Se wa Messi yagize icyo avuga kubivugwa ko umuhungu we yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Beckham
Jorge Messi uhagarariye Lionel Messi ndetse akanaba se umubyara, yahakanye amakuru avuga ko uyu muhungu we yamaze kumvikana n’ikipe ya Inter Miami ya David Beckham ndetse akabasha kuyiguramo imigabane mu gihe amasezerano afite muri PSG azaba arangiye umwaka utaha. Messi umaze gutsinda ibitego 11 mu mikno 33 mu ikipe ya PSG, ahazaza he hakomeje kuvugwaho […]
Sergeant Robert waherukaga gutabwa muri yombi yarekuwe
Kabera Robert wahoze mu ngabo z’u Rwanda ndetse akanamenyekana mu muziki nka ‘Sergeant Robert’, yamaze kurekurwa nyuma y’iminsi ibiri afungiye muri Uganda. Kuri uyu wa Kane ni bwo uyu mugabo yarekuwe. Uyu musirikare yatawe muri yombi tariki ya 16 Gicurasi 2022 ubwo yari mu rugo iwe mu gace ka Musanafu muri Kampala, bivugwa ko akekwaho […]
Minisitiri w’Intebe Ngirente yemeza ko ifatwa rya Bamporiki rishimangira âZero Toleranceâ kuri ruswa
Minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente yemeje ko itabwa muri yombi rya Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâurubyiruko nâumuco, rishimangira politiki ya âZero Toleranceâ ku cyaha cya ruswa. Mu kiganiro nâitangazamakuru cyâishusho ku bukungu bwâu Rwanda cyabaye kuri uyu wa 18 Gicurasi 2022, umunyamakuru yabajije Dr Ngirente uko nka guverinoma barwanya ikibazo […]
AS Kigali yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro isezereye Police FC
Ikipe ya AS Kigali yabaye ikipe ya mbere igeze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro, nyuma yo gusezerera Police FC ku giteranyo cy’ibitego 3-2. Police FC kuri uyu wa Gatatu yari yakiriye AS Kigali kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino wo kwishyura wa œ cy’irangiza warangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2. Ni nyuma […]
Byemejwe ko Lt Col. Munyarugarama wakekwagaho uruhare muri jenoside yapfuye mu myaka 20 ishize
Urwego rwâUmuryango wâAbibumbye rushinzwe gukurikirana abakoze ibyaha, IRMCT, rwatangaje ko Lt Col. Munyarugarama PhĂ©nĂ©as rwashakishaga kubera uruhare yakekwagaho muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yapfuye mu myaka 20 ishize. Nkâuko byatangajwe nâUmushinjacyaha Mukuru wâuru rwego, Serge Brammertz, iperereza rwakoze ryagaragaje ko Munyarugarama yapfiriye mu gace ka Kankwala muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ku […]
Bobby Brown yahishuye ukuntu akiri muto umupadiri yigeze kugerageza kumuhohotera
Umuhanzi Bobby Brown wigeze kuba umugabo wa Whitney Houston yahishuye ukuntu afite imyaka 10 umupadiri Gaturika yigeze kugerageza kumusambanya, kandi ngo ihungabana yagize ryaba ari imwe mu mpamvu zamushoye mu gukoresha ibiyobyabwenge no kunywa inzoga nyinshi. Uyu muhanzi wâinjyana ya R&B wâUmunyamerika kuri ubu ufite imyaka 53 wemeza ko atarakora ku kiyobyabwenge kuva mu myaka […]
Minisiteri yâingabo yâu Burusiya yatangaje umubare wâingabo za Ukraine zafatiwe muri Mariupol
Minisiteri yâingabo yâu Burusiya mu kiganiro yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko ari ingabo za Ukraine 959 zari zaheze mu ruganda rukora ibyuma i Mariupol ziherutse kwitanga mu muri iki cyumweru. Kiev yiteze ko izabagurana nâabarusiya yafatiye ku rugamba, mu gihe abashinjacyaha bo mu Burusiya barimo kureba niba bishoboka ko benshi […]
U Burusiya bwashinje USA gushaka kwinjiza ibyihebe bya ISIS muri Ukraine
Urwego rwâubutasi rwâu Burusiya, SVR, rwatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) guhuriza hamwe ibyihebe byâumutwe wâiterabwoba wa Islamic State ngo bijye kurwanira Ukraine mu ntambara igiye kumara amezi atatu. Uru rwego, nkâuko ikinyamakuru RT cya Leta yâu Burusiya cyabitangaje, kuri uyu wa 17 Gicurasi 2022, rwahamije ko USA iri gukoresha uburyo bushoboka bwose […]
Sindi Interahamwe_Pasiteri Tumusiime ku kirego cyâabo muri PentecĂŽte
Umushumba wâurusengero rwa Bushenyi Town Centre rwâitorero rya PentecĂŽte muri Uganda, Pasiteri Don Tumusiime (ibumoso ku ifoto), yahakanye imikoranire nâInterahamwe avuga ko yashinzwe na bamwe muri bagenzi be. Yabihakaniye mu masengesho yo gushima Imana yabaye tariki ya 14 Gicurasi 2022, yitabiriwe na bamwe mu bayobozi bakomeye barimo Minisitiri wâumutekano wâimbere, Maj Gen. Kahinda Otafiire. Mu […]
Le ministre des TIC convoquĂ© par les dĂ©putĂ©s pour l’interopĂ©rabilitĂ© des paiements
La Chambre des dĂ©putĂ©s a dĂ©cidĂ© de convoquer le ministre des TIC et de l’Innovation pour fournir des stratĂ©gies pour la mise en Ćuvre accĂ©lĂ©rĂ©e du projet de technologie d’interopĂ©rabilitĂ©. Le projet vise Ă relever les dĂ©fis existant dans les transactions entre les banques et autres institutions financiĂšres ainsi que les entreprises de tĂ©lĂ©communications pour […]
E.U yasezeranyije Finlande na Suede kuzabirengera nibiterwa nâu Burusiya
Umuyobozi ushinzwe politiki yâububanyi nâamahanga yâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi yatangaje ko uyu muryango witeguye kurengera Finlande na Suede mu gihe byaterwa nâu Burusiya, nubwo bitegereje kwinjira muri NATO. Ku wa kabiri, Josep Borrell yishimiye icyemezo cya nyuma cyâibihugu byombi byâamajyaruguru cyo gusaba kuba abanyamuryango ba NATO mu nama yâabaminisitiri bâingabo zo mu Burayi i Buruseli. […]
Gen Mubarakh Muganga yasabye abakinnyi ba APR FC gushimisha Abanyarwanda batsinda Rayon Sports
Umuyobozi Mukuru w’Ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi b’iyi kipe gutsinda Rayon Sports mu rwego rwo gushimisha Abanyarwanda nk’uko Ingabo z’u Rwanda zibigenza. Ejo ku wa Kane ni bwo APR FC igomba kwakira Rayon Sports kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino wo kwishyura wa œ cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro. Ni […]
Zimwe muri âoperationsâ zihambaye za Mossad ziciwemo abafatwa nk’abanzi ba Israel

Urwego rwâubutasi rwa Israel, Mossad, ni rumwe mu nzego zâubutasi zitinyitse ku Isi kubera ubutumwa bukomeye rwagiye rushyira mu bikorwa neza burimo ubwo guhorera Abanya-Israel bishwe kuva mu Ntambara ya Kabiri yâIsi kugera mu bagiye bicirwa mu bitero byâiterabwoba, tukaba tugiye kurebera hamwe bimwe mu bikorwa bizwi byakozwe na Mossad mu myaka yashize nkâuko tubikesha […]
Loni yasabwe gukura isomo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, igahagarika intambara yo muri Tigray
Za Sosiyete Civile zikorera ku mugabane wa Afurika, zashinje Umuryango w’Abibumbye kutagira icyo ukora ku bwicanyi bukomeje kubera muri Ethiopia, ziwushinja kutagira amasomo ukura muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku buryo ibyabaye mu Rwanda bishobora kwisubiramo muri Ethiopia. Kuri ubu abanya-Ethiopia babarirwa mu bihumbi bitekerezwa ko bamaze kwicwa, abandi babarirwa muri za miliyoni barahunze kuva mu […]
Inkuru yâurukundo rutangaje rwa Nelson Mandela ku myaka 76
Nelson mandela azahora mu mitima ya benshi mu baturage ba Afurika y’Epfo kubera uruhare yagize mu kurwanya irondabwoko ryibasiye iki gihugu (Apartheid), byamuviriyemo gufungwa imyaka 27 muri gereza. Nyuma yo guca mu buzima bugoye cyane, ubwo yari yujuje imyaka 76 yagiye mu rukundo mu buryo butunguranye. Icyo gihe yari ameze nkâurubyiruko rwâubu. Yatangiye kujya akurikira […]
Afurika yâEpfo: Urubanza rwa Jacob Zuma kuri ruswa rwimuriwe muri Kanama
Urukiko Rukuru rwa Pietermaritzburg muri Afurika yâEpfo rwimuriye urubanza rwa ruswa rwa Jacob Zuma, wahoze ari Perezida, ku itariki ya 1 Kanama 2022 nkâuko tubikesha Euronews. Iyi tariki nshya yagennwe mu rwego rwo kugerageza kurangiza icyifuzo, cyo kongera gusuzuma, cyatanzwe n’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo kuri Mandissa Maya, perezida w’urukiko rw’ubujurire. Jacob Zuma yagerageje […]
Finland na Sweden byamaze gusaba kwinjira muri NATO
Finland na Sweden nyuma yâiminsi mike bibiteguza, byamaze gusaba kwinjira mu muryango wa NATO ugizwe nâibihugu bihuriye ku nyanja ya Atlantic, bishyigikirana mu bya gisirikare. Umunyamabanga Mukuru wa NATO, Jens Stoltenberg, kuri uyu wa 18 Gicurasi 2022 ni we watangaje ko ibi bihugu byatanze ubu busabe, anabiha ikaze nkâuko bigaragara mu nkuru ya Associated Press. […]
Hari abadepite bavuga ko hari ikibazo cy’urwego rw’ubwishingizi rutemerera ihiganwa mu mitangire ya serivisi
Bamwe mu badepite bagarutse ku kibazo cy’urwego rw’ubwishingizi rutemerera ihiganwa mu mitangire ya serivisi, bavuga ko abaguzi babura amahitamo kubera ishyirwaho ry’ibiciro rusange na serivisi zisa, zimwe zinubirwa ko ziba zikandamiza abaguzi. Komisiyo y’ubukungu mu Nteko Ishinga Amategeko, irasanga hari ikigomba gukorwa mu rwego rwo kuzamura uruhare rw’ubwishingizi mu bukungu bw’igihugu n’imibereho y’abaturage. Ibi byavuzwe […]
Paris: Umwicanyi nâuwarokotse batanze ubuhamya mu rubanza rwa Bucyibaruta
Mu rubanza rwâuwahoze ari perefe mu Rwanda, Laurent Bucyibaruta, ushinjwa ibyaha bya Jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside nâibyaha byibasiye inyokomuntu, umunsi wo kuri uyu wa kabiri wahariwe abatangabuhamya bâubwicanyi bwakorewe muri Kiliziya ya Kibeho, mu yahoze ari Perefegitura ya Gikongoro uregwa yayoboraga. Mu gitondo cyo kuwa Kabiri, hari abatangabuhamya babiri, bose bâabahinzi, bombi bakora ibiraka mu […]
Sgt Robert ushobora koherezwa mu Rwanda yunganiwe nâabanyamategeko batatu
Umunyarwanda Sgt Maj. Kabera Robert uherutse gutabwa muri yombi nâabashinzwe umutekano muri Uganda, yunganiwe nâabanyamategeko batatu mu gihe bikekwa ko ashobora kohereza mu Rwanda kugira ngo aburanishwe. Uyu musirikare yatawe muri yombi tariki ya 16 Gicurasi 2022 ubwo yari mu rugo iwe mu gace ka Musanafu muri Kampala, bivugwa ko akekwaho gutunga imbunda mu buryo […]
Umujyi wa Mariupol wose wafashwe n’Uburusiya
Urugamba rwo mu mujyi wo ku cyambu wa Mariupol mu majyepfo ya Ukraine rwarangiye nyuma y’amezi atatu ugoswe n’ingabo z’Uburusiya, zawufashe wose uko wakabaye. Amagana y’abasirikare ba Ukraine ba nyuma kuva kuwa mbere barimo kuvanwa mu gace ka nyuma kari gasigaye katarafatwa n’Uburusiya kagizwe n’uruganda rw’ibyuma Azovstal. Mu ijoro ryo kuwa kabiri izindi bus zavanyeyo […]
Sheebah Karungi yahakaniye Polisi ko Andrew Mwenda ari we wamusambanyije ku ngufu
Umuhanzi Sheebah Karungi uri mu bagore bafite izina rikomeye mu muziki wa Uganda, yanyomoje amakuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko yaba yarafashwe ku ngufu n’umunyamakuru Andrew Mwenda. Mwenda uri mu banyamakuru bubashywe muri Uganda, yashinjwe gufata ku ngufu Sheebah nyuma y’uko uyu muririmbyi yari amaze gutangaza ko yahohotewe n’umuntu ukomeye ukunze kugaragara kuri Televiziyo. […]