Perezida Nkurunziza yahumurije Abarundi anabasaba kujya biyiriza buri wa Kane
Mu ijambo ry’ ihumure ryatanzwe na Perezida w’ u Burundi, Pierre Nkurunziza kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Ugushyingo 2017, yabwiye Abarundi ko intambwe bamaze gutera ari Imana yabikoze ndetse anabashishikariza kuzajya biyiriza buri wa Kane kugirango babone ukuboko kw’ Imana.  Ibi Nkurunziza yabitangaje ubwo yatumiraga abagize Inteko Nshingamategeko umutwe w’ Abadepite n’ […]
Igipolisi cya Uganda kiramagana raporo yagishyize mu myanya 5 ya nyuma ku Isi
Igipolisi cya Uganda cyamaganiye kure raporo iherutse kugishyira muri bitanu bya nyuma ku Isi kubera imikorere yacyo. Ni mu gihe Igipolisi cy’u Rwanda ari cyo cya kabiri gikora neza muri Afurika muri iyi raporo. Iyi raporo iherutse gusohorwa na International Science Association ku bufatanye na World Internal Security and Police Index (WISP) ndetse na Institute […]
Rusizi: Umwongereza Wood ahamya ko ari Perezida Kagame watumye ashora imari mu Rwanda
Umushoramari w’umwongereza, Sir Ian Wood washoye imari mu ruganda rw’icyayi rwa Shagasha mu karere ka Rusizi, avuga ko kimwe mu byatumye ashora imari itubutse mu Rwanda ari ibiganiro yagiranye na perezida Kagame akamubonamo umugabo w’ijambo n’imiyoborere ifite icyerekezo. Ibi ni bimwe mu byo uyu mugabo yavuze ubwo abahinzi b’icyayi barenga 4800 bibumbiye muri koperative 2 […]
Burundi: Opozisiyo yihanije Perezida Museveni na Magufuli bashyigikiye u Burundi ku kibazo cya CPI
Abatavuga rumwe na leta y’u Burundi baherutse kwandikira perezida wa Uganda, Yoweli museveni ndetse na mugenzi we wa Tanzania, Dr Pombe Magufuli baherutse kugaragaza uruhande bahagazemo mu bijyanye n’icyemezo cy’u Burundi cyo kwigaragambya ku rukiko mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) rwatangaje ko rugiye gukora iperereza ku bwicanyi bwabayeyo guhera mu myaka 2 ishize. Kuwa Kane w’icyumweru cyashize, […]
RSSB mu nzira zo gukemura burundu ikibazo cy’abatondaga imirongo basinyisha Mituweli
Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize mu Rwanda RSSB mu magambo ahinnye y’icyongereza, ishami rishinzwe gucunga gahunda z’Ubwisungane mu kwivuza “Mitweli”, muri iki cyumweru gishize cyasobanuriye ikinyamakuru Bwiza.com uko gahunda za Mitweli umwaka wa 2017-2018 zifashe kugeza magingo aya, gisobanura ko ikibazo cy’abatondaga imirongo cyangwa bakamara igihe biruka kuri mituweli kigiye gukemuka burundu. Kimwe mu bintu bishishikaje iki […]
Abacururiza mu isoko rishaje rya Gisenyi bakomeje gutaka ibihombo bari guterwa n’imvura
Abacururiza mu isoko rishaje rya Gisenyi baratakamba kubera ibicuruzwa byabo binyagirwa bigatuma byangirika bakavuga ko bababazwa no kuba isoko rishya ryari ryitezweho gutanga igisubizo cy’ibi bibazo byabo ryatinze kuzura. Umwe mu bacururiza muri iri soko aragira ati: “T urazambijwe rwose n’imvura…ndahomba cyane..buno hano tuhafite igihombo, impamvu twicara hano ni ukwanga kwirirwa mu rugo. Tuba turi […]
Hatangijwe ubukangurambaga mu gihugu hose bwo kurwanya indwara ya Diyabeti
Ku wa 14 Ugushyingo, ni umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara ya Diyabeti, mu rugamba rwo kuyihashya mu Rwanda, hateganyijwe gahunda y’ubukangurambaga mu gihugu hose. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n’umuyobozi w’ishyirahamwe ry’abarwayi ba Diyabeti mu Rwanda, Gishoma Justin, avuga ko mu rwego rw’ igihugu uyu munsi wabereye mu Ntara y’ Amajyaruguru, Akarere ka Gakenke , Umurenge […]
