Kicukiro: RIB yataye muri yombi ukekwaho kwica abantu akabashyingura mu nzu yakodeshaga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi uwitwa Kazungu DĂ©nis rukekaho kwica abantu akabashyingura mu nzu yakodeshaga. Uru rwego rwatangaje ko Kazungu rwamufashe rufatanyije n’izindi nzego. Inzu yashyinguragamo bariya bantu batatangajwe umubare iherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe, Akagari ka Busanza. Hari amakuru avuga ko uyu mugabo yajyaga acyura abakobwa, hanyuma akaza kubica […]
M23 YANZE KUJYA KINSHASA!AMAKURU MASHYA IGOMAIBIVUGWA KU RUBANZA N’ABISHE ABATURAGE IMBERE YA BEMBA
GOMA, UMUJYI W’URUPFU-TSHISEKEDI YAKOZE MU JISHO RYA KABILA/TWIRWANEHO YAVUZE KU IYICWA RY’ABASHINWA
RCS IRAHAKANA GUKORESHWA NA BAMPORIKI/GEN. NGUEMA YARAHIRIYE KUYOBORA GABON, ATANGA ISEZERANO…
DRC: ABASIRIKARE BAKURU BATAWE MURI YOMBI||ABAJYA MU NAMA KENYA BARAYORA IFARANGA
MINEDUC yatangaje ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2023-2024
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) kuri uyu wa Kabiri yashyize hanze ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2023/24. Iyi Minisiteri ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yatangaje ko igihembwe cya mbere kizatangira ku wa 25 Nzeri. Iki gihembwe kirekire kurusha ibindi (kuko kizamara ibyumweru 13) kizarangira ku itariki ya 22 Ukuboza. Ibiruhuko by’iki gihembwe bizatangira ku wa 23 Ukuboza, bigeze […]
Gen. Oligui nyuma yo guhirika Bongo yagejeje imigabo n’imigambi ye i Paris
Nyuma y’umunsi umwe Perezida mushya wa Gabon, Gen Brice Clotaire Oligui ahiritse ku butegetsi mubyara we Ali Bongo Ondimba, byabaye ngombwa ko asobanurira ubutegetsi bw’u Bufaransa gahunda afite. Ku wa Gatatu w’icyumweru gishize ni bwo uriya musirikare wahoze akuriye umutwe w’abasirikare barindaga Bongo yamuhiritse ku butegetsi, mbere yo kurahirira kuyobora Gabon nka Perezida w’inzibacyuho ku […]
Davido na Bruce Melodie bagiye guhurira ku rubyiniro

Nyuma y’iminsi micye umuhanzi Davido avuye gutaramira i Kigali, hari amakuru avuga ko mu kwezi gutaha uyu muhanzi azaba yagarutse mu Rwanda aho azasusurutsa abazitabira Trace Awards&Festival n’ubwo nawe azaba ari ku rutonde twabazaba bahatanye muri ibyo bihembo. Ntabwo ariwe wenyine byitezwe ko azataramira abazitabira ibyo birori kuko harimo n’abandi bazaba baturutse mu bindi bihugu […]
Goma: Hatangiye urubanza rutavugwaho rumwe rw’abasirikare bashinjwa kwica abaturage

Kuri uyu wa kabiri nyuma ya saa sita, i Goma mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyaruguru hatangiye urubanza rw’abasirikare bakuru n’abato bakekwaho uruhare mu bwicanyi buherutse gukorerwa abaturage bari mu myigaragambyo yamagana Monusco kuwa 30 Kanama 2023. Uru rubanza rwanitabiriwe n’abaminisitiri baturutse i Kinshasa barimo uw’ingabo, Jean Pierre Bemba, uw’umutekano Peter Kazadi, Umugenzuzi […]
Ubushinjacyaha bwatsinze imanza 91% mu mwaka ushize
Umushinjacyaha Mukuru, Havugiyaremye Aimable, yatangaje ko mu mwaka ushize (2022-2023) w’ubucamanza, ubushinjacyaha bwatsinze imanza 91% mu zo bwaburanye mu nkiko zitandukanye. Ibi yabivuze ubwo yari mu muhango wo gutangiza umwaka mushya w’ubucamanza (2023-2024) witabiriwe n’inzego zose zihuriye mu runana rw’ubutabera kuri uyu wa 4 Nzeri 2023. Havugiyaremye yavuze ko mu mwaka w’2021-2022, ubushinjacyaha bwari bwarihaye […]
Le Royaume du Maroc obtient le “Statut de Partenaire de Dialogue Sectoriel” auprès de l’Association des Nations d’Asie du Sud-Est (MAEC)

Rabat – Les Ministres des Affaires Ă©trangères des pays de l’Association des Nations d’Asie du Sud-Est (ASEAN), rĂ©unis le 4 septembre courant Ă Â Jakarta, ont officialisĂ© l’octroi au Royaume du Maroc du “Statut de Partenaire de Dialogue Sectoriel” de ce groupement, indique un communiquĂ© du Ministère des Affaires à ‰trangères, de la CoopĂ©ration Africaine et des […]
Morocco Granted Status of Sectoral Dialogue Partner of ASEAN (MFA)
Rabat – Foreign Ministers of the countries of the Association of Southeast Asian Nations (ASEAN) granted Morocco, on Monday in Jakarta, the status of “Sectoral Dialogue Partner”, the Ministry of Foreign Affairs, African Cooperation and Moroccan Expatriates said in a press release. Morocco becomes the first North African country to obtain this status, thus consolidating […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Mashami na Muhadjiri Hakizimana
Umwuka mubi wamaze kwaduka hagati y’umutoza Mashami Vincent wa Police FC na Hakizimana Muhadjiri, kubera imyitwarire y’uriya mukinnyi. Hakizimana Muhadjiri ntiyigeze agaragara mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona Police FC yaguyemo miswi na Mukura VS igitego 1-1 ku Cyumweru gishize. Amakuru aturuka muri Police FC avuga ko umutoza Mashami ari we wafashe icyemezo cyo […]
Uwari umukunzi wa Antony wa Man.United yatangiye kumwubikira imbehe
Umukinnyi wo ku ruhande wa Manchester United Antony Matheus yongeye guhakana ibirego ashinjwa n’uwari umukunzi we Gabriela Cavallin byo kumukorera ihohotera rishingiye ku mubiri. Ni i ibirego bishya byatangajwe mu bitangazamakuru byo muri Bresil, aho byagarukaga ku kuba ngo uyu mukinnyi yarakubitiye uyu mukunzi we muri hotel y’i Manchester hafi ku muca urutoki. Antony yahakanye […]
Schools in France send dozens of Muslim girls home for wearing abayas
French public schools have sent dozens of girls home for refusing to remove their abayas — long, loose-fitting robes worn by some Muslim women and girls — on the first day of the school year, according to Education Minister Gabriel Attal. Defying a ban on the garment seen as a religious symbol, nearly 300 girls […]
Tshilombo n’ibyitso bye bafite amaraso y’Abanyekongo mu ntoki zabo – Corneille Nangaa
“Ubwicanyi muri Goma. Ntidushinje FARDC …. Abicanyi bakomoka mu barinzi ba perezida (GR). Utanga amabwiriza nta wundi ni FĂ©lix Tshisekedi ku giti cye (ingingo ya 10 Itegeko- No 13-063 ryerekeye imitunganyirize n’imikorere y’ingabo zishinzwe kurinda repubulika (garde rĂ©publicaine)”, uyu ni Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Uyu […]
Perezida Kagame yasabye Afurika gutanga umusanzu munini mu gukemura ikibazo cy’ihinduka ry’ibihe
Perezida Paul Kagame yasabye ibihugu bya Afurika gutanga umusanzu munini mu rwego rw’ubushakashatsi, hagamijwe gushakira ibisubizo ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe ku Isi. Ubu busabe yabutangiye mu nama nyafurika yiga ku guhangana n’imihindagurikire y’ibihe iri guhuriza abakuru b’ibihugu by’uyu mugabane n’abafatanyabikorwa mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa 5 Nzeri 2023. Umukuru w’Igihugu, ashingiye ku […]
Zari yongeye ubundi bwiza ku buranga yari asanganywe

Umunyamideri akaba n’umucuruzi w’ibirungo by’ubwiza Zari Hassan, yongeye kuvugwaho kongeresha ubwiza ku isura ye nyuma yo vugwaho ko n’ubundi ikimero cye gishamaje atari umwimerere. Ku mbuga nkoranyambaga hamaze igihe havugwa ko uyu mubyeyi w’abana 5 yiyongereshejeho utwobo tubiri ku matama yombi(Dimples) mu rwego rwo kurushaho kongera ubwiza yari asanganywe. Ifoto ye yagaragaye ku binyamakuru bitandukanye […]
RDC: Muyaya arashidikanya ku mwimerere wa raporo y’urwego rw’ubutasi ku iyicwa rya Okende
Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo arashidikanya ku mwimerere w’inyandiko ivuga ku makuru mashya ku iyicwa rya Cherub Okende, yitiriwe Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (ANR) yashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru JeuneAfrique. Nta guca ku ruhande, Patrick Muyaya yamaganye inyandiko avuga ko ari “ikinyoma rwose”, yasohowe hagamijwe “gutesha agaciro” imirimo y’iperereza rigikomeje. Ati: “Muzi neza ko […]
La star de Black Panther, Winston Duke, devient citoyen rwandais
Le cĂ©lèbre acteur Winston Duke, cĂ©lèbre pour son rĂ´le de M’baku dans le film « Black Panther  », a obtenu la citoyennetĂ© rwandaise. Duke a rĂ©cemment fait la une des journaux en tant que l’un des noms de gorilles lors de la 19e cĂ©rĂ©monie de nomination des gorilles de Kwita Izina. Au cours de l’Ă©vĂ©nement, […]
Cyera kabaye Uwamahoro yasanze wa mugabo w’umuzungu mu Bwongereza

Simon Danczuk yongeye guhura n’umugore we Uwamahoro Claudine nyuma yo guhabwa viza yo kuba mu Bwongereza.Ni nyuma y’uko kandi hari hashize igihe ayisaba ariko akayimwa ubundi yayisaba agategereza igisubizo akakibura. Ku cyumweru gishize, uyu wahoze ari umudepite w’abakozi mu bwami bw’Ubwongereza n’umugore mushya Claudine Uwamahoro, bongeye guhurira i Heathrow akaba aribwo bwa mbere babonanye nyuma […]
Bite by’amafaranga u Rwanda rwari kwifashisha mu kubakira Abanyekongo bimuwe na Nyiragongo?

