Buruseli: Urukiko ruhanishije Neretse Fabien igifungo cy’imyaka 25

Nyuma y’aho urukiko rwa ruband (cour d’assises) i Buruseli mu Bubiligi ruhamirije Neretse Fabien ibyaha bya Jenoside n’ibyaha by’intambara ; ubushinjacyaha bwari bwamusabiye gufungwa imyaka 30, ariko urukiko rumuhanishije igifungo cy’imyaka 25. Umwanzuro ku byaha bihama Neretse watangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 19 Ukuboza, nyuma y’amasaha asaga 50 inteko inyangamugayo ziherereye, […]

Ireme ry’uburezi; inkingi ya mwamba ku buzima bw’igihugu, imbogamizi ziburimo zakemurwa zite?

Mu Rwanda si ubwa mbere havuzwe ‘ireme ry’uburezi’ bigasobanura uburezi cyangwa se imyigishirize ituma abanyeshuri bagira ibyo batora mu byo bize, ibikorwaremezo mu burezi bikiyongera kandi bikabyazwa umusaruro. Igikomeye gikomozwaho cyane ni icyo umunyeshuri ashobora gukora nk’umusaruro uturuka mu byo yize; aha ashobora kwikorera cyangwa agakorera abandi (akitwa intyoza mu kazi). Uburezi bw’u Rwanda bwageze […]

Mukuru wanjye yansabye kuryamana n’umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki?

Hari igihe umuntu ahura n’ibigeragezo bikaze akabura n’uko abyikuramo rwose, niyo mpamvu mfashe uyu mwanya mbagisha inama kuko ni byinshi mpungukira iyo nsomye ubuhamya bw’abandi. Mu mwaka wa 2008 nibwo mukuru wanjye yashyingiwe, umugabo we bamaranye imyaka 11, sha barakundana pe bimwe bidasanzwe nubwo bwose nta mwana bari babyara. Uru rugo narubayemo imyaka myinshi, nkiga […]

Umugabo yakubise isuka mu gahanga k’umugore we bapfa kwitaba telefoni ye

Umugabo witwa Vincent Aliganyira wo mu cyaro cya Karusigwa mu Karere ka Kagadi muri Uganda ari mu maboko y’inzego z’umutekano akurikiranweho gukubita isuka mu gahanga k’umugore we, Omuhereza Katwesigye akamwica amuziza kumuhatira kwitaba telefoni yakemangwaga. Aba bombi nk’uko abaturanyi babwiye Chimpreports, bari bamaze umwaka babana ariko bakaba batari bakabyaye umwana. Aliganyira ubwo yahamagarwa, umugore we […]

Icyiciro cy’ubudehe ntabwo kizongera kuba ikiranga guhabwa ishuri- Min. w’Intebe

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard avuga ko umunyeshuri azajya ahabwa inkunga imwemerera kwiga Kaminuza y’u Rwanda hagendewe ku manota afite, ko iby’ibyiciro cy’Ubudehe byitabwagaho bigiye guhagarara. Ku munsi wa Kabiri w’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 19, yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukuboza 2019, i Kigali, nibwo Minisitiri w’Intebe yamaze impungenge abari […]

FARDC iravuga ibanga ikoresha ngo abarwanyi ba FLN na FDLR bamanike amaboko

Umuvugizi w’ingabo za FARDC muri kivu y’amajyepfo Capt. Dieudonne Kasereka atangaza ko izi ngabo zungutse amayeri y’uburyo bwo gutuma abarwanyi b’imitwe irwanya u Rwanda; FDLR na FLN bakamanika amaboko. Mu minsi mike ishize, ibinyamakuru byatangaje ko abarwanyi bo muri FLN na FDLR bagera ku 2,000 bamaze kwishyikiriza FARDC ndetse bamwe bamaze kugezwa mu Rwanda. Kugira […]

Supply of soft drinking water, juice,milk, coffee, drinking chocolate and others

Established in 1997, FAWE Rwanda’s intervention have mainly focused on changing the prevailing attitudes and mindset regarding girls’ education to ensure gender equity in education especially with regards to increase of girls’ access, retention and performance in education and woman empowerment. Ref. 258/12/19/FAWERWA Supply of soft drinking water, juice, milk, coffee, drinking chocolate and others […]

Kanombe: Guha abana Noheli byanabaye umwanya mwiza wo kubaha impanuro

xm.jpg

Ababyeyi bo mu Mudugudu w’Ubumwe, Akagari ka Rubirizi, Umurenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali bahurije hamwe abana bo muri uyu mudugudu babaha Noheli, ibirori banaherewemo impanuro. Umunsi mukuru wa Noheli ni umunsi abakirisitu bizihizaho ivuka rya Yezu cyangwa Yesu Kirisitu, ukaba uzizihizwa ku wa Gatatu w’icyumweru gitaha tariki ya 25 Ukuboza. […]

