Mugabo, dore ibintu usabwa kugendera kure niba udashaka ko umugore wawe azinukwa akabariro burundu

Kuzinukwa ntibikunze kubaho gusa iyo bije ntawubihagarika kuko usanga ari inshuro zirenga imwe zituma umuntu azinukwa ikintu runaka, ni nayo mpamvu hari ibintu wakorera umugore wawe bigatuma azinukwa burundu ibijyanye n’inshingano z’abashakanye(Gutera akabariro), bimwe muri byo twavuga: 1.Umujinya ndengakamere: Mu miterere y’igitsina gore barangwa n’akanyamuneza mu gihe, reroĀ hari amakimbirane hagati y’abashakanye, umugore ashobora kugira uburakari […]

Abanyarwanda bane bafatanwe ibiro 70 by’amabuye y’agaciro bari bibye muri Congo

Urwego Rushinzwe kurwanya forode z’amabuye y’agaciro (CNLFM) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rutangaza ko rwafashe abantu bane batatangajwe amazina, bari bibye ibiro 70 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Coltan. Aba bantu ngo bavaga mu gace ka Rubaya, bafatirwa muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru. Umuyobozi mukuru w’uru rwego, Daniel Ngoy atangaza ko […]

Nyabihu: Gs. St Agnes/ Gitebe yibwe mudasobwa abanyeshuri bigiragaho

AbantuĀ  kugeza ubu bataramenyekana bateye mu Rwunge rw’Amashuri rwitiriwe mutagatifu Agnes rw’i Gitebe, ruherereye mu murenge wa Muringa, akarere ka Nyabihu,Ā  biba za musasobwa n’ibindi bikoresho. Mudasobwa icyenda hamwe n’ibindi bikoresho bitandukanye byose bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni eshatu nibyo byibwe n’abantu bataramenyekana. Umuyobozi w’iki kigo, Mukakamana Esperance mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, […]

Imyambarire idasanzwe ya Rihanna na Katty Perry ikomeje kwibazwaho – Amafoto

Ku wa 7 Gicurasi 2018, nibwo abahanzikazi, Katy Perry na Rihanna bagaragaye mu birori bambaye imyenda idasanzwe, umwe mu ngoferi iteye nk’iy’umushumba wa Kiliziya undi n’amababa nk’abamarayika. Ibirori barimo byabereye Up&Down mu Mujyi wa New York, ni nyuma y’amezi umunani aba bombi badahura, bongeye guhurira muri ibi birori byakataraboneka byitabiriwe n’ibihumbi by’abantu ndetse banatambukana ku […]

Imfungwa z’Abanyamerika zarekuwe muri Koreya ya Ruguru zakiriwe na Perezida Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yakiriye imfungwa eshatu baherutse kurekurwa muri Koreya ya Ruguru, avuga ko kuri we ari abantu bakomeye. Avugana n’itangazamakuru ku kibuga cy’indege za gisirikare ā€œAndrews Air Force Baseā€ Trump yavuze ko Kim Hak-song, Tony Kim na Kim Dong-chul bari bafungiye muri Koreya ya Ruguru, ari bantu bakomeye, […]

Ibyo wamenya kuri Dr. Habineza Frank wiyamamarije kuba Perezida w’u Rwanda

Dr. Frank Habineza ni Umunyapolitiki w’umunyarwanda washinze Ishyaka Riharanira Demokarasi Ā no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) wanamenyekanye cyane mu 2017, ubwo yiyamamazaga ku mwanya wa Perezida wa Rupubulika. Dr Frank Habineza yavutse ku wa 22 Gashyantare 1977 i Mityana muri Uganda, abashuri abanza yayize muri ‘Namutamba Demonstration School’, Bakijurura Primary School, na Buyaga Primary School […]

Umuhanzi Davido yaguze indege ye bwite- REBA AMAFOTO

David Adedeji Adeleke ukomoka muri Nigeriya, ukoresha Davido nk’izina ry’ubuhanzi, ku myaka 26 y’amavuko yamaze kwemeza ko yaguze indege ye bwite izajya imujyana hirya no hino mu nguni enye z’Isi. Nk’uko yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, yagaragaje akanyamuneza yatewe n’intambwe yateye. AgiraĀ ati” Yaguzwe… si bintu byoroshye, kuko bisaba gukora cyane no kugira intego”. […]

Ruhango: Umugabo yakamye Inka yasinze imuteye umugeri ahita ayica

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 9 Gicurasi 2018, umugabo witwa Nzitonda Fabien, utuye mu mudugudu wa Biraro, akagari ka Kizibere, umurenge wa Mbuye ho mu karere ka Ruhango, yishe Inka ye ayikubise isuka n’ipiki, ibi ngo akaba yabitewe n’ubusinzi. Amakuru aturuka muri uwo mudugudu , avuga ko ubwo uyu mugabo yari arimo […]

Zari yatunguye abafana be bamubonye mu rusengero rwa gikirisito

Umugore ukunzwe ku mbuga nkoranyamga cyane akaba n’umushoramari ukomeye muri Afurika, Zari Hassan yibasiwe n’abafana be bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga umunsi ku wundi, nyuma yaho bamuboneye mu rusengero kandi bizwi ko atigeze asezera mu idini ya Isilamu. Zari umuze igihe kinini ari umuyoboke w’idini rya Isilamu, ngo amaze iminsi agaragara ashyira amafoto ye n’abana be […]

Abarezi barasabwa kugaragaza uruhare rwabo mu kurwanya icuruzwa ry’abantu

Polisi y’u Rwanda yahuguye Abarezi 251 bigisha mu bigo bitandukanye byo mu Mujyi wa Kigali no mu turere twa Bugesera , Rulindo, Rwamagana na Gakenke; ibaha ubumenyi muĀ  bijyanye n’uruhare rwabo mu gukumira no kurwanyaĀ  icuruzwa ry’abantu, ihohotera rishingiye ku gitsina, ukwishora mu biyobyabwenge ku rubyiruko no gutwara inda ku bangavu. Aya mahugurwa yabereye mu […]

Burundi: Agathon Rwasa araburira Abarundi bazatora ā€˜Yego’ mu matora ya kamarampaka

Umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta y’u Burundi, Agathon Rwasa, yaburiye bamwe mu barundi bashobora kuzatora ‘Yego’ mu matora ya Kamarampaka, ko nyuma bashobora kuzicuza. Ibi yabitangarije mu ntara ya Makamba, aho yari mu bukangurambaga, busaba Abarundi kuzatora OYA, kugira ngo Itegeko Nshinga ridahindurwa, akabatangariza ko riramutse rihinduwe zaba ari ingaruka zikomeye ku benegihugu. Agathon Rwasa […]