Covid-19 yishe undi mugore w’imyaka 40

eogppl7wmae6eh4-1.png

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2020 yatangaje ko umugore w’imyaka 40 y’amavuko yiciwe na Covid-19 mu mujyi wa Kigali. Ni nyuma y’aho ejo ku wa 29 Ugushyingo, mu mujyi wa Kigali, undi mugore w’imyaka 25 y’amavuko yishwe n’iki cyorezo. Abandi bantu banduye icyorezo cya Covid-19 ni 15, mu bipimo 2196 byafashwe […]

Igitego Messi yatuye Maradona cyatumye FC Barcelone icibwa amande arenga miliyoni 3 Frw

Ikipe ya FC Barcelona yaciwe amande y’ibihumbi bitatu by’ama-Euro (arenga miliyoni 3 Frw) izira Lionel Messi uheruka gutura igitego Diego Maradona yambaye umwambaro w’ikipe ya Newell’s Old Boys yo muri Argentine. Byabaye ku wa Gatandatu w’icyumeru gushize, ubwo FC Barcelona yanyagiraga Osasuna ibitego 4-0 mu mukino w’umunsi wa 11 wa Shampiyona ya Espagne. Messi yatsinze […]

Rujugiro ntiyemera amafaranga urukiko rwa EAC rwaciye u Rwanda

Umuherwe w’Umunyarwanda, Rujugiro Tribert yavuze ko atakwemera amafaranga Urukiko rw’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba rwaciye leta y’u Rwanda, kuko ngo ari make. Uru rukiko rwaciye leta y’u Rwanda aya mafaranga nyuma y’icyemezo rwari rumaze gufata ku bujurire bwa Rujugiro, bujyanye n’inyubako ye ya UTC yagurishije ikigo cya Kigali Investment Company kuri miliyoni 6.8 z’amadolari ya Amerika […]

Bruce Melodie yavuze urwo yaboneye kuri Kitoko ubwo bahuriraga mu gitaramo bwa mbere

Umuhanzi Itahiwacu Bruce ukunzwe mu muziki Nyarwanda nka Bruce Melodie, yahishuye ko Bibarwa Patrick uzwi nka Kitoko yigeze gutuma yiheba ubwo bahuriraga mu gitaramo yari yatumiwemo ku nshuro ya mbere. Yabitangaje kuri uyu wa Mbere mu kiganiro ‘Versus’ cya Televiziyo y’u Rwanda yari yatumiwemo n’umunyamakuru Luckyman Nizeyimana. Bruce Melodie kuri ubu ni umwe mu bahanzi […]

COVID-19 : Intonganya mu bagize umuryango

Mu gihe COVID-19 yagize ingaruka ku bukungu, hakwitega ko ibi bizateza ukutumvikana mu bagize umuryango ku bwo gusangira ubusa bakitana ibisambo. Hari imvugo ya Kinyarwanda ngo ” Umugabo abawe iyo yahashye”. Birumvikana ko hari icyo byumvikanisha ku bijyanye no guhahira ingo nk’inshingano z’ababyeyi. Ku bagabo, hari abumvikanye mu bitangazamakuru bavuga ko abagore babataye kuko batakibashije […]

Amuriat yasabye ab’i Kisoro guhorera Gen. Kayihura, badatora Museveni

en-39c7wmaabfqt.jpg

Umukandida uzahagararira ishyaka rya FDC (Forum for Democratic Change) mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, Patrick Amuriat, yasabye abaturage bo mu Karere ka Kisoro kudatora Perezida Museveni mu rwego rwo guhorera Gen. Kale Kayihura yirukanye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Polisi. Amuriat yabitangaje kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2020, ubwo yiyamamarizaga iwabo w’amavuko wa Gen. […]

TPLF yigambye gufunga ingabo za Eritrea zagiye gufasha iza Ethiopia

Umuyobozi w’Ishyaka TPLF riroboye Leta ya Tigray, yatangaje ko ingabo ze zitigeze ziyamanika imbere y’iza Ethiopia bamaze igihe bahanganye, ahubwo avuga ko hari abasirikare ba Eritrea zafunze nyuma yo gubafata mpiri baje gufasha Ethiopia. Debretsion Gebremichael uyobora Tigray People Liberation Force, yavuze ko kuri uyu wa mbere imirwano yari igikomeje mu murwa mukuru wa Tigray, […]

Menya akayabo k’amafaranga azakoreshwa muri Tour du Rwanda 2021

Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, FERWACY, ryatangaje ko Tour du Rwanda ya 2021 iteganyijwe muri Gashyantare umwaka utaha izatwara abarirwa muri miliyoni 740 Frw. Ni ingengo y’imari ingana neza n’iyakoreshejwe muri Tour du Rwanda yo muri Gashyantare 2020. Isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda rya 2021, rizaba mu gihe ubukungu bw’Isi buzaba butifashe neza […]

Nyamasheke: Abatesha abana amashuri bagiye guhagurukirwa

img-20201129-wa0007.jpg

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke buravuga ko kugeza ubu hari abana bagera kuri 15% mu mashuri abanza n’abagera ku 10% mu yisumbuye bagombaga kuba bari ku mashuri batarahagera kuva amashuri atangiye, bigakekwa ko bamwe baba bakigundiriwe n’ababakoresha imirimo ivunanye hirya no hino mu karere no hanze yako, ko hagiye gukorwa urutonde rw’abo bana bose n’ahakekwa baba […]

Umwamikazi Elizabeth yahagaritse ikoreshwa ry’aya magambo umunani

Umwamikazi w’Ubwongereza, Elizabeth II yaciye iteka ko hari amagambo umunani abo mu muryango w’ibwami batemerewe gukoresha kuko asanga kuyavuga ari “ikinyabupfura gike.” Muri aya magambo harimo: -Couch: intebe inepa -Living Room: saro -Court yad: igikari -Posh: igihenze -Perfume: imibavu -Dad: data, papa -Smell: impumuro -Toilet: ubwogero Uyu muyobozi yifuza ko hakoreshwa amagambo nka: Sofa mu […]

U Burundi burasaba ko u Rwanda rwashyirwaho igitutu

Leta y’u Burundi itangaza ko imiryango mpuzamahanga ikwiriye gushyira igitutu ku Rwanda ku ngingo yo kohereza abagize uruhare mu guhirika ubutegetsi mu 2015. U Rwanda n’u Burundi baherutse kuganira ku kibazo by’umubano mubi uri hagati y’ibihugu byombi. Wasoma byinshi kuri iyi ngingo: https://bwiza.com/?U-Rwanda-rwaba-rwaremeye-ko-rucumbikiye-abo-u-Burundi-bukekaho-gushaka-guhirika Umuvugizi wa Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, Jean Claude Karerwa yagize icyo […]

Museveni yavuze ko atazihanganira ‘Inkozi z’ibibi’ zishyigikiwe n’amahanga

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko igihugu cye kitazigera na rimwe kihanganira abo yise ‘Inkozi z’ibibi’ zishyigikiwe n’ibihugu by’amahanga, zigamije guhungabanya umudendezo w’abaturage ba Uganda. Museveni yabitangarije kuri Televiziyo y’Igihugu, nyuma y’uko mu byumweru bibiri bishize abanya-Uganda babarirwa muri za mirongo bishwe barashwe n’inzego zishinzwe umutekano, bigaragambiriza itabwa muri yombi rya Depite Robert […]

Amuriat yavuze ko natorwa azaganira n’u Rwanda, umupaka wa Cyanika ufungurwe

Umukandida w’ishyaka rya FDC ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Patrick Amuriat Oboi kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2020, yavuze ko natorwa azagirana ibiganiro n’u Rwanda kugira ngo umupaka wa Cyanika uruhuza na Uganda ufungurwe. Amuriat yabitangarije mu Karere ka Kisoro, ubwo yakomezaga ibikorwa byo kwiyamamaza. Uyu mukandida yashakaga kwiyamamariza ku mupaka wa Cyanika/Kyanika uhuza ibihugu byombi […]

Ibihugu bitanu bya Afurika byo kwitonderwa mu kurwanisha ibifaru

type_96.jpg

Uko iminsi ihita indi igataha, igisirikare gikomeza gushyirwa imbere mu bihugu byose byo ku Isi. Igisirikare cyahesheje ibihugu ijambo rikomeye ku Isi, ni nako gishorwamo akayabo, yewe n’aho abaturage bishwe n’inzara, ntibabura kugura ibikoresho bya gisirikare ubutitsa. Muri ibyo bikoresho, harimo n’ibifaru byifashishwa n’ingabo zirwanira ku butaka. N’ubwo bimeze bityo, siko aba bose bafite igisirikare […]

Joe Biden arambikwa ‘ikirenge’ nyuma yo kuvunika ubwo yakinaga n’imbwa

Joe Biden utangira kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Mutarama 2021, arambikwa ikirenge cy’igikorano nyuma yo kuvunika ubwo yakinaga n’imbwa ye tariki ya 28 Ugushyingo 2020. Nk’uko CNN yabitangaje, kuri uwo munsi, Biden yakinaga n’imbwa akunda cyane amaranye imyaka ibiri yise ‘Major’. Icyo gihe ni bwo yaje gukora impanuka, atsikira ikirenge. Muganga we bwite, […]

Basketball: U Rwanda rwatsindiwe na Sudani y’Epfo mu maso ya Perezida Kagame

Mu ijoro ryakeye ikipe y’Igihugu ya Basketball yatsinzwe na Sudani y’Epfo amanota 67 kuri 55, mu mukino w’ijonjora ryo gushaka itike ya Afrobasket 2021 warebwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Perezida Kagame yakurikiye uyu mukino wari uwa nyuma wo mu itsinda D ari kumwe n’abarimo Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa na Mugwiza Désiré […]

Nta mpozamarira ku miryango ya 32 bapfiriye mu myigaragambyo_Museveni

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2020 yatsembeye imiryango y’abantu 32 muri 54 bapfiriye mu myigaragambyo yamaganaga itabwa muri yombi rya Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine), avuga ko atazayiha impozamarira. Uyu Mukuru w’Igihugu mu ijambo yagezaga ku Bagande mu masaha y’umugoroba, yaje gukomoza ku kibazo cy’umutekano, agihuza n’iyi myigaragambyo ikomeye yamaze […]

Abapagasi basaga 43 bakaswe amajosi i Maiduguri

Abantu batari munsi ya 43 biciwe mu cyo Perezida wa Nigeria yavuze ko ari igitero “ndengakamere” cyabereye mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’icyo gihugu ku wa gatandatu. Abagabye icyo gitero baboshye abo bahinzi bari mu kiraka (abapagasi) mu mirima y’umuceri babaca ingoto hafi y’umujyi wa Maiduguri, umurwa mukuru wa leta ya Borno, nkuko amakuru abivuga. Ni […]

Mu minsi 2, inkiko mpuzamahanga zasabye u Rwanda kuriha Mugesera na Rujugiro

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 23, cyaranzwe n’amakuru mu ngeri zitandukanye; ariko by’umwihariko yiganjemo ay’ubutabera, umutekano n’iyobokamana. Aya ni yo twafashe, twegeranyamo ay’ingenzi muri yo, hiyongereyemo n’ay’imikino. Ni aya akurikira: Urukiko rwa Afurika rwategetse u Rwanda guha Dr. Léon Mugesera indishyi Urukiko rwa Afurika ruharanira ubutabera n’uburenganzira bw’ikiremwamuntu (AFCHPR) ku wa 27 Ugushyingo 2020 rwategetse […]