Rutunga ukekwaho ibyaha bya jenoside yoherejwe mu Rwanda

img-20210726-wa0073_1.jpg

Guverinoma y’u Buholandi yohereje mu Rwanda Rutunga Venant w’imyaka 72 y’amavuko , urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwahise rumufatira ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali. Rutungwa akekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari ISAR Rubona muri Prefecture ya Butare, yoherejwe kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda nk’uko Umuvugizi w’ubushinjacyaha Nkusi Faustin yabitangaje. Inzego […]

Ingumi zavugije ubuhuha hagati ya Chameleone na Ragga Dee

Amakofe n’imigeri byavugije ubuhuha hagati y’umuhanzi Dr Jose Chameleone na Ragga Dee bapfa amafaranga yari yatanzwe na murumuna wa Museveni, Gen Caleb Akandwaho uzwi nka Salim Saleh Rufu mu Karere ka Gulu muri Uganda. Amakuru ari mu binyamakuru byo muri Uganda avuga ko Oyagala Kashi (Ragga Dee) yarwanye na Chameleone kuwa Gatandatu kuwa 24 Nyakanga […]

Guverinoma ya Tanzania yashyizeho ingamba zikomeye zo kwirinda COVID-19

Guverinoma ya Tanzania yahagaritse kugeza igihe kitazwi ibitaramo, amaserukiramuco ndetse n’ibindi bikorwa bihuriza hamwe abantu benshi; nk’uburyo bwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubuzima, Abel Makubi. Yavuze ko ibikorwa byose bihuriza abantu hamwe nk’utubari ndetse n’inzu z’imyidagaduro bigomba kuyoboka amabwiriza mashya yashyizweho na Guverinoma. Yagize ati: “Turasaba dukomeje ko […]

Les soldats rwandais ont tuĂ© plus d’insurgĂ©s lors d’un assaut au Mozambique

e7kxio0xiaqbgx-.jpg

Les derniers rapports du Mozambique indiquent que les forces gouvernementales mozambicaines et les Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) ont tuĂ© plusieurs insurgĂ©s au cours du week-end lors d’une opĂ©ration conjointe dans la rĂ©gion d’Awasse, un emplacement stratĂ©gique avec une route de connexion Ă  la ville portuaire de MocĂ­mboa da Praia et Ă  Palma , dans […]

Perezida Museveni yapfushije nyirasenge wari mu myaka 97

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yapfushije nyirasenge, Jairesi Keminagano wari uri mu kigero cy’imyaka 97. Museveni ubwe niwe washyize aya makuru ahagaragara agira ati Mbabajwe no gutangaza urupfu rw’umwe muri ba masenge , Kaaka Jairesi Keminagano, wari ugeze mu myaka 97,” Yongeyeho ko yapfuye kuri iki Cyumweru saa mbiri z’ijoro apfiriye Nakasero azize ibibazo bifitanye […]

Mugisha Moise yavuze uruvagusenya yahuye narwo i Tokyo

Ku wa Gatandatu ku gicamunsi abakunzi b’umukino w’amagare mu Rwanda barimo bareba imikino ya Olempike ngo barebe ko Mugisha MoĂŻse yakora amateka, ariko isiganwa rigeze hagati agira atya arabura, ibintu yasobanuye ubwe bwite. Isiganwa rirangiye ni bwo abari bategereje bamenye ko Mugisha MoĂŻse yakoze impanuka bageze kuri 140Km ntabashe gukomeza. Mugisha w’imyaka 24, ni we […]

Musanze: Polisi iri guhigisha uruhindu umujura watorotse kasho agatwara n’ipingu ryayo

Polisi mu karere ka Musanze iri guhigisha uruhindu umugabo witwa Bizimana Anselme, nyuma yo gutoroka kasho yayo iri kuri Sitasiyo ya Remera aho yari amaze iminsi afungiye. Amakuru BWIZA yamenye ni uko ku wa Kane w’icyumweru gishize Bizimana yatawe muri yombi, ajya gufungirwa kuri Sitasiyo ya Remera mu gihe hari hagitegerejwe ko ashyikirizwa Urwego rw’Igihugu […]

Ingabo za FARDC zimaze imyaka zirwana n’inyeshyamba ziracyatozwa kurirwaniramo

img_23072021_233431_1200_x_675_pixel-1024x576.jpg

Abasirikare 688 ba FARDC mu mpera z’icyumweru gishize basoje imyitozo ya gisirikare yo kurwanira mu mashyamba yatanzwe mu rwego rw’ubufatanye bwa gisirikare hagati ya RDC n’Umuryango w’Abubumbye. Aba basirikare batojwe mu gihe cy’ibyumweru bibiri ahitwa Rwampara, agace gaherereye hafi y’Umujyi wa Bunia. Usibye amasomo yo kurwanira mu mashyamba, banahuguwe ku bijyanye n’uburenganzira bwa muntu. Komanda […]

Ubwoko butazwi bwa Covid19 bwabonetse mu Rwanda

Mu bipimo 242 byo gushaka amoko ya Covid19 ari mu Rwanda habonetsemo ubwoko butazwi bw’iyi virus buri ku kigero cya 5.4%, nk’uko Imibare iva muri Minisiteri y’Ubuzima ibyerekana. Ubwoko bwiganje cyane ni Delta, bwabonetse bwa mbere mu Buhinde, iri ku gipimo cya 56.6%, nk’uko Minisitiri Dr Daniel Ngamije yabivuze mu kiganiro kuri televiziyo y’u Rwanda. […]

Perezida Nyusi yacyeje ingabo za RDF zikomeje gukora akazi kadasanzwe muri Cabo Delgado

Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, yashimye ingabo z’u Rwanda kubera akazi kadanzwe zikomeje gukora mu ntara ya Cabo Delgado, ashimangira ko nta kiguzi gishobora kugira akazi ziri gukora. Perezida Nyusi yabigarutseho ejo ku Cyumweru, mu ijambo yagejeje ku banya-Mozambique risobanura aho Leta igeze ikemura ikibazo cy’umutekano muke cyugarije amajyaruguru y’igihugu. Perezida Nyusi yavuze ko kuba […]

Kirehe: Ubuyobozi burashinjwa gukingira ikibaba Gitifu warezwe kurarana umugore w’abandi na DASSO ushinjwa gufata ku ngufu

Umugabo witwa Uwizeye utuye mu Mudugudu wa Kampara, Akagari ka Bisagara mu Murenge wa Mushikiri w’Akarere ka Kirehe, aravuga ko yagiye kurega Umunyamanga Nshingwabikorwa w’Akagari kumuraranira umugore nyamara agafungwa, undi muturage witwa Grace Dusengimana Grace we agashinja DASSO witwa Elia gushaka kumusambanya ku ngufu agategekwa ubwiyunge. Uwizeye avuga ko tariki ya 1 Nyakanga 2021 yagiye […]

Imyigaragambyo ikaze muri Kaminuza ya Kinshasa nyuma y’aho umunyeshuri yishwe, azira agapfukamunwa

e7fpms2xsamgg6z_1.jpg

Abanyeshuri biga muri Kaminuza ya Kinshasa (UNIKIN) muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bakoze imyigaragambyo ikaze nyuma y’aho mugenzi wabo wishwe arashwe n’umupolisi azira kutambara agapfukamunwa. Uyu munyeshuri witwa HonorĂ© Shama Kwete wari usanzwe yiga mu mwaka wa kabiri w’indimi muri UNIKIN yishwe tariki ya 24 Nyakanga 2021 n’umupolisi witwa Matondo Mwalimu, ahita atoroka. […]

Uganda: Umwana w’imyaka 10 yishe se arimo guhorera nyina

Polisi mu Karere ka Rukungiri muri Uganda iri mu iperereza ku rufu rw’umugabo w’imyaka 33 bivugwa ko yishwe n’umuhungu we w’imyaka 10 nyuma y’amakimbirane yabanje kubera mu rugo hagati y’umugabo n’umugore we. Umugabo wishwe ni uwitwa Pius Tugumisirize, wari utuye mu Mudugudu wa Rwesero, ubarizwa muri Paruwasi ya Kikarara, mu Murenge wa Bwambara, ho mu […]

Umunyamerika ukuriye Madagascar Oil mu bakekwaho gushaka guhirika Rajoelina

moil.jpg

Nyuma y’Abafaransa babiri, Paul Rafanoharana na Philippe François bafashwe kuwa Kabiri ushize bashinjwa gushaka guhirika ku butegetsi Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar, ubu haravugwa ifatwa ry’undi munyamahanga wa gatatu ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukekwaho kuba inyuma y‘uyu mugambi. Kuva mu ijoro ryo kuwa Kabiri ushize, Paul Rafanoharana na Philippe François bo bakomeje […]

EAC: U Burundi ni cyo gihugu kitarafata inkingo za Covid-19; hari icyo bubivugaho

tz-2.jpg

Tariki ya 24 Nyakanga 2021, Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zahaye Guverinoma ya Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania doze 1,000,000 z’inkingo za Covid-19 mu rwego rwo kwifatanya mu rugamba rwo kurwanya iki cyorezo. Iki gikorwa cyakiranywe ibyishimo n’ishami ry’umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (WHO) muri Afurika, nk’uko bigaragara mu butumwa ryatambukije kuri Twitter mu […]

Inda ushaka wayitera mbere cyangwa nyuma_Platini asubiza abamwibasiye

Umuhanzi Nemeye Platini yasubije abamushinje kwibaruka imfura ye vuba ugereranyije n’igihe we n’umugore we bashingiye urugo, avuga ko umuntu yemerewe gutera inda igihe abishakiye. Mu Cyumweru gishize ni bwo uyu muhanzi wamenyekanye mu itsinda rya Dream Boys n’umugore we Ingabire Olivia bibarutse imfura, nyuma y’amezi ane barushinze. Ni inkuru yasamiwe hejuru na bamwe mu bakoresha […]

Mozambique: RDF yaba yongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi no gufata ibikoresho bitandukanye byazo

capture-11.jpg

Amakuru akomeje kuzenguruka kuri twitter ataremezwa neza aravuga ko ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique muri iyi weekend zongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi mu Ntara ya Cabo Delgado mu gace ka Awasse. Aya makuru arakomeza avuga ko izo nyeshyamba zishwe mu mirwano yazihuje n’ingabo z’u Rwanda ubwo zageragezaga kongera ingufu muri aka gace kugirango zibashe kurushaho […]

Gatsibo: Abashumba bakubise ibuye umworozi rigera mu bwonko

Mu karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kabarore, Akagari ka Kabarore, Umudugudu wa Bihinga, uwitwa Karangwa Augustin uzwi Ku izina rya Ruhugafu uri mu kigero cy’imyaka nka mirongo ine (40) yishwe n’abashumba bamukubise ibuye mu mutwe bakaritebeza mu bwonko. Umubyeyi witwa Uwanziga Flora yavuze ko uyu mugabo wishwe n’abashumba yari Se wabo, Icyo bapfaga atakizi ariko […]

Simba ya Kagere yihoreye kuri Yanga, iyitwara igikombe cya ASFC (Amafoto)

img_20210726_072037.jpg

Ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania yegukanye igikombe cya Azam Sports Federation Cup (ASFC), nyuma yo kwihorera kuri mukeba wayo Young Africans ikayitsinda igitego 1-0. Hari ku mukino wa nyuma w’iri rushanwa amakipe yombi yahuriyemo mu mujyi wa Kigoma ejo ku Cyumweru. Igitego cyo ku munota wa 79 w’umukino cy’Umugande Taddeo […]

Mali: Uwashatse kwica Perezida Goita yapfiriye mu maboko y’inzego z’umutekano

Umugabo washinjwaga gushaka gutera icyuma perezida w’agateganyo wa Mali Assimi Goita mu cyumweru gishize yapfiriye mu bitaro ubwo yari mu maboko y’inzego z’umutekano, nk’uko guverinoma yabitangaje ku cyumweru. Ku wa kabiri, nibwo Perezida Goita, umukoloneli wo mu ngabo zidasanzwe za Mali, wateguye ihirikwa ry’ubutegetsi kabiri mu mwaka ushize, yarokotse nta nkomyi nyuma yo kugabwaho igitero […]

APR FC yabonye umusimbura w’umutoza wungirije

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko bwabonye umusimbura w’umutoza wungirije Pablo MarchĂłn wasubiye iwabo kubera impamvu z’umuryango, ari we Jamel Eddine Neffati ukomoka muri Tunisia. Iyi kipe isobanura ko uyu mutoza w’imyaka 32 y’amavuko azaba akora inshingano yo kungiriza umutoza mukuru, Mohammed Adil no kongerera ingufu abakinnyi. Jamel afite impamyabumenyi zitandukanye mu kongerera imbaraga abakinnyi […]

Ingabo z’u Rwanda zakozanyijeho n’inyeshyamba muri Mozambique, abaperezida babiri bararusimbuka; inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 19 Nyakanga 2021 cyaranzwe n’inkuru ziganjemo cyane izirebana n’umutekano, ikoranabuhanga n’imikino. Muri zo harimo iz’ingenzi zikurikira: Ingabo z’u Rwanda zivuganye inyeshyamba muri Mozambique Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique tariki ya 20 Nyakanga 2021 barasanye n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu umaze […]

Perezida wa Tunisia yirukanye min. w’intebe, ahagarika inteko

Perezida wa Tunisia, Kais Saied, yirukanye Minisitiri w’intebe, Hichem Mechichi, ndetse aba ahagaritse inteko ishingamategeko, nyuma yuko imyigaragambyo irimo urugomo yadutse mu bice bitandukanye by’iki gihugu. Abigaragambya babarirwa mu bihumbi, barakajwe n’uko guverinoma irimo kwitwara ku cyorezo cya Covid-19, ku cyumweru biraye mu mihanda, banakozanyaho na polisi. Perezida Kais Saied yatangaje ko ari we ubwe […]

RDF yafunguye imiryango ku bashaka kuyinjiramo

e7j56wtxoaani3m.png

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyafunguye imiryango ku bashaka kucyinjiramo muri uyu mwaka nk’uko itangazo cyashyize hanze ribivuga. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV