Rwanda: Habonetse abandi barwayi ba Coronavirus batandatu

img-20200320-wa0036.jpg

Ministeri y’Ubuzima mu ijoro ryo kuri uyu wa 20 Werurwe 2020 yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abandi barwayi ba Coronavirus batandatu, muri rusange baba 17. Abarwayi babiri ba mbere ni Umufaransakazi w’imyaka 30 y’amavuko hamwe n’umwana we w’imyaka 10 y’amavuko. Uwo bashakanye ni umwe mu bagaragayeho Coronavirus mu minsi. Uwa gatatu ni Umunyyarwandakazi w’imyaka 32 […]

Ubukerarugendo n’ubushakashatsi muri pariki eshatu byasubitswe

Itangazo rya RDB ku isubikwa ry'ibi bikorwa (mu rurimi rw'Icyongereza)

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere (RDB) kuri uyu wa 20 Werurwe 2020 cyatangaje ko guhera kuri uyu wa 21 Werurwe ibikorwa by’ubukerarugendo n’ubushakashatsi pariki z’igihugu eshatu byasubitswe mu rwego rwo gukumira Coronavirus. Ibi bikorwa byasubitswe muri Pariki y’Ibirunga na Nyungwe na Pariki za Gishwati-Mukura. Ibi bikorwa birakomeza muri Pariki y’Akagera ariko hakomeze kubahirizwa amabwiriza ya Ministeri […]

Kwibuka bizabaho, ubuzima bw’abaturage nabwo bwitabweho

Muri iki gihe Isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus, hari impungenge ko gishobora gukoma mu nkokora umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 igihugu cyitegura. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango w’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (IBUKA), Ahishakiye Naphtal aganira n’umunyamakuru wa Bwiza.com yatangaje ko imyiteguro yo kwibuka irimo gukorwa nk’uko […]

Rwanda: Nta wucyemerewe kurenza saa tatu z’umugoroba akiri mu kabari

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu MINALOC, yatangajwe ko nta kabari ko mu mujyi wa Kigali no mu yindi mijyi kemerewe kurenza saa tatu z’ijoro kagikora, mu gihe utwo mucyaro two tutagomba kurenza saa moya z’umugoroba. Ibi biri mu mabwiriza mashya iyi Minisiteri yasohoye, mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Virusi ya Corona. MINALOC kandi ivuga ko […]

Kenya: Umukozi wo muri banki yateruye arenga miliyoni 7 ngo agiye gukorera mu rugo

Umukozi wo muri banki muri Kenya akurikiranweho guterura amashilingi ya Kenya 800,000, arenga miliyoni zirindwi (7) z’Amanyarwanda gusa we asobanura ko yari agiye gukorera mu rugo mu rwego rwo kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus. Uyu mugabo w’imyaka 27 y’amavuko yapakiye aya mafaranga mu gikoresho kibikwamo imishandiko y’inoti (Brief case), maze ava muri banki […]

Reka umugabo wawe aguce inyuma, nahaga azakugarukira: Madamu Oduro

Umunya-Ghana uzwiho kugira inama abubatse ingo, Madamu Charlotte Oduro aragira inama abagore bacibwa inyuma n’abagabo babo kwihangana, bagategereza igihe bazabagarukira ubwo bazaba barambiwe. Mu kiganiro yagiriye kuri Radio Hitz nk’uko Naija Post ibitangaza, uyu mugore yasabye bagenzi be kwihangana, abaha urugero rw’ubuzima yanyuzemo mu myaka 11 amaze ashatse umugabo, ati: “Ntabwo [umugore] akwiriye gutekereza ko […]

Abahinde bane bishwe bamanitswe bazira gufata ku ngufu umukobwa bakanamwica

Abagabo bane bo mu gihugu cy’Ubuhinde bishwe bamanitswe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gufata umukobwa ku ngufu kugeza ubwo apfuye bigatuma bakatirwa igihano cy’urupfu. Aba bagabo ni: Akshay Thakur, Vinay Sharma, Pawan Gupta na Mukesh Singh. Mu 2013 nibwo bafungiwe muri gereza ya Tihar nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gufata ku ngufu no kwica umukobwa […]

Umuyobozi yemereye Museveni ubufasha bwo kumena amabanga ya Bobi Wine

Umuyobozi w’Akarere ka Mbale muri Uganda, Bernard Mujasi Masaka kuri uyu wa 19 Werurwe 2020 yasabye Perezida Museveni kumutumira kugira ngo amumenere amabanga yose ya Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe. Mu muhango wo gufungura agace kahariwe inganda ka Sino muri aka karere ni ho uyu muyobozi yahaye ubu busabe Museveni, ati: […]

Ahashyirwa abari mu kato ka Coronavirus ku Bitaro bya Muhima huzuye

Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Muhima, CSP Dr. Pascal Nkubito atangaza ko ibitaro ayoboye bitagifite aho kwakirira abakekwaho indwara ya Coronavirus kuko ibyumba birindwi byari byarateganyijwe byuzuye kuri uyu wa 20 Werurwe 2020. Dr. Nkubito yatangarije Bwiza.com ko kugeza ubu nta murwayi wa Coronavirus uragaragara muri ibi bitaro. Ati “Hari abakekwaho Coronavirus barindwi muri ibi bitaro. […]

Rwanda: Abarenga 1200 bakekwaho Coronavirus ni bo bamaze gupimwa

Dr. Jean Baptiste Mazarati ushinzwe serivisi z’ubuvuzi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) yatangaje ko ibizamini by’abantu barenga 1,200 bakekwaho icyorezo cya Coronavirus bamaze gupimirwa muri laboratwari y’igihugu. Mu bapimwe, abarwayi 11 ni bo bagaragayeho iki cyorezo nk’uko Minisiteri y’Ubuzima yabyemeje tariki ya 18 Werurwe 2020. Ibitaro bitandukanye bifata ibizamini by’abakekwaho iki cyorezo, bikabyohereza muri […]

Uganda irashakisha Umunyarwandakazi ukekwaho Coronavirus

Abuyobozi ku ruhande rw’u Rwanda na Uganda, bari gushakira hasi no hejuru umugore w’Umunyarwanda, Mushimiyimana Delphine ukekwaho icyorezo cya Virusi ya Corona. Mushimiyimana ukomoka mu Karere ka Ruhango, amakuru avuga ko yaherukaga kuva i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu aza i Kigali. Mushimiyimana ngo yabanaga n’incuti iza kurwara, bayisuzumye bayisangamo icyorezo cya Virusi ya […]

Modern Coast Express yahagaritse ingendo zayo mu Rwanda, Uganda na Tanzania

Kompanyi y’ubwikorezi bw’abantu n’ibintu yo muri Kenya, ‘Modern Coast Express’ yatangaje ko ihagaritse ingendo zayo yakoreraga mu bihugu bitandukanye byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba birimo Uganda, u Rwanda na Tanzania kubera Coronavirus. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, Modern Coast Express yatangaje ko ihagaritse ingendo zayo zigana muri ibi bihugu guhera tariki […]

Nyanza: Umuturage avuga ko yagabweho igitero n’abantu atazi

Umuturage witwa Beatrice Mushimiyimana utuye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana aravuga ko mu ijoro ryakeye mu gicuku, yagabweho igitero cy’amabuye n’abantu atazi, bakamena ibirahuri by’inzu ye, bagatangira gutera amabuye mu cyumba abana be bararamo. Mushimiyimana yabwiye Bwiza.com ko ibibazo by’umutekano muke abimaranye igihe ariko ubuyobozi bukaba butabishakira ibisubizo. Uyu mugore […]

Literacy Boost Coordinators at World Vision Rwanda

Literacy Boost Coordinator World Vision Rwanda is a child-focused Christian humanitarian organization implementing development programs in 28 Districts of Rwanda. World Vision Rwanda seeks to hire two highly qualified, dedicated and experienced nationals for the position of Literacy Boost Coordinators. The position will be based at the Kivu cluster and Tunga Cluster reporting to the […]

Umunsi Mpuzamahanga w’Ibyishimo mu mpagarara za Coronavirus

Tariki ya 20 Werurwe ni umunsi mpuzamahanga w’Ibyishimo watangiye kwizihizwa mu 2006 washyizweho na Jayme Illien uyoboye umushinga witwa New World Order wegamiye ku Muryango w’Abibumbye. Yari agamije guteza imbere ibyishimo nk’uburengenzira bw’ikiremwamuntu, kikaba ikintu cy’ingenzi kigize imibereho y’umuntu. Iki ni igihe abatuye Isi bishimira imibereho myiza iterwa n’impamvu zirimo kugera ku cyo bifuzaga n’ubwisanzure […]

Umuhanzi Aurlus Mabele ukomoka muri Congo yishwe na Coronavirus

Umuhanzi Aurlus Mabele wakanyujijeho mu muziki wa Repubulika ya Congo Brazzaville, yitabye Imana mu ijoro ryakeye azize icyorezo cya Virusi ya Corona. Uyu mugabo witabye Imana afite imyaka 67 y’amavuko, yaguye mu bitaro by’i Paris mu Bufaransa aho yari arwariye kuva ku wa 19 Werurwe. Inkuru y’urupfu rwa Mabele yatangajwe bwa mbere n’umukobwa we witwa […]

Impungenge ku Banyarwanda baba mu mahanga bari mu nzira berekeza i Kigali

Bamwe mu banyarwanda baba mu mahanga berekezaga mu Rwanda bafite impungenge ku rugendo rwa bo bitewe n’icyemezo Leta y’u Rwanda yafashe cyo gufunga ingendo z’indege. Aba banyarwanda barimo abari bamaze guhaguruka berekeza mu Rwanda urugendo ruteganya ko bazahagera ku wa 21 Werurwe 2020 bikaba bigaragara ko batabasha kugera mu Rwanda kuko isaha ntarengwa izaba yarenze. […]

Rusizi: Abambukira ku ndangamuntu bangiwe kwinjira muri RD Congo

Abakoreshaga umunsi ku wundi umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo uri i Rusizi bambukiye ku ndangamuntu, bavuga ko batangiye kugerwaho n’icyemezo bafatiwe cyo kutinjira muri Congo, bangirwa kwinjira muri iki gihugu. Ku wa Gatatu tariki 19 Werurwe, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi, yatangaje ingamba zitandukanye mu […]

Zimwe mu nyandiko zibazwaho muri iki gihe Coronavirus yugarije Isi

Icyorezo cya Coronavirus kimaze gutwara ubuzima bw’abatuye Isi benshi, abo kimaze gufata bikubye abapfuye inshuro zirenga icumi. Aba bantu bagizweho ingaruka nacyo bakomoka mu bihugu bitandukanye ndetse bari mu ngeri nyinshi. Ibi bituma icyorezo gisanishwa n’inyandiko z’abahanga batandukanye zasohotse kuva mu 1555 bikagera no mu byavuzwe mu bitabo by’Iyobokamana. Umwanditsi Nostradamus yavuze ku ‘mwaka w’impanga’ […]

Procurement and Logistics Officer at The Rwanda Institute for Conservation Agriculture (RICA)

The Rwanda Institute for Conservation Agriculture (RICA) is a unique and innovative English language undergraduate institution dedicated to preparing the next generation of agricultural leaders of Rwanda and East Africa. Students at RICA will engage in curricular and co-curricular learning opportunities emphasizing Conservation Agriculture and One Health principles, oral and written communication, leadership, and entrepreneurship. […]

Rwanda Purchasing Coordinator at One Acre Fund

One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five years in Rwanda, We have grown to serve more than 180,000 farm families with 1,500 full-time staff in Rwanda. In Burundi, We have grown to serve 40,000 farm families […]