Ntava mu nzu kuko bamwita umurozi azira kuvukana amano 19 n’intoki 12-amafoto

Kumar Nayak ni umukecuru w’imyaka 63 y’amavuko utuye mu giturage cya Ganjam mu Buhinde. Yavukanye amano 19 ku birenge byombi n’intoki 12. Kubera imiterere ye, abaturage bamwita umurozi, igihe kini akakimara yifungiranyije mu nzu. Daily Mail Dukesha iyi nkuru ivuga ko Nayak yari kuvurwa agakira ariko bitewe n’ubushobozi buke ntibyakozwe. Ubuzima bwe bwose yabubayemo atotezwa […]
Kupachikwa mimba na nduguye kulimfanya awachukie wanaume
Msichana mkazi Wilayani Nyagatare ameweka wazi alivyopachikwa mimba na ndguguye, jambo lilikuwa chanzo cha kuwachukia wanaumwe. Msichana huypo, amesema kuwa aliwachukia wanaume hadi baba yake. ” Ilikuwa ni tatizo nyumbani, baba alikuwa karibu kuamua kuhama nyumbani kwa ajili ya chuki yangu” Ameambia KT Press “Baada ya kuwa mja mzito, sikutaka hata kuzaa mtoto wa kike, […]
Umubyibuho ni ubwiza bw’Abahimakazi, hari imigenzo bakora ngo bawugire
Inka ni rimwe mu matungo yororerwa mu rugo ahabwa agaciro gakomeye, ikaba ikimenyetso cy’ubukungu, imibereho y’umuryango n’umuco muri tumwe mu duce n’ibihugu ku isi harimo n’u Rwanda. Inka ifite aka gaciro bitewe n’impamvu zitandukanye: Mu Buhinde hari abazifata nk’ibigirwamana, hari abazikundira ko zitanga inyama, umukamo, amavuta, ifumbire, impu zazo zikora ibikoresho nk’intebe ariko kandi hari […]
Ruhango: Abaturage bavuga ko banywa amazi asa na kaki
Abaturage bo mu Mirenge ya Kinazi, Mbuye na Ntongwe mu Karere ka Ruhango bavuga ko bakoresha imirimo yose ikenere amazi y’ibirohwa, afite ibara rya kaki. Ubusanzwe amazi meza nta bara agira, ariko aba baturage babwiye TV 1 ko uretse no kuba aya mazi ari mabi yikidendezi cyitwa Akabebya, bayavoma baturutse kure, atari ukuyakunda ahubwo ko […]
RDC: Urupfu rw’umuganga rwakoze kuri batanu barimo Minisitiri na ofisiye

Kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2019, Urukiko rukuru rwa gisirikare rwakatiye Minisitiri uhagarariye intara muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Dolly Makambo n’abandi bane bakatiwe igifungo gitandukanye bazira urupfu rw’umuganga wari uyoboye ikigo nderabuzima cya Vijana. Minisitiri Makambo yakatiwe imyaka 10 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutegeka umurinda kurasa Muganga Belvis Nkulu Ilo. Radio […]
Abarwanyi ba FDLR barimo gushyira intwaro hasi nyuma y’iyicwa ry’abayobozi babo
Nyuma y’iyicwa rya Gen Mudacumura Sylvestre na bagenzi be bari abayobozi muri FDLR, bamwe mu barwanyi bayo barimo gushyira intwaro hasi bakishyikiriza inzego za Leta. Aba barwanyi ba FDLR hamwe n’abandi bo mu mitwe ya Kalehe, Kirikicho, Ngubito na Karume ngo bashyize intwaro hasi mu mpera z’icyumweru gishize bishyira mu maboko y’igisirikare cya FARDC hamwe […]
Musanze: Abemerewe amabati yo gusakara ubwiherero barategereje amaso yaheze mu kirere
Imiryango yizejwe guhabwa amabati yo gusakara ubwiherero kuri ubu yiherera mu budasakaye mu Kagari ka Mburabuturo mu Murenge wa Muko. Akarere ka Musanze mu gihe ngo bari bayemerewe nk’inkunga. Ni agace mu myaka yashize hagaragaraga umubare wâabaturage benshi batagira ubwiherero ku buryo bajyaga kwiherera ku gasozi, gusa ngo ubuyobozi bwâumurenge ku bufatanye nâAkarere ka Musanze […]
Ni uko FPR igira neza, ariya maguru ya Mudathiru bakayaretse agacika – Kazigaba

