Tuyisenge Jacques wa APR FC yateye ivi (Amafoto)

Rutahizamu wa APR FC ndetse n’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Jacques Tuyisenge, yateye ivi kuri uyu mugoroba asaba umukunzi we witwa Jordin ko yazamubera umugore undi arabyemera. Ni umuhango wabereye i Nyamata mu Bugesera aho Jacques atuye akanabana n’uriya mukobwa bivugwa ko akomoka muri Uganda. Ni nyuma y’igihe kirekire aba bombi bakundana. Amafoto yagiye hanze agaragaza Jacques […]
Kinshasa: Icyoba ni cyose, uwari ukuriye ubutasi n’uw’igipolisi mu mazi abira
KalĂ©v Mutond wahoze akuriye urwego rw’Ubutasi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), ANR mu magambo ahinnye y’Igifaransa, ubushinjacyaha bwamenyesheje ko buri gukurikirana dosiye ye ku byaha bumushinja. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa Umushinjacyaha Mukuru wa RDC, Bonheur Luntaka Madi yandikiye amenyesha Urwego rw’Ubutasi muri icyo gihugu, yavuze ko KalĂ©v akurikiranyweho ibyaha byinshi birimo n’impfu z’abantu […]
Gusesa Abagina ni ukwihakana igihugu kavukire_Bamporiki yibasira Rusesabagina
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, yifatiriye ku gahanga Paul Rusesabagina uheruka gutangaza ko atari Umunyarwanda. Ku wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare, ni bwo Rusesabagina n’abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa FLN ushamikiye ku mpuzamashyaka ya MRCD yari abereye umuyobozi, batangiye kuburanishwa mu mizi. Bose uko ari 21 bakurikiranweho ibyaha bifitanye isano […]
Habonetse undi mugore ushinja Ev Gihozo\Sebukwe ashyize ukuri kose hanze-Amabanga aramenyekanye
Abasirikare ba Uganda bahohoteye abanyamakuru, mu mapingu

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko cyataye muri yombi abasirikare barindwi bahohoteye abanyamakuru bari baherekeje umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu ubwo yari yagiye kurega Leta ku biro bya Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe uburenganzira bwa muntu. Uyu munyapolitiki uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine ashinja inzego z’umutekano za Uganda gutera ibiro by’ishyaka rye, NUP (National Unity […]
Musafiri aringingira umuhanuzi Mama Vanessa kwibuka abana yamutanye

Musafiri Pascal, umugabo w’isezerano w’umuhanuzi Mukanyirigira Gloriose uzwi nka Mama Vanessa ari mu gahinda gakomeye ko kugorwa no kwita ku bana batandatu (umukuru afite imyaka 18) uyu mugore yamutanye, bikagera n’aho ajya yihekera umuto muri bo. Inkuru y’uko Mama Vanessa yataye Musafiri n’abana, yamenyekanye muri Mutarama 2021, aho umugabo asobanura ko uwari umugore we yamutaye […]
Ntabwo demukarasi igomba guhabwa ubusobanuro n’abo mu burengerazuba- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko demukarasi atari ihame rigomba guhabwa ubusobanuro n’ab’i Burayi cyangwa muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika (aba akenshi bitwa abo mu burengerazuba cyangwa abateye imbere). Mu kiganiro n’umunyamakuru wa CNN witwa Richard Austin Quest umaze igihe asura u Rwanda. Cyagiye hanze kuwa 17 Gashyantare 2021 aho aba […]
Malawi: Abakoresheje inoti za 2,500 Rwf mu gupfunyika indabo za St Valentin byabakozeho
Polisi ya Malawi yataye muri yombi abantu bane baregwa gukoresha amafaranga y’inoti mu kuzinga imitako y’indabo z’impano zo ku munsi w’abakundana w’itariki ya 14 y’ukwezi kwa kabiri uzwi nka Saint Valentin (Valentine’s Day). Amafoto y’indabo z’iroza zizinze mu noti z’amakwacha 2000 (aya arenga gato 2500Frw), ku cyumweru yaracicikanye mu matsinda yo kuri WhatsApp muri icyo […]
Gen Muhoozi yasabye imbabazi ku bw’urugomo igisirikare cyakoreye abanyamakuru
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen David Muhoozi, yasabye imbabazi nyuma y’urugomo abasirikare ba kiriya gihugu baheruka gukorera abanyamakuru. Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare, ni bwo abasirikare ba Uganda bakubise abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye, bazira kuba bari bagiye ku kicaro cy’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu, aho Bobi Wine […]
Ibihugu 10 byo muri Afurika bifite igisirikare cya nta kigenda mu 2021
Urubuga mpuzamahanga Global firepower rwashyize hanze uko ibihugu 139 birutanwa mu mbaraga za gisirikare ku Isi mu mwaka wa 2021 ari nako rugaragaza 10 bifite intege nke ku mugabane wa Afurika. Uru rubuga rusanzwe rutangaza uru rutonde buri mwaka. Mu mwaka wa 2021, hagaragajwe imbaraga za gisirikare z’ibihugu 139 ku Isi. Muri Afurika, ni ibihugu […]
Amafoto: Inkingi y’amayobera yahuruje imbaga muri Kinshasa, ntibazi nyirayo

Mu cyumweru gishize mu gace ka Bandalungwa ku muhanda witiriwe Kasa-Vubu mu mujyi wa Kinshasa ho muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, hagaragaye inkingi y’amayobera (monolithe) yishinze mu butaka. Gusa inkuru y’iki nkingi ya mpandeshatu ibonerana byatangiye kuvugwa cyane kuri uyu wa 18 Gashyantare 2021 ku mbuga nkoranyambaga, ubwo abantu benshi barimo na Guverineri wa […]
RDC: Jacques Mugabo yatawe muri yombi nyuma y’imyaka 11 ahigishwa uruhindu
Nyuma y’imyaka 11 ahigishwa uruhindu kubera uruhare akekwaho mu rupfu rw’impirimbanyi Floribert Chebeya, Jacques Mugabo wahoze ari umupolisi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatawe muri yombi. Floribert Chebeya wahoze ari w’ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu “La Voix des sans Voix”, yishwe ku itariki ya 01 Kamena 2010 ari kumwe n’uwari umushoferi we witwa Fidèle […]
Japan: Abagore mbarwa bemerewe kwitabira inama z’ishyaka riri ku butegetsi ariko ntibavuge, bakareba gusa

Ishyaka riri ku butegetsi mu Buyapani (Liberal Democratic Party) ryemereye abagore batanu gusa kwitabira inama zaryo ariko ko batagomba kugira icyo bavuga, ko ahubwo bagomba kureba uko abagabo bakora. Ubusanzwe nta mugore wahingukaga mu nama z’iri shyaka gusa ngo kwemerera nibura batanu birahagije nk’ikimenyetso cy’impinduka. Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka, Liberal Democratic Party, Toshihiro Nikai, w’imyaka 82 […]
Ingabire M. Immaculée asanga gufunga abapfobya jenoside ntacyo byamara
Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, avuga ko asanga bishoboka ko gufunga abantu bakekwaho gupfobya no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi ntacyo byamara, ko ahubwo bikwiriye gutekerezwaho kuko abo bantu bashobora kugera muri gereza bakanduza ibitekerezo byabo abo basanzeyo. Ingabire yatangarije Igihe ko ahubwo abantu nk’abo bakwiriye gukomeza kuganirizwa. Ati ” Kubafunga nta n’icyo […]
Sheikh Habimana Hamdan akurikiranweho kwiba umunyamakuru wa B&B FM
Sheikh Habimana Hamdan usanzwe ari umuyobozi w’Ishyirahamwe Ijabo Ryawe Rwanda, ari mu maboko y’ubushinjacyaha akurikiranweho icyaha cy’ubujura. Ku wa Gatatu nibwo abanyamakuru b’igitangazamakuru cya Siporo B&B FM Umwezi batangaje ko bibwe n’umwe mu bantu babarizwa mu mupira w’amaguru mu Rwanda. Ni inkuru bavuzeho mu gihe gishyira ku isaha imwe, bagaragaza ko batunguwe no kubona uyu […]
Ingabo z’u Rwanda zinyomoza abavuga ko ziri mu kaga i Bangui
Mu mpera za Mutarama 2021, Martin ZiguĂ©lĂ© wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Centrafrica yatangaje ko ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya CPC (Coalition of Patriots for Change) ryafashe kimwe cya gatatu (1/3) cy’iki gihugu. Icyo gihe kandi ZiguĂ©lĂ© yatangaje ko isaha ku isaha hashobora kumvikana inkuru y’ihirikwa ku butegetsi rya Perezida Faustin TouadĂ©ra kuko ngo […]