Dore uko wakwirinda gusohora vuba udakoresheje imiti
Kurangiza vuba bisobanurwa ukuntu gutandukanye ariko abenshi bahuriza ku kuba ari igihe umugabo cyangwa umugore agejeje ibyishimo bye ku ndunduro mugenzi we bitaragenda uko ariko kandi abandi bakavuga ko ari igihe umugabo arangije ataragera mu gikorwa nyirizina cyangwa bikabaho hatarashira iminota ibiri. gusa kurangiza vuba birakira rwose kandi imiti yo kwa muganga si ngombwa. Ahubwo […]
Afurika y’iburasirazuba igiye kohereza ingabo kabuhariwe muri Sudani
Abakuru bo mu bihugu bigize akarere ka Afurika y’iburasirazuba no mu ihembe ry’uyu mugabane, bigahurira mu muryango w’iterambere wa IGAD banzuye ko bigomba kohereza abasirikare kabuhariwe muri Sudani kugira ngo barinde abasivili mu gihe intambara ikomeje. Ni icyemezo cyafashwe n’abakuru b’ibi bihugu bahuriye mu nama yabereye i Addis Ababa muri Ethiopia kuri uyu wa 10 […]
Another ADF commander killed by the FARDC-UPDF coalition in Beni
The coalition of Congolese and Ugandan armed forces announces that it has killed another commander of the ADF rebels in the territory of Beni (North Kivu) in the east of the Democratic Republic of Congo . The news was relayed to the Beni press by the spokesperson for the said coalition in an information note […]
Vifo vya Shakahola: Makaburi mapya 40 yagunduliwa
Makaburi 40 mapya ya halaiki yamegunduliwa katika msitu mkubwa wa Shakahola, nchini kenya, huku awamu ya nne ya zoezi la uchimbaji ikirejea Jumatatu . Waziri wa Usalama wa Ndani Kithire Kindiki alisema makaburi 40 ambayo bado hayajafukuliwa yanashukiwa kuwa na miili mingi. Kindiki aliendelea kusisitiza dhamira ya serikali ya kukabiliana na wahubiri wahuni. Akizungumza wakati […]
Pologne yakajije umutekano ku mupaka na Belarus itinya Wagner

Abacanshuro b’Abarusiya bo mu kigo cya Wagner bimukiye muri Belarus mu rwego rw’amasezerano yakozwe kugira ngo bahagarike imyivumbagatanyo yabo batumye Pologne irushaho kwikanga cyane umuturanyi wayo, aho kuri ubu abashinzwe kurinda umupaka baryamiye amajanja . Umupaka wigeze kurangwa n’inkingi nkeya hamwe n’utuzu tw’imbaho ​​zo gucungiramo umutekano zamaze guhindurwa hakorwa uruzitiro rurerure rw’ibyuma, za kamera hamwe […]
APR FC yerekanye umunyamahanga wa 6
Umunya-CamĂ©roun Bemol Apam Assongwe yerekanwe nk’umukinnyi mushya wa APR FC. Uyu rutahizamu w’imyaka 22 y’amavuko yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira APR FC. Bemol Apam yabaye umukinnyi wa gatandatu w’umunyamahanga werekanwe na APR FC. Ni nyuma ya Ndikumana Danny wahoze akinira Rukinzo FC y’i Burundi, umunyezamu Pahvel Nzilha wahoze akinira AS Etoile du Congo ndetse […]
Umutinganyi yabengutse Otile Brown nyuma yo gupfusha umwana w’imfura
Maxwelll Mwamburi usanzwe umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga nk’umugabo uryamana n’abo bahuje igitsina, atangaza ko yabengutse umuhanzi Otile Brown ku buryo yumva bazabana. Uyu mutinganyi Mwamburi, avuga ko amarangamutima ye, akomeje kumwerekeza kuri Otile Brown kuko ari mu nzozi ze amaranye igihe aho azashyirwa ari uko zibaye impamo. Ntabwo ari uyu mutinganyi gusa werekeje amarangamutima ye […]
Putin aherutse guhura n’abayobozi bakuru ba Wagner
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, aherutse guhura n’abayobozi bakuru b’umutwe w’abacancuro wa Wagner barimo Yevgeny Prigozhin wawushinze. Umuvugizi w’ibiro bya Perezida Putin, Dmitry Peskov, yatangaje ko uyu muhuro wabayeho tariki ya 29 Kamena 2023 ubwo hari hashize iminsi 4 Wagner igabye igitero ku Burusiya. Witabiriwe n’abandi barimo umuyobozi w’abasirikare barinda abayobozi bakuru mu Burusiya, Viktor […]
Niba udakunda amaribori igikakarubamba ntukirenze amaso

