âCurse of tippecanoâ umuvumo washyizwe kuri bamwe mu ba perezida bâAmerika bakabigenderamo-Amafoto
Curse of tippecano, ikitwa cyangwa gifatwa nkâumuvumo washyizwe kubakuru bâigihugu cya leta Zunze Ubumwe zâAmerica, uvuga ko buri mu perezida uzajya afata ubuyobozi mu mwaka uherwa na zero, azajya aba asinyiye urupfu rwe, aho byabereye ku mugezi wa tippecano ho muri iki gihugu kijyâigihangange. Mu mwaka wi 1840, abazungu bigaruriye ubutaka bwâabahindi bo muri amerika, […]
Umuhanzikazi Zahara arira iyo ari ku rubyiniro â Menya amateka ye nâinzira yâumusaraba yanyuzemo
Bulelwa Mkutukana uzwi cyane nka Zahara, yavutse ku itariki ya 9/11/1988,avukira mu gace kitwa Phumlani muri Eastern Cape ho muri South Africa . Zahara yavutse kuri Nokhaya na Mlamli Mkutukana, ni uwa 6 mu muryango wâabana 7. Ku myaka 6 gusa Zahara yinjiye mu muziki aho yatangiriye muri Cholare yâabana bato ndetse ari nawe muyobozi […]
Dore ibyiza byo gusomana utari uzi, harimo no kuba bikundwa n'abagore kurusha abagabo
Igikorwa cyo gusomana ni igikorwa abantu benshi badaha agaciro cyane ku byiza cyaba kitugirira, ariko nkuko byakoreweho ubushakashatsi nâinzobere mu bijyanye nâumubiri wâumuntu ndetse nâimitekerereze ya muntu, igikorwa cyo gusomana kigira ibyiza byinshi cyane kubari kugikora, tukaba twabashakiye ibyo byiza gusomana byaba bigira ku muntu uri kubikora. Gusomana byongera ubudahangarwa bwâumubiri ubu nâubushakashatsi bwakorewe ku […]
Sudani yâEpfo: Abayobozi 6 basabiwe ibihano bikarishye nâAmerika
Amerika yasabye Loni gufatira ibihno bikomeye abayobozi bo muri Sudani yâEpfo bagera kuri 6 kuko batubahirije amasezerano yâamahoro ,kubangamira ibikorwa byâubutabazi  ndetse no gushaka kuyobya imfashanyo zigenewe abaturage mu gihe igihugu kimaze imyaka mu ntambara. Reuters dukesha iyi nkuru ivuga ko Amerika yasabye Loni gukurikirana abayobozi bakomeye barimo Minisitiri ushinzwe Imirimo yâInama yâAbaminisitiri, Martin Elia […]
Umugabo yasabye gatanya nyuma y'iminota 15 asezeranye n'umugore we.
Mu birori byakataraboneka byari byahuje inshuti n’abavandimwe b’imiryango yombi byabereye i Dubai ku wa Gatanu tariki ya 25 Gicurasi 2018, umusore yabenze umugeni nyuma y’iminota 15 basezeranye. Intandaro yitandukana ryaba bageni ryaturutse ku mafaranga angana n’ibihumbi 50 000 bya ma Dh amafaranga akoreshwa muri Leta zunze ubumwe z’abarabu, yari gutangwa na Se w’umukobwa kugirango afashe […]
Ibintu 10 wamenya kuri Olive Lembe, umugore wa perezida Kabila- AMAFOTO
Amazina ye yose, ni Marie Olive Lembe di Sita, akaba umugore wa Perezida Joseph Kabila, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Imyaka ishize ari 12 bashakanye. 1.yavutse ku wa 29 Nyakanga 1976, ubu afite imyaka 41 yâamavuko. Yavukiye i Kailo mu Ntara ya Maniema, imwe muri 26 zigize Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Olive avuka ku […]
Nyuma yo kurata igikombe, umuzamu wa Liverpool yakiriye ubutumwa bwâiterabwoba
Polisi yo mu Bwongereza iri gukora iperereza ku baba boherereje ubutumwa umunyezamu wâikipe ya Liverpool, Loris Karius  nyuma yâuko iriya kipe ibuze igikombe cya Champions League, ku munota wa nyuma wâirushanwa bumubwira ko bazamwica. Uyu munyezamu yagaragaye cyane arimo yisobanura anasaba imbabazi abafana bâikipe ye kuri stade nyuma yâumukino ndetse yongera no kwisegura mu kiganiro […]
Kenya: Abapolisi 2 bakurikiranyweho uruhare mu bukwe bwâumwana wâimyaka 9
Abapolisi 2 bakorera mu gace ka Kajiado muri Kenya bakurikiranyweho uruhare mu gutegura no gushaka gushyira mu bikorwa byâimihango yâubukwe bwâumwana wâimyaka 9 yâamavuko wari ugiye gushyingirwa umusaza wâimyaka 56. Umwe muri aba bapolisi utatangajwe amazina avugwaho kuba yarafashije abandi bantu mu gusiramura uyu mwana wâumukobwa (Female Genital Mutilation) mu gihe mugenzi we na we […]
Musanze: Umusore arahakana icyaha akurikiranyweho cyo kwicisha ishoka nyirakuru
Mu gihe ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye rwa Musanze bukurikiranye umusore wâ imyaka 16 witwa Mugisha Gad icyaha cyo kwica nyirakuru amutemesheje ishoka, mu ibazwa uyu musore yahakanye avuga ko atigeze ayimutemesha. Mugisha akekwaho kuba ku itariki ya 16 Gicurasi 2018, mu gihe cya saa cyenda nâigice zâamanywa (15:30) yarakubise nyirakuru witwaga Bapfakuvuga Marie ishoka mu […]
U Bwongereza: Itangazamakuru nâAbadepite baranenga u Rwanda ku masezerano ahenze rwagiranye na Arsenal
Itangazamakuru ndetse nâabanyamategeko bo mu gihugu cyâu Bwongereza banenze igihugu cyâu Rwanda ku masezerano giherutse kugirana nâikipe yo muri kiriya gihugu ya Arsenal ashingiye ku kwamamaza ubukerarugendo mu Rwanda, rukaba rwaremereye iriya kipe Miliyoni 30 zâAmayero azatangwa mu myaka 3. Umwe mu badepite bo muri kiriya gihugu, Andrew Bridgen, agira atiâibi biratangaje cyane, bisa no […]
U Burundi ku isonga mu kudindiza imikorere yâumuryango âEACâ
Igihugu cyâu Burundi, kimwe muri bitandatu bigize umuryango wa Afurika yâi Burasirazuba, gishyirwa ku isonga mu kuba kidindiza imikorere yâuyu muryango bitewe nâibirarane, kutitabira inama,⌠Ku mafaranga agera ku miliyoni 113 zâamadolari yâAbanyamerika uyu muryango wari wateganije gukoresha mu ngengo yâimari yâuno mwaka uzarangira mu kwezi kwa karindwi, buri gihugu cyose kiri muri uyu muryango […]
Mayor wa Bugesera na ba Visi Mayor na bo beguye
Nsanzumuhire Emmanuel, wari Mayor w’akarere ka Bugesera nâabamwungirije bombi bagize Komite nyobozi yâakarere ka Bugesera, beguye ku mirimo yabo kuri iki cyumweru Tariki ya 27 Gicurasi 2017, njyanama yâaka karere nayo yamaze kwemeza ubwegure bwabo. Amakuru dukesha umuseke , Ndahiro Donald uyobora inama njyanama yâakarere ka Bugesera yavuze ko Mayor nâabamwungirije bashyikirije njyanama amabaruwa yo […]
Rayon Sports yatsinze ibitego 3 (Mpaga ) idakinnye na Miroplast
Rayon Sports yatsinze kuri mpaga ibitego bitatu ku busa, ibona amanota atatu idakinnye. Ni kumunsi weje kucyumweru Tariki ya 27 Gicurasi, 2018. Amasaha umukino wagombaga gutangiriraho yageze Miroplast itarakandagira ku ikibuga, abasifuzi bari kuyobora uyu mukino bafashe umwanzuro wo gutera mpaga nyuma yo kutayica iryera. Afana ba Rayon Sports bari bitabiriye umukino wâumunsi wa 24 […]