“Curse of tippecano” umuvumo washyizwe kuri bamwe mu ba perezida b’Amerika bakabigenderamo-Amafoto

Curse of tippecano, ikitwa cyangwa gifatwa nk’umuvumo washyizwe kubakuru b’igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’America, uvuga ko buri mu perezida uzajya afata ubuyobozi mu mwaka uherwa na zero, azajya aba asinyiye urupfu rwe, aho byabereye ku mugezi wa tippecano ho muri iki gihugu kijy’igihangange. Mu mwaka wi 1840, abazungu bigaruriye ubutaka bw’abahindi bo muri amerika, […]

Dore ibyiza byo gusomana utari uzi, harimo no kuba bikundwa n'abagore kurusha abagabo

Igikorwa cyo gusomana ni igikorwa abantu benshi badaha agaciro cyane ku byiza cyaba kitugirira, ariko nkuko byakoreweho ubushakashatsi n’inzobere mu bijyanye n’umubiri w’umuntu ndetse n’imitekerereze ya muntu, igikorwa cyo gusomana kigira ibyiza byinshi cyane kubari kugikora, tukaba twabashakiye ibyo byiza gusomana byaba bigira ku muntu uri kubikora. Gusomana byongera ubudahangarwa bw’umubiri ubu n’ubushakashatsi bwakorewe ku […]

Sudani y’Epfo: Abayobozi 6 basabiwe ibihano bikarishye n’Amerika

Amerika yasabye Loni gufatira ibihno bikomeye abayobozi bo muri Sudani y’Epfo bagera kuri 6 kuko batubahirije amasezerano y’amahoro ,kubangamira ibikorwa by’ubutabazi  ndetse no gushaka kuyobya imfashanyo zigenewe abaturage mu gihe igihugu kimaze imyaka mu ntambara. Reuters dukesha iyi nkuru ivuga ko Amerika yasabye Loni gukurikirana abayobozi bakomeye barimo Minisitiri ushinzwe Imirimo y’Inama y’Abaminisitiri, Martin Elia […]

Umugabo yasabye gatanya nyuma y'iminota 15 asezeranye n'umugore we.

Mu birori byakataraboneka byari byahuje inshuti n’abavandimwe b’imiryango yombi byabereye i Dubai ku wa Gatanu tariki ya 25 Gicurasi 2018, umusore yabenze umugeni nyuma y’iminota 15 basezeranye. Intandaro yitandukana ryaba bageni ryaturutse ku mafaranga angana n’ibihumbi 50 000 bya ma Dh amafaranga akoreshwa muri Leta zunze ubumwe z’abarabu, yari gutangwa na Se w’umukobwa kugirango afashe […]

Ibintu 10 wamenya kuri Olive Lembe, umugore wa perezida Kabila- AMAFOTO

Amazina ye yose, ni Marie Olive Lembe di Sita, akaba umugore wa Perezida Joseph  Kabila, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Imyaka ishize ari 12 bashakanye. 1.yavutse ku wa 29 Nyakanga 1976, ubu afite imyaka 41 y’amavuko. Yavukiye i Kailo mu Ntara ya Maniema, imwe muri 26 zigize Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Olive avuka ku […]

Nyuma yo kurata igikombe, umuzamu wa Liverpool yakiriye ubutumwa bw’iterabwoba

Polisi yo mu Bwongereza iri gukora iperereza ku baba boherereje ubutumwa umunyezamu w’ikipe ya Liverpool, Loris Karius  nyuma y’uko iriya kipe ibuze igikombe cya Champions League, ku munota wa nyuma w’irushanwa bumubwira ko bazamwica. Uyu munyezamu yagaragaye cyane arimo yisobanura anasaba imbabazi abafana b’ikipe ye kuri stade nyuma y’umukino ndetse yongera no kwisegura mu kiganiro […]

Kenya: Abapolisi 2 bakurikiranyweho uruhare mu bukwe bw’umwana w’imyaka 9

Abapolisi 2 bakorera mu gace ka Kajiado muri Kenya bakurikiranyweho uruhare mu gutegura no gushaka gushyira mu bikorwa by’imihango y’ubukwe bw’umwana w’imyaka 9 y’amavuko wari ugiye gushyingirwa umusaza w’imyaka 56. Umwe muri aba bapolisi utatangajwe amazina avugwaho kuba yarafashije abandi bantu mu gusiramura uyu mwana w’umukobwa (Female Genital Mutilation) mu gihe mugenzi we na we […]

Musanze: Umusore arahakana icyaha akurikiranyweho cyo kwicisha ishoka nyirakuru

Mu gihe ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye rwa Musanze  bukurikiranye umusore w’ imyaka 16 witwa Mugisha Gad icyaha cyo kwica nyirakuru amutemesheje ishoka, mu ibazwa uyu musore yahakanye avuga ko atigeze ayimutemesha. Mugisha akekwaho kuba  ku itariki ya 16 Gicurasi 2018, mu gihe cya saa cyenda n’igice  z’amanywa (15:30) yarakubise nyirakuru witwaga  Bapfakuvuga Marie  ishoka mu […]

U Bwongereza: Itangazamakuru n’Abadepite baranenga u Rwanda ku masezerano ahenze rwagiranye na Arsenal

Itangazamakuru ndetse n’abanyamategeko bo mu gihugu cy’u Bwongereza banenze igihugu cy’u Rwanda ku masezerano giherutse kugirana n’ikipe yo muri kiriya gihugu ya Arsenal ashingiye ku kwamamaza ubukerarugendo mu Rwanda, rukaba rwaremereye iriya kipe Miliyoni 30 z’Amayero azatangwa mu myaka 3. Umwe mu badepite bo muri kiriya gihugu, Andrew Bridgen, agira ati”ibi biratangaje cyane, bisa no […]

U Burundi ku isonga mu kudindiza imikorere y’umuryango ‘EAC’

Igihugu cy’u Burundi, kimwe muri bitandatu bigize umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba, gishyirwa ku isonga mu kuba kidindiza imikorere y’uyu muryango bitewe n’ibirarane, kutitabira inama,… Ku mafaranga agera ku miliyoni 113 z’amadolari y’Abanyamerika uyu muryango wari wateganije gukoresha mu ngengo y’imari y’uno mwaka uzarangira mu kwezi kwa karindwi, buri gihugu cyose kiri muri uyu muryango […]

Mayor wa Bugesera na ba Visi Mayor na bo beguye

Nsanzumuhire Emmanuel, wari Mayor w’akarere ka Bugesera n’abamwungirije bombi bagize Komite nyobozi y’akarere ka Bugesera, beguye ku mirimo yabo kuri iki cyumweru Tariki ya 27 Gicurasi 2017, njyanama y’aka karere nayo yamaze kwemeza ubwegure bwabo. Amakuru dukesha umuseke , Ndahiro Donald uyobora inama njyanama y’akarere ka Bugesera yavuze ko Mayor n’abamwungirije bashyikirije njyanama amabaruwa yo […]

Rayon Sports yatsinze ibitego 3 (Mpaga ) idakinnye na Miroplast

Rayon Sports yatsinze kuri mpaga ibitego bitatu ku busa, ibona amanota atatu idakinnye. Ni kumunsi weje kucyumweru Tariki ya 27 Gicurasi, 2018. Amasaha umukino wagombaga gutangiriraho yageze Miroplast itarakandagira ku ikibuga, abasifuzi bari kuyobora uyu mukino bafashe umwanzuro wo gutera mpaga nyuma yo kutayica iryera. Afana ba Rayon Sports bari bitabiriye umukino w’umunsi wa 24 […]