Impuguke mu mategeko, AndrĂ© Kazigaba, avuga ko ababazwa cyane n’uburyo ubuyobozi bw’ishyaka RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda bwihakanye abari abarwanyi baryo bafatiwe muri Congo- Kinshasa, bakagezwa mu Rwanda ubu bakaba bakurikiranwe n’urukiko rwa gisirikare. Abo barwanyi ni 25 bakaba biganjemo Abanyarwanda n’Abarundi. umukuru muri bo ni Major (Rtd) Habib Mudathiru we wafashwe yanarashwe […]
Amavubi ntazitabira CECAFA izabera muri Uganda ku bw’amikoro macye
Ikipe y’Umupira w’Amaguru y’u Rwanda, Amavubi, ntizitabira imikino ya CECAFA Senior Challenge izabera mu gihugu cya Uganda mu kwezi gutaha k’Ukuboza, 2019 kubera ‘amikoro macye’. Aya makuru yemejwe na Minisiteri ifite Siporo mu nshingano zayo mu Rwanda nk’uko ikinyamakuru Funclub cyandika inkuru z’imikino kibitangaza. Umuyobozi wâAgateganyo wa Siporo muri iyi minisiteri yavuze ko nta mikoro […]
Abaturage batinye kubwira Guverineri Munyantwari byinshi ku marozi y’i Rusizi
Benshi mu baturage bo mu Murenge wa Gitambi wo mu karere ka Rusizi bagize ubwoba bwo kubwira Guverineri w’Intara y’Uburengererazuba, Alphonse Munyantwari byinshi ku marozi bavuga ko abateye inkeke. Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha RIB mu Kwakira uyu mwaka, rweretse abaturage Umuyobozi wâakagari ka Hangabashi wungirije ushinzwe iterambere nâumuhuzabikorwa wa Dasso mu Murenge wa Gitambi wo mu […]
Nyanza: Gitifu yafungiwe gutanga ubuhamya bw’ibinyoma mu rubanza rwa Jenoside yakorewe Abatutsi
Kuri iyi tariki ya 22 Ugushyingo 2019, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza, Habineza Jean Baptitse ukurikiranweho kuzimaganya ibimenyetso no gutanga ubuhamya bw’ikinyoma mu rubanza rwa jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko RIB imaze kubitangariza ku rubuga rwayo rwa Twitter, Habineza ugiye gushyikirizwa ubushinjacyaha, ubu afungiwe […]
Abubatse inkambi y’impunzi zavuye muri Libya baratabaza
Bamwe mu bubatse inzu zo mu nkambi ya Gashora, yakiriye impunzi zivuye muri Libya baravuga ko bamaze ibyiciro bitatu (3 Quinzenes) badahembwa, bikaba byaragize ingaruka ku mibereho yâimiryango yabo. Aba bakozi bari gutegura izindi nyubako zizakirirwamo izindi mpunzi nâabimukira bavuga ko bamaze Ibyiciro bitatu (Byâiminsi 15 kuri buri kimwe) badahembwa mu gihe ubusanzwe bahemberwa iminsi […]
Tender to Supply Tablets and Computer Laptops
TENDER NOTICE Ref.no: 026/AEE/PROC.LOG.UBAKA EJO/11/2019 African Evangelistic Enterprise (AEE-Rwanda) implementing USAID UBAKA EJO PROGRAM based on USAID Cooperative Agreement No: AID-696-A-12-00005 is looking for potential bidders to supply TABLETS AND COMPUTER LAPTOPS . Specifications and bill of quantities of needed materials are given below; in two different lots: COMPUTER LAPTOPS Model Processor speed Screen size […]
Only 4 pct of Rwandans wash hands
Ninety-six Rwandans out of 100 do not wash their hands ahead of doing things like breast feeding, going to their works and even after bathroom, the study has revealed It was revealed on November, 19 while celebrating International Day for washing hands in Rusizi District. Muvunyi Zubeli, Official in Charge of Treatment activities in Rwandan […]
Rusizi/Bugarama: Abaturage bavuga ko badashobora gukaraba intoki neza kubera ubukene bwâamasabune

Mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi ni ho hizihirijwe ku rwego rwâigihugu umunsi mpuzamahanga wo gukaraba intoki wahujwe nâumunsi mpuzamahanga wâubwiherero no gutangiza ku mugaragaro ingamba zâimyaka 5 zâigihugu zo gukaraba intoki nâamazi meza nâisabune, bamwe mu batuye uyu murenge baganiriye na Bwiza.com bavuze ko kubona isabune nâibindi bikenerwa buri munsi bihenze, ku […]
Provision of garage services and supply of vehicle tires at RwandAir
TENDER NOTICE Tender: Provision of garage services and supply of vehicle tires Tender number: 144/WB/11/2019 – 2020 Number of lots: 02 RwandAir hereinafter called ââclientâ has got funds from its ordinary budget towards the cost of provision of dry cleaner and laundry services. The client intends to apply a portion of the funds to eligible […]
Scholarship of Unicaf with University of South Wales Apply Now
Unicaf has partnered with the University of South Wales to offer a variety of courses. The University of South Wales is one of the largest in the UK, offering more opportunities and better prospects for students. The University leads the agenda across a number of industries with Faculties including: Business and Society Computing, Engineering, and […]
Gicumbi: Imirwano yadutse mu rusengero ubwo umwe yahanuraga
Hadutse icya kwitwa imirwano mu masengesho yo kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Ugushyingo, mu itorero rya ADEPR Bugunga mu Murenge wa Byumba, mu karere ka Gicumbi bitewe n’ukutumvikana hagati y’abakirisitu kwakuruwe n’ubuhanuzi bw’umwe muri bo. Izi mvururu zadutse ubwo umwe mu bakiristu yuzuraga umwuka, afata mikofone ahereza undi mukiristu ngo amusemurire ibyo yavugaga […]
Medical Records Supervisor at King Faisal Hospital
EXTERNAL ADVERTISEMENT King Faisal Hospital, Kigali is looking for suitable candidates to fill the Following Positions: POST COMPETENCY REQUIREMENTS KEY RESPONSIBILITIES No MEDICAL RECORDS SUPERVISOR Bachelorâs degree in, health Information management, information science, library management, and other related fields A minimum of three 3 yearsâ experience working in a medical records environment Job Knowledge & […]
Komeza utere intambwe – Rev. Nibintije

Si inkweto zange Yesu, ahubwo ni izawe. Ese unyuzwe nâinkweto zawe? Ese ni inkweto bwoko ki wambaye uyu munsi? Ese wizera ko wambaye inkweto zakozwe nâumuntu wanyura mu nzira zâImana muri iyi saha ya nyuma maze ugakomeza kujyana na Yesu? Niba ubikora ntabwo bizagukundira. Ugomba kwambara inkweto zâImana. Nkâuko indirimbo ivuga ngo â Ngiye kwambara […]
“Intambara ikomeye” mu Karere k’Ibiyaga Bigari
Mu bitabo byâubuhanuzi byâAbadivantisite bâumunsi wa karindwi, bagiramo igitabo gikomeye, gisomwa cyane nâabizera bâiri torero, cyitwa ” Intambara Ikomeye”. Nta sano ibikubiye muri icyo gitabo bifitanye nâintambara ikomeye yo mu Karere kâIbiyaga Bigari tugiye kuvugaho, kuko icyo gitabo cyo kigaruka ku ntambara umukristu ahoramo ahanganye nâumwanzi Satani. Yemwe nibutse ko isano ihari kuko intambara ihera […]
Software Support Officer at King Faisal Hospital
EXTERNAL ADVERTISEMENT King Faisal Hospital, Kigali is looking for suitable candidates to fill the Following Positions: POST COMPETENCY REQUIREMENTS KEY RESPONSIBILITIES No Software support officer She/he must have a bachelorâs degree in Computer Science, Engineering, Information Technology(Specialising in Programming) A minimum of three(3) years in relevant field Knowledge and skills Object-Oriented Design (OOD) Good knowledge […]