Gisagara: Polisi yafashe batatu bakekwaho ubwambuzi bushukana
Mu gitondo cyo ku itariki 22 z’uku kwezi kwa Gicurasi 2018, Polisi mu karere ka Gisagara yafashe abantu batatu bakekwaho ubwambuzi bushukana bw’amafaranga bakoreye abatuye akagari ka Bweya, umurenge wa Ndora, mu karere ka Gisagara. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) Emmnauel Kayigi, yavuze ko abafashwe ari: Niyomugabo […]
Ruganzu Bwimba na mushiki we Robwa bameneye amaraso u Rwanda ngo rutigarurirwa n’i Gisaka
Ruganzu wa Mbere Bwimba na Mushiki we Robwa Nyiramateke, ni abavandimwe bitanze butabazi ari bato, baharanira ko igihugu cyabo kitigarurirwa n’amahanga. Ni bene Nsoro i Samukondo wategetse u Rwanda kuva mu mwaka wa 1279 kugeza mu wa 1312, akaba yarababyaranye na Nyiraruganzu I Nyakanga ka Tema rya Lima rya Bare ba Gongo rya Muzora wa […]
Igisobanuro cy’igikapu ‘‘Football’ gihora iruhande rwa Perezida wa Amerika
Ni igikapu uzasanga gifite amazina menshi, ariko irikoreshwa cyane ni irya ‘Football’ ubaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wese, aba agomba kugihorana iruhande rwe. Iki gikapu gitwarwa n’umwe mu basirikare kabuhariwe bashinzwe kurinda perezida, unamuhora iruhande aho ari hose. kibamo imbarutso z’ibisasu bya kirimbuzi. Urubuga rwa Washington post, ruvuga ko bidashoboka ko perezida […]
Prince Harry uherutse gukora ubukwe bwahuruje isi, ni muntu ki?
Ku wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi 2018, nibwo Isi yose yari ihanze amaso mu Bwongereza ahaberaga ubukwe bw’igikomangoma Harry n’ umukinnyi wa filimi,  Meghan Markle. Prince Henry amazina ye yose ni Henry Charles Albert David. yavutse tariki 15 Nzeri 1984 avukira mu bitaro bya St Mary muri Pendindton i London mu Bwongereza, akaba umuvandimwe wa wa […]
Paris: Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we w'u Bufaransa, Emmanuel Macro- AMAFOTO
Perezida Kagame w’u Rwanda yakiriwe mu gihugu cy’u Bufaransa kuri uyu wa 23 Gicurasi 2018, na mugenzi we, Emmanuel Macro, banagirana ibiganiro byihariye bigamije gutsura umubano w’ibihugu byombi. Kuri uyu munsi, Perezida Paul Kagame ari i Paris mu ihuriro ryo guteza imbere Ikoranabuhanga mu Mishinga Igitangira ‘VivaTech’, rizamara iminsi ibiri, uyu munsi ku wa Gatatu […]
RDB iremeza amasezerano y’ubufatanye u Rwanda rwagiranye n’ikipe ya Arsenal
Ku mugoroba wo ku wa 22 Gicurasi 2018, nibwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gucicikana amakuru avuga ko u Rwanda rwagiranye amasezerano y’ubufatanye n’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, yo kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda. Mu itangazo Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iterambere(RDB) gifite mu nshingano ubukerarugendo mu Rwanda, cyageneye abanyamakuru, cyemeje ibyaya masezerano y’ubufatanye, ko azagira uruhare mu […]
Ikipe ya Arsenal yemeje Emery Unai nk’umutoza wayo mushya
Nyuma y’iminsi micye abafana b’ikipe ya Arsenal bategereje kumva ugomba gusimbura Arsene Wenger ku buyobozi bw’ikipe, iyi kipe yamaze kwemeza no gutangaza ko Emery Unai ari we mutoza wayo mukuru mushya. Emery Unai aje asimbura Arsene Wenger wo mu bufaransa kuri uyu mwanya nyuma y’imyaka igerakuri 22 yari amaze ayitoza. Emery yayoboye ikipe ya Paris […]
Perezida Museveni yifurije ubukwe bwiza umuhungu wa perezida Ramaphosa n'umukobwa wa Amama Mbabazi
Kuwa 22 Gicurasi 2018, nibwo perezida Museveni yakiriye umuhungu wa perezida w’Afurika y’Epfo, Andile Ramaphosa hamwe n’itsinda bari bazanye i Kamppala ubwo bari bagiye mu muhango wo gusaba no gukwa mwishywa wa Amama Mbabazi warerewe iwe, Bridget Birungi Rwakairu w’imyaka 37. Uyu musore w’imyaka 36 yageze i Kampala aherekejwe na nyina ndetse n’abandi bagera kuri […]
Rwamagana: Abana basizwe na Beatrice wishwe n’umugabo we, bahawe inkunga
Imfubyi zasizwe n’ umubyeyi witwa Muhaweniman Beatrice wishwe n’ umugabo we akamucagaguramo ibice akajya kumujugunya mu rufunzo, bahawe inkunga y’amafaranga asaga miliyoni eshatu azajya abafasha mu mibereho yabo. Muhaweniman Beatrice n’umugabo we Ntezimana Jean Damascene bari batuye mu mudugudu wa Nyagatovu, Akagari ka Kabasore, umurenge wa Karenge ho mu karere ka Rwamagana, bafitanye abana batandatu. Ubwo abagize […]
Umupasiteri yari yivuganywe n’abayoboke be, polisi irahagoboka
Umuvugabutumwa muri Uganda witwa Dan Mubiru ari mu bwihisho nyuma y’uko abayoboke b’itorero rye, Jerusalem Miracle Centre bamugabyeho igitero n’uburakari bwinshi kubw’amahirwe polisi ikahagoboka bataragira icyo bamutwara ariko bakangiza byinshi. Aba baturage batewe uburakari n’uko uyu wari umuyobozi wabo yashize irindi torero ryitwa Bethsaida Miracle Centre aho bamwe mu bo bakorana mu buyobozi bari banatangiye […]
Umuherwe Zari Hassan yise Diamond imbwa ye
Zari Hassan yifashe ku gahanga atuka Diamond wahoze ari umugabo we, banabyaranye abana babiri, amwita imbwa ye. Ibi byabaye ubwo Zari yaganiraga n’abafana be ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram mu buryo buzwi nka “live video”; umwe mu baganiraga na we yamubajije ikibazo, agira ati”Diamond Platnumz ni muntu ki?” mu gusubiza uyu mufana we warumubajije iki […]
Uganda: Umuryango warogewe mu biryo, umukozi arapfa, nyirabuja n’abana bararokoka
Polisi yo muri Uganda, mu gace ka Kabale, iri mu iperereza nyuma y’aho umukozi wo mu rugo asanzwe mu cyumba yapfuye, nyirabuja n’abana babiri barokoka uburozi.  Agnes Kesande wari uzwi ku izina rya ​​Kyakwera, yari umukozi wo mu rugo kwa Bruce Muhwezi, umurambo we wasanzwe mu cyumba yaryamagamo, hakekwa ko yaba yazize uburozi.  […]
Impungenge ku bana bari kwijyana mu mitwe y’iterabwoba mu mashyamba ya Congo
Mu gihe byari bimenyerewe ko imitwe yitwaje intwaro ashyira abana mu gisirikare ku ngufu ikajya kubakoresha ibikorwa bitandukanye birimo n’iby’ubugizi bwa nabi, kuri ubu noneho ngo baba bari kwijyana kubera kubura ubundi buryo bwo kubaho no kutitabwaho n’ababafite mu nshingano. Ibi ni ibyatangajwe n’umuryango muzamahanga ushinzwe gukurikirana ibijyanye n’ikoreshwa ry’abana mu ntambara aho watangaje ko […]
Gusana ibyangijwe n’ibiza utabanje gukuraho impamvu z’ibyo biza, uba uri kwiyahura- Min. Kaboneka
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis arasaba abaturage b’Umujyi wa Kigali kwirinda ibiza, bava mu manegeka kurusha uko bakwihutira gusana kandi bakiyarimo. Ibi Min.Kaboneka yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Gicurasi 2018, kuri Petit sitade i Remera, ubwo yitabiraga umuhango wo gusoza ibikorwa by’icyumweru cy’umujyanama. Gahunda yari imaze icyumweru mu turere tugize Umujyi wa […]
Koreya y’Epfo ngo ishaka kugira ijambo rikomeye muri Afurika ibinyujije mu bikorwa
Minisitiri w’Intebe wa Koreya y’Epfo, Lee Wan-koo yatangaje ko kiriya gihugu kigiye gushora akayabo ka Miliyari 5 z’Amadorali mu bikorwa bitandukanye birimo ikoranabuhanga, amashanyarazi n’ibindi mu bihugu bitandukanye by’Afurika, ibi ngo bikaba bizatuma iki gihugu kigira ijambo rikomeye kuri uyu mugabane. Ibi ni bimwe mu byatangarijwe mu nama ngarukamwaka ya Banki Nyafrika itsura amajyambere iri kubera […]