FDA yasabwe kuziba ibyuho bya ruswa mu guha abanyenganda impushya

Abadepite bagaragarije ko gusaba abanyenganda ibitandukanye ari ikibazo

Komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, yasabye ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imiti n’ibiribwa (Rwanda FDA), kuziba ibyuho bya ruswa mu mitangire y’impushya ku banyenganda. Impungenge z’icyuho cya ruswa zagaragajwe n’abadepite barimo Mutesi Anitha na Mukabalisa Germaine kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 ubwo basangaga FDA yarigeze kujya isaba abanyenganda ibintu […]

U Burundi bwahagaritse igitaramo cya ApĂŽtre Mignonne Kabera

Leta y’u Burundi yahagaritse igitaramo ‘Connect Conference Africa’ cy’Umunyarwandakazi uyobora Women Foundation Ministries, ApĂŽtre Mignonne Kabera, habura amasaha make ngo gitangire. Iki gitaramo kimaze igihe kirekire gitegurwa cyari kuzabera mu cyumba cy’inama n’ibitaramo cya Donatus, i Bujumbura kuva kuri uyu wa 15 kugeza ku wa 17 Nzeri 2023. Cyagombaga kwitabirwa n’abaturutse mu bihugu bitandukanye bya […]

Prof. Harelimana ‘wanze kwitaba’ PAC yatawe muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwataye muri yombi Prof. Harelimana Jean Bosco wayoboye urwego rushinzwe amakoperative (RCA) kugeza yegujwe muri Kanama 2023, nyuma y’aho atitabye komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yasobanuye ko Prof. Harelimana yatawe muri yombi akekwaho ibyaha bibiri bifitanye isano […]

Judith wahoze ari umugore wa Safi yaterewe ivi bundi bushya

Ubukwe buri mu minsi iri imbere

Niyonizera Judith wabaye umugore w’umuhanzi Niyibikora Safi wahoze mu itsinda rya Urban Boys yaterewe ivi yambikwa impeta n’umukunzi we nk’ikimenyetso kibanziriza ibirori byo gushyingiranwa . Ni ibirori bivugwa ko byabereye muri Mexique, aho umukunzi we yari yagiye kumutegurira aho yagombaga kwizihiriza isabukuru ye y’amavuko ari nabwo yamutunguraga akamwambika impeta. Judith abinyujije ku mbuga Nkoranyambaga, yashimye […]

Mu Burundi hikanzwe coup d’etat mu gihe Perezida Ndayishimiye atari mu gihugu

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Radio na Televiziyo by’Igihugu (RTNB) mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Bujumbura, bigoswe n’abashinzwe umutekano kuva kuri uyu wa Kane ushize, ariko nta mpamvu iratangwa yabyo nubwo hari abakeka ko haba hikangwa coup d’etat. Ni ku nshuro ya mbere kuri uyu wa Gatanu ngo hagaragaye abasirikare bo mu mutwe […]

Rwanda: Case backlog, detention and prison overcrowding keep dogging the judiciary

Arresting, case trial, executing court’s decision and serving the jail sentence remain a long process of justice. This process presents a heavy burden of challenges to the judiciary sector. Too many cases in court, prolonged detention, prison overcrowding
 All these raise a concern on whether the justice every suspect or convict deserves is found behind […]

Morocco – Al Haouz earthquake / working meeting chaired by His Majesty King Mohammed VI on the activation of the emergency program for rehousing disaster victims and caring for the worst affected categories

On 14 September 2023, His Majesty King Mohammed VI chaired a working meeting devoted to “activating the emergency program for rehousing” disaster victims and caring for the categories most affected by the Al Haouz earthquake. This meeting follows on from the measures ordered by the Sovereign, aimed at mobilizing all resources, with the “necessary speed […]

Shalom Choir yasobanuye impamvu itazishyuza abazitabira igitaramo cyayo cy’akataraboneka

Visi Perezida wa Shalom Choir, Rukundo Jean Luc

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Shalom Choir ikorera umurimo w’ivugabutumwa muri ADEPR Nyarugenge yatangaje ko yasanze bitari ngombwa kwishyuza abazitabira igitaramo cyayo kizabera muri B.K Arena tariki ya 17 Nzeri 2023. Shalom Choir yamenyekanye cyane mu ndirimbo nka Uravuga Bikaba n’izindi nyinshi. Ni umwe mu zubatse izina hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo. Itangaza ko igitaramo […]

Iri joro haramenyekana uwigiza nkana mu rugamba Cindy ahanganyemo na Sheebah

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu taliki 15 Nzeri 2023 nibwo hari bumenyekane umunyamuziki nyakuri mu rugamba ruhanganyemo abahanzikazi babiri ba banya Uganda aribo Cindy na Sheebah nyuma yo kumara ukwezi kurenga umwe avuga ko arenze kuri undi mu muziki. Sheebah na Cindy, baraza guhurira ku rubyiniro mu gace ka Kololo Ceremonial Grounds.Igitaramo kiratangira […]