Imiti gakondo by’umwirahariko ikomoka ku bimera, usanga ikoreshwa mu buvuzi butandukanye bwaba ubwibanda ku ruhu,cyangwa n’ahandi.Iki kimera gikungahaye ku binyabutare bitandukanye.Igikakarubamba cyakoreshejwe kuva cyera, cyane cyane mu bihugu byo muri Afurika by’umwihariko abanyamisili ba cyera bacyitaga ikimera cyo kurama.Iki kimera kizwiho gukoreshwa mu buryo bwinshi bavura indwara nyinshi. Siho gusa cyakoreshwa ariko, no mu bwiza […]
Mukansanga et 10 autres se préparent pour la Coupe du Monde Féminine de la FIFA
Au moins onze arbitres africaines, dont la rwandaise Salima Mukansanga, serviront d’arbitres lors de la Coupe du monde de football 2023 qui se dĂ©roulera en Australie et en Nouvelle-ZĂ©lande du 20 juillet au 20 aoà »t . La cĂ©lèbre Mukansanga fait partie des arbitres centraux convoquĂ©s pour le tournoi. Mukansanga est la première femme arbitre Ă Â […]
Umushinga wa Total Energies muri Uganda uzagira ingaruka ku rusobe rw’ibinyabuzima mu karere – HRW
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW) wasabye guhagarika umushinga ukomeye wa peteroli wo muri Afurika y’Iburasirazuba uyobowe n’igihangange cy’Abafaransa, TotalEnergies, uburira ingaruka mbi zawo ku bidukikije ndetse n’abaturage . Umwaka ushize, TotalEnergies na sosiyete yo mu Bushinwa, China National Offshore Oil Corporation, bashyize umukono ku masezerano y’amadolari miliyari 10 yo gutunganya amariba ya peteroli […]
Biden yakuriye inzira ku murima Ukraine yifuza kwinjira muri NATO
Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Ukraine igomba kubanza kurangiza intambara ihanganyemo n’u Burusiya mbere yo kwemererwa kwinjira muri NATO. Biden yabitangaje mu kiganiro aheruka kugirana n’umunyamakuru Fareed Zakaria wa CNN. Ukraine imaze igihe isaba kwinjira mu muryango wa gisirikare w’ibihugu byo mu majyaruguru y’inyanja ya Atlantique (NATO). Biden yavuze […]
Tshisekedi yisubiye ku cyemezo cyo kwimukira i Goma
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yisubiye ku cyemezo cyo kwimurira ibiro bye mu mujyi wa Goma muri iki gihe, kubera impamvu yasobanuye ko ari iy’ikoranabuhanga. Tshisekedi mu kiganiro yagiranye n’Umuvugizi we, Tina Salama, yabajijwe aho ageze yitegura gushyira mu bikorwa isezerano yahaye abatuye mu burasirazuba bwa RDC mu gihe yiyamamazaga, ryo […]
Kuki u Rwanda rutari mu bihugu byasabye urukingo rwa mbere rwa malaria rubayeho?
U Rwanda ntabwo ruri mu bihugu 12 byo muri Afurika, birimo iby’ibituranyi, biri ku rutonde rw’ibigomba kwakira urukingo rwa mbere rwa malaria rubayeho kuko iyi ndwara mu Rwanda yagabanutse cyane mu buryo bufatika, aho imibare iheruka igaragaza ko abicwa na malaria bavuye kuri 700 mu 2016 bagera kuri 69 mu 2021 . Ku itariki ya […]
UPDF yivuganye Lubangakane
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko cyivuganye Lubangakane wari umwe mu bayobozi bakuru b’umutwe w’iterabwoba wa ADF. Umuvugizi wungirije wa UPDF, Col Deo Akiiki, yatangaje ko Lubangakane yiciwe mu kibaya cya Mwalika, ku Cyumweru tariki ya 09 Nyakanga 2023. Ati: “Lubangakane yicanwe na batatu mu barwanyi be. Imbunda ebyiri zambuwe inyeshyamba zirimo iya PMK Machine […]
Padiri wari umukiriya w’imena wa hoteli yapfiriye ku ndaya
Padiri Joseph Kariuki wari umukiriya w’imena wa hoteli Monalisa yo muri Kenya, yapfiriye ku ndaya ye ubwo bari mu cyumba yari yakodesheje. Umuyobozi wa Polisi mu gace ka Gatanga, Laurence Njeru, nk’uko ikinyamakuru Daily Monitor kibivuga, yatangaje uyu mupadiri wayoboraga Paruwasi ya Ruai yapfuye mu gitondo cyo ku wa 8 Nyakanga 2023 nyuma yo gutakaza […]
Gabon: Bongo yiyemeje guhatanira manda ya gatatu mu matora yo muri Kanama
Perezida wa Gabon, Ali Bongo Ondimba, kuri iki Cyumweru, itariki 09 Nyakanga yatangaje ko afite intego yo guhatanira manda ya gatatu ku butegetsi . “Uyu munsi ntangaje ku mugaragaro ko ndi umukandida,” uyu ni Bongo ubwo yabwiraga abamushyigikiye mu Cyanya cyahariwe ishoramari giherereye mu birometero 20 uvuye mu murwa mukuru, Libreville. Mu ijambo rye ryanyuze […]
Abimukira 300 bageragezaga kujya muri Espagne baburiwe irengero
Kuri iki Cyumweru, itariki 09 Nyakanga, itsinda ry’abatabazi ryitwa Walking Borders ryatangaje ko byibuze abantu 300 bari mu bwato butatu bw’abimukira bavaga muri Senegali berekeza mu birwa bya Canary bya Espagne, baburiwe irengero . Helena Maleno wo muri Walking Borders yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko amato abiri, bumwe bwari butwaye abantu bagera kuri 65 […]
Rutsiro: Abaturage babwiye Meya mushya ko batazi uko kurya 2 ku munsi bisa

Mu kiganiro n’abaturage b’umurenge wa Manihira mu karere ka Rutsiro, ubwo yifatanyaga na bo gushyikiriza Yambabariye Jeannette warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, inzu yubakiwe n’uruganda rw’icyayi rwa Rutsiro, Meya Mulindwa Prospère, bamubwiye beruye ko batazi uko kurya kabiri ku munsi bisa, abenshi barya rimwe, bakemeza ko harimo n’ababurara bakajya mu buriri bakaryama. Babimubwiriye mu kiganiro yari […]