Dore ibimenyetso 5 bizakwereka ko umugore yanyuzwe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Mu gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina usanga abashakanye bafata akanya kanini mu gutegurana ariko iyo umwe cyangwa bose barangije, umwe ntabwo abona akanya ko gukomeza kwita kuri mugenzi we muri ako kanya, rimwe na rimwe bananiwe, ariko biba ari ngombwa ko mukomeza gukurikirana mukamenya ko mwese mwaryohewe. Dore ibimenyetso 5 muri byinshi bishobora kukwereka ko […]

Kigali: Diane Rwigara, mukuru we na nyina polisi yabataye muri yombi bigoranye

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi Diane Rwigara, mukuru we ndetse na nyina ibanje kurira igipangu ikoresheje urwego. Ahagana saa kumi n’imwe (17:00) zo ku wa 4 Nzeri 2017, nibwo Polisi yagiye guta muri yombi Diane Rwigara, mukuru we, Uwamahoro Anne n’umubyeyi wa bo Mukangemanyi, aho batuye mu kagari ka Kiyovu, umurenge Nyarugenge, Akarere ka […]

Muhanga: Kutamenya amategeko byatumye abura imitungo ye, ubu yirirwa asembera

Umukecuru witwa Mukandutiye Petronille w’imyaka 70, wo mu mudugudu wa Gakombe, akagari ka Ruli, umurenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga, avuga ko kutamenya amategeko byatumye abura imitungo ye. Avuga ko yari afite umugabo basezeranye imbere y’amategeko ndetse no mu kiliziya ariko ngo nyuma yaho baje kubura urubyaro, batangiye kubana nabi cyane, umugabo yatangiye kujya […]

Rurageretse hagati y’ibitaro La Croix du Sud, Abacus Pharma n’abatewe ikinya kikabagiraho ingaruka mbi

Abantu batanu bajyanye mu rukiko ibitaro La Croix du Sud bita kwa ‘Nyirinkwaya’babirega kubatera imiti (ikinya) itujuje ubuziranenge bikabagiraho ingaruka. Abagizweho ingaruka n’imiti basabye indishyi y’akababaro za miliyoni 930 mu mafaranga y’u Rwanda. Abo bantu ngo bagizweho ingaruka n’icyo kinya batewe ubwo babagwaga byoroheje baregeye urukiko basaba indishyi. Ikinyamakuru The East African kigaragaza ko ari […]

U Bushinwa bwabujije abana kugira uruhare bagaragaza mu mihango ikorerwa mu rusengero

Guverinoma y’u Bushinwa yasohoye itegeko ribuza abana bato kujya bajyana n’ababyeyi mu nsengero bajyanywe no kugira ibyo babafasha mu mihango ikorerwamo, mu gihe basenga ndetse no kuba batemerewe kugira izindi gahunda zishingiye ku madini bagaragaramo. Ibi ni ibyatangajwe nyuma y’uko Guverinoma y’u Bushinwa yasabye insengero zitandukanye kumanura imisaraba ku nsegero ariko bene zo bakabyanga. [xyz-ihs […]

Gatsibo: Barataka ingaruka z’uburenge buhamaze amezi ane

Aborozi bo mu murenge wa Rwimbogo barataka ubukene n’ibibazo byatewe n’akato inka barimo kubera indwara y’uburenge yahagaragaye kuva muri Gicurasi uyu mwaka. Ubu ngo inka zataye agaciro kuko ibikomera (amasoko y’amatungo) byahagaze, nubonye umukiriya aramuhenda cyane, kandi inka ifashwe yarenze imbi igurishwa make cyane. Aka kato katangiye muri Gicurasi, kari mu mirenge imwe n’imwe y’uturere […]

Umugabo yakuyemo ipatalo yicara ku muzinga w’inzuki upfunduye kubera intego (Reba Video)

Mugabo wo muri Zealand usanzwe azwiho umwuga wo korora inzuki, aherutse guca agahigo ko kwicara ku muzinga w’inzuki upfunduye amasegonda 30 yakuyemo ipatalo. Jamie Grainger w’imyaka 27 atuye mu gace ka Tauranga muri New Zealand, akaba yatsindiye intego yo kwicara ku muzinga w’inzuki ufunguye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo ngo wari wabuze amafaranga yo kwishyura inzu […]

Burundi: Loni ivuga ko ifite ibimenyetso bikomeye ku byaha by’ubwicanyi byakozwe no gufata abakobwa ku ngufu

Loni iratangaza ko ifite ibimenyetso bikomeye ku byaha byo guhohotera ikiremwamuntu bihavugwa, byerekana ko habaye ubwicanyi buteye ubwoba, ihohotera, gufata abakobwa ku ngufu n’ibindi. Icyegeranyo cyasohorewe i Geneva, gitanga amakuru arambuye ku byo abacyanditse bavuga ko abasirikare b’igihugu bahungabanyije amategeko kenshi. Ibyo ngo byakozwe kuva muri Mata 2015, igihe umukuru w’igihugu Pierre Nkurunziza yafataga ingingo […]

Imyaka ibaye 36 ntegereje umugabo Imana izampa, sinzi niba nzamubona ntakibasha kubyara- Nkore iki?

Ntatangaje byinshi ku buzima bwanjye, Nitwa Evelyne, imyaka yanjye ni 36, kuva mu bukumi bwa njye nagiye nkundwa nkanakunda ariko simpirwe no kubona inshuti tubana. Ndi umukiristo ndasenga, mu masengesho nahawe isezerano ko nzabona umugabo, umugabo w’isezerano ariko ndimo kubona imyaka ikomeza kwiyongera nkibaza niba nzarongorwa maze gucura. Aho bigeze ubu nsigaye numva narabihiwe, kugera […]

Rutsiro: Abakoresha inzira y’amazi barashima imiyoborere myiza

Abakora ingendo zigana mu turere dutandukanye bavuye mu Karere ka Rutsiro baravuga ko ubwikorezi mu Kiyaga cya Kivu burushaho gutera imbere, bagendeye ku biciro, igihe n’umubare w’ubwato bubatwara muri iki gihe. Abo bagenzi biganjemo abagana mu karere ka Rubavu bashimangira ko gahunda ihari y’igihe cyo guhaguruka kizwi yubahirizwa. Ibyo ngo bituma bakora gahunda za bo […]

Uduhigo Paul w’i Mushubi atazibagirwa mu kwiyubakira igihugu, imigambi ni yose

Uduhigo Dusengimana Paul wamenyekanye ku izina rya Paul w’i Mushubi afite ni tubiri. Utwo ni two yibuka tuza imbere y’utundi, ahuza n’imigambi ye mu kubaka igihugu cyamwibarutse. Yabaye umuturage wa mbere wabimburiye abandi gusaba Inteko Ishinga Amategeko ko Itegeko Nshinga ryavugururwa, maze bagasaba Perezida Kagame ko yakwiyamamaza agakomeza kubayobora. Bityo abimburira abasaga miliyoni enye babisabye […]

Afasha abakobwa n’abagore Gukuna (guca imyeyo)- Menya uko bikorwa

Ni umugore uzwi ku izina rya Masenge[izina ryahinduwe], akaba yararyiswe kubera akamaro afitiye abakobwa n’abagore batageze mu rubohero (Gukuna), nyuma bashimishe abagabo babo. Aganira na Bwiza.com, uyu mugore yavuze ko uruhande rumwe ari umuganga urundi akaba umujyanama w’abakobwa n’abagore ku byerekeye imibanire y’abashakanye. Aha, avuga ko ari muganga gakondo, uvura indwara nyinshi, ariko cyane cyane […]

Inyubako 10 zikorerwamo n’Abaperezida zifite amazina n’amateka byihariye

Abahanga muri politiki n’ububanyi n’amahanga ndetse n’uburere mbonerabihugu bavuga ko imiterere, inyito n’imyubakire by’ibiro abakuru b’ibihugu bakoreramo bigira icyo bisobanura mu buzima bw’abenegihugu ubwabo ndetse n’andi mahanga ndetse uko byiswe bikaba bifite inkomoko. 10.Palazzo del Quirinale, Perezidansi y’u Butaliyani Iyi ni inyubako ifite amateka yihariye mu gihugu cy’Ubutaliyani. Uhereye mu 1573 ,iyi nzu nibwo yubaswe […]

Nyabihu: Umuturage yasanzwe mu murima w’umuturanyi we yapfuye, birakekwa ko yiyahuye

Umurambo w’umugabo witwa Anastase Nturanyenabo uri mu kigero cy’imyaka 67 y’amavuko wo mu karere ka Nyabihu watoraguwe mu murima w’umuturanyi we, bikaba bikekwa ko yapguye yiyahuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umurambo w’uyu muturage wari utuye mu murenge wa Rugera, akagari ka Gaseke ho mu karere ka Nyabihu watoraguwe mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya […]

Kenya: Abapolisi 59 bajyanywe kwa muganga kubera indwara ya Cholera

Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha mu duce dutandukanye two muri Kenya, kugeza ubu ikaba yibasiye cyane abapolisi. Daily nation dukesha iyi nkuru ivuga ko abapolisi batangiye kujyanwa ku mavuriro atandukanye hirya no hino mu gihugu kubera iyi ndwara, aho abagera kuri 59 bajyanywe mu mpera z’iki cyumweru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku munsi wo kuwa Gatanu w’icyumweru […]

James Sano wayoboraga WASAC na Kamanzi wa EDCL batawe muri yombi(yavuguruwe)

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi, James Sano wari uhererutse kuvanwa ku mwanya w’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura, kubera ibyaha akurikiranyweho mu itangwa ry’amasoko ya Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko afite agaciro ka miliyoni zisaga 60. Uretse Sano, Polisi itangaza ko yataye muri yombi, Umuyobozi mukuru w’Ikigo Gishinzwe guteza imbere ingufu […]