RDF iritegura kujya guhiga ibyihebe byayogoje Bénin
Ingabo z’u Rwanda biravugwa ko zaba zitegura kwerekeza muri BĂ©nin, mu rwego rwo guhangana n’ibyihebe bikomeje kuyogoza amajyaruguru y’iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika. Ni inkuru yatangajwe n’ibinyamakuru birimo Africa Intelligence na Africa News, gusa ikaba itaremezwa ku mugaragaro na BĂ©nin cyangwa u Rwanda. Ibi bitangazamakuru cyakora cyo byatangaje iyi nkuru, mu gihe kuva […]
RDC: ADF yazamuye amabendera yayo mu midugudu 13 yigaruriye
Nibura imidugudu 13 yigaruriwe n’inyeshyamba za ADF muri Gurupoma ya Babila-Bakwanza, yo muri Teritwari ya Mambasa, mu Ntara ya Ituri, aho bivugwa ko yanazamuye amabendera y’uyu mutwe . Amakuru aturuka muri ako karere avuga ko mbere gato yuko inyeshyamba zigarurira iyi midugudu, zakoze ubwicanyi bwatumye abaturage bava muri utwo duce. Aya makuru kandi yemejwe n’umuryango […]
Kagame orders Rwandan, EAC flags to be flown at half- mast

President Paul Kagame has ordered that the national Flag and the Flag of the East African Community will be flown at half-mast, so as to eulogise Queen Elizabeth II, a communique signed by Prime Minister Dr Edouard Ngirente reads.
P. Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda na EAC yururutswa kugeza igihe umwamikazi Elizabeth II azatabarizwa
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’iry’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba ari mu Rwanda yururutswa kugeza hagati, kugeza igihe umwamikazi Elizabeth II azatabarizwa. Ni ibikubiye mu itangazo Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yasohoye mu izina rya Perezida Kagame. Iri tangazo rivuga ko “Nyuma y’itanga ry’Umwamikazi Elizabeth II w’u Bwongereza, Perezida wa Repubulika, […]
Itangazo rya cyamunara y’ikibanza giherereye i Rusororo- Me Kamanzi Assoumpta
Imikino ya Premier League yabaye isubitswe
Imikino ya Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza (EPL) yabaye ihagaritswe mu rwego rwo kunamira Umwamikazi w’Ubwongereza, Elizabeth II watabarutse kuwa 8 Nzeri 2022. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 9 Nzeri nibwo indi mikino itari ruhago yari iteganyijwe yari yabaye isubitswe. Ibya Premier League ntibyari byakavuzweho gusa ku gicamunsi nibwo EPL na FA banzuye ko […]
U Rwanda rutegereje abaganga b’Abashinwa bazakora mu Bitaro bya Masaka n’ibya Kibungo

Minisiteri y’ubuzima na Ambasade y’u Bushinwa i Kigali kuri uyu wa Gatatu ushize byashyize umukono ku masezerano y’ubwumvikane azoroshya kohereza abaganga b’Abashinwa mu Rwanda . “Dutegereje abaganga baturutse mu nzego zimwe na zimwe aho dufite icyuho mu bijyanye n’inzobere. Twishimiye ubwo bufatanye. Nyuma y’imyaka 40 y’ubufatanye mu buvuzi hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’u Bushinwa, […]
Kinshasa: Hasinywe amasezerano yemerera ingabo za EAC gushoza intambara ku nyeshyamba

Mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Kinshasa, kuri uyu wa 8 Nzeri 2022 hasinywe amasezerano yemerera ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), gutangiza intambara ku mitwe yitwaje intwaro ikorera muri iki gihugu. Aya masezerano yasinywe n’Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Dr Peter Matuku Mathuki ndetse na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa […]
Perezida Ndayishimiye yashyizeho Umuyobozi mushya ushinzwe ibya gisirikare mu biro bye
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yagize Lt Gen Silas Ntigurirwa Umuyobozi ushinzwe ibya gisirikare mu biro bye (ChĂ©f de cabinet militaire). Ni ibikubiye mu iteka Perezida w’u Burundi yasohoye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 09 Nzeri 2022. Gen Ntigurirwa azwiho cyane kuba yarabaye umuyobozi w’Ingabo z’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe ziri mu butumwa bwo […]
Ameza 60 yatwaye miliyoni 1,2 buri imwe, Rwanda Polytechnic yisobanuye imbere ya PAC

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 09 Nzeri 2022, Abayobozi ba Rwanda Polytechnic bitabye Komisiyo y’inteko Ishinga Amategeko ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari ya leta (PAC) ngo batange ibisobanuro ku makosa yabaye mu mikoreshereze y’imari ya Leta . Mu makosa avugwa harimo gutanga amasoko atari mu igenamigambi ry’amasoko, kuvugurura igenamigambi ry’amasoko inshuro zirenze iziteganywa n’amategeko n’ibindi. Igenzura […]
Haribazwa ku hazaza h’abagize akanama k’umutekano batacanaga uwaka na Ruto

Ahazaza k’abagize akanama gashinzwe umutekano ka Kenya batacanaga uwaka na Dr William Ruto uherutse kwegukana intsinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu hakomeje kwibazwaho. Aka kanama kazwi nka NSC (National Security Council) kagizwe n’abarimo Visi Perezida, Umugaba Mukuru w’ingabo, umwungirije, Umuyobozi Mukuru wa Polisi, ukuriye ubutasi, Minisitiri w’Umutekano na Minisitiri w’ingabo. Umuyobozi Mukuru wako aba ari Umukuru […]
Kagame rend hommage Ă la reine Elizabeth II
Tout en rendant hommage, le prĂ©sident Paul Kagame a dĂ©clarĂ© que le Commonwealth moderne est l’hĂ©ritage que la reine Elizabeth II laisse après son dĂ©cès Ă l’âge de 96 ans . Le jeudi 8 septembre, des gens de tous les coins du monde ont rendu hommage au monarque britannique au règne le plus long qui […]
Louise Mushikiwabo mu ruzinduko rw’akazi mu bihugu byo mu Nyanja y’u Buhinde

Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, ari mu ruzinduko rw’akazi mu bihugu byo mu nyanja y’u Buhinde kuva ku ya 4 Nzeri kugeza ku ya 12 Nzeri. Nyuma ya Seychelles, kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 7 Nzeri yakomereje mu Birwa bya Maurice, akaba azasoreza urugendo rwe muri Madagascar . Muri urwo rugendo, azahura n’abayobozi […]
Angola: UNITA yahamagaje imyigaragambyo nyuma yo gutera utwatsi ikirego cyayo ku byavuye mu matora
Urukiko Rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga muri Angola kuri uyu wa Kane rwafashe icyemezo cya nyuma cyo kutakira ikirego cyatanzwe n’ishyaka rya UNITA ryaje ku mwanya wa kabiri mu matora yo ku ya 24 Kanama rishaka gutesha agaciro ibyayavuyemo byahaye intsinzi ishyaka MPLA riri ku butegetsi. Nyuma yo gutera utwatsi ikirego cyayo, UNITA n’andi mashyaka atavuga […]
Kagame mourns Queen Elizabeth II death
Rwandan President Kagame Paul has mourned the death of Her Majesty the Queen of England, Elizabeth II who died yesterday. “In this moment of sorrow at the passing of Her Majesty Queen Elizabeth II, we recall her 70 years of stewardship of the Commonwealth of Nations. The modern Commonwealth is her legacy.” Kagame tweeted “I […]
Tunisia: Abimukira 8 bapfuye abandi 15 baburirwa irengero nyuma y’irohama ry’ubwato bwabo
Radiyo ya Leta ya Monastir yavuze ko byibuze abimukira umunani bapfuye abandi 15 baburirwa irengero nyuma y’uko ubwato bwabo burohamye mu mazi ya Tunisia kuri uyu wa Kane, ubwo bageragezaga kwambuka inyanja ya Mediterane berekeza mu Butaliyani. Abashinzwe umutekano ku nkombe babashije kurokora abimukira 14 bari mu bwato bwuzuye abantu, bwarohamye mu mujyi wa Chebba […]
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Belize rwasubitswe
Guverinoma ya Belize kuri uyu wa Kane yemeje amakuru yahwihwiswaga y’uko Perezida Paul Kagame atagisuye iki gihugu mu cyumweru gitaha mu ruzinduko rwa mbere rw’umukuru w’igihugu cyo muri Afurika rwari ruteganyijwe ku matariki 14 na 15 Nzeri . Guverinoma ya Belize yavuze ko uru ruzinduko rwasubitswe kubera izindi mpamvu zavutse, itariki nshya y’uruzinduko ikaba izatangazwa […]
Umugore wa Bunyoni yari aherutse kumuhanurira ko agiye kuzamuka mu ntera
Umugore wa Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Hyacinthe Niyonkuru, aherutse kumuhanurira ko arindiriye kubona umugabo we azamuka mu ntera. Tariki ya 7 Nzeri 2022 ubwo hamenyekanaga amakuru y’uko Bunyoni agiye kweguzwa kuri iyi nshingano, hasakaye videwo imugaragaza ari mu rusengero, ashima Imana. Muri iyi videwo ngufi, Bunyoni ahamagara umugore yita Umwamikazi kugira […]
Inkuru nziza muri APR FC mbere yo gucakirana na US Monastir
Umutoza Mohammed Adil Erradi w’ikipe ya APR FC, yamaze kwemererwa na CAF gutoza umukino wa Total CAF Champions league ikipe ye igomba guhuriramo na US Monastir yo muri Tunisia. Ni umukino ugomba kubera kuri Stade ya Huye kuri uyu wa Gatandatu, mbere y’uwo kwishyura ugomba kubera muri Tunisia. Aya makipe yombi azaba ahurira mu ijonjora […]
Queen Elizabeth II passed away
BBC Queen Elizabeth II, the UK’s longest-serving monarch, has died at Balmoral aged 96, after reigning for 70 years. She died peacefully on Thursday afternoon at her Scottish estate, where she had spent much of the summer. The Queen came to the throne in 1952 and witnessed enormous social change. Her son King Charles III […]
Uko Abongereza bunamiye Umwamikazi Elisabeth II mu mafoto