Bwa mbere mu myaka 60 ishize u Butaliyani ntibuzagaragara mu Gikombe cy’Isi cya 2018
Nyuma yo kwegukana ibikombe 4 by’ Isi bya ruhago , Ikipe y’ igihugu y’ u Butaliyani yabuze amahirwe yo kuzitabira imikino yo guhatanira Igikombe cy’ Isi kizabera I Moscow mu Burusiya mu mwaka w’ I 2018. Uyu mukino wahuje Sweden n’ U Butaliyani amakipe yombi akanganya ibitego 0-0 wabanjirijwe n’umukino ikipe ya Sweden yari yatsinze […]
Ku Isi, ubishaka n’ utabishaka bari mu ntambara y’ umwuka -Pst James Muyango
Agendeye ku isesengurwa n’ ubucukumbuzi bw’ ijambo ry’ Imana nk’ uko Pawulo yandikiye Abafeso, Senior Pastor wa Potter’s Hand Church, James Muyango asanga ku Isi, umuntu wese ubishaka kimwe n’ utabishaka bari mu ntambara y’umwuka. Mu rwego rwo kurushaho gutanga ubusobanuro, Pst. Muyango yagize ati”Ukuri ku ntambara y’ umwuka ni uko ihari ariko iyo umuntu […]
Umwe mu bari bakomeye muri guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro yitandukanyije na yo
Bwana Abdallah Akishuli, wari Umushinjacyaha Mukuru muri Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro, yitandukanyije na yo nk’uko ubutumwa yacishije ku rukuta rwe rwa facebook buvuga. Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro yashinzwe kuwa 20 Gashyantare 2017 ishingirwa mu gihugu cy’u Bufaransa maze Padiri Nahimana Thomas aba ari we ugirwa perezida, naho Abdallah Akishuri agirwa Minisitiri […]
Abakobwa 2 bateje mu cyamunara ubusugi bwabo ku bihumbi 50 by’amadorali
Nk’uko bisanzwe bikorwa ku bicuruzwa, amatungo, inyubako n’indi mitungo aho usanga abateza icyamunara bashyiraho igiciro ku bafite amikoro ngo bihahire, abakobwa 2 bo mu Budage nabo batangaje ko bashyize hanze ubusugi bwabo ngo ababukeneye bihahire. Aba bana b’abakobwa barimo Lola w’imyaka 18 y’amavuko ndetse na mugenzi we Monica w’imyaka 20, bavuze ko amafaranga bashaka macye […]
Iyo nganira n’umusore n'ubwo haba ari kuri telefone, mba numva nshaka kwinyarira, naketse ko ari uburwayi- NKORE IKI?
Imyaka yanjye ni 26, ndi umukobwa uringaniye w’ibiro 58, ukundwa kandi unakunda, nubwo ngisha inama ariko mumbabarire ku mazina yanjye naho ntuye kuko sinifuza kubitangaza. Imyaka maze kuri iyi si, nta ngeso z’ubukubaganyi nagiye ngira wenda ngo mbe naryamana n’abasore cyangwa ngo ngire byinshi by’uburara nganira n’abandi bakobwa. Ariko ikibazo cyambayeho kirampangayikishije, hashize imyaka igera […]
Yabeshye ababyeyi be ko yashimuswe kugirango abakuremo akayabo ntibyamuhira
Igipolisi cya Uganda muri Kabale cyataye muri yombi umusore w’imyaka 26 wigize nk’uwashimuswe kugirango abone uko akura amafaranga ku babyeyi be. Uyu musore w’imyaka 26 witwa Victor Twinamatsiko utuye mu Kagari ka Katoma, muri paruwasi ya Mwendo ho mu Karere ka Kabale, bivugwa ko yabeshye ababyeyi be ko yashimuswe yarangiza akawusaba miliyoni 4 z’amashilingi kugirango […]
Umuhanzi Sheebah Karungi yarokotse igico cy’amabandi
