Amafaranga y’ibihugu bya Afurika birenga 40 akorerwa i Burayi

Ubucukumbuzi bwakozwe bugaragaza ko amafaranga y’ibihugu byo muri Afurika birenga 40 muri 54 bigize uyu mugabane, akorerwa mu Bwongereza, mu Budage no mu Bufaransa ku mugabane w’Uburayi. Ikinyamakuru cy’Abadage Deutsche Welle (DW) cyakoze ubu bucukumbuzi, cyagaragaje ko ibihugu 17 birimo Ethiopia, Libya na Angola bikoreshereza amafaranga yabyo mu icapiro rya De La Rue ryo mu […]

Mwarimu Musanganya Faustin yagarutse muri Kaminuza ya Ines-Ruhengeri nyuma y’imyaka 10

img_20220331_115211_353.jpg

Mwarimu Musanganya Faustin kuri uyu wa 31 Werurwe 2022, ku mugaragaro yasubiye muri Kaminuza ya Ines-Ruhengeri nk’umwe mu banyamuryango shingiro (Membre fondateur) nyuma yo kwirukanwa mu buryo butemewe n’amategeko n’ubuyobozi bwayo nk’uko Urukiko Rukuru rwa Musanze rwabyanzuye, bigahita biba itegeko. Musanganya ni umwe mu banyamuryango bitabiriye inama idasanzwe ya Kaminuza ya Ines-Ruhengeri yatangiye kuri uyu […]

Gen Al-Burhan uyoboye Sudani yageneye ubutumwa Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Kane, yakiriye ubutumwa yagenewe na General Abdel Fattah al-Burhan ukuriye akanama ka gisirikare kayoboye Sudani mu buryo bw’inzibacyuho. Ni ubutumwa Umukuru w’Igihugu yashyikirijwe na Lt Gen Eng. Ibrahim Gabir Ibrahim na we wo muri kariya kanama, nk’uko ibiro bye Village Urugwiro byabitangaje kuri Twitter. Ubutumwa Gen Al-Burhan […]

INKOMOKO Y’UBUKRISTU Igice cya 8 ari nacyo cya nyuma

Ku kibazo cy’imihango n’imyemerere: Mu gihe cyitwa icy’ubupagani: abantu bose bemeraga imigenzo y’abakurambere (culte des ancĂŞtres) imana z’imiyaga (dieux des vents) imanakazi z’imigezi n’amariba (dĂ©esse des puits et des pluies), bakagira ibyitwa gushushanya. Ubukrisitu bwa mbere butemeraga (sculpture cg iconographie) , ariko byabaye ngombwa ko busimbuza imihango y’abakurambere(culte des ancĂŞtres) kwemera abatagatifu, birakomeza baha Bikiramariya […]

Kagame appelle Ă  l’harmonisation du paysage de la gouvernance des donnĂ©es en Afrique

Le prĂ©sident Kagame a suggĂ©rĂ© trois façons d’exploiter des partenariats solides pour accĂ©lĂ©rer la transformation numĂ©rique en Afrique. Kagame, qui prĂ©sidait le lancement du Centre pour la quatrième rĂ©volution industrielle (C4IR) Ă  Kigali jeudi, a dĂ©clarĂ© que l’une de ces façons consiste Ă  stimuler l’entrepreneuriat grâce Ă  des investissements accrus dans les bonnes compĂ©tences et […]

Perezida Kagame yagenewe ubutumwa na Samia Suluhu wa Tanzania

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane Tariki ya 31 Werurwe yakiriye mu biro bye itsinda ry’intumwa za Tanzania, zimushyikiriza ubutumwa yagenewe na mugenzi we Samia Suluhu Hassan. Perezidansi y’u Rwanda yatangaje ko izi ntumwa zari ziyobowe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Tanzania, Liberata Mulamula, ari na we washyikirije Perezida Kagame ubu butumwa butatangajwe. Minisitiri […]

FIFA yatangije iperereza ku myitwarire yaranze umukino wahuje Misiri na Senegal

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), yatangije ipererereza ku myitwarire yaranze umukino wahuje Senegal na Misiri ubwo ibi bihugu byahataniraga itike yo gukina igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Senegal iheruka gukatisha itike y’Igikombe cy’Isi isezereye Misiri kuri Penaliti 3-1, nyuma y’uko amakipe y’ibihugu byombi yanganyaga igiteranyo cy’igitego 1-1. Ubwo amakipe yombi yari ageze […]

Urayeneza Gerard yagizwe umwere

Urukiko rw’Ubujurire rwagize umwere Urayeneza Gerard washinze akanayobora Kaminuza ya Gitwe, wari wakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye igifungo cya burundu ubwo rwari rumaze kumuhamya ibyaha bya jenoside. Urayeneza yaherukaga gusaba uru rukiko kumugira umwere, abishingiye ku kuba abamushinjaga mu Rukiko Rwisumbuye baramushinjuye, bagasobanura ko bamubeshyeraga babibwirijwe n’uwari warabatumye wigeze kugirana na we amakimbirane. Ariko Munyampundu LĂ©on uzwi […]

Kisoro: FARDC yamenyesheje UPDF ko iyifitiye icyizere ko yayifasha kurandura M23

General Yav Philemon wari mu bahagarariye igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, mu nama yabahurije mu karere ka Kisoro n’abahagarariye igisirikare cya Uganda, UPDF, yavuze ko yizeye ko hazabaho ubufatanye bw’impande zombi bwo kurandura umutwe witwaje intwaro wa M23 wubuye ibitero. Muri iyi nama yabaye kuri uyu wa 30 Werurwe 2022, Gen. Yav […]

NATO yatumiye Ukraine mu nama

Umuryango NATO uhuza ibihugu bikomeye ku mugabane w’Uburayi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada watumiye Ukraine itari umunyamuryango mu nama uteganya mu cyumweru gitaha, yiga ku ntambara iri kubera muri Ukraine. NATO ku wa 29 Werurwe 2022 yatangaje ko iyi nama izahuriza ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu biyigize uko ari 30 ku cyicaro kiri […]

Ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka bigiye gukora ibarura

Ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka biratangaza ko bigiye gukora ibarura rigamije kumenya abantu baba mu Rwanda badafite ubwenegihugu nyarwanda muri Mata 2022. Hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu bice byegereye imipaka, hari abaturage bakunze kugaragaza ko bafite inyota yo kubona ubwenegihugu bw’u Rwanda. Bavuga ko bamaze imyaka myinshi mu Rwanda ariko kubona ubwenegihugu bwarwo […]

100 more asylum seekers from Libya arrive in Rwanda

A hundred more asylum seekers arrived in Rwanda from Libya on Tuesday evening, joining 843 others awaiting resettlement. This is the eighth flight of evacuees to Rwanda, and the first this year, since the Emergency Transit Mechanism began in September 2019. Most asylum seekers are from Eritrea, Sudan, South Sudan, and Somalia. Some had been […]

Sinkeneye uwo kunezeza mu buriri kuko ndabyikorera-Sheebah Karungi

Umuhanzikaziwo muri Uganda, Sheebah Karungi, avuga ko we adakeneye umuntu w’igitsinagabo ngo amumare irungu ryo mu buriri kuko na we mu buryo atavuze abikoramo, abyishoboreye kandi yihagije. Queen Karma nk’uko akunze kwiyita, yatangaje ibi ubwo yasubizaga umwe mu bakunzi be ku ipaji ya Instagram wari umubajije ngo ” Ariko mu by’ukuri, ni uwuhe mugabo muryamana?” […]

Abakora mu nzego z’ubutabera barasaba ko hakorwa ubukangurambaga ku itegeko rirengera ibinyabuzima

img-20220330-wa0065.jpg

Abakozi bo mu nzego z’ubutabera zirimo: Ubugenzacyaha, Ubushinjacyaha n’Ubucamanza ku wa 28 Werurwe 2022bateraniye muri Hoteli Dereva i Rwamagana mu nama nyunguranabitekerezo yateguwe n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), yari igamije gufatira hamwe ngamba zo kurengera ibidukikije no gushyira mu bikorwa itegeko ryo kurengera urusobe rw’ibinyabuzima, mu bitekerezo byatanzwe bavuze ko hakenewe ubukangurambaga bugamije kumenyekanisha itegeko 64/2021 […]

Ubwiza bw’umusore buba mu mufuka_Danny Vumbi ku bahatanira Mr Rwanda

Umuhanzi Semivumbi Daniel wamamaye nka Danny Vumbi yamenyesheje abasore bitabira irushanwa rya Mister Rwanda ko ubwiza bwabo bugaragarira mu mafaranga, abasaba kujya kuyakorera. Mu butumwa yise igitekerezo cye bwite, yashyize ku rubuga rwa Instagram, Danny Vumbi wakunze mu ndirimbo zerekeye ku buzima bwo muri rubanda, yagaragaje ko aba basore barimo guta umwanya. Yagize ati: “Igitekerezo […]

Rutshuru: M23 yasohotse mu biturage bitandukanye yari yigaruriye

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko abarwanyi b’umutwe wa M23 bavuye mu biturage byinshi biri ku muhanda Rutshuru-Centre- Bunagana, muri Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano y’iminsi ibiri bahanganye n’ingabo za leta. Izi nyeshyamba zivugwaho kuba zagiye zisahura aho zanyuze mu biturage bitandukanye, aho babigeragaho bamaze gukangisha abaturage kurasa mu kirere amasasu menshi. […]

Perezida Kais Saied wa Tunisia yasheshe inteko ishinga amategeko

Perezida wa Tunisia, Kais Saied, kuri uyu wa Gatatu yasheshe Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cye nyuma y’amasaha macye bemeje itegeko rikuraho ingingo zo mu bihe bidasanzwe zafashwe na Perezida Saied mu mwaka ushize. Iyi nteko n’ubundi yari imaze amezi 12 ihagaritswe, kubera kwanga gutora amwe mu mateka ya perezida nk’uko tubikesha Reuters. Ubwo yagiraga icyo […]

Ingabo z’u Burusiya zirasiye indege yazo y’intambara yarwanaga muri Ukraine

_118161349_gettyimages-1127236261.jpg

Umuyobozi w’Urwego rw’ubutasi mu bya mudasobwa rw’Ubwongereza, Sir Jeremy Fleming, mu ijambo yavugiye muri Ausralia none kuwa Kane, yavuze ko ingabo z’Uburusiya “zikomerewe zibeshye zikarasa indege yazo y’intambara.” Yavuze ko ibyo byiyongereye ku byerekana ko byabaye ngombwa ko Uburusiya “bwongera gutekereza ku uko ibintu byifashe”. Ubutasi bw’Ubwongereza kandi buravuga ko ingabo z’Uburusiya muri Ukraine zacitse […]

Ituri: Abarimo Lieutenant Colonel bafunzwe bakurikiranweho kugurisha intwaro abarwanyi ba CODECO

codeco.jpg

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, gikorera mu ntara ya Ituri, cyatangaje ko cyataye muri yombi abasirikare batanu gikurikiranyeho kugurisha imbunda n’amasasu abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro irimo CODECO. Amakuru aturuka ku Muvugizi wa FARDC muri Ituri, avuga ko aba basirikare barimo abofisiye bakuru batatu: Lieutenant Colonel umwe na ba Major babiri. Aba basirikare […]