Nyuma y’amasaha macye hatangajwe itanga ry’Umwamikazi Elisabeth wa II, Abongereza mu gahinda kenshi bahise batangira guteranira hanze y’ingoro ya Buckingham aho bitwaje indabo n’amatabaza mu rwego rwo kunamira uyu mwamikazi wari uyoboye u Bwongereza imyaka 70. Imbaga yari mu marira yari hanze y’ingoro ya Buckingham yaririmbye “Mana kiza Umwamikazi” igihe inkuru y’itanga rya Elizabeth II […]
Gen. Bunyoni yavuze ibikomeye bitaratungana yasigiye Ndirakobuca
GĂ©nĂ©ral muri Polisi y’u Burundi Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe yatangaje ibikorwa bikomeye bitaratungana yasigiye Lieutenant GĂ©nĂ©ral Gervais Ndirakobuca wamusimbuye kuri iyi nshingano. Ni mu gihe kuri uyu wa 8 Nzeri 2022 mu biro by’Umukuru w’Igihugu, Kwa Ntare Rushatsi, hagati y’aba bombi habaga ihererekanyabubasha. Gen. Bunyoni yavuze ko igikorwa cya mbere ari icy’ikoranabuhanga kizifashishwa mu […]
Umukuru w’Inteko ishinga amateko ya Uganda yatangaje ko hari abashaka kumwica

Umuyobozi w’inteko ishinga amategeko ya Uganda, Anita Annet Among, yatangarije abadepite na Minisitiri w’Intebe, Robinah Nabbanja ko hari abantu bakomeje kumukurikirana bashaka kumwica. Mu kiganiro abadepite bagiranye na Nabanjja kuri uyu wa 8 Nzeri 2022, nk’uko ikinyamakuru Daily Monitor cyabitangaje, Among yavuze ko amakuru yamenye ari uko hari abicanyi bari gukurikirana imodoka ye. Uyu mugore […]
Burundi: Perezida Ndayishimiye yasheshe Guverinoma, ashyiraho inshya
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yamaze gushyiraho Guverinoma nshya, nyuma yo gusesa iyo yaherukaga gushyiraho mu myaka ibiri ishize. Guverinoma yasheshe ni iyari iyobowe na Minisitiri w’Intebe Alain-Guillaume Bunyoni yamaze gusimbuza Lt Gen Gervais Ndirakobuca, nyuma yo kumukekaho umugambi wo kumuhirika ku butegetsi. Guverinoma nshya y’u Burundi igizwe n’Abaminisitiri 15, barimo batanu bashya. Aba barimo […]