Katumbi yasabye M23 n’urubyiruko rwa Wazalendo kurambika intwaro
Umunyapolitiki MoĂ ÂŻse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo yahamagariye abarwanyi ba M23 n’urubyiruko rwahawe intwaro na Leta rwibumbiye mu mutwe wa Wazalendo kurambika intwaro, hagakurikiraho imishyikirano. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa 30 Kamena 2023 bujyanye n’umunsi mukuru wo kwizihiza ubwigenge bwa RDC ku nshuro ya 63. Bwibandaga ku mutekano muke […]
Beni: The president of the Association of people living with disabilities assassinated
The president of people living with disabilities in Beni (North Kivu) was shot dead this Friday, June 30, in his house by armed bandits . Sources on site reported that this tragedy took place in Mulekera district. According to the same sources, these thugs raided the parcel of the illustrious disappeared around 3 a.m. local […]
Guverinoma iri gukosora ibikorwaremezo bibangamira ibindi: Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko guverinoma y’u Rwanda iri gukosora ibikorwaremezo bibangamira cyangwa bisenya ibindi, by’umwihariko imihanda n’ibigo by’amashuri. Ni igisubizo yahaye umudepite Dr Frank Habineza kuri uyu wa 30 Kamena 2023, ubwo yasobanuriraga abagize inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, gahunda za guverinoma zo gucunga no guhangana n’ibiza. Dr Habineza, mu mwanya wo […]
Iby’urubanza rwa Prince Kid bikomeje kuba agatereranzamba
Kuri uyu wa Gatanu taliki 30 Kamena 2023, hasubitswe isomwa ry’urubanza ruregwamo Ishimwe Dieudone uzwi nka Prince Kid ahubwo hanzurwa ko hazaburanwa ku kimenyetso gishya kitari cyararegewe. Urukiko Rukuru rwagombaga gusoma icyemezo ku bujurire bwatanzwe n’Ubushinjacyaha butanyuzwe n’icyemezo cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Prince Kid. Kuri uyu wa Gatanu abanyarwanda n’itangazamakuru bari babukereye bageze […]
Kocha wa PSG akamatwa katika uchunguzi wa ubaguzi
Kocha wa Paris Saint Germain, Christophe Galtier, alishikiliwa kwa mahojiano pamoja na mwanawe kama sehemu ya uchunguzi wa madai ya ubaguzi, mwendesha mashtaka wa Nice aliambia AFP siku ya Ijumaa . Hatua hiyo inafuatia uchunguzi ulioanzishwa mwezi Aprili, kufuatia madai kwamba alitoa matamshi ya ubaguzi wa rangi na chuki dhidi ya Uislamu kuhusu wachezaji alipokuwa […]
FARDC na UPDF byishe umuyobozi muri ADF ukomoka muri Tanzania n’umugore we
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) gifatanyije n’icya Uganda (UPDF), kiratangaza ko kivuganye undi muyobozi wa ADF mu murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru . Aya makuru yatangarijwe abanyamakuru muri Teritwari ya Beni kuri uyu wa Gatanu, itariki 30 Kamena 2023, nk’uko iyi nkuru dukesha 7sur7.cd ivuga. […]
Tshisekedi yiyemeje guhangana na M23 ‘kugeza ku ntsinzi ya nyuma’
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yiyemeje guhangana n’umutwe wa M23 kugeza ageze ku ntsinzi ya nyuma. Tshisekedi yabitangarije mu ijambo rijyanye n’isabukuru y’iminsi 63 RDC imaze ibonye ubwigenge yagejeje ku banye-Congo. RDC imaze igihe ihanganye mu ntambara n’umutwe wa M23; igashinja u Rwanda kuba ari rwo ruwufasha. Tshisekedi mu ijambo […]
Ese bibaho ko umugore yacikwa n’inkari aho kurekura amavangingo mu gihe cy’imibonano?
Abantu benshi bibaza niba bishoboka ko umugore yarekura inkari ziva mu ruhago mu mwanya w’amavangingo cyangwa se bakibaza niba mu gihe hakorwa imibonano bijya bibaho ko ashaka kwihagarika akaba yahagarika icyo gikorwa. Ubushakashatsi bugaragaza ko umugore ashobora gucikwa akarekura inkari mu gihe cy’imibonano ariko bikaba ari ikibazo cy’uburwayi aba akwiye kujya kwa muganga.Bitewe n’uko umugore […]
Intambara y’urudaca hagati ya Koffi Olomide na Koffi wa Brazzaville
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa intambara y’urudaca hagati y’umuhanzi Koffi Olomide n’undi munyarwenya uzwi nka Koffe de Brazzaville ashinjwa kwiyitirira uyu muhanzi. Amakuru akomeje kugera ku binyamakuru bitandukanye aravuga ko Olomide n’abavugizi be batanze ikirego kuri uyu wa Kane bashinza uyu munyarwenya kumwiyitirira akaba anamaze kwigarurira imitima y’abakunzi b’uyu muhanzi. Uyu munyarwenya umaze […]
MINEMA yashimiye umusore wakusanyije amafaranga yo gufasha abibasiwe n’ibiza
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA, yashimiye by’umwihariko umusore witwa Harerimana Tito watangije ku rubuga rwa Twitter igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gufasha bagizweho ingaruka n’ibiza. Ibiza byibasiye uburengerazuba, amajyaruguru n’amajyepfo mu ijoro rya tariki ya 2 rishyira iya 3 Gicurasi 2023. Byishe abantu 135, bikomeretsa 110, byimura 20,326. Harerimana tariki ya 4 Gicurasi yatangije igikorwa […]
Urubanza rwa Mwangachuchu: Ubushinjacyaha bukomeje kumushinja kuba Umunyarwanda
Depite à ‰douard Mwangachuchu, uri mu butabera, mu iburanisha ryo ku wa Gatanu ushize, yatanze inyandiko yo gupimwa covid yakoreye i Kigali na Gisenyi mu Rwanda. Abamwunganira, bavuga ko icyemezo “cy’umwimerere” cyatanzwe na Mwangachuchu, kigaragaza ko yigaragaje ku mupaka nk’Umunyekongo, kandi ko atari Umunyarwanda nk’uko ubushinjacyaha bukomeza bubivuga, bushaka kwerekana ko uyu mudepite yegereye u Rwanda […]
N’Golo KantĂ© yamaze kugura ikipe y’umupira w’amaguru
N’Golo KantĂ© wari umukinnyi wo hagati muri Chelsea muri sezo(season) ishize y’Abongereza, byamaze kwemezwa ko yaba yamaze kugura ikipe yo mu kiciro cya gatatu mu Bubiligi.Uyu mukinnyi waguze ikipe yitwa Royal Excelsior Virton, kuri uyu wa Gatandatu nibwo aza guhererekanya ububasha na Flavio Becca wari usanzwe ari nyirayo nk’uko yabyemeje binyuze ku rubuga rw’iyi kipe. […]
Tshisekedi aremeza ko imbaraga za FARDC ziyongereye
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, aremeza ko imbaraga z’igisirikare cyabo, FARDC, n’izindi nzego z’umutekano ziri kwiyongera ku buryo mu gihe kiri imbere abazagerageza gutera igihugu cyabo bazaba bameze nk’abiyahura. Mu butumwa yatanze kuri uyu wa 30 Kamena 2023 mu gihe RDC yizihiza umunsi w’ubwigenge ku nshuro ya 63, Tshisekedi yabwiye Abanyekongo […]
Simon Tamale yahishuye uwamugiriye inama yo gusinyira Rayon Sports
Umunyezamu mushya wa Rayon Sports, Tamale Simon, yatangaje ko rutahizamu Joackiam Ojera ari we wamugiriye inama yo gusinyira Rayon Sports mbere y’uko ayerekezamo kuri uyu wa Kane. Tamale w’imyaka 28 aheruka gusinya amasezerano yo gukinira Rayon Sports umwaka umwe, nyuma yo gutandukana na Maroons FC y’iwabo muri Uganda yahoze akinira. Tamale uvuga ko afite impamyabumenyi […]
Taiwan iravuga ko indege z’intambara z’u Bushinwa zongeye kuyivogera
Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yavuze ko indege 11 z’igisirikare cy’u Bushinwa zambutse umurongo ugabanya impande zombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu mu gihe u Bushinwa bukomeje gutoteza iki kirwa kiyobowe muri demokarasi bukoresheje ingufu zabwo za gisirikare . Taiwan, u Bushinwa buvuga ko ari intara yabwo bwite nubwo iki kirwa cyabyanze, mu myaka […]
HRW irashinja igisirikare cya Ukraine gukoresha ibisasu byaciwe ku ngabo z’u Burusiya
Kuri uyu wa Gatanu, Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu (HRW) wavuze ko wavumbuye ibimenyetso bishya byerekana ko ingabo za Ukraine zikoresha mu buryo butavangura ibisasu bya mine byaciwe ku ngabo z’u Burusiya zateye Ukraine mu 2022 . Uyu muryango wahamagariye Guverinoma ya Ukraine kubahiriza amasezerano yiyemeje mu ntangiriro z’uku kwezi yo kudakoresha izo ntwaro, gukora […]
Ibyaha byose General Kayihura yashinjwaga birakurwaho vuba
Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Uganda burateganya gukuraho ibyaha byose bwashinjaga General Edward Kalekezi (Kale) Kayihura wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi kugeza mu mwaka w’2018. Ibi bizakorwa mu rwego rwo gutegura uburyo yazajya mu kiruhuko cy’izabukuru nk’umusirikare muri Kanama 2023. Ubusanzwe ntibishoboka ko umusirikare ajya mu kiruhuko mu gihe ubutabera burimo kumukurikirana. Kumukuraho ibi byaha birashingira ku […]
Abasirikare barenga 3,000 ba RDF basoje imyitozo idasanzwe yo kurwanira ku butaka
Abasirikare barenga 3,000 bo mu ngabo z’u Rwanda, ku wa Kane tariki ya 29 Kamena basoje imyitozo igenewe Ingabo zirwanira ku butaka. Ni imyitozo bari bamaze amezi atandatu bakorera mu kigo cy’imyitozo cya Nasho. Yitabiriye n’abasirikare b’ibyiciro bitandukanye barimo n’abo ku rwego rwa ba Ofisiye. Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga witabiriye […]