Perezida Paul Kagame tariki ya 26 Kamena 2021 yemereye Abanyekongo batuye muri teritwari ya Nyiragongo kububakira umudugudu w’icyitegererezo, nyuma y’aho bimuwe n’ikirunga cya Nyiragongo cyari giherutse kuruka. Nyiragongo yarutse tariki ya 22 Gicurasi 2021, isenya imitungo y’abari batuye mu nkengero z’umujyi wa Goma, mu duce turimo Kibati n’ahandi…Byatumye Abanyekongo babarirwa mu 3000 bahungira mu mujyi […]
Perezida Paul Kagame ari i Nairobi
Perezida Paul Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri yageze i Nairobi mu gihugu cya Kenya, aho yitabiriye inama yiga ku ihindagurika ry’ikirere. Ni inama yitabirwa n’abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma zitandukanye, barimo na Perezida William Ruto uyitangiza. Iyi nama yateguwe n’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe ufatanyije na Guverinoma ya Kenya. Iyi nama y’iminsi […]
Nyamagabe:Gitifu yacanyweho umuriro ashinjwa gushyiraho mudugudu watsinzwe mu matora
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe,Umurenge wa Cyanika,mu kagali ka Karama baratabaza inzego zitandukanye ngo zibarengere nyuma y’uko gitifu w’aka kagali ngo ashyizeho umuyobozi w’umwe mu midugudu watsinzwe amatora uwayatsinze akamukuraho. Ni igikorwa abaturage bavuga ko kitabashimishije, bitewe n’uko bakibona nko kudatanga demokarasi.Icyo bashingiraho ngo ni uko uyu muyobozi w’Akagali yakoze ibinyuranye n’ibyo […]
Kagame nomme un nouveau gouverneur de la province de l’Ouest et les chefs des institutions gouvernementales
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© lundi 4 septembre Lambert Dushimimana comme nouveau gouverneur de la province de l’Ouest, en remplacement de Franà §ois Habitegeko qui a Ă©tĂ© dĂ©mis de ses fonctions Ă Â la fin du mois dernier. Avant cette nomination, Dushimimana Ă©tait sĂ©nateur, oĂ Âą il Ă©tait Ă©galement prĂ©sident de la commission des questions politiques et […]
RDC yatuye ko Abanyekongo barambiwe MONUSCO, kubera u Rwanda na M23
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yandikiye akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, akamenyesha ko misiyo y’amahoro yawo mu gihugu cyabo yanzwe cyane kubera icyo yise “ubushotoranyi bw’u Rwanda” na M23. Muri iyi baruwa ndende Lutundula yanditse tariki ya 1 Nzeri 2023, yasobanuye ko kuva icyitwaga MONUC (ubu ni MONUSCO) cyatangira […]
Moscow: General Armageddon wari waburiwe irengero kuva Wagner yigomeka yagaragaye

Umujenerali w’Umurusiya utaherukaga kugaragara mu ruhame kuva umutwe w’abacanshuro wa Wagner wivumbagatanya mu kwezi kwa gatandatu yongeye kugaragara nk’uko ifoto yashyize kuri internet imugaragaza. Gen. Serge Surovikin byavuzwe ko yari umuntu wa hafi w’uwari umuyobozi wa Wagner Yevgeny Prigozhin, wapfuye aguye mu mpanuka y’indege mu kwezi gushize. Hari amakuru yavuze ko Gen Surovikin yari arimo […]
Lt Gen Ndima yahamagajwe i Kinshasa kubera ubwicanyi bw’i Goma
Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Gen Constant Ndima Kongba, yahamagajwe i Kinshasa nyuma y’ubwicanyi bukomeye buheruka gukorerwa mu mujyi wa Goma. Ni ubwicanyi bwabaye mu cyumweru gishize. Leta ya Congo yemera ko abapfuye ari abantu 43, gusa hari amakuru avuga ko baba barenga 100. Lt Gen Ndima yahamagajwe i Kinshasa nyuma y’uko […]
U Bubiligi bwahaye ubuhungiro abakinnyi b’u Burundi batorokeye mu Gikombe cy’Isi
Leta y’u Bubiligi yahaye ubuhungiro abakinnyi 10 bari bagize ikipe y’igihugu y’u Burundi ya Handball, mbere yo gutorokera mu Gikombe cy’Isi cyaberaga muri Croatia. Mu byumweru bitatu bishize ni bwo bariya bakinnyi batorokeye i Belgrade, ahaberaga Igikombe cy’Isi cya Handball cy’abatarengeje imyaka 19. Nyuma yo gutoroka bahise basaba ubuhungiro mu gihugu cy’u Bubiligi nk’uko Leta […]