Umuhanzikazi muri Uganda Sheebah Karungi aherutse kurokoka ubwo yari yatezwe igico n’amabandi yiganjemo abasinzi mu gace ka Mbale. Mu mpera z’icyumweru gishize, ni bwo uyu muhanzikazi yari yateguye igitaramo yari yakoranye n’uwitwa Rema, mu busitani bwitwa Thatch Gardens (Hi5), aho hari itsinda ry’abanyanzoga ryari ritegereje ko amasaha yisunika bukira bagakora ibyo bari bamugambiriyeho byo kumugirira […]
Dore uburyo wamenya umugore uryoshya imibonano mpuzabitsina kuburyo budasanzwe
Nkuko abantu twese tudahuje imico ndetse n’imitere y’umubiri ninako burya n’imyitwarire yacu mu gihe cyo kubaka urugo (gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye) iba itandukanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyo abashakanye buzuzanya mu gihe cyo gutera akabariro usanga urwo rugo ruhora rutuje mbese nta makimbirane aturuka mu byabereye ahiherereye arangwa muri urwo rugo, n’iyo mpamvu rero uyu munsi […]
Zimbabwe: Igisirikare gihangayikishijwe n’umwuka mubi uri mu ishyaka rya Perezida Mugabe
Mu gihe havugwa urwicyekwe mu ishyaka ZANU-PF riri ku butegetsi muri Zimbabwe na Perezida Mugabe abarizwamo, umwe mu bayobozi bakomeye mu gisirikare yatangaje ko umwiryane nukomezamo, kizabyinjiramo. Umugaba mukuru w’ingabo, General Constantino Chiwenga, ni we watanze ubu butumwa ko intambara nirota hagati muri iri shyaka bitazabuza abasirikare ba Leta kuyinjiramo, anasaba ko umwuka mubi uririmo […]
Min. Kaboneka asanga igifungo cya burundu ari cyo cyaca ibiyobyabwenge
Minisitiri w’ Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis yasabye Inteko Nshingamategeko kwiga ku itegeko rizajya rihanisha igifungo cya burundu abafatiwe mu bucuruzi bw’ ibiyobyabwenge. Min.Kaboneka yatangaje ko kugirango ibi bikorwa birandurwe ari uko Inteko yakwihutisha kwiga ku mushinga wo guhana by’ intangarugero abacuruza ibiyobyabwenge ndetse n’ abacuraza abantu babacishije ku mipaka mu buryo bufifitse. Ibi kandi ngo […]
Uganda: Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yasabye guta muri yombi perezida Bashir
Guhera ku munsi w’ejo tariki ya 14 Ugushyingo, perezida wa Sudani, Al Bashir ari muri Uganda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Ni mu gihe imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu muri Uganda yo yasabye ko uyu mukuru w’igihugu yatabwa muri yombi kubera ibyaha akurikiranyweho n’urukiko mpuzamahanga rwa ICC, ariko guverinoma ya Uganda aho kubikora ahubwo igakaza umutekano […]
Abanyafurika nibo bakwiye kumenya ibibazo byabo bakagira n’uruhare mu kubyikemurira – Kagame
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame asanga Afurika nikomeza gutegereza ko abanyamahanga ari bo bazajya basobanura ibibazo ifite akaba ari nabo batera intambwe ya mbere mu kubishakira ibisubizo, Abanyafurika ari bo bakwiye kwirengera ingaruka zabyo. Ibi perezida Kagame akaba yabivugiye mu nama mpuzamahanga ku mahoro n’umutekano muri Afurika yaberaga I Dakar muri Senegal, aho yatangaje mu […]
U Rwanda rugiye kujya rubyaza umusaruro ingufu za nucleaire
U Rwanda rwatangiye kwitegura gukoresha ingufu za Nucleaire cyangwa imirasire yangiza, mu buryo buteye imbere kugira ngo zirusheho kugira uruhare mu iteremabere ry’ igihugu. Minisitere y’ ibikorwaremezo ivuga ko iyi mirasire yakoreshwaga mu buvuzi gusa. Ariko ngo u Rwanda rurifuza kuyikoresha no zindi nzego zirimo amashanyarazi, n’ubuhinzi. Minisitere y’ ibikorwa remezo ntigaragaza ikigero cy’ ingufu […]