Rais Kagame yuko Cuba kwa mkutano wa G77

Rais Kagame yuko Havana, Cuba ambako anaungana na viongozi kutoka duniani kote kwa ajili ya Mkutano wa Wakuu wa Nchi na Serikali wa G77 + China, utakaofanyika kuanzia tarehe 15-16 Septemba. Kama Mwenyekiti wa G77 + China, Cuba imeitisha Mkutano huo chini ya mada, “Changamoto za Sasa za Maendeleo: Nafasi ya Sayansi, Teknolojia na Ubunifu.” […]

Le Rwanda lance un centre de laboratoire pour amĂ©liorer les prĂ©visions mĂ©tĂ©orologiques extrĂ ÂȘmes

Le Rwanda a lancĂ© un centre de laboratoires de rĂ©gulation pour collecter des donnĂ©es afin d’amĂ©liorer la comprĂ©hension des conditions mĂ©tĂ©orologiques, des dĂ©bits fluviaux et de la qualitĂ© de l’air, et «  d’amĂ©liorer la capacitĂ© du pays à  prĂ©voir les Ă©vĂ©nements extrĂ ÂȘmes et à  rĂ©agir rapidement aux catastrophes naturelles  ». Certains Ă©vĂ©nements mĂ©tĂ©orologiques extrĂ ÂȘmes comprennent […]

Impungenge rukumbi APR FC ifite mbere yo guhura na Pyramids FC

APR FC yatangaje yatangaje ko yiteguye guhangana na Pyramids FC, gusa igaragaza impungenge ku mukino wo kwishyura uzabera mu Misiri. APR FC izahura na Pyramids FC yo mu Misiri ku Cyumweru, mu mukino ubanza wa CAF Champions league uzabera kuri Kigali Pele Stadium. Mu ijoro ryakeye ni bwo iyi kipe yageze i Kigali. Umuyobozi wa […]

Zimwe mu nama zikomeye Kagame yagiriye abaguverineri ba Nigeria baherutse mu Rwanda

Mu kwezi gushize, ba guverineri 15 muri 36 bo muri Nigeria baje i Kigali mu mwiherero w’abayobozi w’iminsi itatu wateguwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere (UNDP) ku bufatanye n’Ihuriro ry’Abguverineri bo Nigeria (NGF). Uyu mwiherero wari ugamije gufasha ba guverineri “kongera gutekereza ku buyobozi bwa Nigeria kugira ngo bagere ku mpinduka n’iterambere rirambye mu gihugu […]

Prince Kid yishyize mu maboko y’Umucamanza nyuma yo kwisobanura

53188881863_067112805e_b.jpg

Isimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid yongeye kwisobanura imbere y’Urukiko aho akurikiranweho ibyaha birimo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina. Kuri uyu wa Gatanu rero ubwo Ishimwe yageraga imbere y’Urukiko rwisumbuye rwa Nyamirambo, ngo aburane ku byaha aregwa.Nk’uko bisanzwe abunganira Ishimwe ni Me Nyembo Emelyne na Me […]

Umuyobozi wa ADEPR yavuzweho guha intebe abatinganyi mu rusengero rwa Nyarugenge

Ubwo yazunguzaga igitambaro cy'amabara avanze hafi y'uruhimbi

Umuyobozi w’itorero ADEPR, Rev. Pasiteri Ndayizeye Isaie, yavuze ku byabereye mu rusengero rwa Nyarugenge nyuma y’aho ashinjwe guha ikaze abamamaza abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi. Ku mbuga nkoranyambaga hari gukwirakwira amakuru avuga ko Pasiteri Ndayizeye “yahaye ikaze abatinganyi” guhera kuri uyu wa 14 Nzeri 2023 hashingiwe kuri videwo y’Umunyamerikakazi Kake Cheys wagiriye uruzinduko mu Rwanda. […]

RDC: Umunyamakuru Stanis Bujakera yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala

Umunyamakuru Stanis Bujakera, umwanditsi mukuru wungirije w’urubuga Actualite.cd ndetse akaba na correspondant wa Jeune Afrique na Reuters muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane, itariki 14 Nzeri yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala. Ashinjwa “gukwirakwiza ibihuha no gutangaza amakuru y’ibinyoma”, ibyaha bifitanye isano na raporo yanyujijwe muri Jeune Afrique yitiriwe Urwego rw’Igihugu […]

Musanze: Umusaza wa 2 muri 3 bamenyekanye kubera gusetsa na we yapfuye

Buhigiro Andereya (AndrĂ©) uri mu basaza batatu bo mu karere ka Musanze bamamaye kubera gusetsa, yapfuye. Inkuru y’Urupfu rwa Buhigiro yamenyekanye ku mugoroba bo ku wa Kane tariki ya 14 Nzeri, akaba yazize uburwayi. Buhigiro wari ufite imyaka 86 y’amavuko, ni we wari mukuru mu bavandimwe be batatu. Yapfuye nyuma ya murumuna we Rudakubana Paul […]

Luis Rubiales uherutse gusoma Jennifer aragezwa imbere y’Urukiko

Kuri uyu wa gatanu, Luis Rubiales wahoze ayobora umupira w’amaguru muri Espagne aritaba umucamanza w’Urukiko Rukuru kubera ikirego cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rituruka ku kuba yarasomye ku munwa w’umukinnyi Jenni Hermoso bitumvikanweho. Ibi byabaye muri Kanama taliki 20 ubwo yishimiraga intsinzi y’ikipe y’igihugu y’igikombe cy’isi cyabereye i Sydney maze uyu mugabo agasoma uyu Jenni.Byabaye nk’ibiteje […]

Umujyi wa Kigali wasabwe gucika ku ‘kajagari n’itekinika’ mu mitangire y’amasoko

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu nteko ishinga amategeko, PAC, yasabye ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali n’abakozi bawo gucika ku kajagari n’itekinika bigaragara mu mitangire y’amasoko ya Leta. Kuri uyu wa 15 Nzeri 2023 ni bwo abayobozi n’abakozi b’uyu mujyi bageze imbere ya PAC, bisobanura ku makosa yagaragaye mu mikoreshereze mibi y’imari n’umutungo by’igihugu […]

Perezida Kagame yagaragaje urwibutso yakuye muri Cuba nka ofisiye wari ukiri muto

Perezida Paul Kagame yagaragaje urwibutso rukomeye yakuye muri Cuba mu myaka 36 ishize ubwo yari ofisiye ukiri muto woherejwe na Uganda mu masomo y’igisirikare. Aya ni amagambo yavuze ubwo yageraga mu mujyi wa Havana mu ijoro ryakeye, aho yitabiriye inama y’ibihugu 77 bikize kurusha ibindi, bihuriye mu muryango witwa G77. Umukuru w’Igihugu, ubwo yageraga ku […]

Minisitiri w’ingabo w’u Bushinwa, Gen. Li Shangfu, yaba afunzwe

Kuri uyu wa Gatanu, Ambasaderi wa Amerika mu Buyapani yabajije ku rubuga nkoranyambaga niba minisitiri w’ingabo w’u Bushinwa adafungiwe iwe mu rugo, yongeraho ko hari urujijo ku bijyanye n’uko uyu mugabo usanzwe ari umujyanama wa Leta amaze ibyumweru bibiri atagaragara mu ruhame. Mu butumwa yashyize kuri X, yahoze ari Twitter, Rahm Emanuel yanditse ati: “Icya […]

RDC yubuye ibirego byayo ku Rwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Kane yubuye ibirego byayo ku Rwanda, irushinja kuba nyirabayazana w’ibibazo byugarije abaturage bo mu burasirazuba bwayo. Hari mu kiganiro Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho, Patrick Muyaya na mugenzi we Rose Mutombo w’Ubutabera bagiranye n’abanyamakuru. Muri iki kiganiro cyabereye i Kinshasa, aba baminisitiri bombi bakunze gusubiramo ibirego by’uko u Rwanda ruha […]

Kagame i Havana mu nama ya G77 n’u Bushinwa

Perezida Paul Kagame mu ijoro ryakeye yageze i Havana muri Cuba, aho yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma z’ibihugu 77 bikize kurusha ibindi ndetse n’u Bushinwa. Ni inama y’iminsi ibiri iteganyijwe hagati yo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Nzeri ndetse n’ejo ku wa Gatandatu tariki ya 16 Nzeri 2023. Perezida Kagame ari […]

Umuhungu wa Perezida Biden ari mu mazi abira

Umuhungu wa Perezida Joe Biden uyobora Leta zunze ubumwe za Amerika, Hunter Biden, ari mu mazi abira azira kuba yarabeshye ubwo yaguraga imbunda yo mu bwoko bwa Revolver. Ubushinjacyaha busobanura ko Hunter yaguze iyi mbunda yitwa Colt Cobra mu Kwakira 2018, ariko ubwo yuzuzaga ku nyandiko y’igura ntiyirega ko yakoreshaga ikiyobyabwenge kitemewe n’amategeko. Ubushinjacyaha bwafashe […]

Senateri muri Amerika ntashaka ko abasaza bakomeza kuyiyobora

Mitt Romney umwe mu basenateri bakomeye wanigeze kwiyamamariza kuba Perezida, yasabye Donald Trump na Perezida Joe Biden “kwigirayo” bagaha umwanya igisekuru (ikiragano) gishya . Yavuze ayo magambo ubwo yaganiraga n’abanyamakuru kuri gahunda ye na we yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru. Yavuze ko yahisemo kutongera kwiyamamaza kuko igihe kigeze cy’”igisekuru gishya cy’abategetsi”. Romney, w’imyaka 76, amaze […]

Ukraine yasenye ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya muri Crimea

Ukraine iravuga ko yasenye ubwirinzi buhambaye bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya mu ntara ya Crimea bwigaruriye mu 2014. Urwego rw’ubutasi rwa Ukraine (SBU) rufatanyije n’igisirikare cyo mu mazi byagabye igitero ku kigo cya Yevpatoriya bikoresheje missile na drones, nk’uko amakuru aturuka mu butasi bwa Ukraine yatangarijwe BBC avuga. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanye […]