” TournĂ©e dâHommage : LâarmĂ©e rwandaise honore ses retraitĂ©s pour leur service exceptionnel

Lundi 28 juillet, lâarmĂ©e rwandaise (RDF) a organisĂ©, pour la 13á” fois, une cĂ©rĂ©monie de dĂ©part Ă la retraite ou Ă la fin de contrat pour ses soldats, en reconnaissance de leur travail remarquable au service de la nation. DâaprĂšs le communiquĂ© de la RDF, il sâagissait dâofficiers de tous grades : gĂ©nĂ©raux, officiers supĂ©rieurs […]
Rwandan Military Honors Retired Veterans with 15-Year Strong Farewell Ceremony

On Monday, July 28, the Rwanda Defence Force (RDF) officially bid farewellâfor the 13th timeâto soldiers entering retirement or completing their service contracts, in gratitude for their dedicated service to the nation. According to RDF, the ceremony honored officers of all ranks: Generals, Senior Officers (from Major to Colonel), Junior Officers, and other soldiers. The […]
Abasirikare barimo Maj. Gen. Gumisiriza basezerewe muri RDF

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ku wa Mbere tariki ya 28 Nyakanga cyazezeye ku nshuro ya 13 ku basirikare bacyo bageze mu gihe cyo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru ndetse n’abarangije amasezerano y’akazi; mu rwego rwo kubashimira ku bw’akazi gakomeye bakoreye igihugu. Abasezerewe nk’uko RDF yabitangaje barimo ba Ofisiye bo ku rwego rwa ba Jenerali, ba Ofisiye […]
FNLC ya Col. Kaina yarakajwe cyane n’igitero ADF yiciyemo abarenga 50Â

Umutwe wa FNLC uyobowe na Colonel Innocent Kiana wahoze mu basirikare bakuru b’umutwe wa M23, wamaganye wivuye inyuma ubwicanyi imitwe ya ADF na CODECO ikomeje gukorera abanye-Congo bo mu ntara ya Ituri. Uyu mutwe wagaragaje ubu burakari nyuma y’igitero ADF iheruka kwiciramo abantu babarirwa muri 50 bo mujyi wa Bunia, muri Teritwari ya Irumu. Ni […]
Umutwe wa Mobondo muri DRC urashinjwa guhohotera abaturage i Kinshasa

Igisirikari cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko umutwe wa Mobondo ukomeje ibikorwa byâubugizi bwa nabi nâihohoterwa rikabije ku baturage batuye mu duce tumwe na tumwe twâumujyi wa Kinshasa, cyane cyane mu murwa wa Maluku, hafi yâahitwa Bankana. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku cyumweru tariki 27 Nyakanga 2025, umuvugizi wa FARDC, Capitaine Antony […]
M23 yahishuye umubare w’abasirikare ba Leta imaze kurekura

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko umaze kurekura abasirikare barenga 12,000 bari mu barwanaga ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Imibare itangwa na Guverineri wungirije wa Kivu y’Amajyaruguru, Ngarambe Manzi Willy, yerekana ko mu bo AFC/M23 yarekuye nk’imfungwa zo ku ruhande rwa Leta yari ifite harimo abacanshuro babarirwa mu 3,000 b’abanya-Roumania babaga […]
RNC iravuga ko yirukanye Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva wayiteye umugongo

Ishyaka RNC rirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ryatangaje ko ryirukanye Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva rivuga ko yari umwe mu bayoboke baryo. RNC yavuze ko yamuhagaritse burundu mu itangazo rigenewe abanyamakuru yasohoye ku wa 27 Nyakanga. Iri tangazo rivuga ko nyuma y’iterana ryihariye ryahuje abagize Ibiro Bikuru bya Politiki muri RNC, iri shyaka ryafashe icyemezo cyo […]
Walikale: Ituze ryagarutse nyuma y’imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

Kuri uyu wa Mbere, hongeye kugaragara ituze mu mudugudu wa Kalinga, mu gace ka Banamulema muri Gurupoma ya Kisimba (Teritwari ya Walikale) muri Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yâimirwano yabaye muri iyi weekend ishize hagati yâinyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo. Amakuru agera kuri actualite.cd avuga ko inyeshyamba za AFC / M23 zavuye muri Kalembe / […]
FARDC yiyemeje guhiga inyeshyamba za ADF zishe abaturage 43

Ni ubwicanyi bushya bwâubugome bavuga ko budashobora kwihanganirwa bwakozwe mu ijoro ryo ku itariki ya 26 rishyira ku wa 27 Nyakanga 2025, ahitwa Komanda, muri Teritwari ya Irumu, Intara ya Ituri. Mu gihe bari mu masengesho mu rusengero rwaho, byibuze abasivili mirongo ine bishwe bikabije batemaguwe nâinyeshyamba za ADF / MTM zifitanye isano na Leta […]
Umuhanzi Theo Bosebabireba yatumiwe mu gitaramo i Burundi

Umuhanzi wâindirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Uwiringiyumana Theogene wamenyekanye nka Theo Bosebabireba yatumiwe na mugenziwe James Niyonkuru wo mu Gihugu cyâu Burundi, mu gitaramo cyo kumurika umuzingo wâindirimbo 12 yise âSengaâ. Iki gitaramo kiswe âSenga Album Concertâ giteganijwe kuzaba Tariki 16 Kanama 2025 ku Kibuga cyâUmupira cya Kinama mu mujyi wa Bujumbura guhera i […]
AFC/M23 Yamaganye ubwicanyi bwakorewe abasivile muri Ituri

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, Â AFC/M23 ryamaganye ryivuye inyuma ubwicanyi bwakorewe abaturage bâ abasivili, bukozwe nâumutwe wa ADF mu ntara ya Ituri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ubu bwicanyi bwabaye mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ejo cyumweru tariki ya 27/07/2025, bukorerwa muri kiliziya gatolika iherereye muri Teritware ya Irimu mu ntara […]
CAR: Perezida Touadera agiye guhatanira indi manda itavugwaho rumwe

Kandidatire ya Faustin-Archange TouadĂ©ra mu matora yâumukuru wâigihugu muri Repubulika ya Centrafrica mu Kuboza ntabwo irimo kuvugwaho rumwe mu murwa mukuru, Bangui, no mu bindi bice by’igihugu. Touadera wemejwe ku mugaragaro ku wa Gatandatu, itariki ya 26 Nyakanga, nk’umukandida wâishyaka rye, Mouvement CĆurs Unis, azashobora kwiyamamariza indi manda abikesheje Itegeko Nshinga ryemejwe ku itariki ya […]
FDNB yigaramye guha FDLR imyitozo n’intwaroÂ

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyahakanye cyivuye inyuma amakuru agishinja guha abarwanyi b’umutwe wa FDLR imyitozo ya gisirikare n’intwaro; mbere yo kubohereza kwica Abanyamulenge bo mu misozi miremire ya Uvira na Fizi. Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ho mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ni wo uheruka gutangaza ariya makuru. […]