Abantu babiri ni bo banduye Covid-19 mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu

Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Gatandatu, yatangaje ko abantu babiri barimo umwe w’i Kigali n’undi wa Kirehe ari bo banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 2,668 byafashwe. Umubare w’abanduye Covid-19 mu Rwanda wahise ugera ku bantu 4,892, ababarirwa mu 3,566 barimo 11 babonetse kuri uyu wa Gatandatu bakaba bamaze kugikira. Kugeza ubu abo kiriya cyorezo […]
Abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru bagufi kurusha abandi ku Isi
Umupira w’amaguru n’umwe muri Siporo zikunzwe na benshi, igihagararo kikaba kimwe mu bifasha abawukina kwitwara neza mu kibuga. Cyakora cyo nubwo igihagararo n’ibigango biri mu bituma abakinnyi bitwara neza, hari abakinnyi bagufi ariko ubugufi bwabo butabuza kwitwara neza. Twifashishije urubuga Sportsshow.net, tugiye kubagezaho urutonde rw’abakinnyi babigize umwuga bagufi ku Isi kurusha abandi. 10. Alexis Sanchez […]
Rusizi: Abaturage bibye imifuka 500 ya sima nyuma y’uko ikamyo yari iyikoreye ihirimye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu mu murenge wa Mururu ahitwa Roind Point mu Karere ka Rusizi, ikamyo ya CIMERWA yavaga ku ruganda rwa Bugarama ijya i Kigali yahirimye ipakiye imifuka 700, abaturage bibamo imifuka 500. Amakuru avuga ko umushoferi wari utwaye iriya kamyo witwa Sylvestre Sebanani w’imyaka 44 y’amavuko, yakomeretse cyane, biba ngombwa […]
Jacob Zuma agiye kuryozwa ibyaha bya ruswa
Urwego rushinzwe kurwanya ruswa muri Afurika y’epfo, rwatangaje ko ruzatumiza Jacob Zuma ukurikiranwe ibyaha bya ruswa guhera mu Ugushyingo 2020. Raymond Zondo, wungirije umucamanza mukuru, uyu munsi kuwa Gatanu yavuze ko Zuma ategetswe kwitaba urukiko kw’italiki ya 16 kugeza kuya 20 y’ukwezi gutaha kwa 11. Yongeyeho ko bishobora kuzakorwa mu buryo bw’iyakure, ibikenewe byose bimaze […]
RDC: Abantu 19 barimo Abarundi bahamijwe gufata ku ngufu
Urukiko rukuru rwo mu gace ka Uvira ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye igifungo cy’imyaka 15 abantu 19 barimo Abarundi, nyuma yo guhamywa ibyaha birimo gufata ku ngufu. Ni ibyaha byakozwe hagati ya Kamena na Kanama uyu mwaka, mu nkambi z’impunzi z’Abarundi za Lusenda na Mulongwe ziherereye muri […]
Aba nibo bagore 10 b’ibyamamare bakurura abagabo kurusha abandi mu mwaka 2020

Ubwiza n’ikintu gikunze gukurura impaka mu bantu banyuranye. Hari abavuga ko ubwiza bw’muntu ari mu mutima we, abandi bakemeza ko ubwiza bushobora no kugaragara inyuma. Akenshi ubwiza bushingira ku miterere, indeshyo cyangwa utundi turangabwiza tunyuranye. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho abagore 10 b’ibyamamare ku isi bizwiho gukundwa n’abagabo kubw’ikimero n’uburanga budasanzwe byihariye.Ni urtonde rwakozwe n’ikinyamakuru […]
Robertinho yavuze impamvu yahisemo kujya gutoza Gor Mahia nyuma ya Rayon Sports
Ikipe ya Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya, yemeje ko Umunya-Brésil Roberto Oliveira Goncalves ‘Robertinho’ watoje ikipe ya Rayon Sports ari we mutoza wayo mushya. Goal.com yavuze ko uyu mugabo yageze i Nairobi kuri uyu wa Gatandatu agiye gusimbura Steven Polack uheruka kwirukanwa n’iriya kipe ikunzwe kurusha izindi muri Kenya. Gor Mahia yemeje Robertinho […]
Perezida Donald Trump yakatiwe urwo gupfa
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwo mu gihugu cya Yemen ashinjwa ibyaha by’intambara. Perezida Trump yakatiwe kiriya gihano ari hamwe n’abandi bantu icyenda, barimo umwami wa Arabie Saoudite n’igikomangoma cyo muri kiriya gihugu. Ikinyamakuru Daily Star dukesha iyi nkuru, kivuga ko ubwo ruriya rubanza rwabaga ku wa […]
Magufuli yasabiye Kenya inkunga ikomeye mu baturage be
Perezida wa Tanzania akaba n’umukandida w’ishyaka CCM, Dr John Pombe Magufuli, yasabye abaturage b’ibihugu cye gusengera igihugu cya Kenya, kugira ngo nacyo gitsinde Covid-19 nkuko bayitsinze. Ni ubutumwa Perezida Magufuli yageneye abaturage b’ibihugu cye, bwahuriranye nuko none tariki ya 10 n’iya 11 Ukwakira , Kenya yateguye amasengesho azahuriramo abayozozi bakuru b’igihugu n’abaturage, mu rwego rwo […]
Rubavu: Muri APEFE-Mweya haravugwa umwiryane n’ivangura rishingiye ku moko
Abanyamuryango b’ishuri rya APEFE-Mweya, barashinja umuyobozi waryo, Ndakaza Laurent, kugundira ubuyobozi no guteza iryo shuri ibihombo byatumye ritezwa cyamunara, we akavuga ko abamushinja ibyo babiterwa n’ubugome bafite ahanini bushingiye ku ivangura rishingiye ku moko. Ikigo cya APEFE-Mweya giherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, kikaba gifite ishuri ribanza n’iryisumbuye. Amakimbirane avugwa muri iri […]
Covid-19: Ubuzima burahenze kurusha agapfukamunwa
Ubuzima bw’umuntu n’agapfukamunwa ni amagambo abiri byoroshye kuyagereranya kuko igifite agaciro kurusha ikindi kirigaragaza. Agaciro k’ubuzima ni ingingo yo kwibazwaho muri iki gihe icyorezo cya Coronavirus (Covid-19) cyugarije Isi n’igihugu cy’u Rwanda, hagashakishwa uburyo ubuzima butakangizwa n’iki cyorezo. Abantu batitaye ku giciro cy’agapfukamunwa, nk’igikoresho cy’ibanze cy’ubwirinzi no kurinda abandi bakagombye gushakisha uburyo bwose bwo kukabona. […]
Suarez yavuze ubugome yakorewe na FC Barcelona bwatumye atandukana na yo mu marira
Rutahizamu Luis Suarez yatangaje ko yarijijwe n’uburyo FC Barcelona yamufashe mu byumweru bye bya nyuma mbere y’uko yerekeza muri Atletico Madrid, anahishura ko yangirwaga gukora imyitozo itegura imikino y’iriya kipe. Suarez yahishuye inzira y’umusaraba yanyuzemo mu minsi ye ya nyuma muri FC Barcelona, mu kiganiro aheruka kugirana n’urubuga rw’Ikipe y’Igihugu ya Uruguay, nyuma y’umukino wo […]
Amashuri nasubukura nta munyeshuri wa UR uzahurira mu ishuri na mwarimu
Umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda, Prof. Phillip Cotton, yatangaje ko ubwo amashuri azaba yongeye gufungura muri uku kwezi abarimu ba Kaminuza y’u Rwanda bazajya bigisha batari kumwe n’abanyeshuri, mu rwego rwo kwirinda ubwandu bushya bwa Covid-19. Mu butumwa Umuyobozi wa Kamiunza y’u Rwanda Prof Phillip Cotton yageneye abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda bitegura gusubira ku […]
Nyaruguru: Yatunguranye asabira imbabazi mu ruhame ku ruhare yagize muri jenoside
Mu kiganiro ku bumwe n’ubwiyunge cyatanzwe n’umuryango utari uwa Leta AMI (Association Modeste et Innocent) mu Kagari ka Bungi, Umurenge wa Rusenge, Akarere ka Nyaruguru, umugabo witwa Viateur Mbabariye w’imyaka 50, yatunguranye asaba imbabazi Philomene Mukamabano, w’imyaka 64 bari bicaranye, ku ruhare yagize mu iyicwa ry’umugabo we, Musoni Festus n’abana be muri 1994, ahita azihabwa. […]
Perezida Ndayishimiye agiye gufasha abahishije ibicuruzwa kubona inguzanyo
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangije ubukangurambaga bwo kugoboka abacuruzi bo mu isoko rya Kamenge baherutse guterwa n’inkongi y’umuriro. Isoko rya Kamenge ryafashwe n’inongi y’umuriro ku wa 5 Ukwakira 2020.Tariki ya 6 Ukwakira 2020, Perezida Ndayishimiye aherekejwe n’umuyobozi w’umujyi wa Bujumbura basuye isoko rya Kamenge riherutse guterwa n’inkongi y’umuriro ikaryangiza itaretse ibicuruzwa byarimo. Mu butumwa […]
Mu mafoto Kigali ku rutonde rw’imijyi 10 myiza ya Afurika

Ni kenshi cyane ibitangazamakuru byo mu burengerazuba bw’Isi bikunze kugaragaza Afurika nk’umugabane ukennye kandi utuwe n’abantu batagira isuku. Uko imyaka igenda ihita indi igataha ni nako abayituye na bo bagenda basogongera ku buryohe bw’isuku ku mubiri no mu bitekerezo abo banyamahanga babarushaga. Ikinyamakuru Forbes Magazine cyasohoye urutonde rw’imijyi 10 myiza muri Afurika, rukaba ari urutonde […]