Umugabo wari wibye matela inzoka yamwizingiyeho mu ijosi iramuniga- REBA AMAFOTO

r1.jpg

Umugabo utatangajwe amazina wo mu Karere ka Kyenjojo, mu Burengerazuba bwa Uganda, yatabawe amerewe nabi ubwo inzoka yari yamwizingiye mu ijosi yamuhejeje umwuka. Uyu mugabo ngo yari avuye kwiba Matela aho zicuruzwa ku iduka, ubwo yari amaze kugenda urugendo ruto avuye aho yayibye, nibwo yakubitanye n’inzoka nini ngo ibanza kumuburabuza birangira imugeze ku gakanu. Iyi […]

Finance and Administration Manager (FAM) National Hire

SNV is a not-for-profit international development organization. We have built a long-term, local presence in 38 developing nations in Asia, Africa, and Latin America, providing innovative solutions in Agriculture, Water, Sanitation and Hygiene, and Renewable Energy. SNV has been working in Rwanda for more than 35 years to improve people’s livelihoods by strengthening the capacities […]

Haravugwa ubugambanyi ku bantu bamwe bajyanwa Iwawa

Abaturage baravuga ko hari abantu bajyanwa kugororerwa mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa kandi batakabaye bajyanwayo ngo bigakorwamo uruhari n’ababagambanira baba bagamije kubikiza bitewe n’ amasinde bafitanye cyangwa izindi mpamvu zitandukanye. Ikigo ngororamuco cya Iwawa ni ikigo kiri ku kirwa rwagati mu kiyaga cya Kivu ubundi kizwi ko kigororerwamo ababa barasaritswe n’ibiyobyabwenge n’abandi bagenda bagaragara mu […]

Administrative Professional” for the project Economic Inclusion of Refugees and Host Communities in Rwanda

Vacancy for “Administrative Professional” for the project Economic Inclusion of Refugees and Host Communities in Rwanda The Deutsche Gesellschaft fĂŒr Internationale Zusammenarbeit (GIZ) GmbH is a federally owned international cooperation enterprise for sustainable development with worldwide operations. GIZ has worked in Rwanda for over 30 years. The primary objectives between the Government of Rwanda and […]

Administrative Assistant at Urunana Development Communication

Urunana Development Communication is a fully registered Non Government Organization (NGO) specialized in development communication strategies focusing mainly at improving health and social welfare of the Rwandan population using the behaviour and social change communication approach. Website: http://www.urunanadc.org RECRUITMENT OF ONE ADMINISTRATIVE ASSISTANT Financing: Urunana DC; Category: Full-Time Employment; Reference No.: 21/003/AA/UDC/2019 TITLE: RECRUITMENT OF […]

Rais Kagame apendekeza mwanamke kuchua mikoba yake

Rais Paul Kagame wa Rwanda amesema hadharani kuwa anataka mwanamke achukue mikoba yake. Alisema hilo jana wakati wa mkutano wa Mushikirano mjini Kigali. ” Muongeze mwondo, sijui wanavyodhani wanaume lakini nafasi hii nigenpenda ichukuliwe na mwanamke.” alisema Kagame Kwa sasa wengi wanajiuliza miongoni mwa wanawake nani anaweza kuwa Rais wa Rwanda.

RDC: Abarwanyi 56 ba CNRD bafatanwe n’imbunda zabo

Abarwanyi 56 b’inyeshyamba za CNRD (Conseil National pour la Renaissance et la DĂ©mocratie) bafashwe n’igisirikare cya Congo hamwe n’imbunda zabo 10. Umuvugizi w’igisirikare cya FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, Capt DieudonnĂ© Kasereka yemeje aya makuru kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ukuboza 2019, ko bafashe aba barwanyi 56 biyongera ku bandi 400 n’ababakomokaho […]

Kagame blames leaders on Kigali houses demolition

President Paul Kagame today called out local and senior government officials for the mismanagement of the relocation of people living in high-risk zones. Addressing participants at the 17th Umushyikirano Council, Kagame used his State of the Nation address to hold accountable leaders who continue to issue construction permits for locals to construct homes and settle […]

Nyaruguru: Amafaranga yatembye nk’imvura kubera inganda z’icyayi 4 zihubatse

Ayo ni amagambo avugwa na bamwe mu bakora akazi ko kubagara no gusorama icyayi mu nganda 4 zubatse mu karare ka Nyarugru. Impamvu babivuga ngo ni uko inganda zavuye kuri rumwe muri 1994, ubu zikaba zarabaye 4. Akazi karanboneste ku bwinshi ku muntu wese ugashaka nubwo ngo benshi mu urubyiruko batarabimenya Madame Jeanne Mukankurikiye, ni […]

Rusizi: Urukingo rwa Ebola ntirukuraho ubundi buryo bwo kuyirinda

Abayobozi basobanurirwa uburyo abaturage biteguye guhabwa urukingo rwa Ebola

Tariki ya 17 Ukuboza 2019 mu karere ka Rusizi, gahunda MINISANTE yiswe ‘umurinzi ‘ yo gutanga urukingo rwa Ebola ku bushake ku bantu bose bakora imirimo yambukiranya imipaka n’abatuye mu turere duhana imbi n’ahagaragaye Ebola, yakomereje mu kigo nderabuzima cya Gihundwe, ahakingirwa abafite kuva ku myaka 2 y’amavuko kuzamura uretse abagore batwite n’abana batarengeje iyo […]