Gambia yujuje umubare fatizo kugira ngo isoko rusange ryâAfrika ritangire
Gambia yujuje umubabare fatizo wâibihugu byari bikenewe kugira ngo isoko rusange ryâAfrika ribe ryatangira. Ni amakuru yashyizwe hanze nâ umuyobozi ushinzwe ubucuruzi nâinganda mu muryango wâAfrika yunze ubumwe, Albert Muchanga, kuwa 02 Mata 2019 abinjujije ku rubuga rwa Twitter. Muri ubutumwa bwe yavuze ko ari amakuru meza kuba inteko ishinga amategeko ya Gambia yemeje ko […]
Algeria: Perezida Bouteflika yeguye
Perezida wa Algeria Abdelaziz Bouteflika yamaze kwegura ku mirimo yo kuyobora iki gihugu nyuma yâimyigaragambyo ikaze     yâabaturage bamusabaga kuva             kubutegetsi,nkâuko byatangajwe nâikigo      cyâitangazamakuru cya leta (ACP). Uyu mukambwe wâimyaka 82 yâamavuko, yeguye nyuma yuko kuva muri […]
Justin Bieber yasabye imbabazi nyuma yo kwibasirwa abeshya ko umugore we atwite.
Ku munsi wo kubeshya, tariki ya 1 Mata, 2019, icyamamare mu muziki kuri iyi si, Justin Bieber yabeshye abamukurikira ku rubuga rwa Instagram ko umugore we, Hailey Baldwin atwite. Nyuma yâaho byagaragariye ko abeshya, abantu ntibamworoheye. Justin Bieber yashyize amafoto atatu ku rukuta rwe, harimo iyâumwana uri mu nda, abantu batangira kubyizera, ndetse banamwandikira ubutumwa […]
UN: Abaturage barenga miliyoni 113 bugarijwe nâikibazo cyâinzara ku Isi
 Abaturage barenga miliyoni 113 mu bihugu bigera kuri 53 ku isi bugarijwe nâikibazo cyâinzara mu buryo bukomeye bitewe nâibibazo byâintambara, imihindagurikire yâikirere nâibindi. Muri raporo yasohowe nâ ishami ryâumuryango wâAbibumbye ryâita ku biribwa nâ ubuhinzi FAO( Food and Agriculture Organisation) , igaragaza ko ibihugu nka Yemen, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Afghanistan na Syria […]
Generali Kayumba Nyamwasa: Twiteguye kugaruka mu Rwanda mu mahoro.
Umwe mu bahoze mu gisirikare cyâu Rwanda nyuma akaza guhunga, Generali Kayumba Nyamwasa yatangarije eNews/Zambia ko biteguye kugaruka mu Rwanda mu mahoro ngo âKubera ko ibiciro byâintambara biri hejuruâ. Mu kiganiro yagiranye nâiki kinyamakuru, Gen. Kayumba Nyamwasa yavuze ko amakimbirane adashobora kugeza abantu kuri demukarasi cyangwa iterambere. âInzira yâamahoro izadutwara imbaraga nyinshi. Iyo tuvuze amahoro, […]
RIB yataye muri yombi abakozi babiri bâInama yâIgihugu yâAbabyaza nâAbaforomo
Urwego rwâigihugu rwâUbugenzacyaha, RIB ruratangaza ko rwataye muri yombi abakozi babiri bâInama yâIgihugu yâAbabyaza nâAbaforomo, NCNM, nkâuko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa RIB. Abatawe muri yombi ni Munyandinda Jean Bosco wari umuyobozi ushinzwe ubutegetsi nâimari, na mugenzi we Gashabizi Egide, wari ushinzwe kubika amakuru. Itangazo rya RIB riravuga ko batawe muri yombi bakekwaho ibyaha […]
Uburengerazuba: Guverineri Munyantwali arizeza imikoranire inoze n'itangazamakuru
Guverineri wâintara yâuburengerazuba, Munyantwali Alphonse avuga ko mu rwego rwo kurushaho kumenyekanisha ibibera mu Ntara ayoboye,we nâabandi bakorana barimo na ba Meya bâuturere twose tugize iyi ntara bihaye gahunda yo gukorana neza nâitangazamakuru. Ni bimwe mu byo uyu muyobozi yabwiye abanyamakuru bâibitangazamaukuru bitandukanye bikorera muri iyi Ntara mu kiganiro  bagiranye, aho bamwe mu banyamakuru bagaragazaga […]
Ese ntiwava kuri Uncle ukaba Papa Austin?- Meddy asaba Uncle Austin
Umuhanzi Meddy yasabye mugenzi we,Uncle Austin kureka gukomeza kwitwa gutyo ko ahubwo yaba Papa Austin bitewe nâigihe amaranye iri zina. Ubu ni ubutumwa bwa Meddy ku munsi mukuru wâamavuko wâumuhanzi Uncle Austin mu minsi ishize. Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Meddy yamwifurije umunsi mwiza wâamavuko ariko anamukebura amusaba kureba uko yashaka akaba umupapa. Meddy […]
Ambasaderi wâu Bufaransa yagize icyo avuga ku mubano wa Uganda nâu Rwanda
Ambasaderi wâu Bufaransa muri Uganda aravuga ko atemera ko Perezida Museveni na mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame baba bashaka guhungabanyana. Ni mu kiganiro nâUmunyamakuru wa The Independent, Ronald Musoke amubaza kubyo amaze kubona mu myaka ibiri nâigice amaze mu kazi kâubudipolomate. Ambasaderi Stephanie Rivoal yatangiye asobanura ko dipolomasi yâiki gihe ikora ku bintu bitatu […]
RDC: Monusco yiyemeje guhashya burundu inyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda
Ingabo za Loni zishinzwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Monusco) nyuma yo kongererwa igihe cyo kuba ziri kuri ubu butaka, zitangaza ko zigiye guhangana nâumutwe wa ADF, ukomoka muri Uganda. Umuyobozi wâizi ngabo za Monusco, Gen. Patrick Dube, yemeje kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Mata 2019, ubwo yagiranaga inama nâumuyobozi […]
Urakoze ku bwâigitekerezo cyawe ariko Kenzo na Bobi Wine bakurenzeho- Fresh Kid
Fresh Kid, umwana wâimyaka irindwi yâamavuko, wo muri Uganda, ukomeje kuvugwa cyane mu itangazamakuru kubera ubuhanga akomeje kugaragaza mu muziki, yatangaje ko Bebe Cool arushwa ubuhanga na Bobi Wine ndetse na Eddy Kenzo. Nkâuko bitangazwa na Galaxyfm, ngo uyu mwana wâimyaka irindwi yasabwe na Minisitiri wâurubyiruko guhagarika ibitaramo akora mu tubari akagana ishuri. Iyi nama […]
Abayoboke ba Agathon Rwasa bakubiswe nâImbonerakure zabahatiraga kujya muri siporo
Abayoboke batandatu bâishyaka CNL (Congres National Pour la Liberation) rya Agathon Rwasa, bakubiswe nâImbonerakure, ngo rwabahatiraga kujya muri siporo ya mu gitondo. Aba bayoboke bakubitiwe mu gace ka Minago, muri Komini Rumonge, Intara ya Rumonge, ngo bakaba barasabwaga kujyana nâImbonerakure muri siporo, bagenda baririmba indirimbo zâishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi kandi bataribarizwamo. Amakuru aturuka […]
Kizito wahawe imbabazi na Perezida Kagame yasohoye indirimbo âKubabarira ntibivuga kwibagirwaâ
Umuhanzi Kizito Mihigo umaze amezi agera kuri atandatu ahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, agafungurwa, yasohoye indirimbo ivuga ku kubabarira. Kizito ni umuhanzi wamenyekanye ku ndirimbo zo kwibuka ndetse nâiza Kiliziya. Mu mwaka wa 2015 nibwo urukiko rwamukatiye igifungo cyâimyaka 10 nyuma yo guhamwa nâibyaha birimo nâicyâubugambanyi bwo kugirira nabi Ubutegetsi buriho cyangwa […]
Gatsibo: Umugabo yatawe muri yombi ashinjwa kwiba ihene 30
Polisi mu Karere ka gatsibo yataye muri yombi umugabo wâimyaka 31 ukurikiranweho kwiba ihene 30. Uyu witwa Emmanuel Ntirenganya watawe muri yombi kuwa 31 Werurwe, kuri ubu afungiye kuri station ya polisi ya Rwimbogo. Umuvugizi wa polisi mu burasirazuba, CIP Hamdun Twizeyimana yemeje aya makuru, avuga ko ukekwa yafashwe nyuma yo guhabwa amakuru nâabaturage. Yasobanuye […]
Perezida Tshisekedi mu bitaro byo muri Maroc mu ibanga rikomeye nyuma yo kuva i Kigali
Perezida mushya wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aherutse mu bitaro bya gisirikare bya Rabat muri Maroc mu ibanga rikomeye aho yamaze iminsi igera kuri itatu nyuma yâuko yari akubutse I Kigali. Ikinyamakuru Jeune Afrique dukesha iyi nkuru kiravuga ko nyuma yo gusubira muri Congo aturutse I Kigali,aho yari yitabiriye inama ya Africa CEO Forum, […]
Abanyarwanda 13 bashimutiwe muri Uganda bajyanwa ahatazwi
Abavugwa ko ari abakozi bâUrwego rwâUbutasi mu Gisirikare cya Uganda (CMI) bashimuse Abanyarwanda 13 kuwa 29 Werurwe 2019 ku mupaka wa Kagitumba ku ruhande rwa Uganda (Mirama Hills). Ikinyamakuru Virunga Post kizwiho kwandika ahanini inkuru ku bibazo biri hagati yâu Rwanda na Uganda, gitangaza ko umwe mu bashimuswe ariko akabasha gutoroka avuga ko uwabashimuse koko […]
Perezida Kagame yibukije ko i Kisangani UPDF yatsinzwe na RDF inshuro eshatu
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame asanga ikibazo cyâumwuka mubi uri mu mibanire yâu Rwanda na Uganda kitakemuka binyuze ku muhuza ahubwo cyakemuka Museveni abishatse kuko ari we giturukaho, naho ku kijyanye nâimirwano yigeze guhuza ingabo za Uganda nâizâu Rwanda I Kisangani, yavuze ko ingabo za Uganda zatsinzwe inshuro eshatu zose. Ibi Perezida Paul Kagame yabitangaje […]
Birababaje kubona cyamunara nkiriya iba ibintu bikanyagwa ku manywa yâihangu- Rwigara Anne
Umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, yanzuye ko ubujurire bwâUruganda rwâItabi rwa Rwigara Assinapol ruregamo ikigo cyâIgihugu cyâImisoro nâAmahoro (RRA) nâumuhesha wâinkiko wâumwuga, Me Habimana Vedaste  kurutereza imitungo mu cyamunara mu buryo ruvuga ko butubahirije amategeko, nta shingiro bufite. Umuyobozi warwo Rwigara Anne avuga ko atanyuzwe nâuyu mwanzuro. Umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, mu […]